Umuherwe Zari yandagajwe ku Karubanda nâumunyamideli, Huddah Monroe
Umuherwe Zari umaze kwamamara muri aka karere nyuma yo kwigarurira umutima wâumuhanzi Diamond wo muri Tanzania, yandagajwe nâumunyamideli, Huddah Monroe wo muri Kenya. Huddah Monroe yashyize amagambo ku rukuta rwe rwa Instagram asesereza Zari ko amaze gushesha akanguhe kandi aherutse kwizihiza isabukuru yâimyaka 35 yâamavuko. Yagize ati: âmpugiye mu kubaka business zanjye, sinshobora guhanganira kuri […]
Amayobera: Yesu Kristu yavukiye muri Isirayeli ariko yemerwa nâ imbarwa
Mu gihugu cya Israel hakomoka amadini yâabemera Kirisitu nâAbisilamu dore ko ari ku butaka bwatuyeho Sekuru wâabizera Abraham, habarurwa Abakirisitu bagera kuri 2.1% gusa byâabatuye Israel basaga Miliyoni 8. Imibare yo muri 2012, igaragaza ko muri Isiraheli hari abakirisitu 161,000, bangana na 2.1% byâabaturage bose. Muri abo Bakirisitu, abagera ku 127,000 ni Abarabu bâAbakirisitu, biganjemo […]
Umwarimu muri kaminuza ashobora gufungwa imyaka 3 nyuma yo gutukira Magufuri kuri watsapp
Polisi ya Tanzaniya yataye muri yombi umwarimu muri Kaminuza,azira gutuka Perezida Magufuli akoresheje urubuga nkoranyambaga rwa watsapp. Uyu mwarimu nyuma yo gutabwa muri yombi yashyikirijwe ubutabera ariko aza kurekurwa byâagateganyo, mu gihe icyaha kimuhamye akaba yahanishwa gufungwa kuva ku myaka 3 nâihazabu yâamadorali igihumbi, nkâuko itegeko rishya ryasohotse ribishimangira. Abandi bantu 10 barimo uyu mwarimu […]
Kuki bamwe mu bakobwa bakunda abagabo batandukanye nâabagore?
Nyuma yâabantu batandukanye bibaza impamvu abakobwa bakunze kwishimira abagabo batandukanye nâabagore (Divorce) ubusesenguzi butandukanye bugaragaza ko bakunda kubagirira impuhwe abandi bagakunda ubuzima bworoshye. Impamvu nyirizina igarukwaho, nâuko usanga iyo umugore atandukanye nâumugabo, usanga aba yaramaze gushyira ibintu ku murongo noneho umukobwa akaza asa nâutaha mu rugo rwuzuye nta kimuhangayikishije mu bijyanye no gutangira ubuzima. Ikindi […]
Mu gutangiza igihembwe cyâihinga, Minisitiri wâintebe yakebuye abakinywa ibiyoga byicana
Mu gikorwa cyâumuganda usanzwe uba buri wa Gatandatu wa nyuma wâukwezi, kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Nzeri 2016 Minisitiri wâintebe Dr. Anastase Murekezi yifatanyije nâabaturage bo mu murenge wa Mpamba mu karere ka Gisagara ho mu ntara yâamajyepfo mu gutangiza igihembwe cya mbere cyâihinga cyâumuhindo. Minisitiri Murekezi yagarutse ku babaye imbata yâubusinzi bakirirwa banywa […]
Amateka yâ inkomoko yâ Abanyamulenge
Nâ ubwo iterambere nâ ikoranabuhanga bigenda bikosora amakosa no kwibeshya kwâ amateka ,bivugwa ko abanyamurenge bagiye muri Kongo bavuye mu bihugu bitandukanye birimo u Rwanda, u Burundi ndetse na Tanzaniya. Nkâ uko tubisoma mu gitabo âLes Banyamulengeâ cyanditswe na Joseph Mutambo, uyu na we akaba Umunyamurenge, hariho impamvu zitandukanye zatumye Abanyamurenge bambuka berekeza muri Kongo. […]
Uganda: Abakekwaho ubujura bakubiswe bambaye ubusa umwe ahasiga ubuzima
Polisi yo mu mugi wa Mbarara mu guhugu yatabaye abantu babiri bahondagurwaga nâabacuruzi bo mu isoko rya Kankwanike riherereye ahitwa Rwebikoona babashinja ubujura. Aba bagabo bakubitwaga bambaye ubusa umwe yaje gupfa. Umwe mu bacuruzi witwa Wilson Mubangizi yatangajeko aba bakekwaho kwiba amashiringi ya Uganda 60,000 yâumunyeshuri wari woherejwe nâababyeyi ngo agure ibikoresho byâishuri. Ubwo inzego […]
Perezida Nkurunziza yashimangiye ko abicwa ari abo mu bwoko bwose
Mu gihe amahanga akomeje guhata igitutu Leta yâu Burundi, ayisaba guhagarika ubwicanyi bukomeje kuhakorerwa nâibindi byaha byibasira ikiremwamuntu, Perezida Nkurunziza we yavuze ko ubwo bwicanyi buhitana abo mu bwoko bwose (Abatutsi,Abahutu,…). Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Nzeli 2016, nibwo Perezida Nkurunziza yabanje gushima Imana yo mu ijuru ko imukunda igakunda nâigihugu cye byâumwihariko […]
Gutandukana kwa Diamond na Zari byongeye guca amarenga
Amakuru agera ku bitangazamakuru bitandukanye aravuga ko umuhanzi Diamond Platnumz atishimiye umugore we Zari muri iyi minsi kandi bikaba bikomeje kugenda bifata indi ntera umunsi ku munsi. Intandaro yâuku kutishima ngo ni umubano wihariye, Zari afitanye nâuwahoze ari umugabo we Ivan Ssemwaga ku mbuga nkoranyambaga, aho yabonye amwe mu magambo baherutse kuvugana arebana nâimibereho yâabana […]
Umwe yasanzwe yapfuye muri batatu ingabo zâigihugu zarohoye mu Kivu
Itsinda ryâingabo zâu Rwanda zirwanira mu mazi (marine) zatabaye abagabo batatu bari barohamye mu kiyaga cya Kivu gihereye mu Burengerazuba bwâu Rwanda kuwa 23 Nzeri 2016, babiri barohorwa ari bazima mugenzi wabo umwe bamubona yamaze guhitanwa nâamazi. Iki gikorwa kidasanzwe cyabereye mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyamyumba, mu Kagari ka Kiraga; kikaba cyarabaye […]
Lt. Gen Muhoozi ashobora kuzasimbura se Museveni, impamvu 10 zimuha amahirwe
Lt. Gen Muhoozi Kainerugaba ni umusirikare ukomeye mu ngabo za Uganda (UPDF) byâumwihariko benshi mu basesenguzi mu bya politiki bakaba bakomeje kugaragaza ko amaherezo bizarangira ari we usimbuye se, Museveni ku mwanya wa Perezida. Dore impamvu 10 zishobora kuzamuha amahirwe akawugeraho. 1.Gutegurwa mbere nkâumwana wâimfura ya Museveni : Benshi babona ko ashobora kuzatekinika kugeza ku […]
Ukwisanzura kwâItangazamakuru nâabarikurikira ngo ntibitanga uburenganzira bwo gutukana-Peacemaker
Abanyamakuru bo mu Rwanda cyane abakorera ibitangazamakuru bikoreshaikoranabuhanga(Online Media) barasabwa kutirara ngo bagendere mu kwisanzura kwabo ngo babe bazanamo guhangana no gutukana bituma basa nâabataye inshingano. Ibi nâibyatangajwe na Mbungiramihigo Peacemaker umuyobozi wâinama nkuru yâitangazamakuru mu Rwanda (MHC) ubwo yaganiraga nâabanyamakuru bari mu mahugurwa ari kubera i Musanze bigishwa mu gukoresha ikoranabuhanga rinoze kandi ribateza […]
MINAGRI ikeneye âdronesâ mu kwimakaza ikoranabuhanga mu buhinzi
Minisiteri yâUbuhinzi nâUbworozi (MINAGRI) irifuza gutangira gukoresha indege nto zitagira abapilote (drones) zikoreshwa mu gutwara amaraso, mu rwego rwâubuvuzi mu guteza imbere urwego rwâubuhinzi mu Rwanda; zikazifashishwa mu ikusanyamakuru mu buhinzi nâubworozi. Minisitiri wâubuhinzi nâubworozi Dr. Geraldine Mukeshimana asobanura ko ikoreshwa ryâizi ndege za drones mu buhinzi buzaba ari uburyo bushya bwo kurushaho gukoresha ikorabanuhanga […]
Mourinho yahakanye ibyo gushaka gushwanyaguza isura ya Wenger
Jose Mourinho utoza ikipe ya Manchester United yahakanye yivuye inyuma amagambo aherutse gutangaza ko azangiza isura yâumutoza wa Arsenal Arsene Wenger. Mu gitabo Rob Beasely yanditse kuri Jose Mourinho bivugwa ko hari amagambo uyu mutoza yavuze , aho yavugaga ko umunsi yahuye na Wenger inyuma yikibuga batari mu kazi, azamwangiza isura gusa yabihakanye avuga ko […]
Umubare wâabimukira baguye mu bwato bwarohamye hafi ya Misiri ugeze ku 162
Impanuka yâubwatu bwarohamye yabereye hafi yâigihugu cya Misiri kuwa 21 Nzeri 2016 imaze guhitana abantu bagera ku 162 mu gihe hakomeje gushakishwa abandi baba bararohamye bataramenyekana. Ubu bwato bwari butwaye abimukira bakomoka mu bihugu bitandukanye byâAfurika berekeza ku mugabane wâu Burayi. Abimukira bari hagati ya 450 na 600 bakomoka mu bihugu bya Misiri, Syria, Sudani, […]
Umubare wâAbarundi bahunga igihugu aho kugabanyuka uriyongera
Leta yâu Burundi ntabwo irimo guhuza nâumuryango mpuzamahanga wita ku mpunzi HCR, mu gihe yo ivuga ko abari barahunze igihugu barimo gutahuka ku bwinshi, uyu muryango wo utangaza ko nâabandi barimo kurushaho guhunga igihugu. HCR yo itangaza ko mu kwezi kwa 7 konyine hahunze abarenga ibihumbi 20 baturutse mu ntara zitandukanye zâu Burundi, gusa ikanemeza […]
Aho ngeze hose mbazwa impamvu mu gihugu cyanjye hahora intambara- Miss RDC, Andréa Moloto
Nyuma yo gutorwa ku wa 11 Nzeli 2016 nka Miss RDC, AndrĂ©a Moloto yatangaje ko agiye gukora uko ashoboye kose agahindura isura yâigihugu cye, ntigikomeze kumera nkâuko amahanga agifata. Yagize ati: â Ngiye guhindura ejo hazaza amahanga abonamo RDC, buri gihe iyo mvuze ko ndi umunye congo, abantu bambaza impamvu igihugu cyanjye gihoramo intambara â. […]
Uburangare bwa buri wese ni ko guha intebe ibyaha- ACP Bosco Rangira
Imihanda yose yerekeza kuri sitade ya Kicukiro yari yuzuye ibihumbi byâabamotari , abanyonzi, abanyeshuri, abakozi nâurubyiruko rwâabakorerabushake baje guhura nâinzego zâumutekano nâabayobozi bâUmujyi wa Kigali, mu bukangurambaga bugamije kurwanyiriza hamwe ibyaha. Iyi nama yitabiriwe na Major Gen. Mubarak Muganga, umuyobozi wâingabo mu Mujyi wa Kigali nâIntara yâIburasirazuba, Assistant Commissioner of Police (ACP) Bosco Rangira, umuyobozi […]
Huye:Abamotari biyemeje kongera ubufatanye mu kurwanya ibyaha
Abamotari bo mu karere ka Huye basabwe gukomeza ubufatanye mu kurwanya ibyaha. Ubu butumwa babuhawe na Superintendent of Police(SP) JM Vianney Karegeya uyobora Polisi mu karere ka Huye kuri uyu wa kane taliki ya 22 Nzeli uyu mwaka, ubwo yagiranaga inama nâabamotari bagera ku 1100 bakorera mu makoperative atandukanye akorera mu karere ka Huye. Mu […]
Umutingito ukaze wangije amazu nubwo ntawahitanywe nawo i Burengerazuba
Ku gicamunsi gishyira umugoroba wo kuri uyu wa 23 Nzeri 2016 mu gice cy’intara y’uburengerazuba humvikanye umutingito wibasiye uduce nka Shangi ,Kibogora , Bushenge ndetse na Rwabitekeri ari naho havugwa ko ahakunzwe kwibasirwa n’imitingito. Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi butangaza ko nta wahitanywe n’uyu mutingito uretse abagize ihungabana n’abandi bantu bakomeretse bari kwitabwaho mu Bitaro bya […]