Gen. Muhoozi yisubiyeho ku gufata Kisangani ariko mu gihe cy’isaha imwe gusa

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba, ukunze gutangaza ibintu bikunze kuvugisha abatari bacye, kuri ubu aremeza ko yisubiye ku cyemezo cyo gufata Umujyi wa Kisangani muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Werurwe, nk’uko asanzwe abigenza, Gen. Muhoozi yagize atya ajya ku rubuga nkoranyambaga rwa X (Urwahoze ari […]
Sudani y’Epfo: Amacakubiri mu ishyaka SPLM-IO yakuyeho Dr Riek Machar uyiyobora

Ishyaka rikomeye mu gihugu ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi muri Sudani y’Epfo, SPLM-IO, riri mu bibazo nyuma yâuko abagize itsinda ryitandukanyije n’abandi bakuyeho Visi-Perezida wa mbere, Dr. Riek Machar, wari umuyobozi wabo ubu ufungiwe mu rugo, bamusimbuza undi nkâumuyobozi wâishyaka, nk’uko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 9 Mata 2025. Stephen Par Kuol yagizwe umuyobozi wâagateganyo mu […]
Ibihugu biteye imbere mu ikoranabuhanga muri Afurika

Muri Afurika, Maroc, Afurika y’Epfo, Nigeria n’u Rwanda ni ibihugu bimaze kuragaragara ko ari ibihugu byateye imbere mu ikoranabuhanga, aho Maroc na Afurika y’Epfo biza ku isonga mu guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga ariko hari n’ibindi biri gutera ikirenge mu cyabyo. Ibihugu biteye imbere mu ikoranabuhanga muri Afurika: Maroc: Ubwami bwa Maroc kugeza ubu […]
Umukangurambaga mukuru wa NUP yasabye umuhungu we gusaba imbabazi kubera kwifotozanya na Museveni

Umukangurambaga mukuru wâishyaka NUP ritavuga rumwe nâubutegetsi muri Uganda, Nyanzi Ssentamu, yasabye umuhungu we akaba n’Umuyobozi w’abanyeshuri muri Kaminuza ya Makerere, James Church Hill Ssentamu, gusaba imbabazi Abagande kubera kwifotozanya na Perezida Yoweri Museveni. Iyi foto yafashwe ku wa Kabiri muri Kaminuza ya Makerere, aho Museveni yari umushyitsi mukuru mu gutangiza icyumweru cyâubushakashatsi no guhanga […]
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Centrafrica zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31

Ku mugoroba wo ku itariki ya 8 Mata, Ingabo zâu Rwanda zoherejwe muri Repubulika ya Centrafrica (CAR), ku masezerano hagati y’ibihugu byombi hamwe nâIngabo zâu Rwanda zikorera mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye (MINUSCA), Abanyarwanda bahaba nâinshuti zâu Rwanda, bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 31. Imihango yo kwibuka yabereye mu birindiro bya Bimbo […]
Sosiyete Alphamin y’Abanyamerika yasubukuye ubucukuzi bw’Itini i Walikale

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 9 Mata, isosiyete y’Abanyamerika yitwa Alphamin, izobereye mu gucukura ubutare bwa etain, yatangaje ko igiye gusubukura ibikorwa ku birombe byayo bya Bisie, biherereye muri Teritwari ya Walikale, muri Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iki cyemezo kije nyuma yo kuhava kw’abarwanyi ba M23 / AFC, nkuko byatangajwe […]
Tariki 10 Mata 1994: Abatutsi bari bahungiye muri Kiliziya ya Gahanga bose barishwe harokoka mbarwa

Ku itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko yasohowe n’icyari CNLG iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma yâabicanyi yayoborwaga na minisitiri wâintebe Jean Kambanda Kuvana abantu […]
Doha: Ibiganiro byari bitegerejwe hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa byasubitswe

Ibiganiro byâamahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nâinyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka mu mpande zombi agera kuri Reuters avuga. Amakuru yaturutse ku ruhande rwa leta n’urwa AFC/M23 muri iki cyumweru agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, avuga ko ibiganiro byari biteganyijwe kuri […]
Dominikani: Igisenge cy’akabyiniro cyaguye gihitana nibura abantu 98 abandi 160 barakomereka

 Ubuyobozi bwavuze ko igisenge cyâakabyiniro kazwi cyane mu murwa mukuru wa Repubulika ya Dominikani cyasenyutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri ushize mu gitaramo cya Merengue cyitabiriwe nâabanyapolitiki, abakinnyi ndetse nâabandi, hapfa nibura abantu 98 abandi 160 barakomereka. Umuyobozi w’ikigo gishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Juan Manuel MĂ©ndez, yatangaje ko abakozi barimo gushakisha abashobora kuba barokotse […]
Kenya: Uwari Visi perezida arashinja Ruto gukorana na M23 na RSF yo muri Sudani

Uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yavuze ko ubuyobozi bwa Perezida William Ruto ari âguverinoma yâubucuruzi,â ayishinja amakosa ya diplomasi no kungukira mu makimbirane yo mu karere akorana n’imitwe nka M23, RSF ndetse no kwivanga mu bibazo bya Sudani y’Epfo. Mu kiganiro cyeruye yagiranye na KTN News mu ijoro ryo ku wa Mbere, […]
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa

Nk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya AFC/M23 haba hari ibyo risaba mbere yo kugirana imishyikirano iyo ari yo yose na Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibyo AFC/M23 isaba ni: -Itangazo rya Felix Tshisekedi ryerekana ubushake bwa politiki bwâubutegetsi bwe bwo kugirana imishyikirano itaziguye na AFC / M23. -Ivanwaho […]
RDC: Abanyamerika bagerageje guhirika Tshisekedi bohererejwe Amerika

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 8 Mata 2025, muri gereza ya gisirikare ya N’dolo, imfungwa eshatu zâabanyamerika zashyikirijwe abategetsi ba Amerika, imbere yâabayobozi ba gisivili nâabasirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Marcel Malanga na bagenzi be babiri bafunzwe bajyanwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya N’djili, aho binjiye mu ndege idasanzwe yerekeza muri Amerika. […]
Tariki 9 Mata 1994: Umunsi Ingabo z’u Bufaransa zitererana Abatutsi bagasigara bicwa

Tariki ya 09 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi tariki ya 9 Mata 1994. 1. Ingabo zâAbafaransa baje mu cyo bise « OpĂ©ration Amaryllis » zateraranye Abatutsi mu maboko yâabicanyi Tariki ya 9 Mata, […]
KWIBUKA31: Abari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) na Sudani y’Epfo (UNMISS), ku wa Mbere tariki ya 7 Mata, bafatanyije n’abandi banyarwanda, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’isi yose, kwibuka ku nshuro ya 31, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni ibikorwa byo kwibuka byabereye […]
Perezida Zelensky yemeye ko Ingabo ze ziri Belgorod mu Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeye ku nshuro ya mbere ko ingabo ze zikorera mu karere ka Belgorod mu Burusiya gahana imbibi na Ukraine. Kuri uyu wa Mbere ushize yagize ati: “Dukomeje gukora ibikorwa bifatika mu turere duhana imbibi ku butaka bw’abanzi, kandi ibyo ni ukuri rwose, intambara igomba gusubira aho yaturutse.” Amagambo ye yerekeje […]
Abayobozi 5 ba Kenya bari barashimuswe barekuwe nyuma y’amezi abiri

Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri wâumutekano mu gihugu, Kipchumba Murkomen, yatangaje ko abayobozi batanu ba Kenya barekuwe, nyuma yâamezi abiri bashimuswe nâabakekwaho kuba kuba intagondwa z’Abayisilamu mu majyaruguru yâuburasurazuba bwâigihugu. Abantu bitwaje imbunda bakekwa ko bakomoka mu mutwe wa Al Shabaab ufitanye isano na al Qaeda bashimuse abayobozi b’imidugudu, bari abayobozi bashyizweho na guverinoma, mu […]
RDC yahagaritse amasezerano yose y’ubushabitsi yari ifitanye n’ibigo by’Abanyamerika

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, itariki ya 7 Mata 2025, Umuvugizi wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi, Tina Salama, yatangaje ko DRC ihagaritse, kugeza igihe hazatangwa amabwiriza mashya, amasezerano yose, inzira cyangwa ibyifuzo bya lobbying (cyangwa ubushabitsi) yatanzwe cyangwa yakozwe hagati ya Congo nâibigo byâAbanyamerika byâinzobere muri uru rwego. “Urebye icyifuzo […]
Burundi: Abapolisi 2 nâUmunyamabanga Mukuru wa FFB bafunzwe bazira kuganira ku ntambara yo muri RDC

Abantu bane bo mu muryango umwe bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba i Bujumbura nyuma yo kuganira mu itsinda rya WhatsApp ku byerekeye intambara yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Bivugwa ko ubwo butumwa buvugwa bwumviswe n’abayobozi ngo basanga ari ikintu kitoroshye kubera ko bumwe bwashimaga ubutwari bw’inyeshyamba za M23, umutwe witwaje intwaro […]
Tariki 8 Mata 1994: Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiye gufata intera mu gihugu hose

Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe nâabasirikare bishe Abatutsi bari bahungiye ahantu hatandukanye i Nyamirambo harimo kuri Paruwasi gatolika yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga , mu kigo cyâAbafureri bâAbayozefiti no muri Koleji âSt Andreâ i Nyamirambo. Uyu munsi kandi ni nabwo Interahamwe zatangiye kwica Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi gatolika ya Ruhuha mu Bugesera. Iyicwa ryâAbatutsi […]
RDC: Umudepite aramagana uko FARDC itoteza abaturage mu Ntara ya Tanganyika

Depite wo mu Ntara ya Tanganyika, FrĂ©dĂ©ric Kabunda, yamaganye ukuntu abasirikare ba FARDC bajujubya abaturage ku muhanda wa Kirungu-Kasenga, muri Teritwari ya Moba. Avuga ko abasirikare ba FARDC bashinze bariyeri kuri uyu muhanda kandi bagasaba amafaranga buri muntu uhita. Uyu mudepite ashimangira ko bariyeri eshatu zashinzwe n’abasirikare i Kalongo, Kinsuli na Kakera. Nkâuko yabivuze, buri […]
Leta ya Congo hari abaturage bacu bacye yashukishije amafaranga ibatwara muri FDLR – Meya wa Rubavu

Mu gihe Leta ya Congo yakomezaga gutegura ibitero byayo yagaba ku Rwanda, hari abaturage bacu bacye, yashukishije akazi, ibashukisha amafaranga irabatwara, ibinjiza muri FDLR, ibinjiza muri Wazalendo…”, ibi ni ibyatangajwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, kuri uyu wa Mbere, itariki 7 Mata 2025, ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya […]
Somalia: Umuyobozi w’ingabo yishwe arimo kugeza ijambo ku basirikare

Ku wa Gatandatu ushize, itariki 5 Mata 2025, Umuyobozi mukuru w’ingabo muri Somaliya yishwe ubwo yari arimo kugeza ijambo ku basirikare. Umuyobozi wa Brigade ya 14, Colonel Nur Farey, yishwe nâumugabo wari wambaye imyenda ya gisirikare mu gace ka Addow Dibille hafi yâUmujyi wa Afgo, mu karere ka Lower Shabelle. Iyi nkuru dukesha Chimpreports ivuga […]
Kicukiro: Ku Rwibutso rwa Gikondo habereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi

Ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gikondo, mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Iki gikorwa cyitabiriwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro, Antoine Mutsinzi n’abandi bayobozi batandukanye. Igikorwa cyo Kwibuka cyabanzirijwe no gushyira indabo ku mva iruhukiyemo imibiri y’Abatutsi […]
Israel yahambirije abadepitekazi 2 b’u Bwongereza bashakaga gusura West Bank

Abadepite babiri bâabongereza basubijwe mu Bwongereza nyuma yo kugerageza kwinjira muri Israel banenze icyemezo cyâiki gihugu kuri iki Cyumweru gishize, itariki 6 Mata 2025. Aba bombi, bo mu ishyaka ryâAbakozi riri ku butegetsi mu Bwongereza, bashakaga gusura agace ka West Bank kigaruriwe, Israel ivuga ko bashakaga guteza ibibazo. Abtisam Mohamed na Yuan Yang, bombi bakomoka […]
Iyo hatabaho kwivanga kw’Abanyaburayi mu Rwanda ntabwo twari kuba turi gukora inama nk’iyi – Dr Bizimana

Minisitiri wâubumwe bwâigihugu nâuburere mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, mu Nama Mpuzamahanga yo Kwibuka, yabereye i Kigali kuri iki Cyumweru, itariki 6 Mata 2025, yanenze kwivanga kw’Abanyaburayi mu bibazo by’u Rwanda na Afurika, ndetse no guceceka kwâamahanga ku kibazo gikomeje kugaragara mu gihugu cy’igituranyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abona bisa neza nk’uko yabigenje […]
Tariki ya 7 Mata 1994: Umunsi utazapfa wibagiranye mu mateka y’Abanyarwanda

Nyuma y’imyaka 31 ishize hakozwe Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa 7 Mata 2025 Isi yose muri rusange ndetse n’Abanyarwanda by’umwihariko baribuka ubwicanyi ndengakamere bwakorewe bamwe mu Banyarwanda bazira uko baremwe cyangwa bazira ibitekerezo byabo bitandukanye n’iby’abahezanguni b’Abahutu bari bafite umugambi wo kurimbura inyokotutsi. Kuri iyo tariki ni bwo Interahamwe nâImpuzamugambi zari ibikoresho bya Perezida […]
Nyuma yo kugaragara kwa Gnassingbé i Kigali haribazwa niba guhuza u Rwanda na RDC kwe gushoboka

Nyuma yo kugaragara i Kigali mu Rwanda mu minsi ishize aho yari yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku ikoresha rya AI, kwa Perezida Faire Gnassngbe wa Togo, hongeye kuzamuka impaka ku hazaza h’umuhuza uzasimbura Angola nyuma y’uko Perezida Lourenco yari yifuje ko Perezida Gnassingbe yamukorera mu ngata. Perezida Lourenço aherutse gusaba ko Faure Essozimna GnassingbĂ©, Perezida wa […]
Kinshasa: Abantu ibihumbi nâimodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva kuwa Gatandatu

Ibihumbi nâibihumbi by’abantu nâimodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva ejo kuwa Gatandatu i Kinshasa, mu murwa Mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma yâumwuzure ukomeye. Amazi ava mu ruzi rwa N’djili, yarenze inkombe zarwo, bituma umwuzure wibasira ibice biwegereye, cyane cyane mu duce twa Ndanu, Petro Congo ndetse no muri Quartier ya 8. […]
Mu Rwanda hatangijwe Ikigo kizakoresha AI mu gukusanya amakuru ku bijyanye n’ubuzima

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame muri iki Cyumweru yatangije Ikigo cy’igihugu gikoresha ubwenge bw’ubuhimbano (AI) mu gukusanya amakuru ku bijyanye n’ubuzima mu gihugu azafasha kuzamura uru rwego mu buryo bwihuse. Perezida Kagame ari nawe uyoboye gahunda ya AU ku bijyanye no gutera inkunga urwego rw’ubuzima ku mugabane, ku itariki ya 4 Mata yitabiriye igikorwa cyo […]
Ibikorwa by’amabanki bigiye kongera gusubukurwa mu Mujyi wa Goma

Ibikorwa by’amabanki bigiye kongera gufungura mu Mujyi wa Goma nyuma y’amezi abiri bihahagaze nyuma y’uko Inyeshyamba za AFC/M23 zihigaruriye mu mpera za Mutarama. Abinyujije kuri X, Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Willy Manzi, yavuze ko banki zongera gufungura imiryango kuri uyu wa Mbere, itariki 7 Mata 2025. Yanditse ati:”Nk’uko M23/AFC yabisezeranyije, nta mbogamizi n’imwe […]
Amerika irateganya kwambura no kwima visa Abanyasudani y’Epfo bose

Ku wa Gatandatu, itariki 5 Mata, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe y’Ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko arimo gufata ingamba zo gukuraho visa zose zifitwe nâabafite pasiporo zo muri Sudani y’Epfo ndetse no kubuza ko izindi zitangwa kugira ngo bibabuze kwinjira muri Amerika. Rubio yavuze ku mbuga nkoranyambaga ko impamvu yâiki cyemezo […]
Ituri: Umusirikare wa FARDC yishe arashe umwana na nyina

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata 2025, Umusirikare wa FARDC yarashe yegereye umwana na nyina w’imyaka 20, i Bwanasura, umudugudu uherereye ku birometero 39 uvuye muri centre yâubucuruzi ya Komanda muri Teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri. Amakuru aturuka aho yerekana ko uyu musirikare yagerageje gufata ku ngufu umudamu. […]
Tanzania: Leta ya RDC ikomeje gupfunda imitwe hirya no hino ishaka abayityariza FARDC

Mu butumwa i Dar es Salam, muri Tanzaniya, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata, Minisitiri wâingabo wa Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yahuye na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Stergomena Lawrence Tax. Icyari kigamijwe muri uru ruzinduko kwari ukongera gutangiza ubufatanye bwa gisirikare hagati yâibihugu byombi. Gushimangira ubushobozi bwa FARDC Izingiro ry’ibiganiro hagati […]
Kinshasa: Hatanzwe umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko

Umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) washyikirijwe Inteko ishinga amategeko kugira ngo usuzumwe mu nama y’abadepite yo muri Werurwe 2025, nk’uko Ibiri Ntaramakuru bya Congo, ACP, byabimenye ku wa Gatatu, itariki ya 2 Mata 2025 bibikesha umwe mu bagize inteko ishinga amategeko. Depite Claude Misare yagize ati: […]
Sena yemeje abakomiseri 8 muri NEC bagenwe nâInama yâAbaminisitiri

Kuri uyu wa Gatanu Sena yâu Rwanda yemeje abakomiseri 8 baherutse kugenwa nâInama yâAbaminisitiri, ko bajya muri Komisiyo yâIgihugu yâAmatora (NEC). Abakomiseri bemejwe barimo 7 bari basanzwemo biyongereyeho Habimana Kizito utari usanzwe muri iyo Komisiyo. Ibi byemejwe nyuma yâaho Inteko Rusange ya Sena isesenguye Raporo ya Komisiyo ya Politiki nâImiyoborere muri Sena, isabira abo kuba […]
RDC: Abatuye i Kinshasa bagaburirwaga na Kivu batangiye kumva ingaruka

Gufunga ikibuga cyâindege cya Goma, kuva umujyi wafatwa na M23 mu mpera za Mutarama, byahagaritse iyoherezwa ry’ibiribwa nâibindi bicuruzwa biva muri Kivu y’Amajyaruguru bijya mu murwa mukuru wa Congo. Abatuye Kinshasa basanzwe batunzwe n’ibiribwa biva muri Kivu bahatiwe guhindura imirire yabo kuko ibicuruzwa hafi ya byose byabuze ku masoko. Nk’uko bitangazwa na Deutsche Welle, gufunga […]
Inyeshyamba za RSF zarashe indege y’Igisirikare cya Sudani

Inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) zavuze ku wa Kane ko zarashe indege ya gisirikare ya Sudani hafi ya El Fasher, umurwa mukuru wa Leta ya Darfur y’Amajyaruguru, bica abari barimo. Ibi byatangajwe bikurikirwa amagambo yavuzwe ku wa Gatatu nâUmuyobozi wungirije wa RSF, Abdal Rahim Hamdan Daglo, wavuze ko umutwe wabo wabonye âumutiâ wâIgisirikare cyo […]
Ingabo z’u Bubiligi zaba zatangiye kwicirwa mu burasirazuba bwa Congo

U Bubiligi bwahakanye uruhare rwabwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), aho bivugwa ko buri gufasha Ingabo za Congo (FARDC), Inyeshyamba za Wazalendo, ndetse n’inyeshyamba za FDLR zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, mu rwego rwo kurwanya inyeshyamba za AFC / M23. Ariko, ibigaragara ku rugamba biratanga ishusho itandukanye. Amakuru agera kuri The Great Lakes Eye […]
RDC: Amerika yijeje gutanga umusanzu mu gukemura amakimbirane mu burasirazuba

Ku wa Kane, itariki ya 3 Mata, Massad Boulos, Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku bibazo bya Afurika, yatangaje ko Amerika ikomeje kwiyemeza kugira uruhare mu kurangiza amakimbirane mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), nk’uko byatangajwe na Perezidansi ya Congo. Massad Boulos uri mu ruzinduko mu Karere kuva kuri […]
Abatwara ibinyabiziga nâabandi bagenzi basabwe korohereza abanyeshuri bagiye mu biruhuko

Nkâuko ingengabihe yâumwaka wâamashuri wa 2024-2025 ibigaragaza, ikiruhuko cyâabanyeshuri biga mu mashuri abanza nâayisumbuye gisoza igihembwe cya kabiri kizatangira kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata. Polisi yâu Rwanda irasaba ibigo byâamashuri, ibigo bitwara abagenzi nâizindi nzego zitandukanye zifite aho zihuriye nâingendo zâabanyeshuri bava ku mashuri basubira mu miryango yabo, kuborohereza kugira ngo ntihabeho […]
Huye: Arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’imyaka 5

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko dosiye iregwamo umusore wâimyaka 18 ukora akazi kâubushumba ukekwaho gusambanya umwana wâimyaka 5 yâamavuko. Icyaha uregwa akurikiranyweho nkuko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga, cyakozwe ku itariki ya 23 Werurwe 2025 mu Mudugudu wa Ndago, Akagari ka Bugali, Umurenge wa Ntyazo, Â mu Karere ka Nyanza, mu cyumba. […]
Kagame yifatanyije na Perezida wa Togo mu gutangiza “Global AI Summit on Africa”

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, itariki 3 Mata 2025, muri Kigali Convention Center, yifatanyije na Perezida Faure Essozimna GnassingbĂ© wa Togo, na H.E Mahmoud Ali Youssouf, Perezida wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe n’abandi bitabiriye Inama baturutse hirya no hino ku mugabane mu gutangiza Inama ya Global AI Summit on Africa. […]
RDC: Igipolisi cya Kinshasa cyabonye umuyobozi mushya mu mpinduka zakozwe muri PNC

Komiseri wâishami, Israel Kantu Bankulu, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 2 Mata, yagizwe Umuyobozi wa Polisi yâIgihugu cya Congo (PNC) mu Mujyi wa Kinshasa, asimbuye Komiseri Blaise Kilimbalimba, ubu wagizwe Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Haut-Katanga. Uku guhabwa inshingano no kuzihindurirwa muri PNC byatangajwe binyuze mu ruhererekane rw’amabwiriza ya perezida yasomwe kuri televiziyo […]
Kicukiro: Umuhuzabikorwa mushya wa DASSO yahererekanyije ububasha n’uwo asimbuye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 2 Werurwe 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa wâAkarere ka Kicukiro, Antoine Mutsinzi, yayoboye umuhango wâihererekanyabubasha hagati ya Niragire Samuel wari Umuhuzabikorwa wa “DASSO” mu Karere ka Kicukiro akaba agiye gukomereza inshingano mu Karere ka Nyarugenge ndetse na Ngarambe John umusimbuye. Niragire Samuel akaba yashimiwe nâUbuyobozi bwâAkarere ndetse na bagenzi be ku musanzu […]
Bwa mbere nyuma y’Intambara y’Isi u Budage bugiye kugira ingabo mu mahanga

Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika byatangaje ko bizaba bibaye ubwa mbere nyuma y’igihe kirekire u Budage bwoherejwe abasirikare b’Abadage mu kindi gihugu kuva Intambara ya Kabiri y’Isi Yose yarangira. Ati: “Ku bw’ubufatanye, ku bwa Lituania, ku bw’umutekano w’u Burayi”. Yongeyeho ko ari “Nk’ikimenyetso cyerekana ko twiyemeje kurengera amahoro n’ubwisanzure hamwe n’abafatanyabikorwa bacu.” Igitero cyâu Burusiya muri Ukraine […]
Bane baguye mu mirwano hagati ya Wazalendo na M23 i Nyangezi na Nyakabongola

Byibuze abantu bane basize ubuzima mu mirwano yabaye hagati ya Wazalendo na M23 i Nyantende, muri Teritwari ya Kabare, mu majyepfo ya Bukavu ho muri Kivu y’Amajyepfo nkâuko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza. Mu bahohotewe harimo abasivili babiri, imirambo yabo yatoraguwe kandi bashyingurwa ku wa Kabiri mu masambu y’imiryango yabo. Indi mirambo ibiri, y’abarwanyi, […]
Ibihugu bituranye n’u Burusiya biri kuva mu Masezerano ya Ottawa abuza gukoresha za mine

Ku wa Kabiri, Minisitiri w’intebe wa Finland Petteri Orpo yavuze ko igihugu cye kizifatanya n’ibindi bihugu bituranye n’u Burusiya mu kuva mu masezerano ya Ottawa abuza gukoresha ibisasu bya mine bitegwa abantu bishyirwa mu butaka. Pologne n’ibihugu bikora ku nyanja ya Baltic na byo byafashe icyemezo nk’icyo mu byumweru bibiri bishize kubera inkeke ya gisirikare […]
Algeria yarashe drone y’Igisirikare cya Mali

Algeria yarashe drone y’Ingabo za Mali mu ijoro ryo ku wa Mbere, itariki ya 31 Werurwe rishyira kuri uyu wa Kabiri ushize itariki ya 1 Mata 2025 ku mupaka uhuza ibihugu byombi. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku itariki ya 1 Mata, Igisirikare cya Mali cyababajwe no gutakaza âindege itagira abapiloteâ yacyo nkuko iyi […]
RDC: Jean Pierre Bemba yashinjwe kubiba amacakubiri hagati y’abavuga ilingala n’igiswahili

Sosiyete sivile yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashinje Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi Jean-Pierre Bemba, kubiba amacakubiri n’inzangano hagati y’Abanyekongo bavuga Ilingala n’abavuga Igiswahili. Ku wa Kabiri, itariki ya 1 Mata, itsinda ryâimpuguke zâimiryango itegamiye kuri Leta ryitabaje umushinjacyaha mukuru mu rukiko rwâiremezo kugira ngo akurikirane icyo risobanura ko ari âimbwirwaruhame […]
Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zakozanyijeho mu majyaruguru ya Jammu na Kashmir

Kuri uyu wa Kabiri ushize, Ingabo zâu Buhinde na Pakistan zarasanyeho nyuma yo kugerageza gucengera mu Karere ka Poonch gaherereye mu majyaruguru ya Jammu na Kashmir, nkuko ibitangazamakuru byabitangaje, bisubiramo itangazo ryâIngabo zâu Buhinde kuri uyu wa Gatatu, itariki 1 Mata 2025. Iri tangazo rivuga ko igisasu cyaturikiye mu gace ka Krishna Ghati ubwo abantu […]
Intumwa ya Trump akaba na sebukwe w’umukobwa we ategerejwe mu Rwanda na RDC

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 1 Werurwe 2025, umucuruzi Massad Boulos yagizwe Umujyanama Mukuru ku bibazo bya Afurika muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga kandi ategerejwe kuri uyu mugabane muri iki cyumweru. Boulos akora kandi nk’umujyanama mukuru wa perezida ku bibazo by’Abarabu n’Uburasirazuba bwo Hagati, yibanda kuri Liban, igihugu yakomotsemo akiri ingimbi yimukira muri Leta Zunze […]
Nyagatare: Bibukijwe gusigasira ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda no kwirinda ingengabitekerezo

Mu Mirenge yose y’Akarere ka Nyagatare hateranye inteko rusange z’abaturage. Umuyobozi w’Akarere, Gasana Stephen, ari kumwe n’inzego z’umutekano bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Rwempasha mu nteko yateraniye mu Kagari ka Rutare. Visi Meya Matsiko Gonzague ari kumwe n’Abagize inzego z’umutekano bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Mukama mu nteko yateraniye mu Kagari ka Rugarama. Abaturage bibukijwe gusigasira ubumwe […]
Kisangani: Basabwe kutagira ubwoba mu gihe hikangwa Inyeshyamba za AFC/M23

Perezida wâinteko yâIntara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yatangije icyifuzo cyo kuba maso no kugira ubumwe mu gihe hari ibibazo byâumutekano. Hari ku wa Mbere Werurwe 31, ubwo hafungurwaga inama isanzwe yo muri Werurwe 2025. Imbere y’abadepite bo mu ntara, yasabye abaturage ba Kisangani kutagira ubwoba imbere yâibihuha bivuga iterambere ryâinyeshyamba za M23, muri iyi […]
Umwaka ushize inkuba zishe abantu 81 – MINEMA

Umuvugizi wa Minisiteri ishinzwe ibikorwa byâUbutabazi (MINEMA), Twishime Jean Claude avuga ko abantu badakwiye kumva ko kuba umurindankuba uhari bihagije, ahubwo ahantu hose hari umurindankuba banyirawo bakwiye kuwungenzura cyane cyane mu bihe byâimvura. Ni mu gihe Leta yâu Rwanda ikomeza kugira inama abantu kwitwararika mu bihe byâimvura, mu rwego rwo kwirinda ingaruka zituruka ku biza, […]
RDC: Abadepite barashinja Kamerhe gukingira leta ikibaba aho gukora akazi ke

Abatavuga rumwe nâubutegetsi mu nteko ishinga amategeko bahagurukiye kurwanya ubuyobozi bwayo bwa Vital Kamerhe nâabambari be. Imbere yâitangazamakuru, ku wa Mbere, itariki ya 31 Werurwe 2025, Christian Mwando Nsimba, perezida wâitsinda ryâabadepite bakomoka mu ishyaka Ensemble pour la RĂ©publique, yamaganye kuba inteko ishinga amategeko itagenzura guverinoma, cyane cyane ku bijyanye nâishyirwa mu bikorwa ryâingengo yâimari. […]
U Bushinwa bwahaye uburenganzira indege zitagira abapilote zitwara abagenzi

Ikigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyemeje ibyemezo by’indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa tagisi ziguruka bwa mbere, nk’uko byatangajwe na South Morning Post (SCMP). Iki cyemezo cyemerera Nasdaq EHang Holdings na Hefei Hey Airlines gukoresha ibinyabiziga byo mu kirere bidafite abadereva muri serivisi zo gutwara abagenzi mu bucuruzi, harimo no gutembera […]
Ngozi: Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika yatawe muri yombi

Urubanza rushya rwa ruswa rwongeye kunyeganyeza ubutabera bw’u Burundi, aho Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika mu Ntara ya Ngozi, Prosper Yamuremye, yatawe muri yombi ku gicamunsi cyo ku itariki ya 27 Werurwe, ubu akaba afungiye muri Gereza Nkuru ya Bujumbura izwi ku izina rya Mpimba. Amakuru agera kuri SOS Media Burundi avuga ko Prosper Yamuremye akekwaho […]
U Bushinwa bwongeye kugotesha Taiwan amato 19 mu myitozo

Minisiteri yâingabo yâigihugu ya Taiwan yavuze ko yakurikiranye amato 19 yâIngabo z’u Bushinwa zirwanira mu mazi akikije icyo kirwa mu gihe cyâamasaha 24 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuwa Mbere kugeza saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri uyu wa Kabiri. Kuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyâu Bushinwa cyatangaje ko cyatangiye imyitozo yagutse […]
Tshisekedi yavuze ko Abanyekongo miliyoni 10 bamaze gupfa kubera u Rwanda na M23

Perezida FĂ©lix-Antoine Tshisekedi yagereranije ko mu myaka ya vuba aha abantu barenga miliyoni 10 bamaze gutakaza ubuzima kubera u Rwanda ndetse na M23 / AFC mu ihohoterwa ryakorewe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Yabitangaje mu gihe cyo kuganira, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 31 Werurwe i Kinshasa, ku byo bise […]
France: Umunyapolitiki Marine Le Pen yakumiriwe mu matora ya Perezida yo mu 2027

Umunyapolitiki Marine Le Pen yabujijwe kwiyamamariza umwanya wa Leta mu myaka itanu, bivuze ko atazashobora kwitabira amatora ya Perezida wâu Bufaransa mu 2027. Yahamwe n’icyaha cyo kunyereza amafaranga yâUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kugira ngo atere inkunga ishyaka rye Ressemblement National (RN). Umunyamakuru wa BBC uri i Paris, Hugh Schofield, yanditse ko Le Pen yari yiteze […]