Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri yagize Dr. Jimmy Gasore Minisitiri w’Ibikorwa remezo. Dr Gasore yari yabaye umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda (Koleji y’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga) aho yigishaga ibijyanye n’Ubumenyi bw’imyuka ikikije Isi ndetse n’ureberera laboratwari y’u Rwanda irimo icyuma cyitwa Medusa cyifashishwa mu kugenzura ibipimo by’imyuka ihumanya ikirere. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe […]

Amafaranga yagenewe gushyingura uwari umukozi w’ibitaro bya Muhororo yakatuweho

Dr Namanya uyobora ibitaro bya Muhororo (ubanza)

Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko yanenze ubuyobozi bw’ibitaro bya Muhororo biherereye mu karere ka Ngororero kubera amafaranga yagenewe gushyingura uwari umukozi wabyo, ntatangwe ku gihe, no mu gihe cyo gutanga agakaturwaho ibihumbi 116. Iki kibazo cyagaragajwe na PAC kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, nyuma yo gusuzuma raporo […]

Ubuhamya bw’inkumi yahuriye n’uruva gusenya kwa Kazungu wari wayijeje akazi

Muri Kamena uyu mwaka umukobwa wahawe amazina ya Akimana (ku bwo kuba yarahohotewe), yahamagawe kuri terefoni n’umugabo atazi wahise amwizeza kumurangira akazi keza. Uyu mukobwa ngo yaherukaga kwandika ku rubuga rwe rwa WhatsApp agaragaza ko nta kazi afite, ndetse ko uwabishobora yamufasha kukabona. Icyo gihe ngo Kazungu yaje kumuhamagara, amwizeza kumuhuza n’umucuruzi wagombaga kumuha akazi. […]

Khaligraph Jones wakoranye indirimbo na B.Melodie yijunditse Diamond

Umuraperi wo muri Kenya, Khaligraph Jones, yashinje umuhanzi wo muri Tanzaniya Diamond Platnumz kuba yaramwiganye ubwo yaserukaga ku rubyiniro ari mu isanduku bashyinguramo. Diamond aherutse gutaramira iserukiramuco rya Wasafi mu gitaramo cyimbaturamugabo aho yajyanywe kuri stage mu isanduku abantu benshi bakagwa mu kantu. Abafana bamwe bashimye udushya n’ibihangano bya Diamond abandi bamushinja ko yibye . […]

Munyankindi wari SG wa Ferwacy yakatiwe gufungwa iminsi 30

Taliki 7 Nzeri 2023, nibwo Munyankindi Benoit yagejejwe imbere y’Ubutabera ngo yisobanure ku byaha aregwa birimo gufata icyemezo gishingiye ku itonesha ariko birangira Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzura ko umwanzuro ku ifunga n’ifukurwa uzafatwa kuri uyu wa Kabiri. Icyo gihe Ubushinjacyaha bwavugaga ko uyu Munyankindi yakoresheje ububasha yari afite akohereza umugore we Uwineza Providence muri […]

National Exam Results for PLE and O-Level Released

The Ministry of Education (MINEDUC) has released results for Primary Leaving Examinations (PLE) and Ordinary Level (O-Level) for candidates who did national examinations for the academic year 2022-2023. According to the results announced on Tuesday, September 12th, out of a total of 201,679 students who took the national exams, 91.09 per cent passed. Among the […]

Libya: Abasaga 3000 bamaze guhitanwa n’imyuzure yibasiye uburasirazuba

Abantu basaga 3000 bamaze gupfa mu gihe abandi benshi batarabarurwa nyuma y’imyuzure yatewe na serwakira yiswe Daniel mu burasirazuba bwa Libya nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri. Abamaze guhitanwa n’iyi myuzure mu Mujyi wa Derna mu burasirazuba barabarirwa mu 2000 kugeza ubu nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga. Avugana n’iki kinyamakuru, Othman Abdul […]

NESA yasobanuye uko byagenze ngo yemeze ko amanota 40% ahagije

Ibyiciro by'imitsindire mu bizamini bya Leta

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasobanuye impamvu cyashyize abakoze ibizamini bya Leta bagize amanota ari hagati ya 40 na 49% mu cyiciro cy’abagize amanota ahagije. Iki kigo kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 cyashyize hanze ibisobanuro ku buryo amanota abarwamo, n’ibyiciro abakozi ibizamini bya Leta mu mashuri abanza n’icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye mu […]

Faili ya Kazungu tayari imewasilishwa kwa upande wa mashtaka

Wiki moja baada ya Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) kumkamata mtuhumiwa wa mauaji ya mfululizo Denis Kazungu, faili lake sasa liko mikononi mwa waendesha mashtaka ili kesi yake ianze. Kazungu, mwenye umri wa miaka 34, mkazi wa Busanza Cell wilayani Kicukiro, anashukiwa kuua na kuzika watu kadhaa wengi wao wakiwa wasichana katika makazi yake […]

Ibiciro ku isoko bikomeje kuvugisha abanyakigali amangambure

Muri Mata hatangajwe ko umuceri na kawunga byakuriweho TVA

Ibiciro biri gutumbagira ku isoko hirya no hino by’umwihariko mu mujyi wa Kigali bikomeje kuvugisha abantu benshi bitewe n’uko ibicuruzwa bitandukanye birimo kwigondera umugabo bigasiba undi. Abaturage icyo bakomeje kwitsaho ni ibiribwa ahanini kuko ngo nta bitarazamutse.Urugero ni nk’ibirayi hamwe na hamwe usanga ikilo kigeze ku 1500Frw naho ibitoki bikaba bigeze kuri 400Frw. Ni ibiciro […]

Rayon Sports yatakaje Youssef Rharb ku mukino wa Al Hilal

Umunya-Marcoc Youssef Rharb yavanwe mu bakinnyi Rayon Sports izifashisha mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup izahuriramo na Al Hilal Benghazi yo muri Libya. Youssef yavunikiye mu mukino w’irushanwa rya RNIT Savings Cup Rayon Sports yatsinzemo Kiyovu Sports ibitego 3-0 ku wa Gatanu w’icyumweru gishize. Rayon Sports ku wa Mbere yari yashyize Youssef mu bakinnyi […]

Ishyaka rya Kabila ryibasiye ingabo za EAC rishinja guverinoma kugirana imikoranire na M23

Umunyamabanga wungirije w’ishyaka PPRD, Ferdinand Kambere, yashinje ingabo z’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EACRF) zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru gukomeza kubungabunga M23, rishinja kubangamira inzira y’amahoro mu Burasirazuba, ndetse ashinja uyu mutwe kugirana umubano n’Ihuriro riri ku butegetsi (Union sacrée) ubwo yari mu kiganiro na Radio Top Congo FM kuri uyu wa Mbere ushize. Ferdinand […]

Dosiye ya Kazungu yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Mu minsi ishize nibwo hamenyekanye amakuru y’uwitwa Kazungu Denis wagejejwe mu Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo ubwicanyi. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa mbere taliki 12 Nzeri 2023, hamenyekanye amakuru ko dosiye y’uyu musore yagejejwe mu Bushinjacyaha.Ibyaha akurikiranyweho harimo ubwicanyi, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gukoresha ibikangisho mu kwihesha ikintu […]

Ibizamini bya Leta: Abakobwa batsinze neza kurusha abahungu

Imibare y’ibyavuye mu bizamini bya Leta bisooza umwaka w’amashuri wa 2022/2023, irerekana ko abanyeshuri b’abakobwa ari bo batsinze ku manota yo hejuru uugereranyije na basaza babo. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Nzeri ni bwo Minisiteri y’Uburezi n’abafatanyabikorwa bayo batangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza ndetse n’Icyiciro rusange bisoza umwaka w’amashuri wa […]

Igitutu ku mukozi wa RDB wagaragaje ko abagore babyaye badindije imishinga

Umukozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere ushinzwe imari, Joseph Cedrick Nsengiyumva, yihanangirijwe na komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’umutungo n’imari by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, ubwo kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 yagaragazaga ko abagore babyaye badindije imishinga yafatiwe inguzanyo muri Banki nyafurika itsura amajyambere, ADF cyangwa AfDB. Nsengiyumva yagize ati: “Ku kijyanye n’uko gukererwa kw’amasoko, bagatinda […]

Part1:Uko wakorakora umugore ‘Caresses’ ugamije ko yifuza imibonano

Tubanze twemeranye ku kintu kimwecyo gukorakoranaho , (caresses) ari ikintu cy’ingenzi cyambere mu bitera kwifuza kuryamana hagati y’umugore n’umugabo. Bizwi ko ubundi mu miterere y’umugore , inkomoko yo kwifuza ituruka kure, atari kimwe n’umugabo ushyuha vuba biturutse ku kuba gusa ijisho rye rimweretse umugore unyuzeho yambaye utuntu tugufi, amashusho afite ukuntu ateye , n’ibindi nk’ibyo. […]

Zimbabwe: Mnangagwa yagize umuhungu we n’umwishywa we ba minisitiri

Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Nzeri yashinjwe gukoresha icyenewabo nyuma yo kugira umuhungu we, minisitiri w’imari wungirije muri guverinoma nshya nyuma yo kongera gutorwa kutavuzweho rumwe. David Kudakwashe Mnangagwa w’imyaka 34, azaba yungirije minisitiri w’imari, Mthuli Ncube, mu gihe mwishywa wa perezida, Tongai Mafidhi Mnangagwa, yagizwe minisitiri wungirije w’ubukerarugendo […]

Goma: Colonel yasobanuye uburyo abakomando ‘birukanye’ abasirikare be mbere yo kurasa abasivili

Komanda w’ibiro bikuru by’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Colonel Yves Rubenga, yasobanuye uko abakomando bo mu mutwe w’ingabo zirinda abayobozi bakuru uzwi nka ‘GR’ bayoborwa na Colonel Mike Mikombe, babirukanye hanyuma bakarasa abasivili barenga 50. Ni ubuhamya yatangiye mu rubanza rw’abasirikare barimo Col. Mikombe ushinjwa guha abasirikare ibwiriza […]

Perezida Kagame agiye kwitabira inama ikomeye ya G77 izabera i Havana muri Cuba

Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Nzeri, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Cuba yatangaje ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ko azitabira Inama ya G77 n’u Bushinwa, izabera i Havana ku itariki ya 15 na 16 Nzeri nk’uko tubikesha ibinyamakuru byo muri Cuba nka Cubasi.cu. G77 ni itsinda ry’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere byo muri […]

Rubavu-Mbugangari:Ubujura bwaciye igikuba mu baturage

Abajura ngo ntibatinya n'inzego zishinzwe umutekano

Mu murenge wa Gisenyi, akarere ka Rubavu ahazwi nka Mbugangari, hari abaturage barataka ubujura bakorerwa n’abarimo abana bato bitwikira ijoro n’amanywa bakambura abaturage. Ni ubujura aba baturage bavuga ko barambiwe kuko ngo insoresore ziganjemo abana zirara mu baturage zikabambura ibyabo uwitwa ngo aravuze cyangwa abakomye mu nkokora, bakamurwanya. Umwe mu baganiriye n’umunyamakuru avuga ko uretse […]

Ikigo IREMBO cyasabwe gusubiza amafaranga abakiriya kitahaye serivisi

Komisiyo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabye ikigo Irembo gitanga serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga kwishyura abakiriya cyakiriye amafaranga yabo kandi kitarabahaye serivisi. Ubu busabe bwatanzwe kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 ubwo abayobozi bo muri Irembo barangajwe imbere n’Umuyobozi Mukuru, Bimpe Israà«l bageraga imbere y’abadepite bagize PAC bayobowe na Muhakwa Valens. […]

RIB iremeza ko Kazungu Denis ushobora kuburanishwa mu ruhame nta byitso yari afite

Iperereza ry’ibanze kuri dosiye ya Denis Kazungu, ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa ntabwo ryemeza ko yaba yari afite ibyitso cyangwa yaba yaragize uruhare mu icuruzwa ry’ingingo z’abantu. Hari amakuru menshi avuga ko uyu mugabo w’imyaka 34 ushinjwa ubwicanyi bwinshi no guhisha imirambo mu cyobo yari yaracukuye mu nzu ye yakodeshaga mu Karere ka Kicukiro, yaba yari […]

Kim Jong Un yagendereye Putin

Perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru yamaze kugera mu Burusiya, mu ruzinduko biteganyijwe ko rugomba gusiga ahuye na mugenzi we Vladimir Putin. Perezida Kim yageze mu Burusiya nyuma yo gukora urugendo rw’amasaha menshi atwawe na gariyamoshi. Amakuru avuga ko we na Putin mu byo bagomba kuganiraho harimo amasezerano yerekeye intwaro. Muri aya masezerano […]

Ibibabi by’imyembe ni imari ku barwayi ba Diabet

Ni kenshi usanga abantu benshi batamenya uburyo bakwirinda ibyago byo kurwara diabetes nyamara biroroshye kd birahendutse mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Uburyo ibibabi by’imyembe bifasha abantu barwaye diyabete, cyane cyane ibigize amababi y’imyembe, kuko byakoreshejwe kenshi n’Abashinwa bo hambere, mu kuvura asima na diyabete. Ibi bibabi ni ingirakamaro mu guhashya diyabete, mu biri mu bibabi […]

Portugal idafite Cristiano Ronaldo yandikiye amateka kuri Luxembourg

Ikipe y’Igihugu ya Portugal yaraye inyagiye iya Luxembourg ibitego 9-0, iyandikiraho amateka yo kuba ikipe ya mbere inyagiye ibitego byinshi. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wo mu itsinda J wo gushaka itike y’Igikombe cy’u Burayi (Euro) cya 2024. Portugal n’ubwo yari idafite Kapiteni wayo Cristiano Ronaldo, yihariye cyane uriya mukino wabereye kuri Estadio Algarve, […]