Espagne: Umugore wa minisitiri w’intebe yajyanwe mu nkiko ashinjwa ruswa

Umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sanchez, Begona Gomez, yashinjwe ruswa ku mugaragaro, nyuma y’iperereza rimaze imyaka myinshi rikorwa ku byaha we n’umugabo we bahakana. Umucamanza Juan Carlos Peinado, ukora iperereza kuri uru rubanza kuva muri Mata 2024, yavuze ko iperereza rye ryabonye ibimenyetso bihagije byerekana imyitwarire y’icyaha ya Gomez, nk’uko icyemezo cyashyizwe ahagaragara […]

Benin: Romuald Wadagni yatsinze amatora ya perezida ku majwi 94%

AFP 20260410 A7DW7FM v1 HighRes BeninPoliticsElection 1776125982

Muri Bénin, Romuald Wadagni yatsinze amatora ya perezida n’amajwi 94%. Ibyavuye mu matora yo ku Cyumweru by’agateganyo byatangajwe na komisiyo y’igihugu yigenga ishinzwe amatora (CENA) mu ijoro ryo ku wa Mbere, itariki ya 13 Mata rishyira kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Mata 2026. Umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi, Romuald Wadagni, yagize amajwi 94%, mu […]

Trump yamaganwe bikomeye nyuma yo kwigaragaza ameze nka Yesu

2ddc5d1c 555d 4ae1 a1d2 919ab2a7e4eb.jpg

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasibye bwangu ubutumwa bwateje impaka yari yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Truth Social buri kumwe n’ifoto ye yigize nk’umukiza Yesu Kristu. Iyo foto yakozwe hifashishijwe ubwenge buhangano (Artificial Intelligence, AI), yagaragazaga Trump Ameze nkaho arimo gukiza umurwayi uryamye ku gitanda mu bitaro. Ni ifoto yatumye […]

Tariki 14 Mata 1994: Abatutsi basaga 30,000 biciwe muri Kiliziya ya Kibeho

Kiziguro Ok

Nyuma y’icyumweru Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye, Ingabo zirenga 450 z’Ababiligi zari mu Rwanda mu butumwa bw’amahoro ni bwo zuriye indege zisubira mu gihugu cyabo mu gihe ubwicanyi bwari buri gufata intera mu gihugu. Interahamwe n’abasirikare ba Leta biciye Abatutsi basaga 10,000 muri Kiliziya ya Nyamata, mu kibuga cya kiliziya ndetse no mu zindi nyubako zihegereye. […]

Ingabo z’utavuga rumwe na Perezida Salva Kiir zisubije umujyi wa Akobo

sm 1732026193.474144

Umujyi wa Akobo wo muri Sudani y’Epfo wongeye gufatwa n’ingabo zo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi, nyuma y’ukwezi kumwe ugenzurwa n’ingabo za Leta. Ni nyuma yo kuwirukanwamo n’iza Riek Machar wahoze ari Visi-Perezida wa kiriya gihugu kuri ubu ufunzwe. Amakuru avuga ko ku wa Mbere tariki ya 13 ari bwo ingabo zo mu mutwe wa […]

Umucuruzi wakoreraga i Pretoria yiciwe i Kinshasa

20260414 064549

Umucuruzi w’umunye-Congo wakoreraga i Pretoria muri Afurika y’Epfo yiciwe i Kinshasa; ubutegetsi bwa RDC bukavuga ko hari benshi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwe bamaze gutabwa muri yombi, mu gihe ukekwa kurusha abandi agihihishwa uruhindu. Amisi Issa Vally yishwe mu ijoro ryo ku wa 9 Mata rishyira ku wa 10 Mata 2026, ubwo yari muri […]

Jay Squeezer yakubitiwe muri Amerika

kasu 5959f

Kambale Wilondja uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Jay Squeezer cyangwa Kasuku, yatewe n’abagizi ba nabi mu rugo rwe ruherereye muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baramukubita bikomeye bamusiga ari intere. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 12 rishyira ku wa 13 Mata 2026. Jay Squeezer yavuze ko yatewe n’itsinda ry’abasore […]

Gufunga Hormuz: Intwaro nshya ya Donald Trump mu biganiro byananiranye na Iran

trump strait of hormuz 1

Mu gihe ibiganiro bya dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran byari byitezweho kugabanya umwuka mubi, byarangiye nta masezerano agezweho. Nyuma y’amasaha arenga 20 y’ibiganiro byabereye i Islamabad muri Pakistan, Perezida Donald Trump yahise atangaza icyemezo gikomeye: Gufatira inzira ya Hormuz. Ibiganiro byananiranye, hakurikiraho igitutu cya gisirikare Amakuru agaragaza ko impamvu nyamukuru […]

Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rw’amateka mu bihugu 4 bya Afurika

Algeria Africa Pope 1776075501

Kuri uyu wa Mbere, Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko runini muri Afurika, ari narwo rugendo rwe rwa mbere runini mu mahanga kuva yatangira kuyobora Kiliziya Gatolika. Amakuru aturuka i Vatican avuga ko Papa yatangiye uruzinduko kuva kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mata ruzasozwa ku itariki ya 23 Mata, akanyura muri Algeria, Cameroun, Angola na […]

Dushyigikiye ubuyobozi burangajwe imbere na Perezida Kagame: Sen. Dr Habineza

Umuvugizi w’ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki (NFPO), Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko iri huriro rishyigikiye ubuyobozi bw’u Rwanda buyobowe na Perezida Paul Kagame, ndetse ko ritifuza uwo ari we wese washaka gusubiza igihugu inyuma. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 13, mu ijambo risoza icyumweru cy’icyunamo yavugiye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa […]

Masisi: Inyeshyamba za wazalendo ntizahiriwe n’ibitero ku birindiro bya AFC/M23

G37QiGoWYAAuaHu

Muri iki gitondo cyo ku wa Mbere, itariki ya 13 Mata, i Kalembe na Kalonge, imijyi ibiri iherereye ku mupaka wa teritwari za Masisi na Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haravugwa ituze nyuma y’imirwano ikaze yahuje abarwanyi ba AFC/M23 na Wazalendo. Nk’uko amakuru atandukanye ava muri ako gace abitangaza, inyeshyamba za Wazalendo zagabye ibitero […]

Claude Ibalanky uherutse kwitandukanya na Tshisekedi mu ntumwa za AFC/M23 zoherejwe mu Busuwisi

ibalanky

Gahunda y’Ibiganiro bya Doha hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na Guverinoma ya Kongo irakomeza muri iki cyumweru mu Busuwisi, aho ibiganiro byimuriwe kubera intambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati. Iri huriro rirwanya ubutegetsi ryashyikirije Mohammed Bin Abdel Aziz Al Khulaifi, umunyamabanga wa Leta akaba na minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’igihugu cya Qatar, amazina y’abantu 12 […]

Ishyamba si ryeru hagati ya Trump na Papa Leo XIV

donald trump left pope leo right INQUIRER FILES

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Papa Leo XIV ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko uyu munyamerika wa mbere ukuriye Kiliziya Gatolika yamaganye iterabwoba rya Trump kuri Iran. Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe, Truth Social, Perezida Trump yavuze ko Papa “adafite ubumenyi ku bijyanye na politiki mpuzamahanga.” Yakomeje agira ati: “Sinshaka Papa […]

Sudani: Abajenerali 21 boherejwe mu zabukuru

Burhan with army top commanders on April 2 2026 802x485 1

Umuyobozi w’Ingabo za Sudani, Abdel Fattah al-Burhan, yohereje mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare benshi bo mu rwego rwo hejuru kandi azamura mu ntera abandi, mu gikorwa igisirikare cyavuze ko ari ibintu bisanzwe. Ikinyamakuru Sudan Tribune cyamenye ko aboherejwe mu kiruhuko cy’izabukuru harimo ba ofisiye 21 bafite ipeti rya jenerali majoro. Mu mazina azwi cyane harimo Diab […]

Ingingo 3 AFC/M23 na Kinshasa bagiye kuganiraho mu Busuwisi

X4GJYRXEYBE5BL6LVF2TUXGOOY copy 1000x562 1

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata barahurira mu cyiciro cya cyenda cy’ibiganiro bigamije gucubya umwuka mubi umaze imyaka igera kuri itanu uri hagati y’impande zombi. Ni ibiganiro bibera mu Busuwisi, bikaba biteganyijwe ko bigomba kumara iminsi itanu. Mu ngingo nyamukuru zizaganirwaho, harimo eshatu […]

The Ben na Bruce Melodie bajyanye kunamira Abatutsi bashyinguye ku Gisozi

20260413 080914

Abahanzi Mugisha Benjamin ‘The Ben’ na Itahiwacu Bruce ‘Bruce Melodie’, ku Cyumweru tariki ya 12 Mata basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira Abatutsi barenga 250,000 barushyinguwemo. Bruce Melodie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yavuze ko we n’uriya mugenzi we Bafashe icyemezo cyo gusura urwibutso rwa Kigali mu rwego rwo […]

Perezida Kagame yashimiye mugenzi we Guelleh watsindiye indi manda

AFP 20260410 A7CT2XZ v1 HighRes DjiboutiVote 1775886443

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashimiye mugenzi we, Perezida Ismail Guelleh watsindiye indi manda yo kuyobora igihugu cya Djibuti.   Mu butumwa yanyujije kuri X, Perezida Kagame yagize ati: “Navuganye kuri telephone kuri iki gicamunsi n’umuvandimwe wanjye, Perezida Ismail Omar Guelleh, aho naboneyeho kumushimira ku kuba yongeye gutorerwa kuba Perezida wa Djibouti.”   Perezida Kagame […]

Amerika yiyemeje gufunga ibyambu byose bya Iran

39ed3385 6af9 4423 92ec 29213a709d5a

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere gitangira gufunga ibyambu byose bya Iran, nk’intambwe ya nyuma yo gushyira igitutu kuri Tehran nyuma y’ibiganiro by’amahoro byo muri Pakistan byarangiye nta masezerano agezweho. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, itariki 12 Mata, Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za […]

Urubyiruko rwo mu Biyaga Bigari: Urukuta rwa nyuma rwo gukumira Jenoside

images 11 1

Mu karere kagifite ibikomere by’amateka y’ubwicanyi, urubyiruko ni rwo rushobora kuba ingabo y’amahoro cyangwa intwaro y’isenyuka. Niba rutabaye maso, Jenoside itaha ishobora kuzatangirira mu magambo, ku mbuga nkoranyambaga, no mu mutwe mbere y’uko igera ku mihanda. Mu Biyaga Bigari, Jenoside ntitangira ku munsi w’ubwicanyi, w’amasasu n’intwaro gakondo; ahubwo itangira mbere cyane: Mu magambo, mu gucamo […]

Elon Musk yashinje Afurika y’Epfo kumubuza gukora kubera uruhu rwe

101992940.cms

Umuherwe wa mbere ku Isi kugeza ubu, Elon Musk, ufite ibigo bitandukanye birimo Tesla, Starlink ndetse na X, yashinje Leta ya Afurika y’Epfo kumubuza gukorera mu gihugu yavukiyemo kubera ko atari umwirabura. Ibi Elon Musk yabitangaje kuri iki Cyumweru, itariki 12 Mata 2026 mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa X. Yagize ati: “Afurika […]

Gasabo: Rurangwa wari wasubirishijemo urubanza yongeye guhamwa n’icyaha cya jenoside

Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye urubanza Ubushinjacyaha buregamo Rurangwa Oswald, wari ukurikiranweho icyaha cyo kwica nk’icyaha cya Jenoside, icyaha cyo gushishikariza abantu gukora Jenoside, icyaha cy’ubufatanyacyaha muri Jenoside, icyaha cyo gucura umugambi wo gukora Jenoside ndetse n’icyo gutegura Jenoside, rumuhanisha igihano cy’igifungo cya burundu.  Rurangwa yari yarakatiwe n’Urukiko Gacaca rw’Umurenge wa Gisozi igifungo cy’imyaka 30 […]

Nduhungirehe yanenze imyitwarire ya Loni mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi

HFpcEBuWYAALOrA

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje akamaro ko kwibuka, agaruka ku kunanirwa k’Umuryango Mpuzamahanga wananiwe gutabara Abatutsi, ndetse aboneraho gushimira ibihugu byaburanishije cyangwa bikohereza mu Rwanda abakekwaho uruhare muri jenoside. Ni kuri uyu wa Gatandatu ushize ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza, aho Minisitiri Nduhungirehe yari yifatanije n’abacitse ku icumu, mu Karere ka […]

Tariki 13 Mata 1994: Umunsi Abatutsi basaga 35,000 bicirwa muri Kiliziya ya Nyarubuye

0edda199 d96a 44fa 83bc 7d144dfe053e 1080x570 1

Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda bagabweho ibitero benshi bakwicwa . Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki […]

Ibikubiye mu masezerano y’ibanga Kabila yagiranye na Tshisekedi mbere yo kumwibira ubutegetsi 

img 20190208 wa0006

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akunze kumvikana ashinja Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi kwica amasezerano bagiranye, ubwo yamushyikirizaga ubutegetsi. Muri 2019 ni bwo Tshisekedi yashyikirijwe ubutegetsi, nyuma yo kwibirwa amajwi mu matora y’Umukuru w’Igihugu byaje kumenyekana ko yari yatsinzwe n’umunyapolitiki Martin Fayulu. Iby’uko Tshisekedi yibiwe amajwi byanakunze […]

Ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje gusuka ibisasu mu bice bituwe cyane i Minembwe

thumbnail 1773206199160 267209040

Mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bitegura ibiganiro bishya bigomba guhera mu busuwisi guhera kuri uyu wa Mbere, iitariki 13 Mata, impande zombi zikomeje gushinjanya kugabanaho ibitero no kurenga ku gahange. Iri huriro rirwanya ubutegetsi kuva mu mpera za 2021 rirashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kwirengagiza ibyo biganiro no kugaba ibitero […]

Pakistan: Ibiganiro hagati ya Amerika na Iran byakubise igihwereye

large Getty Images 2270262899 jpg 317cea29b6

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, avuga ko igihugu cye na Iran byananiwe kugera ku masezerano nyuma y’ibiganiro by’amahoro byari byitezweho byinshi byabereye i Islamabad mu murwa mukuru wa Pakistan. Mbere yo kurira indege ya Air Force 2 ngo asubire muri Amerika, Vance yavugiye mu kiganiro n’abanyamakuru ko Irani yahisemo “kutemera […]

Türkiye yise Netanyahu ‘Hitler w’ubu’

images 10 1

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Israel na Türkiye, nyuma y’uko abayobozi b’ibihugu byombi bashinjanye ibirego biremereye. Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ku wa Gatandatu abinyujije ku rubuga rwe rwa X yashinje Perezida Reçep Tayyip Erdogan wa Türkiye “kwica abaturage be bo mu bwoko bw’Aba-Kurde” ndetse no “gucumbikira ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran n’imitwe bushyigikiye.” […]

Semuhungu arafunzwe

1004175695 f000b

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafashe Eric Semuhungu, ariko ntirwatangaza ibyo akurikiranyweho kugira ngo iperereza rikomeje ridahungabana. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko koko Semuhungu yamaze gutabwa muri yombi, ariko ko amakuru arambuye azatangazwa nyuma y’uko iperereza ry’ibanze rikorwa. Semuhungu yafashwe ku wa 9 Mata 2026, ubu akaba afungiye kuri sitasiyo […]

Amerika na Iran mu biganiro muri Pakistan 

us iran negotiations 780x470 1

Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran, zatangiye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru biri kubera mu mujyi wa Islamabad muri Pakistan, bikaba bigamije kugabanya umwuka mubi umaze iminsi wiyongera hagati y’ibi bihugu byombi bisanzwe bihangana. Ibi biganiro byitabiriwe n’abayobozi bakomeye barimo Visi-Perezida wa Amerika JD. Vance ndetse n’umudipolomate wa Iran Abbas Araghchi. […]

Depôche Resto & Bar – Your Perfect Spot in Musanze

IMG 20260408 WA0013

Depôche Resto & Bar isn’t just a place you visit — it’s a place you experience. Located in the vibrant heart of Musanze District at Yaoundé Trading Center, Depoche offers a perfect blend of great food, refreshing drinks, and a relaxing atmosphere. Whether you’re stopping by for a delicious meal, a night out with friends, […]

Gen. Muhoozi ngo yiteguye kuyobora ingabo 100,000 za UPDF muri Israel 

20260411 091956

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye kurikoroza nyuma yo gutangaza ko yiteguye kohereza muri Israel ingabo zibarirwa mu 100,000 zo kurinda kiriya gihugu. Muhoozi mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko ari we ugomba kuba ayoboye ziriya ngabo. Ati: “Niteguye kohereza abasirikare ba Uganda 100,000 muri Israel. Ni njye […]

Burundi: Urukiko rwakatiye umupolisi imyaka 500

IMG 20260411 WA0006

Urukiko rw’i Mwaro mu Burundi rwategetse ko umupolisi witwa Osias Irankunda yazafungwa amezi 6,000 (imyaka 500), mu gihe yaba ananiwe kwishyura indishyi z’akababaro za FBU miliyoni 100 rwamuciye. Uyu mupolisi yakatiwe igifungo cya burundu anacibwa iriya ndishyi, nyuma yo guhamywa kugira uruhare mu rupfu rw’uwitwa Nestor Nininahazwe wari uzwi ku izina rya Gasazi. Uyu Gasazi […]

Ambasade ya EU muri Uganda yasabye imbabazi ku butumwa bwayo bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi 

20260411 064930

Ambasade y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Uganda, yasabye imbabazi nyuma y’ubutumwa yari yanditse bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni ubutumwa bujyanye n’igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Ambasaderi wungirije w’uriya muryango, Guillaume Chartrain yitabiriye ku wa Gatanu tariki ya 10 Mata, ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Ggolo muri Uganda. […]

Umunyamakuru Michombero yise Yampano umuyobozi wa AFC/M23

yam 3 c50c6

Umunyamakuru Daniel Michombero yongeye kuvugwaho cyane nyuma yo gutangaza amakuru atari yo, aho yise umuhanzi Uworizagwira Florien (Yampano) umuyobozi ukomeye mu mutwe wa AFC/M23. Uyu munyamakuru ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu mujyi wa Goma, amaze iminsi ashinja bamwe mu bayobozi ba AFC/M23 ibikorwa by’urukozasoni, avuga ko yababonye mu mashusho […]

Ngororero: Minisitiri w’Intebe yifatanyije n’abaturage mu kwibuka ku nshuro ya 32

HFivntdXMAA5SD4

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 10 Mata 2026, Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva, yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Ngororero mu kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo rye, Minisitiri w’Intebe yibukije ko “Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi no kwigira ku mateka mabi u Rwanda rwahuye nayo, biturutse ku bukoloni n’ubutegetsi bubi bwa Repubulika […]

RDC: Sukhoi ya FARDC yagabye ibitero i Minembwe no mu nkengero zaho

Screenshot 2023 01 26 at 10.39.53 AM

Ihuriro AFC / M23 riravuga ko mu gihe intumwa zaryo zitabiriye ibiganiro bitegerejwe mu Busuwisi, ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje guhonyora nkana kandi kenshi inzira z’amahoro. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23 rivuga ko “Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 10 Mata 2026, saa munani n’igice z’umugoroba, indege y’intambara ya Sukhoi Su-25 y’ubutegetsi bwa Kinshasa yateye ibisasu […]

Korea ya Ruguru yagerageje ibisasu bishya bifite ikoranabuhanga rihambaye

3000

Ibiro Ntaramakuru by’igihugu cya Korea, KCNA, biratangaza ko Koreya ya Ruguru yakoze igerageza ry’intwaro zifite ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru mu gihe ishaka kongera intwaro zayo yongeramo intwaro za electromagnatic, ibisasu bya carbon fibers ndetse n’ubwirinzi bushya bw’ibitero byo mu kirere bugendanwa. Igerageza ryakozwe mu minsi itatu. Kim Jong-sik, umujenerali wagenzuye igerageza, yavuze ko […]

Sudani: Igitero cya drone cyahitanye abarenga 40 mu bukwe

images 11

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, abantu barenga 40, barimo n’abagize umutwe wa Rapid Support Forces (RSF), biciwe mu gitero cy’indege itagira umupilote mu bukwe bwaberaga i Kutum, mu majyaruguru ya Darfur. Kutum igenzurwa na RSF kuva mu mezi ya mbere y’intambara yatangiye muri Mata 2023. Uyu mujyi wagiye ugabwaho ibitero by’indege zitagira […]

AFC/M23 yerekeje mu biganiro mu Busuwisi nubwo ikomeje kuraswaho

download

Ihuriro rya AFC / M23 ryamenyesheje umuhuza mu biganiro by’amahoro bya Doha, ndetse n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga bose, ko mu gihe intumwa zaryo zerekeje mu Busuwisi kugira ngo zigire uruhare mu biganiro bishya, mu rwego rwo kubahiriza inshingano no kwiyemeza gukemura ibibazo mu mahoro, ubutegetsi bwa Kinshasa, bushyize imbere intambara no kuyikomeza, bwategetse  ihuriro ry’ingabo zabwo kugaba […]

U Burusiya na Ukraine byemeranyije agahenge kuri Pasika y’Aba-Orthodox

images 10

U Burusiya na Ukraine byumvikanye ku masezerano yo guhagarika imirwano kuri Pasika y’abayoboke b’idini rya Orthodox, aho Vladimir Putin avuga ko yategetse ingabo z’u Burusiya guhagarika imirwano “mu mpande zose” mu mpera z’iki cyumweru. Iri tangazo ryaturutse i Moscou rije nyuma y’uko Volodymyr Zelensky yari amaze gusaba inshuro nyinshi guhagarika imirwano, ariko zose zikirengagizwa n’u […]

Tariki 10 Mata 1994: Iyicwa ry’Abatutsi ryafashe intera hirya no hino mu gihugu

HRW Rwanda 09

Tariki 10 Mata mu 1994, Guverinoma y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu ari na ko Abafaransa bafasha iyi Guverinoma yayoborwaga na Minisitiri w’Intebe Jean Kambanda. Kuri iyi tariki kuvana abantu mu Rwanda bajyanwa mu Bufaransa byarakomeje hakaba by’umwihariko haratwawe abana 94 bakomokaga mu miryango y’abasirikari b’umunyagitugu Habyarimana Juvénal […]

Nigeria: Brig. Gen. Braimah yiciwe mu gitero cy’ibyihebe

Brigadier General O.O. Braimah

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, itariki 8 Mata, rishyira ku wa Kane, itariki ya 9 Mata 2026, ibitero byibasiye ibigo bya gisirikare muri Benisheikh, Pulka, na Munguno, mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria, ahabaye indiri y’intagondwa z’abajihadiste kuva mu myaka irenga 17 ishize. Nk’uko amakuru yatangajwe na AFP avuga, mu gitero cyagabwe muri Benisheikh, muri […]

Mu rugo rw’umuhanzi Neg G hapfiriye umuntu

neg g fffdf

Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi Ngenzi Serge uzwi nka Neg G the General, yitabye Imana mu buryo butunguranye nyuma y’igihe gito ageze iwe. Ibi byabereye mu Kagari ka Kamuhoza, mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, mu ijoro ryo ku wa 8 rishyira ku wa 9 Mata 2026, aho uwo muhanzi atuye. Amakuru avuga […]

Minisitiri Dr. Bizimana yakiriye Gen. Faye wahoze mu Ngabo za MINUAR

HFdq8vVWoAAEmIP

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 9 Mata 2026, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yakiriye Umunya-Sénégal Gen. Babacar Faye, wahoze mu Ngabo zari mu butumwa bw’Amahoro bwa Loni mu Rwanda (MINUAR) mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Gen. Faye yaje mu Rwanda mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku […]

Kalehe: Imirwano ikomeye yahuje AFC/M23 na FARDC/Wazalendo i Mutale na Kamole

IMG 20260329 WA0008

Mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bwitegura gusubira ku meza y’ibiganiro hagati yabwo n’Inyeshyamba za AFC/M23, ku rugamba muri Kivu zombi hakomeje kuvuga imirwano ya hato na hato n’ibitero bya drones. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 9 Mata, havuzwe imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’inyeshyamba za Wazalendo, zikorana na FARDC, mu bice bya Mutale na […]

U Rwanda na Tchad byashyizeho komisiyo ishinzwe ubufatanye hagati yabyo

Chad Rwanda

Mu ruzinduko rwe muri Tchad, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Olivier Nduhungirehe, Intumwa idasanzwe ya H.E. Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu, itariki 8 Mata, yakiriwe na Perezida Marshal Mahamat Idriss Déby Itno. Kuri uwo munsi, Minisitiri Nduhungirehe yashyikirije Perezida Déby ibaruwa ya mugenzi we isaba ko Tchad yashyigikira kandidatire y’Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, […]

Tariki 9 Mata 1994: Umunsi hatangira ‘Operation Amaryllis’ Abatutsi bagatereranwa

EVVVIqGWAAAuiLA

Ku itariki ya 9 Mata 1994, Abatutsi bari bahungiye mu bice bitandukanye byo mu Mujyi wa Kigali n’ahandi barishwe  ndetse ni nabwo Ingabo z’u Bufaransa zatereranye Abatutsi, bakicwa zireba. Kuri iyi Tariki, nibwo icyo Abafaransa bise « Operation Amaryllis » yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cy’iyo operasiyo kwari ugucyura Abafaransa n’Abanyamahanga bari mu […]

Imodoza za MONUSCO zatewe amabuye zibuzwa kwinjira muri centre ya Mambasa

573454

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) i Bunia kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Mata 2026, cyamaganye ibikorwa by’urubyiruko rumwe rwitambitse imodoka z’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye za MONUSCO ruzitera amabuye ruzibuza kwinjira muri centre ya Mambasa (Ituri). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu i Bunia, Umuvugizi w’ingabo muri Ituri, Lieutenant Jules Ngongo, […]

Bwa mbere ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 bigiye kubera i Burayi

000 67992JX 1

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye aravuga ko ibiganiro byo gushaka amahoro mu burasirazuba bwa Congo hagati ya Leta ya Kinshasa n’umutwe wa AFC/M23 bigiye kongera gusubukura bikazabera i Burayi ku nshuro ya mbere. Biravugwa ko ibi biganiro bitegurwa na Qatar kuri iyi nshuro bigiye kubera mu Busuwisi bikazatangira ku wa Mbere, itariki 13 Mata kugeza ku […]

Abapolisi 10 b’u Rwanda bari ba ACP bagizwe ba CP

HFcD2OVWUAAqZyz

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu ushize yazamuye mu ntera abapolisi 5746, barimo batanu bakuwe ku ipeti rya ACP bahabwa irya CP, mu gihe 10 bari bafite irya CSP bagizwe ba ACP (Assist. Commissioner of Police). ACP Jean Népomuscène Mbonyumuvunyi, ACP Bértin Mutezintare, ACP Emmanuel Karasi, ACP Barthélémy Rugwizangoga na ACP Fidèle […]

Dosiye ya DC Clement yashyikirijwe Ubushinjacyaha

1775062332403

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement. Iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko icyangombwa cyari cyatanzwe cyo kuvugurura inzu yasanwaga kitari icy’uyu munyamakuru, ahubwo ko hari abamukoresheje. DC Clement yatawe muri yombi ku wa 31 Werurwe 2026, nyuma y’aho habereye gushyamirana hagati ye n’inzego zari mu gikorwa cyo […]

Masisi: Drone ya FARDC yangije byinshi mu gace gatuwe cyane i Nyabiondo

20260307124048000000

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Mata 2026, saa kumi za nimugoroba, indege itagira abapilote y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa yarashe mu gace gatuwe cyane ka Nyabiondo, muri Teritwari ya Masisi. Iki gitero cyagabwe mu gihe habura iminsi mike ngo hafungurwe icyiciro gishya cy’ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Kinshasa n’Ihuriro rya AFC/M23i Doha. […]

RDC ikomeje kwanga kwakira Ingabo za FARDC zarekuwe na AFC/M23

4jffZvuZGBIySPme 1

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo iravugwaho gukomeza gushidikanya kukwakira abasirikare babarirwa mu 5000 ba FARDC bafatiwe ku rugamba umutwe wa AFC/M23 umaze ukwezi kurenga wemeye kurekura. Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (ICRC) yaregerewe kandi ivuga ko yiteguye gushyigikira iki gikorwa. Ibyumweru bike bishize ariko biravugwa ko byari bikomeye, mbere y’uko byoroha mu minsi yashize. […]

U Rwanda ruribuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Congo isabira ubutabera umuryango wa Habyarimana

Abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri iyi nshuro bemeye igihango bagiranye n’ibisigisigi by’ubutegetsi bwasize bushyize mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi busabira ubutabera umuryango wa Habyarimana na Ntaryamira, mu gihe Isi yose n’u Rwanda, by’umwuhariko byibuka ku nshuro ya 32. Ibi biragaragarira mu butumwa bw’amashusho bwuzuye gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi bwashyizwe kuri […]

Abashinzwe umutekano b’u Rwanda bifatanyije n’aba Mozambique mu Kwibuka32

HFUP1YLWEAAdbow

Inzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF-5), kuwa 7 Mata 2026, zifatanyije n’inzego zishinzwe umutekano muri Mozambique, abayobozi muri guverinoma ndetse n’abahagarariye sosiyete ya TotalEnergies mu rwego rwo kwifatanya kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda. Abayobozi b’intumwa bitabiriye barimo Umuyobozi wungirije w’ingabo (FADM), Brig Gen Tomás Mponha, Savio wa TotalEnergy, n’abayobozi […]

Trump yigambye kwemeranya na Iran agahenge ibitero birakomeza

AP25175236065670 1 1750750667

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko nta gushidikanya guhari ko Amerika yageze ku “ntsinzi yuzuye”, nyuma yo kwemeranya na Iran agahenge k’ibyumweru bibiri, ariko ntibyabujije ko ibitero bikomeza hirya no hino mu Burasirazuba bwo Hagati. Mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru AFP nyuma yo gutangaza ako gahenge kuri uyu wa Kabiri […]

Tariki 8 Mata 1994: Hashinzwe Guverinoma y’Abatabazi ngo yenyegeze Jenoside yakorewe Abatutsi

colonel theoneste bagosora aa3e9

Ku itariki ya 8 Mata 1994 nibwo hashyizweho Guverinoma y’abatabazi yari iyobowe na Sindikubwabo Theodore nka Perezida na Kambanda Jean nka Minisitiri w’Intebe. Ni Guverinoma yashyizweho ngo yenyegeze Jenoside yakorewe Abatutsi yari imaze umunsi umwe itangiye, kandi byagaragariye mu bukana Jenoside yakoranywe nyuma y’ayo matariki mu bice bitandukanye by’igihugu. Bihagarariwe na Ambasaderi w’u Bufaransa mu […]