APR FC yabonye abatoza bashya

Ikipe ya APR FC yamaze kubona abatoza bakomoka mu gihugu cy’u Bufaransa bayobowe na Thierry Froger. Uyu mutoza w’imyaka 60 y’amavuko yatoje amakipe atandukanye arimo TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na USM Alger yo muri Algerie. Froger kandi yatoje Arta Solar7 yo muri Djibouti. Uyu mutoza wari uhanganiye gutoza APR FC […]

Umunya-Pakistan yishe umugandekazi nyuma yo gupimisha DNA agasanga umwana si uwe

Igipolisi cya Uganda gifashe umunya-Pakstan bivugwa ko yishe umugore we akamuhisha ibisigazwa bye mu kigega bashyiramo amazi.Nk’uko abapolisi babitangaza, Waeed Taheed, utuye mu Karere ka Mpigi, yatangaje ibura ry’umugore we Monica Nabukenya w’imyaka 25, ku ya 16 Nyakanga 2023 avuga ko atazi aho yaburiye. Ni nyuma y’uko Taheed ngo yakekaga Nabukenya ubuhemu bwamuteye gufata umwana […]

Hamisa Mobetto yaciye amarenga yo kurongorwa n’umugabo wamuguriye Range Rover

30926919_570623566642579_6999058240042434560_n-64612-9be20.jpg

Umunyamideli akaba n’umushabitsi wo muri Tanzaniya, Hamisa Mobetto, yatangaje ko agifite ikizere cyo gushyingirwa, nubwo atarasabwa ngo anakobwe ariko icyizere cyo kiracyahari kuko akiri muto.Mobetto, ufite abana babiri harimo n’uwo yabyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz, yavuze ko yemera ko igihe cy’Imana ari cyo kizabigena bityo akaba agitegereje.Ati: “Nta mugore udashaka kurongora, nanjye rero ndategereje”. Mu ruhererekane […]

Harry Maguire yariye karungu

Erik Hag utoza Manchester United yambuye myugariro Harry Maguire inshingano zo kuba Kapiteni, mu gihe hari amakuru akomeje kwerekeza uyu Mwongereza muri West Ham United. Biteganijwe ko Ten Hag azatangaza kapiteni mushya mugihe gikwiye, ariko umwirondoro yirinze kuwushyira hanze. Maguire yavuze ko yababajwe cyane no kwamburwa kuba kapiteni, ariko yiyemeza gukomeza gutanga ibishoboka byose muri […]

Jose Chamelione yavuze akari imurori ku bashatse kungukira ku burwayi bwe

Umuhanzi Jose Chamelione uherutse kuva mu bitaro muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yavuze ko hari abashakaga ko akomeza kurwara kugirango umuryango we uzime ukene. Yunze mu rya Se nawe wigeze kuvuga ubwo uyu muhungu we yari mu bitaro ko hari abakomeje kumwifuriza inabi nkaho aribo bamuremye.Icyo gihe uyu mugabo yavugaga ko umuryango we ukomeje […]

Uwabaye Captain wa Caméroun yabaye umunyamahanga wa 7 APR FC isinyishije

APR FC kuri uyu wa Mbere yatangaje ko yamaze gusinyisha myugariro Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme. Uyu munya-Caméroun yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Salomon Bindjeme w’imyaka 27 y’amavuko, yari asanzwe akinira Al-Hilal Omdurman yo muri Sudani. Uyu myugariro kandi yanyuze mu makipe arimo Difà¢a El Jadida yo muri Maroc, cyo kimwe […]

Bidasubirwaho Jonathan Ifunga Ifasso ni umukinnyi wa Rayon Sports

Rayon Sports kuri uyu wa Mbere yatangaje ko yamaze gusinyisha umunye-Congo Jonathan Ifunga Ifasso. Uyu musore ukina nka numéro 10 yasinye amasezerano yo gusinyira Murera mu myaka ibiri iri imbere, nk’uko iyi kipe yabyemeje ibinyujije kuri Twitter yayo. Jonathan Ifunga Ifasso yakiniye amakipe arimo AS Nyuki Dauphins Noir na AS Simba y’iwabo muri Repubulika Iharanira […]

Police FC mu nzira zo gusinyisha umunyamahanga wa mbere

Ikipe ya Police FC iri mu nzira zo gusinyisha Rukundo Onesme, umunyezamu w’Umurundi ushobora kuba umunyamahanga wa mbere isinyishije nyuma y’imyaka icyenda. Rukundo w’imyaka 24 y’amavuko asanzwe akinira Le Messager de Ngozi y’iwabo. Amakuru avuga ko ibiganiro hagati ye na Police FC bigeze kure, ku buryo nta gihindutse ashobora kwinjira muri iyi kipe ya Polisi […]

Menya aho wafata umugabo agasa n’ufashwe n’amashanyarazi mbere y’imibonano

Inshuro nyinshi abakundana iyo bagiye guhuza urugwiro mu cyumba bashaka kwishimisha ,abagore benshi bo ntibajya bita kumenya aho wafata ku mubiri w’umugabo agafatwa n’amashanyarazi akavuga urushinwa atararwize. Imibonano mpuzabitsina n’ingezi cyane kuko mujya kuyikora mushaka ko mwembi muryoherwa niyo mpamvu uba ukwiye kumenya ibice by’umubiri w’uwo mukundana wafataho akarushaho kuryoherwa kandi iyo ubimukoreye kurusha abandi […]

Ni gute warwanya imirire mibi wifashishije indagara?

Indagara ni kimwe mu bintu bikokomoka mu nyanja bikungahaye ku ntungamubiri nyinshi cyane ,ibyo bigatuma zigira uruhare runini mu kunoza imirire ndetse no mu kurwanya no kuvura indwara ziterwa n’imirire mibi. Cyane cyane ku bantu bafite imirire mibi ,indagara zifasha umubiri wabo kongera kwiyubaka no kwivura ya mirire mibi ,byose bishyingiye kuri za ntungamubiri dukesha […]

Wema Sepetu yakorogoshowe n’uwamutwerereye umwana wa baringa

Wema Sepetu wigeze kuba nyampinga muri Tanzaniya, yongeye kugaragaza ko anyotewe no kuba umubyeyi nyuma yo gukorwa mu nkovu n’abafana bamwibutsa ko akwiye kubyara umwana.Mu kiganiro Sepetu yagiranye n’ibitangazamakuru byo muri Tanzaniya, yavuze ko mu bihe byashize yakuyemo inda, kandi ko asenga azashobora gusama nawe agashyira umwana mu mugongo. Imvano y’iki cyifuzo cya Sepetu yakomotse […]

FARDC yashyize urupfu rw’abasivile baheruka kwicirwa mu Rutshuru ku mutwe wa RDF

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe wa M23 kuba nyirabayazana w’ubwicanyi bivugwa ko buheruka gukorerwa abasore 11 b’abanye-Congo. FARDC binyuze mu muvugizi wayo, Général-Major Sylivain Ekenge, yavuze ko ubwo bwicanyi bwakorewe mu gace ka Bukombo no mu biturage bigakikije, mu ijoro ry’itariki ya 15 rishyira ku wa 16 […]

Umusanzu w’u Rwanda mu guhosha intambara y’u Burusiya na Ukraine mu mboni za P. Kagame

Perezida Paul Kagame yagaragaje ibiganiro nk’inzira rukumbi ishoboka yahosha intambara y’u Burusiya na Ukraine, nyuma y’umwaka n’amezi ane impande zombi zihanganye. Umukuru w’Igihugu yabitangaje ku Cyumweru, ubwo we na mugenzi we Katalin Novà¡k wa Hongrie wari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda baganiraga n’itangazamakuru. Hongrie isanzwe ituranye na Ukraine iri mu bagizweho ingaruka n’iriya ntambara, bijyanye […]

Nyaruguru: La FERWAFA vise une académie de football pour chaque secteur

Les partenaires et les hommes d'affaires originaires du district de Nyaruguru

La Fédération Rwandaise de Football Amateur (FERWAFA) prône la création d’un centre de formation de football pour chacun des 14 secteurs du district de Nyaruguru et promet d’en apporter une assistance technique nécessaire. Le commissaire en charge du développement technique au sein de la Fédération, Sheikh Hamdan Habimana, a révélé cette vision lors de la […]

Huye: Abatishoboye bishyize hamwe bizeye kuva mu bukene vuba

Amafi ava mu byuzi byabo arabaha icyizere

Itsinda ry’abagore 4 n’abagabo 4 bo mu mu kagari ka Kibingo, umurenge wa Karama, akarere ka Huye, babarizwaga mu byiciro by’ubudehe by’abatishoboye (icya 1 n’icya 2) bafite icyizere ko umusaruro bagiye kubona mu mushinga wabo wo korora amafi, uzabateza ndi ntambwe ihamye ibakura mu byiciro by’abatishoboye bakajya mu byisumbuyeho. Ibi barabivuga nyuma yuko bateye ifi […]

RDF yiteguye guha RDC umusada mu gihe yaba iyibisabye: Brig Gen Rwivanga

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko cyiteguye guha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubufasha bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bwayo, mu gihe iki gihugu cyaba kibyifuje. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 14 Nyakanga, ubwo yaganiraga n’urubyiruko 65 rw’Abanyarwanda baba mu mahanga. Muri iki kiganiro cyabereye ku […]

Ubutumwa bwa Léandre Onana busezera aba-Rayon Sports

Umunya-Caméroun Léandre Essomba Willy Onana, yasezeye ku Bakunzi ba Rayon Sports nyuma yo gutandukana n’iyi kipe akerekeza muri Simba Sports Club yo muri Tanzania. Muri iyi mpeshyi ni bwo uyu rutahizamu yerekeje muri Simba nyuma yo gusoza amasezerano y’imyaka ibiri yari afitanye na Rayon Sports. Ni imyaka yahetsemo iyi kipe ku buryo bugaragara, ibyatumye yigarurira […]

FDLR irateganya gutera za Grenades i Rubavu: Lt Col Ryarasa

Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Rutsiro, Lt Col Ryarasa William, yasabye abatuye mu karere ka Rubavu kuba maso bijyanye no kuba umutwe wa FDLR ufite umugambi wo guhungabanya umutekano muri aka karere. Lt Col Ryarasa yabitangarije mu nama mpuzabikorwa iheruka guhuza abayobozi b’inzego zitandukanye mu karere ka Rubavu ndetse n’abahagarariye […]

Centrafrique: Hatangiye imyigaragambyo ikomeye yamagana Manda ya 3 ya Touadéra

Amagana y’abaturage ba Centrafrique kuva ku wa Gatanu yiraye imihanda y’i Bangui mu murwa mukuru wa Repubulika ya Centrafrique, mu rwego rwo kwamagana Perezida Faustin-Archange Touadéra ushaka kwiyamamariza manda ya gatatu. Ni nyuma y’uko Leta y’iki gihugu ifashe icyemezo cyo kuvugurura itegekonshinga. Imyigaragambyo muri Centrafrique yateguwe n’ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi Bloc Républicain pour la […]

Itariki y’ubukwe bwa The Ben na Miss Pamella yamenyekanye

Umuhanzi Mugisha Bénjamin uzwi mu muziki Nyarwanda nka The Ben, azarongora umukunzi we Miss Uwicyeza Pamella mu Ukuboza uyu mwaka. Ku wa 27 Ukuboza ni bwo aba bombi bazakora ubukwe, mu birori bizabera muri Kigali Convention Center. Ni ubukwe byitezwe ko bugomba kuzitabirwa n’ibyamamare bitandukanye, byiganjemo abanyamuziki. The Ben mu busanzwe ukorera umuziki muri Leta […]

RDF iracyaryamiye amajanja ku mipaka y’u Rwanda na RDC: Yolande Makolo

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Ingabo zarwo zikiri ku bwinshi ku mipaka yarwo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gukumira ko hari icyaturuka hakurya kigahungabanya umutekano. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo, mu kiganiro aheruka kugirana na Radiyo yitwa Channel Africa yo muri Afurika y’Epfo. U Rwanda rumaze umwaka urenga rurebana ay’ingwe […]

Icyo abarwayi ba Diabete bakwiye kumenya mu gihe basonzeye amatunda

Amatunda cyangwa Marakuja ni zimwe mu mbuto abahanga bashishikariza abantu kurya bitewe n’intungamubiri zikubiyemo.Marakuja ni nziza ku mubiri w’umuntu ariko hakabaho irengayobora ku barwayi ba Diabete kuko ngo sibyiza kuyirya kenshi kuko yifitemo amasukari menshi. Itunda rimwe ringana na garama 100 ni isoko y’intungamubiri zitandukanye harimo; antioxydants, vitamin zitandukanye nka A, C, na za B, […]

RIB yafashe 7 bakekwaho kuba mu gatsiko k’abajura bibaga tefoni muri Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kuri uyu wa Gatanu rweretse itangazamakuru abantu barindwi rwafashe bakekwaho kuba mu gatsiko kamaze iminsi gakora ubujura bwa terefoni muri Kigali. Mu bo RIB yafashe harimo abamotari babiri, umukozi utanga serivisi za Mobile Money, umugabo ucuruza telefone ahazwi nko ku iposita mu Mujyi wa Kigali, uwibaga telefone akazibashyira n’undi waziguraga. Umuvugizi w’uru […]

Nkore iki?Mama agiye gushaka umugabo twigeze kuryamana nkiri i Kampala

Umukobwa wabaga i Kampala aragisha inama y’icyo yakora nyuma y’uko umubyeyi we agiye gushaka umugabo bigeze kuryamana ubwo yari akiba mu gihugu cya Uganda. Yagize ati” Sindibuvuge amazina yanjye kuko hari abashobora kumenya.Muri macye ubusanzwe nakunze kuba mu gihugu cya Uganda kuko narahize nyuma mpabona akazi birangira mpamaze igihe kirekire. Navukiye mu Rwanda ariko mama […]

Myugariro usimbura umunya-Caméroun wapapuwe APR FC ategerejwe i Kigali

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatanu byitezwe ko yakira myugariro w’umunya-Caméroun, Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme. Kuri gahunda byari byitezwe ko uyu myugariro wo mu mutima w’ubwugarizi agera i Kigali saa saba zo kuri uyu wa Gatanu. Salomon Bindjeme w’imyaka 27 y’amavuko, yari asanzwe akinira Al-Hilal Omdurman yo muri Sudani. Uyu myugariro kandi […]

Diamond yigaramye umugandekazi byavugwaga ko bari mu rukundo

Umuhanzi Diamond Platnums uri muri Uganda, bikomeje kuvugwa ko ari mu rukundo n’uhanzi Spice Diana ndetse ko bateganya ku rushinga ariko we akabihakana yivuye inyuma, icyakora ngo Imana ibishatse byaba. Uyu muhanzi ukomoka muri Tanzaniya Bongo Flava yahakanye ibihuha bivuga ko akundana n’umuhanzikazi mugenzi we Spice Diana. Mu kiganiro n’abanyamakuru i Kampala, aho Diamond yiteguye […]

Umusirikare wa UPDF yarashe mu cyico bagenzi be 2

Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF) yarashe mu cyico bagenzi be babiri, undi umwe aramukomeretsa. Byabereye mu gace ka Fort Port mu burengerazuba bwa Uganda. Amakuru avuga ko Cpl Avugo Lomuro wo mu ngabo za Uganda zirwanira mu kirere yarashe bagenzi be mu ijoro ryakeye, mbere yo guhita acika. Umuvugizi wungirije wa UPDF, Col […]

Mama Sava yitotombeye itorero rya ADEPR ryatumye yisanga ku mihanda

Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava yitotombeye itorero rya ADEPR ryamutenze bigatuma ajya ku mihanda(kujya mu mirimo itandukanye idafite aho ihuriye n’ubutumwa bwiza). Uyu mubyeyi w’abana babiri, aganira n’umunyamakuru, yavuze ko yasengeye muri ADEPR agakirizwamo akanabatirizwamo,ariko nyuma ngo baje kumutenga atangira kwigira hanze ariko ngo icyamubabaje ni ukuntu nta muntu n’umwe wo muri iryo torero […]

Aruna Moussa Madjaliwa yerekanwe nk’umukinnyi wa Rayon Sports (Amafoto)

20230714_073640.jpg

Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu yerekanye Umurundi Aruna Moussa Madjaliwa yasinyishije nk’umukinnyi wayo. Madjaliwa yinjiye muri Rayon Sports avuye muri Bumamuru FC y’iwabo mu Burundi. Uyu musore unasanzwe akinira ikipe y’Igihugu y’u Burundi ‘Intamba mu Rugamba’, kuri uyu wa Kane ni bwo Rayon Sports yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri. Amafoto iyi kipe yashyize ku mbuga […]

Iyo umukobwa/gore asomanye n’umugabo bibungura iki?

Ubushakashatsi bwerekana ko kutabasha gusomana neza ari ikimenyetso cy’uko utishimye mu buzima bwawe. Bukomeza bwerekana ko kubikora neza, byongera cyane kwiyumvanamo, bigatuma umubiri ukora neza, ndetse n’amarangamutima akarushaho kuba meza. Niba wifuza kugira ubuzima bwiza no kongera umubano mwiza hagati yawe n’uwo ukunda, bishobora kuba uburyo bwiza ndetse no kongera ubushake no gukundana cyane.Ku batabizi […]

Akari ku mutima w’Umunyarwanda watsindiye Manchester Manchester United igitego cya mbere

Umunyarwanda Emeran Noam, yishimiye gutsindira igitego cye cya mbere nk’umukinnyi wa Manchester United. Emeran yafashije Manchester United ku wa Gatatu yatsinze Leeds United ibitego 2-0, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo. Mu bakinnyi iyi kipe y’i Manchester yari yitabaje muri uyu mukino, harimo Umunyarwanda Emeran Noam. Ni umukino uyu musore ukiri muto yigaragajemo […]

Ubutinganyi na SIDA bikomeje kuvuza ubuhuha mu magereza yo muri Uganda

Muri Uganda haherutse gutangazwa mu bitangazamakuru, bivugako abagororwa benshi bakomeje gukwirakwiza virusi itera SIDA mu igihe bari muri gereza, ahanini biturutse ku butinganyi bukomeje kuhavugwa . Raporo y’ibitangazamakuru yagaragaje ko ubwandu bwa virusi itera SIDA mu bagororwa bwatewe ahanini no kuryamana kw’abahuje igitsina icyakora, Baine yashimangiye ko abagororwa bamwe bandura virusi itera sida kubera ubujiji […]

Tshisekedi yategetse ko abishe Chéburin Okende bahigwa bukware

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yategetse ko hakorwa ibishoboka byose kugira ngo abishe Chéburin Okende wahoze ari Minisitiri bafatwe bahanwe. Kuri uyu wa Kane ni bwo Okende wahoze ari Minisitiri w’Ubwikorezi n’Itumanaho muri RDC yasanzwe mu modoka ye yiciwe i Kinshasa. Uyu mugabo wabaye Minisitiri hagati ya 2021 na 2022 […]

Chéburin Okende wari washimuswe yabonetse yapfuye

Chéburin Okende wahoze ari Minisitiri w’Ubwikorezi n’Itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yabonetse yapfuye nyuma y’amasaha make ashimuswe. Chéburin yari asanzwe ari umuvugizi wungirije w’ishyaka Ensemble Pour la République rya Moà¯se Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC. Inkuru y’urupfu rwe yemejwe n’Umuvugizi wa ririya shyaka, Dieudonné Bolengetenge wavuze ko “bamwishe.” Umwe mu bantu ba […]

Ihabara rya Davido ryashyize Burna Boy mu gatebo k’abatinganyi

Umugore witwa Ivanna Bay uherutse kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Davido, yashinje Burna Boy ko ari umutinganyi agendeye kuri bimwe mu byo amubonaho nk’ibimenyetso.Uyu mugore ubusanzwe ubarizwa mu gihugu cy’Ubufaransa mu mujyi w’ i Paris, mu kiganiro cya Live aherutse gukora ku rubuga rwe rwa Instagaram yatangaje ko Burna Boy yaba aryamana n’abandi bagabo bagenzi be. […]

RDC: Uwahoze ari Minisitiri yashimuswe

Uwahoze ari Minisitiri w’Ubwikorezi n’Itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Chérubin Okende, yashimutiwe i Kinshasa ku wa Gatatu. Okende yashimutiwe i Kinshasa muri ‘Parking’ y’Urukiko Rushinzwe kurinda itegekonshinga; aho yari yagiye gusobanura umutungo afite nyuma yo kuva muri Guverinoma ya RDC. Itabwa muri yombi ry’uyu mugabo ryemejwe n’ubuyobozi bw’ishyaka Ensemble Pour la Republique rya […]

Nyanza:Abarimu bane baguwe gitumo bakuramo inda y’umunyeshuli

Mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa amakuru y’itabwa muri yombi ry’abarimu bagera kuri bane, aho bacyekwaho gukuriramo inda umunyeshuli bigishaga.Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa Gatatu taliki 12 Nyakanga 2023, aho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwahise ruta muri yombi aba barimu nyuma yo kumenya amakuru ko uyu mugambi wo gukuramo inda uri mu […]

Umugabo yafashe ku ngufu nyirabukwe nyuma yo kuza kumukiza umukobwa we

Mu Ntara ya Copperbelt i Lufwanyama muri Zambia,umukecuru w’imyaka 58 yafashwe ku ngufu n’umukwe we nyuma yo kuza kubakiza ubwo bari bari mu mirwano.Uyu mugabo uzwi ku izina rya Pathias Ngwata w’imyaka 33, ukomoka mu gace ka Mukutuma, yahise atabwa muri yombi na polisi nyuma yo gufatwa asambanya nyirabukwe ubwo yaraje guhosha amakimbirane. Uyu mukecuru […]

Rayon Sports irakoza imitwe ku banyamahanga 3

Rayon Sports yamaze kumvikana n’abakinnyi bashya b’abanyamahanga bagomba kuyikinira mu mwaka utaha w’imikino, by’umwihariko mu mikino ya CAF Confederation Cup izahagarariramo u Rwanda. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda iheruka gutangaza umunya-Maroc Youssef Rharb wigeze kuyinyuramo nk’umukinnyi wayo mushya. Amakuru avuga ko uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko agomba kwiyongeraho abandi bakinnyi batatu b’abanyamahanga Rayon […]

Perezida Ebrahim Raisi wa Iran ari muri Uganda

Perezida Ebrahim Raisi wa Iran uri kugirira uruzinduko rw’amateka ku mugabane wa Afurika, kuri uyu wa Kabiri yasuye Uganda. Perezida Raisi wageze i Kampala akubutse i Nairobi muri Kenya aho yagiraniye ibiganiro na mugenzi we William Ruto, akigera i Entebbe yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ubufatanye bw’akarere, Okello Oryem. Ni mbere yo kwakirwa […]

Zari yavuze akaga yahuye nako abana be bakimenya ko agiye kurongorwa

Zari Hassan, usanzwe ari ikimenyabose biturutse ku bwiza n’ikimero agaragaza cyane cyane binyuze ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rukuta rwe rwa Instagram, avuga ko abana be batumva ko yakora ubukwe n’umukunzi Shakib. Uyu mubyeyi w’imyaka 42, akaba na nyina w’abana batanu, yatangaje ko abana be babanje kutemera ubukwe bwe na Shakib, ariko, nyuma yo kumarana […]

Goma: Uhuru Kenyatta yasabye RDC gushyikirana na M23

Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, yongeye gusaba Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kujya mu biganiro n’umutwe wa M23. Kenyatta usanzwe ari umuhuza mu bibazo bya Congo yasabye Kinshasa kujya mu biganiro na M23, ubwo yari mu mujyi wa Goma aho yafunguye inama yiga kuri gahunda yo kurebera hamwe uko abarwanyi ba […]

“Nari narabyaye mbere yo kubana na Mutabazi”Kecapu avuga iby’undi mwana yari yarabyaye

Umukinnyikazi wa Cinema Mukazayire Nelly uzwi nka Kecapu muri Filime ya Bamenya,yabajijwe byinshi ku byajyaga bivugwa ko yabyaye umwana mbere yo gukora ubukwe.Uyu mubyeyi uherutse kwibaruka abana batatu bimpanga, yashyize umucyo ku byajyaga bivugwa inyuma y’amalido,ko yaba yari yarabyaye undi mwana mbere yo gushaka umugabo mu mwaka wa 2022. Kecapu yabajijwe ku makuru ko ngo […]

SADC yemeje igihe izoherereza muri RDC ingabo zo ‘kurandura burundu’ M23

Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko uteganya kuba wamaze kohereza Ingabo zawo muri RDC bitarenze ku wa 30 Nzeri, mu rwego rwo kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwaho. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga ni bwo abakuru b’ibihugu bya SADC bahuriye mu nama idasanzwe yigaga kuri Repubulika […]

Kaminuza ya Harvard igeze kure gahunda yo guha robot akazi ko kwigisha

Kaminuza ya Harvard irimo gutera intambwe mu myigire ya siyanse ya mudasobwa,aho rimwe mumasomo azwi cyane azigishwa n’umwarimu w’irobo(Robot).Iri koranabuhanga rizwi nka CS50, ni intangiriro yo kurwego rwo gutangiza code ikurura abanyeshuri ibihumbi buri mwaka, haba mumashuri ndetse no mu zindi nzego . Ikinyamakuru FirstPost gitangaza ko aya masomo azwiho gukoresha udushya twifashishije ibikoresho bya […]

APR FC yirukanye abakinnyi 10 bayobowe na Kapiteni Djabel

APR FC kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023, yamenyesheje abakinnyi 10 mu bayikiniraga ko itazakomezanya na bo, abandi babiri irabatiza. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo ubuyobozi bw’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu bwahuriye mu nama n’abakinnyi bayo. Ni inama yabereye ku biro by’iyi kipe ku Kimihurura. Imwe mu mpamvu z’iyi […]

UPDF iryamiye amajanja yitegura imirwano na ADF

Inzego z’Umutekano muri Uganda ziri kurunda abasirikare benshi b’indwanyi mu bice bya Rwenzori, mu rwego rwo kwitegura imirwano n’inyeshyamba za ADF bikekwa ko zaba ziteguye guhungabanya umutekano wa kiriya gihugu. Kuri ubu abasirikare kabuhariwe ba Uganda bakomeje koherezwa mu turere tw’iki gihugu duhana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Polisi ya Uganda mu itangazo […]

Rayon Sports yagaruye umunye-Maroc wayivuyemo ahunze imibereho mibi

Amakuru akomeje kujya hanze ku byerekeye igura n’igurisha mu makipe akina muri shampiyona y’u Rwanda, aravuga ko ikipe ya Rayon Sports igiye kugarura umukinnyi w’umunya Maroc wayikinnyemo igihe gito ariko akaza kuyivamo. Uyu mukinnyi witwa Youssef Rharb byatangajwe ko agiye gusubira muri iyi kipe mu gihe yari yayivuyemo ayishinja kuba imufata nabi mu buryo butandukanye […]

Ikibazo cya CIMERWA: Aho gahunda yo kwimura abaturage igeze nyuma y’amabwiriza ya P. Kagame

Muri Kanama 2022 ubwo Perezida Paul Kagame yaganiraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’Uburengerazuba, yatanze icyizere cy’uko Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego zitandukanye bagomba gukemura ikibazo cy’abaturage baturiye uruganda rwa CIMERWA babangamiwe na bo. Abaturage bamaze imyaka ine bagaragaza ko babangamiwe n’uru ruganda ni bo mu Mudugudu wa Nyakivomero, Akagari ka Mashesha mu Murenge […]

Umusekirite yarashe umukunzi we aramwica nawe ahita yirasa arapfa

Polisi mu karere ka Mayuge iri gukora iperereza ku cyishe Stephen Anyanya, wari umuzamu(Security guard) wa Priority One Security Group Limited, warangije ubuzima bwe nyuma yo kurasa no kwica umukunzi we Sarah Ayaya agahita apfa. Ibi byabereye ahitwa Bugadde Sacco Limited mu mudugudu wa Bugadde Amajyaruguru ya Uganda. mu mumujyi wo mu gasantire wa Bugadde. […]

Iby’abapfuye biyirije ubusa muri Kenya bikomeje gufata indi ntera

Mu mezi macye ashize nibwo muri Kenya hamenyekanye amakuru y’abaturage bategetswe na Pasiteri kwiyiriza ubusa iminsi 40 batarya batanywa kugirango bazasanganire Yesu , ariko nyuma benshi baza gusangwa bitabye Imana. Imibare yagiye igaragara y’abapfuye yahereye ku bantu 50,ikomeza izamuka none kugeza ubu ikaba igeze kuri 350.Ni mu gihe Pasiteri uzwi nka Paul Mackenzie n’abo bashinjanywa […]

M23 mu mirwano na Nyatura

M23 yaramukiye mu mirwano n’imitwe y’inyeshyamba za Nyatura Leta ya Congo Kinshasa yise ‘Wazalendo’. Ni imirwano iri kubera mu duce twa Muhanga, Kavumu na sisa, muri Teritwari ya Rutshuru. Uwatangije iyi mirwano n’ibyaba byayangirikiyemo ntabwo biramenyekana. M23 kuva ihagaritse imirwano n’Ingabo za Congo Kinshasa imaze iminsi irwana n’inyeshyamba za Wazalendo zimaze igihe zigaba ibitero ku […]

Umusirikare wa RDF yiciwe muri Centrafrique

Umusirikare wo mu ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), yiciwe mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba. Uyu musirikare yiciwe hafi y’Umujyi wa Sam-Ouandja, mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Centrafrique, ubwo yari ku burinzi. Uyu mujyi Ingabo za Loni zagiye kuwugaruramo amahoro mu cyumweru gishize, nyuma y’uko ku […]

Dore uko wakwirinda gusohora vuba udakoresheje imiti

Kurangiza vuba bisobanurwa ukuntu gutandukanye ariko abenshi bahuriza ku kuba ari igihe umugabo cyangwa umugore agejeje ibyishimo bye ku ndunduro mugenzi we bitaragenda uko ariko kandi abandi bakavuga ko ari igihe umugabo arangije ataragera mu gikorwa nyirizina cyangwa bikabaho hatarashira iminota ibiri. gusa kurangiza vuba birakira rwose kandi imiti yo kwa muganga si ngombwa. Ahubwo […]

APR FC yerekanye umunyamahanga wa 6

Umunya-Caméroun Bemol Apam Assongwe yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa APR FC. Uyu rutahizamu w’imyaka 22 y’amavuko yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira APR FC. Bemol Apam yabaye umukinnyi wa gatandatu w’umunyamahanga werekanwe na APR FC. Ni nyuma ya Ndikumana Danny wahoze akinira Rukinzo FC y’i Burundi, umunyezamu Pahvel Nzilha wahoze akinira AS Etoile du Congo ndetse […]

Umutinganyi yabengutse Otile Brown nyuma yo gupfusha umwana w’imfura

Maxwelll Mwamburi usanzwe umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga nk’umugabo uryamana n’abo bahuje igitsina, atangaza ko yabengutse umuhanzi Otile Brown ku buryo yumva bazabana. Uyu mutinganyi Mwamburi, avuga ko amarangamutima ye, akomeje kumwerekeza kuri Otile Brown kuko ari mu nzozi ze amaranye igihe aho azashyirwa ari uko zibaye impamo. Ntabwo ari uyu mutinganyi gusa werekeje amarangamutima ye […]

Niba udakunda amaribori igikakarubamba ntukirenze amaso

Igikakarubamba ni umuti ukomeye

Imiti gakondo by’umwirahariko ikomoka ku bimera, usanga ikoreshwa mu buvuzi butandukanye bwaba ubwibanda ku ruhu,cyangwa n’ahandi.Iki kimera gikungahaye ku binyabutare bitandukanye.Igikakarubamba cyakoreshejwe kuva cyera, cyane cyane mu bihugu byo muri Afurika by’umwihariko abanyamisili ba cyera bacyitaga ikimera cyo kurama.Iki kimera kizwiho gukoreshwa mu buryo bwinshi bavura indwara nyinshi. Siho gusa cyakoreshwa ariko, no mu bwiza […]

Biden yakuriye inzira ku murima Ukraine yifuza kwinjira muri NATO

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Ukraine igomba kubanza kurangiza intambara ihanganyemo n’u Burusiya mbere yo kwemererwa kwinjira muri NATO. Biden yabitangaje mu kiganiro aheruka kugirana n’umunyamakuru Fareed Zakaria wa CNN. Ukraine imaze igihe isaba kwinjira mu muryango wa gisirikare w’ibihugu byo mu majyaruguru y’inyanja ya Atlantique (NATO). Biden yavuze […]

UPDF yivuganye Lubangakane

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko cyivuganye Lubangakane wari umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe w’iterabwoba wa ADF. Umuvugizi wungirije wa UPDF, Col Deo Akiiki, yatangaje ko Lubangakane yiciwe mu kibaya cya Mwalika, ku Cyumweru tariki ya 09 Nyakanga 2023. Ati: “Lubangakane yicanwe na batatu mu barwanyi be. Imbunda ebyiri zambuwe inyeshyamba zirimo iya PMK Machine […]

Igisubizo cya Tshisekedi ku kuba RDC yaca burundu umubano n’u Rwanda

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko igihugu cye nta gahunda gifite yo kuba cyaca burundu umubano ushingiye kuri dipolomasi n’u Rwanda. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Tina Salama usanzwe ari umuvugizi we. Ni ikiganiro cyatambukijwe kuri Radiyo na Televiziyo y’Igihugu bya Congo (RTNC). Kuva muri Kamena umwaka […]