PM Ngirente arashima urwego ubufatanye bw’u Rwanda na UAE bugezeho

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yashimye urwego ubufatanye bwa Leta y’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) bugezeho. Ni mu gihe mu izina rya Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa 1 Gashyantare 2022 yitabiraga umunsi wahariwe kumurika ibikorwa by’u Rwanda mu imurikabikorwa riri kubera mu mujyi wa Dubai, Expo Dubai 2020. Yashimiye Leta ya […]
GuinĂ©e-Bissau: Urusaku ruremereye rw’amasasu rwumvikanye hafi y’ingoro Perezida Embalò
Urusaku ruremereye rw’amasasu rwumvikanye hafi y’ingoro ya Guverinoma ya GuinĂ©e-Bissau kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Gashyantare, ubwo Perezida Umaro Sissoco EmbalĂł w’iki gihugu yari ayoboye inama idasanzwe y’Abaminisitiri. AFP ivuga ko Perezida EmbalĂł, Minisitiri w’Intebe, Nuno Gomes Nabiam cyo kimwe n’abaminisitiri bari bateraniye muri iriya ngoro ubwo ariya masasu yumvikanaga. Ibi biro ntaramakuru […]
SACCO yagiriwe inama yo kugaruza amamiliyoni y’umukiriya yatanze atabizi kuko ari yo yabihomberamo

Me Ndikumana Elysee, umunyamategeko ubarizwa mu rugaga rw’Abavoka mu Rwanda, akaba ku rutonde rw’abahuza mu by’imanza rutangazwa n’urukiko rw’ikirenga ndetse na Noteri wigenga wo mu Karere ka Rusizi, aravuga ko SACCO ya Nyamyumba ishinjwa gutanga amafaranga yari konti y’umuturage witwa Bibutsuhoze Christine ikayaha umusimbura we ariko atabimenyeshejwe, aramutse areze iki kigo cy’imari cyakwirengera igihombo ndetse […]
Mukura VS yabaye ikipe ya mbere ikuyeho agahigo ka APR FC yari imaze imikino 50 idatsindwa
Ikipe ya Mukura Victory Sports yatsinze APR FC igitego 1-0, mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere utarakiniwe igihe. Ni umukino wagombaga gukinwa ejo ku wa Mbere, gusa uza gusubikwa kubera imvura y’amahindu yaguye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino wasubitswe nyuma y’iminota 45 y’igice cya mbere yarangiye Mukura […]
Kagame nomme un nouveau ministre des Infrastructures, et ministre d’Etat
Le prĂ©sident Kagame a nommĂ© Ernest Nsabimana comme nouveau ministre des Infrastructures, selon un communiquĂ© publiĂ© par le bureau du Premier ministre le lundi 31 janvier. Claver Gatete, qui a Ă©tĂ© Ă la tĂŞte du ministère pendant près de quatre ans, a Ă©tĂ© nommĂ© ambassadeur et reprĂ©sentant permanent du Rwanda au siège des Nations unies […]
Perezida Kagame yavuze ko buri wese afitiye umwenda abitangiye igihugu

Perezida wa Repubilka y’ u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko buri Munyarwanda afitiye umwenda abantu bitangiye u Rwanda, rukaba ruri uko rumeze muri iki gihe. Ibi bikubiye mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu munsi u Rwanda rwizihije Umunsi w’Intwari mu 2022. Umukuru w’igihugu yagize ati ” Umunsi Mwiza w’Intwari! Turazirikana ubuzima […]
Akari ku mutima wa Amb. Gatete na Uwase bahawe imirimo mishya
Kuwa 31 Mutarama 2022 nibwo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yahinduriye imirimo Ambasaderi Gatete Claver wari usanzwe ari Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, amugira Ambasaderi w’u Rwanda mu muryango w’Abibumbye i New York. Gatete kuri Twitter yavuze ko ashimira Perezida Kagame kubera inshingano nshya yamuhaye. Yagize ati ” Ndashaka gushimira Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ko yangiriye icyizere, […]
Cabo Delgado: RDF na FADM bishe ibyihebe birimo n’igikuru
Inzego z’umutekano za Mozambique zifatanyije n’iz’u Rwanda, ziheruka kwicira muri Cabo Delgado ibyihebe bibiri byo mu mutwe wa Islamic State birimo n’igikuru. Ni amakuru aherutse gutangazwa n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Mozambique, Bernardino Rafael, ubwo yari mu gace ka Magoma ahabereye igikorwa cyo kwerekana ibikoresho byinshi bya gisirikare byiganjemo intwaro zambuwe ibyihebe. Aha muri Magoma […]
Abacanshuro b’Abarusiya batangiye gukurwa muri Afurika boherezwa hafi ya Ukraine
Ikigo cy’abacanshuro b’Abarusiya, kimaze kwamamara kizwi nka Wagner Group, kiyobowe n’umwe mu nshuti za hafi za Perezida Putin, kiravugwaho kuba cyatangiye gukura indwanyi zacyo zizobereye urugamba muri Afurika kugira ngo boherezwe mu Burayi bw’i Burasirazuba aho ingabo z’u Burusiya zarunzwe hafi ya Ukraine. Nk’uko byatangajwe n’abasirikare bakuru babiri bo muri Repubulika ya Centrafrique (CAR) umubare […]
Andreas Spiers wifuje gutoza Rayon yahawe akazi na Gor Mahia
Umudage ukomoka muri Romania, Andreas Andrei Spiers uherutse gutangaza ko yababajwe n’uko yavuye mu Rwanda adatoje Rayon Sports, yahawe akazi k’ubutozi na Gor Mahia FC, ikipe y’ubukombe muri Kenya. Ibicishije ku rubuga rwayo, Gor Mahia yemeje aya makuru ndetse n’umutoza uzamwungiriza. Iti: “Nk’ikipe, twemeje Umudage Andreas Spiers nk’umutoza mushya wacu. Azungurizwa na Michael Nam.” Spiers […]
Gen. Kainerugaba yifashishije Rudahigwa n’Umwamikazi Gicanda yiyibutsa amateka
Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bya gisirikare akaba n’umuhungu we, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yifashishije Umwami Mutara III Rudahigwa n’Umwamikazi we, Rosalie Gicanda agaruka ku mateka y’akarere. Nk’uko bigaragara mu butumwa yashyize kuri Twitter, Gen. Kainerugaba yashyizeho amafoto abiri; imwe y’uyu mwami uri mu cyiciro cy’Imena mu […]
Kylian Mbappe yamaze kumvikana na Real Madrid kuyikinira
Nyuma y’igihe kitari igito ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne imaze ishaka umukinnyi Kylian Mbappe, yamaze kumvikana nuyu musore wemeye kuza muri iyi kipe mu mpera ziyi mpeshyi akazaza amasezerano ye arangiye muri PSG. Mu mpeshyi ishize Real Madrid yari yemeye gutanga ÂŁ154m, ariko birangira uyu mukinnyi PSG nayo yagaragazaga ko ikimukenye imugumanye, perezida […]
Junior Accountant at Africa Accounting Advisory Group
Job Description Location Kigali, Rwanda Employment Type Full-Time Employment Position Junior Accountant Experience 2-5 years Company Profile Africa Accounting Advisory Group operates in Kenya, Tanzania, Uganda, Nigeria, and Rwanda. We are the first Japanese accounting and consulting firm based in Africa. We are committed to enhancing the corporate value of our customers by providing them […]
Nyanza: Abavandimwe babyaranye abana batatu batazi ko bavukana
Abavandimwe bahuje bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza; Mukandamage Domitille na Nsabimana Zachariah babyaranye abana batatu batazi ko bahuje ababyeyi bombi. Mu kiganiro Mukandamage yagiranye na Afrimax TV, yavuze ko yakuze iwabo bamubwira ko yari afite musaza we witwa Nsabimana, wapfuye. Ati: “Nabyurukiye iwacu bambwira ngo hari musaza wanjye witwa Nsabimana wagiye, […]
Kagame replaces Amb. Gatete in mini govt reschuffle
President Kagame has appointed Ernest Nsabimana as the new Minister of Infrastructure, according to a statement released by the Prime Minister’s Office on Monday, January 31. Claver Gatete who was at the helm of the ministry for almost four years has been appointed the Ambassador and Permanent Representative of Rwanda to the United Nations headquarters […]
Uganda: Ukekwaho ubwambuzi bwa Shs miliyari 3 yafashe ashaka guhungira mu Rwanda
Nyir’ikigo cya Crypto Bridge African Ltd, John Mwangutsya ukekwaho kwambura abaturage amashilingi ya Uganda (Shs) arenga miliyari eshatu yatawe muri yombi, bikemezwa ko yari afite umugambi wo guhungira mu Rwanda. Umuvugizi w’urwego rushinzwe iperereza ruzwi nka CID, Charles Tumwiine yasobanuriye The Observer dukesha iyi nkuru ko Mwangutsya yambuye abanya-Uganda barenga 1000 hagati y’umwaka w’2018 n’2020. […]
New date for Kigali CHOGM meeting announced
President Paul Kagame and the Commonwealth Secretary-General, Patricia Scotland, have on announced that the Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM) has been set for the week of 20 June, 2022. CHOGM was due to have been held in Kigali in June 2020 but has been postponed twice due to the impact of the Covid-19 pandemic. […]
Mali yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Igisirikare kiri ku butegetsi bwa Repubulika ya Mali cyirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa, JoĂ«l Meyer kimuziza amagambo aherutse kuvugwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iwabo, Jean-Yves Le Drian. Nk’uko itangazo ry’iki gisirikare ryatambutse kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 31 Mutarama 2022 ribivuga, Ambasaderi Meyer yahawe amasaha 72 ngo abe avuye muri iki gihugu. Rigira riti: “Ambasaderi […]
Batandatu mu bagize uruhare mu gitero cyo mu Kinigi bakatiwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 31 Mutarama, urukiko rukuru rwa gisirikare rwakatiye igifungo cya burundu abantu batandatu bari mu mutwe w’ingabo witwa RUD-Urunana, nyuma yo kubahamya icyaha cyo gutegura ibitero by’iterabwoba byibasiye abaturage. Ibyo bitero byabaye mu ijoro ryo ku ya 5 Ukwakira 2019 mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze. Nibura abantu […]
Manzi Thierry yerekeje muri FAR Rabat aguzwe akayabo
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ Manzi Thierry, yamaze kwerekeza mu kipe ya AS FAR y’Igisirikare cy’ubwami bwa Maroc yamutanzeho akayabo. Manzi wahoze ari Kapiteni w’amakipe ya Rayon Sports na APR FC, yari amaze amezi atandatu akinira FC Dila Gori yo mu Cyiciro cya Mbere muri Georgia, gusa ntiyabonaga umwanya uhoraho wo gukina. AS FAR y’i Rabat […]
Burkina Faso: Lt Col. Damiba yemejwe nka Perezida w’Agateganyo
Guverinoma ya gisirikare ya Burkina Faso yavuze ko yasubijeho itegeko nshinga nyuma y’icyumweru bahiritse ubutegetsi, kandi ishyiraho uwayoboye ihirika ry’ubutegetsi, Lieutenant-Colonel Paul-Henri Sandaogo Damiba, nka Perezida w’agateganyo. Iki cyemezo kibaye nyuma gato y’uko Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) uhagaritse Burkina Faso kubera kwigarurira ubutegetsi kandi abadipolomate bo muri Afurika y’iburengerazuba ndetse n’Umuryango w’Abibumbye basaba ko abasirikare […]
Rusizi: Barashinjwa gushuka abacuruzi ngo babashyire ku rutonde rw’abazafashwa
Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe abantu batatu bacyekwaho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku rutonde rw’abahuye n’ibibazo by’ubucuruzi biturutse ku cyorezo cya COVID-19. Abafashwe ni Nduhirabandi Benjamin w’imyaka 36, Sinayobye Emmanuel w’imyaka 45 na Niyonsaba Marie Rose w’imyaka 49. Bafashwe kuri iki cyumweru tariki ya 30 Mutarama bafatirwa mu Murenge wa Butare, […]