Abanyeshuri baturutse muri kaminuza 40 bari kuganira uruhare rwabo mu ntego z’iterambere
Abanyeshuri baturutse muri kaminuza 40 zo mu bihugu bitandukanye bateraniye muri kaminuza y’u Rwanda mu biruhuko by’iki byateguwe n’umuryango uhuza kaminuza zo mu bihugu bikoresha icyongereza n’abongereza (ACU). Iyi gahunda ifite inzanganyamatsiko igira iti “intego z’iterambere rirambye SDGs, ni uruhe ruhare rwa za kaminuza?”. Terri Jacques, umuyobozi ushinze gutanga ubufasha ku bashaka kwiga muri kaminuza […]
Burundi: Imirima ya Perezida Nkurunziza yatwitswe irashya irakongoka
Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi ni uko abaturage batazwi bo muri komini Muyinga baraye batwitse imirima ya Perezida Nkurunziza irashya irakongoka. Iyi mirima ngo ikaba yari ihinzemo inanasi, urutoki n’ibindi, iyo mirima ikaba yarahingishijwe na Nkurunziza nk’uko n’ubundi ari umutungu we bwite utari uwa Leta. Iyo mirima iherereye muri Zone Murama hafi y’umupaka y’u […]
Umupolisikazi yirasiye mu bwiherero ahita apfa
Muri Kenya umupolisikazi wari ufite ipeti rya Corporal wabarizwaga mu bari bashinzwe umutekano ku kibuga cy’indege cyitiriwe kenyata yirashe ahita apfa umurambo we bawusanga mu bwiherero. Gaudencia Mwausi usanzwe ashinzwe umutekano kuri Jumo Kenyatta international airport muri Nairobi, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki 24 Kanama 2016, nibwo hamenyekanye amakuri ko yirashe agapfa, […]
U Rwanda ruzasangiza ibindi bihugu gahunda ya Girinka
Inama n’imurika mpuzamahanga ku bikomoka ku mata bizabera i Kigali, uzaba umwanya mwiza w’igihugu wo kwereka abazitabira uruhare rwa gahunda ya Girinka nk’agashya ibindi bihugu byakwigira ku Rwanda nkuko byatangajwe na Jean Claude Kayisinga, umunyamabanga wa leta uhoraho muri minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi asobanura ibijyanye n’iri murika mpuzamahanga. Iyi nama iteganyijwe tariki 31 z’uku kwezi ikazabera […]
Ese kuba Perezida w’u Burundi yarapfanye na Habyarimana, byaba impamvu yo gushotora u Rwanda?
Nyuma yuko ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD-FDD ritangaje tariki 16 z’uku kwezi amagambo yo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994, benshi bakomeje kwibaza icyo bwaba bugamije bupfobya aya maketa. Igihugu cy’u Burundi cyagiye kirangwa n’ingengabitekerezo yo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi, buvuga ko u Rwanda rutakoze iperereza ku mpanuka y’indege yaguyemo uwahoze abuyobora, […]
Perezida Nkurunziza yongeye kugirira ikizere Gen Maj Silas Ntigurirwa
Perezida Pierre Nkurunziza yongeye kugarurira ikizere Gen Major Ntigurirwa Silas wayoboraga ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro muri Somaliya, amugira umunyamabanga mukuru w’urwego rushinzwe umutekano w’u Burundi. Ntigurirwa yashyikirijwe ubu bushobozi kuri uyu wa gatatu taliki 24 Kanama 2016 hakurikijwe itegeko ry’umukuru w’igihugu nimero 100/191 ryo kuwa 23 Kanama 2016, aho kugeza ubu yatangiye imirimo ye. Uyu […]
Umukobwa abangamiwe na ba nyiri urugo batera akabariro yumva nawe akabishaka
Mungire inama, mba kwa musaza wanjye tuba mu nzu y’ibyumba 3 na salon, rwose ni inzu nini igaragara ariko icyumba ndyamamo kegeranyo n’icya ba nyiri urugo. Ikimbangamira rero, tugera mu masaha ya saa tanu z’ijoro no mu rukerera bagatangira umukino, akarongora umugore we nanjye mbyumva, uko baniha, utwo bavuga bashimishanya,…ibyo rero bigatuma nanjye ndara nigaragura, […]
Kigali:Ikibazo cyo kubura amazi kibangamiye Abaturage bo mu murenge wa Kanombe
Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe, Akagali ka Rubirizi, Umudugudu w’ i Tunda baratakamba bavuga ko hari igihe bamara ibyumweru 3 badafite amazi by’umwihariko bakaba basaba ubuvugizi ngo nabo babone amazi nk’abandi batuye mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro kirambuye, Bwiza.com yagiranye n’ aba baturage ubwo yabasuraga bavuze ko bavoma ibirohwa kandi […]
Urutonde rw’abaperezida 11 b’Afurika n’imikino bakunda
Imikino itandukanye bimenyerewe ko rubanda rusanzwe ari rwo ruyitabira rukagaragaza n’amarangamutima, nyamara hari n’abayobozi b’ibihugu by’Afurika bakunda iyo mikino bakanabigaragaza ndetse bamwe bakanategura amarushanwa ahuza ibihugu bitanduka. Igitangazamakuru Jeune Afrique mu bushakashatsi bwacyo cyashyize ahagaragara cyakoze urutonde rw’aba bakuru b’ibihugu n’imikino bakunze kwibandaho. Paul Kagame Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, ni umwe mu bakuru b’ibihugu […]
Bujumbura: Umusore yafashwe na polisi ahita yikata umuhogo
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Kanama 2016, nibwo mu mujyi wa Bujumbura umucuruzi wa telefone zakoze yagerageje kwiyahura ari mu maboko ya polisi, akaba yarafashe urwembe agahita yikata umuhogo. Uyu mugabo yikase umuhogo akoresheje urwembe nyuma yuko yari amaze gufatwa na polisi mu gihe yari igiye kumujyana kumufunga, gusa bigakekwa […]
Imyanya 25 y'akazi mu bitaro bya Byumba (Hopital de Byumba)- itariki ntarengwa 31/08/2016
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @bwiza.com
Hakozwe igerageza ku ikoranabuhanga rizerekana ikigero cy’ubukene mu baturage
Mu gihe ubusanzwe iyo hapimwa ikigereranyo cy’ubukene cyangwa ubukire ku isi hifashishwaga ibarura risesuye, ubu noneho ngo hakozwe satelite izajya yifashishwa mu kwerekana ikigero cy’ubukene kiganje mu baturage. Itsinda ry’abashakashatsi bo muri kaminuza ya Stanford muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ryakoze porogaramu ikoresha ikoranabuhanga rya satelite mu kwerekana ikigero cy’ubukene n’imibereho y’abaturage. Iyi porogaramu izajya […]
Museveni azitabira inama iziga ku ishoramari izabera i Kigali
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yamaze kwemeza kuzitabira inama nyafurika ku ishoramari (GTAIS) ku bufatanye na COMESA, iteganyijwe kuzabera mu mujyi wa Kigaki mu kwezi gutaha. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na TGAIS-COMESA Rwanda rivuga ko Museveni yemeje ko azitabira iyi nama ku ishoramari izabera i kigari tariki 5-6 Nzeri uyu mwaka. Perezida Museveni yagaragaje […]
Urupfu rwa Col. Elias Byinshi wo muri FARDC rukomeje guteza urujijo
Amakuru agera kuri Bwiza.com aturuka mu Mujyi wa Bukavu avuga ko Colonel Elias Byinshi yishwe arashwe mu ijoro ryo ku italiki ya 20 Kanama 2016, yishwe na bagenzi be bakoranye mu ngabo za Congo-Kinshasa (FARDC). Aya makuru akomeza avuga ko uyu musirikare mukuru yaba yarazize ibyaha by’ ubwicanyi byabereye i Mutarure muri 2014. Agace ka […]
Christopher ngo ashobora kuba yaravuye muri kina music ahunga ko bamukama
Amakuru agera ku bitangazamakuru bitandukanye n’ubusesenguzi bwabyo, avuga ko umuhanzi Muneza Christopher ashobora kuba yaravuye muri Kina music ahunze nyirayo Clement yanga ko amubyaza umusaruro urenze urenze uwo nawe abakuramo. Mu gihe hibazwaga impamvu uyu muhanzi yavuye muri iyi nzu itunganya umuziki, abasesenguzi bavuga ko bitewe n’urwego uyu musore yari amaze kugeraho ngo bishoboke ko […]
Kanombe :Ubujura buciye icyuho buravuza ubuhuha
Abaturage batuye mu Murengewa Kanombe, Akagali ka Ruribi mu Mudugudu w’ Abarezi baratabaza bavuga ko bamaze iminsi bibasirwa n’ abajura bagenda bitwikira ijoro. Umwe mu baturage batuye mu Mudugudu w’ Abarezi aganira na Bwiza.com, yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa Kabiri taliki ya 22 Kanama 2016, abajura bacukuye inzu y’ umuturage biba televiziyo yo […]