Le Rwanda va utilise l’intelligence artificielle dans les prĂ©dictions de Covid-19

Le Rwanda devrait ĂŞtre le premier pays du continent africain Ă  utiliser l’intelligence artificielle (IA) pour prĂ©dire le fardeau du Covid-19 sur son territoire Ă  des pĂ©riodes particulières. Le vendredi 26 fĂ©vrier, le centre biomĂ©dical du rwanda (RBC), en collaboration avec l’UniversitĂ© du Rwanda (UR), a lancĂ© un projet de recherche visant Ă  tirer parti […]

Nyamagabe: Barasaba leta kwita ku Mugezi wa Muzirantwago wuzura ukabangiriza imirima

asd.jpg

Abaturage bo mu Murenge wa Mbazi ho mu Karere ka Nyamagabe bahinga mu mubande unyurwamo n’Umugezi wa Muzirantwago baratabaza Leta ngo ibakorere umuyoboro w’amazi kuko abangiriza imyaka n’imirima iyo wuzuye bikabatera ubukene. Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mbazi ho mu Karere ka Nyamagabe baganiriye na Bwiza.com muri iki cyumweru ubwo yageraga mu kabande […]

Urwego rw’Umuvunyi rurahamagarira abaturage gusobanukirwa n’amategeko abarengera

dsc_0517.jpg

Mu bukangurambaga bwo gukumira no kurwanya akarengane na ruswa bwakozwe n’Urwego rw’Umuvunyi mu ntara y’amajyaruguru n’iy’Uburengerazuba kuva ku itariki 22 kugeza ku ya 25 Gashyantare 2021, mu kiganiro bagiriye kuri radiyo y’abaturage, Umuvunyi Mukuru, Madamu Nirere Madeleine, ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, yahamagariye abaturage gutanga amakuru kuri ruswa n’akarengane ndetse bakanamenya amategeko abarengera kuko […]

RDC: FARDC yikomye FDLR ishinja gushaka kuyiteranya n’abaturage

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyamaganye ubutumwa kivuga ko buri gukwirakwizwa n’umutwe wa FDLR isebya bamwe mu basirikare bakuru bari mu bikorwa bya Sokola 2 muri Kivu y’Amajyaruguru. Izi nyeshyamba z’Abanyarwanda zimaze imyaka isaga 26 mu burasirazuba bwa Congo, zivuga ko bamwe mu bayobozi ba FARDC bakorana n’imitwe y’inyeshyamba iteza umutekano mucye […]

Ab’imbere mu myigaragambyo y’ i Gakoni bazagezwa mu butabera

Minisiteri y’ Uburezi ivuga ko ishuri ry’Abadivantisiti rya Gakoni riherutse gufungwa bitewe n’imyigaragambyo y’abanyeshuri, rizafungurwa mu cyumweru gitaha ariko hari bamwe bazaba badahari kuko bafashwe na polisi, bakaba bazagezwa mu butabera kubera ibyo bakoze. Dr. Valentine Uwamariya, mu kiganiro kuri KT Radio cyitwa Ubyumva Ute yavuze ko iri shuri riri mu Karere ka Gatsibo rizongera […]

EAC yabonye Umunyamabanga Mukuru mushya wasimbuye Umurundi ucyuye igihe

Umunya-Kenya Peter Mathuki ni we wemejwe nk’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), asimbuye Umurundi, LibĂ©rat Mfumukeko, usoje manda ye. Mathuki wari usanzwe ari Umuyobozi mukuru w’Inama y’Ubucuruzi ya EAC, yemerejwe mu nama ya 21 y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yayobowe na Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Usibye kwemeza Umunyamabanga Mukuru mushya, abakuru b’ibihugu baraniga kandi […]

EAC: Perezida Kagame yayoboye Inama yitabiriwe n’abarimo Museveni na Ndayishimiye

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yayoboye Inama ya 21 y’Abakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Ni inama yitezwemo kwemerezwamo Umunyamabanga Mushya w’uyu Muryango usimbura Umurundi, LibĂ©rat Mfumukeko, usoje manda ye. Iyi nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus gikomeje koreka Isi. Perezida […]

Senateri Evode yavuze uko yageze mu Rwanda, abamubonye bagakizwa n’amaguru

Senateri Evode Uwizeyimana, avuga ko akigaruka mu Rwanda yakiriwe nka Osama Bin Laden, ku buryo n’uwo bari baziranye wamubonaga yahitagamo gukizwa n’amaguru. Senateri Uwizeyimana w’imyaka 50 y’amavuko, yavuye mu Rwanda mu mwaka wa 2007 yerekeza i Montreal ho muri Canada, ahahurira n’abarimo Paul Rusesabagina na Faustin Twagiramungu batangira gukorana. Nyuma yo kuva mu Rwanda aho […]

Zimbabwe: Abakora mu buvuzi bari gutinya gufata urukingo rwa Covid-19

Kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ry’abaforomo muri Zimbabwe ryatangaje ko abakozi b’ubuvuzi banze gufata inkingo za Covid-19, bavuga ko nta bisobanuro bifatika byerekana niba zirinda ubwoko bw’iyi virusi bwagaragaye muri Afurika yepfo. Ku ya 18 Gashyantare, Zimbabwe yatangiye ibikorwa byo gukingira ikoresheje inkingo zakozwe n’ikigo Sinopharm cyo mu Bushinwa, iba igihugu cya mbere muri Afurika […]

Hafashwe urwandiko rw’umugambi wo gutoroka kwa Rusesabagina

Mu mashusho Al Jazeera yatambukije kuri uyu wa Gatanu, yagaragaje Minisitiri w’Ubutabera w’ u Rwanda, Johnston Busingye aganira n’abajyanama be mu buryo bw’ikoranabuhanga, avuga ko hari uburyo bukoreshwa mu kumenya ibirimo kubera muri gereza, haba mu nyandiko ziteganywa n’amategeko. Kuri iyi ngingo, yatanze urugero ku nyandiko yafatanywe Paul Rusesabagina, yavugaga uburyo ngo yashoboraga gutoroka gereza. […]

Me Gashema arahakana ibivugwa ko Idamange atari we wamwihitiyemo ngo amwunganire

Me Gashema Felicien wunganira Idamange Iryamugwiza Yvone arahakana amakuru avuga ko uwo yunganira atari we wamwihitiyemo ahubwo hari abandi bamutumye kumuburanira. Idamange yamenyekane mu minsi ishize kubera amagambo yagiye atangariza ku muyoboro we wa Youtube yavugiyeho amagambo atarakiriwe neza n’abantu batandukanye barimo n’ubutegetsi bikamuviramo gutabwa muri yombi ku itariki 15 Gashyantare. Kuwa 22 Gashyantare nibwo […]

Haiti: Imfungwa zisaga 400 zatorotse, abantu 25 barimo umuyobozi wa gereza barahagwa

1614393524759_haiti_prison_16-9_20475072_2051310_20210227130232d5e83043-3fec-4513-9eef-383af9dfafa5.jpg_sd_1280x720.jpg

Imfungwa zisaga 400 kuri uyu wa Gatanu zari zikiruka nyuma yo gutoroka gereza yo mu gihugu cya Haiti, mu gutoroka kwaranzwe n’ubugizi bwa nabi bukabije bwasize abantu 25 barimo n’umuyobozi wa gereza bishwe. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa byerekanye byibuze imirambo itatu irambaraye hanze ya gereza kuwa Kane na zimwe u mfungwa zafashwe mu zari zatorotse. “Abantu […]

Luanda: Ibiganiro by’amahoro hagati ya Centrafrica n’inyeshyamba byongeye gusubikwa

Mu gihe mu gihugu cya Centrafrica hakomeje ibikorwa bya gisirikare byo kwigarurira imijyi yari yarigaruriwe n’imitwe y’inyeshyamba nk’aho muri iki Cyumweru igisirikare cya Centrafrica gifashijwe n’ingabo z’u Rwanda kigaruriye Umujyi wa Bossangoa, ibiganiro by’amahoro byari biteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu biyobowe na ICGLR byongeye gusubikwa ku nshuro ya kabiri. Inama mpuzamahanga ku karere k’ibiyaga bigari […]

Amerika yashinje igikomangoma Salman uruhare mu rupfu rwa Khashoggi

Raporo y’ubutasi bw’Amerika yasanze igikomangoma Mohammed bin Salman wa Saudi Arabia (Arabie saoudite) ari we watanze uruhushya rwo kwica umunyamakuru Jamal Khashoggi wabaga mu buhungiro wishwe mu mwaka wa 2018. Iyi raporo yasohowe n’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden ivuga ko igikomangoma Salman yemeje umugambi wo “gufata cyangwa kwica” Khashoggi. Iti ” “Dusanga igikomangoma Muhammad bin […]

Muhanga: Urukiko rwakatiye umukozi wo mu rugo wibye umwana yigeze kurera

Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Gatanu itariki 26 Gashyantare 2021, bwasabiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 umukobwa w’imyaka 18 wibye umwana w’imyaka 4 yigeze kurera afatanyije n’umumotari ariko asabirwa kugabanyirizwa ibihano kuko yari ataruzuza imyaka y’ubukure, mu gihe umumotari we yasabiwe gufungwa imyaka 10. Nyuma y’uko avuye mu rugo yakoragamo mu kwezi kwa […]

Perezida Joe Biden yaganiriye na Kenyatta kuri terefoni, amuha umukoro

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasabye Uhuru Kenyatta wa Kenya gukoresha umwanya yitegura guhabwa nk’umuyobozi w’akanama k’amahoro n’umutekano mu muryango wa Afurika yunze ubumwe mu kurangiza amakimbirane ari muri Sudani na Ethiopia. Byari mu kiganiro cya mbere aba bombi bagiranye kuri terefoni kuva Biden yarahirira kuyobora Amerika muri Mutarama uyu mwaka. […]

Umunyamakuru wavuze ko ‘ mu gihe cya jenoside Abanyarwanda bose bari amasarigoma arwana akicana’ mu rukiko

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26 Gashyantare 2021, ni bwo Urukiko Nshinjabyaha rwa Paris rwahamagaye bwa mbere Umunyamakuru Natacha Polony ukurikiranyweho ibyaha byo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi aho yavuze ko ” mu gihe cya jenoside Abanyarwanda bose bari amasarigoma arwana akicana’. Uyu mugore uyobora ikinyamakuru Marianne yarezwe nyuma y’amagambo yavugiye kuri Radio […]