Pasiteri Bugingo uzwi cyane muri uganda yarashwe
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko muri iri joro ryo kuri uyu wa 2 Mutarama 2024 , umuvugabutumwa w’icyamamare, Pasiteri Bugingo Aloysius yihutanwe mu bitaro bya Mulago nyuma yo kuraswa n’abantu bitwaje intwaro i Kampala. Pasiteri Aloysius Bugingo, yajyanywe mu bitaro by’igihugu by’icyitegererezo bya Mulago i Kampala nyuma yo kuraswa n’abantu bitwaje imbunda […]
Indi kajugujugu ya UPDF yakoze impanuka
Abantu batatu ni bo byamaze kumenyekana ko bapfiriye mu mpanuka ya kajuguju y’igisirikare cya Uganda (UPDF) yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024. Ni impanuka yabereye ahitwa Kabarole, mu karere ka Karugutu-Ntoroko. Amakuru y’iyi mpanuka yemejwe n’Umuvugizi wa UPDF Brig Gen Felix Kulayigye wavuze ko “yatewe n’ikirere kibi.” Batatu mu bahitanwe n’iriya […]
Tokyo: Indege itwara abagenzi yagonze iya gisirikare iri kugwa 5 bahasiga ubuzima
Kuri uyu wa Kabiri, indege ya Japan Airlines yagonganye n’indege y’abasirikare barinda inkombe z’u Buyapani nyuma yo kugwa ku kibuga cy’indege cya Haneda i Tokyo igahita ifatwa n’inkongi y’umuriro. Umunyamakuru wa NHK yatangaje ko batanu muri batandatu bari mu ndege ya gisirikare bemejwe ko bapfuye nyuma y’impanuka. Sosiyete ya Japan Airlines yatangaje ko abagenzi n’abakozi […]
‘Ntabwo tugikora imishyikirano na Guverinoma ya Kinshasa byarararangiye’ Kanisius Munyarugero
Umuvugizi w’ungirije w’umutwe wa M23 mu bya Politiki Bwana Canisius Munyarugero, yemeza ko kugeza ubu nta mishyikirano bagishaka hagati ya Guverinoma ya Kinshasa na M23 , ahubwo ngo barikuyikorana n’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi Canisius yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Mama Urwagasabo kuri uyu wa Kabiri, avuga ko bo nka M23 bagerageje […]
Abavuye mu Rwanda mu 1940, 1950, ntabwo bafatwa nk’Abagande — Minisiteri y’umutekano

“Ibagirwa aba ngaba bavuye mu Rwanda ejobundi, abavuye mu Rwanda mu 1940, 1950, hanyuma baba hano, babyara abana, abana nabo babyara ikindi gisekuru, abo ntabwo bafatwa nk’Abagande,” iyi ni minisiteri y’umutekano muri Uganda ubwo yavugaga ku kibazo cy’Abagande bafite inkomoko mu Rwanda muri iyi minsi bikomeje kuvugwa ko bakomeje guhezwa no gufatwa nk’Abanyamahanga nyamara benshi […]
Abahagarariye urubyiruko barimo gutegura imyigaragambyo izabera i Goma
Abayobozi b’urubyiruko mu Mujyi wa Goma bahamagariye abantu bose by’umwihariko bagenzi babo by’umwihariko urubyiruko kuza kwigaragambya mu mahoro bamagana ibyavuye mu matora ya Perezida aherutse kuba muri Congo taliki 20 Ukuboza 2023. Ni imyigaragambyo bivugwa ko igomba gutangira kuri uyu wa Gatatu taliki 03 Mutarama 2024 aho uru rubyiruko ruvuga ko nta bikorwa by’aba iby’ubucuruzi […]
Burundi: CNDD-FDD yaba ishaka kwikuraho urupfu rwa Nkurunziza? Barashinja Amerika
Ngo Abarundi bizera ko ikitwa Globalisation Unipolaire AmĂ©ricaine NĂ©olibĂ©rale cyangwa Ingoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari cyo nyirabayazana y’urupfu rwa ba Perezida Ndadaye Melchior na Ntaryamira Cyprien, kubera intambara hagati y’abenegihugu yo kuva mu 1993 kugeza mu 2003, ndetse ni na yo iri inyuma y’igeragezwa ry’ihirikwa ry’ubutegetsi ryo kuwa 13 Gicurasi 2015, ibyakurikiye, […]
Bugesera: Haravugwa umugore n’umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo
Mu Murenge wa Rilima, mu Karere ka Bugesera haravugwa umuryango abaturage bavuga ko wakoze umushinga wo kugambanira abagabo hagamijwe kubakuraho amafaranga, aho ngo kenshi muri urwo rugo humvikana urusaku abaturage bahurura bagasanga n’umugabo wicajwe hasi agaraguzwa agate, harimo n’abandi bagabo harimo ugaragaza ko ari nyiri urugo uje agasanga umugore we ari gusambana n’undi mugabo bikarangira […]
Uburyarya, mpemuke ndamuke na bagarira yose: Ibyigaragaza ku baperezida ba EAC bashimiye Tshisekedi

Komisiyo yigenga y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI) yatangaje ko ibyavuye mu matora yabaye ku wa 20 Ukuboza 2023 muri icyo gihugu byerekana ko Felix Antoine Tshisekedi ari we watorewe kuyobora icyo gihugu, bivuze ko agiye kukiyobora mu yindi manda y’imyaka 5. Ni amatora ariko ataravuzweho rumwe muri icyo gihugu kuko benshi mu […]
Diamond yiyamye abakomeje kureshya Zuchu bakoresheje imvugo nkarishyarari
Umuhanzi Diamond Platnumz yihanangirije abakomeje gukoresha imvugo zireshya umuhanzikazi Zuchu ikigamijwe ari ukumutereta. Diamond yavuze ko abantu benshi batandukanye by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga,ko bakomeje gukoresha imvugo nkarishyarari bagamije gutwara umutima w’uyu mukobwa. Hari uwamwandikiye agira ati” Mutima wanjye n’ubyuka tuvugane nkubwire icyo nkutekerezaho.” Ubu butumwa ngo Zuchu akibubona yahise abibwira Diamond rugikubita atangira kwamagana abashaka […]
Une femme rwandaise et son frère arrà ªtés pour un complot présumé visant à  tuer son petit ami suisse
Une femme rwandaise a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ©e samedi après avoir prĂ©tendument recrutĂ© et conduit un groupe de « tueurs Ă Â gages  » dans un hĂ´tel oĂ Âą elle projetait de tuer son petit ami suisse, dans le quartier de Westlands Ă Â Nairobi. Elle avait engagĂ© des tueurs Ă Â gages qui Ă©taient des flics infiltrĂ©s pour Ă©liminer son […]
DR.Congo:Colonel muri FARDC yafunzwe azira ko ari umunyamulenge
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko hari umu Colonel muri FARDC wafunzwe nta cyaha ashinjwa ahubwo bigacyekwa ko ari uko yaba ari Umunyamulenge. Bivugwa ko uyu Colonel witwa Gereyadi, hari abandi yafunganwe n’abo nyuma y’uko bafatiwe mu nkambi y’igisirikare cya FARDC, izwi nka Kokolo, ikaba iherereye muri Kinshasa, k’u murwa mukuru […]
Miss Nishimwe Naomie yemereye Tesfay kuzamubera umugore
Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2020, yambitswe impeta n’umunya-Ethiopia Michael Tesfay bamaze imyaka ibiri bakundana. Mu ntangiriro za 2022 ni bwo byatangiye kuvugwa ko aba bombi baba bakundana, mbere yo kubyemeza biciye mu mafoto bagiye bashyira ku mbuga nkoranyambaga zabo. Ku wa Mbere tariki ya 1 Mutarama 2024 ni bwo Tesfay yemeje ko […]
Putin yiyemeje gukomeza gucana umuriro kuri Ukraine
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko agiye kongera “gucana umuriro” kuri Ukraine, nyuma y’iminsi myinshi ibihugu byombi byarakajije ibitero byo mu kirere. Putin yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 1 Mutarama, ubwo yari yagendereye ibitaro bya gisirikare by’i Moscou aho yaganiriye n’abasirikare b’igihugu cye. Yavuze ko igisirikare kizakomeza kugaba ibitero mu duce turimo ibikorwa […]
Kenya: Umunyarwandakazi afunzwe akekwaho gushaka kwicisha umukunzi we w’Umusuwisi
Abapolisi bari bigize abicanyi bakodeshwa bafashe umugore w’Umunyarwandakazi na musaza we, batavuzwe amazina, ubwo bateguraga umugambi wo kwica inshuti ye y’Umusuwisi. Kuri ubu uyu mugore afungiwe kuri sitasiyo ya polisi mbere y’uko agezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa Kabiri. Abashinzwe iperereza bavuga ko abo bapolisi babonye amakuru ku mugambi we. Umusuwisi w’imyaka 50 bashakaga kwica […]
Mu gihe USA isaba umucyo ku byavuye mu matora EAC yashimiye Tshisekedi
Amerika yitaye ku byavuye mu matora by’agateganyo byatangajwe na komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RD Congo (CENI) ku itariki ya 31 Ukuboza 2023, byerekana ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi ari imbere ku bwiganze bw’amajwi. itangazo rya Ambasade ya Amerika i Kinshasa rigira riiti « Turabizi ko abakandida benshi banze kwakira ibisubizo by’agateganyo. Icyakora, twongeye gushimangira ko […]
Utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Koreya yaterewe icyuma mu kiganiro n’abanyamakuru

Ibiro Ntaramakuru Yonhap biravuga ko umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo yatewe icyuma mu kiganiro n’abanyamakuru mu mujyi wa Busan uri ku cyambu. Lee Jae-myung, watsinzwe mu matora ya perezida mu 2022, yatewe icyuma ku ruhande rw’ibumoso rw’ijosi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Uwakoze iki gitero yafatiwe aho. Raporo zivuga ko Lee […]
Bimwe mu bintu by’ingenzi byitezwe mu Rwanda no ku Isi mu 2024

Muri 2024, ku Isi yose ndetse no mu Rwanda hitezwe byinshi, kuko ari bwo gahunda y’imyaka 7 y’ingamba z’iterambere NST 1 izagera ku musozo ndetse hanabe amatora azaba akomatanyije ay’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite bakazagira manda y’imyaka 5, mu gihe mu Buhinde, Mexico, na Amerika naho hategerejwe amatora. Dore ibintu bimwe na bimwe byitezwe mu 2024 Gashyantare […]