Nkosazana Zuma yateye intambwe imuganisha ku kuba perezida

Nkosazana Dlamini-Zuma wayoboye Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yarahiriye ku mwanya w’ubudepite mu ishyaka iri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo rya “African National Congress” (ANC). Ikinyamakuru Eye Witness News cyatangaje ko yarahiriye mu biro by’umuyobozi mukuru wungirije w’Inteko Ishinga amategeko Lechesa Tsenoli, ku buryo ibirori byakozwe mu ibanga rikomeye. Uko kugaruka mu Nteko Ishinga […]

Reba amafoto y'abantu 15 bafite inyogosho n'insokozo zitangaje ku isi

Abantu batandukanye bakomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga kubera amafoto atandukanye bari mu bihe byiza, ariko burya buri wese agira uburyo yishimishamo ndetse akumva bumunogeye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego hari amafoto y’abantu batandukanye hirya no hino ku isi bwiza.com yegeranyije ngo yereke abasomyi uburyo hari abantu binezeza biyogoshesha bagamije kugira ngo abandi babarangarire. Aya ni […]

Icyemezo cy’urukiko ni uguhirika ku butegetsi bikozwe n’urwego rw’ubutabera- Kenyatta

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yatangaje ko icyemezo cy’urukiko rw’ikirenga cyo kuburizamo ibyavuye mu matora, aherutse ari uguhirika ubutegetsi bikozwe n’urwego rw’ubutabera. Ibi kandi byatangajwe na Visi Perezida we William Ruto. Babitangaje nyuma y’ibisobanuro urukiko rw’ikirenga rwatangaje ku wa gatatu w’iki cyumweru ku cyatumye ibyavuye muri aya matora biteshwa agaciro nkuko bigaragara ku nkuru ya […]

Koreya ya Ruguru yagereranyije ijambo rya Trump n’ijwi ry'imbwa irimo kumoka”

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Koreya ya Ruguru, Ri Yong-ho yavuze ko ibyo perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump aherutse kuvugira mu nama ya ONU bisa n’imbwa iri kumoka ko nta cyo bivuze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’ijambo perezida Trump aherutse kuvugira mu nama ya ONU kuwa Gatatu w’iki cyumweru, aho yavuze ko azasenya […]

Kenya: Igorofa yagenewe ibitaro yaguye ikomeretsa abantu 40

Igorofa y’inyubako eshatu zigerekeranye yaguye ikomeretsa abantu 40 mu mujyi wa Kapsabet mu gace ka Nandi muri Kenya. Yahirimye ku wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2017 ahagana saa saba ku isaha ya Kenya. Yari iherereye ku muhanda munini Kapsabet-Kisumu , bivugwa ko yari ibitaro nkuko ikinyamakuru Kenyans.co.ke cyabitangaje. Abantu 60 bakekwa ko bari muri […]

U Rwanda rugiye kohereza izindi ngabo muri Repubulika ya Centrafrica

Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko kigiye kongerera imbaraga ingabo za UN ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA). Ni ingabo zibumbiye mu ikompanyi ya Motorised Infantry Company, aho abasirikare bagera ku 140 bagomba kuba bari muri kiriya gihugu bitarenze ku itariki ya 26 Nzeri, ibikoresho bya bo n’ibindi bizifashishwa bikaba byaratangiye kujyanwa kuya […]

Amerika yasabye ko hakorwa iperereza ku bwicanyi bwakorewe impunzi 39 z’Abarundi muri Congo

Leta zunze ubumwe za Amerika zitangaza ko zihangayikishijwe n’amakuru yayigezeho y’ubwicanyi bwakorewe impunzi z’Abarundi muri Congo. Ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi, UNHCR, rivuga ko impunzi zishwe ari 39 aho zabaga mu nkambi ya Kamanyola muri Congo, zishwe ku mugoroba wo ku wa 15 Nzeri 2017 n’inzego zishinwe umutekano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku wa Gatatu […]

Abakobwa barenga 100 bari barashimuswe na Boko Haram basubiye mu ishuri

Abakobwa barenga 100 bo muri Nigeria bari barashimuswe na Boko Haram basubiye ku ishuri. Abo bakobwa biga mu ishuri rya rya Chibok ari naryo zina bamenyekanyeho’ abakobwa b’i Chibok) bashimushwe n’abarwanyi b’uyu mutwe w’iterabwoba mu mwaka wa 2014 . Aba bakobwa bamaze icyumweru biga muri kaminuza y’Abanyamerika iri mu mujyi wa Yola muri Nigeriya, nyuma […]

Rwamagana: Abarimu bigisha muri ‘Alyga Vocational center” badahemberwa igihe bahagaritse akazi

Abarimu bigishaga mu kigo cy’imyuga “Alyga Vocational center” gikorera mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, bavuga ko bahagaritse kwigisha muri icyo kigo kubera kudahemberwa igihe. Ku wa 15 Nzeri 2017, bandikiye ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana basaba kwishyurizwa amafaranga yabo ibihumbi 330, nk’uko bigaragara mu ibariruwa bwiza.com ifitiye kopi. Abarimu bavuga ko bakomeje gusaba […]

Amerika n’u Buyapani nta na kimwe gifite ubushobozi bwo kurasa Koreya ya Ruguru-Ubushakashatsi

Umushakashatsi mu bya Misile, Joe Cirincione yatangaje ko hagati y’Amerika n’u Buyapani nta gihugu na kimwe kirimo gifite ubushobozi bwo kugaba ibitero by’intambara kuri Koreya ya Ruguru ari na yo mpamvu bitigeze bitinyuka kubikora kandi Koreya yo ihora irekura ibisasu. Ubushakashatsi bw’iyi nzobere bwerekana ko muri ibi bihugu nubwo bivuga ko bifite imbaraga, ariko ko […]

Loni igomba gufata kimwe abantu bose ikorera ntaho ibogamiye kandi ikabubaha-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rwishimiye kuba mu bategura amavugururwa ya Loni ndetse n’ay’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, azatuma iyi miryango yombi irushaho gukorana mu nyungu z’abatuye Isi, asaba ko icyuho kikigaragara muri Loni cyazibwa. Yabitangaje ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama y’inteko rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye(Loni/ONU/UN)ikomeje kubera I New […]

Abashakashatsi b'urukingo rwa Virus itera SIDA bemeza ko ruzaboneka

Abakora ubushakashatsi ku rukingo rwa Virus itera SIDA baravuga ko bafite icyizere ko ruzagera aho rukaboneka nubwo inzira ikiri ndende. Hagati aho ariko abaturage bavuga ko ruramutse rubonetse hari benshi rwaramira. Aba bashakashatsi baturuka mu bihugu bitandukanye bibumbiye mu muryango mpuzamahanga ushinzwe gushaka urukingo rwa virus itera Sida (The International AIDS Vaccine Inititative, IAVI), bari […]