Congo-Brazzaville denies allegations of destabilization of the DRC
Brazzaville denied, Saturday, July 29, its possible involvement in the destabilization of power in Kinshasa . The spokesperson for the Government of Congo-Brazzaville, Thierry Moungala has thus reframed the opinion which spreads the idea that his country maintains relations with Rwanda likely to cause destabilization of the DRC. âWe support the need to find all […]
Igitero cya drone i Moscou cyafunze gato ikibuga cy’indege cya Vnukovo
U Burusiya bwashinje Ukraine igitero cyâindege zitagira abapilote kuri Moscou, kuri iki Cyumweru, cyangije inyubako ebyiri kandi gifunga gato ikibuga cyâindege cyâumujyi . Minisiteri yâingabo yâu Burusiya ivuga ko drone yarasiwe hejuru yâakarere ka Odintsovo, mu burengerazuba bwâumujyi rwagati, izindi ebyiri zirahagarikwa ariko zigwa mu nyubako z’ibiro. Ibiro ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, bitangaza ko umuntu […]
Bruce Melodie yahishuye ko umugore we batangiye gukundana ataraba umuhanzi
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yahishuye ko umugore we bakundanye kuva mu mpera zâumwaka wâ2009 mbere yâuko yinjira mu muziki nkâumuhanzi. Melodie yabitangarije umunyamakuru Landry The Promoter wo mu Burundi, ubwo yamusobanuriraga ibyâitariki yashyize ku kuboko kwe kwâiburyo. Ni ikiganiro cyabaye kuri uyu wa 29 Nyakanga 2023. Yabanje kwerekana ukuboko kwâibumoso, asobanura ati: […]
Sudani: RSF yasabye ikintu gikomeye kugirango yemere imishyikirano y’amahoro
Kuri iki Cyumweru, umuyobozi w’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF), Mohammed Hamdan Dagalo, uhanganye n’Igisirikare cya Sudani kuva muri Mata, yatangaje ko uyu mutwe witeguye kugera ku masezerano mu masaha 72 mu gihe haba hakozwe impinduka mu buyobozi bw’ingabo . Dagalo yabitangaje mu mashusho yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa RSF avuga ko yiteguye kumvikana niba […]
RDC: Minisitiri w’ubutabera arashinja E.U kuvugira Abatutsi itita ku bandi Banyekongo
Nyuma y’iminsi itari mike Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi umusabye kugira icyo akora ku magambo y’amacakubiri ya Justin Bitakwira yibasira Abatutsi / Abanyamulenge, Minisitiri wâubutabera, Rose Mutombo, yaje kugira icyo avuga nawe anenga uyu muryango awushinja kubogama . Mu ibaruwa yandikiwe Ambasaderi wâintumwa zâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Rose Mutombo, bigaragara […]
Kajugujugu yâigisirikare cya Uganda yituye hasi
Kajugujugu yâigisirikire cya Uganda kirwanira mu kirere yituye hasi ku mugoroba wo kuri uyu wa 29 Nyakanga 2023 ubwo yari mu bikorwa byo kurinda umutekano mu karere ka Karamoja. Umuvugizi wa UPDF, Brig. Gen. Felix Kulayigye, mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 30 Nyakanga, yasobanuye ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Mi-24 yituye […]
Brazzaville yasubije abayishinja gufatanya n’u Rwanda mu gushaka guhungabanya RDC
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 29 Nyakanga, Congo-Brazzaville yahakanye ibirego bikomeje kuyishinja ko ishobora kuba yinjiye mu bikorwa byo guhungabanya ubutegetsi bwa Kinshasa . Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo-Brazzaville, Thierry Moungala, rero yongeye kugaruka ku bitekerezo bikomeje gukwirakwizwa by’uko igihugu cye cyaba gifitanye umubano n’u Rwanda ugamije guteza umutekano muke muri Repubulika ya Demokarasi […]
Umuyobozi wa Wagner yakeje abahiritse ubutegetsi muri Niger abizeza ubufasha
Umuyobozi mukuru wâabacanshuro ba Wagner, Yevgeny Prigozhin, ukomeje ibikorwa bye nubwo yayoboye imyivumbagatanyo yananiwe gukuraho ubuyobozi bwâingabo zâu Burusiya mu kwezi gushize, yashimye ihirika ry’ubutegetsi rya gisirikare muri Niger avuga ko ari inkuru nziza kandi yizeza serivisi zâabarwanyi be kugarura umutekano . Ubutumwa bw’ijwi bivugwa ko ari irya Prigozhin bwatambutse ku miyoboro ya porogaramu ya […]
Umunyeshuri yareze undi kuri Polisi kubera ubutumwa bwâurukundo yamwandikiye
Umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatatu muri kaminuza ya Makerere witwa Lawrence Karungi, yareze mugenzi we kuri Polisi, amuhora ko yamwandikiye ubutumwa bwâurukundo kuri WhatsApp. Uyu munyeshuri yasobanuriye Polisi ko yagiye mu icumbi ryâabanyeshuri, ahahurira na mugenzi we, bahana nimero za telefone. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kampala, Patrick Onyango, yatangaje ko Karungi yavuze […]
Abarimo Captain muri RDF na Colonel muri FARDC bafatiwe ibihano na EU
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wafatiye ibihano abantu icyenda, barimo Captain Niragire Jean Pierre wo mu ngabo z’u Rwanda na Colonel Salomon Tokolonga wo mu za Congo. EU mu itangazo rigenewe abanyamakuru yasohoye kuri uyu wa Gatanu, yavuze ko abo yafatiye ibihano ibashinja “ihonyora rikabije ry’uburenganzira bwa muntu no gukorera ihohotera muri Repubulika […]
Mu Burusiya: Hari abakuru b’ibihugu bya Afurika banze kwifotozanya na bagenzi babo

Bamwe mu bakuru bâibihugu byo ku mugabane wa Afurika bagiye mu nama yâuyu mugabane nâu Burusiya mu mujyi wa Saint Petersburg banze kwifotozanya na bagenzi babo. Nkâuko Jeune Afrique yabitangaje, abanze kujya mu ifoto rusange ni: Perezida Macky Sall wa SĂ©nĂ©gal, Umaro Sissoco EmbalĂ Âł wa GuinĂ©e Bissau, Denis Sassou-Nguessou wa Congo na Azali Assoumani wâibirwa […]
Rwanda yatupilia mbali madai ya kuvuka mpaka na kuingia Kivu Kaskazini
Jeshi la Ulinzi la Rwanda (RDF) lilikanusha shutuma za vikosi vya jeshi la DR Congo (FARDC) kwamba wanajeshi wa Rwanda mnamo Alhamisi, Julai 27, walivuka mpaka na kuingia jimbo la Kivu Kaskazini. RDF imesema jeshi la Kongo limeendelea kushirikiana na FDLR, kundi la Umoja wa Mataifa lililowekewa vikwazo vya mauaji ya halaiki lenye makao yake […]
Putin has gifted Zimbabwean President with a helicopter
President Valdmir putin of Russia has given out a present of a helicopter to his counterpart Emmerson Mnangagwa of Zimbabwe. Valdimir Putin gifted the president of Zimbabwe a helicopter, Harare said on Thursday 27 july 2023, as the Russian leader courts the backing of African leaders in Saint Petersburg. Zimbabweâs President, Emmerson Mnangagwa, is among […]
Rutshuru: Imirwano hagati ya M23 na Wazalendo yaguyemo umuntu abandi barakomereka
Amakuru aturuka muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko kuri uyu wa gatanu, itariki 28 Nyakanga, mu gace ka Rugarama muri Gurupoma ya Busanza, habereye imirwano hagati ya M23 na Wazalendo . Nk’uko bigaragara ku nkuta z’ibinyamakuru n’abanyamakuru batandukanye bo muri Congo kuri […]
Kevin Hart partage son expérience au Rwanda

Le comĂ©dien et acteur de cinĂ©ma populaire Kevin Hart a dĂ©clarĂ© qu’il chĂ©rirait Ă Â jamais l’accueil chaleureux et l’amour qu’il a reà §us lors de sa rĂ©cente visite au Rwanda . Kevin Hart, aux cĂŽtĂ©s de sa femme Eniko Hart et de ses enfants, a Ă©tĂ© aperà §u pour la premiĂšre fois Ă Â Kigali le mardi 18 […]
RDF irashinja FARDC gutangaza ibinyoma
Igisirikare cyâu Rwanda, RDF, kirashinja icya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, gutangaza amakuru yâibinyoma kuri uyu wa 27 Nyakanga 2023 mu buryo bugambiriwe. Kuri uyu wa 27 Nyakanga, Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen. Sylvain Ekenge, yatangaje ko mu gitondo cy’uwo munsi abasirikare bâu Rwanda binjiye ku butaka bwa RDC birukankana Abanyekongo, basubizwa inyuma nâabâiki […]
Senateri Uwizeyimana aremeza ko ikizamini cya âdĂ©marrageâ gitesha abantu umwanya
Senateri mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Uwizeyimana Evode aremeza ko ikizamini cyo gutwara ibinyabiziga kizwi nka âdĂ©marrageâ gitesha umwanya abakoresha imodoka za âautomatiqueâ. Ni igitekerezo yagejeje Minisitiri wâibikorwaremezo, Dr Nsabimana Ernest, wari umaze guha Inteko Rusange ya Sena ibisobanuro mu magambo, mu izina rya guverinoma, ku ngamba ziteganyijwe zo gukuraho imbogamizi mu gukumira no […]
Uganda: Umunyarwanda w’imyaka 18 yiciwe mu Karere ka Kisoro arashwe
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kisoro kiri gukora iperereza ku rupfu rw’Umunyarwanda bivugwa ko yari afite magendu y’amabuye y’agaciro ya tin warashwe n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye . Umuyobozi mu Karere ka Kisoro, Shafiq Ssekandi, avuga ko uyu witwa Pascal Dushimimana w’imyaka 18 yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize nk’uko iyi nkuru […]
Harigwa uko abatishoboye bunganirwa mu mategeko ku buntu bakwiyongera
Mu rwego rwo kugirango ubutabera bugere kuri bose, amahuriro yâabunganira abantu mu byâamategeko aravuga ko hakenewe gukusanya imbaraga nâubushobozi buhagije, kugirango hongerwe umubare wâabatishoboye, bashobora kunganirwa mu mategeko ku buntu . Ubusanzwe amategeko ateganya ko buri muntu wese ugiye kuburana mu nkiko agomba kuba afite umuburanira, ariko byagaragaye ko hari bamwe mu baturage batishoboye batabasha […]
Major Ngoma byahwihwiswaga ko afunzwe yibasiye Leta ya RDC
Umuvugizi wâumutwe witwaje intwaro wa M23, Major Willy Ngoma, yongeye kuvugira mu ruhame nyuma yâiminsi bihwihwiswa ko yaba yaratawe muri yombi. Maj. Ngoma yari amaze iminsi acecetse. Byatumye hari abakoresha imbuga nkoranyambaga, bagendera ku kubura kwe bakwirakwiza amakuru yâuko afunzwe cyangwa akaba yaranapfiriye ku rugamba. Ku makuru yamuzweho, Major Ngoma kuri uyu wa 28 Nyakanga […]
FARDC irigamba gusubiza RDF inyuma
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, kirigamba gusubiza inyuma ingabo zâu Rwanda gihamya ko zari zarenze imbago zâigihugu, zikinjira mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen. Sylvain Ekenge, kuri uyu wa 27 Nyakanga 2023 yasohoye itangazo rivuga ko mu masaa tatu yâigitondo, ingabo zâu Rwanda zavogereye ubutaka bwa RDC hagati […]
Junior Multisystem wamamaye mu gutunganya umuziki yapfuye

Karamuka Jean Luc wamenyekanye nka Junior Multisystem mu kazi ko gutunganya umuziki (audio production) yapfuye, azize uburwayi yari amaranye imyaka ine. Amakuru aturuka mu muryango wa Junior aravuga ko yaguye mu bitaro bya Nyarugenge ku mugoroba wo kuri uyu wa 27 Nyakanga 2023. Uburwayi bwahitanye uyu musore bukomoka ku mpanuka yakoze tariki ya 30 Werurwe […]
Senateri Mureshyankwano arabaza niba Leta itarapfunyikiwe amazi ku kiraro cya Kicukiro

Senateri mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Mureshyankwano Marie Rose, arabaza niba Leta itarapfunyikiwe amazi mu myubakire yâumuhanda wo mu kirere bamwe bita âikiraroâ uherereye mu karere ka Kicukiro. Ni âikibazo cyâamatsikoâ uyu senateri yabajije Minisitiri wâibikorwaremezo, Dr Nsabimana Ernest, wari umaze guha Inteko Rusange ya Sena ibisobanuro mu magambo, mu izina rya guverinoma, ku […]
Les exportations de minerais du Rwanda ont rapporté 362,3 M$ entre avril et juin 2023
L’Office rwandais des mines, du pĂ©trole et du gaz (RMB) a annoncĂ© un revenu de 362 368 845 dollars provenant de 6 638 538 kilogrammes de minerais qui ont Ă©tĂ© exportĂ©s au cours du deuxiĂšme trimestre de l’annĂ©e, avril-juin 2023 . Selon RMB, les principales exportations comprenaient la cassitĂ©rite, le coltan, le wolfram, l’or, pour […]
Dr Habineza yagizwe umujyanama w’umuryango G100 Denim Club uharanira uburinganire n’ubwuzuzanye ku Isi
Umuyobozi Mukuru wâishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) akaba nâumudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Dr Frank Habineza, yinjiye mu nama njyanama yâumuryango mpuzamahanga G100 Denim Club uharanira uburinganire nâubwuzuzanye, mu ishami ryawo ryâumutekano nâigisirikare. Dr Habineza yinjiye muri iyi nama kubera icyizere yagiriwe nâubuyobozi bwâuyu muryango, bushingiye ku ruhare yagize mu guharanira […]
Niger’s military has confirmed its coup against President Bazoum
Niger’s President Mohamed Bazoum has been deposed, according to a report by a group of military on a national television. It was after many hours the head of state was locked in his palace by the soldiers responsible for safe guarding him. Colonel Amadou Abdramane was accompanied by his nine colleagues on the national television […]
Putin yasabye abayobozi ba Afurika gutangira gutekereza kwigisha Ikirusiya mu mashuri
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasabye ibihugu by’Afurika gutekereza gutangira kwigisha ururimi rw’Ikirusiya mu mashuri . Mu ijambo rye mu muhango wo gutangiza inama ya kabiri yâu Burusiya na Afurika yabereye i St. Petersburg, Putin yavuze ko igihugu cye cyiteguye gufatanya cyane na Afurika mu rwego rwâuburezi. Ati: “Turabasaba gutekereza ku kwinjiza ururimi rw’Ikirusiya mu […]
It is a diplomatic mistake for the DRC not to send a formal invitation to Ms. Mushikiwabo – Sen. Muyumba
“It is a diplomatic error for the DRC not to send an invitation in good and due form to Ms. Mushikiwabo, SG of the International Organization of La Francophonie,” said DRC Senetor, Francine Muyumba . “While opposing the Rwandan aggression, I disapprove of this approach which demeans the DRC because Ms. Mushikiwabo is SG of […]
Kudatumira Mushikiwabo ni ikosa rikomeye rya dipolomasi kuri RDC – Sen. Muyumba
“Ni ikosa rikomeye rya dipolomasi kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kutoherereza ubutumire madamu Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie,” uyu ni Senateri Francine Muyumba anenga ukuntu Guverinoma y’igihugu cye yirengagije gutumira Mushikiwabo, igikorwa abona nko kuba abana muri dipolomasi . Nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri ushize, Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick […]
Le Rwanda remet en question la décision de la Belgique sur Ambassadeur Karéga
La dĂ©cision du gouvernement belge de rejeter la nomination de Vincent Karega comme ambassadeur dĂ©signĂ© auprĂšs du Royaume est regrettable et n’augure rien de bon pour les relations bilatĂ©rales entre le Rwanda et la Belgique, a dĂ©clarĂ© Yolande Makolo, porte-parole du gouvernement . “Il est regrettable que le gouvernement belge semble avoir capitulĂ© face aux […]
Perezida Samia abona Afurika itazakira, nitita ku rubyiruko

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yavuze ko ibihugu biri ku mugabane wa Afurika bitazigobotora ingoyi yâubukene mu gihe bitashora imbaraga zihagije mu babituye, byâumwihariko urubyiruko. Ibi yabitangarije mu nama yâabakuru bâibihugu bya Afurika yiga ku buryo abatuye kuri uyu mugabane bawuteza imbere, yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania kuri uyu wa 26 Nyakanga […]
Mbelgiji kuzaliwa Rwanda alipatikana na hatia katika kesi ya ugaidi nchini Ubelgiji
HervĂ© Bayingana Muhirwa, ambaye alikuwa ameweka magaidi wawili walioteuliwa kama washambuliaji wa kujitoa mhanga katika nyumba yake kabla na baada ya mashambulizi, hakushiriki katika mashambulizi ya Machi 22, 2016 yaliyotekelezwa huko Zaventem na Maelbeek, mahakama ya Brussels ilihitimisha Jumanne . Kwa upande mwingine, majaji hao 12 walimkuta raia huyo Mbelgiji kuzaliwa Rwanda mwenye umri wa […]
Dr Frank Habineza joins the Global Advisory council of G 100 Denim Clubâs security and Defence wing
The chairman of the Democratic Green Party of Rwanda and Member of Parliament, Dr Frank Habineza, has joined the esteemed Global Advisory Council of G100 Denim Clubâs Security and Defence wing. Being one of the He-for-She Champions globally, Dr Habineza reveals his leadership skills and advocacy in promotion of gender parity and equality globally. In […]
Buruseli: Umubiligi ukomoka mu Rwanda akurikiranweho uruhare mu bitero by’iterabwoba
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Nyakanga, Urukiko rwâi Buruseli rwasanze HervĂ© Bayingana Muhirwa, umuturage wâUmubiligi w’imyaka 38 ukomoka mu Rwanda, ahamwa nâicyaha cyo kugira uruhare mu bikorwa byâumutwe wâiterabwoba. Nkâuko byatangajwe na Radiyo na Televiziyo by’u Bubiligi, RTBF, Urukiko rw’i Buruseli rwasanze batandatu mu 10 bakekwaho icyaha cyâubwicanyi bwâiterabwoba mu bitero byâi Buruseli […]
M23 yarezwe mu butabera
Abavuga ko bagizweho ingaruka nâibikorwa byâumutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru bagejeje mu bugenzuzi bwâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo ikirego gisaba ko abarwanyi bawo batabwa muri yombi. Aba Banyekongo bahagarariwe nâumunyamategeko Me Jean-Claude Mwamba bajyanye iki kirego mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2023, nkâuko byemezwa nâabanyamakuru […]
Perezida wa Sosiyete Sivile ya Kivu y’Amajyaruguru yarusimbutse
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2023, ibisambo byitwaje intwaro kandi bitamenyekanye byishe umusivili mu Mujyi wa Goma. Nkuko amakuru agera ku rubuga Tazama RDC abitangaza, ibi byabereye ku muhanda nimero ya kabiri, mu burengerazuba bw’umujyi. Perezida wa Sosiyete Sivile muri Kivu y’Amajyaruguru we yarusimbutse . Umuturage wo mu gace kabereyemo ibi yagize […]
Kigali: Ishyaka riyoboye u Bushinwa ryasize ubutumwa buremereye ku rwibutso rwa jenoside

Intumwa zâishyaka Communist riri ku butegetsi mu Bushinwa zasize ubutumwa buremereye ku rwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi. Izi ntumwa ziyobowe na Liu Jianchao, Minisitiri ushinzwe ishami ryâiterambere mpuzamahanga muri iri shyaka, zasuye uru rwibutso mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2023. Nkâuko bisanzwe bigenda, Jianchao mu izina rya […]
Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abantu 34 barimo abasirikare 7 ba Nigeria
Umuyobozi w’umutwe wo kwirwanaho ndetse n’abaturage baravuga ko byibuze abantu 34, barimo n’abasirikare barindwi, baguye mu gitero cyagabwe n’agatsiko k’abantu bitwaje intwaro mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria . Igitero cyabereye mu karere kitaruye ka Dan Gulbi gaherereye mu butegetsi bwa Maru muri Leta ya Zamfara ku gicamunsi cyo kuwa Mbere ushize, nk’uko Ismail Magaji, ukuriye […]
Mu mezi 3 amabuye y’agaciro u Rwanda rwohereje hanze yinjije miliyari zisaga 400 Frw
Ikigo cyâamabuye y’agaciro, peteroli na gaz mu Rwanda (RMB) kiratangaza ko amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga hagati ya Mata na Kamena 2023 yinjije miliyoni zisaga 362 z’amadolari ya Amerika (hafi miliyari 426 z’amafaranga y’u Rwanda) . Zahabu yoherejwe mu mahanga yonyine yinjije miliyoni zisaga 302 z’amadolari (hafi miliyari 356 z’amafaranga y’u Rwanda), bigaragara ko ari […]
Uyu mwaka urarangira Umujyi wa Kigali ubonye bus 100 zo gutwara abagenzi – Min. Nsabimana
Umujyi wa Kigali urateganya kwakira bisi 100 mu mpera z’Ukuboza 2023, muri bisi 305 zasezeranijwe na guverinoma zo gukemura ikibazo cy’ibura ry’imodoka zitwara abagenzi, nk’uko Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Ernest Nsabimana, yabitangaje . Yabitangarije Abasenateri kuri uyu wa 25 Nyakanga, aho yatanze amakuru mashya ku ngamba zo guhangana nâimpanuka zo mu muhanda kandi yizeza abasenateri ko […]
Ingabo za UN zigiye kuva muri Mali nyuma yo kunengwa

Ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Mali buzwi nka MINUSMA zigiye gutaha kubera ko zitatanze umusaruro zari zitezweho mu bijyanye no gukemura ikibazo cyâumutekano muke. Iki cyemezo cyatangarijwe mu nama nkuru yâigisirikare yayobowe na Perezida wâinzibacyuho wa Mali, Colonel Assimi GoĂ ÂŻta, tariki ya 24 Nyakanga 2023. Minisitiri wâingabo nâabari abasirikare, Colonel Sadio Camara, […]
RDC: U Bubiligi bwemeye gutanga ubufasha mu iperereza ku iyicwa rya Depite Okende
Iyicwa rya Depite ChĂ©rubin Okende ku wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga i Kinshasa, ryarushijeho gukaza umwuka mubi mu rwego rwa politiki rusanzwe rutorohewe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho ku busabe bw’ubufasha bwa guverinoma n’ishyaka rya nyakwigendera, u Bubiligi bwamaze kwemera gufasha mu iperereza . ChĂ©rubin Okende, wari umuvugizi wâishyaka rikomeye ritavuga rumwe […]
USA yafatiye abasirikare bakuru ba Mali ibihano
Ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) kuri uyu wa 25 Nyakanga 2023 bwatangaje ko bwafatiye ibihano abasirikare bakuru ba Mali batatu bubaziza imikoranire nâumutwe wâingabo wigenga wa Wagner PMC. Aba basirikare, nkâuko Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken yabitangaje, ni: Colonel Saido Camara usanzwe ari Minisitiri wâingabo, Colonel Alou Boi Diarra uri mu buyobozi […]
FDLR yari iherutse gutangaza ko yitegura gutera u Rwanda yahinduye imvugo
Umutwe witwaje intwaro wa FDLR wari uherutse gutangaza ko witegura gutera u Rwanda wahinduye imvugo kuri uyu wa 24 Nyakanga 2023, uhindukira wibasira Leta urwanya. Umuyobozi wâingabo zâu Rwanda mu karere ka Rubavu, Nyabihu na Rutsiro, Lt Col. Ryarasa William, tariki ya 14 Nyakanga yatangaje ko abarwanyi ba FDLR bayobowe na Iyamuremye Gaston bashinze amahema […]
Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo
U Burusiya nicyo gihugu kinini kuruta ibindi ku Isi, gifite ubuso bwa 17.098.300kmĂÂČ. Ni hafi inshuro ebyiri Canada iza ku mwanya wa kabiri mu gihe hakurikiraho Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa. Igihugu cya Algeria nicyo gihugu cyo muri Afurika kinini kurusha ibindi kiza ku mwanya wa 10. gikurikiwe na Repubulika ya Demokarasi ya […]
Mwangachuchu yihakanye CNDP ya Gen. Nkunda, yita M23 umutwe wâamabandi

Edouard Mwangachuchu ukomeje urubanza rwe mu rukiko rukuru rwa gisirikare i Kinshasa yihakanye CNDP nkâumutwe witwaje intwaro wari uyobowe na General Laurent Nkunda, yita abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 amabandi. Ibi yabivugiye mu rubanza ruheruka tariki ya 21 Nyakanga 2023, agaragaza ko nta ho ahurira nâimitwe yitwaje intwaro yiganjemo abo mu bwoko bwâAbatutsi; CNDP […]
Mali yakuye Igifaransa mu ndimi zikoreshwa mu buyobozi nyuma y’imyaka isaga 60
Mu Itegeko nshinga ryayo rishya, Mali yitandukanyije n’Igifaransa, cyari rwo rurimi rukoreshwa mu buyobozi muri iki gihugu cya Afurika yâiburengerazuba kuva mu 1960 . Mu itegeko nshinga rishya ryemejwe cyane ku majwi 96,91% mu matora yo ku wa 18 Kamena, Igifaransa ntikiri ururimi rukoreshwa n’ubuyobozi. Igifaransa kizaba ururimi rukoreshwa mu kazi guhera ubu, kandi indimi […]
Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi yahinduwe
Inteko ishinga amategeko yâu Burundi, umutwe wa Sena, imaze kwemeza ihindurwa ry’Umushinjacyaha Mukuru wâiki gihugu, Nyandwi Sylvestre wari usanzwe kuri iyi nshingano asimbuzwa Manirakiza LĂ©onard. Iki cyemezo gifatiwe mu nama ya sena idasanzwe, yayobowe na Perezida wayo, Sinzohagera Emmanuel, yitabirwa na Perezida wâu Burundi, Ndayishimiye Evariste mu gitondo cy’uyu wa 25 Nyakanga 2023. Hanemejwe kandi […]
Mwendesha mashtaka Brammertz yuko katika ziara ya kikazi nchini Rwanda
Mwendesha Mashtaka Mkuu Serge Brammertz yuko kazini rasmi nchini Rwanda kuanzia tarehe 24 hadi 28 Julai 2023 . Kufuatia kukamatwa kwa Fulgence Kayishema tarehe 24 Mei huko Paarl, Afrika Kusini, Mwendesha Mashtaka Brammertz atatembelea Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Parokia ya Nyange kukutana na walionusurika na waathiriwa na watu mashuhuri wa eneo hilo. Mwendesha […]
Musanze: Uwari Visi Meya yasobanuye impamvu iyimikwa ryâUmutware wâAbakono ryamweguje wenyine
Rucyahana Mpuhwe Andrew wari Visi Meya wâakarere ka Musanze ushinzwe iterambere ryâubukungu yasobanuye impamvu, mu bayobozi bose bitabiriye ibirori byâiyimikwa ryâUmutware wâAbakono tariki ya 9 Nyakanga 2023, ari we weguye wenyine. Ubwegure bwa Rucyahana bwagejejwe ku inama njyanama yâakarere, kuri uyu wa 24 Nyakanga 2023 itangaza ko yabwakiriye kandi yabwemeye. Yatangarije radiyo y’igihugu ko nyuma […]
Les problĂšmes qui pourraient empĂ ÂȘcher les forces de la SADC d’arriver Ă Â temps en RDC
L’armĂ©e sud-africaine en difficultĂ© aura du mal Ă Â apporter une contribution significative Ă Â une nouvelle force rĂ©gionale prĂ©vue censĂ©e apporter la paix en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) . Avec seulement une fraction des hĂ©licoptĂšres de l’armĂ©e de l’air encore en mesure de voler et quelque 2600 soldats sud-africains dĂ©jĂ Â dĂ©ployĂ©s en RDC et au […]
Dosiye yâukekwaho kwica ababyeyi ba Uwacu Julienne yafungishije uwabaye Gitifu
Dosiye ya Nsabimana Ildephonse alias Ntabarifasha ukekwaho kwica ababyeyi ba Uwacu Julienne (Ndabarinze Faustin na Nyirakanyana Martine) mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi, yafungishije Nzitukuze Pascasie wabaye Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâakagari ka Micinyiro, umurenge wa Nyakiriba mu karere Rubavu. Umuvugizi wâurwego rwâubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry, kuri uyu wa 24 Nyakanga 2023 yatangarije Primo Media ko Nzitukuze […]
Ibibazo by’uruhuri bishobora kubuza Ingabo za SADC kugera muri RDC mu gihe cyagenwe
Igisirikare cya Afurika y’Epfo bivugwa ko kiri mu bibazo byâingutu muri iki gihe, gishobora kugorwa no gutanga umusanzu ugaragara mu mutwe mushya w’ingabo za SADC zigomba kujya kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Umushakashatsi mukuru mu Kigo cya Afurika y’Epfo cyita ku Bibazo Mpuzamahanga, Stephanie Wolters, avuga ko mu gihe […]
Burundi: Ubuzima bw’umunyamakuru Floriane wafunzwe avuye mu Rwanda buri hagati y’urupfu n’umupfumu
Amakuru aturuka mu begereye Gereza ya Muyinga agera kuri Bwiza.com kandi yemejwe nâumuryango, aravuga ko ubuzima bwâumunyamakuru Floriane Irangabiye bwari bwifashe nabi mu ijoro ryose ryo kuri uyu wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri. Mu minsi itari mike ishize, uyu munyamakuru yari yamenyesheje ubuyobozi bwa gereza ko ubuzima bwe bukomeje kumererwa nabi . Uyu […]
Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w’Abakono
Visi-Perezida wa Sena, Nyirasafari Esperance, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame akanaba Chairman w’Umuryango wa RPF Inkotanyi, nyuma yo kwitabira umuhango wo kwimika umutware w’Abakono uheruka kubera mu karere ka Musanze. Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo uyu muhango wabereye mu murenge wa Kinigi w’akarere ka Musanze, witabirwa n’abayobozi batandukanye barimo na Visi-Perezida wa Sena. […]
Kera kabaye APR FC yerekanye umunyamahanga wari usigaye
APR FC kuri uyu wa Mbere yemeje umunya-Sudani Sharaf Eldin Shaiboub Ali Abdelrahman nk’umukinnyi wayo mushya. Uyu mukinnyi w’imyaka 29 y’amavuko yari amaze igihe mu Rwanda ndetse anakora imyitozo muri APR FC, gusa iyi kipe ntiyari yakamutangaje nk’umukinnyi wayo mushya. Amakuru avuga ko APR FC yari yarategereje ko abanza kurangiza amasezerano yari afitanye na Al-Talaba […]
Buryohe TV yasabye imbabazi nyuma yo kuburirwa na RIB
Umugore n’umugabo bigishiriza imibonano mpuzabitsina ku muyoboro wa YouTube witwa Buryohe TV basabye imbabazi nyuma yo kuburirwa nâurwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) rwabamenyesheje ko bamaze kurenga umurongo. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, aherutse gutangaza ko hari abakoresha imiyoboro zâuru rubuga nkoranyambaga, bigisha imibonano ariko bakabikora mu buryo buhabanye nâamategeko. Yagize ati: âHari nâabandi bantu biharaje […]
Umusirikare wa Uganda wabarizwaga muri Operation Shujaa muri RDC yiciwe mu kabari
Polisi ya Uganda mu Karere ka Budaka irimo gukora iperereza nyuma yâurupfu rwâumusirikare wa UPDF bivugwa ko yiciwe mu kabari atewe icyuma. Umusirikare wapfuye, wari ufite uruhushya ruzwi nkâikibari, akomoka mu Mudugudu wa Bulomi, ahitwa Kameruka mu Karere ka Budaka. Umuvugizi wa Polisi muri Bukedi yâAmajyaruguru, SP Immaculate Alaso Emily, avuga ko ku itariki ya […]
Ishyaka Green Party ryamaze kurega moteli yâi Kayonza
Umuyobozi mukuru wâishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza, yatangaje ko ryamaze kurega moteli yo mu mujyi wa Kayonza yashatse kwanga kwakira inama yaryo yo ku rwego rwâintara yâIburasirazuba kandi yari yaramaze kwakira amafaranga yaryo. Tariki ya 17 Kamena 2023 ni bwo ubuyobozi bwâiyi moteli yitwa Midland bwanze ko iyi nama ibera […]
Uwari wimitswe nkâUmutware wâAbakono yeguye

Kazoza Rushago Justin wari uherutse kwimikwa nkâUmutware wâAbakono yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame, anahita yegura kuri iyi nshingano. Kazoza yimikiwe mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023, mu birori byitabiriwe nâabantu batandukanye bo mu bwoko bwâAbakono ndetse nâabashyitsi. Ni ibirori byatumye bamwe mu babyitabiriye batabwa muri yombi, ariko nyuma […]