DR Congo:Thérèse Kayikwamba yavuze ko ibiganiro bya Luanda biri mu kaga
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa DR Congo yavuze ko kubera imirwano yubuye mu minsi ishize muri teritwari ya Walikale y’Intara ya Kivu ya Ruguru abona inzira y’ibiganiro bigamije amahoro ya Luanda iri mu kaga. Thérèse Kayikwamba Wagner yaganiriye na BBC News Day ku kicaro cya BBC i London mu gihe ari mu Bwongereza aho avuga ko […]
Tshisekedi ategerejwe muri Uganda guhura na Museveni
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 30 Ukwakira 2024, Perezida wa RDC, F?lix Antoine Tshisekedi, biteganyijwe ko agirira uruzinduko mu gihugu cya Uganda. Uruzinduko Tshisekedi agirira muri Uganda biteganyijwe ko arahura na mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni uyobora Uganda ruraba ari uruzinduko rw’akazi. Bikaba biteganyijwe ko barahurira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe, ni intambwe ikomeye […]
Karongi: Abakozi b’Umurenge wa Murundi basezereye rimwe
Abakozi hafi ya bose b’Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi basezeye ku mirimo yabo, barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo Murenge Ntakirutimana Gaspard ndetse n’ab’Utugari 3 muri 6 tuwugize. Umuyobozi w’Akarere ka Karongi, Mukase Valentine yabihamirije umunyamakuru wa RBA ukorera i Karongi, ariko yirinze kumubwira umubare w’abasezeye n’icyabateye gusezera akazi. Mu ihuriro ry’ubumwe n’ubudaheranwa […]
Ibitaro bya Muhima byongeye kuvugwamo serivisi mbi, nabyo byikoma Nyarugenge
Ibitaro bya Muhima byongeye kunengwa serivisi bitanga nabyo bihita bigaragaza noneho impamvu birimo gutanga serivisi icumbagira n’impamvu ibitera. Abakoresha urubuga rwa X yahoze yitwa Twitter babonye ubutumwa bwanditswe n’umuntu witwa Ndoli ati:” Good evening RwandaHealth Dr Nsanziamana Sabin mutubarize Muhima Hospital ya Nyarugenge ese kuhivuza waje mugitondo ukageza ayamasaha hakiri abantu bangana uku hari […]
U Rwanda na Qatar byiyemeje kongera ubufatanye mu guhangana n’ibihungabanya umutekano
Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, bari mu ruzinduko rw’akazi mu Mujyi wa Doha muri Qatar, aho bitabiriye imurikabikorwa n’inteko y’uyu mwaka ihuriza hamwe inzego zishinzwe umutekano n’ituze rusange ’Milipol Qatar 2024’. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya […]
Kayonza: Abantu 14 bafatiwe mu kirombe bacukura amabuye mu buryo butemewe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yafashe abantu 14, bakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Bafatiwe mu kirombe giherereye mu mudugudu wa Rwinkwavu, akagari ka Nkondo mu murenge wa Rwinkwavu, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 27 Ukwakira 2024, ahagana saa tatu […]
Umutekano hejuru,Akarere ka Musanze inyuma muri serivisi-Raporo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Ukwakira 2024, mu Nteko Ishinga amategeko mu nama ihuriweho n’Imitwe yombi yakiriye kandi ishima raporo yatanzwe n’Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere, RGB aho rwatanze raporo y’ibikorwa by’umwaka wa 2023/2024 na gahunda y’ibikorwa bya 2024/2025. Muri iyi raporo ni naho hagaragajwe uko uturere dukurikirana mu bijyanye n’uko abaturage babona imiyoborere n’imitangire […]
Minisitiri Sebahizi niwe urahagararira Perezida Kagame mu nama ya COMESA i Bujumbura
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi agiye guhagararira u Rwanda mu nama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa-COMESA), bitandukanye n’ibyavugwaga ko izitabirwa na Perezida Paul Kagame. Ni inama iteganyijwe kuba ku wa Kane tariki 31 Ukwakira 2024, i Bujumbura mu Burundi, u Rwanda ruzahagararirwa na Minisitiri […]
Uzwi nka “Mpano y’imana” RIB yamutaye muri yombi
Ngirinshuti Ezechiel usanzwe ari umuyobozi wa shene ya youtube yitwa ‘Impano y’Imana’ ari nayo mazina yari amaze kwamamaraho, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato ndetse no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko ku wa 27 Ukwakira 2024, rwataye muri yombi Ngirinshuti Ezechiel akaba […]
Rulindo: Ababigizemo uruhare bagomba kubibazwa-Guverineri Mugabowagahunde
Mu nkuru twari twabagejejeho mu cyumweru gitambutse yo mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Kisaro aho abakuru b’imidugudu ya Kabeza na Karambi yo mu kagari ka Kamushenyi bari basambuye inzu ya Ndereyimana Ildephonse, mu kigwi cyo kwishyura ibirayi by’umuturage mugenzi we byibwe nyamara yari yarabirindishijwe. Bamwe mu baturage bavugaga ko Ndereyimana yasamburiwe inzu, ku wa […]
Minisitiri Olivier Nduhungirehe yagiriye inama Mbonyi Israel
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe yagiriye inama Israel Mbonyi amusaba ko ya kwimura aho azakorera igitaramo, kubera ubwinshi bw’abantu. Ni igitaramo Israel Mbonyi yise “Icyambu season 3” kizaba kuri Noheli ku wa 25 Ukuboza 2024 kikabera muri BK Arena, aho azaba ari inshuro ya Gatatu iki gitaramo kiba. Ku bwa Minisitiri Nduhungirehe, arasaba Mbonyi […]
DRC: Abantu 457 nibo baketsweho M-Pox,naho 18 bayibasangamo
Abantu 457 nibo bakekwaho kuba bafite icyorezo cya Mpox, barimo cumi n’umunani bagaragaye ko barwaye, bakurikiranwe mu mezi icumi ashize mu ntara ya Kongo-Central. Ishami ry’Ubuzima mu Ntara (DPS) ryatangaje iyi mibare mu itangazo ry’ubuzima ryasohowe mu mpera z’icyumweru gishize, i Matadi. Nk’uko byagaragajwe muri iri tangazo, uturere tw’ubuzima 25 kuri 31 tugize Kongo-Central twagaragayemo […]
Ngoma: Umunyekongo akurikiranyweho ubwicanyi n’ubujura
Ku wa 24 Ukwakira 2024 Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishije urubanza ruregwamo umugabo ukurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yakoze agamije kwiba inka. Icyaha aregwa yagikoreye muri Democratic Republic of Congo (DRC) i Masisi muri zone ya Karuba hanyuma ahita ahungira mu Rwanda mu nkambi ya Mahama. Ukurikiranyweho icyaha yafatanyije n’abandi bagabo batatu (3), ubwo […]
Rusizi: Hongeye kuba impanuka ya Ambulance yakomerekeyemo 5
Imbangukiragutabara y’ikigonderabuzima cya Nyabitimbo, mu karere ka Rusizi, yarenze umuhanda ikora impanuka ikomeye ubwo yari itwaye abarwayi ku bitaro bya Mibilizi, kubw’amahirwe ntihagira uhaburira ubuzima gusa umugore wari uyirimo atwite byamuviriyemo kubyara umwana upfuye. Iyi mpanuka yabaye mu masaha ya saa munani z’igicuku, mu rukerera rwo kuri iki cyumweru tariki 27 Ukwakira 2024, ubwo […]
Bobi Wine asaba urubyiruko kugira uruhare rugaragara mu guhanga ahazaza h’igihugu
Umuyobozi w’ishyaka rya National Unity Platform, Robert Kyagulanyi, yahamagariye urubyiruko kugira uruhare rugaragara mu guhanga ku ahazaza h’igihugu. Mu ijambo rye muri Kongere y’Urubyiruko ya NUP yabereye ku Kibuga cya Jinja muri Jinja City, Bwana Kyagulanyi uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yashimangiye ko imbaraga z’urubyiruko arirwo rugize umubare munini w’abaturage mu […]
Gicumbi:Ubushinjacyaha bwaregeye urukiko umugabo washatse kwica umugore n’abana be
Ku itariki ya 23 Ukwakira 2024, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, bwaregeye urukiko rw’Ibanze rwa Byumba, umugabo w’imyaka 42 y’amavuko wagerageje kwica umugore n’abana be. Icyaha aregwa yagikoze ku itariki ya 11/04/2024 ubwo yatonganaga n’umugore we n’abana agashaka kubatema bakiruka bakamucika. Nyuma yo kumucika, yafashe umuhoro atemagura ihene zari ziziritse mu rugo arangije aratoroka. […]
Gicumbi: Rwamiko, ukekwaho gusambanya nyina yatawe muri yombi
Mu karere ka Gicumbi,umurenge wa Rwamiko haravugwa inkuru y’umusore ufite imyaka 33 watawe muri yombi azira guteza umutekano muke,aho binavugwa ko yasambanyije nyina kugahato. Abaturage bavuga ko byabaye tariki 20 Ukwakira 2024, bibera mu mudugudu wa Ntaremba, Akagari ka Nyagahinga mu murenge wa Rwamiko. Bavuze ko ahagana saa yine z’ijoro aribwo bumvise nyina w’uwo musore […]
Rwamagana: Yafatanywe kg 30 z’urumogi abitse mu rugo
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Rwamagana baguye gitumo umugabo w’imyaka 34 y’amavuko, wari ufite ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibilo 30 bibitse mu nzu ye. Yafatiwe mu mudugudu wa Rusave, akagari ka Gishore, mu murenge wa Nyakariro, ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 23 Ukwakira, ahagana saa Kumi n’imwe. […]
RDC: BCNUDH yagatagaje ibirego 317 by’ihungabanywa ry’uburenganzira bwa muntu muri Nzeri 2024
Ibirego 317 by’ihungabanywa ry’uburenganzira bwa muntu byabonetse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu kwezi kwa Nzeri 2024. Ibi bikubiye muri raporo y’Ibiro Bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu by’Umuryango w’Abibumbye (BCNUDH), raporo yasohotse ku wa Kane tariki ya 24 Ukwakira 2024, ikagera kuri Radio Okapi dukesha iyi nkuru. Nk’uko uyu muryango wa LONI ubivuga, ibi […]
Nyarugenge: Umuturage inzu yahubatse yatumye bacika ururondogoro

Mu karere ka Nyarugenge,Umurenge wa Gitega,akagari ka Kora,mu mudugudu w’Ubumwe,bahangayikishijwe n’umuturage wubatse inzu y’amabati igeretse hejuru yindi, ni mu gace gatuwe cyane kuburyo bamwe mu baturanyi n’abakoresha inzira yegereye urwo rugo bavugo ko byenda kubagwaho. Mu murenge wa Gitega hari kuzamuka amazu yubatse neza bijyanye n’igishushanyombonera cy’Umujyi wa Kigali,ariko hari ahakigaragara amazu yubatswe mu buryo […]
Rulindo: Mudugudu yatanze igihano cyo gusambura inzu y’umuturage

Mu karere ka Rulindo,Umurenge wa Kisaro,akagari ka Kamushenyi,haravugwa inkuru y’abakuru b’imidugudu babiri ya Kabeza na Karambi ndetse na mutekano basambuye inzu ya Ndereyimana Ildephonse ngo mu kigwi cyo kwishyura ibirayi byibwe yari yarindishijwe bya Adrien Ngiramasabo. Bamwe mu baturage bavuga ko Ndereyimana yasamburiwe inzu, ku wa Kabiri,tariki ya 22 Ukwakira 2024, nyuma y’uko Adrien yari […]
Fatakumavuta dosiye ye yageze mu bushinjacyaha
RIB, yamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Sengabo Jean Bosco uzwi ku izina rya Fatakumavuta ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda. Dosiye ya Fatakumavuta yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 23 Ukwakira 2024 nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry. Ati :“Nibyo koko dosiye ya Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yashyikirijwe […]
“Mpanganye na Kagame”- Tshisekedi abwira abaturage
Perezida wa DR Congo Antoine Felix Tshisekedi,kuri uyu wa 23 Ukwakira 2024, ubwo yari yagiye i Kisangani gutaha ikibuga cy’idege, yavuze ko ubutegetsi bw’u Rwanda ari umwanzi wa Congo. Mu ijambo yavuze ubwo yatahaga ku mugaragaro ikibuga cy’indege kitwa Bangboka kiri i Kisangani,yagize ati: “Ni ubutegetsi bwa Kagame, ni we mwanzi wacu. Ntabwo ari Abanyarwanda […]
Kicukiro: Hatagize igikorwa mu maguru mashya ruhurura yatwara ubuzima bw’abana

Mu karere ka Kicukiro,Umurenge wa Gatenga,akagari ka Karambo abaturage bahatuye bahangayikishijwe n’irerero ryatangiye gusenywa na ruhurura,bivugwa ko riri mu kibanza cy’Itorero Methodiste Libre Rwanda,ubu ariko rikaba ryarakodeshejwe n’umuntu wikorera ku giti cye. Umuyobozi w’irerero utigeze ashaka gutangaza amazina ye cyangwa amazina y’irerero abereye umuyobozi,avuga ko rizwi n’inzego zibanze ndetse ko ntakibazo rifite. Imibereho yiri rerero […]
Uwasabye Polisi y’u Rwanda kumufunga yasubijwe
Polisi y’u Rwanda yasubije uwari uyisabye ko yaba imufunze iminsi itatu, kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 23 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa moya n’iminota 34, uwiyita ku rubuga rwa X Wimbwira_ubusa yanditse asaba Polisi kumufunga agira ati:” Ese Rwandapolice umuntu abyutse akumva arashaka ko mu mufunga nk’iminsi 3 kugirango yitekerezaho neza, mwabimukorera? Murakoze munsubize.” […]
DRC: Félix Tshisekedi ategerejwe i Kisangani
Perezida wa DRC kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 23 Ukwakira 2024,ategerejwe mu mujyi wa Kisangani. Kuri gahunda, bamwe mu ba minisitiri ba Guverinoma hamwe n’abadepite bagera ku icumi n’abasenateri, banyamuryango b’Ihuriro Rihuriwe ry’Igihugu, bamaze kuva ku wa Mbere bagera i Kisangani. Uru ruzinduko ni urwa mbere mu murwa mukuru wa Tshopo kuva Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo […]
Salima Mukansanga yasezeye kuba umusifuzi

Nyuma yo kwandika amateka mu gusifura mu gihe cy’imyaka 12, umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Mukansanga Salima yemeje ko yamaze guhagarika uyu mwuga ku bushake. Mu minsi ishize ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko Mukansanga Salima atakoze ikizami gitangwa na FIFA (test physique) gikorwa mbere y’uko umwaka w’imikino mushya. Mu gihe umusifuzi mpuzamahanga atakoze iki kizami, ntashyirwa ku […]
Gasabo: Abantu 10 batawe muri yombi bazira kwigana za “Likeri”

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu 10 bakekwaho icyaha cyo kwigana inzoga zo mu bwoko bwa ‘likeri’ biyitirira inganda zizwi zisanzwe zikora, bagakoresha ibirango byazo bihimbano. Aba bafatiwe mu Karere ka Gasabo, umurenge wa Gisozi, aho batatu muri bo bakoraga izi nzoga mu buryo buhoraho mu gihe abandi barindwi ari ibyitso kuko bababikiraga […]
Fatakumavuta akoresha urumogi ku kigero gihanitse
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje ko Sengabo Jean Bosco wamenyekanye nka Fatakumavuta baherutse guta muri yombi, bamupimye bagasanga yarakoreshaga ikiyobyabwenge cy’urumogi. Ibi byagarutsweho na Dr Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB, ubwo yari kuri televiziyo y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Ukwakira 2024 ubwo yari yitabiriye ikiganiro ‘Waramutse Rwanda’. Muri iki kiganiro, […]
Gicumbi: Barashinja umuyobozi kurya amafaranga ya Mutuweli
Mu karere ka Gicumbi,Umurenge wa Kaniga mu kagari ka Bugomba bamwe mu baturage barashinza SEDO witwa Benugusenga Gilbert kunyereza amafaranga ya Mituweli. Aba baturage batungurwa n’uko bajya kwivuza bagasanga batarishyuye ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) kandi umusanzu wabo barawuhaye uyu muyobozi. Ikibashengura kurushaho ni uko muri iyi minsi bamuburiye irengero, bakaba bibaza uko bizagenda bikabayobera. Bamwe […]
Rulindo: Aba “Para social” bimwe amafaranga yabo y’insimburamubyizi
Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Uturere (LODA), iherutse kuvugurura imikorere y’abajyanama b’iterambere ry’imibereho myiza (para-social workers), igikorwa cyatangiye hagamijwe gufasha mu gukangurira abaturage gahunda zijyanye no kugabanya ubukene. Iki gikorwa cyatangijwe mu mwaka wa 2015 cyitwaga “Abakozi b’Inshingano” (Case Workers), nyuma cyaje guhindurirwa izina mu mwaka wa 2021 kikitwa “Abajyanama b’iterambere […]
Bugesera: Baraterwa igihombo n’amashanyarazi bahawe adafite imbaraga
Abatuye mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, barasaba ko bahabwa umuriro w’amashanyarazi ufite imbaraga no kubaha utagenda buri kanya. Aba baturage bavuga ko batangiye guhabwa uyu muriro muri 2014, bavuga ko uko imyaka yagiye ishira ariko bamwe muri bo gucana no gukora ibikorwa by’iterambere bifashishije uyu muriro byagiye bibabera ikibazo kubera ko nta […]
Rulindo: Kiyanza,umugabo w’imyaka 54 yasanzwe mu nzu yapfuye
Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Ntarabana,Akagari ka Kiyanza kuri uyu wa Mbere,tariki ya 21 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa munani n’igice nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umugabo witwa Kabanda Thacien ufite imyaka 54 y’amavuko, wasanzwe mu nzu yapfuye. Amakuru y’ibanze agera kuri BWIZA dukesha imboni zacu avuga ko uyu mugabo ubusanzwe yajyaga agirana amakimbirane n’umugore […]
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024:Isheja na Kalimpinya begukanye ibihembo

Queen Kalimpinya na Sandrine Isheja ni abanyarwandakazi bari mu isiganwa ry’imodoka rya Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024, bahawe ibihembo muri iri rushanwa ryabaye kuva ku wa 18 kugera tariki ya 20 Ukwakira 2024. Ni irushanwa ryabereye mu Karere ka Bugesera mu bice bya Nemba, Ruhuha na Kamabuye, ryegukanwe n’Umunya-Kenya Karan Patel wanaritwaye ku nshuro ya […]
Gakenke: Yafatanywe magendu y’amabalo asaga 30 ayakuye muri DRC
Mu Karere ka Gakenke,Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage ,yafashe umugabo w’imyaka 48 y’amavuko, wari utwaye imodoka yo mu bwoko bwa Fuso, ipakiye amabalo 33 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu. Uyu mugabo usanzwe utuye mu Mujyi wa Kigali akaba ari na ho yari ajyanye ayo mabalo ayavanye mu karere […]
Gakenke: Hari abafite inzara batewe n’ibijumba byamunzwe

Abaturage bo mu Karere ka Gakenke,Umurenge wa Cyabingo bafite inzara batewe no guhinga ibijumba bagasanga byaramunzwe ,aho bavuga ko babikura bakabisiga mu murima kuko ngo niyo hari ubijyanye mu rugo ntacyo yabimaza n’amatungo ntabyo yarya. Umwe muri abo baturage yagize ati:”Inzara iratwica kubera ibijumba byaboreye mu mirima, turi kujya gukura ntitugire icyo tubona tugasanga byagiyemo […]
Goma: Kurya abantu byongeye kuburwa
Abasore batatu bakekwaho kwiba bafashwe n’abaturage, bacana umuriro barabatwika ibihazi birabarya, ubuyobozi ntacyo bwigeze bubivugaho. Byabaye ku wa Gatandatu tariki ya 16 Ukwakira 2024, ahitwa Mabanga, mu mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru. Abariye abo bantu bavuga ko babafashe bagiye kwiba, ndetse barasa umuturage. Iki gikorwa cyahuruje imbaga, ubwo aba basore bafatwaga bagashyirwa mu […]
Bamporiki and Emmanuel Gasana were released through a presidential pardon
Edouard Bamporiki, who served as the State Minister in the Ministry of Youth, and Emmanuel Gasana, the former Commission General of the Rwanda National Police, were among those who had committed various crimes and were granted pardons by the President of the Republic. An announcement from the decisions of the Cabinet meeting held on Friday, […]
Kicukiro:Akekwaho kwica umwana we amuziza inyama
Mu Karere ka Kicukiro,Umurenge wa Kigarama,Akagari ka Bwerankori mu mudugudu wa Nyenyeri haravugwa inkuru y’umugabo bikekwa ko yishe umwana yibyariye w’imyaka 8 y’amavuko,amuziza inyama. Ibi bikaba byarabaye ku mugoroba wo ku wa Kane,tariki ya 17 Ukwakira 2024. Bamwe mu baturage biganjemo abaturanyi ba Bariyanga Jean Pierre ukekwaho kwica umwana we witwa Gisubizo Patrick, batangaje ko […]
Ruhango:Oda Gasinzigwa yabasabye kuba intangarugero mu rugamba rw’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda

Mu karere ka Ruhango ku wa 17 Ukwakira 2024, abagize ihuriro ry’Ubumwe n’Ubudaheranwa mu Karere baganiriye ku ngingo zigamije gukomeza kubaka no gushaka umuti w’ibibazo bitandukanye ku nsanganyamatsiko: Indangagaciro na Kirazira: Isoko y’Ubumwe n’Ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Abatuye mu mirenge inyuranye y’Akarere ka Ruhango, bagaragaza ko aho batuye babanye neza, ndetse hakaba nta bikorwa by’ivangura biharangwa. Gushyira […]
Rulindo: Diregiteri uvuga ko akomeye muri FPR,ahanganye n’umwungirije
Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Shyorongi akagari ka Kijabagwe, ku ishuri rya GS Musenyi umuyobozi w’Ishuri wungirije ushinzwe amasomo ari mu mazi abira nyuma yo gutanga amakuru y’ubujura bukorerwa mu kigo n’amanyanga yabaye mu masoko,none uyu munsi akaba abizira. Ni ibibazo byagaragajwe mu bihe bitandukanye n’uwitwa Nkurunziza Patrick,akaba ari n’umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo muri iri […]
RD Congo: Ingabo za FARDC na UPDF bishe abayobozi babiri ba ADF
Igisirikare cya RDC (FARDC) n’icya Uganda (UPDF) batangaje ko ku wa Kane, tariki 17 Ukwakira 2024, ko bishe abayobozi babiri b’umutwe w’inyeshyamba za ADF mu bikorwa byakozwe mu mpera z’icyumweru gishize bikabera mu gace ka Bapere, akarere ka Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’ishami rishinzwe ibikorwa bya gisirikare mu karere ka Sokola 1 […]
Gicumbi: Dosiye y’abagabo bane bakekwaho kwica umukobwa yageze mu Rukiko
Ku wa 15 Ukwakira 2024, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, bwaregeye Urukiko Rwibanze rwa Byumba ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, dosiye y’abagabo bane bakurikiranyweho kwica umukobwa bakamujugunya mu murima. Icyaha bakurikiranyweho bagikoreye mu Mudugudu wa Kababito, Akagari ka Gatobotobo, Umurenge wa Giti, ku itariki ya 20 Nzeri 2024. Uwo munsi, abo basore basabye nyakwigendera ko […]
DR Congo: Barasaba ko amafaranga agabanywa 50% kugirango abarimu bongezwe
Muri Kivu y’Amajyaruguru,ku itariki ya 15 Ukwakira 2024, Sosiyete sivile yasabye Inteko Ishinga Amategeko ko igabanya ku kigero cya 50% uburyo inzego z’imirimo ya Leta zikoreshamo umutungo kugira ngo haboneke amafaranga yo guhemba abarimu bari mu myigaragambyo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara i Goma, iyi sosiyete yagaragaje ko ihangayikishijwe n’ibibazo byatewe no guhagarika amasomo mu ntangiriro […]
Gatsibo: Urupfu rw’umunyeshuri wigaga kuri GS Muhura rwabashenguye
Mu Karere ka Gatsibo,mu murenge wa Muhura,Akagari ka Taba mu kigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Muhura,haravugwa inkuru y’urupfu rw’umunyeshuri wigaga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri yisumbuye wapfuye azize uburwayi butaramenyekana, aho yafatiwe ku ishuri. Amakuru BWIZA yahawe na bamwe mu bakora kuri iki kigo, bavuga ko ngo uyu mwana ashobora kuba yagiraga indwara yo kubura […]
DR Congo: I Butembo ibikorwa byose byahagaze
Ibikorwa byose bifitanye isano n’ubukungu ndetse n’imibereho y’abaturage byahagaze kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ukwakira 2024, mu isoko rikuru rya Butembo (muri Nord-Kivu). Butike, amaduka, banki, ndetse n’ibindi bigo by’ubucuruzi byafunze. Ikindi kandi, mu rwego rw’uburezi, ibigo byinshi by’amashuri nabyo ntibyafunguye imiryango. Iyi mibereho ni ikurikira icyemezo cya “synergie” y’amatsinda y’umutwe w’abanenga ubutegetsi […]
Musanze: Ukekwaho uburaya, mu rugo rwe hasanzwe umurambo w’umugabo
Mu Karere ka Musanze,Umurenge wa Kimonyi,Akagari ka Buramira,Umudugudu wa Kabaya haravugwa urupfu rw’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30,aho umurambo we wasanzwe mu rugo rw’ukekwaho kwicuruza. Umurambo w’uyu mugabo wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024, mu mbuga yo k’uyu mugore wahise atabwa muri yombi kugira ngo hakorwe iperereza. Umuvugizi wa […]
DRC: Patrick Muyaya yavuze ku kurandura FDLR
Umuvugizi wa leta ya DR Congo yatangaje ko iki gihugu kigomba kuvanaho “impamvu zose u Rwanda rutanga kugira ngo rukure ingabo zabo mu gihugu cyacu”, harimo no gusenya umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. U Rwanda ruhakana ibyo rushinjwa ko rufite ingabo muri DR Congo zifasha umutwe wa M23. Ingingo ebyiri z’ingenzi zigize amasezerano […]
DJ Brianne yakoze impanuka

DJ Brianne n’abo bari kumwe mu modoka, barokotse impanuka ikomeye ubwo bari baturutse mu Karere ka Rusizi berekeza i Kigali. Ubwo DJ Brianne yari akimara gukora impanuka, yavuze ko we n’abo bari kumwe bagiye kwa muganga kugira ngo harebwe neza niba nta wagize ikibazo kidasanzwe. Ati: “Urebye nta muntu wakomeretse bikomeye ariko turashaka guca kwa […]
Nyamasheke:Umunyeshuri wa Kibogora Polytechnic yarohamye mu Kivu
Mu Karere ka Nyamasheke,Umurenge wa Kanjongo,Akagari ka Kibogora,Umudugudu wa Mataba, haravugwa urupfu rw’umunyeshuri witwa Imanirahari Joseph w’imyaka 24, wigaga mu wa mbere w’ishami ry’uburezi muri kaminuza ya Kibogora Polytechnic, warohamye mu Kivu arapfa ku wa 13 Ukwakira 2024. Saa Cyenda z’igicamunsi kuri iki Cyumweru tariki 13 ni bwo uyu musore yatemberanye na mugenzi we banyura […]
Goma: Igisirikare cya Congo kiravugwamo abajura bibisha imbunda mu baturage

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwagaragaje abantu 10 bakekwaho ubujura butandukanye, muri bo harimo abasirikare ba FARDC. Aba bantu bafashwe mu mukwabu umaze icyumweru wiswe gushyiraho bariyeri “Road Bloc”. Mu bafashwe harimo abasirikare ba Congo, FARDC, abasivile bitwaza intwaro zicira umuriro, abashimuta abantu n’amabandi. Komiseri wa Polisi, Kapend Kamand Faustin umuyobozi w’umujyi wa Goma, yavuze ko […]
Ministri w’Intebe wa Isirayeli arasaba ONU gukura ingabo zayo muri Libani
Ministri w’Intebe wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu, kuri iki cyumweru,tariki ya 13 Ukwakira 2024, yasabye Umuryango w’Abibumbye gukura ingabo zawo mu duce tuberamo intambara muri Libani. Netanyahu yavuze ko ingabo za Isirayeli zasabye kenshi Umuryango w’Abibumbye gukura ingabo zawo muri ibyo bice zivuga ko kuhakorera bizigira ingwate z’abarwanyi ba Hezbollah. Hagati aho abategetsi bo muri Leta […]
Gatsibo: Ukekwaho kwica Karangwa amukubise, yatawe muri yombi
Mu Karere ka Gatsibo,Umurenge wa Muhura,akagari ka Mamfu mu mudugudu wa Akamugenge haravugwa inkuru y’urupfu rw’uwitwa Karangwa wari usanzwe uzwiho gukora akazi ko gutunda amafumbire no gutindura imisarane, bikekwa ko yakubiswe inkoni bikamuviramo urupfu. Inkuru y’urupfu yamenyekanye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, taliki 12 Ukwakira 2024, aho bivugwa ko yakubiswe ku wa Gatanu, taliki […]
Mu Rwanda hafunzwe Paruwasi 47 na Santarali 474 za Kiliziya Gatolika
Mu Rwanda hafi kimwe cya Kabiri cya za Santarali Gatolika zafunzwe mu nkubiri yo gufunga insengero, za Kiliziya n’imisigiti imaze iminsi iri mu gihugu. Ibi bikubiye mu cyegeranyo Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yaraye ishyize hanze igaragaza uko ikibazo cyo gufunga ibikorwa-remezo bya kiliziya gihagaze. Iki cyegeranyo Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yaraye ishyize ahagaragara […]
Imiyoborere n’ingamba zo kurwanya ruswa,ba Ofisiye bakuru ba Polisi bongerewe ubumenyi

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ukwakira 2024, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hasojwe amahugurwa y’iminsi itanu ku bijyanye n’imiyoborere n’ingamba zo kurwanya ruswa. Yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza (Commonwealth), akaba yaritabiriwe n’abapolisi 34 bo ku rwego rwa ba Ofisiye bakuru muri Polisi y’u […]
Ibyaha byashegeshe Siporo y’u Rwanda RIB yabigaragaje
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwagaragaje ibyaha byiganje muri siporo y’u Rwanda, aho icyo gukoresha impapuro mpimbano kiza ku isonga. Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, yabitangarije mu kiganiro yagiranye na B&B Kigali FM, ku wa Gatanu, tariki 11 Ukwakira 2024. Murangira yavuze ko bakurikiranye dosiye 12 mu myaka itanu ishize hagati ya […]
Burera:Amavunja n’umwanda bizengereje bamwe mu baturage

Mu Karere ka Burera haracyagaragara abantu barwaye amavunja,bikaba binagagaragara ko kuyakira kwabo bizagorana bitewe n’umwanda ukigaragara muri kano karere. Aba baturage ni bamwe mu kagari ka Gafumba mu murenge wa Rugarama, abaturanyi b’umwe mu bayarwaye bavuga ko ikibazo cy’amavunja agiterwa n’umwanda none yabaye karande. Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu rugo rw’umuturage witwa Ntibarikure Augustin […]
Nyamagabe: Umugabo wishe umugore we yakatiwe burundu
Ku itariki ya 09 Ukwakira 2024, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe rwahamije icyaha umugabo witwa Dusabimana Eric wishe umugore we, Urukiko rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya Burundu. Urubanza rwabereye aho icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Kigwene, Akagari ka Samiyonga, Umurenge wa Muganza, Akarere ka Nyaruguru. Icyaha yari akurikiranyweho yagikoze mu ijoro ryo ku wa 16 Nzeri […]
Gicumbi:Dosiye y’umugabo wafatanywe urumogi ibiro 5 yageze mu rukiko
Ku itariki ya 09Ukwakira 2024, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi dosiye y’umugabo w’imyaka 43 y’amavuko ukurikiranyweho icyaha cyo gutunda urumogi mu modoka zitwara abagenzi. Ku itariki ya 26 Nzeri 2024, uregwa yafashe igikapu agipakiramo urumogi rungana n’ibiro bitanu (5kg) arangije atega imodoka iva mu Karere ka Musanze yerekeza i […]
Muhanga: Abasore 8 ba Kamonyi,dosiye yabo yageze mu bushinjacyaha
Ku wa 09 Ukwakira 2024, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwakiriye dosiye y’abasore umunani (8) bakurikiranyweaho icyaha cyo kwiba n’icyaha cyo gukubita no gukoremetsa ku bushake. Ibi byaha bakurikiranyweho babikoreye mu Mudugudu wa Musenyi, Akagari ka Kabuga, Umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi. Ku itariki ya 30 Nzeri 2024, nibwo bagiye muri “centre” […]