Umuntu umwe yatabaye ya ngona yari imaranye ipine mu ijosi imyaka 6

Ingona ya metero enye (4) yo muri Indonesia yari imaranye ipine mu ijosi ryayo imyaka itandatu (6), yamaze gutabarwa nyuma yâimyaka hafi ibiri hashyizweho itangazo ryâigihembo kizahabwa uzakora iki gikorwa. Nkâuko BBC yabitangaje, iyi ngona yatabawe nâuwitwa Tili usanzwe ari inzobere mu gutabara inyamaswa zâibikururanda. Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru, Tili yavuze ko yari amaze ibyumweru […]
Rayon Sports yanyagiye Nyanza FC mu mukino wo kwipima
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye Nyanza FC ibitego 4-0, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo kuri uyu wa Kabiri. Aya makipe yombi afatwa nk’amavandimwe yari yahuriye mu mukino wo kwipima wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Rayon Sports yiteguraga umukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona uzayihuza na Mukura VS. Rayon Sports yafunguye […]
Perezida Kagame yaciye amarenga ko RDF igiye guhiga FDLR muri RDC
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yaciye amarenga y’uko bishobora kuzarangira ingabo z’u Rwanda zigiye guhiga abarwanyi ba FDLR bamaze imyaka 27 bafite ibirindiro mu mashyamba ya Congo. Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari amaze kwakira indahiro ya Dr Nsabimana Ernest uheruka kugirwa Minisitiri w’Ibikorwa Remezo na Eng. Uwase Patricie uheruka kugirwa Umunyamabanga […]
Perezida Kagame yagarutse ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko hari icyizere cy’uko umubano w’u Rwanda n’u Burundi ushobora gusubira mu buryo mu minsi iri imbere, nyuma y’imyaka hafi itandatu ibihugu byombi bidacana uwaka. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baheruka guhabwa inshingano muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo. Barimo Dr Nsabimana Ernest uheruka […]
Salome wigishije imyaka 30 avuga ko kuba abiga muri ‘primaire’ bagira abarimu benshi bituma batagira uburere

Nyiranzayino Salome wâimyaka 72, wigishije imyaka 30 mu mashuri abanza (primaire), avuga ko abana bo muri icyo cyiciro ubu nta burere bafite bitewe nâuko batagira umwarimu umwe, ubigisha amasomo yose, ahubwo ugasanga bafite benshi bitewe nâuko buri somo riba rifite umwarimu uryigisha. Ibitangazamakuru bya BWIZA TV na BWIZA.com byageze mu Mudugudu wa Nyanza, Akagari ka […]
Miliyoni 13 zâabaturage bo mu Ihembe rya Afurika bugarijwe nâinzara

Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe ibiribwa ku Isi (WFP), ryavuze ko abantu bagera kuri miliyoni 13 bo mu Ihembe rya Afurika bugarijwe nâinzara ikabije. Ibihe byâamapfa byagize ingaruka ku baturage bâaborozi nâabahinzi hirya no hino mu majyepfo nâamajyepfo yâuburasirazuba bwa Ethiopia, mu majyepfo yâiburasirazuba nâamajyaruguru ya Kenya ndetse no mu majyepfo ashyira hagati muri Somalia, hakaba […]
Gusomya umwana inzoga ngo âatazaba imbwaâ ni icyaha_Dr Murangira
Umuvugizi wâurwego rwâigihhugu rwâubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, yasabye abaturarwanda kwirinda ibyaha bikorerwa abana, birimo icyo kubagaburira inzoga. Mu kiganiro aherutse kugirana na Isimbi TV, Dr Murangira yavuze ati: âGuha umwana inzoga cyangwa itabi. Kera sinzi niba nâubu ngubu bikiriho. Ugasanga asomye ku muheha, arafashe aramuhereje ngo ari gucurika inzoga. Reka reka reka!â Umuvugizi wa […]
Sadio ManĂ© yahishuye ibyo yongoreraga Mohamed Salah nyuma y’umukino wa nyuma wa CAN
Umunya-SĂ©nĂ©gal, Sadio ManĂ©, yahishuye ibyo yongoreraga umunya-Misiri, Mohamed Salah basanzwe bakinana muri Liverpool yo mu Bwongereza; nyuma y’umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika SĂ©nĂ©gal yatsinzemo Misiri. Ku Cyumweru gishize ni bwo Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal, Les Lions de la TĂ©ranga yegukanye Igikombe cya Afurika ku ncuro ya mbere itsinze Les Pharaohs ya Misiri kuri Penaliti […]
Nyamasheke: GS Makoko rimaze imyaka 22 ritigisha ikoranabuganga bitewe no kutagira amashanyarazi

Abiga muri GS Makoko, mu murenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke hafi yâibiro byâaka karere, barasaba Minisitiri wâuburezi kumanuka akabasura akareba imyigire yabo bavuga ko ari iya ntayo cyane cyane mu ikoranabuhanga, nâibindi bumva byigwa ahandi bo bamaze imyaka 22 badaca iryera kandi bakora ibizamini bya Leta nkâibyâabiga neza, bikanabagiraho ingaruka zikomeye cyane iyo […]
Le budget national a augmenté de 16% à plus de 4,400 milliards de Frw
Le gouvernement a proposĂ© d’augmenter les dĂ©penses publiques totales de 633,6 milliards de Frw, passant de 3,807 milliards de Frw dans le budget initial prĂ©sentĂ© au milieu de l’annĂ©e derniĂšre Ă 4,440.6 milliards de Frw. Selon le projet de budget rĂ©visĂ© prĂ©sentĂ© au parlement le lundi 7 fĂ©vrier, l’augmentation reprĂ©sente 16,6 % du budget initial […]
Centrafrica: Minisitiri wâIntebe utamaze umwaka ku kazi yirukanwe
Minisitiri wâIntebe wa Repubulika ya Centrafrica yirukanwe ku mirimo ye nkâuko byemejwe na Perezidansi kuri uyu wa Mbere mu gihe muri iki gihugu havugwa umwuka mubi hagati yâuruhande rushyigikiye u Burusiya nâuruhande rushyigikiye u Bufaransa muri guverinoma ikennye nâigihugu kidatekanye. Henri-Marie Dondra yari yagizwe minisitiri wâintebe muri Kamena umwaka ushize wa 2021, nyuma gato yâaho […]
UPDF na FARDC batangije icyiciro cya kabiri cy’ibitero karundura ku birindiro bya ADF
Igisirikare cya Uganda (UPDF) na FARDC cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangije icyiciro cya kabiri cy’ibitero biremereye ku birindiro by’umutwe wa ADF hifashishije indege n’ibimodoka by’intambara. Ibirindiro bya ADF byibasiwe n’ibi bitero ni ibiherereye mu ntara za Ituri na Kivu y’Amajyaruguru. Intego y’ibi bitero ngo ni ikurandura burundu uriya mutwe wakunze kwifashisha amashyamba ya […]
Umugande wakoze umuti wa ‘Diabete’ ashobora kwimukira mu Rwanda
Umuvuzi gatondo wâindwara za kanseri na diyabete wo muri Uganda, David Ssenfuka uherutse kwemererwa inkunga na Perezida Yoweri Museveni, yavuze ko ashobora kwimukira mu gihugu kimwe muri bitatu birimo u Rwanda, kubera ishyari arimo kugirirwa. Nk’uko Nile Post yabitangaje, mu mwaka wâ2018, Ssenfuka yakoze umuti wa diyabete, awita SD2018. Guverinoma yamuhaye uburenganzira bwo gukomeza kuwukorera […]
Programmes Manager at Rwanda Civil Society Platform
VACANCY ANNOUNCEMENT Rwanda Civil Society Platform (RCSP) is a non-profit making umbrella organization that was created in 2004 with the objective to set up a platform for information sharing, consultation, and advocacy among CSOs and their partners. RCSP is composed of 11 national umbrella organizations with more than 1500 members. The mission of RCSP is […]
Faki accuses AU members of ‘double standards’ over Israel status
THE EASTAFRICAN African Union boss Moussa Faki Mahamat has accused member states of âdouble standardsâ after the continental bloc deferred a vote on the admission of Israel as an observer state. Instead, the African Union Commission Chairperson, who had already accepted credentials from a representative of Israel, said his decision was lawful. Mr Faki launched […]
Minisitiri wâIntebe wa Mali yashinje u Bufaransa gushaka gucamo igihugu ibice
Minisitiri wâIntebe wa Mali, Choguel Kokalla MaĂŻga, yashinje u Bufaransa bwarashatse gucamo igihugu mo kabiri bubinyujije mu bikorwa byabwo bya gisirikare, ubwo yari imbere yâabadipolomate bakorera i Bamako. MaĂŻga, uyoboye guverinoma yâinzibacyuho yashinzwe nâabasirikare bahiritse ubutegetsi inshuro ebyiri, muri Kanama 2020 na Kamena 2021, yibasiye u Bufaransa mu minota isaga 45 imbere yâabadipolomate bari bateraniye […]
Nyamvumba watakambiye Perezida Kagame n’urukiko yagabanyirijwe igihano
Robert Nyamvumba uherutse gutakambira Perezida Paul Kagame nâabacamanza mu rukiko rwâubujurire ngo bamugabanyirize igifungo nâihazabu yaciwe, yagabanyirijwe igihano. Muri Nzeri 2020, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwaramukatiye igifungo cyâimyaka itandatu, rumuca nâihazabu ya miliyari 21.6 zâamafaranga yâu Rwanda, rumaze kumuhamya icyaha cyo gusaba indonke yâabarirwa muri miliyari 7 yakoze ubwo yari ayoboye ishami rishinzwe ingufu […]
Abo ku Kirwa cya Gihaya barashinja umushoramari kubaha ingurane itabatuza ahandi mu Rwanda
Bamwe mu baturage batuye ku kirwa cya Gihaya kiri mu Kiyaga cya Kivu ho mu Karere ka Rusizi mu Burengerazuba bwâu Rwanda barashinja umushoramari ushaka kubimura gutesha agaciro imitungo yabo no kubaha ingurane idashobora kubatuza ahandi hantu mu gihugu. Aba baturage bibumbiye mu miryango isaga 200 barashinja uyu mushoramari kubateshereza agaciro imitungo abaha ingurane idashobora […]
Court shortens jail sentence handed to former Energy boss at MININFRA
The High Court has reduced by more than half, the jail term of Robert Nyamvumba, a former top official of the Ministry of Infrastructure who was implicated in a multi-billion franc corruption case in 2020. In September 2020, the Nyarugenge Intermediate Court sentenced Nyamvumba to six years in prison and ordered him to pay a […]
Umucamanza Masanche yavuze ko ibiri kuba ku Banyarwanda umunani bari kwirukanwa muri Niger
Umucamanza w’urwego rwasigaye rurangiza imanza z’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, Joseph E. Chiondo Masanche, yategetse ko Abanyarwanda umunani baheruka kwirukanwa na Niger basubizwa ku kicaro cy’uru rwego i Arusha muri Tanzania, gusa ku bwe, ibi bishobora kwitwa uguhonyora uburenganzira bwa muntu. Mu nyandiko y’icyemezo cye, umucamanza Chiondo Masanche yise iki kibazo ‘akaga’, yongeraho ko Niger […]
Abanditsi bakomeye ku Isi barasaba Perezida Kagame gukurikirana izimira ryâumusizi Bahati
Abanditsi bâibitabo, imivugo nâibisigo barenga 100 bakomeye ku Isi bandikiye Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, bamusaba gukurikirana ikibazo cyâizimira ryâumusizi wâUmunyarwanda, Innocent Bahati wabuze kuva tariki ya 7 Gashyantare 2021. Nkâuko The Guardina ibivuga, aba banditsi barimo Umunya-Canada Margaret Eleanor Atwood, Umunya-Nigeria Ben Okri, Umunya-Afurika yâEpfo John Maxwell Coetzee, Umunyamerika Jonathan Franzen, Umwongereza […]
Cabo Delgado: Ingabo za RDF, FADM na SAMIM zaguye mu gico cy’ibyihebe zirabyica
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique ndetse n’iza SADC, zishe zirashe abagabo batanu babarizwaga mu mutwe w’ibyihebe byayogoje intara ya Cabo Delgado iherereye mu majyaruguru ya Mozambique. Ibi byihebe byiciwe mu mirwano yabereye mu gace kitwa Zambezi ho mu karere ka Macomia ku wa Gatandatu tariki ya 05 Gashyantare, nk’uko urubuga Moz 24h rwabitangaje. Aka […]
APR FC yongereye amasezerano abakinnyi bayo babiri ngenderwaho ibahaye akayabo (Amafoto)

Ikipe ya APR FC yatangaje ko yamaze kongerera amasezerano abakinnyi bayo babiri; Ishimwe Anicet na Lague Byiringiro. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo aba basore bombi bakiri bato bongereye amasezerano muri iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. Lague w’imyaka 21 y’amavuko na Ishimwe Anicet w’imyaka 20, basanzwe bakina basatira izamu. Bombi bongereye amasezerano y’imyaka ine yo […]