Ama G yasobanuye impamvu atagiye gusezera ku nshuti ye Junior Multisystem
Umuhanzi Ama G The Black yasobanuye impamvu atagiye mu mugoroba wo kuzirikana inshuti ye iherutse gupfa, yari isanzwe ari umuhanga mu gutunganya umuziki, Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem. Junior yapfiriye mu bitaro bya Nyarugenge ku mugoroba wa tariki ya 27 Nyakanga 2023, azize uburwayi yari amaranye igihe, bwakomoka ku mpanuka yakoze mu mwaka […]
Goma: Minisitiri w’ingabo na mugenzi we wa Kenya mu biganiro ku bufatanye mu bya gisirikare
Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 04 Kanama 2023, Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba, yageze i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho yahahuriye na mugenzi we wa Kenya, Aden Barre Duale, ngo baganire bibazo bifitanye isano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi. Ubwo bufatanye hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya […]
Ntidusinde ngo twibagirwe ubumwe bw’Abanyarwanda: Minisitiri Musafiri
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, yabwiye Abanyarwanda ko mu gihe bizihiza umunsi w’umuganura, badakwiye gusinda ngo bibagirwe ubumwe bwabo. Uyu muyobozi wari umushyitsi mukuru mu birori byo kwizihiza uyu munsi byabereye mu karere ka Rutsiro ku rwego rw’igihugu, kuri uyu wa 4 Kanama 2023, yamenyesheje Abanyarwanda ko kwizihiza umuganura bigamije kugira ngo barusheho kunga […]
Masisi: Ingabo za EAC zongeye gukezwa nyuma yo gufungura umuhanda wari wafunzwe na Wazalendo
Abaturage bo muri Teritwari ya Masisi, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bongeye kugarurira icyizere ingabo za EAC zaturutse mu Burundi nyuma yo gufungura kuri uyu wa Kane umuhanda Kaluba-Sake wari wafunzwe n’inyeshyamba za Wazalendo zigatangira kubasoresha no kubambura. Uyu muhanda wari wafungiwe mu birometero bigera kuri 36 uvuye mu Mujyi wa Goma, […]
AfroBasket: Ku Rwanda, gutsinda Nigeria byasaga no kwikorera umusozi

Mu irushanwa rya FIFA Women’s AfroBasket riri kubera i Kigali guhera tariki ya 28 Nyakanga 2023, ikipe y’u Rwanda y’abagore yaraye itsinzwe n’iya Nigeria amanita 79 kuri 48, ibura amahirwe yo gukina umukino wa nyuma (final), isigarana ayo guhatanira umwanya wa gatatu. Ikipe ya Nigeria yarushije iy’u Rwanda kuva umukino utangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba […]
USA: Donald Trump yitabye urukiko ahakana icyaha akurikiranweho
Kuri uyu wa Kane, itariki 3 Kanama 2023, Donald Trump yahakanye icyaha ashinjwa cyo kuba yarateguye umugambi wo kugerageza guhindura ibyavuye mu matora yo mu 2020 yatsinzwe mu byo abashinjacyaha bo muri Amerika bise ibintu bitari byarigeze bibaho byakozwe n’uwari perezida w’icyo gihe kugira ngo yangize inkingi za demokarasi y’Abanyamerika. Umushinjacyaha, Jack Smith, wahagarikiye iperereza, […]
Drones za Ukraine zagabye igitero ku birindiro by’ingabo zo mu mazi z’u Burusiya
Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yavuze ko drones zo mu mazi za Ukraine zagabye igitero ku birindiro by’ingabo zo mu mazi z’u Burusiya hafi y’icyambu cya Novorossiysk, ihuriro rikuru ry’ibicuruzwa u Burusiya bwohereza hanze, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu kandi ngo izo drones zangijwe n’amato y’intambara y’u Burusiya. Iki gitero cyatumye icyambu cya Novorossiysk […]
Mozambique: Le président Nyusi a rendu visite aux Forces de sécurité rwandaises à  Palma

Le président de la République du Mozambique, Son Excellence Filipe Jacinto Nyusi, a rendu visite, jeudi, aux Forces de sécurité rwandaises dans le district de Palma, province de Cabo Delgado. Dans un message transmis aux forces de sécurité rwandaises, le président a félicité les forces de sécurité pour le grand travail accompli dans la lutte […]
Nyamasheke: Umukobwa yishwe atewe icyuma, anajanjaguwe umutwe

Kuri sitasiyo ya RIB ya Gihombo mu karere ka Nyamasheke, hafungiye abagabo 2 bakekwaho kwica umukobwa w’imyaka 34 witwaga Nyiranzabandora Peruth, wo mu mudugudu wa Kamina, akagari ka Mutongo, umurenge wa Macuba mu karere ka Nyamasheke, umurambo we wasanzwe mu nzu idatuwemo, mu mudugudu wa Rwabisindu, akagari ka Kibingo, umurenge wa Gihombo muri aka karere, […]
Kigali: Ahangayikishijwe n’isomwa ry’urubanza rwe risubitswe gatanu
Mukansabimana Emeritha utuye mu murenge wa Kabacuzi, akarere ka Muhanga aravuga ko isomwa ry’urubanza rw’imitungo (ikibanza n’inzu 4 zubatsemo) iherereye mu kagari ka Kamuhoza, umurenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge, aburana n’uwitwa Bazubagira Angelique. Mu kiganiro na BWIZA TV, Mukansabimana yagize ati: “Imitungo hashize igihe kinini tuyiburana, imyaka 7 tuburana iyo mitungo. Urubanza rwatangiye […]
Chuo kikuu cha Rwanda kitawakaribisha wanafunzi wa Sudan ambao wameacha masomo yao tangu mzozo nchini humo
Zaidi ya wanafunzi 200 wa udaktari wa Sudan wataendelea na mafunzo yao katika Shule ya Tiba na Sayansi ya Afya katika Chuo Kikuu cha Rwanda (UR), Makamu wa Kansela wa UR Kayihura Muganga alitangaza Jumanne tarehe 1 Agosti. Kulingana na msomi huyo, wanafunzi hao walichaguliwa kutoka Chuo Kikuu cha Sayansi ya Tiba na Teknolojia cha […]
President Rajoelina expected on official visit to Rwanda
The President of the Republic of Madagascar, Andry Rajoelina, will make an official visit to Rwanda on August 7 and 8, announced the report of the Council of Ministers of Wednesday August 2. This trip follows the invitation of Rwandan President Paul Kagame, an African president who was a special guest of Madagascar during the […]
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar na madamu we bategerejwe mu Rwanda
Perezida wa Repubulika ya Madagascar, Andry Rajoelina na madamu we, bazasura u Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri guhera ku itariki ya 7 kugeza ku ya 8 Kanama 2023. Uru rugendo rukurikiye ubutumire bwa Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wari Perezida wo muri Afurika wari umushyitsi udasanzwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bwa Madagascar […]
Perezida Ndayishimiye yateguje ko agiye gushaka abavoka bamufasha kuburana
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yateguje ko agiye gushaka abavoka bamufasha kuburana n’abacamanza banze kuburanisha imanza n’abaziciye ntibagenzure niba zarashyizwe mu bikorwa. Ibi yabitangarije abanyamakuru i Bujumbura ku mugoroba wo kuri uyu wa 3 Kanama 2023 ubwo yari avuye mu ruzinduko yagiriye mu Burusiya, u Bushinwa na Ethiopia. Uyu Mukuru w’Igihugu yasobanuye ko ubwo yari […]
Busingye yagaragaje impamvu Ange Kagame yahawe akazi muri Perezidansi
Ambasaderi w’u Rwanda mu bwami bw’u Bwongereza, Busingye Johnston, yagaragaje impamvu byari ngombwa ko Ange Kagame ahabwa akazi mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame. Ange yagizwe umuyobozi wungirije w’akanama gashinzwe ingamba na politiki muri ibi biro. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame, yateranye tariki ya 1 Kanama 2023. Ikinyamakuru BBC, […]
Igisubizo gitangaje Kagame yahaye uwamubajije impamvu byari ngombwa ko u Rwanda rugira isuku
“Buri munsi Ntekereza kucyo byasaba Zimbabwe kugirango ihinduke. Byinshi mubyo ndeba mu gihe cy’urugendo rwanjye rwa buri munsi birataka biti: “Mpindura!” Mu gihe ntekereza icyo ibinzengurutse binsaba, narahindutse mu buryo bwinshi,” uyu ni Trevor Ncube, rwiyemezamirimo n’umunyamakuru wo muri Zimbabwe ubu ubarizwa muri Afurika y’Epfo akanakora inkuru kuri ibi bihugu byombi, mu gitekerezo cye gishingiye […]
Master Fire yasobanuye uko kuvogera amacumbi y’abakobwa byamugejeje IWAWA

Hakizimana Innocent wamenyekanye nka Master Fire mu gihe yigaga muri kaminuza y’u Rwanda yatangaje ko mu gihe yajyanwaga mu kigo ngororamuco cya IWAWA mu burengerazuba bw’igihugu, yaziraga kuvogera amacumbi y’abakobwa n’ubusinzi. Master Fire amaze iminsi avugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera ko nyuma y’imyaka 17 yiga muri kaminuza, agiye gusoreza amasomo i Byumba, aho yigaga […]
Nyamasheke: Idarapo ryari ryabuze ryasanzwe ritabye mu ifumbire

Abagabo 5 bafunzwe bakekwaho uruhare mu kwibwa kw’idarapo ry’akagari ka Mubumbano,umurenge wa Kagano,akarere ka Nyamasheke, ryibwe mu gicuku cyo ku cyumweru tariki 30 Nyakanga, rikaboneka mu ma saa munani n’igice z’amanywa ku wa mbere tariki ya 31 Nyakanga, mu isambu y’umuturage,mu bishishwa bya soya yarundiye kugira ifumbire. Abaturage baganiriye na Bwiza.com,bayitangarije ko ryabonetse bahangayitse cyane,kuko […]
Niger: Amerika yategetse gucyura igice cy’abakozi ba ambasade yayo i Niamey
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zategetse kwimura igice cy’abakozi bazo muri Ambasade yazo muri Niger nyuma y’ihirika ry’ubutegetsi ryo mu cyumweru gishize. Abanyamahanga magana bamaze kwimurwa bava muri iki gihugu, kandi ku Cyumweru Ambasade y’u Bufaransa yibasiwe n’abigaragambyaga. Uwayoboye ihirika ry’ubutegetsi, Gen Abdourahamane Tchiani, yihanangirije “kwivanga kose mu bibazo by’imbere by’igihugu”. Niger ikungahaye cyane ku […]
USA: Donald Trump aratangira kuburanishwa ku cyaha cyo gushaka guhindura ibyavuye mu matora
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aragezwa mu rukiko kuri uyu wa Kane, aregwa umugambi wo kugerageza guhindura ibyavuye mu matora yo mu 2020. Ku mugoroba ubanziriza urwo rubanza, yamaganye uru rubanza avuga ko ari ikimenyetso kigaragaza “ruswa, urukozasoni, & kunanirwa” kwa Amerika ku butegetsi bwa Joe Biden. Umutekano urimo […]
Gufasha abaturage hashingiwe ku byiciro by’ubudehe byakuweho
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, MINALOC, yasabye inzego zitandukanye kutongera gutanga serivisi n’ubufasha ubwo ari bwo bwose hagendewe ku byiciro by’ubudehe bivuguruye kuko ibyo bitari mu mpamvu yatumye bishyirwaho. Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri ushinzwe imibereho y’abaturage, Ingabire Assumpta, kuri uyu wa 2 Kanama 2023 yibukije ko inama y’abaminisitiri yateranye mu Gushyingo k’umwaka ushize yemeje ko […]
Le prix du carburant au Rwanda a augmenté de plus de 120 Frw le litre
L’Autorité de régulation des services publics du Rwanda (RURA) a annoncé mercredi 2 aoà »t une augmentation des prix de l’essence, citant les ajustements du marché mondial du pétrole. à € compter de jeudi, le prix de détail maximum de l’essence (Premium Motor Spirit) sera de 1 639 Frw le litre, soit une augmentation de 122 Frw […]
Ku myambarire igayitse, abagore n’abakobwa batungwa agatoki cyane: Ubushakashatsi

Inteko y’Umuco y’u Rwanda yagaragaje ko mu ubushakashatsi bwakozwe mu mwaka ushize bwagaragaje ko ijanisha rito ari iry’abagaragaje ko imyambarire y’Abanyarwanda muri iki gihe igayitse. Muri ubu bushakashatsi Inteko y’Umuco yakoze ku myambarire y’Abanyarwanda mu mwaka w’2022-2023, yagaragaje uko yagiye ihinduka mbere y’imyambaro myamvamanga, ahanini hibandwa ku isano iri hagati y’imyambarire, umuco n’iterambere. Ibyavuyemo bigira […]
Nyamasheke: Babwiwe ko umusozi uvamo umuriro w’amayobera urimo ikiyoka

Abaturage bo mu karere ka Nyamasheke baturiye umusozi wa Nyakaningura wakamo umuriro uturuka imbere muri wo, uherereye mu murenge wa Shangi, akagari ka Burimba mu mudugudu wa Nyakagano baravuga ko babwiwe ko urimo ikiyoka kinini cyane kandi kirekire. Abatuye hafi y’uyu musozi batangarije BWIZA ko ubwo bawuhingagaho tariki ya 3 Gicurasi 2023, ari bwo babonye […]
Burundi: Hibutswe urupfu rwa Lt. Gen. Nshimirimana wari ukuboko kw’iburyo kwa Nkurunziza
Mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa gatatu, itariki ya 2 Kanama 2023, bibutse urupfu rwa Lt. Gen. Adolphe Nshimirimana wiciwe mu gitero cya rokete i Bujumbura mu 2015 mu gihe igihugu cyari mu mvururu zakurikiye igerageza ry’ihirika ry’ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza. Adolphe Nshimirimana wavutse kuwa 12 Nzeri 1964 (Yavukiye i Nyabiraba muri Komini ya […]
Ethiopia: Hadutse imirwano hagati y’igisirikare n’umutwe wagifashije kurwanya TPLF
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Ethiopia zahanganye n’abarwanyi bo mu mutwe witwaje intwaro mu karere ka Amhara, mu bushyamirane bushobora gufata intera hagati y’abahoze ari abafatanyabikorwa barwanya inyeshyamba zo muri Tigray. Abantu basaga 10 bakomerekeye muri iyi mirwano. Fano, umutwe witwara gisirikare udafite imiterere y’ubuyobozi yemewe, washyigikiye ingabo za leta mu ntambara yamaze imyaka […]
Sgt Robert yatangaje indi mpamvu avuga ko yatumye atoroka
Sgt Maj. Robert Kabera wari umusirikare w’icyamamare mu Rwanda kubera kuvanga akazi ke n’umuziki, yatangaje indi mpamvu yatumye atoroka igihugu mu Gushyingo k’umwaka w’2020. Uyu musirikare yatorokeye muri Uganda anyuze muri Nyagatare. Nyuma y’aho, ubushinjacyaha bw’igisirikare cy’u Rwanda bwatangaje ko bumukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana we w’umukobwa. Mu kiganiro yagiranye na Daily Monitor ubwo yari […]
Tunisia: Perezida Kaà ¯s Saà ¯ed yirukanye ku mirimo Minisitiri w’Intebe Najla Bouden
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, itariki 01 Kanama 2023, Perezida wa Tunisia, Kaà ¯s Saà ¯ed, yafashe icyemezo cyo “guhagarika ku mirimo ye” Minisitiri w’Intebe, Najla Bouden, umugore wa mbere wayoboye guverinoma muri Tunisia. Nta bisobanuro byatanzwe nyuma yo kwirukanwa ku wa Kabiri, mbere gato ya saa sita z’ijoro, kwa Minisitiri w’intebe Najla Bouden. Perezida […]
Ibura mu ruhame rya Gatabazi JMV riribazwaho
Ibura mu ruhame rya Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu na Guverineri w’intara y’Amajyaruguru rikomeje kwibazwaho. Bigaragara ko ibintu bidasanzwe kuri Gatabazi kuko atagikoresha urubuga nkoranyambaga buri munsi nk’uko yari asanzwe abigenza, ahanini asubiramo amagambo Perezida Paul Kagame yigeze kuvuga (quotes). Gatabazi yabanje kumara igihe adakoresha uru rubuga mu gihe byahwihwiswaga ko yaba […]
Félix Tshisekedi appoints Daniel Lusadisu Kiambi as head of National Intelligence Agency
President Félix-Antoine Tshisekedi appointed this Tuesday, August 1, new officials at the head of security institutions. Daniel Lusadisu Kiambi becomes new boss of the National Intelligence Agency. He replaces Jean-Hervé Mbelu in this position. Jean-Louis Esambo Kangashe has been appointed special security adviser to President Félix Tshisekedi, replacing Jean-Claude Kabongo. Dean of the Faculty of […]
Biashara kati ya Rwanda na Uganda imepata mabadiliko makubwa tangu kufunguliwa tena kwa mpaka
Biashara kati ya Rwanda na Uganda, haswa katika Wilaya ya Burera, imepata mabadiliko makubwa tangu kufunguliwa tena kwa mpaka kati ya nchi hizo mbili mnamo Januari 2022. Mpango mmoja wa hivi karibuni uliotekelezwa na wilaya hiyo unahusisha makubaliano yaliyofikiwa miezi miwili iliyopita na Kampuni ya Jari Investment Ltd kukodi Soko la Cyanika Cross Border, lengo […]
Abanyeshuri 200 bo muri Sudani bagiye gukomereza amasomo muri UR
Abanyeshuri bakabakaba 200 biga iby’ubuvuzi bw’amenyo n’ubuvuzi rusange biga muri kaminuza ya UMST (University of Medical Sciences and Technology) iba i Khartoum muri Sudani bagiye gukomereza amasomo muri kaminuza y’u Rwanda (UR) kubera intambara iri kuba muri iki gihugu. Umuyobozi wungirije wa kaminuza y’u Rwanda, Dr Kayihura Muganga Didace, yatangarije televiziyo y’igihugu ati: “Abanyeshuri bagiye […]
USA na AU birasanga nta gisubizo cya gisirikare gikwiye mu gukemura ikibazo cyo muri Niger
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 1 Kanama 2023, Umunyamabanga wa Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken hamwe na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat bemeje ko nta gisubizo cya “gisirikare cyemewe ” mu gukemura ikibazo cya Niger. “Blinken yavuganye na Mahamat kuri telefoni kugira ngo […]
Burera: Umugabo aravugwaho gukubitwa azira ‘gusaba’ umugore w’umuturanyi
Umugabo witwa Gafaranga Donatien utuye mu mudugudu wa Ntwana, akagari ka Gafuka, umurenge wa Kinoni mu karere ka Burera, aravugwaho gukubitwa bikomeye azira gusaba umugore w’umuturanyi ko baryamana. Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko mu masaa tanu y’ijoro ryo kuri uyu wa 1 Kanama 2023, Gafaranga yagiye ku rugo rw’umuturanyi urwaje umuntu mu bitaro bya […]
RDC: General Major wa FARDC yagejejwe mu rukiko ashinjwa kunyereza imodoka y’akazi
Gen. Major Ilondo Efondo Hugo wahoze ayobora akarere ka 14 ka Gisirikare ka FARDC, akurikiranweho, hamwe n’abo bareganwa, imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare kunyereza imodoka yo mu bwoko bwa K-RAZ y’akarere ka 17 ka gisirikare muri Kongo Central . Umucamanza ukuriye urukiko rwa gisirikare yagize ati “Uregwa General Major Ilondo Efondo Hugo wahoze ayobora akarere […]
Henri Konan Bédié wabaye perezida wa 2 wa Cote d’ivoire yapfuye ku myaka 89
Henri Konan Bédié wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Côte d’Ivoire kuva mu 1993 kugeza Ukuboza 1999 akaba yari afite n’uruhare rukomeye mu buzima bwa politiki bw’igihugu kugeza uyu munsi, cyane cyane nk’umuyobozi w’ishyaka riharanira demokarasi rya Côte d’Ivoire, ryashinzwe na Félix Houphouà «t-Boigny, yapfuye ku myaka 89 y’amavuko . Ku mugoroba wo kuri uyu wa […]
CG Dan Munyuza, Maj Gen Karamba na Ange Kagame mu bahawe imirimo mishya
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 01 Kanama 2023, yahaye imirimo mishya abarimo CG Dan Munyuza wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ndetse n’umukobwa wa Perezida Paul Kagame, Ange Kagame. Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko CG Dan Munyuza yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri Undi […]
Kabaka Mutebi II arasaba guhabwa ububasha bwose nk’ubw’Umwami
Umwami wa Buganda, Kabaka Muwenda Mutebi II, arasaba Leta ya Uganda kumwemerera kugira ububasha nk’ubw’umwami kuko ngo ariho ku izina gusa. Kabaka yasobanuye ko Leta ya Uganda, nyuma yo gusubizaho ubu bwami, yari yarabwemereye ko izabuha ububasha bwari busanganwe mbere y’umwaka w’1966, aho umwami yari yemerewe gutegeka aka gace nk’igihugu cyigenga. Uyu mwami yagize ati: […]
Musanze: Arashinja abaturanyi gukorera umugabo we ivanguramoko
Umugore witwa Ayinkamiye Ruth utuye mu mudugudu wa Murambi watujwemo abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi, akagari ka Bukinanyana, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze arashinja abaturage be gukorera umugabo we ivanguramoko, bagerageza kumwirukana. Ayinkamiye, nk’uko yumvikana mu nkuru ya Flash TV, yasobanuye ko yubakiwe inzu nk’uwarokotse jenoside, hanyuma azanamo uyu mugabo, abaturanyi be batabyishimiye ngo […]
Muyaya demands respect for Congolese opinion opposed to the Brazza-Kigali rapprochement
During a press briefing held on Monday, July 31, devoted to culture, the government spokesman, Patrick Muyaya fixed Congolese opinion on several issues, in particular the rapprochement between Brazzaville and Kigali which caused a lot of ink to flow and saliva in the head of the Congolese of Kinshasa . To dispel any misunderstanding, the […]
Hari ahateganyijwe umuyaga mwinshi n’imvura isanzwe: METEO
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa Kanama kuzarangwa n’umuyaga mwinshi mu bice bimwe na bimwe ndetse n’imvura isanzwe. Cyasobanuye ko mu turere twa Rubavu, Rutsiro, Karongi na Nyamasheke no mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Rusizi ndetse n’amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Kirehe hateganyijwe umuyaga mwinshi ufite umuvuduko uri hagati ya […]
1500 affaires réglées par négociation de plaidoyer en 8 mois
Les chiffres du système judiciaire montrent une augmentation du nombre de personnes souhaitant régler leurs affaires à  l’amiable. Selon les chiffres, 1 500 affaires ont été réglées par des négociations de plaidoyer au cours des huit derniers mois. En droit, la négociation de plaidoyer est la pratique consistant à  négocier un accord entre l’accusation et […]
Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023

Twese twubaha cyane abagabo n’abagore baba bariyemeje kwitangira ibihugu byabo mu kubirinda abanzi bo hanze ndetse n’imbere, ariko hariho irindi tsinda rihora ryitabazwa mu bihe bibi cyangwa aho rukomeye. Aba bakura akaga mu nzira kandi binjira ahantu hakomeye ab’umutima ukomeye gusa batinyuka kwegera. Aba ni bo usanga mu mitwe y’ingabo zidasanzwe (Special Forces). Dore Special […]
Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko rwa UN yagiye kuganira na Afurika y’Epfo kuri Kayishema Fulgence

Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (IRMCT), Serge Brammertz, yagiye muri Afurika y’Epfo kuganira n’abayobozi baho kuri Kayishema Fulgence uherutse gutabwa muri yombi akurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Brammertz yageze muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa 31 Nyakanga 2023, akaba ateganya kuhaba kugeza ku wa 4 Kanama 2023 nk’uko IRMCT yabitangaje ku rubuga rwayo. Uru […]
Umunyarwandakazi yagizwe Visi Perezida w’ikigega gikomeye ku Isi
Umunyarwandakazi Dr Mukeshimana Gérardine wabaye Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi yagizwe Visi Perezida w’ikigega mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi kizwi nka IFAD. Inkuru yo guhabwa uyu mwanya kwa Mukeshimana yatangajwe kuri uyu wa 31 Nyakanga 2023. Agnes Kalibata uyobora umuryango AGRA uharanira iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika ni umwe mu ba mbere bishimiye iyi ntambwe Mukeshimana yateye, bamwifuriza kuzahirwa, […]
USA: Mushiki wa Biden abona Meghan Markle nk’umugore yashyigikira ashatse kuba perezida
Mushiki wa Perezida Joe Biden witwa Valerie Biden Owens, akaba ari umuhanga mu bya politiki, yatangaje ko abona Meghan Markle, umugore w’Igikomangoma Harry, nk’umugore yashyigikira ku mwanya wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nubwo nta matora n’amwe yigeze yiyamamazamo, Meghan wahoze ari umukinnyi wa filimi ari ku isonga mu matora mu bademokarate babajijwe […]
RDC: Umunyapolitiki Delly Sesanga aravuga ko yasimbutse urupfu
Kuri iki Cyumweru gishize, umunyapolitiki Delly Sesanga aganira n’abanyamakuru i Kananga, yababajwe n’ibikorwa yita iby’ubunyamaswa byamukorewe hamwe n’abari kumwe nawe ku wa Gatandatu ageze mu murwa mukuru wa Kasai Central . Ati: “Natewe ikintu, binkomereye kumenya uburemere bwacyo. Narakomerekejwe, mva amaraso. Narokotse gushaka kunyica …” Nk’uko iyi nkuru dukesha mediacongo.net ikomeza ivuga, yakomeje avuga ko […]
Rubavu: Ushinjwa kwica umugore we yaburanishijwe mu ruhame
Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu, mu cyumweru gishize rwaburanishije mu ruhame urubanza rw’umugabo wishe umugore we amuteye icyuma mu mutima nyuma y’uko umugore we yari yaramuhunze asubira iwabo . Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru, buvuga ko cyakozwe ku itariki ya 11 Kamena 2023 mu Mudugudu wa Gaseke , Akagali ka Rutagara , Umurenge wa […]
HRW irifuza ko abasirikare benshi b’u Rwanda n’aba RDC bafatirwa ibihano
Umuryango Human Rights Watch (HRW) uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu wagaragaje ko wifuza ko ubumwe bw’Uburayi (EU) bufatira ibihano abasirikare bakuru benshi b’u Rwanda n’aba Repubulika ya demukarasi ya Congo, RDC. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo uyu muryango wasohoye kuri uyu wa 30 Nyakanga 2023, ugaragaza ko wishimira kuba Captain Niregire Jean-Pierre alias Gasasira w’u Rwanda na […]
A new biosafety bill to regulate genetically modified organisms (GMOs)
A new draft law governing biosafety has been approved by the Rwandan government, in a move towards the regulation of genetically modified organisms (GMOs) . The bill, approved on July 13, 2023, aims to address potential risks associated with GMOs, protect biodiversity and preserve the integrity of the environment, according to the Rwandan Environment Management […]
Le Rwanda déploie une force au Mozambique
Le chef d’état-major des Forces rwandaises de défense (RDF), le général major Vincent Nyakarundi, ainsi que l’inspecteur général adjoint de la police chargé des opérations, le CP Vincent Sano, ont, le lundi 31 juillet, vu les Forces de sécurité rwandaises se diriger, pour relever leurs collègues, à  Cabo Delgado, au Mozambique . Le contingent qui […]
Niger: U Bufaransa bwaba burimo gutegura igitero cyo kubohoza Perezida Bazoum
Inteko ya gisirikare yafashe ubutegetsi muri Niger mu cyumweru gishize irashinja igihugu cy’u Bufaransa cyahoze kibakolonije, kuba burimo gutegura ibitero byo kugerageza kubohora Perezida Mohamed Bazoum no gusubizaho guverinoma ye. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bufaransa ntabwo yemeje cyangwa ngo ihakane iki kirego ariko yavuze ko Paris yemera gusa ko Bazoum ari we perezida wemewe w’iki […]
Gen. Nyakarundi yahaye impanuro abasirikare bagiye gusimbura bagenzi babo muri Mozambike

Kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Nyakanga, mu izina ry’Umugaba mukuru w’ingabo, Umuyobozi w’ingabo zirwanira ku butaka za RDF, Maj Gen Vincent Nyakarundi hamwe n’umuyobozi mukuru wungirije wa polisi ushinzwe ibikorwa, CP VB SANO bahaye impanuro Ingabo z’u Rwanda n’abapolisi berekeje muri Cabo Delgado, muri Mozambike gusimbura bagenzi babo . Ingabo ziyobowe na Maj Gen […]
ECOWAS yahaye icyumweru abahiritse ubutegetsi muri Niger cyangwa igakoresha ingufu

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Nyakanga, abayobozi bo muri Afurika y’iburengerazuba bahaye abahiritse ubutegetsi muri Niger, icyumweru kimwe kugira ngo basubize ubutegetsi, baburira ko batazabura “gukoresha ingufu”, maze banabafatira ibihano by’imari . Uyu muryango w’ubukungu w’ibihugu 15 bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wasabye ko Perezida Mohamed Bazoum watowe ahita arekurwa byihuse kandi agasubizwa ku buyobozi bwigaruriwe […]
Hari umudayimoni uri gusambanya abantu: KNC
Umunyamakuru Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatangaje ko hari umudayimoni wateye uri gusambanya abagore n’abagabo mu ijoro, bakaryoherwa ku buryo bashobora no kuzinukwa abo bashakanya, ingo zigasenyuka zityo. Ni amakuru yatanze avuga ko atarimo ibikabyo, ashingiye ku nkuru y’umunyamakuru Davina McCall w’Umwongereza na Marza Tovo wo muri Brazil, baherutse gutangaza ko baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina bakorana n’abantu […]
Umusirikare wa UPDF arashinjwa gusambanya no gutera inda umwana yibyariye
Igipolisi cya Uganda muri Njeru, mu Karere ka Buikwe, cyataye muri yombi umusirikare wa UPDF ushinjwa gusambanya kenshi umukobwa we w’imyaka 15 akanamutera inda . Uyu mwana w’umukobwa yiga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Njeru nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga. Umuvugizi wa polisi muri Ssezibwa, Hellen Butoto, yavuze ko ukekwa yatawe […]
RDC: Uwiyita pasiteri asanga bakwiye gucura intwaro za kirimbuzi bagasenya Kigali
Umupasiteri wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri iki Cyumweru ubwo yari imbere y’abagize itorero rye, mu byo yabwirije yazanyemo n’igitekerezo cy’uko Kinshasa yakora intwaro za kirimbuzi maze ikazazitera i Kigali, aho avuga ko ari igisubizo ku cyo yita ubushotoranyi u Rwanda rukomeje gukorera igihugu cye . Uyu wiyita umupasiteri witwa Masambukidi avuga ko […]
Perezida Zelensky yateguje ko intambara igiye gusubira ku butaka bw’u Burusiya
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yateguje ko intambara irimo gusubira mu Burusiya nyuma y’igitero cy’indege zitagira abapilote ku murwa mukuru Moscow. Zelensky yavuze ko ibitero ku butaka bw’u Burusiya ari “inzira utakwirinda, karemano kandi ifite impamvu rwose” y’intambara hagati y’ibihugu byombi. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ku Cyumweru, ko indege zitagira abaderevu eshatu zo muri […]
Pakistan: Nibura abantu 44 bishwe n’igisasu cyaturikiye ahaberaga mitingi y’ishyaka
Nibura abantu 44 bapfiriye mu iturika ry’igisasu cyaturikiye muri Pakistan muri mitingi yari yateguwe n’ishyaka rya kisilamu . Abantu barenga 100 na bo bakomerekeye muri iryo turika ryabereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’akarere ka Bajaur, aho ishyaka Jamiat Ulema-e-Islam-Fazl (JUI-F) ryakoreraga mitingi. Polisi yabwiye BBC ko babonye ibimenyetso byerekana ko iturika rishobora kuba ari igitero cy’ubwiyahuzi. […]
Nyamasheke: Amayobera ku musozi ucucumuka mo umuriro ugurumana ariko ntugire icyo utwika

Abaturage b’umudugudu wa Nyakagano, akagari ka Burimba, umurenge wa Shangi, akarere ka Nyamasheke bari mu mayobera n’icyoba cyinshi baterwa n’umusozi batuyeho uhanamye cyane, w’imanga, wa Nyakaningura ucucumukamo umuriro mwinshi n’icyotsi cyinshi, bakavuga ko batakiryama, barara bahagaze banga ibyago byabageraho biwuturutsemo, amayobera akomeye arimo ariko akaba ari ay’uko uwo muriro nta na kimwe utwika. Ni umuriro […]