Ruracyageretse mu rubanza Mugarura na Niyo baregwamo guteza inkongi yishe abantu 10

Urubanza ruregwamo abanyeshuri babiri; Alex Mugarura na Niyo Edison mu Rukiko Rukuru rwa Masaka muri Uganda rukomeje kuba agatereranzamba nyuma y’aho hari amakuru urukiko rwakiriye ko hari ikindi cyihishe inyuma y’itwikwa ry’ishuri ryisumbuye ryitwa St Bernard Secondary School, Manya, riherereye mu Karere ka Rakai. Mu iburanisha ryabaye kuwa 1 Nzeri 2026, Mugarura yavuze ko urukiko […]
Taleb wa APR FC yaburiye Zamalek

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Taleb, yatangaje ko ikipe ye idatewe ubwoba na Zamalek SC, ndetse ko mu gihe aya makipe azaba yahuriye mu cyiciro cya kabiri cy’amajonjora ya CAF Champions League, APR izaba igamije kuyisezerera. Ibi Taleb yabivuze nyuma y’uko APR FC itsinze Les Aigles du Congo ibitego 3-0 mu mukino wo kwishyura wabereye […]
Abo ku muherwe Karangwa bigambye ko bafite ibyumba byuzuye amafaranga bararira ayo kwarika

Bamwe mu bana bo mu muryango w’umuherwe witwa Moses Kalangwa Kalisa, wari ukomeye mu ishyaka rya NRM muri Uganda mu Karere ka Kayunga, bararira ayo kwarika bavuga ko imitungo igiye kubashiraho mu gihe ubwo Se yapfaga bavuze ko nta kibazo bafite kuko bafite ibyumba byuzuye amafaranga. Umwe muri aba bana, Kemigisha Hanissa, itangazamakuru aratabaza avuga […]
Kenya: Ruto ashobora kuba perezida wa mbere wa Kenya uyoboye manda imwe

Abantu ibihumbi bitabiriye imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi iyobowe n’icyamamare gishya muri politiki ya Kenya kuri iki Cyumweru, aho iyi myigaragambyo yaranzwe n’ituze ridasanzwe, ariko bamenyesha Perezida Ruto ko igihe cye ku butegetsi cyarangiye kandi ashobora kuba Perezid awa mbere wa Kenya uyoboye manda imwe. Senateri Edwin Sifuna, w’imyaka 44, yagaragaye nk’umwe mu bahanganye bakomeye na […]
Ukwirara kw’abakinnyi ba Rayon Sports

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis, yavuze ko umunaniro ndetse no kuba bamwe mu bakinnyi bashobora kuba baratangiye kwirara biri mu mpamvu iyi kipe itangiye kugira ikibazo cyo gutsinda ibitego, nubwo yakomeje mu cyiciro gikurikiraho cya CAF Confederation Cup. Rayon Sports yatangiye neza uyu mwaka w’imikino, itsinda imikino myinshi ya gicuti ndetse initwara neza muri […]
Umupilote wa Amerika wahanuriwe muri Iran yavuze ku ruva gusenya yahuye narwo

Umusirikare wo mu ngabo z’Amerika zirwanira mu kirere yavuze ukuntu yahanantutse akagwa ku butaka ari mu mutaka wangiritse, nyuma yuko indege y’intambara ye yari yahanuriwe hejuru ya Iran, bituma haba igikorwa cya gisirikare giteje akaga cyo kumutabara. Uwo mupilote, utatangajwe izina mu kiganiro cyitwa 60 Minutes cy’igitangazamakuru CBS News cyo muri Amerika, yagize ati: “Hari aho byageze, […]
Uwahoze ayobora CIA yari muri gari ya moshi yarashwe na drone y’u Burusiya muri Ukraine

Uwahoze ayobora Urwego rw’Ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), David Petraeus, yari muri gari ya moshi kuri sitasiyo ya Yahodyn muri Ukraine ubwo drone y’u Burusiya yagabaga igitero kuri gari ya moshi itwaye abagenzi. Iki gitero cyabaye ku Cyumweru, hafi y’umupaka wa Ukraine na Poland, nyuma gato y’uko gari ya moshi yari itwaye […]
Col. Katungi wahoze muri UPDF yamaze koherezwa muri Amerika aho akurikiranweho ibyaha bikomeye

Katungi Michael Mpeirwe, uwahoze ari umusirikare wa Uganda uri mu kiruhuko cy’izabukuru, arashinjwa n’abayobozi ba Amerika gutanga intwaro zo mu rwego rwa gisirikare ku itsinda rya Jalisco New Generation Cartel, umwe mu mitwe y’abagizi ba nabi irangwa n’urugomo kandi ikora cyane muri Mexico. Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashobora gufungwa hagati y’imyaka 10 na […]
Masisi: Habaye imirwano ikaze nyuma y’ibitero bya FARDC ku birindiro bya AFC/M23 i Kasopo

Mu Murenge wa Osso Banyungu muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, hongeye kwaduka imirwano mishya kuri iki Cyumweru, itariki ya 13 Nzeri 2026, hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo. Nyuma y’imirwano yabereye i Kafunsi, hafi ya Kashebere muri Teritwari ya Walikale ihana imbibi na Masisi, ingabo za leta (FARDC) zifatanyije n’imitwe […]
Trump ntiyemeranya n’abavuga ko AI ishobora kuzateza akaga abatuye Isi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, muri iyi weekend yapfobeje cyane ibyago bitewe n’ubwenge buhangano (AI), nyuma y’iminsi inzobere ziburiye Isi mu buryo bukomeye cyane. Ubwo yari mu ruzindiko muri Ireland, Trump yagize ati: “Hari imbaraga nyinshi mbi cyane zirimo kuzana iyi ngingo zitagakwiye kuba ziyizana ndetse barimo kuzana ibintu [kuvuga ibintu] […]