Tanzania: Impunzi z’Abarundi zibarirwa mu bihumbi zabuze uko zisubira iwabo
Impunzi z’Abarundi zibarirwa mu Bihumbi ziratakambira inzego n’umuryango ifite impunzi mu nshingano ngo irebe uko yazikura aho ziri muri Tanzania zikabasha gusubira mu gihugu cya zo. Ni nyuma y’uko impunzi zigera ku bihumbi 12 bivugwa ko zimaze kugera imbere y’inzego z’ubuyobozi za Tanzania ndetse n’imiryango mpuzamahanga yita ku mpunzi zisaba ko zakoroherezwa gusubizwa mu gihugu […]
Ngiye gukorera satani nihishe mu Mana-Mkombozi
Umuhanzi Mkombozi usanzwe aririmba indirimbo za hip hop mu gihugu cy’u Burundi atangaza ko kuri we asanga agomba kureka kuririmba indirimbo zisanzwe ahubwo akarimba indirimbo zarimbiwe imana ariko mu ishusho ya sekibi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru rya hano mu Rwanda, aho uyu muhanzi, Mkombozi yatangaje ko nyuma yo guhanurirwa na Rugagi […]
Kuzinukwa imibonano k’umugore si ubwende, umutima urabishaka umubiri ukanga
Kugira ubushake buke bw’imibonano mpuzabisina birasanzwe ku mugabo, kandi habonetse n’imiti nka Viagara. Iyo bibaye ku mugore ho biba bigoye, cyane ko n’ubundi iyo abishaka bidapfa kugaragara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni kenshi umugore atera umugongo umugabo, ni kenshi avuga hindukira bikanga, burya ntaba ari we.Inzobere mu bumyenyi mbonezabitsina, Dr Solano Catherine arabiva imuzingo, naho Bwiza.com ikabisasanura. […]
Rubavu: Abaturage bashinja Akarere kubakorera umuhanda utagira imiyoboro y’amazi ukabateza isuri
Abaturage batuye mu murenge wa Bugeshi, ho mu karere ka Rubavu barinubira ikorwa ry’umuhanda ukozwe nabi uva Kabumba ukagera Kabuhanga kuko nta muyoboro w’amazi ugira bityo ukabateza isuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bamwe mu biganjemo abahinzi babashije kuganira na bwiza.com batuye muri ako gace avuga ko uyu muhanda-Kabumba Kabuhanga ,waje bawukeneye kuko waborohereje kugeza umusaruro w’ibihingwa bya […]
Bimwe mu bikubiye mu mugambi w’Imana ku bihano by’ Abayuda ku bw’ibyaha byabo (Zefaniya 1-1-)
Mu gitabo cya Zefaniya igice cya Mbele guhera ku murongo wa mbere gukomeza, hagaragara amagambo agaragaza ibihano Imana yagombaga gufatira Abayuda kubera ibyaha bya bo, ndetse mu mirongo ya 20 ho hakagaragaramo imana Imana yabaieiye ngo batazarimbuka. Ijambo ry’Uwiteka ryaje kuri Zefaniya mwene Kushi, mwene Gedaliya, mwene Amariya, mwene Hezekiya, ku ngoma ya Yosiya mwene […]
Umusore dukundana arifuza ko turyamana ngo nibwo nzagira ikibuno n’amabere biteye neza- Ugisha inama
Maze imyaka ibiri nkundana n’umusore, ibindi byose turabikora ariko kuryamana byo naramuhakaniye, ku mubiri wanjye muto muto ku bwanjye mba numva ntacyo untwaye, ariko we akanyimvisha ko umugore ufite ikibuno kinini ari we uryoha cyane mu buriri. Akomeje kumbwira ko nemeye tugakorana imibonano mpuzabitsina aribwo ngo icyo kibuno cyarushaho kuba kinini, kandi ngo kiza n’amabere […]
Uganda: Bobi Wine mu gakino k’amacenga na polisi ishaka kumuta muri yombi
Depite Bobi Wine muri Uganda akomeje guhangana n’inzego z’umutekano zishaka kumuta muri yombi ariko na we akazibera ibamba azira ko arwanya ko ingingo igenera umukru w’igihugu imyaka yahindurwa. Uyu mudepite mushya mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda yatangaje mu minsi ishize ko ashobora kuziyamamariza kuyobora Uganda mu gihe Perezida uri ku butegetsi, Museveni Yoweri azaba […]
Nyagatare: Ecobank yibwe amafaranga akabakaba miliyoni 100
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko banki y’ubucuruzi Ecobank ishami ryayo rikorera I Nyagatare yibwe amafaranga y’u Rwanda akabakaba muliyoni 100. Ayo mafaranga ngo yibwe ku wa Gatandatu, tariki ya 24 Nzeri 2017, Umuvugizi wa Polisi muriiyi ntara IP Kayihura Jean de Dieu yavuze ko hakekwa abakozi bayo babiri. Ati “Yibwe tariki 24 Nzeri. Abakekwa ni […]
Cyangugu:Padiri Alphonse Kabera yitabye Imana, urupfu rwe ntiruvugwaho rumwe
Padiri Alphonse Kabera wakoreraga ubutumwa bwe muri paruwasi Katederale ya Cyangugu yishwe mu buryo butunguranye. Umurambo we wabonetse mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 aho yari atuye. Amakuru yahererekanyijwe kuri Whatsapp agaragaza ko basanze yapfuye anigishijwe isume, yicajwe ku ntebe ye. Akomeza avuga ko mu masaha ashyira saa tatu z’ijoro […]
Uwayoboraga Ibitaro bya Kibuye washinjwaga n’umucungamutungo 'kumutesha umutwe' yakuweho
Dr Eugène Nkusi wari Umuyobozi w’Ibitaro bikuru bya Kibuye, ntakiri kuri uyu mwanya. Uyu muyobozi wari uherutse kugirana amakimbirane n’umucungamutungo w’ibi bitaro, bikagira uruhare mu ihagarikwa rye, yavanywe ku buyobozi bw’ibi bitaro nkuko bigaragara ku rutonde rushya rw’abayobozi bahawe inshingano zo kuyobora ibitaro mu Rwanda. Ubuyobozi bw’ibi bitaro bwahawe Dr Ntirenganya Emmanuel. Ku rutonde rushya […]
Umugore n’umugabo bamaze kwica no kurya abantu bagera kuri 30
Umugore n’umugabo bakomoka mu gihugu cy’u Burusiya baherutse gutabwa muri yombi bakurikiranyweho kujya bica abantu barangiza bakabarya, iperereza rikaba ryerekana ko aba babiri bari bamaze kurya byibuze abagera kur 30. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore witwa Natalia Bakshaev ndetse n’umugabo we Dmitry Bakshaev w’imyaka 35 bemeza ko bakoreshaga imbuga nkoranyambaga mu gushakisha abakunzi bamara kuba inshuti […]
Amerika irahakana gutangiza intambara kuri Korea ya ruguru
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zihakana zitatangije intambara kuri Korea ya Ruguru, ku buryo ngo ibiri mur itangazo iki gihugu cyabivuzemo ari ububeshyi. Ibiro by’umukuru w’igihugu wa Amerika kandi byasabye Korea ya ruguru ngo ihagarike gushotora iki gihugu, ivuga ko ifite uburenganzira bwo guhindura indege z’intambara za Amerika. Umuvugizi wa Loni yavuze ko uko guterana […]
RDC: Umusirikare ukomoka muri Malawi yirashe ahita apfa
Umusirikare ukomoka muri Malawi wari uri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yirashe ahita apfa. Mu masaha y’igitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, nibwo Ngwira yirashe, aya makuru akaba yemezwa n’umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu gisirikare cya Malawi (MDF), Lt Paul Chiphwanya. Nyuma y’ifoto y’uyu musirikare yagiye icicikana ku […]
Uganda: Abakuriye inzego z’umutekano bahamagariye Museveni guhindura umuvuno ku Itegeko Nshinga
Abayobozi b’inzego z’umutekano muri Uganda bahamagaye perezida w’iki gihugu Yoweri Kaguta Museveni bamubwira ko ibyo guhindura ingingo ijyanye n’imyaka mu itegeko nshinga ry’icyo gihugu byafashe indi ntera. Bamubwiye ko abishatse yasaba ko iyo ngingo idahindurwa, kuko babona ko bishobora kuzateza akaduruvayo mu gihugu, inzego z’umutekano zishobora kunanirwa guhosha. Iyo ngingo igena ko uwiyamamariza kuyobora iki […]
Sudani yakuwe ku rutonde rw'ibihugu bitemerewe kugera muri Amerika
Leta ya Sudani yatangaje ko yishimiye umwanzuro wa perezida Trump wo kuyikuriraho ibihano birimo no kuba nta muturage wo muri kiriya gihugu wari wemerewe gukandagiza ibirenge bye muri Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Sudani kuwa Mbere tariki ya 25 Nzeri 2017, aho yavuze ko Guverinoma ya Sudani yishimiye cyane […]
Rubavu: Umugore waciwe ikiganza n’umugabo we yaremewe n’abagiraneza
Nyirazirikana Ruth utuye mu karere ka Rubavu, ubu ufite ubumuga yatewe n’umugabo we wamutemaguye kugeza aho amuca ikiganza, yaremewe n’abagiraneza bibumbiye mu rugaga rw’inama y’igihugu y’abagore, inkunga y’ibifite agaciro k’asaga ibihumbi 150. Ibikoresho byo mu rugo, amatungo magufi, mitiweli n’ibindi byose bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga ibihumbi 150, nibyo Nyirazirikana yashyikirijwe nyuma y’amezi agera […]
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya mugenzi we wa Angola
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we wa Angola uherutse gutorwa, JoĂ ÂŁo Lourenà §o. Ni umuhango uteganyijwe uyu munsi ku wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017. Nkuko bigaragara ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu w’u Rwanda, Perezida Kagame yageze muri iki gihugu ku munsi w’ejo hashize. JoĂ ÂŁo Lourenà §o yatsinze […]
Diamond Platnumz yongeye guhuza urugwiro na Zari nyuma yo kumuca inyuma
Umuhanzi Diamond Platnumz yongeye kugaragaza urugwiro ari kumwe n’umukunzi we Zari mu isabukuru y’amavuko ye, Nyuma yo gutangaza ko ari se w’umwana w’umuhungu yabyaranye n’umunyamideri Mobeto. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Zari yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 37. Ni ibirori byitabiriwe n’inshuti ze za hafi ndetse n’umuryango we. Mu batunguranye bitabiriye ibi birori harimo Diamond Platnumz. […]
Imyitwarire ya Mourinho mu kibuga nta zindi ngaruka mbi yamugizeho
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’uburayi ryatangaje ko nta bindi bihano rizaha umutoza w’ikipe ya Manchester United, Jose Mourihno. NI nyuma y’aho ahanwe n’umusifuzi kubera imyitwarire yamuranze ku mukino wabahuje na Southampton. Hari ku munsi wa 6 w’imikino ya shampiyona mu Bwongereza, ubwo yinjiraga mu kibuga nyuma y’aho ikipe ye yarimaze gutsinda Southampton igitego 1 […]