Ba Jenerali 2 muri RDF na ba Colonel bitabiriye ibirori bya ‘Tarehe Sita’ muri Uganda

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare, cyifatanyije na UPDF cya Uganda mu kwizihiza ibirori by’umunsi mukuru wa ‘Tarehe Sita’ Uganda yizihizaga ku nshuro ya 42. Ni ibirori ku ruhande rwa RDF byitabiriwe n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Lt. Gen Mubarakh Muganga wari kumwe n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Perezida Kagame yafashe mu mugongo abanya-Turkiya na Syria nyuma yo gushegeshwa n’umutingito

Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo abanya-Turkiya ndetse n’abanya-Syria, nyuma y’umutingito ukomeye wibasiye ibi bihugu ugahitana ababarirwa muri 2,300. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere ni bwo Turkiya na Syria byibasiwe n’imitingito ibiri ikomeye, irimo umwe wari ku kigero cya 7.8 ndetse n’undi wari kuri 7.5. Kugeza ubu ababarirwa muri 2,300 ni bo byamaze […]

Moses Turahirwa yishongoye kuri KNC, Sadate na Rutangarwamaboko

Umunyamideri Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions, yishongoye kuri KNC, Munyakazi Sadate na muganga Rutangarwamaboko akoresheje amagambo akomeye ndetse hari n’ushobora kumva ko yakoresheje imvugo nyandagazi. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Moses kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023, yanditse agira ati “Abantu nka ba Sadate na KNC bashobora kuba bazi ko Moshions ari […]

Umuryango wa Thomas Sankara watangaje ko utazitabira umuhango wo kumushyingura

Kuri uyu wa 5 Gashyantare 2023 ni bwo umuryango w’uwahoze ari Perezida wa Burkina Faso, Thomas Sankara, watangaje ko utazitabira umuhango wo kumushyingura mu cyubahiro. Tariki ya 3 Gashyantare 2023 ni bwo guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko umubiri w’umuyobozi w’impinduramatwara muri iki gihugu Thomas Sankara uhabwa icyubahiro. Itangazo ryakomezaga rivuga ko ari yo mpamvu […]

Umutingito udasanzwe muri Turkiya na Syria umaze guhitana abantu basaga 2000

Umutingito udasanzwe wibasiye ibihugu bya Syria na Turkiya umaze guhitana abantu basaga 2000 mu gihe abandi bakabakaba 10,000 bakomeretse kuri uyu wa Mbere nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye . Ni umutingito uri ku gipimo cya magnitude 7,8 wibasiye Turkiya mu gihugu rwagati ndetse n’amajyarugru ashyira uburengerazuba bwa Syria. Uyu mutingito ukaba wangije ibintu yinshi birimo inyubako […]

Kinshasa: Abarinzi ba Minisitiri w’Intebe bagaragaye bahondagurana n’abadepite

Abarinzi ba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Michel Sama Lukonde, bagaragaye bahondagurana n’abadepite bo ku rwego rw’intara ya Kinshasa. Umunyamakuru w’Umunyekongo Stanys Bujakela yatangaje ko uru rugomo rwabaye kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023 ubwo aba badepite bari bagiye kwigaragambiriza ku biro bya Minisitiri w’Intebe. Uyu munyamakuru yashyize ku mbuga nkoranyambaga […]

Manchester City yatangaje ko itunguwe n’itangazo riyiteguza ibihano

Manchester City yategujwe ko ishobora gufatirwa ibihano nyuma y’igenzura rimaze imyaka ine rikaza kugaragaza ko yakoze amakosa mu igura n’igurisha ry’abakinnyi. Kuri iki gicamunsi ni bwo Premier League yatangaje ibyavuye mu igenzura ryatangiye Kwakira 2018. Ryagaragaje ko iyi kipe ikinira ku kibuga Etihad yatangiye gukora amakosa ku isoko ry’abakinnyi mu mwaka w’imikino wa 2009 ubwo […]

Mimi Mehfira yavuze igice cy’umubiri Meddy amukundira kurusha ibindi

Mimi Mehfira yahamirije abamukurikira ko ubu yamaze kumenya gusokoza umusatsi we ukanyerera ngo kuko umugabo we Ngabo Medard wamamaye muri muziki nyarwanda nka Meddy awukunda. Hari abavuga ko ubwiza bw’umugabo bureberwa ku mafaranga afite cyangwa se uko umubiri we wubakitse, yarakoze siporo zihagije akagira umubiri ukomeye, akaba aribya bintu abagore bamwe bamukundira. Gusa ku bagore, […]

Starlink d’Elon Musk va lancer l’internet haut dĂ©bit au Rwanda

L’Agence spatiale rwandaise (RSA) a annoncĂ© qu’elle avait dĂ©livrĂ© une licence Ă  Starlink, constellation Internet par satellite, pour opĂ©rer dans le pays. Ses opĂ©rations devraient commencer au premier trimestre 2023, a appris The New Times . Starlink est exploitĂ© par SpaceX, une entreprise de fabrication de vaisseaux spatiaux fondĂ©e par le milliardaire Elon Musk. “Starlink […]

Goma: Abigaragambya bashatse kwinjira mu Rwanda ku ngufu, baratatanywa

Polisi ya Repubulika iharanira demukarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare 2023, yatatanyije abanye-Congo bashakaga kwambuka ku ngufu umupaka ngo binjire ku butaka bw’u Rwanda mu karere ka Rubavu. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere abatuye mu mujyi wa Goma baramukiye mu myigaragambyo ikaze, bamagana Ingabo za EAC ziri […]

Perezida Emmanuel Macron arateganya gusura ibihugu 4 byo muri Afurika birimo RDC

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron agiye gusura ibihugu bine byo muri Afurika atarageramo, birimo bibiri birimo kwitegura amatora rusange muri uyu mwaka ari byo Gabon na Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Biteganyijwe ko Perezida Emmanuel Macron azatangirira uru rugendo i Libreville ku ya 1 na 2 Werurwe. Iruhande rwa Ali Bongo, Perezida w’u Bufaransa […]

Burna Boy na Eddy Kenzo bari bahatanye muri Grammy Awards batashye imbokoboko

Abahanzi Burna Boy na Eddy Kenzo bari bahanzwe amaso n’Abanyafurika mu bihembo bya Grammy Awards 2023, ariko bombi batashye imboko boko. Kuri uyu wa 5 Gashyantare 2023 ni bwo umuhango wo gutanga ibi bihembo bitangwa ku bahanzi bitwaye neza mu mwaka ushize wabaye, bitangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’uko bisanzwe. Muri ibi bihembo, […]

Umutoza wa Musanze FC yashyizeho ibihano bikakaye

foq_rwmxwaa2ojc.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa wa mbere ni bwo umutoza mukuru wa Musanze FC Adel Ahmed yashyizeho amande, azajya acibwa uwagaragaje imyitwarire idahwitse muri iyi kipe. Umunya-Misiri Ahmed Abdelrahman Adel wageze Rwanda ku wa kane w’iki cyumweru gishize aje guaimbura Franck Ouna, yahise ashyiraho ibihano bikakaye nyuma yo kubwirwa imyitwarire ikunze kuranga abakinnyi ba […]

Mbonyi yatunguranye, atangaza intego ye nyamukuru muri uyu mwaka

Umuhanzi nyarwanda mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana , Israel Mbonyi nyuma yo kuzuza inzu y’imyidagaduro ya BK Arena ubu yatangaje ko ahangayijishijwe no kutamera ubwanwa. Israel mbonye ukunze gutebya agaragaza uko yumva, mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu munsi yanditse ko gahunda afite uyu mwaka ari ukumera ubwanwa. Mbonyi […]

Guhana abantu baryamana n’abo bahuje igitsina ni akarengane – Papa Fransisiko

Kuri iki Cyumweru gishize itariki 05 Gashyantare, Papa Fransisiko yavuze ko amategeko ahana abantu baryamana bahuje igitsina ari icyaha n’akarengane kuko Imana ikunda kandi ikanaherekeza abantu bakururwa n’abo bahuje igitsina. Papa Fransisko, wasubizaga ikibazo cy’umunyamakuru mu ndege ubwo yari avuye muri Sudani y’Epfo mu rugendo yagiriye mu bihugu bibiri bya Afurika, birimo na RDC, yashyigikiwe […]

Tshisekedi mu ngendo hanze ya RDC kubera umwuka mubi n’u Rwanda

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Luanda muri Angola mu ruzinduko agomba kugirira muri iki gihugu. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare ni bwo byitezwe ko Tshisekedi agera i Luanda, aho aza guhurira na mugenzi we Manuel JoĂŁo Lourenço. Byitezwe ko aba bombi baganira ku kibazo cy’umwuka […]

Mali: Guverinoma yahambirije ukuriye ishami ry’uburengnzira bwa muntu muri MINUSMA

Kuri iki Cyumweru, itariki 05 Gashyantare, Guverinoma y’agateganyo ya Mali yavuze ko umuyobozi w’ishami ry’Ubutumwa ry’Umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu ishinzwe uburenganzira bwa muntu yahawe amasaha 48 yo kuva mu gihugu nyuma yo kumenyeshwa ko atagikenewe mu gihugu . Mu itangazo ryayo, yavuze ko icyemezo cyo kwirukana Guillaume Ngefa-Atondoko Andali gifitanye isano n’uko yaba yarahisemo […]

Manzi Thierry wari umaze amezi 5 nta kazi yerekeje muri imwe mu makipe akomeye mu Rwanda

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Manzi Thierry, yamaze kwerekeza mu kipe ya AS Kigali nyuma y’amezi atanu nta kipe afite. Muri Kanama umwaka ushize ni bwo uyu musore yari yasezerewe na FAR Rabat yo mu gihugu cya Maroc, nyuma yo gusoza amasezerano y’amezi atandatu yari yarayisinyiye. Iyi kipe y’Ingabo za Maroc yari yayigezemo nyuma yo gutandukana […]

U Bubiligi: Abanyarwanda 2 bashinjwa uruhare muri jenoside bagiye kuburanishwa

Abantu babiri bahunze ubutabera bakurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Pierre Basabose na Seraphin Twahirwa, bazitaba urukiko mu Bubiligi muri Kamena uyu mwaka. Basabose yashinjwe muri Kamena 2015 ibyaha bya Jenoside n’itsembatsemba. Yahoze ari umusirikare wari waravuye mu gisirikare kugira ngo yinjire mu bucuruzi. Yari afite ibiro by’ivunjisha i Kigali. Ku rundi ruhande, […]

Riderman na Christopher bagiye kujya mu bitaramo i Burayi

Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi mu muziki nyarwanda nka Riderman n’umuhanzi mu ndirimbo z’urukundo, Muneza Christopher, bari kwitegura kujya gutaramira hanze y’u Rwanda mu gitaramo bazakorera ku mugabane w’u Burayi. Ni igitaramo aba baririmbyi bombi bazakorera i Brussels mu murwa mukuru w’u Bubiligi, bakazataramira abantu mu gihe cyirenga amasaha ane. Iki gitaramo giteganyijwe kuba Ku wa […]

Igisubizo cya Minisitiri Lutundula ku mpamvu RDC yirukanye ba Ofisiye ba RDF babaga i Goma

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo Kinshasa, Christophe Lutundula, yatangaje ko ibyo kuvuga ko RDC yirukanye ku butaka bwayo abasirikare ba RDF babaga mu buyobozi bukuru bw’Ingabo za EAC ziri muri Congo byafashwe uko bitari. Mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo RDC yirukanye ku butaka bwayo bariya basirikare batatu b’u Rwanda bakoreraga i Goma. Umuvugizi w’Igisirikare […]

Padiri Niwemushumba uheruka kwegura muri Diyosezi ya Ruhengeri agiye kurongorera muri ADEPR

Padiri Niwemushumba Phocas uheruka kwegura muri Kiliziya Gatolika kubera icyo yise uburyarya bwayimitswemo, agiye gusezeranira n’umukobwa bakundanaga mu itorero rya ADEPR. Inyandiko y’ubutumire uyu wahoze ari umupadiri yamaze gushyira hanze yerekana ko azakora ubukwe na Uwitije Olive ku wa 04 Werurwe uyu mwaka. Aba bombi bazasezeranira mu rusengero rwa ADEPR Masizi, nyuma y’umuhango wo gusaba […]