Amafoto: Komanda w’ingabo za UNMISS yashimye ko Ingabo z’u Rwanda zihora ziri maso

Uyu munsi, umuyobozi w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye mu Mujyi wa Juba, Brig Gen Abdullah Al Mamun yasuye IIngabo z’u Rwanda (Rwanbatt-3) zikorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ku cyicaro gikuru cyazo mu birindiro bya Juba Durupi. Brig Gen Abdullah Al Mamun yashimye ko Ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro z’u Rwanda zihora ziteguye muri Sudani […]
Haraca uwambaye hagati ya Kigali Boss Babes na Zari wageze i Kigali nyuma yo gutegura ibirori bisa ku munsi umwe
Umunyamideli Zari akaba n’umushabitsi yamaze kugera i Kigali aho yaje ku hakorera ibirori yateguye byiswe Zari all White Party’. Ni ibirori bitegerejwe kuri uyu wa Gatanu taliki 29 Ukuboza 2023, aho kwinjira mu birori bizasaba umugabo ugasiba undi, kuko itike ya macye ni ibihumbi 25 Frw iya menshi ikaba miliyoni 1.5 frw. Zari yari yarabanje […]
Abasirikare 3 b’u Burundi baguye mu mirwano yabahuje n’inyeshyamba z’Abanyarwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko byibuze abasirikare batatu ba leta bishwe mu gihe inyeshyamba zisaga icumi z’Abanyarwanda na zo ziciwe mu mirwano yahuje impande zombi mu ishyamba rya Kibira. Urubuga rwa SOS Medias Burundi, rubinyujije kuri X rwavuze ko « byibura abasirikare 3 b’Abarundi n’inyeshyamba icumi z’Abanyarwanda biciwe mu ishyamba cyimeza rya […]
Germany’s CDU debates ‘Rwanda plan’ for asylum-seekers
Germany’s conservative opposition party wants to send asylum-seekers to third countries for processing, seeming to follow a model pursued by the UK. But experts are divided over the legal and logistical workability. The conservative Christian Democratic Union (CDU) put the plans for sending asylum-seekers to third countries into the draft of its new “basic principles […]
Muhanga: Batandatu baregwa guhindura imyaka y’abana barekuwe by’agateganyo
Abantu batandatu bari bakurikiranyweho guhindura imyaka y’abana bakinnye irushanwa ryahuje amashuri ya Paris Saint Germain mu kwezi kwa Kamena 2023 barekuwe by’agateganyo n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, mugenzi wabo umwe bareganwa akomeza gufungwa. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Ukuboza 2023 ku cyicaro cy’uru rukiko saa munani zuzuye, nibwo urubanza rwasomewe […]
FARDC yikanze M23 yerekeza umututu w’imbunda mu baturage bamwe bahasiga ubuzima
Ingabo za Congo (FARDC) n’abambari bayo aribo wazarendo na Maimai, bikanze abarwanyi ba M23, maze banyanyagiza urufaya rw’amasasu yica abaturage abamenyekanye akaba ari babiri. Ibi byabereye mu gice cya Virunga, mu Mujyi rwagati wa Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Ubuyobozi bw’ibanze, bwa […]
Mu ishyaka CDU baganiriye kuri ‘gahunda y’u Rwanda’ ku basaba ubuhungiro mu Budage
Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Budage rirashaka kohereza abasaba ubuhungiro mu gihugu cya gatatu kugira ngo dosiye zaho zihatunganyirizwe, igisa nko gukurikira urugero rw’u Bwongereza, ariko abahanga ntibavuga rumwe ku bijyanye n’amategeko n’uko bizashyirwa mu bikorwa. Ishyaka CDU riharanira inyungu z’abakristu baharanira demokarasi (CDU) ryashyize gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu gihugu cya gatatu mu […]
Ntiwirengagize kurya ibihumyo niba ushaka kuramba
Ubushakashatsi bugaragaza ko kurya ibihumyo bituma umuntu aramba akabaho igihe kirekire cyane ,ibi bigaterwa n’intungamubiri dusanga mu bihumyo nk’ibyitwa antioxidant bifasha mu gusohora uburozi mu mubiri no kurinda uturemangingo tw’umubiri kwangirika n’ibindi. 1.Kubaka ubudahangarwa bw’umubiri no kubukomeza Mu bihumyo dusangamo Vitamini D ku kigero cya 45% cy’ingano yayo ikenerwa ku munsi , iyi vitamini ni […]
Icyo nakwizeza Abagande nimutangiza intambara Banyarwanda tuzayirangiza — Frank Gashumba

« Ikintu nakwizeza Abagande, Abanyarwanda ntituzatangiza intambara ariko igihe muzatangirira intambara tuzayirangiza. Munyizere. Turi abaturage bubaha amategeko, ntidushobora gutangiza intambara ariko igihe mwatangiza intambara yo kuturwanya nta yandi mahitamo twagira usibye kwirwanaho,  » ibi ni ibyatangajwe na Frank Gashumba, Umuyobozi w’ihuriro ry’Abagande bafite inkomoko mu Rwanda bazwi nk’ « Abavandimwe.  » Ni mu Kiganiro The […]
Ingabo za SADC zije kurwanya M23 zageze i Goma
Ingabo z’Igihugu cy’Afurika y’Epfo nizo zemejwe ko zamaze kugera mu mujyi wa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru aho zije muri gahunda yo gutera ingabo mu bitugu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ku rugamba gihanganyemo n’Inyeshyamba za M23. Izi ngabo zikaba zageze muri iki gihugu mu ijoro ryo ku wa 27 Ukoboza 2023 aho […]
Moise Katumbi arashinja Leta y’i Kinshasa guhutaza abaturage bigaragambije
Moise Katumbi usanzwe atavuga rumwe na Leta iri ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,arashinja Guverinoma kuba yarakoresheje imbaraga z’umurengera mu guhosha imyigaragambyo yabaye kuri uyu wa Kane. Ni imyigaragambyo yabereye i Kinshasa, yari igamije kwa magana ibirimo kuva mu matora, Amatora yiswe aya balimnga.Abantu batandukanye barimo Moise Katumbi nawe wari wiyamamaje, banenze uburyo […]
Tshisekedi arashinjwa gushyira abo mu bwoko bwe gusa muri CENI n’urukiko rw’itegeko nshinga
Kuva hashyirwa ahagaragara igice cy’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yo ku itariki ya 20 Ukuboza, igice cy’abatavuga rumwe n’ubutegetsi cyongereye ibirego kuri Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI), ndetse n’ubutegetsi bwa Tshisekedi bushaka manda ya kabiri. Uheruka gutunga intoki izi nzego ni Umuvugizi wa MoĂ ÂŻse Katumbi, Olivier Kamitatu, ushinja ubutegetsi bwa Tshisekedi gushaka kuguma ku butegetsi bushyiraho […]
Ruracyageretse hagati ya Uwera Jean-Pierre n’abarimo umupolisi ukomeye bapfa imitungo

Uwera Jean-Pierre utuye mu Murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Rugarama, Umudugudu wa Tetero aravuga ko akomeje gusiragira asiragizwa n’abantu, barimo abakomeye baburana umutungo mu kibazo cyatangiye mbere ya 2010. Muri za 2009 nibwo madamu we, Uwimana Grace wacururizaga imbaho mu Gakiriro ka Gisozi, yishyize hamwe mu kimina n’umupolisi witwa Kimenyi Innocent, icyo gihe wari umupolisi […]
DR.Congo:Abakomando barenga 50 bigabije urugo rwa Corneille Nangaa bararusaka
Abasirikare b’abakomando barenga 50 bigabije urugo Corneille Nangaa bararusaka mu rwego rwo kureba niba ntakibitsemo cyahungabanya umutekano. Iri tsinda ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa,ryasatse uru rugo nyuma y’uko bari babanje kuzenguruka i Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa bakanayisaka. Ku isaha ya saine 10:30 pm ku masaha ya Kinshasa nibwo iyi Hoteli yazengurutswe n’itsinda […]
Gaston Glock wakoze masotera yamamaye yamwitiriwe yapfuye ku myaka 94
Gaston Glock, injeniyeri wo muri Autrichia wahimbye imbunda ya Glock, yapfuye afite imyaka 94. Isosiyete ya Glock mu itangazo ryayo yavuze ko umurimo w’uwayishinze “uzakomeza mu mwuka we”. Iyi ntwaro yo mu bwoko bwa masotera (pistol) yakoreshejwe n’ingabo, abashinzwe umutekano, abatunze imbunda n’abagizi ba nabi ku Isi. Iterambere ryayo ryashimangiwe n’umuco wa pop w’abanyamerika ndetse […]
Clare Akamanzi nommé directeur général de NBA Afrique
Clare Akamanzi, avocate en commerce international et en investissements qui a Ă©tĂ© un acteur clĂ© de l’écosystème des affaires du Rwanda et qui promeut les secteurs du tourisme et de l’innovation, a Ă©tĂ© nommĂ©e le 27 dĂ©cembre directrice gĂ©nĂ©rale de NBA Africa. Pendant près de 20 ans, cette mère de deux enfants a occupĂ© des […]
Abimuwe “Kwa Dubai” barasaba umujyi kubasubiza inzu zabo bakisanira
Abimuwe mu Mudugudu uzwi nko kwa Dubai kubera inzu zubatswe n’uyu mushoramari zendaga kubagwira, barasaba Umujyi wa Kigali kuzibasubiza bakazisanira kuko ngo ibyo bijejwe byo kuzisanirwa bitigeze bikorwa. Ni inzu 7 zari zituwemo n’imiryango 23 nk’uko iyi nkuru dukesha Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, ivuga. Umujyi wa Kigali muri Mata, uyu mwaka, nibwo wasabye abari bazituyemo […]
Museveni yakiriye iwe Gen Hamdan Daglo uri mu bahanganye ntambara yo muri Sudani
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko ku wa Gatatu tariki ya 27 Ukuboza yakiriye iwe mu rugo Gen Mohamed Hamdan Daglo, bagirana ibiganiro. Gen Daglo wahoze ari umuyobozi wungirije w’akanama ka gisirikare kayoboye Sudani by’agateganyo, ni we ukuriye umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) umaze igihe mu ntambara n’ingabo za Sudani. Ni intambara […]
DJ Keystone yaburiwe irengero, birakekwa ko yaba yarohamye mu Kivu
Niyomugabo Jules [DJ Keystone] uri mu ba DJs barimo bazamuka neza mu kuvanga umuziki mu Rwanda, birakekwa ko yarohamye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rubavu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ukuboza ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko yaburiwe irengero. Amakuru BWIZA yamenye ni uko […]