Kuki Bruce Melodie na The Ben bahisemo ubufatanye aho guhangana?

hq720 5

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, Bruce Melodie na The Ben, batangaje ko bahisemo inzira y’ubufatanye aho gukomeza inkuru z’ihangana zari zimaze igihe zivugwa hagati y’abafana babo. Mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru, aba bombi basobanuye ko nubwo kenshi bagiye bagereranywa ku rwego rw’ibihembo, ibitaramo n’umubare w’ababakurikira, bo ubwabo batigeze bagirana ubushyamirane. Ahubwo ngo babonaga hari inyungu ikomeye […]

Umupolisi afunzwe azira kwiba ihene eshanu

93fb147344b9a96723d929861b0992814ccaf973

Umupolisi wakoreraga mu mujyi wa Rundu muri Namibia yatawe muri yombi mu rukerera rwo ku wa Gatanu akekwaho kwiba ihene eshanu mu gace ka Tumweneni, mu Ntara ya Kavango East Region. Amakuru yatangajwe na radiyo Eagle FM avuga ko uwo mupolisi akekwaho kubaga izo hene akazipakira mu modoka. Ageze kuri bariyeri ya polisi ya Masivi, […]

Ingengo y’Imari ya Leta 2025/2026 yagabanyijwe

HA SKkvbsAIt8YC

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa Kane, itariki 12 Gashyantare, yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rihindura itegeko n°018/2025 ryo ku wa 30/06/2025 rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2025/2026.   Mbere yaho, Minisitiri w’Imari, Yusuf Murangwa, yabanje kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w’itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta ya […]

Kenya: Yirutse asatira Perezida Ruto aca igikuba mu barinzi

1d51cf14 2d1e 463d 9a5c 234816555ae5

Umugabo wirutse yerekeza kuri Perezida William Ruto, kuri uyu wa Kane, ubwo yavugiraga ijambo i Wajir yagize icyo avuga, atanga inkuru ye ku byabaye nyuma yo guca igikuba mu bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu.   Muri videwo yabonwe n’ikinyamakuru The Star, uyu mugabo yavuze ko nta mugambi mubi yari afite yashakaga gusa kuvugana na Perezida ku […]

Inzara iratema amara mu basirikare ba FDNB bari muri RDC

bdi burundi fdnb 02 02032024 fdnbbi 768x488 1

Abasirikare b’u Burundi boherejwe mu gace ka Baraka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barataka inzara, bagashinja ababakuriye kuba ari bo ba nyirabayazana. Abataka inzara barimo abo muri bataillon ya 11 ibarizwa mu mujyi wa Baraka, ndetse n’abo mu yindi mitwe ibarizwa muri uriya mujyi wo mu ntara ya Kuvu y’Amajyepfo. Abaganiriye na Radio Publique […]

Uwari umaze imyaka 16 yihisha ubutabera yafashwe kubera imikino olimpike

BMJUH3BUJNIIDLS4KWITD74GQQ

Umukunzi w’umukino wa Hockey ukomoka muri Slovakia w’imyaka 44, yikururiye gutabwa muri yombi nyuma yo gufatwa n’abapolisi b’u Butaliyani amaze igihe yihisha ubutabera yarashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi.   N’ubwo yashakishwaga n’abayobozi b’u Butaliyani, umugabo yaremeye asubira muri iki gihugu agiye kureba ikipe y’igihugu cye (Slovakia) ya Hockey mu Mikino Olempike yo mu Itumba […]

Samusure wari warahungiye muri Mozambique yatahutse

20260212 145502.jpg 1b488

Nyuma y’imyaka itatu aba hanze y’u Rwanda, Kalisa Ernest uzwi nka Samusure yongeye gutaha, aho yakiriwe n’umubyeyi we, inshuti ndetse n’abavandimwe be ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe kuri uyu wa 12 Gashyantare 2026. Samusure yari yaragiye kuba muri Mozambique mu Ukwakira 2022, ahunze amadeni arenga miliyoni 11 z’amafaranga y’u Rwanda yari abereyemo […]

RMC yihanangirije mu nyandiko SK FM na Isibo Radio

jjs b3e96

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda (RMC), rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SK FM na Isibo Radio, kubera imyitwarire ihabanye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru ikomeje kugaragara mu biganiro bya siporo bitambutswa kuri izo radiyo. Uku kwihanangirizwa kubaye nyuma y’ibiganiro bitandukanye RMC yagiye igirana na bamwe mu banyamakuru bakorera ibi bitangazamakuru ndetse n’abayobozi babyo. RMC […]

Sudani: Abantu 21 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato

sq 1 1

Byibuze abantu 21 bapfuye nyuma y’uko ubwato butwara abagenzi burohamye muri Leta ya River Nile mu majyaruguru ya Sudani nk’uko itsinda ry’ubuvuzi ryabitangarije BBC.   Urubuga rw’abaganga bo muri Sudani ruvuga ko ubwo bwato bwari mu rugendo hagati y’imidugudu ya Tayba al-Khawad na Deim al-Qarai, butwaye abagenzi bagera kuri 30 barimo abagore, abasaza ndetse n’abana. […]

Korea ya Ruguru: Kim Jong Un yamaze guhitamo umukobwa we nk’uzamusimbura

TELEMMGLPICT000387380547 17222678251830 trans NvBQzQNjv4BqK5CJ 5abOqZ

Kuri uyu wa Kane, itariki 12 Gashyantare 2026, Ibiro by’Ubutasi bya Koreya y’Epfo byabwiye abadepite ko umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yahisemo umukobwa we nk’umuzungura we. Ni ibintu bicye bizwi kuri Kim Ju Ae, wagiye agaragara mu mezi ashize iruhande rwa se mu birori bikomeye nk’igihe asura Beijing mu Bushinwa muri Nzeri, […]

Kera kabaye ikibuga cy’indege cya Goma cyongeye kugwaho n’indege

1770890064782

Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bwa Loni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vivian Van de Perre, yageze mu mujyi wa Goma aho yagiye kugirana ibiganiro n’ubuyobozi bwa AFC/M23. Ku manywa yo kuri uyu wa Kane tariki 12 Gashyantare, ni bwo indege yo mu bwoko bwa kajugujugu yari imutwaye yaguye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma. Ni […]

Igisubizo cya Nduhungirehe ku bihano bivugwa ko Amerika iri gutekereza gufatira u Rwanda

05int rwanda us deportees 1 vhfg

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko iyo ibihano biza kuba byakemura ikibazo cyo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, u Rwanda rwakiriza yombi kubihabwa. Umukuru wa dipolomasi y’u Rwanda yabigarutseho mu kiganiro yahaye Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI). Ni nyuma y’uko hakomeje kuvugwa inkuru z’uko amahanga yaba arimo gufatira u Rwanda ibihano […]

Masisi: Imirwano ikaze yahuje wazalendo na AFC/M23 i Biguri

m23 rebels

Imirwano ikaze kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 11 Gashyantare 2026, yahuje inyeshyamba za Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 ahitwa Biguri, agace kera cyane gaherereye hafi ya Kalengera, muri Sheferi ya Bashali, Teritwari ya Masisi. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace avuga, inyeshyamba za Wazalendo zagabye igitero ku birindiro bya AFC/M23 kuri axe ya Kirumbu […]

Angola yasabye Kinshasa na AFC/M23 gutanga agahenge guhera kuwa 18/2

e7e4786a f58f 44fc 8b31 b7e16dbc4922

Repubulika ya Angola yasabye ko ihagarikwa ry’imirwano hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ryatangira gukurikizwa ku gicamunsi cyo ku itariki ya 18 Gashyantare, nk’uko Perezida wa Angola yabitangaje.   Iki cyifuzo gikurikira inama yabereye ku wa Mbere i Luanda hagati ya Perezida wa Angola, João Lourenço, Perezida […]

U Rwanda rwasoje ineza irushanwa rigenewe abasirikare n’abapolisi kabuhariwe

ha5icipbqaa9rhk 565c5 1

Ikipe imwe ya Polisi y’u Rwanda iri muri atatu yari ahagariye u Rwanda mu irushanwa rya SWAT Challenge ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yegukanye umudali w’umuringa. Irushanwa rya UAE SWAT Challenge 2026, ryari rimaze iminsi itanu rihuza abasirikare n’abapolisi kabuhariwe baturutse mu bihugu byo hirya no hino ku Isi. Amakipe 109 ni yo yari […]

Abarundi 6 mu Banyafurika bamaze gupfira mu ntambara yo muri Ukraine

AA1VXX7w

Raporo yasohowe n’Ikigo INPACT kuri uyu wa Gatatu ushize ivuga ko kuva mu 2023 kugeza hagati mu 2025 u Burusiya bwinjije mu gisirikare cyabwo abarwanyi 1,417 bava mu bihugu 35 bya Afurika. Iki kigo kivuga ko cyabonye amazina yabo, imyaka yabo, ibihugu baturutsemo, nimero za gisirikare bahawe n’igihe basinyiye amasezerano yo kwinjira mu gisirikare cy’u […]

RDC: Umuyobozi mushya wa MONUSCO ategerejwe ku Kibuga cy’Indege cya Goma

bitmap 1200 nocrop 1 1 20240507090302853775 280b38b0 3afb 4747 8af3 8250809ef8eb

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo Kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) buratangaza ko Vivian van de Perre, Intumwa Idasanzwe y’agateganyo y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi w’Agateganyo wa MONUSCO, aza gusura Goma kuri uyu wa Kane, itariki ya 12 Gashyantare. MONUSCO ivuga ko Vivian van de Perre azagera ku Kibuga cy’Indege cya Goma […]

Gasabo: Urukiko rwakatiye abantu 8 bari bakurikiranweho ubwicanyi

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 2

Abantu umunani bagizwe n’abagore babiri n’abagabo batandatu bari bakurikiranweho kwica umuntu nyuma bakamutwikisha amashara bamushinja kwiba igare, bahamijwe icyaha n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo barakatirwa. Icyaha abaregwa bari bakurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 08 Ukwakira 2025 mu Mudugudu wa Nyakabuye, Akagali ka Kabuye, Umurenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Bugesera ubwo abaregwa bakekaga nyakwigendera ko yibye […]

RDC yajyanye mu nkiko MTN

Mobile Money 768x432 1

Ikigo kigenzura itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyareze sosiyete ya MTN Group kiyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya ifite. Ikigo ARPTC mu itangazo cyasohoye, cyavuze ko MTN Group irimo gutanga serivisi za telefone ngendanwa na internet, “i Goma na Rutshuru, itarabiherewe uruhushya”. MTN Group isanzwe ifite amashami mu bihugu birimo u […]

USA: Abagande 6 bashinjwa gufata ku ngufu bagiye gusubizwa iwabo

Abenegihugu batandatu ba Uganda bahamwe n’ibyaha bikomeye muri Amerika, ubu bari mu maboko y’abashinzwe abinjira n’abasohoka muri Amerika (ICE) kandi hararebwa uko basubizwa iwabo muri Uganda.   Urwego rushinzwe Umutekano mu Gihugu muri Amerika (Homeland Security) ibashyira mu cyiciro cy’”Abantu babi kurusha abandi” batari abenegihugu bahamijwe ibyaha bikomeye.   Daudah Mayanja yafatiwe i Bennington, muri […]

Muhanga: Umusore w’imyaka 26 akurikiranweho kwica se

MuhangaDist 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umusore w’imyaka 26 y’amavuko ukekwaho kwica se umubyara w’imyaka 74 y’amavuko. Icyaha akurikiranweho cyakozwe 19 Mutarama 2026 mu masaha ya saa 06h00 z’igitondo mu Mudugudu wa Kivomo, Akagari ka Murama, Umurenge wa Bweramana, mu Karere ka Ruhango ubwo uyu musore yacungaga papa we yinciye mu nzu akamusanga mu […]

Abatoza 688 bahataniye gutoza Amavubi

pic 1 87 f385b

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko abatoza 688 bujuje ibisabwa ari bo basabye akazi ko gutoza Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. FERWAFA mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Gashyantare, yavuze ko nyuma y’ubusabe bwa bariya batoza hagomba gukurikiraho kubajonjora hashingiwe ku mpamyabumemyi z’ubutoza, uburambe mu gutoza amakipe y’igihugu no kuba baragize […]

Afunzwe azira gukata Umusore wamwimye urukundo

1770801979565

Umukobwa witwa Gihozo Henriette w’imyaka 18 afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu Karere ka Rusizi, akurikiranyweho icyaha cyo gukomeretsa umusore witwa Hanyurimana Lazare w’imyaka 25 akoresheje urwembe, nyuma y’uko uyu musore yanze kumukunda. Ibi byabereye mu kabari ko mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe. Amakuru avuga ko uwo mukobwa […]

Icyo Mushikiwabo avuga ku kuba u Burundi na RDC bimurwanya ngo atazongera gutorerwa kuyobora OIF

d2qahkfwwaakrjb e033b 1

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yatangaje ko nta kibazo abona mu kuba u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byarwanya ko atorwa muri Manda ya gatatu, kuko kuba itorwa rye ryarwanywa biri mu bigize umukino. Mushikiwabo yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Ni ikiganiro cyibanze ku cyemezo u […]

Afurika y’Epfo yateranye amagambo na DRC kubera amabuye y’agaciro yategeje Trump

RC2AIJAQZEVN 791510

Mu nama yiga ku Ishoramari mu bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro izwi nka Indaba Mining, habaye guterana amagambo bikomeye ubwo Minisitiri Gwede Mantashe wo muri Afurika y’Epfo yamaganaga amasezerano y’amabuye y’agaciro Repubulika ya Demokarasi ya Congo yagiranye na Amerika, ashimangira ko hakenewe ubumwe bw’umugabane mu micungire y’umutungo wa Afurika. Minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’ibikomoka kuri peteroli, […]

Abadepite ba Amerika bibukije RDC ko isabwa gusenya FDLR mbere y’uko u Rwanda rukuraho ingamba z’ubwirinzi

BE20INSPIRED Smith20hearing20persecuted20Christians scaled 1

  Abadepite bagize ishami rya Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rikurikirana ibibera muri Afurika, bibukije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo busabwa kubanza gusenya umutwe wa FDLR, mbere y’uko u Rwanda rukuraho ingamba z’ubwirinzi reafashe. Babigarutseho mu kiganiro cyabaye ku wa Kabiri tariki 10 Gashyantare 2026 cyari kigamije “guteza […]

Jenerali wa UPDF yaguye mu nzira ari kujya gushyingura Jenerali mugenzi we

20260211 90422

Major-General Deus Sande wari umuyobozi wa Diviziyo y’Ingabo za Uganda ishinzwe gukoresha imodoka z’ibifaru, yapfuye ubwo yari mu nzira ajya gushyingura Jenerali mugenzi we uheruka gupfa. Inkuru y’urupfu rwe yemejwe n’umuvugizi w’umusigire wa UPDF, Colonel Chris Magezi, mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Amakuba na none yongeye kugwirira umuryango wa UPDF, […]

Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya AUDA-NEPAD

Kuri uyu wa Kabiri, hifashishijwe ikoranabuhanga, Minisitiri w’Intebe Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame, mu Nama ya 43 y’Akanama k’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe Iterambere (AUDA-NEPAD). Mu ijambo rye, Minisitiri w’Intebe yavuze ko “Afurika igomba gukomeza umurego mu gushyira mu bikorwa gahunda y’iterambere ryayo. […]

Muhanga: Abasore 2 bakurikiranweho kwica umuntu bamukase ijosi

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga 3

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye abasore 2 umwe w’imyaka 26 n’undi w’imyaka 30 y’amavuko bakekwaho kwica umugabo w’imyaka 51 y’amavuko akaba na se ubyara umwe muri aba basore.    Icyaha bakekwaho cyakozwe ku itariki 26 Mutarama 2026 mu Mudugudu wa Kareshya, Akagari ka Kinazi, Umurenge wa Kinazi, mu Karere ka Ruhango nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha […]

Canada: Abantu 8 bishwe barasiwe ku ishuri

Kuri uyu wa Kabiri ushize, abayobozi bavuze ko amasasu yarasiwe mu ishuri ryisumbuye mu Ntara ya British Columbia yo muri Canada yahitanye abantu umunani barimo ukekwaho icyaha. Abayobozi bongeyeho ko abandi bantu babiri basanzwe bapfiriye mu rugo bakekwaho kuba baragize uruhare mu byabaye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Igipolisi cya Canada  bagize ati: “Mu rwego rw’igisubizo […]

Uko RDC yitabaje abacanshuro ba Erik Prince ngo barwanire na M23 muri Uvira

20260206 161150

Umunyamerika Erik Prince washinze umutwe w’abacanshuro wa Blackwater, byemejwe ko yohereje mu mujyi wa Uvira abarwanyi be mu rwego rwo gufasha ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuwurinda ndetse no gukoresha za drone z’intambara. Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza byatangaje ko aya makuru byayahamirijwe n’abantu bane bayazi neza. Mu Ukuboza 2025 ni bwo […]

Gasabo: Akurikiranweho kwica umugore we amukubise inyundo

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 2

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye y’umugabo w’imyaka 35 y’amavuko ukekwaho kwica umugore we amukubise inyundo. Icyaha akekwaho cyakozwe ku itariki ya 26 Mutarama 2026 mu Mudugudu wa Rwimikoni I, Akagari ka Mbyo, Umurenge wa Mayange, mu Karere ka Bugesera ubwo uregwa yagiranaga amakimbirane n’umugore we bafitanye abana batatu. Bivugwa ko mu gukimbirana […]

Bite by’urusaku rwinshi rw’amasasu rwumvikanye i Conakry?

1024x576 cmsv2 d9e1caa6 33c8 5184 95a2 aceabdc7d61a 9645393

Amakuru aturuka i Conakry muri Guinée aravuga ko kuri uyu wa Kabiri hafi ya gereza nkuru yo muri uriya mujyi humvikanye urusaku rwinshi rw’amasasu. Kugeza ubu abarasaga ntibaramenyekana ndetse n’icyateye uko kurasa ntikizwi. Ubutegetsi bwa Guinée ntiburatanga amakuru asobanura ibyabaye. Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko umwe mu babonye irasana riba yabibwiye ko yabonye imodoka […]

Uwagambaniye Gen. Niyombare na bagenzi be bikadobya umugambi wo guhirika Nkurunziza

niyombare 1 cbc21

Mu myaka igera kuri 11 ishize abasirikare b’u Burundi bayobowe na Général-Major Godefroid Niyombare, bagerageje guhirika ubutegetsi bw’uwari Perezida wa kiriya gihugu, Pierre Nkurunziza ariko birangira uwo mugambi upfubye. Niyombare yari umwe mu nkoramutima za Pierre Nkurunziza akaba n’umwe mu bajyanama be mu bijyanye n’umutekano, ndetse yayoboye urwego rw’ubutasi kugeza muri Gashyantare 2015. Uyu mugabo […]

Ethiopia iravugwaho kugira inkambi itorezwamo abarwanya Leta ya Sudani

FF6HB6MJCRPJXM4NLOOQMC6JNI

Muri Ethiopia hari inkambi bivugwa ko itorezwamo abarwanyi ibihumbi n’ibihumbi b’umutwe wa Rapid Support Forces urwanya ubutegetsi mu gihugu cy’abaturanyi cya Sudani, nk’uko byatangajwe na Reuters. Iyi nkambi ngo ni ikimenyetso cya mbere cyerekana ko Ethiopia igira uruhare mu ntambara hagati y’abenegihugu muri Sudani, ikaba isoko y’abasirikare bashya ba RSF mu gihe imirwano ikomeje guca […]

Tshisekedi yibukirijwe kwa Lourenço ko atarasenya FDLR

20260210 102254

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya, ku wa Mbere yari i Luanda muri Angola aho yagiraniye ibiganiro byibanze ku mutekano wo mu burasirazuba bw’igihugu cye n’abarimo Perezida João Lourenço. Ni ibiganiro byanitabiriwe n’abarimo Perezida Faure Gnassigbé wa Angola umaze igihe yarahawe inshingano zo kuba umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC n’Umuryango […]

Intumwa z’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda mu rugendoshuri mu Bufaransa

HAvJRpxaAAI vJc

Intumwa ziturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda kuwa Mbere zatangiriye ku mugaragaro urugendoshuri mpuzamahanga mu Bufaransa, zibanda ku kuzamura ubushobozi bw’igihugu mu gukemura ibibazo by’umutekano bigezweho. Itsinda ry’intumwa riyobowe na Col Mucyo Mulinzi hamwe n’abakozi 4 n’abanyeshuri 23 nk’uko bitangazwa na Ambasade y’u Rwanda i Paris. Izi ntumwa zakiriwe n’abayobozi bakuru ku Cyicaro […]

M23 yungutse ‘abakomando’ bashya barenga 7,500

Screenshot 20260210

Abakomando bashya 7,532 b’umutwe wa M23 ku Cyumweru tariki ya 8 Gashyantare binjijwe mu ngabo zawo, nyuma yo gusoza imyitozo ikaze bari bamaze igihe bakorera mu gace ka Tchanzu ho muri Teritwari ya Rutshuru. Umuhango wo kubinjiza mu ngabo za AFC/M23 wayobowe n’Umugaba Mukuru wazo, Gen. Sultani Makenga. Mu byo abasirikare bashya ba M23 barahiriye, […]

Impamvu 4 Arsenal itakegukana Shampiyona nubwo iyoboye

d8d253d7a3a753e0

Ikipe ya Arsenal iri mu bihe byiza cyane muri shampiyona y’u Bwongereza ya Premier League 2025/2026, aho iyoboye urutonde n’amanota atandatu irusha Manchester City, bituma benshi bayibona nk’ikipe ishobora gutwara igikombe bwa mbere kuva mu 2004. Gusa, n’ubwo icyizere kiri hejuru, haracyari impamvu zitandukanye zishobora gutuma inzozi za Arsenal zongeye gusenyuka. Kugeza ubu, Arsenal imaze […]

Yavuye mu Budage asanga nyirarume yariye amafaranga yo kumwubakira inzu

d56ffb31fbe4befe

Umugabo w’Umunyakenya wari umaze imyaka igera kuri 15 atuye kandi akorera mu Budage yagarutse mu gihugu cye afite inzozi zo gutaha mu rugo rwe rushya, ariko ibyo yari yarategereje bihinduka inkuru y’akababaro. Uyu mugabo avuga ko mu gihe cy’imyaka irenga 10, yakoraga cyane mu Budage yohereza amafaranga menshi kuri nyirarume we, amwizeye nk’umuntu wo mu […]

Umusirikare yarasiwe ku kibuga nyuma yo kubura Frw 820 yo kureba umupira

20260209 192827

Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF), ku Cyumweru tariki ya 8 Gashyantare yarasiwe ku kibuga nyuma yo kubura amashiringi ya Uganda 2,000 (Frw 820) yo kwinjira ngo arebe umupira. Byabereye mu mujyi wa Kyatereka ho mu karere ka Kagadi, ku kibuga cy’Ishuri Ribanza rya Kiliziya Gatolika ryitiriwe Mutagatifu Petero. Amakuru y’urupfu rwa Mbale Akuzibwe […]

Nduhungirehe yagaragarije Hariana Verás ibihamya 5 bishimangira ko atari umunyamakuru w’inyangamugayo

IMG 20260209 WA0000

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanenze bikomeye umunyamakuru Hariana Veras, amugaragariza ibihamya bitanu bishimangira ko atari umunyamakuru w’inyangamugayo nk’uko we abivuga. Uyu munyamakurukazi wo muri Angola amaze iminsi ashinjwa gushyira ku ruhande inshingano ze nk’umunyamakuru, ahubwo agahitamo gufasha ibihugu bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi mu gukora icengezamatwara rigamije […]

Gen. Gakwerere wahoze ari numéro ya 3 muri FDLR agiye gushyikirizwa ubutabera 

brig gen gakwerere ni we mukuru mu barwanyi ba fdlr bashyi

Ubushinjacyaha bwa Gisirikare kuri uyu wa Mbere bwatangaje ko Brig. Gen. Gakwerere Ezechiel wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR, akiri mu maboko y’inzego z’umutekano kubera ko hari ibyo akibazwa, ariko ko mu minsi iri imbere azagezwa imbere y’ubutabera. Byatangajwe n’Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col. Charles Sumanyi, mu kiganiro abanyamakuru bagiranye n’inzego zigize Urunana […]

Prince Kid wafatiwe muri Amerika aragezwa mu Rwanda vuba

124721012 b960509d 9623 4054 ac72 5f0a213425dd

Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, wahoze ayobora ikigo hitegura amarushanwa ya Miss Rwanda, vuba ashobora kwisanga mu Rwanda nyuma yo gufatirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bigizwemo uruhare n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda. Ibi byemejwe n’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda mu kiganiro Umushinjacyaha Mukuru yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Gashyantare 2026, ubwo yemezaga […]

Intambara ikomeje gututumba hagati ya Ethiopia na Eritrea

FOREIGN MINISTER

Ethiopia yongeye gushinja Eritrea kwigarurira ubutaka bwayo no gushyigikira imitwe yitwaje intwaro, ivuga ko ibi bikorwa ari ukuvogera ubusugire bwayo nk’uko bigaragara mu itbaruwa yanditswe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ethiopia. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ethiopia, Gedion Timothewos, mu ibaruwa igenewe mugenzi we wa Eritrea, Osman Saleh Mohammed, havugwamo ko Ingabo za Eritrea zimaze igihe […]

Nigeria: Abantu bitwaje intwaro bishe abantu 3 bashimuta umupadiri

4BL3DKYWRVKFVB33ZREFNZZFSY

Amakuru aturuka muri Kiliziya Gatolika na polisi aravuga ko Abantu bitwaje imbunda kuwa Gatandatu bateye inzu y’umupadiri mu majyaruguru ya Nigeria muri Leta ya Kaduna, bahitana abantu batatu ndetse banashimuta umupadiri gatolika hamwe n’abandi benshi nk’uko amakuru aturuka muri kiliziya na polisi avuga. Diyosezi Gatolika ya Kafanchan yatangaje ko umupadiri washimuswe ari Nathaniel Asuwaye, umupadiri […]

Minembwe: Imirwano ikaze yibasiye ibice byiganjemo Abanyamulenge

FARDCpatrouille2 2

Kuri iki Cyumweru, itariki 8 Gashyantare 2026, habaye imirwano ikaze mu midugudu myinshi yo mu misozi ya Minembwe muri Teritwari ya Fizi, Intara ya Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa Congo.   Muri kariya gace, gatuwe cyane cyane n’Abanyamulenge bake, amakuru ahaturuka avuga ko Ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zishyigikiwe n’inyeshyamba za […]

RDC: ADF yishe nibura abantu 15 muri Lubero

Joint MONUSCO FARDC operation against ADF in Beni 13246946614

Nibura abasivili cumi na batanu, barimo abagore babiri, bishwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu, itariki ya 7 Gashyantare, mu gitero cyagabwe n’abarwanyi ba Allied Democratic Force (ADF) i Mambimbi-Isigo, muri Gurupoma ya Bapakombe (Umurenge wa Bapere), muri Teritwari ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aya makuru yagejejwe kuri ACTUALITÉ.CD […]

Donald Trump yanenze bikomeye igitaramo cya Bad Bunny

53bffa466cee77c5

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yateje impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kunenga bikomeye igitaramo cy’umuhanzi Bad Bunny cyabereye mu kiruhuko (halftime show) cya Super Bowl LX 2026. Trump yavuze ko icyo gitaramo kitagaragaje agaciro n’ubuhanga asanga bikwiye imyidagaduro ya Amerika, anenga ururimi rwakoreshejwe ndetse n’imbyino zakozwe imbere y’abarebye icyo […]

Tshisekedi yabonanye na bamwe mu Banyamulenge baba muri Amerika

HAsbBDSXIAE v5J

Mu ruzinduko rw’akazi i Washington, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo ku Cyumweru yahuye n’intumwa z’urubyiruko rwa bamwe mu Banyamulenge baba muri iki gihugu. Uru rubyiruko rwagaragaje ko rushyigikiye umuhate wa diplomasi n’imigambi y’umukuru w’igihugu yo kwimakaza amahoro arambye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko bitangazwa na Perezidansi […]

Uganda: Manager wa hotel n’umuzamu basanzwe bishwe

HAn7DMfa0AAQ5t0

Igipolisi cya Uganda muri Kampala kiri gukora iperereza ku bwicanyi n’ubujura byabereye muri Dave Hotel and Suites muri Zone ya Mbubi, Paruwasi ya Lungujja, aho basanze manager wa hotel n’umuzamu bishwe ku wa Gatanu, itariki ya 7 Gashyantare 2026. Abishwe ni Asasira Shivani, w’imyaka 30, wari manager wa hotel, na Musinguzi Lawrence, w’imyaka 27, wari […]

Rulindo: Abarwanashyaka ba Green Party bateguriwe kujya guhugura bagenzi babo mu mirenge

20260208 152613

Kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Gashyantare 2026, abarwanashyaka bahagarariye abandi mu karere ka Rulindo b’ishyaka DGPR riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, bahawe amahugurwa abategurira kujya guhugura bagenzi babo bo mu mirenge 17 igize kariya karere. Ni igikorwa cyitabiriwe na Perezida w’ishyaka Green Party, Hon. Dr. Frank Habineza wari uherekejwe n’abarimo umufasha we. […]

Ushinjwa gushaka kwica umujenerali w’Umurusiya yafatiwe i Dubai

URZBRZEUT4SNAUDD7LN2VXMXZU

Ukekwaho kuba ari we wagize uruhare mu gushaka kwica umuyobozi mukuru w’ingabo mu Burusiya i Moscou, mu gitero cyitiriwe Ukraine, yatawe muri yombi nyuma yo guhungira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, nk’uko inzego z’ubutasi z’u Burusiya (FSB) zatangaje kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Gashyantare.   Ku wa Gatanu ushize, Gen. Vladimir Alekseyev yarashwe inshuro […]

Sudani: Igitero cya drones cyibasiye amakamyo ya Loni (WFP)

soudan attaque de drone sur convoi humanitaire un mort 350x250 1

Muri Sudani, igitero cy’indege zitagira abapilote cyitiriwe inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) cyibasiye imodoka y’Ishami rya Loni rishinzwe Ibiribwa (WFP) mu gitondo cyo ku wa Gatanu, itariki ya 6 Gashyantare, muri Leta ya Kordofan y’Amajyaruguru, akarere kamaze kuba isibaniro mu ntambara imaze imyaka itatu hagati y’ingabo za Sudani n’ingabo za Gen. Hamdan Daglo uzwi […]

U Rwanda ntirwahiriwe n’umunsi wa mbere muri UAE SWAT Challenge 2026

HAUcaNsW4AAeFEh

Amarushanwa ya UAE SWAT Challenge aba ku nshuro ya 7 yatangiye ku mugaragaro kuri uyu wa Gatandatu, itariki 7 Gashyantare, mu Mujyi wa Al Ruwayyah, i Dubai, aho amakipe 2 yo muri Kazakhstan yegukanye umwanya wa mbere muri Assault Challenge, irushanwa ritangiza amarushanwa. Amarushanwa azasozwa ku itariki 11 Gashyantare 2026. Amakipe atatu y’indashyikirwa yaturutse mu […]

Afurika y’Epfo yemeje ko igiye kuvana Ingabo za SANDF mu butumwa bwa MONUSCO 

monusco

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yamenyesheje ku mugaragaro Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres, icyemezo cya guverinoma ye cyo gukura Ingabo za Afurika y’Epfo mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo Kubungabunga Umutekano muri Repubulia ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO). Hamwe n’abasirikare barenga 700 boherejwe, Afurika y’Epfo iri mu bihugu icumi bya mbere byatanze ingabo nyinshi […]

Umuherwe Aliko Dangote yasuye u Burundi ku nshuro ya mbere

HAmHEsbW4AA1P5L 1

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 7 Gashyantare 2026, umuherwe wa mbere muri Afurika, Aliko Dangote, yasuye u Burundi ku nshuro ye ya mbere mu ruzinduko rw’akazi rw’abashoramari bo muri Nigeria rwari ruyobowe Olusegun Obasanjo wahoze ari perezida. Bakimara kugera ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Melchior Ndadaye i Bujumbura, abagize itsinda ry’ubukungu ryo mu rwego rwo […]

Ababyeyi babyarira kwa muganga bageze kuri 98% mu Rwanda

HAdaEGBXsAA6 U

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko imibare y’ababyeyi babyarira kwa muganga imaze kugera kuri 98%. Kugira ngo ibyo bigerweho, mu bihe bitandukanye Leta y’u Rwanda yubatse ibitaro bitandukanye ndetse n’inzu z’ababyeyi (Maternity Wards) mu rwego rwo gucyemura ikibazo cy’ingendo ndende ababyeyi bakoraga bajya kubyara. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire (RHA) cyatanze ingero za […]

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jamaica yashimye akazi kari gukorwa n’Abasirikare ba RDF

HAgXkrPXEAAjD9N

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jamaica (JDF), Vice Admiral Antonette Wemyss-Gorman, kuwa Gatanu yasuye  itsinda ry’abasiririkare b’Ingabo z’u Rwanda  ahitwa Trelawny, aho ingabo z’ ibihugu byombi zifatanyije mu kubakira abaturage amazu yangijwe n’inkubi y’umuyaga Hurricane Melissa. Akigera aho, Vice Admiral Wemyss-Gorman yakiriwe na Col Moses Kayigamba, Umuyobozi w’Itsinda ry’Abasiririkare ba RDF bari mu bikorwa by’ubwubatsi, wamusobanuriye […]