Kirehe: Mu nkambi y’impunzi habonetse abantu 26 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 14 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu 32 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 1573 byafashwe. Abanduye barimo 26 babonetse mu itsinda ry’abapimwe mu nkambi y’impunzi mu Karere ka Kirehe (Mahama), 3 babonetse mu Karere ka Gatsibo, 2 babonetse i Rubavu n’undi wabonetse i Gicumbi. Ni mu gihe kandi […]
Uganda: Owinny-Dollo yicuza uruhare rwe mu kongera kwiyamamaza kwa Museveni
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga muri rwa Uganda Alfonse Owiny-Dollo yatangaje ko yicuza uruhare yagize mu ivugururwa ry’itegekonshinga rya Uganda ryongeye kwemerera Perezida Museveni kongera kwiyamamaza. Mu itegekonshinga rya Uganda ryo mu 1994, mu ngingo yaryo ya 102 mu gika cya kabiri, ryagenaga ko umuntu urengeje imyaka 75 atagomba kwemererwa kuyobora igihugu. Iyi ni ingingo yagongaga Perezida […]
Rubavu: Uwatwikiwe inzu arashinja inzego za leta kumutererana no kumwima ubutabera
Umuturage witwa Mujyambere Vedaste wo mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, arashinja inzego zirimo ubushinjacyaha, ubuyobozi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kumutererana no kumwima ubutabera, nyuma yo kugirana ibibazo n’abaturage bikagera n’aho atwikirwa inzu. Uyu muturage avuga ko bigitangira mu 2017 yaguze isambu na ba se wabo na ba nyirasenge, agatangira kuyihinga nta kibazo. Ni […]
Muri 11 babonye igihembo cyitiriwe Nobel mu 2020 harimo abagore 4, nta Munyafurika urimo

Mu ntangiriro z’Ukwakira buri mwaka, ikigo kitiriwe Umunyasuwedi Alfred Nobel cyo muri Suede, gitanga ibihembo ku bantu kaboze ibikorwa bikagirira ikiremwamuntu akamaro mu Buvuzi (Medecine et Physiologie), Ubutabire (Chimie), Ubugennge (Physique), Ubukungu (Economie), Ubuvangazo (Litterature) n’Amahoro. Abahawe iki gihembo uyu mwaka wa 2020, harimo abagore 4, nta Munyafurika urimo. Dore urutonde rw’abahembwe uyu mwaka n’ibyo […]
APR FC yatsinze Kiyovu Sports mu rubanza zaburanagamo Nsanzimfura Keddy
Ikipe ya APR FC yatsinze Kiyovu Sports, mu rubanza iyi kipe yo ku Mumena yari yayirezemo gusinyisha umukinnyi Nsanzimfura Keddy kandi agifitiye Kiyovu Sports amasezerano. Tariki ya 19 Nyakanga 2020 ni bwo APR FC yerekanye Nsanzimfura Keddy nk’umukinnyi mushya yaguze avuye muri Kiyovu Sports. Mu kirego cyahise gitangwa na Kiyovu Sports, iyi kipe yavuze ko […]
MINEDUC yakuye urujijo ku gisubizo yatanze kijyanye n’amafaranga y’ishuri
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda kuri uyu wa 14 Ukwakira 2020 yakuye urujijo ku gisubizo yari yatanze kijyanye no kwishyura amafaranga y’ishuri (minerval) mu gihe amasomo yaba yongeye gusubukurwa. Ejo tariki ya 13 Ukwakira, iyi Minisiteri yari yatangaje ko mu gihe amashuri azaba yafunguye “Abanyeshuri bazakomereza aho bari bagejeje. Abari barishyuye igihembwe cya mbere ntabwo bazasabwa […]
Fizi: Habaye imyigaragambyo yamagana Azarias Ruberwa n’igitekerezo cya komini Minembwe
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 14 Ukwakira, sosiyete sivile ya Baraka, muri Teritwari ya Fizi, ho muri Kivu y’Amajyepfo, ifatanyije n’imiryango y’abenegihugu yakanguriye abatuye kariya gace k’igihugu kujya mu myigaragambyo yo kwamagana ishyirwaho rya Komini ya Minembwe y’icyaro. Abitabiriye iyi myigaragambyo baririmbye indirimbo zibasiraa minisitiri wo kwegereza ubuyobozi abaturage, Azarias Ruberwa. Banagaragaje kandi ubutumwa […]
Yatawe muri yombi nyuma yo kugabura imigati irimo inzembe

Umukozi w’iguriro rya Saco Hannaford Supermarket ry’i Portland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatawe muri yombi na Polisi azira gutanga amafunguro(Pizza) arimo inzembe. Inkuru ya BBC ivuga ko ibi byakozwe n’umukozi witwa Nicholas Mitchell usanzwe afite uburambe mu gukora Pizza mu kigo cya ‘It’ll Be Pizza’ yafashwe na Polisi imushinja ubugome ndengakamere bwo gutanga […]
Le Rwanda autorise la culture du cannabis à des fins médicales
Le gouvernement rwandais dĂ©livrera des licences pour la culture du cannabis Ă usage mĂ©dical, a annoncĂ© mardi soir le ‘Rwanda Development Board’ (RDB), Ă la suite de la dĂ©cision du cabinet de lundi approuvant les directives rĂ©glementaires sur la culture, la transformation et l’exportation de cultures thĂ©rapeutiques de grande valeur. La nation d’Afrique centrale commencera […]
Phocas Ndayizera yabimburiye bagenzi be 12 asaba kurekurwa
Umunyamakuru Phocas Ndayizera yasabye urukiko ko yagirwa umwere akarekurwa, aho yemeza ko ubushinjacyaha ibyo bumushinja ari ibihimbano mu byo yise ikinamico. Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2020 ni bwo umunyamakuru Phocas Ndayizera na bagenzi be 12 baregwa mu rubanza rumwe bitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyanza, urugerereko rwarwo rushinzwe kuburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka mu buryo […]
Umuyede n’abanyamadini mu bahamwe na ruswa no kunyereza imitungo
Umugabo utuye mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro k’Umujyi wa Kigali witwa Munyandamutsa Etienne wakoraga akazi k’ikiyede, yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe azira gutanga ruswa. Ni mu gihe abanyamadini nabo bagaragara ku rutonde ariho rwasohowe n’Urwego rw’Umuvunyi. Nk’uko bigaragara ku rutonde rwashyizwe hanze n’uru rwego, rushingiye ku ngingo ya 4 (10) y’Itegeko No. 76/2013 […]
Sinshobora kwegura kugira ngo nshimishe abantu basabitswe n’urwango – Azarias Ruberwa
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 13 Ukwakira 2020 i Kinshasa, imbere y’itangazamakuru, Minisitiri wo kwegereza ubuyobozi abaturage n’ivugurura ry’inzego, Azarias Ruberwa, yashimangiye ko adashobora kwegura kugira ngo ashimishe abantu basabitswe n’urwango bamushinja ubugambanyi kubera ishingwa rya komini Minembwe, muri Kivu y’Amajyepfo ryaburijwemo n’umukuru w’igihugu, Felix Tshisekedi. Minisitiri Ruberwa yibukije ko komini ya Minembwe yashinzwe […]
Rwanda to start cannabis planting
The government of Rwanda through Rwanda development board (RDB) and National Agricultural Export Development Board (NAEB) announced it’s need for inventors in cannabis planting. It’s after a long time of ban for its use. The trade of cannabis in Rwanda has been one among the crime that is highly charged. The government has announced the […]
Uko ibihugu bya Afurika bikurikirana mu gukurura abanyamahanga bashaka ubwenegihugu
Ubwenegihugu bw’u Bufaransa nibwo bwa mbere bukurura abanyamahanga ku Isi ahanini bitewe no koroshya kuhatangira ubuzima no kuhamenyera ukurikije urutonde rwa 2019 rw’Ubuziranenge bw’Ubwenegihugu dukesha Expat.com, aho u Bufaransa bufite amanota 81.7%, imbere y’u Budage (81,6%). Ibihugu icumi bya mbere bikurura abantu cyane ni ibyo mu Burayi ariko turibanda ku bihugu byo muri Afurika . […]
Guha imfungwa imbabazi n’imirimo ifite inyungu rusange; umuti w’ubucucike mu magereza
Abasenateri basabye Guverinoma gukemura ikibazo cy’ubucucike mu magereza yo mu Rwanda, nyuma yo kucyumva kenshi no kukibona muri raporo zinyuranye. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukwakira ni bwo Inteko Rusange ya Sena yagezwagaho raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu ku gikorwa cyo gusesengura ikibazo cy’ubucucike muri gereza zo mu Rwanda. Iyi […]
Mu mafoto: Perezida Museveni n’abuzukuru be basohokanye

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda aherekejwe n’abiganjemo abuzukuru be, kuri uyu wa Kabiri batembereye mu gace ka Kisozi mu Karere ka Gomba aho basuye ibikorwa bye bwite birimo n’ifamu y’inka zigera ku 3,000 ahorerera. Chimp Reports yanditse ko nyuma y’amezi arenga 6 Covid-19 igeze muri Uganda, Perezida Museveni yari yarabuze umwanya wo gusura inka […]
Danny Usengimana yatangaje impamvu ubukwe yari yateguje abantu butabaye
Rutahizamu Danny Usengimana ukinira ikipe ya APR FC n’Ikikipe y’igihugu Amavubi, yatangaje ko kuba imibare y’ubwandu bwa Covid-19 ikomeje kwiyongera mu mujyi wa Montreal wo muri Canada umukunzi we atuyemo, ari yo ntandaro yatumye ubukwe bwe yari yatumiriye abantu butaba. Ku wa 21 Nzeri 2020 ni bwo Danny yashyize hanze urupapuro rurarika abazitabira ubukwe bwe […]
Ibyiciro bishya by’ubudehe bizatangira gukoreshwa muri Gashyantare umwaka utaha – LODA
Ikigo gishinzwe guteza imbere ibikorwa by’Inzego z’Ibanze(LODA) kiravuga ko cyatangiye kwegeranya amakuru agifasha gushyira abaturage mu byiciro bishya by’ubudehe, akaba ari igikorwa giteganyijwe kuzarangira mu kwezi kwa Mutarama k’umwaka utaha wa 2021. Nyuma yaho mu kwezi kwa Gashyantare ni bwo ibyiciro bishya bitanu by’ubudehe bizatangira gukoreshwa kugera muri 2024. Icyiciro cya mbere cyitwa A kirimo […]
Burundi: Depite Banciryanino yaba azira ko yanze ko Nkurunziza yitwa Umuyobozi w’Ikirenga?
Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa Muntu, ufite icyicaro muri Amerika, HRW, wamaganye ifatwa n’ifungwa ry’uwahoze ari umudepite wigenga mu Burundi, Fabien Banciryanino, uyu muryango uvuga ko mu byo azira harimo kuba yaramaganye itegeko ryashakaga kugira uwari pererezida w’iki gihugu “Umuyobozi w’Ikirenga wo Gukunda igihugu” (Guide suprĂŞme du patriotisme). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku itariki 12 […]
Malawi: Uwahoze ari Minisitiri akurikiranweho guha Pasiporo uwakoze Jenoside
Uladi Mussa wabaye Minisitiri muri Guverinoma ya Malawi, afunzwe azira guha Pasiporo mu buryo butemewe n’amategeko impunzi z’Abanyarwanda zituye muri kiriya gihugu, zirimo n’izifite aho zihuriye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mussa wabaye Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu igenzura ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka, mu byaha ashinjwa harimo kuba yarahaye Pasiporo Vincent Murekezi ukekwaho kugira […]
RDB yasobanuye byinshi ku buhinzi bw’urumogi u Rwanda rugiye gukora
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Clare Akamanzi yavuze byinshi byatumye leta y’u Rwanda yemera guhinga urumogi; igihingwa kitari cyemewe mu gihugu ku mpamvu izo ari zo zose bitewe n’uko ari ikiyobyabwenge. Guhinga iki kimera byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki ya 12 Ukwakira 2020, bishimangirwa na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Daniel Ngamije ku munsi wakurikiyeho. Clare […]
Igihembwe kiruta ibindi mu byagaragaye mu ngengabihe y’amashuri 2020/21

Minisiteri y’Uburezi (Mineduc) yaraye ishyize ahagaragara ingengabihe y’uburyo abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazasubukura amasomo, nyuma y’amezi akabakaba arindwi yari amaze afunzwe kubera icyorezo cya Coronavirus. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 25 Nzeri 2020 niyo yatanze icyizere ko amashuri agiye gufungura mu gihe cya vuba. Yavuze ko amashuri atangira gufungurwa hagaherwa kuri za kaminuza […]