Yahisemo kwiyahura nyuma yo kwisanga amafaranga y’ishuri yahawe yarayamaze

Umunyeshuri wo mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye, Denis Tuke, w’imyaka 20, ukomoka mu Karere ka Pallisa mu gihugu cya Ugaanda, biravugwa ko yiyahuye nyuma yo gukoresha nabi amafaranga y’ishuri yari yahawe y’igihembwe cya kabiri n’icya gatatu angana na miliyoni 1.2 y’amashilingi . Umuvugizi wa polisi ya Busoga y’Uburasirazuba, Diana Nandaula, yavuze ko nyakwigendera yakoresheje […]

Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere, Bayisenge Jeannette, yasubije umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian w’Ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) wamusabye kubanza yamugurira icupa ngo amurangire umwana watakaga ihohoterwa. Christian Lorenzo usanzwe ari umunyamakuru w’imikino muri RBA, aheruka gushyira kuri Twitter ye amashusho y’umwana w’umuhungu wagaragaye avuga ko ahohoterwa cyane na nyina umubyara, akavuga ko arambiwe kubana na we. Muri aya […]

Perezida Ruto yasengeye ingabo za Kenya zigiye muri RDC

Perezida Ruto ashyikiriza izi ngabo ibendera ry'igihugu

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasengeye ingabo z’iki gihugu zigiye koherezwa mu burasirasuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano waho. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2022 ubwo yari mu gace ka Embakassi Garrison mu muhango wo gushyikiriza izi ngabo zo mu mutwe udasanzwe ibendera ry’igihugu, […]

Umwalimu muri kaminuza Dr Annely akomeje gutakamba asabira Bamporiki imbabazi

Mu kiganiro yongeye kugirana n’umunyamakuru wa bwiza.com , Umwalimu mri kaminuza Dr Mukarukaka Annely , yongeye gutangaza ko agikomeje gutakamba asabira imbabazi Bamporiki nubwo yajuririye igihano yahawe n’urukiko, we asanga akwiye kugirirwa imbabazi maze agakorera igihugu nkuko yabyivugiye mu rukiko ko ahawe amahirwe yayakoresha mu gukorera igihugu mu gihe asigaje. Dr Mukarukaka wigisha muri kaminuza […]

Uko Martin Luther King yafashije umuryango w’umukinnyi wa filimi Julia Robert igihe ivanguramoko ryabicaga

ap_640608054-e1528474284511-1000x779.jpg

Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 55 ya Julia Roberts, umukinnyi wa sinema w’icyamamare muri Hollywood, abafana barimo gusubiramo amateka y’ukuri y’akataraboneka amuhuza n’impirimbanyi y’uburenganzira bw’abirabura, Martin Luther King Jr. n’umugore we, Coretta Scott King . Ku wa Gatanu, ubwo Roberts yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, abakoresha imbuga nkoranyambaga baganiriye kuri videwo y’ibiganiro yagiranye n’umunyamakuru Gayle […]

Meteo Rwanda yaburiye abatuye Iburasirazuba no ku Mayaga

meteo-2.jpg

Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo-Rwanda), cyaburiye ko muri uku kwezi kwa 11/ 2022 ibice byinshi by’Intara y’Iburasirazuba no mu Mayaga mu Majyepfo, hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa mu mezi y’Ugushyingo. Hasesenguwe ikarita yerekana uko imvura izagwa mu Rwanda, bigaragara ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero (mm) 50 na 250, ikaba […]

Minisitiri w’Intebe Ngirente yavuze ko gushyiraho Mwarimu Shop bidashoboka

Umunsi mpuzamahanga w'umwarimu wizihirijwe muri B.K Arena

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko guverinoma y’u Rwanda yasanze gushyiraho iguriro bwite ry’abarimu (Mwarimu Shop) bidashoboka kuko byagorana cyane. Ni igisubizo yahaye umwarimu wari umubajije niba igitekerezo cyo gushyiraho iri guriro cyaribagiranye, kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2022 u Rwanda rwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe mwarimu. Dr Ngirente yavuze ko basanze gushyiraho iri guriro […]

Abanyarwandakazi 4 mu bagore 100 bavuga rikijyana kurusha abandi muri Afurika

Abanyarwandakazi bane barimo Louise Mushikiwabo uyoboye Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), basohotse ku rutonde rw’abagore 100 ba mbere bavuga rikijyana muri Afurika. Ni urutonde rwakozwe n’Ikigo Avance Media gisanzwe gikora bene izi ntonde buri mwaka. Iki kigo kivuga ko uru rutonde rukorwa hisunzwe icyegeranyo cy’ubushakashatsi bukorwa ku bagore biteje imbere bagafungura ibigo byabo, […]

Dr Habumuremyi yamaze kwishyura uwamujyanye mu rukiko

Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe yamaze kwishyura Bizimana Daniel wamujyanye mu rukiko ideni ry’amafaranga y’u Rwanda (Frw) 3,200,000 yavugaga ko yari yaramwambuye. Bizimana aherutse gutangariza BWIZA ko ari umwe mu Dr Habumuremyi yari yarahaye sheki zitazigamiye; icyaha cyafungishije uyu munyapolitiki kugeza mu Kwakira 2021 ubwo yafungurwaga nyuma yo gutakambira Perezida Kagame. Uyu muturage […]

RDC: Nyuma ya Ambasaderi w’u Rwanda barifuza ko n’uwa Uganda yirukanwa

Nyuma y’aho Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yirukanwe I Kinshasa, umuryango utegamiye kuri leta, Filimbi, urasaba ko na Ambasaderi wa Uganda yamukurikira ndetse hakongerwa imbaraga mu kwamagana iki gihugu nk’uko bimaze iminsi bikorwa ku Rwanda, ibihugu byombi bashinja gutera inkunga umutwe wa M23 ushobora gufata na Goma igihe icyo […]

Ab’ i Kanyaluchinya batwitse imodoka ya MONUSCO bakeka ko itwaye M23

Ikinyamakuru Politico.cd kivuga ko mu ijoro ryo kuwa kabiri nibura imodoka imwe y’ingabo za ONU muri DR Congo yatwitswe n’abaturage i Kanyaruchinya mu ntera ya kilometero zitarenze 10 mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma. MONUSCO ntacyo iratangaza ku itwika ry’izo modoka. Ibinyamakuru byo muri DR Congo bivuga ko umurongo w’imodoka za ONU watewe n’abaturage barakaye. Ibi […]

Koreya zombi zahererekanyije ibisasu bya missile bwa mbere ku nkombe zabyo

Koreya y’Amajyaruguru n’iy’epfo zarashe misile zigwa mu mazi ku nkombe z’impande zombi bwa mbere . Seoul yihoreye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’amasaha atatu Pyongyang irashe misile yaguye mu birometero biri munsi ya 60 (37mi) uvuye mu mujyi wa Sokcho wo muri Koreya y’Epfo. Igisirikare cy’amajyepfo cyavuze ko uku ari ukuvogera ubutaka bwabo “kutemewe”. Yarashe […]

Nyagatare: Hafashwe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe Magendu

Ku wa Mbere tariki ya 31 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu karere ka Nyagatare, yafashe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa Magendu iturutse mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda . Uwitwa Nisingizwe Maria ufite imyaka 28 y’amavuko, ni we wafatanywe ayo mabaro ubwo […]

Al Shabaab yashimuse imbangukiragutabara itwaye umurwayi muri Kenya

Abantu bane baburiwe irengero nyuma y’uko abakekwaho kuba abarwanyi ba al-Shabaab bashimuse ambulance yari itwaye umurwayi mu bitaro bya Elwak, mu Ntara ya Mandera mu gihugu cya Kenya . Igitero cyabaye ubwo umushoferi yirukankanaga umurwayi amujyana kwa muganga ari kumwe n’abaganga babiri kuri uyu wa Kabiri nimugoroba. Polisi yavuze ko igikorwa gikomeye cyo gukurikirana abagabye […]

Monusco yataye ibirindiro bikomeye yari ifite i Rumangabo

Kuri uyu wa Kabiri ingabo za Monusco zavuze ko zavuye mu birindiro zari zifte muri Rumangabo nyuma y’aho aha higaruriwe n’umutwe wa M23 . Izi ngabo z’Umuryango w’Abibumbye zafashaga iza leta ya Repubulika ya Demokarasi yaa Congo, FARDC, mu kurwanya inyeshyamba za M23 ziherutse kwigarurira umujyi wa Kiwanja ku wa Gatandatu ushize nyuma ya Rutshuru. […]

Kenya igiye kohereza batayo y’abasirikare bayo mu guhashya abarimo FDLR

P?erezida wa Kenya William Ruto bitanyijwe ko kuri uyu wa Gatatu yohereza batayo y’abasirikare ba Kenya (KDF) mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho imirwano ikaze ikomeje hagati y’ingabo za leta (FARDC) n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. F?ARDC iri no mu zindi ngamba zirimo nko kurwanya umutwe wa ADF, wayobotse umutwe wiyita […]

Goma: Abavuga Ikinyarwanda ‘b’Abatutsi’ bibasiwe bashinjwa gushyigikira M23

Mu myigaragambyo yabaye mu Mujyi wa Goma kuwa 1 Ugushyingo 202, hadutse impungenge zishingiye ku magambo avugwa cyangwa yandikwa ku mbuga nkoranyamba yibasira Abanyecongo bavuga ikinyrwanda, cyane cyane Abatutsi. Muri iyi myigaragambyo n’ubwo muri rusange bivugwa ko yabaye mu mahoro, bibasiye ibikorwa by’ubucuruzi by’abavuga Ikinyarwanda nk’uko BBC dukesha iyi nkuru yabitangaje. Barashinjwa ko bafatanyije cyangwa […]

Perezida Kagame yakiriye abarimo umuyobozi wa Brussels Airlines

Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2022 yakiriye Christina Foerster, umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya Lufthansa, sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere yo mu Budage, na Peter Gerber Umuyobozi Mukuru wa Brussels Airlines. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Kagame mu biganiro yagiranye n’aba bayobozi bombi, byagarutse ku kwagurira ibikorwa byabo mu Rwanda. Ibi […]