Guverinoma y’u Rwanda yoroheje ingamba zo kurwanya Covid-19

e8id5hjwqaepen6.jpg

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 11 Kanama 2021 yoroheje ingamba n’amabwiriza byo kurwanya icyorezo cya Covid-19 zari zarashyizweho mu ntangiriro z’uku kwezi. Mu ngamba n’amabwiriza yorohejwe harimo: Kongera amasaha yo gutahiraho, avanwa kuri saa kumi n’ebyiri z’umugoroba agezwa kuri saa mbiri z’ijoro, gusa ibikorwa byose bikaba bigomba gufunga saa moya z’umugoroba. Imodoka zitwara abagenzi […]

Myugariro wa Rayon Sports n’umugore we bibarutse imfura nyuma y’ukwezi barushinze

Myugariro w’ibumoso Muvandimwe Jean Marie Vianey ‘Kurzawa’ uheruka gusinyira ikipe ya Rayon Sports, yibarutse imfura we n’umugore we nyuma y’ukwezi kumwe barushinze. Muvandimwe yemeje aya makuru binyuze muri Status yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze. Nko ku rubuga rwa Facebook, uyu mugabo ukomoka mu karere ka Gisagara yashyizeho amafoto arimo iya madamu we akuriwe n’indi acigatiye […]

Mozambique: Ibyihebe 33 ni byo RDF yivuganye muri Weekend ishize, nta musirikare n’umwe wakomeretse

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Maj-Gen Christovao Chume, yatangaje ko ibitero by’Ingabo za kiriya gihugu zifatanyije n’iza RDF mu mpera z’icyumweru gishize byahitanye ibyihebe 33. Ni ibitero kandi byasize ingabo za RDF zigaruriye icyambu cya Mocimboa da Praia n’ibindi bikorwa remezo bitandukanye. Gen Chume ubwo yavugiraga kuri Radio Mozambique ku mugoroba w’ejo, yavuze ko nta […]

RDC: Umusirikare yishe arashe bagenzi be bo ku rwego rwa ofisiye nawe aricwa

Umusirikare wa FARDC usa nk’uwari wataye umutwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Kanama 2021, yishe abasirikare bagenzi be babiri bo ku rwego rwa ofisiye abarashe mu Murenge wa Rwenzori, wo muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru. Aya makuru yemejwe n’abayobozi bo muri uyu murenge barimo umunyamabanga ushinzwe ubuyobozi avugana na […]

Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo gushyira mu biryo ibyo bitiranyije n’umunyu

Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko byarozwe mu majyaruguru ashyira uburengarazuba bwa Nigeria. Byabaye mu gace k’icyaro kitwa Danzanke muri leta ya Sokoto. Ali Inname ushinzwe ubuzima muri iyi leta, yabwiye abanyamakuru ko uwo muryango wibeshya ugakoresha ifumbire isa n’umunyu mu kurunga ibiryo byabo kuwa mbere. Inname avuga […]

Iduka rya PSG ryagurishije imipira yose ya Messi ryari rifite mu minota 30 – Amafoto

nintchdbpict000672455441.jpg

Igihangange, Lionel Messi cyatangiye gusubiza PSG amafaranga yagitanzeho kitarayikinira n’umukino wa mbere aho amakuru arimo kuvugwa ubu avuga ko nyuma y’umunsi umwe asinyiye iyi kipe abafana bayo bakoze igisa nko kugaba igitero ku iduka ryayo bashaka kwibikaho umwambaro wa numero 30 Messi azajya yambara. Ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza kiravuga ko iduka ry’ikipe ya […]

Min. w’Ingabo wa Afurika y’Epfo yavuze ko ‘ingabo za RDF ziri muri Mozambique nta kintu zakoze’

Minisitiri w’Ingabo n’ibikorwa by’abahoze ari abasirikare muri Afurika y’Epfo, Thandi Modise, avuga ko Ingabo z’ u Rwanda ziri muri Mozambique nta kazi zakoze kugeza ubu ngo ahubwo nibwo urugamba rwajya rwarema. Ikinyamakuru gitungwa agatoki ko gikorera mu kwaha kwa Leta ya Uganda, nayo itabanye neza n’ u Rwanda, Chimpreports, nicyo cyatangaje ko Minisitiri Modise yavugiye […]

Umwami wa Buganda yaba yajyanwe i Burayi

Hari amakuru ko Umwami wa Buganda, Kababa Ronald Muwenda Mutebi II yajyanwe kuvurirwa mu Budage indwara ya allergie. The Pearl ivuga ko Kabaka Mutebi yari amaze igihe arwaye n’ubwo bitari bikanganye ndetse akaba yaragiye yitabira bimwe mu birori nk’isabukuru ye muri Mata n’isabukuru ry’iyimikwa ku nshuro ya 28. Hari amakuru yahwihwishijwe ko Kabaka arwaye kanseri […]

Burundi: Col. Prime Niyongabo na mugenzi we baba bafunze binyuranyije n’amategeko

Uwahoze ari Colonel witwa Prime Niyongabo, bakunda kwita Komesha, aho akomeje gufungirwa muri Gereza ya Muramvya, mu gihe igihe icyemezo cyo kumurekura by’agateganyo cyafashwe mu Ugushyingo 2020. Ni urukiko rwisumbuye rwa Muha, mu majyepfo ya Bujumbura, aho uyu wahoze mu gisirikare atuye rwafashe icyemezo cyo kumurekura ku itariki ya 16 Ugushyingo 2020. Urukiko rukaba rwarafashe […]

Abasirikare ba Uganda bari muri Guinée Equatorial bashyize hanze ibibazo by’ingutu bafitanye na Komanda wabo

e8f8cz5xiam248m_1.jpg

Abasirikare ba Uganda barinda Perezida wa GuinĂ©e Equatorial, abandi bayobozi bakuru n’ibikorwa by’iterambere bavuga ko bashobora gukora igisa n’imyigaragambyo bitewe n’umuyobozi wabo, Col. James Kato Kyebara. Aba basirikare barashinja Col. Kato kubafata nabi, kubakorera ivangura, gukura mu nshingano buri wese utemeranya nawe ndetse no kumusubiza muri Uganda. Ibi byose bavuga ko bikorerwa abasirikare bato, abofisiye […]

Gute ingabo 1000 zahindura ibintu mu byumweru bibiri? Uko abanyamahanga babona Ingabo z’u Rwanda

Ingabo z’u Rwanda zikomeje gushimagizwa hirya no hino ku Isi kubera ukuntu zikomeje kugenda zitwara mu butumwa zoherezwamo hirya no hino haba ubwo kubungabunga amahoro cyangwa uburimo ibikorwa bya gisirikare byo gufasha ibindi bihugu kurwanya umwanzi ubangamiye umudendezo wabyo, aho kuri ubu bamwe bibaza ukuntu abasirikare 1000 babasha guhindura ibintu mu kwezi kumwe muri Mozambique […]

Rwamagana: Umupolisi yishe umusore warenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Umupolisi witwa Siboniyo Jean d’Amour ukorera mu Karere ka Rwamagana yishe arashe umusore witwa Iradukunda Elissa uzwi nka Ndimbati warenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, bivugwa ko yagerageje kumurwanya no kumwambura imbunda. Byabereye mu Mudugudu wa Kiyovu, Akagari k’Akanzu mu Murenge wa Nzige mu masaa moya y’umugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 9 Kanama […]

CHADEMA irashinja Perezida Samia Suluhu kwivanga mu rubanza rw’umuyobozi wa yo

Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi buyobowe n’ishyaka Chama Cha Mapinduzi, muri Tanzania, ryikomye umukuru w’igihugu Samia Suluhu Hassan rimushinja kuvuga nabi umuyobozi waryo, Freeman Mbowe, ndetse no kwivanga mu rubanza rwe. CHADEMA (Chama cha Demokrasia na Maendeleo) yanenze ibyatangajwe na Perezida Samia Suluhu mu kiganiro yagiranye na BBC nk’uko bigaragara mu nkuru y’iki gitangazamakuru mpuzamahanga […]

Nutemera ko turyamana nzakwiyicira- Umukozi wo mu rugo avuga uko bosi we yamubwiye

Mu gihe Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda, CESTRAR, rusaba abakoresha kuba inyangamugayo no kugira ubupfura, haracyagaragara abakozi bo mu rugo bakorerwa ihohoterwa, aho umwe muri bo yasabwe na bosi we ko baryamana, yabyanga akamwica. Akazi ko mu rugo ni imwe mu mirimo itanditse, ikorwa ahanini n’abiganjemo urubyiruko. Uwitwa Ndayishimiye Anita umwe muri bo, yatangarije RBA […]

Perezida Samia yagiriye icyizere abakiri bato, abaha ubuyobozi (Amafoto)

joan.jpg

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan mu ntangiriro z’uku ukwezi yakoze amavugurura mu nzego z’ubuyobozi bwa Leta kuva ku nzego zo hasi, aho bigaragara ko yagiriye icyizere abakobwa n’abagore bakiri bato. Aba bahawe imyanya ku rwego rw’uturere barimo abayobozi bungirije, abayobozi nshingwabikorwa bungirije n’abayobozi mu nama njyanama. Nka Rose Manumba, yamugize […]

Akazi gategereje Ambasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine Anfré

e8bijrjwqbcuwok.jpg

Ambasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine AnfrĂ© yatangaje ko umubano mushya w’ibihugu byombi uzongera uruhare rw’abikorera ku mpande zombi ndetse akomoza ku ruhare u Bufaransa bugiye kugira mu kugaragaza ko mu Rwanda ari ahantu habereye gukorera business. Ibi Ambasaderi AnfrĂ© umaze igihe kitageze ku kwezi ageze mu Rwanda yabitangaje mu kiganiro yahaye itangazamakuru nyuma […]

Kwizera Olivier yaba yavuye mu byo gusezera, yitezwe guhamagarwa n’Amavubi

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Olivier, biravugwa ko yamaze kwisubira ku cyemezo cyo gusezera ku mupira w’amaguru yaherukaga gufata. Amakuru y’uko uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko yafashe icyemezo cyo kugaruka mu mupira w’amaguru yari amaze iminsi avugwa, mbere yo gukaza umurego ku mugoroba w’ejo. Byitezwe ko kuri uyu wa Gatatu ari bwo bimenyekana ku mugaragaro […]

Goma: Major na Captain bagejejwe mu rukiko nyuma yo guterana amakofe

e8c1vbqwyawphtv.jpg

Abofisiye bakuru babiri mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo; Major Rimenze Kangingo Bisimwa na Captain Mukando Muzito Paulin kuri uyu wa 9 Kanama 2021 bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare rwa Goma. Maj Bisimwa na Capt. Muzito bagaragaye barwanira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma tariki ya 3 Kanama 2021, bafatwa amashusho asakazwa ku […]

RBC ivuga ko abantu bemerewe kuvanga inkingo za Covid-19 bahabwa

Umuyobozi w’ikigo cya leta gishinzwe ubuzima (RBC) Dr Sabin Nsanzimana yasobanuye ko abantu batahawe urukingo rwa kabiri rwa AstraZeneca ubu bashobora guterwa urukingo rwa kabiri ariko rwo mu bwoko bwa Pfizer. Dr Nsanzimana yavuze ko harimo gutangwa inkingo zo mu bwoko bwa Pfizer ariko ko n’abahawe urukingo rumwe gusa rwo mu bwoko bwa AstraZeneca nabo […]

Bwa mbere Messi mu mwambaro wa Visit Rwanda nyuma yo kwerekanwa na PSG (Amafoto)

img_20210811_061248.jpg

Ikipe ya Paris Saint-Germain ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje Umunya-Argentine Lionel Messi nk’umukinnyi wayo mushya. Messi ufatwa na benshi nk’umukinnyi wa mbere wa ruhago ku Isi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe isanzwe ari umufatanyabikorwa w’u Rwanda mu kwamamaza ubukerarugendo bwarwo. Yasinye nyuma yo kugera i Paris aho yakiriwe n’ibihumbi by’abafana ba PSG, […]