Perezida Kagame ayoboye inama y’abaminisitiri
Perezida Kagame ayoboye inama y’abaminisitiri ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Ukwakira nk’uko RBA yabitangaje kuri Twitter. Aba bayobozi barasuzumira hamwe politiki za Leta zigamije kuganisha igihugu ku cyerekezo cy’iterambere. Nta byinshi biramenyekana kuri iyi nama , BWIZA irakomeza kubikurikirana ikabibagezaho. Videwo iki kinyamakuru cyabonye ivuye muri perezidansi, Village Urugwiro, yerakana Perezida Kagame n’abarimo […]
Burundi: Inyeshyamba zikomoka mu Rwanda zigera kuri 40 ziherutse kwicwa
Ingabo z’u Burundi zishe abarwanyi bagera kuri 40 bo mu mutwe witwaje intwaro w’abavuga ururimi rw’Ikinyarwanda mu mirwano imaze iminsi ibera mu ishyamba rya Kibira, ahaherera mu ntara ya Cibitoke. Urubuga SOS Medias ruvuga ko amakuru rukesha igisirikare cy’u Burundi avuga ko aba barwanyi biciwe mu gace ka Bukinanyana muri komini ya Mabayi. Aya makuru […]
Guverinoma ya Ethiopia yihanangirije bikomeye igihugu cya Irlande
Guverinoma ya Ethiopia yongeye kwikoma Irlande kubera uko yakomeje kwitwara ku bijyanye n’intambara imaze imyaka ibiri muri iki gihugu, ishinja Irlande kuyibasira mu mahuriro mpuzamahanga ndetse igaragaza impungenge z’ahazaza h’umubano w’impande zombi . Redwan Hussein, Umujyanama mu by’umutekano w’igihugu wa Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed, ku rubuga rwa Twitter, yagize ati: “Irlande yagiye itoteza kandi igasiga […]
Imanza ziyongera ku muvuduko mwinshi, ibirarane bikaba byinshi: Dr Ntezilyayo

Perezida w’urukiko rw’ikirenga, Dr Ntezilyayo Faustin, yatangaje imwe mu mbogamizi zikomeye urwego rw’ubucamanza ruhura na zo zirimo kuba imanza ziyongera ariko umubare w’abacamanza ntiwiyongere. Dr Ntezilyayo yabitangaje kuri uyu wa 14 Ukwakira 2022 ubwo ku rukiko rw’ikirenga hatangizwaga umwaka wahariwe ubucamanza w’2022/2023. Ni igikorwa cyitabiriwe n’abafatanyabikorwa bahuriye mu runana rw’ubutabera. Yagize ati: “N’ubwo urwego rw’ubucamanza […]
Koreya ya Ruguru yateye misile hafi ya Koreya y’Epfo yahise yohereza indege z’intambara
Koreya y’epfo yavuze ko Koreya ya ruguru yateye misile yo mu bwoko bwa balistike iyerekeza mu mazi yayo yo mu gace k’uburasirazuba. Umukuru w’ibiro bikuru by’Igisirikare muri Koreya y’Epfo, avuga ko iyo misile yatewe mu cya kare kuwa Gatanu ariko nta makuru arenze ayo yatanze. Yavuze ko Koreya ya ruguru yashyize mu kirere indege kuwa […]
Gen Muhoozi apologises to Ruto over tweets
Uganda’s Gen Muhoozi Kainerugaba has apologised to Kenyan President William Ruto over tweets he sent out recently about Kenya that kicked off a massive diplomatic storm. On Thursday evening, Gen Muhoozi posted on his Twitter page, “I have never had any problem with Afande Ruto. If I made a mistake anywhere, I ask him to […]
Kagame, VP Gachagua hold talks

President Paul Kagame, on Thursday, October 13, received, at his office, Kenya’s Deputy President, Rigathi Gachagua, with whom he held talks on further deepening bilateral relations between Rwanda and Kenya. Gachagua and his delegation had earlier attended the official opening of the Youth Connekt Summit in Kigali. According to a tweet from the Office of […]
Kenya: Umurinzi w’umugore wa Raila Odinga yishwe arashwe
Umurinzi wa Ida Odinga, umugore wa Raila Odinga, umuyobozi w’ishyaka Azimio laa Umoja ryo muri Kenya, yishwe arashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 14 Ukwakira 2022 . Uyu murinzi wa Ida Odinga witwa Barrack Otieno Oduor yatewe uruguma rw’isasu rwamuhitanye nyuma yo gushwana na manager w’akabyiniro kazwi cyane mu Mujyi wa Kisumu. […]
RDC iremeza ko M23 irusha imbaraga ingabo za EAC zizoherezwayo

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) buremeza ko umutwe witwaje intwaro wa M23 urusha imbagara ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) zizoherezwa mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajyepfo na Ituri. Byatangajwe n’intumwa nkuru ya Perezida wa RDC mu mishyikirano ya Leta n’imitwe yitwaje intwaro, Prof. Serge Tshibangu Kalala, mu kiganiro […]
Gen. Muhoozi yasabye imbabazi Perezida William Ruto wa Kenya
Uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingbo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi Perezida wa Kenya, William Ruto, kubera amagambo aherutse kuvuga yemeza ko we n’ingabo ze byamutwara ibyumweru bibiri akaba yafashe Nairobi. Gen. Muhoozi , wavuze mu ntangiriro z’uku kwezi kuri twiter ko yafata umurwa mukuru wa Kenya mu gihe gito, wabaye […]
Rutsiro: Umusore w’imyaka 27 yagwiriwe n’ikirombe, ahita apfa
Umusore wo mu karere ka Rutsiro witwa Ntawizera Jean Claude w’imyaka 27 wari usanzwe ari umukozi wa kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya SPEC Company Ltd yagwiriwe n’ikirombe, ahita apfa. Ibi byabereye mu murenge wa Rusebeya, akagari ka Ruronde ho mu mudugudu wa Nyamibombwe kuri uyu wa 13 Ukwakira 2022, mu masaa yine y’amanywa. Umuyobozi w’akarere […]
Impaka zadutse mu rukiko ku gihe abimukira bageze UK bazajya bohererezwa u Rwanda
Impaka zadutse mu rukiko nyuma y’aho bimenyekanye ko abasaba ubuhungiro bambuka umuhora wa Channel (La Manche) wo mu Bwongereza bashobora koherezwa mu Rwanda nyuma y’ibyumweru bitatu gusa bageze muri icyo gihugu. BBC yatangaje ko icyiciro cy’urubanza mu rukiko rukuru rw’Ubwongereza kuri gahunda yateje impaka ya minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yo kohereza mu Rwanda abo basaba ubuhungiro, […]
Kigali: Abashingamategeko b’Abafaransa bavugirije induru Umurusiya wasobanuraga ikibazo cyo muri Ukraine

Abagize inteko ishinga amategeko y’u Bufaransa bahagarariye igihugu cyabo mu nama y’ihuriro ry’Inteko zo ku Isi izwi nka IPU iri kubera mu Rwanda bavugirije induru senateri w’u Burusiya, Konstantin Iosifovich Kosachev. Muri iyi nama yari ikomereje muri Kigali Convention Center kuri uyu wa 13 Ukwakira 2022, Senateri Kosachev yumvikanishije bagenzi be impamvu u Burusiya bwatangije […]
U Bufaransa ntibuzakoresha intwaro zabwo za kirimbuzi kubera ko u Burusiya bwazikoresheje kuri Ukraine – Macron
Minisitiri w’ingabo w’u Bwongereza, Ben Wallace, yavuze ko Perezida Emmanuel Macron yatangaje byinshi ubwo yavugaga ko u Bufaransa butazakoresha intwaro zabwo za kirimbuzi kubera ko u Burusiya bwazikoresheje muri Ukraine. Kuri uyu wa Gatatu ushize, nibwo Perezida Macron, mu kiganiro, yerekanye ko intwaro za kirimbuzi z’igihugu cye “zishingiye ku nyungu z’ibanze z’igihugu. Yasobanuye ko “izo […]
Akarere ka Musanze kahaye ibikombe 2 by’amata za mpinja 2 zasizwe na nyina

Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, bwasuye umuryango ufite impinja ebyiri zasizwe na nyina wapfuye akimara kuzibyara, maze bagenerwa ibikombe 2 by’amata ndetse n’ ibikoresho byo kuyanywesha bine 4 ( Bibelots). Bwiza.com yatangaje inkuru y’umugabo witwa Ntawiheba Isaac, w’imyaka 33 wo mu mudugudu wa Karinzi, Akagari ka Kabeza mu murenge wa Cyuve , wasabaga […]
L’Inde et le Pakistan s’affrontent au sujet du Cachemire aux États-Unis, au Rwanda et au Kazakhstan
L’Inde et le Pakistan se sont affrontĂ©s sur la question du Cachemire dans trois forums internationaux aussi Ă©loignĂ©s que New York, Kigali (Rwanda) et Astana (Kazakhstan) . Ă€ Astana, la ministre d’État aux Affaires extĂ©rieures, Meenakshi Lekhi, a dĂ©clarĂ© qu’il Ă©tait regrettable que le Pakistan ait abusĂ© de la confĂ©rence en cours de la ConfĂ©rence […]
Louise Mushikiwabo yamaganye igitero cyahitanye abasirikare barindwi ba Djibouti
Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), yababajwe n’urupfu rw’abasirikare barindwi ba Djibouti mu ijoro ryo ku ya 6 kugeza ku ya 7 Ukwakira 2022 i Garabtisan, mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’umurwa mukuru. Ku wa Gatanu ushize, mu gicuku, abantu bitwaje imbunda bo mu mutwe wa Front pour la Restauration de l’UnitĂ© et de […]
General uzayobora urwego ruzakora iperereza ku birego bya RDC n’u Rwanda yageze i Kinshasa

Umusirikare w’ipeti rya General wo muri Angola uzayobora urwego ruzakora iperereza ku birego bya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda, yamaze kugera i Kinshasa. Uyu musirikare, Gen. Joao Massone, kuri uyu wa 13 Ukwakira 2022 yajyanye i Kinshasa n’abandi bagize itsinda ryahagarariye guverinoma ya Angola riyobowe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Ambasaderi Antonio TĂ©tĂ©. […]
E.U. iremeza ko u Burusiya nibugaba igitero cya kirimbuzi kuri Ukraine ingabo zabwo zizarimburwa
Umuyobozi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ushinzwe politiki y’ububanyi n’amahanga, Josep Borrell yavuze ko “Igitero cya kirimbuzi cy’u Burusiya kuri Ukraine cyatera igisubizo gikomeye” kivuye mu Burengerazuba ku buryo ingabo z’u Burusiya zarimburwa.” Amagambo y’uyu mugabo abaye nk’asubiza amagambo y’umukuru w’u Burusiya Vladimir Putin. Nyuma yo gushyira umukono ku cyemezo cyo kongera Ingabo z’u Burusiya ku […]
Umushinjacyaha Edwin Mbabazi yatawe muri yombi azira kwakira ruswa ya 34,787 Frw
Umushinjacyaha wa Leta mu Karere ka Kabale mu burengerazuba bwa Uganda yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwakira ruswa y’amashiringi 125,000 (34,787 Frw) kugirango ahagarike ikirego yari arimo gukurikirana . Bivugwa ko Edwin Mbabazi (uri kuri telephone ku ifoto) yasabye Amashilingi 500,000 kugirango ahagarike dosiye y’icyaha cy’ubwinjiracyaha kiregwa umuturage wo mu mujyi wa Kyanamira, mu […]
Nta muntu wasubije inyuma Abanyafurika- Perezida Kagame
Umukuru w’Igihugu ubwo yagiranaga ibiganiro n’urubyiruko rwitabiriye inama ya Youth Konnect kuwa 13 Ukwakira, yagarutse ku mvugo y’uko umugabane wa Afurika uri inyuma, avuga ko nubwo ikunda gukoreshwa, nta muntu n’umwe wigeze asubiza umugabane wa Afurika inyuma usibye wo ubwawo. Ati “Nta muntu wasubije inyuma Abanyafurika usibye twe ubwacu. Icyo ni ikintu dukwiriye kwemera niba […]
Perezida Kagame yasubije uwamubajije kuri kimwe mu bibazo bizengereje urubyiruko rushaka akazi mu Rwanda
Perezida Kagame ubwo yaganiraga n’urubyiruko rwitabiriye inama ya Youth Konnect, yabajijwe ku bijyanye n’ubunararibonye, ingingo ikunda kugonga urubyiruko rushaka akazi haba mu Rwanda ndetse n’ahandi. Umukuru w’Igihugu yavuze ko abantu badakwiriye gufata ubunararibonye uko butari, kuko umuntu ashobora kugira ubunararibonye kandi ari muto mu myaka. Yagize ati “Nduta Visi Perezida wa Kenya mu myaka, ariko […]