CHAN: Inama y’igitaraganya nyuma y’uko abakinnyi 13 ba RDC basanzwemo COVID-19
Inama y’igitaraganya iteraniye mu gihugu cya CamĂ©roun kiri kuberamo irushanwa rya CHAN, nyuma y’uko abandi bakinnyi 13 ba Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo bagaragayeho icyorezo cya COVID-19. Abakinnyi ibisubizo byagaragaje ko banduye kuri uyu wa Gatanu barimo n’abakinnye umukino Congo Kinshasa iheruka guhuramo na Niger. Iyi kipe kandi yagombaga guhura na CamĂ©roun mu mukino wa […]
Muhoozi na Elwelu mu ba ‘Generals’ batorewe guhagararira UPDF mu Nteko; Minisitiri Tumwine byanze

Umugaba Mukuru wâIngabo za Uganda, Gen. David Muhoozi nâUmugaba wâIngabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Peter Elwelu bari mu batsindiye guhagararira igisirikare cyâiki gihugu (UPDF) mu Nteko Ishinga Amategeko; abarimo Minisitiri wâUmutekano, Gen. Elly Tumwine bo batsinzwe. Nkâuko Umuvugizi wâIgisirikare na Minisiteri yâIngabo bya Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso yabitangaje, imyanya yâabasirikare bâabagabo yahataniragamo abakandida […]
Musanze: Amazi amaze amezi 3 yarabuze yatumye abanyeshuri bahagarika amasomo

Abanyeshuri bo mu rwunge rw’amashuri rwa Remera mu karere ka Musanze, bamaze igihe batitabira amasomo uko bikwiye kubera ikibazo cy’amazi amaze igihe yarabaye ingume muri kariya gace. Amazi muri kariya gace amaze amezi hafi atatu yaragiye, kubera igikorwa cyo kubaka imiyoboro mishya, n’ubwo na mbere yaho atabonekaga mu buryo buhagije. Mu ma saa munani yo […]
RDC: Minisitiri w’Intebe Sylvestre Ilunga na Guverinoma ye beguye
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sylvestre Ilunga Ilunkamba, yashyikirije ubwegure bwe Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi; nyuma y’umunsi umwe aterewe icyizere n’Inteko Ishinga amategeko. Minisitiri Ilunga yashyikirije Perezida ubwegure bwe kuri uyu wa Gatanu, mu ngoro ye aho yari yamusuye. 7SUR7.CD yahamirijwe aya makuru n’umwe mu bakora muri Perezidansi ya Congo Kinshasa wifuje […]
Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amukubise umugeri mu nda
Semanyenzi Innocent wâimyaka 45 wo mu mudugudu wa Kagarama, Akagari ka Vugangoma, Umurenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke ari mu maboko y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma yo kwica umugore we Niyitegeka Josephine wâimyaka 40 amukubise umugeri mu nda. Amakuru aturuka mu baturage no mu buyobozi bwâaka kagari avuga ko intandaro yâuru rupfu ari amajerikani 3 […]
VIDEO: Kubera iki u Rwanda rukumiriwe ? Tanzania rurageretse na Kiliziya \ ruswa mu Rwanda?-#HIRYANOHINO
Uvira: Impunzi zâAbarundi zigaragambije zisaba gucyurwa nta yandi mananiza
Impunzi zâAbarundi zibarirwa muri magana kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mutarama 2021 zakoreye imyigaragambyo ku mupaka wa Kavimvira hagati yâu Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zisaba gucyurwa mu gihugu cyazo nta yandi mananiza. Impunzi zibarizwa mu nkambi za Lusenda na Mulongwe zavuganye nâikinyamakuru Kivutimes dukesha iyi nkuru, zavuze ko zirambiwe imibereho mibi […]
Plus de 10 millions de titres fonciers pourraient passer sans papier
Les titres fonciers devraient ĂȘtre «dĂ©matĂ©rialisĂ©s» alors que le gouvernement se prĂ©pare Ă numĂ©riser le processus dâenregistrement des propriĂ©tĂ©s. Cette dĂ©cision signifie que les propriĂ©taires fonciers et immobiliers seront bientĂŽt propriĂ©taires et utiliseront des titres fonciers Ă©lectroniques pour accĂ©der Ă diffĂ©rents services tels que les prĂȘts bancaires. EspĂ©rance Mukamana, la directrice gĂ©nĂ©rale de l’AutoritĂ© rwandaise […]
Gen. Kainerugaba yashimye uko Abagande bitwaye mu matora, yifashishije Ijambo ryâImana
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yashimiye Abagande bemeye ko amatora yâUmukuru wâIgihugu aba mu mahoro nâituze, yifashishije ijambo ryo muri Bibiliya. Gen. Kainerugaba yifashishije ubutumwa bwanditswe na Matayo 5:9, ati: âHahirwa abazana amahoro mu bantu kuko ari bo bazitwa abana bâImanaâ. Abagande mwarakoze ku bwâibihe byâamatora byaranzwe nâamahoro. Nimureke […]
Diamond yahishuye ko afite abandi bana yabyaye hanze biyongera ku bazwi
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yashyize hanze ko afite abandi bana babiri yabyaye hanze, biyongera ku bo yari asanzwe afite, bakaba batandatu. Aganira na WASAFI FM, Diamond yavuze ko hari abandi bana basanzwe batazwi na rubanda ariko ko bizashira akabatangaza mu ruhame. Yavuze ko imfura ye yari izwi nka Princess Tiffah yabyaranye na Zari […]
Kenya: Abarimu basabye Leta kubaha imbunda
Ihuriro ry’abarimu bigisha mu mashuri makuru yo mu gihugu cya Kenya (KUPPET), ryasabye Leta ya kiriya gihugu guha imyitozo ya gisirikare abarimu bo mu bice bitandukanye by’igihugu bikunze kurangwamo umutekano muke, ndetse n’imbunda. Umunyamabanga Mukuru wa ririya huriro, Moses Nthurima, yavuze ko guha imbunda abarimu bitazabarinda gusa ababatera bakabagirira nabi, ko ahubwo bizanabaha icyizere cyo […]
Uko abajura bigeze kwiba mu biro bya Perezida Kenyatta nâumufasha we
Ubwo Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yari amaze igihe gito agiye ku butegetsi, abajura binjiriye ibiro bye nâibyâumufasha we, Margaret Kenyatta, biba amahembe yâinzovu azwiho kugira igiciro kinini. Urubuga Kenyans rwo muri Kenya ruvuga ko byabaye muri Mata 2013, ku mugambi wari uyobowe nâuwari ushinzwe kwita ku bagana ibiro byâUmukuru wâIgihugu (State House Caretaker) ndetse […]
Ibimodoka byâintambara byâakataraboneka bitunzwe nâIgisirikare cya Amerika â Amafoto

Amafaranga yashowe mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarenze miliyari 612 z’amadolari mu 2016. Ku bantu benshi, urwo rwego rwo kwiyemeza kubaka igisirikare rufite agaciro ku kurinda Amerika n’inyungu zayo. Ku rundi ruhande, abanenga amafaranga yakoreshejwe mu gisirikare babona uburyo bwiza bwo gushora ayo mafaranga, harimo no kwita ku bindi bibazo bikomeye mu […]
Ruswa iravuza ubuhuha muri Traffic Police, WASAC na PSF
Ubushakashatsi bwakozwe nâUmuryango urwanya ruswa n’akarengane Transparency International, ishami ry’u Rwanda (TI-Rwanda) burerekana ko Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi (WASAC) Polisi ikorera mu muhanda no mu rugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) baza ku isonga mu nzego zamunzwe na ruswa mu Rwanda. TI-Rwanda ivuga ko muri izi nzego uko ari eshatu, ruswa yazamutse ugereranyije nâumwaka wa 2019. […]
U Bushinwa bwahagaritse ingendo z’indege iva i Kigali, mu byumweru bibiri
Urwego rwâu Bushinwa rushinzwe ingendo zâindege rwagagaritse ingendo zâindege WB 9500 yâikigo cya RwandAir yavaga mu mujyi wa Kigali mu Rwanda yerekeza mu mujyi wa Guangzou mu gihe cyâibyumweru bibiri guhera ku wa 1 Gashyantare 2021. Aya makuru yemejwe nâumunyamakuru wa Televiziyo yâu Bushinwa ya CGTN, Shen Shiwei, kuri uyu wa 29 Mutarama 2021. Uyu […]
Nigeria: Abakomando bâabagore 300 nibo bahawe inshingano zo guhashya amabandi

Igisirikare cya Nigeria cyatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko hateguwe abasirikare 300 bâabagore bahawe inshingano zo kuzajya bahangana na ba rushimusi ku mihanda. Aba bagore bâabasirikare batoranyijwe muri division ya 1 yâIgisirikare cya Nigeria muri Leta ya Kaduna. Guverineri wâiyi leta, Nasir El-Rufai, yakiriye itsinda rya mbere ryâaba basirikare rizaba ribarizwa ahitwa Kakau, ku […]
OIF: Uwari Umuyobozi wâIbiro bya Louise Mushikiwabo yeguye ku mirimo ye
Uwari Umuyobozi wâIbiro byâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yeguye ku mirimo ye yari amazeho umwaka urengaho gato. Umuryango wa Francophonie wemeje ubwegure bwa Jean-Marc Berthon, ku itariki 26 Mutarama 2021, akaba yarahise asimburwa na Herve? Barraquand wari umuyobozi wâibiro byâuwungirije Umunyamabanga Mukuru wa OIF bita âAdministrateurâ. Umufaransa Berthon wabaye umujyanama wa […]
Amagana y’imfu z’Abanyamulenge arashyirwa ku mutwe w’abarwanya u Rwanda muri DRC
Bamwe mu Banyamulenge bavuga ko ukwibasirwa no kwicwa kwa benshi muri bo bizera ko gukorwa n’abari muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, basanzwe bafitanye ikibazo n’umuturanyi wayo mu burasirazuba, u Rwanda. Ibi babitangarije AFP ubwo bari bitabiriye ugushyingura umwe muri bo, Bonaventure Kinyegeria wari wishwe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana kuwa 6 Ukwakira 2020 mu Minembwe. […]
IFFHS yatangaje ikipe ya 11 beza baranze Afurika mu myaka 10 ishize
Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Ibarurishamibare n’Amateka ku mupira w’amaguru (IFFHS) ryashyize ahagaragara ikipe y’abakinnyi 11 beza baranze umugabane wa Afurika mu myaka 10 ishize. Ni ikipe yiganjemo amazina asanzwe azwi mu mupira w’amaguru, igizwe n’abakinnyi bose bakomoka mu Burengerazuba bw’umugabane wa Afurika no mu majyaruguru yawo. Umunya-Nigeria Vincent Enyeama ni we watowe nk’umuzamu wahize abandi muri Afurika […]
Maroc : Lancement par Sa Majesté Le Roi Mohammed VI de la campagne nationale de vaccination contre la Covid-19
Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI du Maroc a procĂ©dĂ©, jeudi le 28 janvier 2021 au Palais Royal Ă FĂšs, au lancement de la campagne nationale de vaccination contre le virus de la Covid-19. A cette occasion, le Souverain a reçu la premiĂšre dose du vaccin contre le Coronavirus. ConformĂ©ment aux Hautes Instructions Royales, la […]
Sudani yâEpfo isaba Museveni gusobanura impamvu yise abaturage bayo âubururuâ
Umuvugizi wâUmukuru wâIgihugu wa Sudani yâEpfo, Ateny Wek tariki ya 27 Mutarama 2021 yasabye Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni gusobanura impamvu yavuze ko abaturage babo ari âubururuâ. Perezida Museveni yavuze ko abaturage ba Sudani yâEpfo ari ubururu tariki ya 26 Mutarama 2021 ubwo yari mu muhango wo kwizihiza isabukuru yâimyaka 35 ishyaka NRM rimaze ku […]
Tunisia: Perezida Kais Saied yohererejwe ibaruwa irimo uburozi
Mu gihugu cya Tunisia hatangijwe iperereza nyuma yâibaruwa yari igenewe Perezida Kais Saied nkâuko byatangajwe kuwa Gatatu ushize, aho perezidansi ya Algeria yo ivuga ko haba habayeho kugerageza kumuroga babinyujije mu ibaruwa. Iyi baruwa yakiriwe kuwa Kabiri ushize nâumuyobozi wâibiro bya Perezida Saied, bivugwa ko yari irimo ibintu biteye amakenga bikaba byatumye hatangizwa iperereza ngo […]
Habonetse igisasu mu rugo rw’umuturage i Rubavu
Mu rugo rwâumuturage witwa Gasana Jean NĂ©pomuscĂšne mu Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero hagaragaye igisasu cyabonywe nâabana bari bazindutse bagiye guca kuri mugenzi wabo ngo bajyane ku ishuri, maze bakabona igisasu aho muri urwo rugo, bakanamenyesha abo muri urwo rugo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Rugerero, Nkurunziza Faustin, yemeje aya makuru, avuga […]
Rutshuru: Inzovu yatorotse pariki yivuganye abantu babiri
Kuri uyu wa Gatatu ushize Inzovu yiciye abantu babiri hafi yâagace ka Nyamilima hafi ya Pariki ya Virunga, muri teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu yâAmajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku itariki 27 rishyira kuri uyu wa Kane ushize, itariki 28 Mutarama 2021 ubwo abo bantu […]
CHAN: GuinĂ©e izahura n’Amavubi ni yo kipe ifite abakinnyi bato kurusha ayandi
Ikipe y’igihugu ya GuinĂ©e Conakry izakina n’Amavubi y’u Rwanda mu mukino wa 1/4 cy’irangiza cya CHAN iri kubera mu gihugu cya CamĂ©roun, ni yo kipe iri muri ririya rushanwa ifite abakinnyi bato kurusha ayandi. Amavubi azisobanura na GuinĂ©e ku cyumweru, mu mukino uzabera kuri Stade ya LimbĂ© aheruka kuboneraho itike ya 1/4 cy’irangiza atsinze Togo […]
Mu Bwongereza: Ubwandu bushya bwa Coronavirus bwabonewe urukingo rwizewe
Ikigo gikora imiti nâinkingo cya Novavax cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) cyakoze urukingo rwitwa NVX-CoV2373 rwizewe mu gukingira ubwandu bushya bwâicyorezo bwâagakoko ka Coronavirus (B.1.1.7) bwabonetse mu Bwongereza, ku gipimo cya 89.3%. Nkâuko ubuyobozi bwâiki kigo bubyemeza, uru rukingo rwageragerejwe ku bantu 20,000 biganjemo abari hejuru yâimyaka 65 yâamavuko, barimo abo mu […]
Biri amahire ko nta mukobwa nabyaye, abababyaye bafite ubujiji-Umubyeyi
Umubyeyi w’abana batatu b’abahungu, Olukemi Omololu-Olunloyo avuga ko biri amahire kuri we ku kuba atarabyaye umukobwa kuko irera ryabo rigoye muri iki gihe ariko ngo asanga ubujiji bw’ababyeyi babo muri ibi bihe bya interineti bubigiramo uruhare. Olunyolo usanzwe ari umunyamakuru w’inkuru zicukumbuye, yanditse kuri Instagram ko ababyeyi b’abakobwa muri iki gihe ari “injiji” Yateruye ati […]