Crimea: Ukraine yagabye igitero ku bubiko bw’amasasu bw’u Burusiya

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Guverineri washyizweho na Moscou yavuze ko igitero cy’indege zitagira abapilote ku bubiko bw’amasasu muri Crimea cyatumye abayobozi bahungisha abantu mu bilometero 5 kandi bafunga by’agateganyo ikiraro gihuza uyu mujyi n’u Burusiya. Ukraine yavuze ko igisirikare cyayo cyasenye ububiko bw’ibikomoka kuri peteroli hamwe n’ububiko bw’igisirikare cy’u Burusiya mu cyo ivuga ko […]

Umuhungu wa General Irategeka arasaba Perezida Kagame ubufasha

Umuhungu wa Ndagijimana Laurent wamenyekanye nka ‘General Irategeka Wilson’ mu buyobozi bw’umutwe witwaje intwaro wa CNRD-FLN, arasaba Perezida Paul Kagame kumufasha gukomeza amashuri. Uyu muhungu witwa Ndagijimana Jean-ChrĂ©tien yabisabye Umukuru w’Igihugu nyuma y’aho asezerewe mu kigo cyagenewe guhugura abari abasirikare bitegura mu buzima busanzwe cya Mutobo. Ndagijimana wari ufite ipeti rya Second Lieutenant muri CNRD-FLN […]

Amafoto: Urugendo rwo gukanga umwanzi rwa FARDC rwitabiriwe n’abakomando bateye ubwoba

f1plm_kwcaevywb.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 22 Nyakanga 2023, Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi yakiriye neza urugendo rwo gukanga umwanzi rwateguwe n’umutwe w’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, mu ntara zimwe na zimwe za Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Binyuze mu ishami ry’itumanaho rya perezidansi, FĂ©lix Tshisekedi yishimiye iki gikorwa cyiza n’inzego z’ingabo n’umutekano. Mu magambo […]

Kampani ‘Ibere rya Bigogwe’ ya Ngabo Karegeya yishyuriye abaturage 577 mituweli

Ashimira Ngabo kuba yabakemuriye ikibazo cy'ubwisungane cyari kibagoye

Abatuye mu mirenge ya Bigogwe, Kanzenze na Rambura yo mu turere twa Nyabihu na Rubavu kuri uyu wa 21 Nyakanga 2023 bashimiye ‘Ibere rya Bigogwe Company LTD’ yabishyuriye ubwisungane mu kwivuza buzwi nka ‘Mutuelle de SantĂ©’ hamwe n’imiryango yabo. Kuri uyu wa 21 Nyakanga ni bwo Ngabo Karegeya washinze iyi kampani yashyikirije abahagarariye imiryango igizwe […]

Rwanda_jenoside: Ifoto rusange y’ubutabera ku bahungiye mu mahanga

Mu kwezi gushize kwa Kamena 2023, igihugu cya Malawi cyohereje mu Rwanda Niyonagira Theoneste ukekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Nyuma y’imyaka 29, uretse abafatwa, hari n’imanza zikiburanishwa n’izindi zitegerejwe hano mu Rwanda no mu mahanga. Jenoside ni icyaha mpuzamahanga kidasaza, kandi ubutabera bugira ukuboko kurekure. Ifoto y’ibimaze gukorwa iratanga icyizere. Ku bantu […]

Abagenzi 300 baheze hagati mu kiyaga cya Kivu

Abagenzi bagera kuri 300 bari mu bwato bwitwa ‘Emmanuel 3’ baheze rwagati mu kiyaga cya Kivu, ku ruhande ruherera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bitewe na moteri yabwo itari gukora. Umwe muri aba bagenzi yatangaje ko ubu bwato bwavaga mu mujyi wa Bukavu bwerekeza i Goma bwagize iki kibazo ku gicamunsi cyo kuri uyu […]

Le président Denis Sassou Nguesso en visite au Rwanda

Le prĂ©sident de la RĂ©publique du Congo (Congo-Brazzaville), Denis Sassou Nguesso, est arrivĂ© au Rwanda ce vendredi 21 juillet, oĂ Âč il devrait s’adresser à  une session conjointe du Parlement dans l’aprĂšs-midi, entre autres activitĂ©s, a appris The New Times . La prĂ©sidence de la RĂ©publique du Congo a publiĂ© sur sa page Twitter qu’à  l’invitation […]

Ngira isoni iyo ndi imbere y’abakobwa benshi – Visi Perezida wa Kenya

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko ubusanzwe agira isoni iyo ari imbere y’abakobwa benshi . Kuri uyu wa Gatanu, ibi Gachagua yabivugiye ku ishuri Our Lady of Consolata Mugoiri Girls High School, riherereye ahitwa Kiharu mu Ntara ya Murang’a. Yavuze ko ataza kuvuga byinshi kubera abakobwa bose bamurebaga. Gachagua ati: “Ndi muri situation […]

The FARDC organize a dissuasive march on Saturday in Kinshasa and Lubumbashi

The FARDC announce the organization of a dissuasion march for this Saturday, July 22 in the city-province of Kinshasa . Major General and commander of Republican Guard/FARDC, Gabi Kiriza Ephraim indicates, in his telegram, that the march in which six thousand five hundred (6500) soldiers will participate, will have as a meeting point the place […]

Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy’u Rwanda

Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cy’u Rwanda n’igihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta. Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori by’iyimikwa ry’Umutware w’Abakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 n’ubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame […]

Yasabye umushinjacyaha gusoma Charles Onana mbere yo kumubaza iby’imvugo zibasira Abatutsi ashinjwa

Depite Justin Bitakwira wari watumijwe n’ubushinjacyaha ngo yisobanure ku mvugo zibiba inzango n’amacakubiri zibasira ubwoko bw’Abatutsi amaze iminsi yumvikana avuga mu mbwirwaruhame n’ibiganiro mu itangazamakuru, kuri uyu wa Kane yanze kugira byinshi atangariza umushinjacyaha amubwira ko ntacyo bavugana atarasoma igitabo Holocauste au Congo cya Charles Onana, avuga ko ibyo yavuze ari ho yabikuye . Nyuma […]

Masisi: Bwa mbere hatangajwe abaguye mu mirwano ya M23 na Wazalendo ku mpande zombi

Ku nshuro ya mbere kuva intambara hagati ya M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yubura, hatangajwe umubare w’abarwanyi ba M23 biciwe mu mirwano no ku ruhande rw’inyeshyamba za Wazalendo zifatanyije na leta . Nk’uko bitangazwa n’urubuga TazamaRDC, ngo imirwano yabereye kuri uyu wa Kane ushize, itariki 20 Nyakanga, ku dusozi twa Kavumu […]

EU yageneye abakomando ba RDC inkunga ingana na Frw miliyari 26

Akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) kuri uyu wa 20 Nyakanga 2023 kemeye guha ingabo zo mu mutwe kabuhariwe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo inkunga ifite agaciro ka miliyoni 20 z’amayero (zibarirwa muri Frw miliyari 26). Aka kanama kasobanuye ko iyi nkunga izashyirwa mu bikorwa n’u Bubiligi. Kati: “Uyu munsi Akanama kemeje ubufasha bwa miliyoni […]

RIB iraburira umuntu umaze igihe yigishiriza imibonano mpuzabitsina mu ruhame

Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry, yaburiye umuntu umaze igihe yigisha ibijyanye n’imibonano mpuzabitsinda ku rubuga rwa YouTube ko ashobora gutabwa muri yombi. Dr Murangira yasobanuye uko hari abakomeje gukoresha imbuga nkoranyambaga ibikorwa bigize ibyaha. Ati: “Hari bamwe bagenda bazikoresha ibikorwa bigize ibyaha, hari n’abagenda bigana iby’ahandi, bakabizana mu Rwanda, kuko amategeko agenda igihugu […]

Umuyobozi wa CIA aremeza ko Putin arimo gushakira ibirungo umuyobozi wa Wagner

Umuyobozi wa CIA aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arimo kugerageza kugura igihe mu gihe arimo kwiga uko yakwihorera kuri Yevgeny Prighozin . Prigozhin ni umuyobozi w’ikigo cy’abacanshuro cya Wagner wayoboye imyivumbagatanyo y’abarwanyi be mu Burusiya mu kwezi gushize. Umuyobozi wa CIA, William Burns, yatangaje ko iyo myivumbagatanyo yerekanye intege nke zikomeye muri sisitemu […]

Kivu y’Amajyepfo: Inkongi y’umuriro yishe abantu 3 ikongora inzu zisaga 100

Inkongi y’umuriro yibasiye agace ka Lugushwa, gaherereye muri Teritwari ya Mwanga, muri Kivu y’Amajyepfo kuwa Kabiri ushize, itariki 18 Nyakanga, ihitana abantu batatu inasenya inzu zisaga 100 . Nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane ushize n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP, byavuganye na Mubirimbo Birimu, Perezida wa sosiyete sivile yaho, ngo icyateje iyi nkongi ntikirasobanuka neza. […]

Rutshuru: Mzalendo yiturikije, apfana n’abaturage 8

Umurwanyi w’umutwe witwaje intwaro wa Wazalendo uvuga ko urwanira abaturage muri teritwari ya Masisi na Rutshuru mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, yiturikije ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023, yica abandi 8 bari bamuri hafi, abandi benshi barakomereka. Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, byatangaje ko aya makuru byayahamirijwe na Guverineri […]

Rwanda: Felix Namuhoranye amepandishwa cheo cha juu zaidi katika jeshi la Polisi

Rais Paul Kagame, amempandisha cheo Felix Namuhoranye, mkuu wa Polisi wa Rwanda, hadi kuwa DCG na kumpa cheo cha Kamishna Jenerali (CG). Mkuu huyo wa nchi amempandisha cheo hicho maalum baada ya kumfanya Mkurugenzi Mkuu wa Polisi Rwanda Februari mwaka huu kuchukua nafasi ya CG Dan Munyuza aliyekuwa akihudumu kwa muda mrefu. Afande Namuhorane alikuwa […]

U Bwongereza bwafatiye ibihano abantu 13 bushinja gukorana na Wagner muri Afurika

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko yafatiye ibihano abantu 13 ishinja gukorana n’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner muri Afurika, kubera ibyaha bitandukanye ushinjwa gukorera kuri uyu mugabane. Itangazo ryasohowe n’Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe Afurika, Andrew Mitchell, kuri uyu wa 20 Nyakanga 2023 ryasobanuye ko ibihano byashyizweho birimo gufatira imitungo yabo iri muri iki gihugu no kutabemerera […]

Abadepite bagaragaje ko bahangayikishijwe n’ibinyabutabire byasaziye mu mashuri

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagaragaje ko bahangayikishijwe n’ibinyabutabire byasaziye muri laboratwari z’ibigo by’amashuri, bityo ko inzego bireba zirimo Minisiteri y’uburezi zikwiye gukemura iki kibazo byihuse. Iki kibazo cyagaragajwe na komisiyo y’abadepite ishinzwe uburezi, ikoranabuhanga, umuco n’urubyiruko igaragara muri raporo yakoze ishingiye ku bibazo bitandukanye basanze mu bigo by’amashuri ubwo babisuraga mu mwaka […]

The African Union reaction to Russia’s exit from the grain agreement

The African Union on Tuesday “regretted” Russia’s decision to suspend the agreement that allowed Ukrainian grain exports through the Black Sea despite the war in Ukraine . “I regret the suspension of the Black Sea Grain Initiative, which the African Union had supported very early on,” AU Commission Chairperson Moussa Faki Mahamat said on his […]

Abadepite baremeza imishinga y’amategeko yiganjemo areba imisoro

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa Kane, itariki 20 Nyakanga, nyuma ya saa sita guhera saa cyenda, iremeza imishinga ine y’amategeko yerekeranye ahanini n’imisoro. Imishinga y’amategeko yemezwa irimo: -Umushinga w’itegeko rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No027/2022 ryo kuwa 20/10/2022 rishyiraho imisoro ku musaruro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No025/2019 ryo kuwa 13/09/2019 […]

Abarwanyi 100 ba Al Shabab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somalia na Amerika

Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo n’ingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu rwagati, barimo abayobozi barindwi bo mu rwego rwo hejuru . Igisirikare cya Somalia (SNA) ku nkunga y’ingabo za Amerika zagabye ibitero by’indege no ku butaka hafi y’imidugudu ya […]

Kayonza: Abadepite basanze ADEPR yarubatse ku butaka bw’abaturage mu buryo butemewe

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagize komisiyo y’ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n’ibidukikije basanze ADEPR Nyamirama mu karere ka Kayonza yarubatse ishuri mu butaka bw’abaturage mu buryo butemewe n’amategeko. Iyi komisiyo yasobanuriye Inteko Rusange ko iki kibazo cya ADEPR Nyamirama n’abaturage yakiganiriyeho n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho y’abaturage, Ingabire Assumpta, ubuyobozi […]

Le célÚbre comédien americain Kevin Hart en visite au Rwanda

L’humoriste et acteur de cinĂ©ma amĂ©ricain Kevin Hart est à  Kigali, a appris Bwiza.com. Le comedien de renom a Ă©tĂ© ce mardi repĂ©rĂ© à  Haute Baso avec sa famille . La boutique Made in Rwanda s’est adressĂ©e à  Twitter pour remercier la famille Hart d’avoir fait du shopping avec eux. “Quel honneur d’accueillir la famille […]

Umwe mu barwanyi ba FLN bahawe imbabazi na Perezida Kagame yaratorotse

Ntabanganyimana Joseph uri mu bahoze ari abarwanyi ba FLN mbere yo kurekurwa ku mbabazi za Perezida Paul Kagame, yaratorotse nyuma yo kugera i Mutobo mu karere ka Musanze. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo Ntabanganyimana na bagenzi be 19 bari bafunganwe barimo Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte ‘Sankara’ barekuwe nyuma yo guhabwa imbabazi n’Umukuru w’Igihugu. […]

Depite Bitakwira yatumijwe n’umushinjacyaha nyuma y’imvugo zibasira Abatutsi zamaganwe na E.U

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 20 Nyakanga saa yine za mu gitondo, Depite Justin Bitakwira agomba kwitaba umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza nyuma y’aho Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi usabiye minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukumira uyu munyapolitiki ukomeje gukoresha imvugo zibiba urwango zibasira Abatutsi . Ibaruwa imuhamagaza ariko ntabwo igaragaramo […]

Games of La Francophonie: The Guinean football team withdraws

The Guinean Football Federation announced on Tuesday, July 18, the withdrawal of the U20 men’s national team from the football tournament as part of the IX Francophonie Games to be held from July 28 to August 6, 2023 in Kinshasa . The federation meant that “this decision is taken after a request from the Ministry […]

Putin yemeye kutajya muri Afurika y’Epfo kugira ngo atazafungwa

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yemeye gutakamba k’ubutegetsi bwa Afurika ko kutitabira inama y’ibihugu bigize umuryango BRICS izabera i Pretoria muri Kanama 2023. Ubutegetsi bwa Afurika y’Epfo bumaze igihe bwinginga Putin, bumusobanurira uburyo nagera i Pretoria, azatabwa muri yombi n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, rwamushyiriyeho impapuro zimushinja ibyaha by’intambara muri Ukraine. Ishyaka DA (Democratic Alliance) ritavuga […]

Intumwa za Sena y’u Burundi zasuye iy’u Rwanda

Denise abona ari ngombwa ko ibihugu byombi bikomeza umubano

Visi Perezida wa Sena y’u Burundi, Ndadaye Denise, n’intumwa ayoboye, basuye Sena y’u Rwanda kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023. Baganiriye ku bijyanye no gukomeza umubano hagati y’inteko zishinga amategeko z’ibihugu byombi. Ndadaye Denise yagize ati: “Ibiganiro byagenze neza, twaje kuramutsa bene wacu dusangiye imirimo, twaje nk’abavandimwe kugira ngo tubashe kungurana ibitekerezo, twongere dukomeze umubano […]

Burundi: Gen. Bunyoni ubu arabarizwa muri Gereza Nkuru ya Gitega avuye mu ya Ngozi

Nyuma y’amezi atatu abarizwa mu buroko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gen. Alain Guillaume Bunyoni yongeye kwimurirwa mu yindi gereza mu yindi ntara . Biravugwa ko Bunyoni yaraye ijoro rye rya mbere muri Gereza Nkuru ya Gitega, nyuma y’aho yari amaze amezi hafi abiri muri Gereza Nkuru ya Ngozi, aho yoherejwe avuye muri kasho […]

Zimbabwe irateganya kohereza mu Rwanda amatoni y’ibigori

Guverinoma ya Zimbabwe kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023 yatangaje ko iteganya kohereza toni ibihumbi 10 z’ibigori mu Rwanda. Nk’uko ikinyamakuru Bulawayo 24 gikorera muri Zimbabwe, guverinoma yasobanuye mu bubiko harimo toni 204.084 z’ibigori, ikaba iteganya kohereza zimwe mu baturage, izindi ikazohereza mu mahanga. Iyi guverinoma yagize iti: “Abahinzi n’inganda bagiye kuzana toni 27.000, SILO […]

Kenya: Abigaragambya bongeye guhangana n’igipolisi bakoresheje amabuye

Kuri uyu wa Gatatu, abigaragambya bagera ku 100 bateye amabuye abapolisi mu gace gakennye ka Nairobi mu gihe iminsi itatu y’imyigaragambyo karundura yamaganaga ubuzima buhenze ndetse n’izamuka ry’imisoro yatangiriye muri Kenya . Abigaragambya batwitse amapine mu gace ka Kibera, gakunze kuberamo guhangana kw’abaturage n’abagize inzego z’umutekano, polisi nayo ikoresha ibyuka biryana mu maso mu kubaca […]

Ingabire ImmaculĂ©e arahamya ko iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ribiba amacakubiri

Impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, yatangaje ko iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ryabereye mu karere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023, ryimika amacakubiri. ImmaculĂ©e yabivugiye mu kiganiro yagiriye kuri Radio 10 nyuma y’aho kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023 ishyaka FPR Inkotanyi riri ku butegetsi ryamaganye uyu muhango rihamya ko usubiza inyuma ubumwe bw’Abanyarwanda. Yagize […]

Rwanda inahitaji Rwf518bn ili kupata nafuu kutokana na hasara iliyosababishwa na mafuriko

Serikali inatafuta Rwf 518.58 bilioni (takriban Dola za Kimarekani milioni 415) kuwezesha uokoaji kutoka kwa hasara kubwa za kiuchumi na kiuchumi zilizosababishwa na mafuriko na maporomoko ya ardhi hivi karibuni, kulingana na tathmini ya kina ya uharibifu wa ardhi na mafuriko iliyofanywa na Wizara ya Fedha na Mipango ya Uchumi . Hapo awali, makadirio ya […]

Rwanda: Des drones au service humanitaire

Les drones au Rwanda sont “humanitaires” plutĂŽt que “guerriers” diffĂ©remment de ce qui est dit Ă  travers les MĂ©dias en parlant des conflits armĂ©s qui dĂ©ciment certaines rĂ©gions dans le monde. Ils servent de moyen de transport rapide du sang, vaccins, mĂ©dicaments vers les hĂŽpitaux et structures de santĂ© les plus Ă©loignĂ©s du milieu rural […]

Nyaruguru: Umwana yishwe azira ibishyimbo

Umugore witwa Mukeshimana Julienne, wubatse urugo mu mudugudu wa Kibayi, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, akekwaho kwica umwana w’umuturanyi we witwa Ndayisenga Claude, w’imyaka 12, amukubise inkoni n’imigeri. Ngo yamukekagaho kumwiba mu nzu mironko 3 z’ibishyimbo (hafi ibilo bine n’igice). Ubu bwicanyi bwabaye ku gicamunsi cyo kuwa 17 Nyakanga 2023. Ubwo […]

Congo: Minisitiri Nguesso yasabwe ibisobanuro ku masezerano yasinyanye n’u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Nyakanga 2023, Denis Christel Sassou Nguesso, umuhungu wa Perezida wa Congo-Brazzaville akaba na minisitiri ushinzwe ubutwererane mpuzamahanga w’iki gihugu, yitabye inteko ishinga amategeko imitwe yombi kugirango atange ibisobanuro ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda . Denis yumviswe na komite zishinzwe ububanyi n’amahanga z’imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko mbere y’uko […]

Ruhango: Abanyamakuru bagabiye umuturage inka

Muhizi uhagarariye abanyamakuru bakorera mu ntara y'Amajyepfo

Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023, abanyamakuru bakorera mu ntara y’Amajyepfo bagabiye uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi inka ndetse banatanga ubufasha burimo ibiribwa. Mu kagari ka rwoga umurenge wa Ruhango ni ho hatuye umuturage witwa Sendakize Joseph, akaba ari we wagabiwe inka. Yavuze ko byamushimishije kandi bigiye kumuhindurira imibereho. Ati: ”Nkurikije uburyo nahingaga sineze kubera kubura […]

Umunyamakuru wanenze abayobozi ba Karongi afungiwe mu nzererezi

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain ukorera mu ntara y’Uburengarazuba amaze iminsi ine afungiwe mu kigo gifungirwamo by’agateganyo inzererezi cya Tongati Transit Center nyuma y’aho anenze abagize komite nyobozi y’akarere ka Karongi. Umuyobozi w’ikinyamakuru Rwanda News 24 gikorera muri iyi ntara avuga ko tariki ya 9 Nyakanga 2023 yagiranye ikiganiro n’uyu munyamakuru, Ngoboka anenga imyigire y’abayoboye Karongi, kandi […]

Harry Maguire issues a statement after losing Manchester united captaincy

Manchester United manager, Erik ten Hag, has stopped defender Harry Maguire of the captaincy amid reports for the Englishman to move to Westham United. Ten hag is expected to announce a new captain in due course. Maguire said that he was very saddened by being stripped of captaincy, but he was determined to continue to […]

Ingabo za Koreya ya Ruguru zataye muri yombi umusirikare w’Umunyamerika

Ingabo za Koreya ya Ruguru zataye muri yombi umusirikare ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika ubwo yarengaga urubibi avuye muri Koreya y’Epfo. Inkuru y’itabwa muri yombi ry’uyu Munyamerika yatangajwe n’urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rugenzura igice kitagira nyiracyo kiri hagati ya Koreya ya Ruguru n’iy’Epfo, mu itangazo rwageneye abanyamakuru kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023. Uru […]

Imikino ya Francophonie: Abayitabiriye binubiye uko ibikorwa remezo bihagaze i Kinshasa

Ibihugu byitabiriye imikino ya La Francophonie muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye kwinubira ahantu byakiriwe ndetse n’imyiteguro yakozwe n’iki gihugu kugirango izagende neza, nyuma y’aho ibihugu bimwe byanze kuyitabira ibindi bikagabanya umubare w’abagombaga kubihagararira . Umwe mu bayoboye abakinnyi baturutse muri Burkina Faso, Coach Seydou Yacknaba, yabwiye itangazamakuru ko bakiriwe neza ariko bageze aho […]

Ndayishimiye yandagaje abacamanza baburanishije umunyeshuri ukekwaho gukopera ibizamini

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yandagaje abacamanza mu rukiko rukuru rwa Kirundo baherutse kuburanisha umunyeshuri wo mu mashuri yisumbuye, Christelle Ndayishimiye, ukekwaho gukopera ibizamini. Uyu munyeshuri yatawe muri yombi, aburanishwa icyaha cyo “kumena amabanga y’akazi”, urukiko rukuru rumukatira igifungo cy’agateganyo, ajyanwa muri gereza ya Ngozi, ariko nyuma aza gufungurwa nyuma y’aho ikibazo cye giteje impaka […]

FPR yamaganye iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ryabereye i Musanze

Itangazo rya FPR ryamagana iyimikwa ry'Umwami w'Abakono

FPR Inkotanyi yamaganye umuhango w’iyimikwa ry’uwiswe ‘Umwami w’Abakono’ Kazoza Rushago Justin ryabereye mu murenge wa Kinigi w’akarere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023. Uyu muhango bivugwa ko witabiriwe n’abantu batandukanye barimo n’abayobozi mu nzego z’ibanze, abanyamadini, ndetse kandi ngo harimo n’abanyamuryango b’iri shyaka. FPR yagize iti: “N’ubwo hari intambwe yatewe, hari ibikwiriye gukosorwa kuko […]

Nyamasheke: Abayobozi babiri bahagaritswe by’agateganyo

Ndanga Janvier yahagaritswe amezi 3 adahembwa, bivuga ko yazize amabati

Ndanga Janvier uyobora ishami ry’imibereho myiza y’abaturage ku karere ka Nyamasheke yahagaritswe by’agateganyo amezi 3, Tuyishime Augustin ushinzwe iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza (SEDO) mu kagari ka Gakenke, umurenge wa Rangiro ahagarikwa amezi 2, bombi badahembwa, nk’uko amabaruwa abahagarika abivuga. Amakuru Bwiza.com yakuye muri bamwe mu bakozi b’aka karere bakorana bya hafi n’uyu Ndanga Janvier, n’ab’umurenge […]

Dix enfants se sont noyés à  Nyabarongo, un homme en garde à  vue

La Police nationale du Rwanda (RNP) est actuellement engagĂ©e dans une recherche continue de dix enfants qui se sont tragiquement noyĂ©s dans la riviĂšre Nyabarongo le lundi 17 juillet . Dans une interview ce matin, John Bosco Kabera, le porte-parole du RNP, a fourni des dĂ©tails sur le malheureux incident survenu à  17 heures dans […]

Ibura rya Minisitiri w’intebe wa Jersey uri mu Rwanda n’umwungirije ryateje urunturuntu

Minisitiri w’intebe wa Jersey Kristina Moore n’umwungirije, Kirsten Morel, bombi babuze mu nama ya nyuma y’abagize guverinoma mbere y’ikiruhuko, bituma bibasirwa cyane n’abanyapolitiki bagenzi babo . Kristina Moore arabarizwa mu Rwanda aho yitabiriye inama ku buringanire n’uburenganzira bw’abagore izwi nka “Women Deliver”, mu gihe umwungirije, Kirsten Morel yagiye mu biruhuko by’umuryango mu Bugereki. Mu ibaruwa […]

Kwizera Emmanuel yishwe azira kutishyura inkwano

Umugabo w’imyaka 35 y’amavuko witwa Kwizera Emmanuel wari utuye mu karere ka Kiruhura muri Uganda yishwe n’abo mu muryango wa sebukwe, bamuhora kuba yaranze kwishyura inkwano y’umukobwa wabo. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yatangaje ko Kwizera yakubiswe kugeza apfuye ubwo yari yagiye gucyura umugore we wari warahukanye. […]

Polisi y’u Rwanda n’iya Singapore birakataje mu gushimangira ubufatanye

csm_0u8a5562_ee0c105213.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nyakanga, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, habereye inama yahuje Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye n’abayobozi bakuru bo muri Polisi y’u Rwanda . Ni inama igamije gushimangira ubufatanye, yayobowe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye na mugenzi […]

Israel yemeye ko Sahara y’Iburengerazuba ari ubutaka bwa Maroc

Israel yemeye ubusugire bwa Maroc ku butaka butavugwaho rumwe bwa Sahara y’Iburengerazuba, nk’uko Guverinoma ya Maroc ndetse n’itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel bivuga . Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Nyakanga, Rabat yavuze ko Israel itekereza gufungura ambasade i Dakhla. Itangazo ry’ingoro ya cyami ya Maroc rivuga ko aho Israel ihagaze yabigaragaje […]

Ukraine: Ibitero bya drones na misile ballistique byibasiye amajyepfo n’uburasirazuba

Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko byatangajwe n’ingabo zirwanira mu kirere muri Ukraine mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri. Umuyobozi w’umujyi yavuze ko inkongi y’umuriro yibasiye imwe mu “nyubako” […]

Wagner yohereje abarwanyi benshi muri Centrafrica

Umutwe w’abacancuro wa Wagner PMC wohereje amagana y’abarwanyi muri Repubulika ya Centrafrica kugira ngo bazafashe inzego zo muri iki gihugu kurinda umutekano w’amatora ya kamarampaka ku ihindurwa ry’Itegekonshinga. Ihuriro ry’Abarusiya rigenzura imikorere ya Wagner muri Centrafrica, OUIS (Officers’ Union for International Security) ryatangarije kuri Telegram ko aba “barimu b’inararibonye” basimbuye bagenzi babo bari basanzwe bakorera […]

MINEDUC irasaba ababyeyi kohereza abanyeshuri mu bizamini bya Leta hakiri kare

Abanyeshuri mbere yo kwinjira bahawe amabwiriza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe ikoranabuhanga n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, Irere Claudette, yasabye ababyeyi kohereza abana kare muri ibi bihe batangiye ibizamini bya leta. Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 abanyeshuri basaga ibihumbi 200 bazindukiye mu bizamini bisoza amashuri abanza. Mu ishuri rya Camp Kigali, ni hamwe mu hari gukorerwa ibizamini n’abanyeshuri 455 baturutse […]

Rwanda kufungua ujumbe wa kidiplomasia nchini Hungary

Rwanda inatazamiwa kufungua ujumbe wake wa kwanza wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, “hivi karibuni” ikiwa ni sehemu ya mipango ya nchi hiyo kuimarisha ushirikiano na nchi hiyo ya Ulaya, Rais Paul Kagame amesema . “Rwanda inakusudia kufungua uwepo wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, hivi karibuni kwani kuunda nafasi za kazi kwa nchi zetu na kukuza […]

Kanyabayonga: Civil society denounces harassment by Wazalendo militiamen

The inhabitants of the rural commune of Kanyabayonga, in the chiefdom of Bwito, territory of Rutshuru (North Kivu) complained, Sunday, July 16, of the harassment of the “Wazalendo” militiamen . For their survival, these local fighters have protected illegal barriers and are charging exorbitant taxes to travelers, under the gaze of the authorities, reported local […]

Putin yafashe icyemezo gituma Afurika yizirika umukanda kurushaho

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yafashe icyemezo gishobora gutuma Abanyafurika bizirika umukanda mu nda kurusha uko byari bisanzwe. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika (Associated Press) byabitangaje, iki cyemezo ni icyo guhagarika kubahiriza amasezerano yo kurekura ibinyampeke binyura ku Nyanja y’Umukara, byaheze ku byambu bitewe n’intambara ya Ukraine n’u Burusiya. Umuvugizi […]

Perezida wa Hongria yiyemeje kuba umwigisha w’amahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali

Perezida wa Hongria, Katalin NovĂ ÂĄk, yiyemeje kuba umwigisha w’amahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi. Uyu Mukuru w’Igihugu yatangaje ko yashengutse umutima nyuma yo gusura uru rwibutso, akunamira abaruhukiyemo, kandi ngo yanasengeye abarokotse n’Abanyarwanda muri rusange. NovĂ ÂĄk yavuze ko kandi kumenya amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi byatumye yiyemeza […]

Umuryango ukomeye urakeka uruhare rwa Tshisekedi mu rupfu rwa Okende

Umuryango LUCHA uharanira impinduka muri Repubulika ya demukarasi ya Congo urakeka uruhare rwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu rupfu rwa ChĂ©rubin Okende wari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi. Okende wabaye Minisitiri w’ubwikorezi muri RDC, akaba umudepite n’umuvugizi wa MoĂ ÂŻse Katumbi, yasanzwe mu modoka i Kinshasa yishwe, nyuma yo gushimutirwa ku rukiko rushinzwe kurinda Itegekonshinga tariki ya 13 […]