Crimea: Ukraine yagabye igitero ku bubiko bwâamasasu bwâu Burusiya
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Guverineri washyizweho na Moscou yavuze ko igitero cyâindege zitagira abapilote ku bubiko bwâamasasu muri Crimea cyatumye abayobozi bahungisha abantu mu bilometero 5 kandi bafunga by’agateganyo ikiraro gihuza uyu mujyi nâu Burusiya. Ukraine yavuze ko igisirikare cyayo cyasenye ububiko bwâibikomoka kuri peteroli hamwe nâububiko bwâigisirikare cyâu Burusiya mu cyo ivuga ko […]
Umuhungu wa General Irategeka arasaba Perezida Kagame ubufasha
Umuhungu wa Ndagijimana Laurent wamenyekanye nka âGeneral Irategeka Wilsonâ mu buyobozi bwâumutwe witwaje intwaro wa CNRD-FLN, arasaba Perezida Paul Kagame kumufasha gukomeza amashuri. Uyu muhungu witwa Ndagijimana Jean-ChrĂ©tien yabisabye Umukuru wâIgihugu nyuma yâaho asezerewe mu kigo cyagenewe guhugura abari abasirikare bitegura mu buzima busanzwe cya Mutobo. Ndagijimana wari ufite ipeti rya Second Lieutenant muri CNRD-FLN […]
Amafoto: Urugendo rwo gukanga umwanzi rwa FARDC rwitabiriwe nâabakomando bateye ubwoba

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 22 Nyakanga 2023, Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi yakiriye neza urugendo rwo gukanga umwanzi rwateguwe nâumutwe wâingabo zishinzwe kurinda umukuru wâigihugu, mu ntara zimwe na zimwe za Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Binyuze mu ishami ryâitumanaho rya perezidansi, FĂ©lix Tshisekedi yishimiye iki gikorwa cyiza nâinzego zâingabo nâumutekano. Mu magambo […]
Kampani ‘Ibere rya Bigogwe’ ya Ngabo Karegeya yishyuriye abaturage 577 mituweli

Abatuye mu mirenge ya Bigogwe, Kanzenze na Rambura yo mu turere twa Nyabihu na Rubavu kuri uyu wa 21 Nyakanga 2023 bashimiye ‘Ibere rya Bigogwe Company LTD’ yabishyuriye ubwisungane mu kwivuza buzwi nka ‘Mutuelle de SantĂ©’ hamwe n’imiryango yabo. Kuri uyu wa 21 Nyakanga ni bwo Ngabo Karegeya washinze iyi kampani yashyikirije abahagarariye imiryango igizwe […]
Rwanda_jenoside: Ifoto rusange yâubutabera ku bahungiye mu mahanga
Mu kwezi gushize kwa Kamena 2023, igihugu cya Malawi cyohereje mu Rwanda Niyonagira Theoneste ukekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Nyuma yâimyaka 29, uretse abafatwa, hari nâimanza zikiburanishwa nâizindi zitegerejwe hano mu Rwanda no mu mahanga. Jenoside ni icyaha mpuzamahanga kidasaza, kandi ubutabera bugira ukuboko kurekure. Ifoto yâibimaze gukorwa iratanga icyizere. Ku bantu […]
Abagenzi 300 baheze hagati mu kiyaga cya Kivu
Abagenzi bagera kuri 300 bari mu bwato bwitwa âEmmanuel 3â baheze rwagati mu kiyaga cya Kivu, ku ruhande ruherera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bitewe na moteri yabwo itari gukora. Umwe muri aba bagenzi yatangaje ko ubu bwato bwavaga mu mujyi wa Bukavu bwerekeza i Goma bwagize iki kibazo ku gicamunsi cyo kuri uyu […]
Le président Denis Sassou Nguesso en visite au Rwanda
Le prĂ©sident de la RĂ©publique du Congo (Congo-Brazzaville), Denis Sassou Nguesso, est arrivĂ© au Rwanda ce vendredi 21 juillet, oĂ Âč il devrait s’adresser Ă Â une session conjointe du Parlement dans l’aprĂšs-midi, entre autres activitĂ©s, a appris The New Times . La prĂ©sidence de la RĂ©publique du Congo a publiĂ© sur sa page Twitter qu’Ă Â l’invitation […]
Ngira isoni iyo ndi imbere y’abakobwa benshi – Visi Perezida wa Kenya
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko ubusanzwe agira isoni iyo ari imbere y’abakobwa benshi . Kuri uyu wa Gatanu, ibi Gachagua yabivugiye ku ishuri Our Lady of Consolata Mugoiri Girls High School, riherereye ahitwa Kiharu mu Ntara ya Murang’a. Yavuze ko ataza kuvuga byinshi kubera abakobwa bose bamurebaga. Gachagua ati: “Ndi muri situation […]
The FARDC organize a dissuasive march on Saturday in Kinshasa and Lubumbashi
The FARDC announce the organization of a dissuasion march for this Saturday, July 22 in the city-province of Kinshasa . Major General and commander of Republican Guard/FARDC, Gabi Kiriza Ephraim indicates, in his telegram, that the march in which six thousand five hundred (6500) soldiers will participate, will have as a meeting point the place […]
Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cyâu Rwanda
Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cyâu Rwanda nâigihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta. Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori byâiyimikwa ryâUmutware wâAbakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 nâubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame […]
Yasabye umushinjacyaha gusoma Charles Onana mbere yo kumubaza iby’imvugo zibasira Abatutsi ashinjwa
Depite Justin Bitakwira wari watumijwe n’ubushinjacyaha ngo yisobanure ku mvugo zibiba inzango n’amacakubiri zibasira ubwoko bw’Abatutsi amaze iminsi yumvikana avuga mu mbwirwaruhame n’ibiganiro mu itangazamakuru, kuri uyu wa Kane yanze kugira byinshi atangariza umushinjacyaha amubwira ko ntacyo bavugana atarasoma igitabo Holocauste au Congo cya Charles Onana, avuga ko ibyo yavuze ari ho yabikuye . Nyuma […]
Masisi: Bwa mbere hatangajwe abaguye mu mirwano ya M23 na Wazalendo ku mpande zombi
Ku nshuro ya mbere kuva intambara hagati ya M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yubura, hatangajwe umubare w’abarwanyi ba M23 biciwe mu mirwano no ku ruhande rw’inyeshyamba za Wazalendo zifatanyije na leta . Nk’uko bitangazwa n’urubuga TazamaRDC, ngo imirwano yabereye kuri uyu wa Kane ushize, itariki 20 Nyakanga, ku dusozi twa Kavumu […]
EU yageneye abakomando ba RDC inkunga ingana na Frw miliyari 26
Akanama kâumuryango wâUbumwe bwâUburayi (EU) kuri uyu wa 20 Nyakanga 2023 kemeye guha ingabo zo mu mutwe kabuhariwe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo inkunga ifite agaciro ka miliyoni 20 zâamayero (zibarirwa muri Frw miliyari 26). Aka kanama kasobanuye ko iyi nkunga izashyirwa mu bikorwa nâu Bubiligi. Kati: âUyu munsi Akanama kemeje ubufasha bwa miliyoni […]
RIB iraburira umuntu umaze igihe yigishiriza imibonano mpuzabitsina mu ruhame
Umuvugizi wâurwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry, yaburiye umuntu umaze igihe yigisha ibijyanye nâimibonano mpuzabitsinda ku rubuga rwa YouTube ko ashobora gutabwa muri yombi. Dr Murangira yasobanuye uko hari abakomeje gukoresha imbuga nkoranyambaga ibikorwa bigize ibyaha. Ati: âHari bamwe bagenda bazikoresha ibikorwa bigize ibyaha, hari nâabagenda bigana ibyâahandi, bakabizana mu Rwanda, kuko amategeko agenda igihugu […]
Umuyobozi wa CIA aremeza ko Putin arimo gushakira ibirungo umuyobozi wa Wagner
Umuyobozi wa CIA aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arimo kugerageza kugura igihe mu gihe arimo kwiga uko yakwihorera kuri Yevgeny Prighozin . Prigozhin ni umuyobozi wâikigo cy’abacanshuro cya Wagner wayoboye imyivumbagatanyo y’abarwanyi be mu Burusiya mu kwezi gushize. Umuyobozi wa CIA, William Burns, yatangaje ko iyo myivumbagatanyo yerekanye intege nke zikomeye muri sisitemu […]
Kivu y’Amajyepfo: Inkongi y’umuriro yishe abantu 3 ikongora inzu zisaga 100
Inkongi y’umuriro yibasiye agace ka Lugushwa, gaherereye muri Teritwari ya Mwanga, muri Kivu y’Amajyepfo kuwa Kabiri ushize, itariki 18 Nyakanga, ihitana abantu batatu inasenya inzu zisaga 100 . Nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kane ushize n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP, byavuganye na Mubirimbo Birimu, Perezida wa sosiyete sivile yaho, ngo icyateje iyi nkongi ntikirasobanuka neza. […]
Rutshuru: Mzalendo yiturikije, apfana nâabaturage 8
Umurwanyi wâumutwe witwaje intwaro wa Wazalendo uvuga ko urwanira abaturage muri teritwari ya Masisi na Rutshuru mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, yiturikije ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023, yica abandi 8 bari bamuri hafi, abandi benshi barakomereka. Ibiro ntaramakuru byâAbanyamerika, Associated Press, byatangaje ko aya makuru byayahamirijwe na Guverineri […]
Rwanda: Felix Namuhoranye amepandishwa cheo cha juu zaidi katika jeshi la Polisi
Rais Paul Kagame, amempandisha cheo Felix Namuhoranye, mkuu wa Polisi wa Rwanda, hadi kuwa DCG na kumpa cheo cha Kamishna Jenerali (CG). Mkuu huyo wa nchi amempandisha cheo hicho maalum baada ya kumfanya Mkurugenzi Mkuu wa Polisi Rwanda Februari mwaka huu kuchukua nafasi ya CG Dan Munyuza aliyekuwa akihudumu kwa muda mrefu. Afande Namuhorane alikuwa […]
U Bwongereza bwafatiye ibihano abantu 13 bushinja gukorana na Wagner muri Afurika
Guverinoma yâu Bwongereza yatangaje ko yafatiye ibihano abantu 13 ishinja gukorana nâumutwe wâingabo wigenga wa Wagner muri Afurika, kubera ibyaha bitandukanye ushinjwa gukorera kuri uyu mugabane. Itangazo ryasohowe nâUmunyamabanga wâu Bwongereza ushinzwe Afurika, Andrew Mitchell, kuri uyu wa 20 Nyakanga 2023 ryasobanuye ko ibihano byashyizweho birimo gufatira imitungo yabo iri muri iki gihugu no kutabemerera […]
Abadepite bagaragaje ko bahangayikishijwe n’ibinyabutabire byasaziye mu mashuri
Abadepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda bagaragaje ko bahangayikishijwe nâibinyabutabire byasaziye muri laboratwari zâibigo byâamashuri, bityo ko inzego bireba zirimo Minisiteri yâuburezi zikwiye gukemura iki kibazo byihuse. Iki kibazo cyagaragajwe na komisiyo yâabadepite ishinzwe uburezi, ikoranabuhanga, umuco nâurubyiruko igaragara muri raporo yakoze ishingiye ku bibazo bitandukanye basanze mu bigo byâamashuri ubwo babisuraga mu mwaka […]
The African Union reaction to Russia’s exit from the grain agreement
The African Union on Tuesday “regretted” Russia’s decision to suspend the agreement that allowed Ukrainian grain exports through the Black Sea despite the war in Ukraine . “I regret the suspension of the Black Sea Grain Initiative, which the African Union had supported very early on,” AU Commission Chairperson Moussa Faki Mahamat said on his […]
Abadepite baremeza imishinga y’amategeko yiganjemo areba imisoro
Inteko Rusange y’Umutwe wâAbadepite kuri uyu wa Kane, itariki 20 Nyakanga, nyuma ya saa sita guhera saa cyenda, iremeza imishinga ine yâamategeko yerekeranye ahanini n’imisoro. Imishinga y’amategeko yemezwa irimo: -Umushinga w’itegeko rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No027/2022 ryo kuwa 20/10/2022 rishyiraho imisoro ku musaruro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No025/2019 ryo kuwa 13/09/2019 […]
Abarwanyi 100 ba Al Shabab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somalia na Amerika
Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo nâingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu rwagati, barimo abayobozi barindwi bo mu rwego rwo hejuru . Igisirikare cya Somalia (SNA) ku nkunga yâingabo za Amerika zagabye ibitero byâindege no ku butaka hafi yâimidugudu ya […]
Kayonza: Abadepite basanze ADEPR yarubatse ku butaka bwâabaturage mu buryo butemewe
Abadepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda bagize komisiyo yâubutaka, ubuhinzi, ubworozi nâibidukikije basanze ADEPR Nyamirama mu karere ka Kayonza yarubatse ishuri mu butaka bwâabaturage mu buryo butemewe nâamategeko. Iyi komisiyo yasobanuriye Inteko Rusange ko iki kibazo cya ADEPR Nyamirama nâabaturage yakiganiriyeho nâUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâubutegetsi bwâigihugu ushinzwe imibereho yâabaturage, Ingabire Assumpta, ubuyobozi […]
Le célÚbre comédien americain Kevin Hart en visite au Rwanda
L’humoriste et acteur de cinĂ©ma amĂ©ricain Kevin Hart est Ă Â Kigali, a appris Bwiza.com. Le comedien de renom a Ă©tĂ© ce mardi repĂ©rĂ© Ă Â Haute Baso avec sa famille . La boutique Made in Rwanda s’est adressĂ©e Ă Â Twitter pour remercier la famille Hart d’avoir fait du shopping avec eux. “Quel honneur d’accueillir la famille […]
Umwe mu barwanyi ba FLN bahawe imbabazi na Perezida Kagame yaratorotse
Ntabanganyimana Joseph uri mu bahoze ari abarwanyi ba FLN mbere yo kurekurwa ku mbabazi za Perezida Paul Kagame, yaratorotse nyuma yo kugera i Mutobo mu karere ka Musanze. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo Ntabanganyimana na bagenzi be 19 bari bafunganwe barimo Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte ‘Sankara’ barekuwe nyuma yo guhabwa imbabazi n’Umukuru w’Igihugu. […]
Depite Bitakwira yatumijwe n’umushinjacyaha nyuma y’imvugo zibasira Abatutsi zamaganwe na E.U
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 20 Nyakanga saa yine za mu gitondo, Depite Justin Bitakwira agomba kwitaba umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza nyuma y’aho Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi usabiye minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukumira uyu munyapolitiki ukomeje gukoresha imvugo zibiba urwango zibasira Abatutsi . Ibaruwa imuhamagaza ariko ntabwo igaragaramo […]
Games of La Francophonie: The Guinean football team withdraws
The Guinean Football Federation announced on Tuesday, July 18, the withdrawal of the U20 men’s national team from the football tournament as part of the IX Francophonie Games to be held from July 28 to August 6, 2023 in Kinshasa . The federation meant that “this decision is taken after a request from the Ministry […]
Putin yemeye kutajya muri Afurika yâEpfo kugira ngo atazafungwa
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yemeye gutakamba kâubutegetsi bwa Afurika ko kutitabira inama yâibihugu bigize umuryango BRICS izabera i Pretoria muri Kanama 2023. Ubutegetsi bwa Afurika yâEpfo bumaze igihe bwinginga Putin, bumusobanurira uburyo nagera i Pretoria, azatabwa muri yombi nâurukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, rwamushyiriyeho impapuro zimushinja ibyaha byâintambara muri Ukraine. Ishyaka DA (Democratic Alliance) ritavuga […]
Intumwa za Sena y’u Burundi zasuye iy’u Rwanda

Visi Perezida wa Sena yâu Burundi, Ndadaye Denise, nâintumwa ayoboye, basuye Sena yâu Rwanda kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023. Baganiriye ku bijyanye no gukomeza umubano hagati yâinteko zishinga amategeko z’ibihugu byombi. Ndadaye Denise yagize ati: “Ibiganiro byagenze neza, twaje kuramutsa bene wacu dusangiye imirimo, twaje nk’abavandimwe kugira ngo tubashe kungurana ibitekerezo, twongere dukomeze umubano […]
Burundi: Gen. Bunyoni ubu arabarizwa muri Gereza Nkuru ya Gitega avuye mu ya Ngozi
Nyuma y’amezi atatu abarizwa mu buroko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gen. Alain Guillaume Bunyoni yongeye kwimurirwa mu yindi gereza mu yindi ntara . Biravugwa ko Bunyoni yaraye ijoro rye rya mbere muri Gereza Nkuru ya Gitega, nyuma y’aho yari amaze amezi hafi abiri muri Gereza Nkuru ya Ngozi, aho yoherejwe avuye muri kasho […]
Zimbabwe irateganya kohereza mu Rwanda amatoni yâibigori
Guverinoma ya Zimbabwe kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023 yatangaje ko iteganya kohereza toni ibihumbi 10 zâibigori mu Rwanda. Nkâuko ikinyamakuru Bulawayo 24 gikorera muri Zimbabwe, guverinoma yasobanuye mu bubiko harimo toni 204.084 zâibigori, ikaba iteganya kohereza zimwe mu baturage, izindi ikazohereza mu mahanga. Iyi guverinoma yagize iti: âAbahinzi nâinganda bagiye kuzana toni 27.000, SILO […]
Kenya: Abigaragambya bongeye guhangana n’igipolisi bakoresheje amabuye
Kuri uyu wa Gatatu, abigaragambya bagera ku 100 bateye amabuye abapolisi mu gace gakennye ka Nairobi mu gihe iminsi itatu yâimyigaragambyo karundura yamaganaga ubuzima buhenze ndetse nâizamuka ryâimisoro yatangiriye muri Kenya . Abigaragambya batwitse amapine mu gace ka Kibera, gakunze kuberamo guhangana kw’abaturage n’abagize inzego z’umutekano, polisi nayo ikoresha ibyuka biryana mu maso mu kubaca […]
Ingabire ImmaculĂ©e arahamya ko iyimikwa ryâUmutware wâAbakono ribiba amacakubiri
Impirimbanyi yâuburenganzira bwâikiremwamuntu, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, yatangaje ko iyimikwa ryâUmutware wâAbakono ryabereye mu karere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023, ryimika amacakubiri. ImmaculĂ©e yabivugiye mu kiganiro yagiriye kuri Radio 10 nyuma yâaho kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023 ishyaka FPR Inkotanyi riri ku butegetsi ryamaganye uyu muhango rihamya ko usubiza inyuma ubumwe bwâAbanyarwanda. Yagize […]
Rwanda inahitaji Rwf518bn ili kupata nafuu kutokana na hasara iliyosababishwa na mafuriko
Serikali inatafuta Rwf 518.58 bilioni (takriban Dola za Kimarekani milioni 415) kuwezesha uokoaji kutoka kwa hasara kubwa za kiuchumi na kiuchumi zilizosababishwa na mafuriko na maporomoko ya ardhi hivi karibuni, kulingana na tathmini ya kina ya uharibifu wa ardhi na mafuriko iliyofanywa na Wizara ya Fedha na Mipango ya Uchumi . Hapo awali, makadirio ya […]
Rwanda: Des drones au service humanitaire
Les drones au Rwanda sont “humanitaires” plutĂŽt que “guerriers” diffĂ©remment de ce qui est dit Ă travers les MĂ©dias en parlant des conflits armĂ©s qui dĂ©ciment certaines rĂ©gions dans le monde. Ils servent de moyen de transport rapide du sang, vaccins, mĂ©dicaments vers les hĂŽpitaux et structures de santĂ© les plus Ă©loignĂ©s du milieu rural […]
Nyaruguru: Umwana yishwe azira ibishyimbo
Umugore witwa Mukeshimana Julienne, wubatse urugo mu mudugudu wa Kibayi, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, akekwaho kwica umwana w’umuturanyi we witwa Ndayisenga Claude, w’imyaka 12, amukubise inkoni n’imigeri. Ngo yamukekagaho kumwiba mu nzu mironko 3 z’ibishyimbo (hafi ibilo bine n’igice). Ubu bwicanyi bwabaye ku gicamunsi cyo kuwa 17 Nyakanga 2023. Ubwo […]
Congo: Minisitiri Nguesso yasabwe ibisobanuro ku masezerano yasinyanye n’u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Nyakanga 2023, Denis Christel Sassou Nguesso, umuhungu wa Perezida wa Congo-Brazzaville akaba na minisitiri ushinzwe ubutwererane mpuzamahanga w’iki gihugu, yitabye inteko ishinga amategeko imitwe yombi kugirango atange ibisobanuro ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda . Denis yumviswe na komite zishinzwe ububanyi nâamahanga zâimitwe yombi yâinteko ishinga amategeko mbere y’uko […]
Ruhango: Abanyamakuru bagabiye umuturage inka

Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023, abanyamakuru bakorera mu ntara yâAmajyepfo bagabiye uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi inka ndetse banatanga ubufasha burimo ibiribwa. Mu kagari ka rwoga umurenge wa Ruhango ni ho hatuye umuturage witwa Sendakize Joseph, akaba ari we wagabiwe inka. Yavuze ko byamushimishije kandi bigiye kumuhindurira imibereho. Ati: âNkurikije uburyo nahingaga sineze kubera kubura […]
Umunyamakuru wanenze abayobozi ba Karongi afungiwe mu nzererezi
Umunyamakuru Ngoboka Sylvain ukorera mu ntara yâUburengarazuba amaze iminsi ine afungiwe mu kigo gifungirwamo byâagateganyo inzererezi cya Tongati Transit Center nyuma yâaho anenze abagize komite nyobozi yâakarere ka Karongi. Umuyobozi wâikinyamakuru Rwanda News 24 gikorera muri iyi ntara avuga ko tariki ya 9 Nyakanga 2023 yagiranye ikiganiro nâuyu munyamakuru, Ngoboka anenga imyigire yâabayoboye Karongi, kandi […]
Harry Maguire issues a statement after losing Manchester united captaincy
Manchester United manager, Erik ten Hag, has stopped defender Harry Maguire of the captaincy amid reports for the Englishman to move to Westham United. Ten hag is expected to announce a new captain in due course. Maguire said that he was very saddened by being stripped of captaincy, but he was determined to continue to […]
Francophonie Games in Kinshasa: The accommodation conditions are not good according to the participants
Ten days before the start of the IX Games of La Francophonie, delegations from several countries have already arrived in Kinshasa. These include Togo, Niger, Burkina-Faso, the Republic of Congo, Benin and Chad. The athletes were on Monday, July 17 at the Stade des martyrs for a first training session. But the accommodation conditions are […]
Ingabo za Koreya ya Ruguru zataye muri yombi umusirikare w’Umunyamerika
Ingabo za Koreya ya Ruguru zataye muri yombi umusirikare ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika ubwo yarengaga urubibi avuye muri Koreya yâEpfo. Inkuru yâitabwa muri yombi ryâuyu Munyamerika yatangajwe nâurwego rwâUmuryango wâAbibumbye rugenzura igice kitagira nyiracyo kiri hagati ya Koreya ya Ruguru nâiyâEpfo, mu itangazo rwageneye abanyamakuru kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023. Uru […]
Imikino ya Francophonie: Abayitabiriye binubiye uko ibikorwa remezo bihagaze i Kinshasa
Ibihugu byitabiriye imikino ya La Francophonie muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye kwinubira ahantu byakiriwe ndetse n’imyiteguro yakozwe n’iki gihugu kugirango izagende neza, nyuma y’aho ibihugu bimwe byanze kuyitabira ibindi bikagabanya umubare w’abagombaga kubihagararira . Umwe mu bayoboye abakinnyi baturutse muri Burkina Faso, Coach Seydou Yacknaba, yabwiye itangazamakuru ko bakiriwe neza ariko bageze aho […]
Ndayishimiye yandagaje abacamanza baburanishije umunyeshuri ukekwaho gukopera ibizamini
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yandagaje abacamanza mu rukiko rukuru rwa Kirundo baherutse kuburanisha umunyeshuri wo mu mashuri yisumbuye, Christelle Ndayishimiye, ukekwaho gukopera ibizamini. Uyu munyeshuri yatawe muri yombi, aburanishwa icyaha cyo âkumena amabanga yâakaziâ, urukiko rukuru rumukatira igifungo cyâagateganyo, ajyanwa muri gereza ya Ngozi, ariko nyuma aza gufungurwa nyuma yâaho ikibazo cye giteje impaka […]
FPR yamaganye iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ryabereye i Musanze

FPR Inkotanyi yamaganye umuhango wâiyimikwa ryâuwiswe âUmwami wâAbakonoâ Kazoza Rushago Justin ryabereye mu murenge wa Kinigi wâakarere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023. Uyu muhango bivugwa ko witabiriwe nâabantu batandukanye barimo nâabayobozi mu nzego zâibanze, abanyamadini, ndetse kandi ngo harimo nâabanyamuryango bâiri shyaka. FPR yagize iti: âNâubwo hari intambwe yatewe, hari ibikwiriye gukosorwa kuko […]
Nyamasheke: Abayobozi babiri bahagaritswe byâagateganyo

Ndanga Janvier uyobora ishami ryâimibereho myiza yâabaturage ku karere ka Nyamasheke yahagaritswe byâagateganyo amezi 3, Tuyishime Augustin ushinzwe iterambere ryâubukungu nâimibereho myiza (SEDO) mu kagari ka Gakenke, umurenge wa Rangiro ahagarikwa amezi 2, bombi badahembwa, nkâuko amabaruwa abahagarika abivuga. Amakuru Bwiza.com yakuye muri bamwe mu bakozi bâaka karere bakorana bya hafi nâuyu Ndanga Janvier, nâabâumurenge […]
Dix enfants se sont noyés à  Nyabarongo, un homme en garde à  vue
La Police nationale du Rwanda (RNP) est actuellement engagĂ©e dans une recherche continue de dix enfants qui se sont tragiquement noyĂ©s dans la riviĂšre Nyabarongo le lundi 17 juillet . Dans une interview ce matin, John Bosco Kabera, le porte-parole du RNP, a fourni des dĂ©tails sur le malheureux incident survenu Ă Â 17 heures dans […]
Ibura rya Minisitiri w’intebe wa Jersey uri mu Rwanda n’umwungirije ryateje urunturuntu
Minisitiri wâintebe wa Jersey Kristina Moore nâumwungirije, Kirsten Morel, bombi babuze mu nama ya nyuma y’abagize guverinoma mbere yâikiruhuko, bituma bibasirwa cyane nâabanyapolitiki bagenzi babo . Kristina Moore arabarizwa mu Rwanda aho yitabiriye inama ku buringanire n’uburenganzira bw’abagore izwi nka “Women Deliver”, mu gihe umwungirije, Kirsten Morel yagiye mu biruhuko by’umuryango mu Bugereki. Mu ibaruwa […]
Kwizera Emmanuel yishwe azira kutishyura inkwano
Umugabo w’imyaka 35 y’amavuko witwa Kwizera Emmanuel wari utuye mu karere ka Kiruhura muri Uganda yishwe n’abo mu muryango wa sebukwe, bamuhora kuba yaranze kwishyura inkwano y’umukobwa wabo. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yatangaje ko Kwizera yakubiswe kugeza apfuye ubwo yari yagiye gucyura umugore we wari warahukanye. […]
Polisi y’u Rwanda n’iya Singapore birakataje mu gushimangira ubufatanye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nyakanga, ku cyicaro gikuru cya Polisi yâu Rwanda ku Kacyiru, habereye inama yahuje Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore nâintumwa ayoboye nâabayobozi bakuru bo muri Polisi yâu Rwanda . Ni inama igamije gushimangira ubufatanye, yayobowe nâUmuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye na mugenzi […]
Israel yemeye ko Sahara y’Iburengerazuba ari ubutaka bwa Maroc
Israel yemeye ubusugire bwa Maroc ku butaka butavugwaho rumwe bwa Sahara yâIburengerazuba, nk’uko Guverinoma ya Maroc ndetse nâitangazo ryâibiro bya Minisitiri wâIntebe wa Israel bivuga . Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Nyakanga, Rabat yavuze ko Israel itekereza gufungura ambasade i Dakhla. Itangazo ryâingoro ya cyami ya Maroc rivuga ko aho Israel ihagaze yabigaragaje […]
Ukraine: Ibitero bya drones na misile ballistique byibasiye amajyepfo n’uburasirazuba
Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko byatangajwe nâingabo zirwanira mu kirere muri Ukraine mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri. Umuyobozi w’umujyi yavuze ko inkongi y’umuriro yibasiye imwe mu “nyubako” […]
Wagner yohereje abarwanyi benshi muri Centrafrica
Umutwe wâabacancuro wa Wagner PMC wohereje amagana yâabarwanyi muri Repubulika ya Centrafrica kugira ngo bazafashe inzego zo muri iki gihugu kurinda umutekano wâamatora ya kamarampaka ku ihindurwa ryâItegekonshinga. Ihuriro ryâAbarusiya rigenzura imikorere ya Wagner muri Centrafrica, OUIS (Officersâ Union for International Security) ryatangarije kuri Telegram ko aba âbarimu bâinararibonyeâ basimbuye bagenzi babo bari basanzwe bakorera […]
MINEDUC irasaba ababyeyi kohereza abanyeshuri mu bizamini bya Leta hakiri kare

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUburezi ushinzwe ikoranabuhanga nâamashuri yâimyuga nâubumenyingiro, Irere Claudette, yasabye ababyeyi kohereza abana kare muri ibi bihe batangiye ibizamini bya leta. Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 abanyeshuri basaga ibihumbi 200 bazindukiye mu bizamini bisoza amashuri abanza. Mu ishuri rya Camp Kigali, ni hamwe mu hari gukorerwa ibizamini nâabanyeshuri 455 baturutse […]
Rwanda kufungua ujumbe wa kidiplomasia nchini Hungary
Rwanda inatazamiwa kufungua ujumbe wake wa kwanza wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, “hivi karibuni” ikiwa ni sehemu ya mipango ya nchi hiyo kuimarisha ushirikiano na nchi hiyo ya Ulaya, Rais Paul Kagame amesema . “Rwanda inakusudia kufungua uwepo wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, hivi karibuni kwani kuunda nafasi za kazi kwa nchi zetu na kukuza […]
Kanyabayonga: Civil society denounces harassment by Wazalendo militiamen
The inhabitants of the rural commune of Kanyabayonga, in the chiefdom of Bwito, territory of Rutshuru (North Kivu) complained, Sunday, July 16, of the harassment of the “Wazalendo” militiamen . For their survival, these local fighters have protected illegal barriers and are charging exorbitant taxes to travelers, under the gaze of the authorities, reported local […]
Putin yafashe icyemezo gituma Afurika yizirika umukanda kurushaho
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yafashe icyemezo gishobora gutuma Abanyafurika bizirika umukanda mu nda kurusha uko byari bisanzwe. Nkâuko ibiro ntaramakuru byâAbanyamerika (Associated Press) byabitangaje, iki cyemezo ni icyo guhagarika kubahiriza amasezerano yo kurekura ibinyampeke binyura ku Nyanja yâUmukara, byaheze ku byambu bitewe nâintambara ya Ukraine nâu Burusiya. Umuvugizi […]
Perezida wa Hongria yiyemeje kuba umwigisha wâamahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali
Perezida wa Hongria, Katalin NovĂ ÂĄk, yiyemeje kuba umwigisha wâamahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi. Uyu Mukuru wâIgihugu yatangaje ko yashengutse umutima nyuma yo gusura uru rwibutso, akunamira abaruhukiyemo, kandi ngo yanasengeye abarokotse nâAbanyarwanda muri rusange. NovĂ ÂĄk yavuze ko kandi kumenya amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi byatumye yiyemeza […]
Umuryango ukomeye urakeka uruhare rwa Tshisekedi mu rupfu rwa Okende
Umuryango LUCHA uharanira impinduka muri Repubulika ya demukarasi ya Congo urakeka uruhare rwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu rupfu rwa ChĂ©rubin Okende wari umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi. Okende wabaye Minisitiri w’ubwikorezi muri RDC, akaba umudepite nâumuvugizi wa MoĂ ÂŻse Katumbi, yasanzwe mu modoka i Kinshasa yishwe, nyuma yo gushimutirwa ku rukiko rushinzwe kurinda Itegekonshinga tariki ya 13 […]