Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 16

emkb7plwkaawckx.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2020 yatangaje ko abantu banduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 16 mu bipimo 1333 byafashwe. Barimo 6 babonetse mu Karere ka Kirehe, 6 muri Nyagatare, 2 muri Rubavu na 2 muri Rusizi.

Hagaragajwe icyatumaga Nyaruguru ihora inyuma mu kwesa imihigo

img-20201106-wa0057.jpg

Ubwo ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bwashyikirizaga Akarere ka Nyaruguru igikombe cy’imihigo gaherutse kwegukana, hagaragajwe ko gukorera hamwe no kwirinda amakimbirane ari byo byagafashije kwesa neza imihigo. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ugushyingo 2020 ni bwo Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe igikombe katsindiye ubwo kegukanaga umwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2019/2020. Mu myaka yabanje […]

Nyaruguru: Umugabo wari umaze amezi 2 arongoye umukobwa w’imyaka 15 yafunzwe

Umugabo w’imyaka 38 witwa Ndungutse James, utuye mu Mudugudu wa Kibayi, Akagari ka Mpanda, Umurenge wa Kibeho, Akarere ka Nyaruguru, ubu afunzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), aho akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwangavu twise NS. Uyu mukobwa ufite imyaka 15 y’amavuko yiga mu mwaka wa 6 w’amashuri abanza. Amakuru ahari avuga ko Ndungutse yamucyuye mu rugo, […]

RDC: Moïse Katumbi yakiriwe i Kinshasa nka Yezu i Yeruzalemu (Amafoto)

20201106150251351139-kat0_bon.jpg

Umuherwe Moïse Katumbi wahoze ari Guverineri w’Intara ya Katanga iherereye mu majyepfo ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yageze mu murwa mukuru, Kinshasa, kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2020. Uyu mugabo usanzwe ari na Perezida w’Ikipe y’Umupira w’amaguru ya TP Mazembe, yageze muri uyu murwa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, yakirwa n’ibihumbi by’abaturage […]

Ndumva ijwi ry’insinzi, mu izina rya Yesu_Umujyanama wa Trump mu by’umwuka

Umujyanama wa Perezida Donald Trump mu by’umwuka, Pasiteri Paula White kuri uyu wa 5 Uguhyingo 2020 yakoze isengesho, yumvamo ijwi ryemeza ko umukoresha we yegukana amatora y’Umukuru w’Igihugu ahanganyemo na Joe Biden. Muri iri sengesho Pasiteri White yakoreye mu rusengero rwa Christian Destiny Center yavuze ko hari imbaraga za sekibi ziri kurwanya Trump. Ni aho […]

Ishuri rya ETEFOP: Yasinze Nguvu yangiriza ibifite agaciro k’asaga ibihumbi 100

Umunyeshuri utatangajwe amazina wiga mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya ETEFOP giherereye mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze yafashwe yasinze inzoga yitwa Nguvu ari nako amenagura ibirahuri, yangiza indi mitungo yahawe agaciro ka Frw ibihumbi 136. Ibyo byabaye kuwa Gatanu tariki 6 Ugushyingo 2020 ubwo ikigo cyatabazaga inzego z’umutekano ko hari umunyeshuri w’imyaka 19 […]

Umu-Rayon Sadate na KNC wa Gasogi mu ntambara y’amagambo

Nyuma y’umukino wa gicuti Gasogi United yatsindiwemo na Gorilla FC ibitego 3 kuri 1 kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2020, Munyakazi Sadate wahoze ayobora Rayon Sports yashotoye Kakoza Nkuriza Charles (KNC) uyoboye iyi kipe yatsinzwe, biba intandaro yo guterana amagambo. Ubwo Gasogi United yari imaze gutangariza ku rubuga rwa Twitter ko yatsinzwe na Gorilla FC, […]

Nyagatare: Bimwe mu bigo by’amashuri byafunze imiryango

Ibigo by’amashuri bigera kuri bine biri mu Karere ka Nyagatare byafunze imiryango nyuma y’aho kuwa 2 Ugushyingo 2020, amashuri yasubukuye amasomo yari yarahagaze kubera COVID-19. Umwarimu utarashatse ko amazina ye atangazwa wigishaga mu ishuri ryigenga ‘Hillside Matimba’ avuga ko bagiye ku kazi ubwo amasomo yatangiraga, bagasanga ishuri rirafunze. Uyu mwarimu avuga ko batazi icyo bagomba […]

Rayon Sports yasinyishije Umunya- Côte d’Ivoire wakiniraga TP Mazembe (Amafoto)

img_20201106_160133.jpg

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu, yasinyishije Umunya- Côte d’Ivoire, Jean Vital Ourega; iheruka gutizwa na Tous Puissant Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ourega w’imyaka 24 y’amavuko, yasinye amasezerano y’umwaka umwe yo gukinira Rayon Sports. Akina hagati mu kibuga. Uyu musore ukina hagati mu kibuga, yari asanzwe ari mu Rwanda […]

Musanze/Muko: Abana babiri bishwe n’imyumbati

Abana batatu umwe yari mu kigero cy’imyaka umunani undi itanu bo mu Murenge wa Muko Akagari ka Kivugiza kuwa 5 Ugushyingo 2020 bahitanwe n’imyumbati bagiye gucukura nyuma yuko nyina wabo yari yabahaye ihiye nyuma bakamuca muri humye bagasubira mu murima gucukura imibisi babiri bahita bapfa undi umwe ajyanwa kwa muganga atarapfa. Aba bana bose barererwa […]

Abanyamategeko bunganiraga Rusesabagina bikuye mu rubanza

Abanyamategeko babiri bunganiraga Paul Rusesabagina kuva yatangira kuburana, bavuye mu rubanza rwe, bikaba byamuhaye umukoro wo gushaka abandi. Aba banyamategeko ni Me David Rugaza na Me Emelyne Nyembo bari basanzwe batemerwa n’umuryango wa Rusesabagina uba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Rusesabagina yabitangaje imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2020, ubwo yari […]

Ubwoba bw’intambara ni bwose muri Ethiopia

Leta ya Ethiopia yashimangiye ko ikomeza ibitero bya gisirikare mu karere ka Tigray kari mu majyaruguru nubwo bwose amahanga akomeje gusaba kubihagarika. Amakimbirane hagati y’ishyaka rya Tigray People’s Liberation Front (TPLF) – ryigeze kuba riri mu mpuzamashyaha yari ku butegetsi – na guverinoma ya Abiy Ahmed, amaze igihe atutumba, ndetse yarakabije ubwo mu kwa cyenda […]

Gatsibo: Umusore yakubiswe n’abanyeshuri bahorera mwarimu wabo yari akomerekeje

Umusore witwa Munezero Yves w’imyaka 19 y’amavuko bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe, yinjiye mu kigo cy’amashuri cya G.S Bihinga mu Karere ka Gatsibo, akomeretsa umwarimu, abanyeshuri na bo bamwahuka bahorera mwarimu wabo. Byabaye ejo ku wa Kane tariki ya 5 Ugushyingo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, CIP Hamdoun Twizeyimana, yavuze ko mu […]

Umugore wo muri Ukraine wafunzwe n’abapolisi ba RDC, yakamejeje

Umugore ukomoka muri Ukraine wafashwe na Polisi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ubwo yari amaze gukubitira abana kuri Hotel Pullman iri mu mujyi wa Kinshasa, yakamejeje aho ngo ashobora kurega no kuri Ambasade. Kuri uyu wa 5 Ugushyingo ni bwo uyu mugore yagaragaye akubita inshyi abana babiri ku rwogero (piscine) mu buryo burenze guhana. […]

Dr. Habumuremyi yasabiwe gucibwa ihazabu y’Amafaranga y’u Rwanda hafi miliyari

Ubushinjacyaha kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2020 bwasabiye Dr. Pierre Damien Habumuremyi gucibwa ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 892 n’igifungo cy’imyaka itanu, bishingiye ku byaha ashinjwa byo gutanga sheki zitazigamiye n’ubuhemu. Ni ubusabe bwatanzwe ubwo Dr. Habumuremyi wayoboraga kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR), yagezwaga imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Gusa uregwa (Dr. Habumuremyi) […]

Abarundi bibiye ihene ku ruzi rwa Rusizi bakica n’umwana wari uziragiye, bakatiwe

Urukiko Rukuru rwa Cibitoke kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2020 rwakatiye abasore babiri b’Abarundi baherutse kwibira ihene 10 ku nkombe z’uruzi rwa Rusizi, bakanica umwana wari uziragiye. Igihano uru rukiko rwabahaye ni igifungo cy’ubuzima bwose, n’ihazabu y’amafaranga y’Amarundi miliyoni 20 kuri buri umwe, nk’uko Radio Isanganiro yabitangaje, gusa ngo bemeye icyaha ndetse basaba ko bagabanyirizwa […]

Abakinnyi 11 b’Amagaju FC banduye Covid-19

Ubuyobozi bw’Ikipe y’Amagaju y’i Nyamagabe, bwatangaje ko abakinnyi bayo 11 banduye Coronavirus ndetse ko bari mu mubare w’abo Minisiteri y’Ubuzima yaraye itangaje ko banduriye mu Karere ka Nyamagabe. Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ejo ku wa Kane mu gihugu habonetse abarwayi bashya ba Coronavirus 18, barimo 12 bagaragaye mu Karere ka Nyamagabe, umwe w’i […]

Diamond yakiranye ubwuzu Zari n’abana be nyuma y’imyaka ibiri batabonana (Amafoto)

diamondplatnumzfamily_20201106_1.png.jpg

Ibihumbi by’Abanya-Tanzania bongeye kuzura imihanda yo muri iki gihugu, ubwo Umunya-Uganda Zari Hassan yasesekaraga i Dar es Salaam ari kumwe n’abana be babiri bajya guhura n’umuhanzi Diamond Platnunz. Iki cyamamare mu muziki wa Tanzania n’uwa Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, cyakiranye ubwuzu abana be na Zari ubwo bageraga ku kibuga cy’indege, nyuma y’imyaka ibiri nta wuca […]

Nyarugenge: Bisamaza yayoboye amazi y’imvura mu ngo z’abaturanyi kuko ngo ‘akomeye’

Umushoramari Bisamaza Private utuye mu Murenge wa Kigali, Akagari ka Nyabugogo, Umudugudu ka Kamenge, yarunze ibitaka ku musozi afunga amazi y’imvura none asigaye asenya ingo z’abaturage ndetse na kaburimbo igana mu Ntara y’Amajyepfo kuko ngo “akomeye.” Bisamaza yahawe n’Umujyi wa Kigali icyangombwa cyo gusana inzu muri P3, muri Zone y’ishyamba urebye kugishushanyo mberera ( yarabikoze […]

Huye-Nyaruguru: Nyuma yo gutakamba kw’abagenzi, ibiciro by’ingendo byamanuwe

img-20201106-wa0011.jpg

Hashize iminsi abagenzi bakoresha umuhanda wa Huye-Nyaruguru bashinja ba nyir’ibigo bishinzwe kubatwara mu modoka kwirengagiza ibiciro bishya byashyizweho n’Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA), bakishyiriraho ibyabo bihanitse. Ni ikibazo cyagaragajwe n’abagenzi bava i Huye bajya i Ndago, abajya i Kibeho n’abajya ku Munini, aho byagaragaye ko bahendwaho amafaranga y’u Rwanda arenga 440. Mu biciro bishya RURA yari […]

Ibyo TB Joshua aherutse guhanura ku matora ya USA bisa n’ibiri kuba

Umuhanuzi wamamaye wo muri Nigeria, Temitope Bolagun Joshua (TB Joshua) tariki ya 1 Uguhyingo 2020 yahanuye ibishobora kuzakurikira amatora y’Umukuru w’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yaburaga umunsi umwe ngo abe. Ibyo uyu muhanuzi yavuze icyo gihe, bisa n’ibiri kuba muri iki gihe cyose hategerejwe uzegukana insinzi y’aya matora; hagati ya Donald Trump uhagarariye ishyaka […]