Meddy yatoboye avuga ibigeragezo amaze iminsi acamo
Umuhanzi wâUmunyarwanda Ngabo MĂ©dard Jobert wamamaye ku izina rya Meddy ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika, nyuma yo gutakaza umubyeyi we wenyinye yarasigaranye, yaraye atoboye avuga akamuri ku mutima nyuma yâigihe kirekire atuje yaranze kugira icyo abivugaho. Yifashishije konti ye asanzwe akoreshwa ku rubuga rwa Instagram yateruye amagambo agira ati, âAya mezi make […]
Utunyafu tubiri twari duhagije ngo Arsenal ikomeze inzira igana ku gikombe
Ni umukino w’umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Bwongereza wabereye kuri Tottenham Hotspurs Stadium. Wari utegerejwe n’Isi yose, kuko ikipe ya Arsenal yasabwaga gutsinda kugira ngo ikomeze gushyira intera ndende hagati yayo n’amakipe nka Manchester City na Manchester United ayiri inyuma. Ku isaha ya saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, umusifuzi Craig Pawson yatangije umukino. Iminota […]
MONUSCO ibona M23 igomba kurara isubiye muri Sabyinyo nta mananiza
Misiyo yâamahoro y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (MONUSCO) ibona umutwe witwaje intwaro wa M23 ugomba kurara urekuye ibice byose usigaranye kuri uyu wa 15 Mutarama 2023, nta mananiza ushyizeho. MONUSCO yabitangaje ivuga ku guhura kwâabahagarariye M23 ku rwego rwa politiki bahuye nâumuhuza washyizweho nâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba, Uhuru Kenyatta, tariki ya 12 […]
Uko Chelsea yakuye Mykhaylo Mudryk mu biganza bya Arsenal yizeraga kurara imwegukanye
Mykhaylo Mudryk w’imyaka 22 wakiniraga Shakhtar Donetsk yo muri Ukraine yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka umunani akinira Chelsea ibintu byababaje cyane abafana ba Arsenal. Muri rusange, Arsenal yari imaze igihe kirerekire iri imbere muri gahunda yo gusinyisha umunya-Ukraine Mykhaylo Mudryk. Yari imaze kumugereka inshuro 3 zose kuva mu Kuboza 2022, aho Arsenal yagarukiye kuri […]
Beni: Igisasu cyaturikiye mu rusengero rwa Ăglises PentecĂŽtistes du Congo
Igitero cyâiterabwoba kuri iki cyumweru, itariki 15 Mutarama 2023 cyabereye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho igiturika cyaturikiye muri paruwasi ya Ăglises PentecĂŽtistes du Congo (CEPAC) kigahitana abantu benshi, mu mujyi wa Kasindi muri Teritwari ya Beni, muri Kivu yâAmajyaruguru. Aho hantu, abatangabuhamya bavuganye na POLITICO.CD bavuga ko umubare w’abapfuye utaramenyekana. Icyakora, […]
Ituri: Lt. Col. Jules Ngongo yashinje Depite Tchombe kuba ari we washinze CODECO

Umuvugizi wâIgisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Ituri, Lt.Col. Jules Ngongo, arashinja Perezida w’inteko ishinga amategeko yâintara, SimĂ©on Tchombe, kuba ari we watangije kandi akaba umuterankunga mukuru wâumutwe wa CODECO, ukomeje gukora ubwicanyi bukabije muri kiriya gice k’igihugu . Ni ibintu byatunguye benshi kuko batari babyiteze. Gusa, Umuvugizi w’ingabo za Repubulika […]
Kirehe: Isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka 5 ryuzuye ridakoreshwa
Isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka 5 ryuzuye hagati ya Tanzania n’u Rwanda ntabwo riratangira gukorerwamo n’ubu, aho abaturiye umupaka wa Rusumo mu Karere ka Kirehe n’abahagenda basanga rikwiye gukoreshwa kugira ngo rigirire akamaro abaturage n’igihugu muri rusange kuko kudakoreshwa biteza ibihombo . Nubwo abaturage bambuka umunsi ku wundi bajya guhahira muri Tanzania, neza neza ku […]
BAHO yababajwe nâibyemezo ‘inzego zihutiye gufata’ kubera abaganga bayo bakekwagaho uburangare mu rupfu rwâumurwayi
Ibitaro byigenga bya BAHO International byatangaje ko byababajwe nâibyatangajwe nâibinyamakuru ku baganga babyo babiri bakekwagaho uburangare mu rupfu rwâumurwayi witwa Kamanzi Ngwinondebe Chantal rwabaye tariki ya 8 Nzeri 2021 ndetse nâibyemezo inzego zimwe zafashe. Kamanzi wari ufite imyaka 54 yâamavuko yagiye muri ibi bitaro kwikurishamo agapira ko kuringaniza urubyaro tariki ya 7 Nzeri uwo mwaka, […]
France: Urukiko rwategetse umujyi gukura mu nzira ishusho ya Bikira Mariya

Urukiko rwo mu Bufaransa rwategetse umujyi muto gukuraho ishusho ya Bikira Mariya, ruvuga ko iyo shusho inyuranyije nâitegeko ryo gutandukanya amatorero na leta . Iyi shusho iherereye mu masangano yâi La Flotte, komini ituwe n’abaturage 2.800 ku kirwa kizwi cyane cy’ibiruhuko, Ile-de-Re, ku nkombe zâInyanja ya Atlantika z’u Bufaransa. Ni shusho yubatswe nâumuryango waho nyuma […]
U Budage nâu Bufaransa birasabira Afurika imyanya ihoraho mu kanama ka UN gashinzwe umutekano

Guverinoma yâu Budage nâiyâu Bufaransa zirasabira umugabane wa Afurika imyanya ibiri ihoraho mu kanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe umutekano, UNSC. Iki cyifuzo cyagaragajwe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Budage, Annalena Baerbock na mugenzi we wâu Bufaransa, Catherine Colonna, ubwo bahuriraga nâUmuyobozi Mukuru wâumuryango wa komisiyo ya Afurika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat ku biro bye i […]
Abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bahuguye abo muri Sudani yâEpfo

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 14 Mutarama, abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani yâEpfo (UNMISS) batanze amahugurwa ajyanye no gucunga umutekano nâubutabazi bwâibanze ku bapolisi bo muri iki gihugu . Ni amahugurwa yâiminsi ibiri yatanzwe nâitsinda (RWAFPU 1-7) rikorera mu Ntara ya Upper-Nile mu Mujyi […]
Tshisekedi abona umunsi ari uyu ngo M23 irekure Bunagana nâibindi bice isigaranye
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo, abona umunsi ari uyu ngo umutwe witwaje intwaro wa M23 urekure umujyi wa Bunagana nâibindi byose usigaranye. Tshisekedi ubwo yaganiraga nâUmunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, kuri uyu wa 14 Mutarama 2023, yamubwiye ko uyu wa 15 Mutarama ari umunsi ntarengwa M23 […]
Zimbabwe: Polisi yafashe 25 batavuga rumwe nâubutegetsi barimo abadepite
Kuri uyu wa Gatandatu, Igipolisi cya Zimbabwe cyarashe ibyuka biryana mu maso mu iteraniro ryâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi ryabereye i Harare maze gita muri yombi abayoboke baryo 25, barimo babiri mu bagize inteko ishinga amategeko, nkâuko byatangajwe nâiri shyaka, Citizens Coalition for Change (CCC) . Aba batawe muri yombi nyuma yâurugomo rwâihohoterwa bivugwa ko bishingiye […]
Nepal: Impanuka yâindege yari irimo abantu 72 ntiharamenyekana niba hari abayirokotse
Indege irimo abantu 72 yakoreye impanuka mu gihugu cya Nepal kuri iki Cyumweru, aho ibtangazamakuru byo muri iki gihugu bivuga ko iyi ndege yaguye hagati y’ikibuga cy’indege cya kera nâigishya cya Pokhara mu gihugu rwagati . Umuvugizi wa Yeti Airlines, Sudarshan Bartaula, yatangarije ibiro ntaramakuru AFP ati: “Muri iyo ndege harimo abagenzi 68 hamwe nâabakozi […]
Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya

Umuhanzi Luwano Austin Tosh uzwi nka Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Ngabo Medard uzwi nka Meddy yakoze mu ndirimbo ye âGrateful’ yo gushima Imana yashyize hanze kuri uyu wa 14 Mutarama 2023. Iyi ndirimbo Meddy yashyize hanze nyuma yâigihe kirekire atangaje ko agiye kujya aririmba iziramya nâizihimbaza Imana, imaze kurebwa inshuro zirenga ibihumbi 191 mu […]
Blinken na Tshisekedi âbaneguyeâ u Rwanda na M23
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo, baneguye u Rwanda nâumutwe witwaje intwaro wa M23. Ibiro bya Perezida wa RD Congo bisobanura ko aba bombi bagiranye ikiganiro bifashishije telefone, bavuga ku kibazo cyo mu burasirazuba bwâiki gihugu, âhabura umunsi umwe ngo nyirantarengwa […]