Musanze: Ikiraro cyari kimaze amezi atanu gicitse kigiye kubakwa n’abaturage

Ku bwo kurambirana no gukomeza kubangamira imigenderanire n’imihahirane mu baturage, abanyamuryango ba RPF Inkotanyi mu kagari ka Cyabagarura mu murenge wa Musanze biyemeje kwishakamo ibisubizo bakubaka ikiraro cya Rwebeya kimaze amazi atanu cyangiritse kikabura gisana n’ubwo ubuyobozi bw’akarere bwari bwarabyiyemeje ubwo cyangirikaga mu kwezi kwa Gicurasi 2022. Ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nteko rusange […]
USA yavuganye n’abayobozi bakuru bo mu Rwanda na RDC, igira icyo ibasaba
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zavuganye n’abayobozi bakuru bo mu Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ku kibazo cy’umutekano muke cyateje umwuka mubi mu mubano w’ibi bihugu byo muri Afurika. Ibiro bya USA bishinzwe ububanyi n’amahanga muri Afurika kuri uyu wa 31 Ukwakira 2022 byabanje kwamagana ibikorwa by’imitwe yitwaje intwaro, by’umwihariko M23 […]
Rwanda’s Kagame receives Angolan envoy amid DRC escalation
This afternoon at Urugwiro Village, President Kagame received Hon. António Tete, Minister of External Relations of Angola who is in Rwanda with a message from President João Lourenço of Angola, who is currently serving as Chairperson of ICGLR. Tete has met DRC Tshisekedi on the same mission to Kigali. The development comes after the bilateral […]
Gasogi United yacanye umubano n’abanya-Misiri bari abatoza wayo
Ikipe ya Gasogi United yamaze kwirukana umunya-Misiri Ahmed Adel wari umutoza wayo mukuru ndetse na Bahaaeldin Ibrahim wari umwungiriza we. Iyi kipe y’umushabitsi Kakooza Nkuliza Charles (KNC) yemeje aya amakuru ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Gasogi United kuri Twitter yavuze ko yatandukanye n’aba batoza ku bwumvikane. Iti: “Nyuma y’ubwumvikane bw’impande zombi zatumye habaho isesa ry’amasezerano […]
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya João Lourenço nyuma yo kubonana na Tshisekedi
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Hon. Tete António wamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we João Lourenço wa Angola. Umukuru w’Igihugu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola kuri iki gicamunsi, nk’uko ibiro bye byabitangaje mu butumwa byanyujije kuri Twitter. Ni ubutumwa buvuga ko “kuri iki […]
Abantu bitwaje intwaro barashe ku bazunguzayi barindwi bahasiga ubuzima
Abantu bitwaje imbunda barashe ku bacuruzi bo mu muhanda (abazunguzayi) ndetse no ku bantu bari bari hafi aho ku mugoroba wo ku wa Gatandatu ushize, bahitana abantu barindwi abandi bane barakomereka mu gace ka Finetown, mu majyepfo ya Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Umuvugizi wa polisi, Brigadier Brenda Muridili yagize ati: “Biravugwa ko abakekwaho icyaha bagera […]
RIB yinjiye mu kibazo cy’umukobwa uvuga ko hari uwamwimye imodoka ye yayimubaza akamubuza ‘kumusakuriza’
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko rigiye gukurikirana iby’amakuru rwahawe n’uwitwa Tessy kuri Twitter, avuga ko hari umuntu wamwimye imodoka ye, n’iyo amuhamagaye amucyaha ngo nta musakurize. Uyu Tess yanditse kuri Twitter ati ” Mwaramutse @RIB_Rw Mfite ikibazo,umuntu yanyimye imodoka yanjye,niba ari uko nd’ umukobwa?arambwira ngo” sinzongere kumuhamagara no kumusakuriza”ikibazo cyanjye nkigeza muri RIB,mbabwira uyifite,aho […]
Amb. Vincent Karega yakiriwe na Minisitiri Lutundula wa RDC
Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, kuri uyu wa Mbere yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC, Christophe Lutundula wamumenyesheje icyemezo cya Leta y’igihugu cye cyo kumwirukana ku butaka bwacyo. Lutundula yamenyesheje Karega ko amasaha 48 yahawe yo kuba yavuye i Kinshasa agomba kurangirana n’itariki ya 02 Ugushyingo, bityo ko atagomba kuyarenza. Ambasaderi Vincent […]
Ukraine yarekuye amato 12 y’ibinyampeke nubwo u Burusiya bwavuye mu masezerano bagiranye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, amato 12 yuzuye ibinyampeke yavuye ku byambu bya Ukraine nubwo u Burusiya bwikuye mu masezerano abemerera inzira itekanye mu Nyanja Yirabura. Aya mato yahagurutse ku byambu bikikije Odesa, mu majyepfo ya Ukraine, anyura mu nyanja ndende itezemo mine nyinshi ugana mu muhora wa Bosphorus no […]
Bamporiki yajuririye igihano cyo gufungwa imyaka ine no gutanga ihazabu
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y”Umuco, akaba yari aherutse gukatirwa gufungwa imyaka ine no gutanga ihazabu ya Miliyoni 60 Frw, byamenyekanye ko yajuririye iki cyemezo ndetse n’icyo asaba Urukiko yajuririye. Hashize ukwezi Bamporiki akatiwe iki gihano n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasomye icyemezo cyarwo tariki 30 Nzeri 2022. The New Times yatangaje […]
Felix, duhe intwaro kandi tuzatsinda u Rwanda – Abari mu myigaragambyo i Goma
Nyuma y’imyigaragambyo yo kwamagana umutwe wa M23 bavuga ko ufashwa n’u Rwanda yatangiye kuri iki Cyumweru mu Mujyi wa Goma, abigaragambya baramukiye mu yindi myigaragambyo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere berekeza ku mupaka wa Grande barrière utandukanya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda . Ku munsi wa kabiri w’imyigaragambyo yo kwamagana M23 […]
Ibice bitandukanye bya Ukraine birimo Kyiv byongeye kuraswaho bikomeye n’u Burusiya
Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika byatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu murwa mukuru wa Ukraine, habyukiye urusaku rw’ibisasu. Abayobozi b’uturere two mu majyaruguru, mu burasirazuba no hagati muri Ukraine na bo bavuze ko twagabweho ibitero bya misile. Reuters yatangaje ko umwotsi wagaragaraga hejuru ya Kyiv nyuma y’iturika ry’ibisasu bigera ku 10 . Umuyobozi […]
Uhuru Kenyatta yasabye FARDC na M23 guhagarika imirwano
Umunyapolitiki Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, yasabye ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, n’umutwe witwaje intwaro wa M23 guhagarika imirwano. Ni ubutumwa yatanze mu gihe imirwano y’impande zombi yafashe intera muri iyi minsi, aho M23 yafashe uduce dutandukanye muri teritwari ya Rutshuru turimo Ntamugenga, Kiwanja n’ibirindiro bya FARDC bya Rumangabo. Uhuru mu […]
Ikiraro cyari giherutse kuvugururwa mu Buhinde cyapfiriyeho abantu basaga 140
Umubare w’abantu bapfuye umaze kwiyongera ugera ku bantu byibuze 141 nyuma y’isenyuka ry’ikiraro gishya cyavuguruwe muri leta ya Gujarat mu Buhinde, mu gihe abayobozi bavuga ko abashinzwe ubutabazi bavanye imirambo myinshi mu ruzi rwa Machchhu kuri uyu wa Mbere . Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’umutekano wa Gujarat, Harsh Sanghavi, ngo aya makuba yabaye ahagana mu […]
Icyemezo cyafashwe tugiye kwisubiza ikizwi cyose nk’ubutaka bwa RDC – Gen. Mpezo Bruno
Komanda mushya w’akarere ka 34 ka gisirikare muri Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Major Mpezo Mbele Bruno, yaraye ageze i Goma kuri iki Cyumweru asaba abaturage gutuza ndetse asezeranya kugarura amahoro no kwisubiza ibice byose byafashwe n’inyeshyamba za M23. Akigera i Goma, Gen. Mpezo yahaye ikiganiro abanyamakuru atangaza ko ni biba ngombwa ko banatanga ubuzima bwabo bazabutanga. […]
Umujyi wa New York ugiye kwishyura miliyoni 36$ abahamijwe kwica Malcolm X barengana
Abagabo babiri bahamijwe icyaha cyo kwica Malcolm X mu 1965 barengana igihano bahawe kigateshwa agaciro umwaka ushize, bazahabwa miliyoni 36 z’amadolari y’indishyi n’umujyi na Leta ya New York . Umwunganizi wabo David Shanies yagize ati: “Amahano y’iyicwa rya Malcolm X yumvikanye ku isi hose, kandi yiyongera ku kuba yaratumye inzirakarengane ebyiri z’abasore b’abirabura bafungwa “. […]
Abafite konti za Twitter ziri ‘verfied’ bagiye kujya bacibwa Frw 20,000 buri kwezi
Urubuga rwa Twitter rurateganya kujya ruca abarukoresha bafite konti ziri verified (zifite ikirango cy’ubururu cyerekana ko ari iza nyazo) $19.99 y’ifatabuguzi (arenga gato Frw 20,000) buri kwezi; icyemezo kigomba guhera mu bakozi ba kiriya kigo. Mu busanzwe umuntu ufite badge y’ubururu yerekana ko konti ye ya Twitter iri ari iya nyayo yishyuraga $4.99 (abarirwa muri […]
Le Rwanda regrette la décision de la RD Congo d’expulser son émissaire
Le gouvernement rwandais a déclaré dimanche qu’il regrettait la décision de la République démocratique du Congo (RDC) d’expulser son émissaire . Le gouvernement de la RDC a ordonné samedi à l’ambassadeur rwandais Vincent Karega de quitter le pays dans les 48 heures en raison du soutien présumé du Rwanda aux rebelles du Mouvement du 23 […]
Brazil: Lula da Silva yongeye gutorerwa kuyobora Brazil nyuma y’imyaka 12 avuye ku butegetsi
Luiz Inácio Lula da Silva yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Brazil, ariko hamwe na Jair Bolsonaro uriho ubu utemera ko yatsinzwe hari impungenge ko ashobora kujuririra ibyavuye mu matora . Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bushinzwe amatora muri iki gihugu, kuri iki Cyumweru Lula yabonye amajwi 50.8 ku ijana mu gihe Bolsonaro, wari umaze manda imwe ku […]
LUCHA irashinja FDLR kuyicira undi munyamuryango
Umuryango LUCHA uharanira impinduka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) urashinja umutwe witwaje intwaro wa FDLR kuwicira umunyamuryango witwa Kipuni Anselme wari ufite imyaka 22 y’amavuko. Uyu muryango usobanura ko Kipuni yiciwe mu gace ka Ngura, Nyamilima muri teritwari ya Rutshuru ubwo yari avuye mu isambu ye tariki ya 28 Ukwakira 2022. Iti: “Umuvandimwe […]
USA yeruye ko ‘RDF ifasha M23’, Ambasaderi Karega arirukanwa, Dr Habumuremyi asubira mu butabera: inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 24 Ukwakira 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye ku butabera, umutekano na politiki. Harimo: Isubirwamo ry’urubanza rwa Prince Kid Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge tariki ya 28 Ukwakira rwafashe umwanzuro wo gukomeza kuburanisha urubanza rwari rwarapfundikiye rwa Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid. Umucamanza yasobanuye ko gukomeza uru rubanza byatewe n’uko ubuhamya […]
Lula narrowly defeats Bolsonaro to win Brazil presidency
CNN Luiz Inacio Lula da Silva narrowly defeated President Jair Bolsonaro in a runoff election on Sunday that marked a stunning comeback for the leftist former president and the end of Brazil’s most right-wing government in decades. Brazil’s Supreme Electoral Court declared Lula the next president, with 50.9% of votes versus 49.1% for Bolsonaro. The […]
P. Kagame na Gutteres baganiriye ku muti w’ibibazo byo mu burasirazuba bwa RDC
Perezida Paul Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro cyibanze ku bibazo by’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Gutteres. Abayobozi bombi baganiriye bifashishije terefoni nk’uko Perezida Kagame yabitangaje kuri Twitter ye mu gicuku cyo kuri uyu wa Mbere. Yagize ati: “Mu masaha make ashize nagiranye ikiganiro cyiza n’Umunyamabanga Mukuru wa […]
DR Congo expels Rwandan ambassador Vincent Karega, gives him 48 hours to leave

“Rwanda notes with regret the decision by the Government of the DRC to expel Rwandan Ambassador Vincent Karega. Rwandan security forces at our border with DRC remain on alert, as we continue to monitor the Congolese escalation, Rwanda said in a communiqué Read the statement of Rwanda commenting on Kinshasa decision.