Twiteguye kurwana na RDC mu gihe byaba bibaye ngombwa: Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kujya mu ntambara na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe iki gihugu cyaba kirushojeho intambara nk’uko abarimo Perezida wacyo bamaze igihe babyigamba. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Marc Pelerman wa Televiziyo ya France 24. Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ibikomeje kubera mu […]

Afurika y’Epfo: Umudepite yirukanwe mu ishyaka azira gukangurira abazungu kwica abirabura

Umudepite mu Inteko Ishinga amategeko muri Afurika y’epfo witwa Renaldo Gouws , yahagaritswe n’ishyaka rye, “Democratic Alliance” (DA), nyuma y’amashusho yagaragaye kuri interineti avuga amagambo y’ivanguramoko akorerwa abirabura. Byamenyekanye ko uyu mudepite yirukanwe nyuma y’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’iri shyaka rye (DA) ku wa kane rivuga ko amashusho yagaragaye Gouws yibasira abirabura ari aye ariko we […]

Rutsiro: Abafatanyabikorwa mu iterambere bijeje impinduka mu buhinzi n’ubworozi

3e7dfc74-0eb9-4826-82f3-f1f9a6348649.jpg

Abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Rutsiro, bibumbiye muri (DJAF KOMEZIMIHIGO) baravuga ko bagiye gushyira ingufu mu bikorwa biteza imbere ubuhinzi n’ubworozi muri aka Karere. Ibi babigarutseho mu imurikabikorwa (Open Day), yatangiye kuri uyu wa gatatu, ikazamara iminsi itatu kuva 19-21 Kamena 2024, yatangijwe ku mugaragaro na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Dushimimana Lambert. Abayitabiriye baganiriye na Bwiza […]

Afurika y’Epfo: Umudepite yahagaritswe mu ishyaka kubera amagambo y’ivanguramoko

Ishyaka riharanira demokarasi (Democratic Alliance) ryo muri Afurika y’Epfo, ryahagaritse umudepite nyuma y’amashusho ashaje yongeye kugaragara kuri interineti avuga amagambo y’ivanguramoko yibasira Abirabura . Renaldo Gouws yabanje kuvuga ko ari videwo yahimbwe arabihakana ariko itangazo ryashyizwe ahagaragara na DA kuri uyu wa Kane rivuga ko “ari ukuri kandi atari impimbano” nk’uko byatangajwe ba BBC. Muri […]

Impuguke za Loni zirashinja RDF kongera ingabo n’ibikoresho muri Congo

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zashinje u Rwanda kongera umubare w’ingabo zarwo ndetse n’uw’ibikoresho bya gisirikare mu burasirazuba bwa kiriya gihugu, aho FARDC ikomeje kurwanira n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Ni raporo kugeza ubu izi mpuguke zitarashyikiriza Loni ariko ibikubiyemo byamaze gushyirwa ku karubanda. Izi mpuguke inshuro nyinshi zakunze gushimangira […]

Kenya: Polisi yateye ibyuka biryana mu maso muri bus yari itwaye abagenzi biteza impagarara

Abapolisi i Nairobi bateye ibyuka biryana mu maso muri Bus yari itwaye abagenzi nyuma y’imyigaragambyo yo kwamagana umushinga w’itegeko ryo kuzamura imisoro. Bus yatewemo ibi byuka ni i ya sosiyete ya Super Metro ahazwi nka Moi Avenue hafi y’inzu y’imikino ya Nairobi. Ubuyobozi bwa Super Metro bubinyujije ku rukuta rwa X bwamaganye icyo gikorwa ariko […]

Rulindo:Abagitifu bane bari bahagaritswe mu kazi birukaniwe rimwe

Mu kwezi kwa Mata 2024 BWIZA twabagejejeho inkuru ya ba Gitifu bane bari bahagaritswe mu kazi by’agateganyo mu gihe cy’amezi 3, kuri ubu amakuru yizewe BWIZA ifite ni uko bamaze kwirukanwa mu kazi. Mu nkuru yabanje twari twababwiye ko mu Karere ka Rulindo hari hamaze iminsi havugwa inkuru yo guhagarikwa by’agateganyo mu kazi kwa ba […]

Urubyiruko rw’Afurika rwasabwe kwigira k’u Rwanda gukemura amakimbirane

whatsapp_image_2024-06-20_at_14.05_45.jpg

Kuri uyu wa 19 Kamena 2024, ku biro by’Akarere ka Gasabo hatangiwe amahugurwa yibanze ku kwigisha urubyiruko rwo ku mugabane w’Afurika kwiga “ Gukemura amakimbirane mu mahoro” bafatiye urugero ku gihugu cy’u Rwanda. Ni igikorwa gitegurwa n’Umuryango Mpuzamahanga ‘Pan-African Organisation for Peace and Conflicts Resolutions’ ukorera mu bihugu bitandukanye 12 bya Afurika, uyu Muryango ukaba […]

Uganda: Umugabo yaciye ikiganza umugore we amushinja kumuca inyuma

Ubushinjacyaha bwo mu gihugu cya Uganda bwasabiye igifungo cy’imyaka 12 umugabo wahamijwe icyaha cyo kugerageza kwica umugore we amuziza ko amuca inyuma, ariko bikarangira amukase ikiganza. Ngobi Fred ukomoka mu gace ka Bbaale gaherereye mu karere ka Kayunga, ku wa kabiri tariki 18 Kamena 2024 yakatiwe gufungwa imyaka 12 n’umucamanza Joy Namboozo, ni nyuma yo […]

Minisitiri Phiona yarusimbutse ubwo abasekirite bashakaga kumurasa

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amabuye y’agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutoro, yarokotse iraswa ubwo yari ari mu Karere ka Kisoro mu kugenzura ihakorerwaga ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’amategeko. Ubwo Phiona Nyamutoro yasuraga sosiyete y’igihugu itunganya Sima ishami rya Devki Group, abasekirite bari barinze ahakorerwa ubucukuzi bw’amabuye butemewe n’amategeko bashatse kumurasa. Minisitiri yari yaje muri aka […]

Abaramyi Alicia na Germaine nyuma y’Urufatiro bateguje indirimbo nshya

d314a2b9-2652-4fb6-af0a-b3321f53745c.jpg

Abaramyi bavukana Alicia na Germaine, bataramara iminsi muri muzika nyarawanda, binjiriye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana baheruka gushyira indirimbo hanze “URUFATIRO” muri Mata uyu mwaka, bateguje abakunze ibihangano byabo indirimbo ya kabiri barashyira hanze mu minsi ya vuba. Ufitimana Alicia na Ufitimana Germaine, n’itsinda ry’abavandimwe rikorera umuziki mu karere ka Rubavu, ari naho […]

Perezida Ndayishimiye uherutse gutangaza ko Abarundi bishimye yahindukiye abita intashima

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 19 Kamena 2024, Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko Abarundi badashima, yanga kwemera uruhare mu kibazo cy’ibura rya peteroli avuga ko ari “ikibazo rusange”. Mu butumwa yagejeje ku gihugu mu kwizihiza imyaka ine amaze ku butegetsi, Ndayishimiye yashinje abaturage b’u Burundi “gushaka kugira byose icyarimwe”. Umukuru w’igihugu cy’u […]

Umuvugizi w’ingabo za Isiraheli yatangaje ko hamas idashobora kuvaho

Ku wa gatatu, umuvugizi mukuru w’ingabo za Isiraheli ,yavuze ko Hamas idashobora kuvaho, bituma guverinoma , ihita ishimangira ko ikomeje kwiyemeza kurimbura umutwe w’abarwanyi ba Palesitine. Umuvugizi mukuru w’ingabo za Israheli Daniel Hagari ,yavuze ko intego y’intambara ya Isiraheli yo kurandura burundu umutwe w’iterabwoba wa Hamas, ko idashobora kugerwaho.Ibi bikaba byarateje amakimbirane hagati ya Minisitiri […]

Amavubi yahamye hamwe ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yisanze ntacyahindutse ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rusohoka buri kwezi aho ruba rwerekana uko amakipe akurikirana mu kwitwara neza. Kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Kamena 2024 nibwo hasohotse urutonde rushya maze ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yisanganga ku mwanya wa 131 yari ariho mu kwezi […]

Polisi yafunze umugabo wakwirakwije amashusho y’urukozasoni kuri murandasi

Polisi ya Uganda mu mujyi wa Kampala yataye muri yombi umugabo ukoresha urubuga rwa Tik Tok warukoresheje ashyiraho amashusho y’urukozasoni y’umukobwa aho yavuze ko ari Ms Doreen Nalunga uzwi nka Milk Bae kuri urwo rubuga. Denis Nsubuga niwe watawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha by’ikoranabuhanga ndetse no gukwirakwiza amashusho n’amafoto y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga. Uyu […]

Iburengerazuba: Bahawe imodoka basabwa kuyikoresha bahangana n’abacukuzi b’amabuye y’agaciro batemewe

5f5d7cb2-872a-4dfa-8132-0f203fdd9a7d.jpg

Abaturage bo mu karere ka Rutsiro, Umurenge wa Kivumu nibo begukanye igihembo cy’imodoka mu marushanwa y’isuku n’umutekano bahigitse indi mirenge yo mu ntara y’Iburengerazuba, basabwa kuyikoresha bahangana n’abacukuzi bw’amabuye y’agaciro batemewe. Ni imodoka bashyikirijwe kuri uyu wa gatatu, tariki 19 Kamena 2024, ubwo hasozwaga ibikorwa by’Ingabo na Polisi by’u Rwanda byo gufasha abaturage mu mibereho […]

2024: Raporo ya NISR yagaragaje uko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse mu gihembwe cya mbere

Ubukungu bw’u Rwanda bwiyongereyeho 9.7% mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2024. Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko uku kuzamuka biterwa n’imikorere myiza y’inganda na serivisi. Urwego rw’ubuhinzi rwerekanye ubwiyongere bwa 7%, aho umusaruro w’ibiribwa wiyongereyeho 8% bitewe n’isarura ryagenze neza mu gihembwe cya A cyo mu 2024. Umusaruro w’ibigori wiyongereyeho 30%, hakurikiraho kwiyongera 18% by’ibishyimbo. […]

Abakinnyi ba Sunrise banze kugabanyirizwa imishahara basezerewe

Ikipe ya Sunrise FC iherutse kumanuka mu kiciro cya kabiri yamaze gutandukana n’abakinnyi bayo bamanukanye nayo nyuma y’uko banze kugabanyirizwa imishahara. Sunrise FC ni imwe mu makipe yamanutse ku kiciro cya kabiri muri shampiyona y’umwaka ushize wa 2023/24 aho yamanukanye na Etoile de l’Est nyuma yo gusoza mu myanya y’inyuma ku rutonde rw’amakipe 16. Nyuma […]

U Bufaransa bwakiriye inama igamije kwihutisha ikorwa ry’inkingo muri Afurika

Kuri uyu wa Kane, Paris yakiriye Ihuriro Mpuzamahanga ku busugire bw’inkingo no guhanga udushya. Yateguwe ku bufatanye bwa Gavi (l’Alliance des vaccins), Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’u Bufaransa, mu izina ry’u Burayi, igomba guhuriza ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga abahagarariye ibihugu bya Afurika, abaterankunga, inganda z’imiti, sosiyete sivile n’imiryango mpuzamahanga. Abaperezida ba […]

Putin yageze muri Vietnam nyuma yo kuva muri Korea ya Ruguru

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yageze mu murwa mukuru wa Vietnam Hanoi kuri uyu wa Kane nyuma y’uko asoje urwo yakoreye muri Korea ya Ruguru.Uru rugendo rusobanurwa nk’ikigaragaza inkunga ya diplomasi Uburusiya bugifite muri ako karere. Umubano wa Vietnam n’Uburusiya ni nta makemwa kuva mu myaka myinshi ishize, by’umwihariko mu mikoranire mu bya gisirikare, ubukungu ndetse […]

Mu butayu bwa Nevada hagaragaye inkingi izwi nka monolith hatazwi uko yahageze

a6354320-2e29-11ef-bdc5-41d7421c2adf.jpg.webp

Mu butayu bwo muri leta ya Nevada mu mpera y’icyumweru gishize, habonetse indi nkingi y’amayobera mu zizwi nka monolith iteza kwibaza icyo ari cyo n’uwaba ari inyuma yacyo. Iki kintu cyabonywe na polisi y’umujyi wa Las Vegas, yavuze ko yakibonye irimo gushakisha mu gikorwa cy’ubutabazi ahitwa Las Vegas Valley. Igipolisi cyatangaje ku mbuga nkoranyambaga kiti: […]

CORwanda24: Abaturage bashyikirijwe inkunga yo kubafasha kwiteza imbere

csm_gisagara_3b720d4ce9.jpg

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kamena, Ingabo na Polisi z’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego basoje ku mugaragaro ibikorwa bigamije gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere (CORwanda24) bikubiyemo imishinga n’inkunga yo kubafasha mu iterambere. Ibi bikorwa byakorewe mu gihugu hose mu gihe cy’amezi atatu ku bufatanye n’inzego z’ibanze, ku nsanganyamatsiko igira iti: “Imyaka […]

Abayisilamu barenga 500 baguye mu rugendo rutagatifu i Maka

Ku wa kabiri tariki ya 18 Kamena, abadipolomate b’abarabu batangaje ko byibuze abayisiramu bakoreye urugendo rutagatifu rwa Hajj muri Arabiya Sawudite bagera kuri 550 bapfuye kubera ubushyuhe bwinshi . Uru rugendo ngarukamwaka, rwabaye kuva ku wa gatanu kugeza ku cyumweru, rwongeye kuba muri uyu mwaka mu gihe cy’ubushyuhe bwinshi, muri kamwe mu turere dushyushye ku […]

Ni nde uzakemura uruhuri rw’ibibazo mu bashoferi b’amakamyo yambukiranya imipaka?

Kubona amakamyo atwara ibicuruzwa yambukiranya imipaka agenda kandi agaruka, kubona abayatwara bikoza mu ngo zabo akanya bakaba barongeye baragiye ni kimwe. Ariko gutekereza ku mibereho abayatwara bahura nayo buri munsi n’ibibazo bahuriramo ni ikindi. Iyo uganiriye nabo, nubwo batagaya ko uyu murimo ubatunze, ariko bavuga ko bawuvunikiramo: bakora amasaha y’ikirenga, bakatwa amafaranga nta mpamvu, nta […]

Somalia: Umujyanama wa leta yahakanye imikoranire y’aba Houthi na Al Shabaab

_132933075_red_sea_attacks_with_control_140324_640-nc.png.webp

Umujyanama wa leta mu by’umutekano muri Somalia, Hussein Sheik-Ali, we yamaganye amakuru avuga ko umutwe wa Al Shabaab usigaye ukorana n’aba Houthi bo muri Yemen, avuga ari ibinyoma kandi nta shingiro afite. Mu butumwa yacishije ku rubuga rwa X, nk’uko tubikesha VOA NEWS, Ali yanditse ati: “Ingabo za Somaliya ziracyagenzura ibice 90% by’uturere zambuye abarwanyi […]

Huzuye uruganda ruzajya rubyaza umusaruro ibishigwe bijyanwa mu kimoteri cya Nduba

Mu Karere ka Gasabo aho ikimoteri cya Nduba giherereye, huzuye uruganda ruzajya rubyaza umusaruro imyanda ihajugunywa aho kuba umutwaro ku bahaturiye n’ikorere muri rusange. Abafite mu nshingano uru ruganda bavuga ko biteganyijwe ko nibura ruzajya rutunganya Toni eshanu z’ifumbire y’imborera ku munsi.Ni umushinga umaze gutwara Miliyari zisaga 4. Ibi bishingwe bizajya bibanza kuvangurwa kugirango habeho […]

Rwamagana: Abarimu bihaye umukoro wo gukumira amakimbirane mu miryango

img_20240619_201441__1000_x_600_pixel_.jpg

Abarimu 12 bigisha mu mashuri y’incuke,abanza ndetse n’ayisumbuye bishyize hamwe biyemeza gufasha Leta gukumira amakimbirane mu muryango nyarwanda no guhangana n’ibiteza amakimbirane birimo ubukene n’ ubujiji . Aba barimu bigisha mu turere twa Rwamagana ,Gasabo na Kicikiro bavuga biyemeje gufasha imwe mu miryango yugarijwe n’amakimbirane kuyasohokamo Kugira ngo ibeho mu mudendezo . Aba barimu bibumbuye […]

Gakenke:Batatu bakomerekeye mu mpanuka yabereye Kivuruga

Imodoka ya Bus itwara abagenzi yavaga i Musanze yerekeza i Kigali ya mu bwoko bwa YUTONG ifite Pulake RAH 276 D,yakoze impanuka igonga igiti. Iyi mpanuka ikaba yabaye kuri uyu wa 19 Kamena 2024 ku isaha ya saa saba n’igice z’amanywa,Ibera mu karere ka Gakenke,mu murenge wa Kivuruga mu kagari ka Gasiza. Umuvugizi wa Polisi […]