Uganda isobanura ko ntaho ‘Banyarwanda’ bahuriye n’ikibazo yagiranye n’Abanyarwanda

Mundeyi asobanura ko Banyarwanda n'Abanyarwanda batandukanye

Minisiteri ishinzwe umutekano w’imbere muri Uganda yatangaje ko ntaho ikibazo cy’ibyangombwa abantu baturukaga mu Rwanda (Abanyarwanda) bagiriraga i Kampala gihuriye n’abo mu bwoko bwa Banyarwanda. Iki ni igisobanuro cyatanzwe n’Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Simon Peter Mundeyi, mu kiganiro yagiriye kuri NBS TV, kuri uyu wa 16 Nyakanga 2023. Mundeyi yavuze ko mu myaka mike ishize, Leta […]

Mchango wa Rwanda katika kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine

Rais Paul Kagame ametaja mazungumzo kama njia pekee inayoweza kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine, baada ya mwaka mmoja na miezi minne ya mzozo kati ya pande hizo mbili. Mkuu wa Nchi alitangaza hayo Jumapili, wakati yeye na mwenzake Katalin NovĂ ÂĄk wa Hungary, ambaye alikuwa katika ziara ya kikazi nchini Rwanda, walipozungumza na vyombo vya habari. […]

Le Rwanda construit des installations de stockage de gaz de pétrole liquéfié

Le Rwanda a commencĂ© la construction d’installations de stockage de gaz de pĂ©trole liquĂ©fiĂ© (GPL) dans la capitale Kigali afin d’assurer un approvisionnement stable en gaz pour sa population croissante dans le cadre des efforts visant à  rĂ©duire l’utilisation du bois pour la cuisine, a dĂ©clarĂ© samedi un responsable . Le projet d’une valeur de […]

Hongria igiye guhugura Abanyarwanda mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri

U Rwanda rwagiranye amasezerano na Hongria yo guhugura no kwigisha Abanyarwanda mu nzego zitandukanye harimo no gukoresha neza ingufu za nikeleyeri. Aya masezerano ni amwe mu masezerano atatu yasinywe hagati y’ibihugu byombi ku itariki ya 16 Nyakanga, mu ruzinduko rwa Perezida wa Hongria, Katalin NovĂ ÂĄk, mu Rwanda aho yakiriwe na Perezida Paul Kagame. Abakuru b’ibihugu […]

U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo Ben Wallace arateganya kwegura ku mirimo ye

Ben Wallace yatangaje ko azava ku mirimo ye ya Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza mu ivugurura rya guverinoma ritaha nyuma y’imyaka ine kuri uyu mwanya . Yabitangarije Sunday Times ko atazitabira amatora rusange ataha, ariko yanga kuva ku mirimo ye “imburagihe” no guteza amatora y’inzibacyuho. Bwana Wallace yabaye minisitiri w’ingabo mu buyobozi bw’abaminisitiri b’intebe batatu kandi […]

Nyaruguru: La FERWAFA vise une académie de football pour chaque secteur

Les partenaires et les hommes d'affaires originaires du district de Nyaruguru

La FĂ©dĂ©ration Rwandaise de Football Amateur (FERWAFA) prĂŽne la crĂ©ation d’un centre de formation de football pour chacun des 14 secteurs du district de Nyaruguru et promet d’en apporter une assistance technique nĂ©cessaire. Le commissaire en charge du dĂ©veloppement technique au sein de la FĂ©dĂ©ration, Sheikh Hamdan Habimana, a rĂ©vĂ©lĂ© cette vision lors de la […]

Huye: Abatishoboye bishyize hamwe bizeye kuva mu bukene vuba

Amafi ava mu byuzi byabo arabaha icyizere

Itsinda ry’abagore 4 n’abagabo 4 bo mu mu kagari ka Kibingo, umurenge wa Karama, akarere ka Huye, babarizwaga mu byiciro by’ubudehe by’abatishoboye (icya 1 n’icya 2) bafite icyizere ko umusaruro bagiye kubona mu mushinga wabo wo korora amafi, uzabateza ndi ntambwe ihamye ibakura mu byiciro by’abatishoboye bakajya mu byisumbuyeho. Ibi barabivuga nyuma yuko bateye ifi […]

Rutshuru: Imirambo 11 yagaragaye ahabereye imirwano hagati ya M23 na Wazalendo

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Nyakanga, nibura imirambo 11 yabonetse ku musozi wa Rubona, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma y’imirwano hagati ya M23 na Mai-Mai Wazalendo . Nyuma y’uko inyeshyamba zimaze kuva mu mujyi wa Bukombo, ngo nibwo hagenzuwe ibyangiritse nyuma y’iyi mirwano iheruka, ari nabwo mu gitondo cyo ku […]

Umubiri w’umusirikare w’u Rwanda wiciwe muri Centrafrica wagejejwe i Kigali

Umubiri wa Sgt Tabaro ubwo wakurwaga mu ndege

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko umubiri w’umusirikare wiciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro muri Repubulika ya Centrafrica wagejejwe i Kigali kuri uyu wa 16 Nyakanga 2023. Umubiri w’uyu musirikare, Sergeant Tabaro Eustache, wakiriwe mu cyubahiro n’itsinda ry’abasirikare riyobowe na Maj. Gen. Ruki Karusisi wari uhagarariye Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Lt Gen. Mubarakh Muganga, ndetse […]

Ubutasi bw’u Burusiya bwaburijemo umugambi wo kwica abanyamakuru 2 bazwi cyane

221027072053-ksenia-sobchak-2018-file.jpg

Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, byatangaje ko urukiko rwa Moscou rwatangiye gukurikirana abarindwi ku byaha bijyanye n’umugambi “ushingiye ku kwanga igihugu” wo kwica abanyamakuru babiri bakomeye b’Abarusiya . Ku wa Gatandatu, urukiko rwategetse ifungwa ry’abana batanu bavutse hagati ya 2005 na 2006, n’abagabo babiri ruvuga ko bagize itsinda ryateguwe. Nk’uko TASS ibitangaza, Urwego rushinzwe ubutasi […]

Ni iki cyakurikiraho mu gihe FDLR yatera Rubavu?

Lt Col Ryarasa yasabye ab'i Rubavu kuba maso

Umuyobozi w’ingabo z’u Rwanda mu karere ka Rubavu, Nyabihu na Rutsiro, Lieutenant Colonel Ryarasa William yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR uteganya kugaba ibitero mu karere ka Rubavu. Uyu musirikare wavuze aya magambo tariki ya 14 Nyakanga 2023 ubwo yari mu nama mpuzabikorwa n’abo mu nzego zitandukanye mu karere ka Rubavu, yasobanuye ko abarwanyi […]

Gen. Ntaganda yategetswe kwishyura miliyari 31 Frw abahohotewe n’inyeshyamba ze

Uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba, akorera mu Ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Congo, Bosco Ntaganda, n’itsinda rye bategetswe kwishyura amadolari arenga miliyoni 30 (31.300.000$) kugira ngo bishyure abagizweho ingaruka n’ibyaha byakozwe hagati ya 2002 na 2003 muri Ituri. Aya mafaranga yategetswe ku wa Gatanu n’Urugereko rwa Mbere rw’Iremezo rw’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) mu gihe cy’iburanisha […]

RIB iravuga ko hari abanyamakuru babangamira akazi kayo

Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, aravuga ko hari abanyamakuru babangamira akazi kayo k’iperereza, bikagera ku rwego rwo kubuza abo rushaka kuvugana n’abagenzacyaha. Ibi Murangira yabikomojeho avuga ku nkuru y’abantu babiri bo mu karere ka Gicumbi batawe muri yombi tariki ya 13 Nyakanga 2023 bakekwaho kubeshyera Pasiteri ko yasambanyije umuyoboke we. Mu kiganiro na […]

Bishop Gafaranga arahamya ko yahombeye Frw miliyoni 70 muri Tom Transfers

Habiyaremye Zacharie alias Bishop Gafaranga uzwi nk’umunyarwenya n’umushoramari aravuga ko yahombeye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 70 mu kigo Tom Transfers cyatangaga serivisi yo gukodesha imodoka. Gafaranga yabivugiye mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, cyagiye hanze kuri uyu wa 15 Nyakanga 2023. Yagize ati: “Nari mfite business nakoraga, nkorana na Tom Transfers. Kiriya kigo nakoragamo cyaje […]

Uwabaye umuzamu w’ikipe ya Nigeria yayiteguje ko Amavubi ashobora kuzayitsinda

Peter Rufai mu bihe bye ubwo yari imbere ya Diego Maradona, bombi bari ba kapiteni b'amakipe y'ibihugu

Peter Rufai wabaye umuzamu w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Nigeria hagati y’umwaka w’1983 n’1998 yayiteguje ko Amavubi y’u Rwanda ashobora kuyitsindira mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi mu gihe yayasuzugura. Amavubi ari mu itsinda C hamwe n’ikipe ya Afurika y’Epfo, iya Benin (zifite ibikombe bitatu bya Afurika), iya Zimbabwe na Lesotho. Rufai mu kiganiro cyihariye […]

Burundi: Umunyeshuri wafunzwe akekwaho gukopera ibizamini yaciye igikuba

Umunyeshuri witwa Ndayishimiye Christelle wigaga mu ishuri ryisumbuye rya Mugendo mu ntara ya Kirundo, yaciye igikuba nyuma yo gufungwa akekwaho gukopera ibizamini. Uyu munyeshuri yatawe muri yombi nyuma y’aho bagenzi be bandikiye umuyobozi w’ishuri witwa Nemeyimana Oscar, bamumenyesha ko uyu ajya gukora ibizamini azi ibyo ari bubazwe. Tariki ya 12 Nyakanga 2023, urukiko rukuru rwa […]

Ubutumwa bwa Léandre Onana busezera aba-Rayon Sports

Umunya-CamĂ©roun LĂ©andre Essomba Willy Onana, yasezeye ku Bakunzi ba Rayon Sports nyuma yo gutandukana n’iyi kipe akerekeza muri Simba Sports Club yo muri Tanzania. Muri iyi mpeshyi ni bwo uyu rutahizamu yerekeje muri Simba nyuma yo gusoza amasezerano y’imyaka ibiri yari afitanye na Rayon Sports. Ni imyaka yahetsemo iyi kipe ku buryo bugaragara, ibyatumye yigarurira […]

Rusizi: Meya yahagaritse umwarimu ukekwaho gutorokana amafaranga ya bagenzi be

Icyumweru kirirenze Nahimana ThĂ©ogĂšne wigishaga muri G.S Cyato, umurenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi atagaragara mu ruhame, bigakekwa ko intandaro ari amafaranga 1.776.500 y’ikimina yari abikiye bagenzi be, umunsi w’inama yo kuyagabana ku wa 6 Nyakanga, akababwira ko ayabazanira bukeye bwaho, akaza kubura. Ku wa 13 Nyakanga ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwamwandikiye ibaruwa imuhagarika by’agateganyo. […]

Usikilizaji wa rufaa ya Prince Kid uliahirishwa hadi Septemba

Mahakama kuu ya Nyamirambo imeahirisha kusikilizwa kwa kesi ya Dieudonne Ishimwe, maarufu Prince Kid hadi Septemba 15 . Wakati wa kusikilizwa kwa kesi hiyo Ijumaa, Julai 14, jaji kiongozi alisema kuahirishwa kunalenga kuwapa upande wa utetezi muda wa kutosha wa kutathmini na kuchunguza ripoti kutoka kwa Maabara ya Uchunguzi wa Uchunguzi wa Rwanda kuhusu ushahidi […]

Bwito: Barasaba ingabo za EAC kujya guhosha imirwano ikomeje guhuza M23 na Wazalendo

Abaturage bo muri Bwito, Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) basabye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, ko ingabo za EAC zoherezwa mu karere kabo gutandukanya inyeshyamba za M23 n’inyeshyamba za Wazalendo zimaze iminsi mu mirwano . Izi ngabo zombi zimaze iminsi itatu zirwana n’intwaro zikomeye, cyane cyane mu gace ka Bukombo (Kivu y’Amajyaruguru) […]

Me Nyembo aravuga ko Prince Kid ari kujurajuzwa

Umunyamategeko umwe muri babiri bunganira Ishimwe DieudonnĂ© uzwi nka Prince Kid, Me Emelyne Nyembo, aravuga ko umukiriya we akomeje kujurajuzwa, bikamushyira mu rujijo rw’ikigambiriwe. Ni amarangamutima yagaragaje, yerekana ko atishimiye kuba ubushinjacyaha bwashyize mu masaa saba y’ijoro ryo kuri uyu wa 14 Nyakanga 2023 muri sisiteme y’urubanza ibimenyetso rwagombaga kwifashisha, habura amasaha make ko urubanza […]

RDF yivuganye Général Bin Laden wayoboraga abarwanyi bayiciye umusirikare

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA) ziherutse kwica umuyobozi w’abarwanyi baziciye umusirikare, GĂ©nĂ©ral Mahamat Tom uzwi nka ‘Bin Laden’. Iki gitero umusirikare w’u Rwanda yaguyemo cy’abitwaje intwaro bo mu ihuriro rya CPC cyagabwe ku basirikare bari ku burinzi hafi y’agace ka Sam-Ouandja, intara ya Haute-Kotto tariki ya […]

Kirehe: Le secrĂ©taire exĂ©cutif arrĂ ÂȘtĂ© pour dĂ©tournement de fonds

Le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© jeudi 13 juillet l’arrestation d’Olivier Mwenedata, le secrĂ©taire exĂ©cutif du secteur de Gahara, dans le district de Kirehe, pour dĂ©tournement de fonds. Mwenedata a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© le 12 juillet . Selon Thierry Murangira, le porte-parole de RIB, le suspect a Ă©tĂ© pris en flagrant dĂ©lit aprĂšs avoir […]

RDC: Uwatabarije ChĂ©rubin asanze yapfuye niwe wafashwe nk’ukekwa wa mbere

Nyuma y’iyicwa ry’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri RD Congo, ChĂ©rubin Okende Senga i Kinshasa, ukekwaho icyaha wa mbere ari mu maboko y’ubutabera nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, n’umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’iremezo. Yatawe muri yombi ku wa Kane afatiwe ahavumbuwe umurambo w’umudepite. Abayobozi bakomeje iperereza ry’ubucamanza . Nk’uko byatangajwe n’umushinjacyaha […]

Museveni abona Kabila afite uruhare rukomeye mu kuba ADF icyinyagambura

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yagaragaje ko kuba umutwe w’iterabwoba wa ADF ucyinyagambura byaratewe n’ubutegetsi bwa Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demukarasi ya Congo bwawakiriye, bukawugusha neza. Museveni kuri uyu wa 13 Nyakanga 2023 yatangaje ko kubera igisirikare n’urwego rw’ubutasi bikomeye, abarwanyi ba ADF birukanwe ku butaka bwa Uganda ubwo batsindirwaga mu kibaya cya Semuliki […]

Afurika y’Epfo: Urukiko Rukuru rwemeje ko Jacob Zuma agomba gusubira muri gereza

Kuri uyu wa Kane, Urukiko Rukuru rwa Afurika y’Epfo rwanze guhindura icyemezo cy’urukiko cyari gisanzwe cyemeza ko Jacob Zuma wahoze aroi perezida agomba gusubira muri gereza nyuma yo kurekurwa by’agateganyo hakiri kare kubera impamvu z’uburwayi . Icyemezo cy’Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga gishobora gusubiza Zuma muri gereza, nyuma y’imyaka ibiri atawe muri yombi bwa […]

UK: Guverinoma yahawe uburenganzira bwo kujuririra icyemezo gihagarika gahunda yo kohereza abimukira

Urukiko rw’ubujurire rwo mu bwami bw’u Bwongereza rwahaye guverinoma uburenganzira bwo kujuririra icyemezo rwafashe gihagarika gahunda yo kohereza abimukira batemewe n’amategeko mu Rwanda. Uru rukiko mu mwanzuro ruherutse gufata, rwavuguruje uw’urukuru, rusobanura ko hari impungenge zifite impamvu, zigaragaza ko aba bimukira barebwa n’amasezerano guverinoma zombi zagiranye muri Mata 2022, bashobora kutazafatwa neza bari mu Rwanda. […]

NESA irakebura ababyeyi badaha abanyeshuri ‘tike’ ibageza mu rugo

Abakozi ba NESA baba bakurikiranira hafi uko igikorwa kigenda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) kiremeza ko gihura n’imbogamizi y’uko hari ababyeyi batoherereza abanyeshuri amafaranga y’urugendo (ticket) abageza iwabo, bigatuma basiragira mu gihe imodoka zibagejeje kuri za site zagenwe, kikaboneraho kubakebura. Ibi byatangajwe n’umuyobozi w’ishami rishinzwe ireme ry’uburezi n’ubugenzuzi bw’amashuri muri NESA, Kavutse Vianney Augustin, mu kiganiro yagiranye na BWIZA kuri […]

A Rwandan living in France indicted and imprisoned in Paris for genocide

A 58-year-old Rwandan living in France was indicted in early July in Paris, in particular for crimes against humanity, suspected of having participated in the executions of Tutsi civilians during the 1994 genocide, which he disputes . Madjaliwa Safari, domiciled near Tours, “firmly disputes all of the facts with which he is accused”, reacted to […]

DRC: Mpinzani na naibu Chérubin Okende alipatikana amefariki

Miezi saba baada ya kujiuzulu kutoka kwa serikali, ChĂ©rubin Okende, ambaye alikua mpinzani pamoja na MoĂ ÂŻse Katumbi, alipatikana amekufa Alhamisi Julai 13 kwenye gari lake kwenye barabara ya Heavy Weight huko Kinshasa, mji mkuu wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) . Waziri wa zamani wa Uchukuzi ambaye aliahidi kufanyia kazi ushindi wa MoĂ ÂŻse Katumbi […]

Quatre enseignants arrĂ ÂȘtĂ©s pour avoir prĂ©tendument aidĂ© une Ă©tudiante à  avorter

Les forces de l’ordre ont arrĂ ÂȘtĂ© mercredi 12 juillet quatre enseignants de l’Ă©cole d’enseignement et la formation techniques et professionnels Sainte TrinitĂ© de Nyanza, dans le district de Nyanza, pour une affaire liĂ©e à  un avortement illĂ©gal . L’opĂ©ration Ă©tait un effort conjoint du Bureau d’enquĂ ÂȘte rwandais (RIB) en collaboration avec la Police nationale du […]

France: Hubert Védrine yahagaritse ikirego yaregaga uwamushinje uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

x1080.jpg

Hubert VĂ©drine wahoze ari umuyobozi w’abasosiyaliste akaba n’umunyamabanga mukuru muri perezidansi ku butegetsi bwa Mitterrand, yahagaritse ikirego yaregaga Annie Faure, wari umuganga w’ubutabazi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. VĂ©drine yaregaga uyu muganga kumusebya kubera ko yatangaje mu kiganiro yagiranye na France Inter ati “Ni we wari umuhuza hagati ya Mitterrand, Ingabo z’u Bufaransa n’Ingabo […]

Ubushinjacyaha bwatanze ibisobanuro ku ntwaro zafatiwe kwa Bunyoni

Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u Burundi, AgnĂšs Bangiricenge, yatanze ibisobanuro ku ntwaro zafatiwe mu rugo rwa GĂ©nĂ©ral de Police Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’iki gihugu. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, hamwe n’abandi bavugizi b’inzego za Leta kuri uyu wa 13 Nyakanga 2023, uyu Muvugizi yavuze ko Bunyoni akurikiranweho ibyaha bitanu birimo gukoresha […]

Umujenerali w’Umurusiya yashinje ubuyobozi bw’ingabo ubugambanyi

Umujenerali w’Umurusiya yavuze ko yirukanwe nk’umuyobozi nyuma yo kubwira ubuyobozi bw’ingabo ko ibintu bimeze nabi ku rugamba muri Ukraine aho yavuze ko abasirikare b’u Burusiya bagambaniwe kubera kunanirwa kw’abari hejuru mu buyobozi bw’ingabo . Nyuma yo kwigomeka ko kuwa 24 Kamena kw’abacanshuro ba Wagner, ikibazo gikomeye cyari kibaye mu gihugu imbere mu myaka ibarirwa muri […]

Nyanza: Walimu wanne walikamatwa kwa kutoa mimba ya mwanafunzi

Mwanafunzi huyo mjamzito arikua akisomea katika Shule ya Sekondari ya Sainte TrinitĂ© huko Nyanza ambapo walimu hawa warikuwa wakifundisha. Katika Wilaya ya Nyanza Jimbo la Kusini kuna taarifa za kukamatwa kwa walimu wanne, ambapo walituhumiwa kumpa ujauzito mwanafunzi waliyekuwa wakimfundisha.Taarifa hizo zilijulikana Jumatano ya Julai 12, 2023 ambapo Ofisi ya Mwendesha Mashtaka wa Taifa (RIB). […]

Paris: Umunyarwanda Safari ushinjwa uruhare muri jenoside afunzwe by’agateganyo

Guhera mu ntangiriro za Nyakanga, Umunyarwanda uba mu Bufaransa arimo gukorwaho iperereza i Paris, cyane cyane ku byaha byibasiye inyokomuntu, akaba kuri ubu afunzwe by’agateganyo mbere y’iburanisha nk’uko amakuru aturuka mu butabera yabyemeje kuri uyu wa Gatatu ushize. Uyu akekwaho kuba yaragize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 . Madjaliwa Safari, ufite imyaka 58, […]

U Rwanda rwifatanyije n’ibihugu bya Afurika mu kwizihiza umunsi wo kurwanya ruswa

Mu gihe umunsi nyafurika wahariwe kurwanya ruswa uba tariki ya 11 Nyakanga buri mwaka, kuri uyu wa 12 Nyakanga 2023, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu mu kuwizihiza mu birori byabereye i Kigali byateguwe n’Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali. Ku rwego rw’Afurika, insanganyamatsiko y’uyu mwaka wa 2023 ni: “Amasezerano y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afrika yo gukumira […]

Waasi 5 dhidi ya serikali ya Rwanda waliuawa nchini Burundi

Wapiganaji watano wa kundi lenye silaha la FLN dhidi ya utawala wa Rwanda waliuawa hivi karibuni katika msitu wa Kibira nchini Burundi, karibu na mkoa wa Cibitoke kwenye mpaka. Tovuti ya SOS Burundi inaeleza kwamba walikufa katika mapigano kati ya FLN na jeshi la Burundi yenye makao yake makuu Kibira, yaliyotokea kwenye Mlima Gasenyi na Gafumbegeti katika […]

Inyeshyamba 5 zirwanya Leta y’u Rwanda ziciwe mu Burundi

Abarwanyi batanu b’umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda baherutse kwicirwa mu ishyamba rya Kibira mu Burundi, ahagana mu ntara ya Cibitoke iri ku mupaka. Urubuga SOS Burundi rusobanura ko bapfiriye mu mirwano FLN yari ihanganiyemo n’ingabo z’u Burundi zifite ibirindiro muri Kibira, yabereye ku musozi wa Gasenyi na Gafumbegeti muri komini Mabayi. […]

Uwari minisitiri w’imari wa Mozambique yoherejwe kuburanishwa n’ubutabera bwa Amerika

Minisiteri y’ubutabera muri Afurika y’Epfo yavuze ko uwahoze ari minisitiri w’imari wa Mozambique, Manuel Chang, yoherejwe muri Amerika avuye muri iki gihugu kuri uyu wa Gatatu ushize kugira ngo ajye kuburanishwa ku ruhare akekwaho mu kibazo cy’inyerezwa ry’inguzanyo ya miliyari 2 z’amadolari . Chang, wahakanye amakosa, yari afungiye muri Afurika y’Epfo kuva mu 2018, ubwo […]

Burundi: Minisitiri yategetse ko abatwita badafite abagabo bajya bazirikwa

Minisitiri w’umutekano w’imbere mu Burundi, Martin Niteretse, yategetse ko abakobwa cyangwa abandi bose batwita batarashaka, bajya bazirikwa kugeza bavuze amazina y’abagabo baba barabateye inda. Ibi Minisitiri Niteretse yabivugiye mu nama yakoreye muri komini Busiga, intara ya Ngozi tariki ya 3 Nyakanga 2023. Yagize ati: “Kugira se w’umwana ntamenyekane, mbabwira ukuntu biba byagenze? Ni ukuvuga uhera […]

Kenya: Imyigaragambyo yamagana izamuka ry’imisoro yaguyemo abantu batandatu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Nyakanga, imyigaragambyo yadutse muri Kenya ubwo abaturage bajyaga mu mihanda mu mijyi bamagana izamuka ry’imisoro yahitanye abantu batandatu . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, igipolisi cyemeje umubare w’abapfuye, kivuga ko imyigaragambyo yahinduye isura, abantu bagasahura kandi bakangiza ibikorwa remezo. Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Raila Odinga, ukuriye ishyaka rya Azimio la […]

Umunyamakuru wa BBC uvugwaho gukora amabara yashyizwe hanze n’umugore we

Umugore witwa Vicky Flind yatangaje ko umugabo we usanzwe ari icyamamare kuri BBC, Huw Edwards, ari we ukekwaho kwishyura umwana w’umukobwa amafaranga kugira ngo ajye amwereka amafoto n’amashusho y’urukozasoni. Iyi nkuru imaze igihe ivugwa mu binyamakuru mpuzamahanga bitandukanye, cyane cyane The Sun, gusa byirinze gushyira hanze amazina y’uyu munyamakuru w’imyaka 61 y’amavuko ku mpamvu z’umutekano […]

Rutshuru: Imirwano yakomeje nyuma y’aho M23 ifashe Gurupoma ya Bukombo

Kuri uyu wa Gatatu, imirwano yongeye kuba hagati y’inyeshyamba za M23 n’uinyeshyamba Nyatura ahitwa Katwiyovu, nyuma y’indi mirwano ikaze yabereye muri Gurupoma ya Bukombo-centre, yarangiye M23 ihafashe . Amakuru ahabera imirwano muri iki gice cya Teritwari ya Rutshuru avuga ko igice kinini cy’abaturage bahungiye i Nyanzale, Katsiru na Mashango. Hagati aho, Centre ya Bukombo ikomeje […]

EU iri gutegura ibihano ku biganjemo abofisiye ba FARDC

Komisiyo y’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) irateganya gufatira ibihano abasirikare n’abarwanyi batandukanye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo biganjemo abo mu ngabo z’iki gihugu. Ikinyamakuru Africa Intelligence gisobanura ko iyi gahunda iri gutegurwa nyuma y’ubusabe bw’ibihugu bitandukanye bigize EU birimo: u Buholandi, u Bubiligi n’u Budage, byashingiye kuri raporo y’Umuryango w’Abibumbye yasohotse mu kwezi gushize. Amazina […]

Rutshuru: M23 imechukua eneo la Bukombo tangu Jumanne

Tangu Jumanne, Julai 11, waasi wa M23 wamekalia eneo la Bukombo-kati, mji mkuu wa kundi lenye jina moja, eneo la Rutshuru (Kivu Kaskazini) . Wapiganaji hawa wanauzingira mkoa huu baada ya mapigano yaliyowakutanisha na vikundi vya wenyeji wenye silaha katika mkoa wa Bwito, haswa huko Bukombo. Vyanzo vya habari katika ukanda huo vinasema kuwa sehemu […]

Sudani: Abasivili bagera kuri 34 biciwe mu gitero cya bombe mu isoko

Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje kuri uyu wa Gatatu, ko byibuze abasivili 34 bahitanwe n’ibisasu byarashwe nta kurobanura mu isoko ryo mu mujyi wa Omdurman, mu burengerazuba bw’umurwa mukuru Khartoum . Minisiteri mu itangazo rigufi yavuze ko abana benshi bari mu bahohotewe. Ababibonye bavuga ko igitero cyabaye ku isaha ya saa mbiri za mu gitondo […]

Umukuru wa UN yasabye ko abishe umusirikare w’u Rwanda bahigwa bukware

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye ko abagizi ba nabi baherutse kugaba igitero cyaguyemo umusirikare w’u Rwanda muri Repubulika ya Centrafrica bahigwa bukware. Nk’uko Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ibisobanura, iki gitero cy’abitwaje intwaro cyagabwe ku basirikare bari ku burinzi hafi y’agace ka Sam-Ouandja, intara ya Haute-Kotto tariki ya 10 Nyakanga 2023. Guterres, nk’uko urubuga […]

UK: Theresa May abona kwirukana abimukira bizorohereza abacuruza abantu

Theresa May wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ntashyigikiye gahunda ya guverinoma yo kwirukana abimukira bageze muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko guhera muri Werurwe 2023, cyangwa kubohereza ku ngufu ahandi hantu. Ibi yabivuze ubwo mu ngoro y’inteko ishinga amategeko bajyaga impaka kuri iri tegeko riha guverinoma ububasha bwo kwirukana abimukira bose bageze mu Bwongereza […]

L’ONU condamne l’attaque qui a tuĂ© un casque bleu rwandais

Le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral des Nations unies, Antonio Guterres, a condamnĂ© une attaque contre la mission de l’ONU en RĂ©publique centrafricaine (MINUSCA) le lundi 10 juillet, au cours de laquelle un casque bleu rwandais a Ă©tĂ© tuĂ© . Une patrouille de la MINUSCA sur l’axe Sam-Ouandja-Ouadda, prĂ©fecture de la Haute-Kotto dans le nord-est de la RĂ©publique […]

Perezida wa Iran ari muri Kenya mu ruzinduko rwa mbere mu myaka 10 ishize ku mugabane

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakiriwe na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, ubwo yatangiraga kuzenguruka ibihugu bitatu byo muri Afurika Tehran ivuga ko ari “intangiriro nshya” mu mibanire n’umugabane . Urugendo rwa Raisi muri Afurika, ruzanamujyana muri Uganda na Zimbabwe, ni urwa mbere rwa perezida wa Iran mu myaka irenga […]

Igisasu cyambukiranya imigabane cya Koreya ya Ruguru cyaguye hafi y’u Buyapani

Abayobozi b’u Buyapani na Koreya y’Epfo baravuga ko Koreya ya Ruguru yarashe misile bikekwa ko ari yo mu bwoko bwa misile zambukiranya imigabane, intercontinental ballistic missile (ICBM) ikagwa hafi y’u Buyapani . Iki gisasu kiraswa mu ntera ndende cyane cyagurutse mu gihe kirenga isaha imwe mbere yo kugwa mu mazi y’u Buyapani mu gitondo cyo […]

Rusizi: Umwarimu yatorokanye amafaranga 1.700.000 ya bagenzi be

Ingabire avuga ko batangiye gutakaza icyizere cy'amafaranga yabo

Kuva ku wa 6 Nyakanga 2023, Nahimana ThĂ©ogĂšne wigisha Imibare muri G.S Cyato King’s House School, mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi yabuze ku kazi n’iwe mu rugo mu mudugudu wa Gitovu, akagari ka Kabagina muri uyu murenge wa Nyakarenzo, bagenzi be bakorana bakavuga ko yavuye ku ishuri avuga ko agiye kubazanira amafaranga yabo […]

Ikibazo cya M23 kigiye gusubiza Uhuru Kenyatta i Goma

Umuhuza w’Abanyekongo washyizweho n’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, Uhuru Kenyatta, arasubira mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 12 Nyakanga 2023, ajyanwe n’ikibazo cy’umutwe witwaje intwaro wa M23. Biteganyijwe ko Uhuru ahahurira na Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, na Minisitiri ushinzwe ukwishyira hamwe kw’akarere, Mbusa Nyamwisi. Aba bayobozi bose bazaganira […]

Ishyaka rya Katumbi ryasobanuye uko umujyanama we yabonye nimero y’umujenerali wa RDF

Nyuma y’ukwezi kurenga afatiwe ku kibuga cy’indege cya N’djili, umujyanama wihariye wa MoĂ ÂŻse Katumbi ntaraburanishwa. Hakurikijwe ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ubutasi bwa gisirikare bwashyize ahagaragara, Salomon Idi Kalonda ngo yaba afatanya n’abayobozi ba M23 ndetse n’abasirikare bamwe bo mu Rwanda kugira ngo bagerageze guhungabanya igihugu no gushyira ku buyobozi bwacyo umuyobozi ukomoka muri Katanga . […]

Uganda irateganya kubaka umuyoboro wa peteroli uzagera mu Rwanda

Umuyobozi w’inama y’ubuyobozi bwa Mahathi Infra Uganda Ltd, Steve Omenge Mainda, yahishuye imigambi ya Uganda yo kubaka umuyoboro (Pipeline) uzajya unyuzwamo peteroli uzava Bukasa, ugakomeza Bwerenga muri Kawuku ukagera mu Rwanda, mu rwego rwo gukiza imihanda kunyuzwamo ibikomoka kuri peteroli . ” Twerekanye ko dushobora kandi twizera ko niturangiza uyu mushinga dushobora guhabwa uruhushya rwo […]

Umunyafurikakazi ufite ibigwi mu kwiruka yatsinze urubanza rw’abamufataga nk’umugabo

Umukinnyi w’icyamamare mu mukino wo kwiruka ukomoka muri Afurika y’Epfo, Caster Semenya, yatsinze urubanza rwe n’urwego mpuzamahanga rwamubujije amahirwe yo kwitabira aya marushanwa kuko ngo afite imisemburo myinshi nk’iy’abagabo izwi nka ‘testosterone’. Semenya wegukanye irushanwa rya Olympic inshuro ebyiri n’iry’Isi inshuro eshatu mu kwiruka ku ntera ya metero 800, mu 2019 yasabwe kugabanyisha imisemburo afite […]

London: Uwari minisitiri wakunze gushyigikira abimukira ashyigikiye ko boherezwa mu Rwanda

Uwahoze ari minisitiri w’umutekano w’imbere Bwongereza, Ken Clarke, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda igomba ‘guhabwa amahirwe’ yo guca ubwato bwambukiranya imipaka y’u Bwongereza . Uyu muyoboke w’igihe kirekire w’ishyaka riri ku butegetsi, umaze igihe kinini ugaragara nk’uri muri oposition, yashimangiye ko ashyigikiye gahunda mu gihe guverinoma yitegura kujuririra […]