Seninga watozaga Musanze FC yirukanwe umukino utararangira, asabwa kuguma i Bugesera
Umuyobozi wa Musanze FC, Tuyishime Placide yirukanye umutoza wāiyi kipe, Seninga Innocent umukino wayihuzaga na Gasogi United utararangira. Byabereye ku kibuga cya Bugesera cyakinirwagaho umukino wahuzaga aya makipe, mu masaa kumi yāikigoroba cyāuyu wa 23 Gicurasi 2021. Tuyishime utishimiye umusaruro wa Seninga muri uyu mukino, yumvikanye yarakaye cyane, ari na yo mpamvu ishobora kuba yatumye […]
Umunyekongokazi wahungaga iruka rya Nyiragongo yabyariye mu Rwanda, umwana amwita Umutoni
Umubyeyi wāi Goma wahungaga iruka ryāikirunga cya Nyiragongo, Devotha Mawazo, yaraye abyariye mu Murenge wa Busasamana wāAkarere ka Rubavu mu Rwanda, yita uruhinja we āUmutoniā. Impamvu uyu mubyeyi yise umwana we iri zina nkāuko yabisobanuye, ni uko yabyariye mu Rwanda kandi akaba yafashijwe nāAbanyarwanda. Mawazo mu nkuru dukesha RBA, yagize ati: āUmwana wanjye mwise Umutoni, […]
Iruka rya Nyiragongo: Batanu bahungaga bapfuye, inzu nyinshi zasenyutse

Guverineri wāIntara ya Kivu yāAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Lt Gen. Ndima Constant yatangaje ko abantu batanu bahungaga iruka ryāikirunga cya Nyiragongo bapfiriye mu mpanuka yatewe nāumuvundo, hakaba hanasenyutse inzu nyinshi. Gen. Ndima yabitangarije mu kiganiro yagiriye ku gitangazamakuru cyāigihugu, RTNC, mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2021. Yavuze ko […]
Abanyarwanda, Perezida Kagame, mwakoze gufungura umupaka_Umunyekongo

Umunyamategeko akaba nāumwanditsi wāibitabo ukomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Me Dominique Mpundu yashimiye Abanyarwanda nāUmukuru wāIgihugu, Paul Kagame, bemeye gufungurira umupaka, abahungaga iruka ryāikirunga cya Nyiragongo bakinjira. Me Mpundu yashimye yifashishije videwo yāamasegonda 40 igaragaza amagana yāAbanyakongo binjira mu mujyi wa Rubavu mu Rwanda birukanka baturutse mu wa Goma muri RDC. Yagize ati: […]
Nyamasheke: Ibuka irasaba Kiliziya ubutaka bwo kubakaho urwibutso rujyanye nāigihe

Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi kuri Paruwasi Gatolika ya Nyamasheke nāinkengero zayo baravuga ko urwibutso ruhubatse rutakijyanye nāigihe kuko rwashyinguwemo bwa mbere mu 1996 nkāuburyo bwo kwifashisha bashyingura imibiri yāababo rayi inyanyagiye hirya no hino hafi ya kiliziya, bagasaba Musenyeri wa Diyoseze gatulika ya Cyangugu ubutaka bwo kubakaho urwujuje ibisabwa, kuko ngo nāimibiri ishyinguye muri uru […]
Umukino wa Marine na Rutsiro FC wasubitswe kubera iruka rya Nyiragongo
Ishyirahamwe ryāumupira wāamaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryasubitse umukino wari guhuza Marine na Rutsiro FC kuri uyu wa 23 Gicurasi 2021. FERWAFA ibinyujije ku rubuga rwa Twitter, yasobanuye ko impamvu yāisubikwa ryāuyu mukino ari iruka ryāikirunga cya Nyiragongo giherereye mu Ntara ya Kivu yāAmajyaruguru cyarutse guhera ku mugoroba wāuyu wa 22 Gicurasi 2021. Yagize iti: āUmukino […]
Perezida Tshisekedi yahagaritse uruzinduko yagiriraga i Burayi, kubera iruka rya Nyiragongo
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĆ©lix Tshisekedi yahagaritse uruzinduko yagiriraga ku mugabane wāi Burayi, yiyemeza gusubira muri iki gihugu ayoboye, agakurikirana uko abaturage bagizweho ingaruka nāiruka ryāikirunga cya Nyiragongo bari gufashwa. Byatangajwe nāibiro bye mu ijoro ryo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2021, ubwo iki kirunga cyegereye umujyi wa Goma mu Ntara […]
Hon. Habineza arasaba ko abadepite bakongerwa bakagera ku 100, mu kugabanya icyuho mu mikorere yabo
Umuyobozi wāishyaka Democratic Green Party riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije akaba anarihagarariye mu Nteko Ishinga Amategeko yāu Rwanda, Dr Frank Habineza, arasaba Leta kongera umubare wāabadepite ukava muri 80 ukagera ku 100 mu rwego rwo kugabanya icyuho mu mikorere yabo. Dr Habineza yabitangarije mu nama nyunguranabitekerezo ku mavugurura yifuzwa ku bijyanye nāamatora, yakozwe nāabayoboke bāiri […]
Suarez yasutse amarira nyuma yo guhesha AtlƩtico Madrid igikombe cya shampiyona (Amafoto)

Rutahizamu Luis Suarez yagaragaye asuka amarira, nyuma yo gufasha ikipe ya AtlĆ©tico de Madrid kwegukana igikombe cya shampiyona ya Espagne. AtlĆ©tico Madrid yegukanye igikombe cya shampiyona ya Espagne cya 11 mu mateka yayo, nyuma yo gutsinda Real Valladolid ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona. Iyi kipe y’umutoza Diego Simeone yatwaye iki gikombe, […]
U Rwanda rwakiriye Abanyekongo barenga 3500 bahungaga iruka rya Nyiragongo
Minisiteri ishinzwe ibikorwa byāubutabazi mu Rwanda (MINEMA) yatangaje ko iki gihugu cyaraye cyakiriye Abanyekongo barenga 3500 bahungaga iruka ryāikirunga cya Nyiragongo. Iyi Minisiteri yatangarije ku rubuga rwa Twitter mu masaa sita yāuyu wa 23 Gicurasi 2021 iti: āRubavu, u Rwanda rwakiriye Abanyekongo barenga 3500 bashakaga ubuhungiro bitewe nāiruka ryāikirunga cya Nyiragongo.ā Ikirunga cya Nyiragongo cyatangiye […]