Gasabo: Barasaba ko amategeko yirengagizwa ku mugabo uvugwaho kwicisha umwana ishoka

Abatuye mu mudugudu wa Nyakabungo, akagari ka Gasanze, umurenge wa Nduba mu karere ka Gasabo barasaba ko umugabo witwa Bunani Pascal wireze kwicisha ishoka umukobwa w’imyaka 13 wabyawe n’umugore we ko na we yarasirwa mu ruhame. Uyu mukobwa witwa Agasaro Mwizerwa Promesse yapfuye mu rukerera rwo ku wa 9 Kanama 2023. Bivugwa ko Bunani ukekwa […]

Kim Jong un yirukanye umuyobozi w’igisirikare anasaba kwitegura intambara

np_file_221145.jpg

Kuri uyu wa Kane, Ibiro Ntaramakuru bya Leta muri Koreya ya Ruguru, KCNA, byatangaje ko Umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yirukanye ku mirimo ye umuyobozi w’igisirikare anasaba ko hakorwa imyiteguro myinshi y’intambara, kongera ingufu mu ntwaro, ndetse no kwagura imyitozo ya gisirikare. Amakuru aravuga ko Kim yabivugiye mu nama ya Komisiyo Nkuru […]

Utah: Umugabo wari umaze iminsi atera ubwoba Perezida Biden yishwe na FBI

Umugabo washyize iterabwoba kuri Perezida Joe Biden hamwe n’abandi bayobozi abinyujije kuri interineti yarasiwe mu gitero cya FBI arapfa kuri uyu wa Gatatu, itariki 9 Kanama 2023. Abakozi ba FBI ngo bageragezaga gushyikiriza uyu witwa Craig Robertson icyemezo cyo kumuta muri yombi bamusanze iwe muri Utah, amasaha make mbere y’uruzinduko ruteganijwe rwa Joe Biden muri […]

Kandida perezida mu gihugu cya Equateur yiciwe mu gikorwa cyo kwiyamamaza

skynews-fernando-villavicencio_6245974.jpg

Umukandida ku mwanya wa perezida muri Equateur, Fernando Villavicencio, wakunze kunenga cyane ruswa ndetse n’ibyaha byateguwe, kuri uyu wa Gatatu, itariki 9 Kanama, yiciwe mu gikorwa cyo kwiyamamaza, nk’uko byatangajwe n’abayobozi, mu gihe ubugizi bwa nabi bwinshi muri iki gihugu bushinjwa abacuruza ibiyobyabwenge. Ibitangazamakuru byaho byavuze ko amasasu agera kuri 30 yarashwe mu gikorwa cyabereye […]

Umunyamahirwe yatsindiye hafi miliyari 2000 Frw muri lotto

Umunyamahirwe mu mukino wa lotto muri Leta ya Florida, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuje numero yose atsindira akayabo ka miliyari 1.58 z’Amadolari (miliyari 1.18 z’Amayero). Ni ku nshuro ya 3 mu mateka ya Amerika hatsindiwe amafaranga angana gutya mu mikino y’amahirwe Itike yatsinze yagurishirijwe muri supermarket iherereye mu gace ka Neptune Beach […]

DRC: Trial of former adviser to Tshisekedi resumed on Wednesday

The month of August is marked by the resumption of the trials of all the disgraceful members of the regime. After Fortunat Biselele and Jean-Marc Kabund, resumed this Wednesday, August 9, 2023 before the High Military Court of the trial of Franà§ois Beya, former adviser to FĂ©lix Tshisekedi in matters of security. Accused of undermining […]

Amhara: Igisirikare cya Ethiopia kirukanye inyeshyamba za Fano mu Mujyi wa Gondar

Abasirikare ba Ethiopia birukanye inyeshyamba za Fano muri Gondar hafi ya yose, umujyi munini umaze iminsi icyumweru uberamo imirwano wo mu Ntara ya Amhara, nk’uko abaturage ndetse n’umwe muri izo nyeshyamba babitangaje. Intsinzi y’igisirikare i Gondar, umujyi wa kabiri munini wa Amahara, ni intambwe ya mbere ikomeye ku ngabo z’igihugu, zari zashegeshwe n’abarwanyi ba Fano […]

RDC: Hasubukuwe urubanza rw’uwahoze ari umujyanama wa Perezida Tshisekedi

Uku kwezi kwa Kanama gukomeje kurangwa no gusubukura imanza z’abari ibikomerezwa mu buyobozi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubu bari ku gatebe bakaba bakomeje no gukurikiranwa n’ubutabera. Nyuma ya Fortunat Biselele na Jean-Marc Kabund, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 9 Kanama 2023 imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare, hasubukuwe urubanza rwa Franà§ois Beya, wahoze […]

Israel yiyemeje gusubiza Liban mu myaka isaga miliyoni 2 ishize Hezbollah nikomeza kuyishotora

Israel yatanze umuburo ivuga ko intambara niramuka yongeye hagati ya yo na Hezbollah bizaviramo Liban gusubira “mu bihe nk’ibyo mu myaka isaga miliyoni 2 ishize” . Kuri uyu wa Kabiri ushize, ibi byatangajwe na Minisitiri w’ingabo wa Israel, Yoav Gallant, nyuma y’ibyumweru byinshi byo gukozanyaho bya hato na hato n’umutwe witwaje intwaro ushyigikiwe na Iran […]

Abasirikare ba Niger banze kwakira intumwa za UN, AU na ECOWAS

Abasirikare bo muri Niger baherutse gukura Mohamed Bazoum ku butegetsi banze kwakira intumwa z’Umuryango w’Abibumbye (UN), umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) n’uw’ibihugu bigize akarere ka Afurika y’uburengerazuba, ECOWAS. Izi ntumwa zagombaga kugera i Niamey muri Niger kuri uyu wa 8 Kanama 2023, gusa abasirikare bahiritse ubutegetsi bayobowe na General Abdoulamane Tchiani banze kubakira “ku […]

Burundi: Umupolisi uherutse gushinja igipolisi kumungwa na ruswa yatawe muri yombi

Umupolisi w’u Burundi yatawe muri yombi ashinjwa gusebya uru rwego rw’umutekano nyuma yo gutangaza ku mugaragaro kuwa Kane ushize ko abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bamunzwe na ruswa. Usibye iri shami rya polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, uyu mupolisi yatangaje kandi ko na serivisi z’Umujyi wa Bujumbura nazo zamunzwe na ruswa. Ni amakuru […]

Nyaruguru: Iby’ubutaka bwibirinduye byabereye abaturage amayobera

Abatuye mu midugudu ya Miko na Gihango mu kagari ka Maliba, umurenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, bari mu rujijo nyuma yuko ubutaka buri mu kabande hagati y’iyo midugudu yombi, munsi y’umusozi muremure wa Gihango, buturitse bukibirindura, imyaka yari ihinzeho ikajya ikuzimu, imizi y’ibiti ikajya hejuru. Bavuga ko bikiba hasohokaga imyuka inuka nka gazi […]

Perezida Kagame yashyikirijwe ubutumwa bw’Umwami wa Arabia Saoudite

f29sdlmwiaih3if.jpg

Umwami Salman bin Abdulaziz Al Saud wa Arabia Saoudite yoherereje ubutumwa mu magambo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, bujyanye n’imibanire hagati y’ibihugu byombi ndetse n’uburyo ubutwererane bwabyo bwarushaho gukomezwa. Umujyanama w’ibwami bwa Arabia Saoudite, Ahmed Bin Abdulaziz Qattan niwe wazanye ubwo butumwa yashyikirije Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Kabiri, itariki 8 Kanama ubwo yamwakiraga […]

Plusieurs dirigeants dont 3 maires de la province du Nord licenciés

Afin de dĂ©fendre les principes d’unitĂ© tels que stipulĂ©s dans la Constitution, plusieurs dirigeants de gouvernements locaux de la province du Nord ont Ă©tĂ© dĂ©mis de leurs fonctions à  la suite d’enquĂ ÂȘtes sur leur manquement à  leurs fonctions. Parmi les personnes licenciĂ©es figurent le secrĂ©taire exĂ©cutif provincial, trois maires et d’autres responsables des districts et […]

Abarusiya n’Abanyakoreya bagiye kubaka inganda zitunganya ingufu za nikeleyeri muri Uganda

Kuri uyu wa Kabiri ushize, Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko ibihugu by’u Burusiya na Koreya y’Epfo bigiye gutangira kubaka inganda zitunganya ingufu za nikeleyeri muri iki gihugu. Ni umushinga biteganyijwe ko uzatwara akayabo ka miliyari 9 z’Amadolari Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ya 2 ya G-25 Africa Coffee Summit, yitabiriwe n’abayobozi n’intumwa […]

Abasenateri b’Abafaransa bandikiye Macron banenga politiki ye muri Afurika

Itsinda ry’abasenateri 94 b’Abafaransa bandikiye Perezida Emmanuel Macron ibaruwa ifunguye aho banenze guverinoma kubera politiki yayo yo muri Afurika, yateje imyumvire yo kurwanya Abafaransa ku mugabane. Ibaruwa yasohowe ku wa Mbere n’ikinyamakuru Le Figaro cyo mu Bufaransa, yahamagariye Macron kongera gusuzuma politiki y’u Bufaransa muri Afurika. Abasenateri bavuze ko kunanirwa kwa Operation Barkhane ari yo […]

Banki y’Isi yahagaritse inkunga kuri Uganda kubera itegeko rihana abatinganyi

Banki y’Isi yatangaje ko yahagaritse inkunga igenera Uganda kubera ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwashyizeho itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Iyi banki mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 8 Kanama 2023, yagize iti: “Itegeko rya Uganda rihana abaryamana bahuje ibitsina rinyuranya n’indangagaciro za Banki y’Isi. Twizera ko icyerekezo cyacu cyo kurandura ubukene ku […]

Moto ‘yagonze’ imodoka ya Visi Meya wa Huye, motari ahita apfa

Uyu muhanda ni wo wabereyemo impanuka yatwaye ubuzima bw'umumotari/ifoto: Flash TV

Umumotari witwa Bizimana ThĂ©onetse yagonze imodoka y’umuyobozi w’akarere ka Huye wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Kamana AndrĂ©, uyu mumotari ahita ahasiga ubuzima. Polisi ikorera mu karere ka Nyanza kabereyemo iyi mpanuka yasobanuye yatewe n’umuvuduko mwinshi umumotari yatwariragaho, ava ahitwa ku Bigega yerekeza muri gare ya Nyanza. Visi Meya Kamana we ngo wavaga muri gare ya Nyanza […]

IBUKA irateganya gucana umubano n’urukiko rwa UN nyuma y’umwanzuro rwafashe kuri Kabuga

Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 urateganya gucana umubano n’urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye, nyuma y’aho rwanzuye bidasubirwaho ko Kabuga FĂ©licien atazaburanishwa. Umwanzuro w’uko Kabuga ataburanishwa “kubera ko adafite ubushobozi bwo kuburana” wafashwe muri Kamena 2023, ubushinjacyaha bwa UN burawujuririra, ariko tariki ya 7 Kanama ubu bujurire buterwa utwatsi. Icyemezo uru rukiko rwafashe […]

Amajyaruguru: Abayobozi barimo ab’uturere 3 n’uwo ku rwego rw’intara begujwe

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko umuyobozi w’akarere ka Musanze, uwa Gakenke n’uwa Burera, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’intara y’Amajyaruguru hamwe n’abandi batandukanye bakuwe ku nshingano. Nk’uko itangazo rimaze gusohorwa n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe ribisobanura, aba bayobozi bazize kutuzuza inshingano zabo, zirimo no kunanirwa gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Mushaija Geoffrey wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi ntara yasimbujwe Nzabonimpa […]

Ushinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’abana 10 barohamye muri Nyabarongo yaburanishijwe

Umugabo ushinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’abana 10 barohamye mu mugezi wa Nyabarongo mu kwezi gushize, Ndababonye Jean Pierre, yaburanishijwe. Aba bana barohamiye ahaherera mu mudugudu wa Cyarubambire, akagari ka Matyazo, umurenge wa Mushishiro mu karere ka Muhanga, tariki ya 17 Nyakanga 2023. Nk’uko Umuseke wabitangaje, ubushinjacyaha buvuga ko Ndababonye yagiye gukoresha aba bana atabasabye […]

A conference on urban development convened in Kigali

The City of Kigali Administration, the Ministry of Technology and Innovation and other experts in urban housing in Africa are in a discussion that shows what needs to be done so that the city administration can keep up with the speed of cities on this continent. They are also discussing investments in cities where the […]

Kocha mkuu wa timu ya taifa ya Rwanda Carlos Alos Ferrer amejiuzulu kazi yake

Kocha mkuu wa timu ya taifa ya kandanda ya Rwanda, Carlos Alos Ferrer, amethibitisha kuwa amejiuzulu kazi yake ya kufundisha “Amavubi stars” miezi 5 tu baada ya kusaini mkataba mpya wa miaka miwili. Kupitia mtandao wake wa kijamii, kocha Carlos aliishukuru wizara ya michezo ya Rwanda na wanachama wote wa bodi ya soka ya Rwanda […]

Kenya: Umukuru wa polisi yavuze ko imirambo bivugwa ko ari abiciwe mu myigaragambyo ikodeshwa

Umukuru w’Igipolisi cya Kenya, Japhet Koome, kuri uyu wa Kabiri ushize yashinje abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi gukodesha imirambo bayikuye mu buruhukiro barangiza bakavuga ari abantu biciwe mu myigaragambyo. Kuri uyu wa kabiri ubwo yari ahitwa Nyeri, IGP Koome yagize ati “Birababaje kubona bamwe mu bantu bakuru mu muryango bajya mu buruhukiro gushakisha imirambo, bagahamagara itangazamakuru […]

Kenya: Umupasiteri yakatiwe imyaka 70 y’igifungo

Umupasiteri w’ahitwa Ngong muri Kenya washinjwe gusambanya abana bato babiri mu myaka 11 ishize akoresheje izina ry’Imana yakatiwe igifungo cyimyaka 70. Kuri uyu wa Kabiri ushize, umucamanza mukuru mu rukiko rwa Milimani, Caroline Njagi, yakatiye pasiteri igifungo cy’imyaka 50 ku kirego cya mbere n’imyaka 20 ku kirego cya kabiri. Ushinjwa ariko azafungwa imyaka 50 nyuma […]

Dosiye Kabuga: Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko rwa UN yihanganishije abarokotse jenoside

Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye ruzwi nka IRMCT, Serge Brammertz, yihanganishije abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi nyuma y’aho rutesheje agaciro ubujurire bwe. Muri Kamena 2023, uru rukiko rwafashe umwanzuro wo guhagarika urubanza rwa Kabuga FĂ©licien, rushingiye kuri raporo z’abaganga zagaragaje ko adafite ubushobozi bwo kuburana bitewe n’uburwayi afite. Uru rukiko rwasobanuye ko hazashakwa ubundi buryo urubanza […]

Bugesera: Ingabo z’u Rwanda n’iza Amerika zatangiye iminsi 5 yo kuvura abaturage ku buntu

bb-5.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 7 Kanama, abasirikare b’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bushinzwe Afurika mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USAFRICOM) n’abasirikare baturutse muri Leta ya Nebraska batangiye ibikorwa by’ubuvuzi by’iminsi 5 mu karere ka Bugesera bizasozwa ku itariki ya 11 Kanama 2023. Ubuvuzi bukorerwa mu bigo nderabuzima bya Gashora na Ngeruka […]

Filipine ntikozwa kuvana ubwato bwayo bw’intambara mu mazi itavugaho rumwe n’u Bushinwa

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bushinwa yongeye guhamagarira Filipine kuvana ubwato bw’intambara bwakozwe mu gihe cy’Intambara ya kabiri y’isi yose, Manila ikoresha nk’ibirindiro bya gisirikare by’agateganyo, mu Nyanja y’Amajyepfo y’u Bushinwa itavugwaho rumwe. Icyifuzo gishya cyo kuhavana ubwo bwato kije nyuma y’uko Filipine mu mpera z’icyumweru gishize yashinje abashinzwe umutekano ku nkombe z’u Bushinwa kurasa bakoresheje […]

Niger: Hashyizweho Minisitiri w’Intebe mushya witezweho gushinga guverinoma y’inzibacyuho

Kuri uyu wa Mbere, itariki 7 Kanama, abahiritse ubutegetsi muri Niger bashyizeho minisitiri w’intebe w’inzibacyuho nk’uko iteka ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, nyuma y’icyumweru kirenga Perezida Mohamed Bazoum ahiritswe, rivuga. Guverinoma y’agateganyo yiswe Inama y’Igihugu ishinzwe Kurengera Igihugu, yashyize ku buyobozi bwayo umuhanga mu bukungu, Ali Mahamane Lamine Zeine, nk’uko iteka rya Gen. Abdourahmane Tchiani wahoze […]

Museveni na Kenyatta baganiriye n’abayobozi bakuru ba M23

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya, bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’umutwe wa M23. Ni ibiganiro byabereye i Kampala muri Uganda kuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Kanama 2023. Uhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari i Kampala kuva ku wa Gatandatu […]

Urukiko rwategetse ko Kabuga Félicien arekurwa

Abacamanza bo mu rukiko rw’ubujurire rwa Loni bategetse ko FĂ©licien Kabuga ucyekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 arekurwa, ndetse urubanza rwe rugahagarikwa kugeza igihe kitazwi. Ni umwanzuro wafashwe ejo ku wa Mbere tariki ya 07 Kanama 2023. Uyu mwanzuro uvuga ko urubanza rwa Kabuga wari watangiye kuburanishirizwa i La Haye rutagishojwe. Muri […]

Uhuru Kenyatta ugenzwa n’ikibazo cya M23 yaganiriye na General Kainerugaba uyishyigikiye

Uhuru Kenyatta uri mu ruzinduko muri Uganda ashaka igisubizo cy’ikibazo cya M23 nk’umuhuza w’Abanyekongo washyizweho n’akarere, yahuye n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’umujyanama we mu bikorwa byihariye bya gisirikare, General Muhoozi Kainerugaba usanzwe ashyigikira uyu mutwe witwaje intwaro. Uyu munyapolitiki wabaye Perezida wa Kenya yageze muri Uganda tariki ya 5 Kanama 2023. Kuri uyu […]

Akarere ka Rubavu kiyemeje gushyira iherezo ku bukene bumaze igihe bunuma muri Etincelles FC

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwihaye umuhigo w’uko mu myaka itarenze itatu Etincelles FC izaba iri mu makipe ahatanira ibikombe, bwiyemeza kubanza gushyira iherezo ku kibazo cy’ubukene bumaze igihe bwugarije iyi kipe. Uyu muhigo ni umwe mu ijyanye n’imyanzuro yafatiwe mu nteko rusange y’iriya kipe yabereye kuri Stade Umuganda, ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama 2023. […]

Umunyamakuru Ngoboka aracyafungiwe mu nzererezi

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wakoreye ibinyamakuru bitandukanye aracyafungiwe mu kigo cy’inzererezi cya Tongati Transit Center giherereye mu karere ka Karongi mu ntara y’Uburengerazuba. Ngoboka yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano tariki ya 14 Nyakanga 2023. Byabanje kuvugwa ko yafatiwe mu kabari, ariko andi makuru avuga ko yafashwe ubwo yabazaga impamvu abantu bari gupakirwa muri Pandagari, abazwa ikarita […]

Ethiopia: Abayobozi barashinja inyeshyamba zo muri Amhara gushaka guhirika ubutegetsi

Umwe mu bayobozi bakuru muri Ethiopia yashinje inyeshyamba za Fano zo mu karere ka Amhara gushaka guhirika guverinoma z’intara ndetse na leta nkuru nyuma y’imirwano imaze iminsi yatumye abayobozi batangaza ko ibihe bidasanzwe. Mu mpera z’icyumweru gishize habaye imirwano hagati y’abarwanyi ba Fano n’Igisirikare cya Ethiopia (ENDF). Abatuye i Gondar, umujyi wa kabiri mu bunini […]

Rwanda inakadiria kusajili ukuaji wa juu zaidi wa Pato la Taifa katika kanda

Benki ya Maendeleo ya Afrika (AfDB) imetoa ripoti ambayo inatabiri kuwa Rwanda itapata ukuaji wa juu zaidi wa Pato la Taifa katika Afrika Mashariki mwaka 2024. Ripoti ya AfDB, iliyopewa jina la “Kuhamasisha Ufadhili wa Sekta Binafsi kwa Mabadiliko ya Tabianchi na Ukuaji wa Kijani,” inatabiri kuwa Pato la Taifa la Rwanda litakua hadi asilimia […]

Rutshuru: FDLR irashinjwa kujujubya abaturage ba Ishasha

Umutekano ukomeje guhungabana mu mujyi wa Ishasha, uherereye nko mu birometero 130 mu majyaruguru ya Goma, muri Gurupoma ya Binza, Teritwari ya Rutshuru. Ni umutekano mucye bivugwa ko uterwa n’imitwe yo kwirwanaho bakunze kwita “Wazalendo” ndetse n’inyeshyamba za FDLR zirwanira muri kariya gace, ariko zikagenzurwa n’igisirikare cya leta. Amakuru aturuka muri ako gace nk’uko iyi […]

Dr Gitwaza ntiyumva icyo Abanyaburayi baba bakora mu nama ya AU

ApĂŽtre Dr Gitwaza Paul uyobora itorero Authentic Word Ministries/Zion Temple Celebration Center ntabwo yumva icyo abo mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) baba bakora mu nama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU. Uyu muvugabutumwa ubwo yabwirizaga abayoboke b’itorero ayoboye kuri uyu wa 6 Kanama 2023, yagaragaje uburyo abakoloni basenye umugabane wa Afurika, baca abawutuye mo ibice […]

Ishyaka ry’Abakozi rirashinjwa kwitambika kohereza abimukira mu Rwanda mu nyungu za politiki

Suella Braverman yashinje Sir Keir Starmer, wo mu ishyaka ry’Abakozi, kuba arimo kugerageza “gusenya” imbaraga zo guhagarika amato mato y’abimukira yambuka English Channel. Iki gitero cy’Umunyamabanga ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu kije mu gihe hagaragaye amakuru mashya ku mibanire y’ishyaka ry’abakozi n’abavoka ndetse n’abakangurambaga igamije kuburizamo gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. Braverman yagize ati: […]

Turi mu nzira zo gukomeza igisirikare cyacu – Jean Pierre Bemba

f2y_m4gwcaauojw.jpg

Kurinda Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yibasiwe n’u Rwanda ni ikibazo cya buri wese, nk’uko byavuzwe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ingabo, asoza urugendo rwe ku wa Gatandatu i Kisangani mu majyaruguru y’iburasirazuba bw’igihugu, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP. “Turi mu nzira zo gukomeza ingabo zacu. Ndabatera imbaraga(
) ”, uyu […]

Niger: Abahiritse ubutegetsi bategereje igisubizo cya ECOWAS nyuma y’aho nyirantarengwa bahawe irangiye

Kuri uyu wa Mbere, Niger itegereje igisubizo cy’umuryango w’ubukungu w’akarere ka Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS)nyuma y’uko abayoboye coup d’Etat i Niamey birengagije igihe ntarengwa bahawe cyo kugasubiza ubutegetsi perezida bahiritse, icyemezo umuryango waburiye ko gishobora kuganisha ku ikoreshwa ry’ingufu za gisirikare. Umuryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS) wavuze ko uza gusohora itangazo ku ntambwe ziza gukurikiraho […]

U Bwongereza bwamaze guhitamo ahandi bwakohereza abimukira, mu gihe mu Rwanda byakwanga

Guverinoma y’u Bwongereza yamaze guhitamo ahandi hantu yakohereza abimukira batemewe n’amategeko, mu gihe gahunda yo kubohereza mu Rwanda itakunda. Iyi guverinoma n’iy’u Rwanda muri Mata 2022 zagiranye amasezerano y’abimukira n’ubufatanye mu iterambere. Yari gutuma i Kigali hazanwa ababarirwa mu bihugu nk’uko byasobanuwe. Gusa iyi gahunda yagiye ikomwa mu nkokora n’inkiko zirimo urw’i Burayi rushinzwe uburenganzira […]

Perezida Kagame yagaragaje amarangamutima ye kubera intsinzi ya Arsenal

Iki ni igikombe cya Community Shield cya 17 Arsenal yegukanye

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko yishimiye intsinzi ya Arsenal FC kuri Manchester City, yayihesheje igikombe cya 17 cy’irushanwa rya FA Community Shield. Muri uyu mukino wihariwe ku kigero kinini na City, Arsenal yatsinzwe igitego cya mbere na Cole Palmer ku munota wa 77. Ku munota wa 11 w’inyongera, Leandro Trossard yatsinze igitego cyo kwishyura, umusifuzi […]

Rutshuru: Imirwano yahuje M23 na Wazalendo biravugwa ko imaze kugwamo abantu 10

Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’inyeshyamba za Wazalendo yatangiye mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru mu giturage cya Marangara, muri Gurupoma ya Tongo, muri Teritwari ya Rutshuru, biravugwa ko yaguyemo abantu byibuze icumi. Muri iyi mirwano yatangiye saa cyenda z’igicuku, biravugwa ko ko hatwitswe amazu ndetse n’indi mitungo myinshi, aho mu masaha ya mugitondo byavugwaga […]

Muhire wumvikanye abwira Gitifu ko adasubiramo indahiro, yasobanuye icyabimuteye

Muhire Pierre wumvikanye asubiza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, ko atari busubiremo indahiro y’isezerano rye n’umugore we, yasobanuye impamvu yabimuteye. Ku munsi wo gusezerana imbere y’amategeko (tariki ya 13 Nyakanga 2023), Gitifu w’umurenge yumvikanye asezeranya Muhire na Mukamana Marie JosĂ©, uyu mugabo asoma nabi indahiro, umuyobozi aramubwira ati […]

Centrafrica ntiyanyuzwe no kudakurirwaho burundu ibihano biyibuza kugura intwaro

Akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano kateye intambwe iganisha ku koroshya ibihano byo kugura intwaro byafatiwe Repubulika ya Centrafrica (CAR), gatanga uruhushya rwemera guha intwaro zimwe ingabo za leta. Icyakora, nubwo iki cyemezo cyafashwe, Guverinoma ya Centrafrica yagaragaje ko itishimiye iki cyemezo ivuga ko ari “agasuzuguro. ” Akanama gashinzwe umutekano mu mpera z’ukwezi gushize kemeje ko […]

Guhuza ikirere hagati ya Barbados n’u Rwanda bizafasha gushimangira umubano – Min. Edghill

Minisitiri w’ubukerarugendo n’ubwikorezi mpuzamahanga wa Barbados, Ian Gooding-Edghill, yabishimangiye ubwo hatangiraga inama hagati y’abacuruzi baturutse mu Rwanda n’ihuriro ry’abo muri Barbados, ibera muri Hilton Resort Barbados, yatangiye kuva ku itariki ya 3 ikazageza ku ya 8 Kanama. “Mu byukuri, guhuza ikirere hagati y’ibihugu byacu byombi ni ingenzi mu kugera ku cyerekezo kimwe duhuriyeho cyo gushimangira […]

Le forum d’affaires Pak-Africa envisage le Rwanda comme porte d’entrĂ©e du continent

Dans le but d’explorer de nouveaux horizons commerciaux et de renforcer les liens Ă©conomiques, le Pak-Africa Business Forum a organisĂ© un High Tea en l’honneur du Haut Commissaire pakistanais nommĂ© pour le Rwanda, M. Naeem Khan. L’Ă©vĂ©nement a Ă©tĂ© prĂ©sidĂ© par M. Omar Shahid Butt, prĂ©sident du Pak-Africa Business Forum, qui a soulignĂ© le potentiel […]

Pakistan irifuza kongera ubuhahirane bwayo na Afurika iciye ku Rwanda

Perezida w’ihuriro ry’ubucuruzi hagati ya Pakistan na Afurika (Pak- Africa Business Forum ), Omar Shahid Butt muri iki cyumweru dusoza yavuze ko u Rwanda rwaba irembo rya Pakistan ryinjira muri Afurika. Omar Shahid Butt wavuganaga n’abacuruzi mu rwego rwo guha icyubahiro uwahawe inshingano zo guhagararira Pakisitani mu Rwanda, Naeem Khan, yagize ati: “Kongera ubucuruzi na […]

Umushinjacyaha wa ICC yatangaje ko iherezo rya Putin rizaba nk’iry’Umunyarwanda

Umushinjacyaha w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ruzwi nka ICC, Karim Asad Khan, yatangaje ko iherezo rya Vladimir Putin uyobora u Burusiya rizaba nk’iry’abarimo Kambanda Jean wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda. Khan uri mu ruzinduko muri Kenya yabibwiye umunyamakuru wa televiziyo TV47 ubwo yasobanuraga iby’impapuro ICC yashyize hanze zisaba ko Putin yatabwa muri yombi. Uyu mushinjacyaha yasobanuye ko […]

Zelensky arashinja u Burusiya kugaba igitero ku kigo gitangirwamo amaraso

Perezida wa Ukraine yavuze ko igisasu cyo mu kirere cyari kiyobowe cy’u Burusiya cyibasiye ikigo gitangirwamo amaraso mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Ukraine, gihitana abantu ndetse gikomeretsa abandi. Volodymyr Zelensky yavuze ko abatabazi bari barimo kugerageza guhangana n’umuriro nyuma y’igitero cyagabwe ku baturage ba Kupiansk mu karere ka Kharkiv mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira kuri […]

Uganda: Ibiro by’ishami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu byafunzwe

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 5 Kanama, Umuryango w’Abibumbye wafunze ibiro by’ishami ryawo rishinzwe uburenganzira bwa muntu, i Kampala muri Uganda, nyuma y’ubwumvikane bucye hagati ya Guverinoma n’ubuyobozi bw’iri shami. Komiseri mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu, Volker Turk, kuwa gatanu nibwo yatangaje ko ibiro by’iri shami i Kampala bizahagarika imirimo kuri uyu wa […]

Sena ya Nigeria yanze ko ingabo zoherezwa muri Niger

Sena yo muri Nigeria yateye utwatsi ubusabe bwa Perezida Bola Tinubu bwo kohereza muri Niger ingabo nyinshi kugira ngo zifashe Mohamed Bazoum gusubira ku butegetsi yahiritsweho tariki ya 26 Nyakanga 2023. Kohereza ingabo muri Niger byari mu murongo w’icyemezo cyafashwe n’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburengerazuba, ECOWAS, uyobowe na Perezida Tinubu. Ni na byo […]

CG Félix Namuhoranye muri Botswana

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG FĂ©lix Namuhoranye, kuva ku wa Gatanu ari i Gaborone muri Botswana aho yari yitabiriye umuhango wo kwambika imidari abapolisi ba kiriya gihugu. Ni umuhango wayoboqe na Perezida Eric Mokgweetsi Masisi wa Botswana. Imidari abapolisi bambitswe irimo uhabwa abamaze igihe kirekire muri Polisi ya Botswana kandi baranzwe n’imyitwarire myiza, […]

Maj. Gen. Alex Kagame yamaze gusimbura Nkubito muri Cabo Delgado

Major General Alex Kagame uherutse guhabwa inshingano yo kuyobora ingabo z’u Rwanda z’iza Mozambique zihuriye mu bikorwa byo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado, yamaze gusimbura Maj. Gen. Nkubito EugĂšne. Nk’uko Minisiteri y’ingabo yabisobanuye, Maj. Gen. Kagame wajyanye n’abasirikare bagiye gusimbura abari bamazeyo igihe, yasobanuriwe na Nkubito ibikorwa bitandukanye by’izi ngabo, amugeza mu […]

Burundi: Inyeshyamba 6 z’Abanyarwanda zishwe

Ingabo z’u Burundi zishe inyeshyamba 6 z’Abanyarwanda ziba mu mutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, izindi zikomereka bikomeye. Imirwano yabereye mu gace ka Kivogero, komini Mabayi mu ntara ya Cibitoke, ahagana mu ishyamba cyimeza rya Kibira mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 rishyira uwa 4 Kanama 2023. Umuturage wo muri Mabayi, […]

Ethiopia yatangaza hali ya hatari katika eneo la Amhara ili kudhibiti ghasia

Ethiopia ilitangaza hali ya hatari kudhibiti ghasia zinazozidi kuongezeka katika eneo la Amhara, eneo la pili kwa ukubwa la utawala katika taifa hilo. Tangazo la Baraza la Mawaziri nchini Ethiopia lilikuja siku ya Ijumaa kufuatia siku za mapigano makali ambayo yamesababisha wasiwasi na ukosefu wa utulivu katika eneo hilo. Eneo la Amhara, linalojulikana kwa utajiri […]