APR BBC yatsindiwe imbere ya Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame

Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 22 Gicurasi 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’abafana aho bakurikiye umukino ikipe ya APR Basketball Club (APR BBC) yatsinzwemo na Made By Ball Basketball Club (MBB) yo muri Afurika y’Epfo, ku manota 94 kuri 88, mu irushanwa rya Basketball […]
Rubavu: Abamotari bishimiye ‘Casques’ zigezweho leta yabazaniye

Bamwe mu bakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto bazwi nk’abamotari bakorera mu mujyi wa Rubavu, barashimira leta yabatekerejeho ikabashakira ingofero zirinda umutwe (Casques) nziza kandi zijyanye n’igihe, bagahamya ko zitezweho kurinda ubuzima bwabo zikanabafasha kudakomereka cyane mu gihe baba bakoze impanuka. Ibi babitangaje kuri iyu wa Kane tariki ya 22 Gicurasi, ubwo bari mu […]
Gen. Salim Saleh yiyemeje gushyira ku murongo Gen. Muhoozi

Murumuna wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen (Rtd) Caleb Akandwanaho uzwi nka Salim Saleh, yatangaje ko agomba gushyira ku murongo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba. Ni isezerano Gen. Salim Saleh usanzwe ari umujyanama wa Perezida Museveni yahaye intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, mu nama iheruka kumuhuriza na zo i Gulu. […]
Ntabwo mugiye gufungwa: Visi-Meya wa Rubavu ku bari barafashwe bugwate na FDLR

U Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Gicurasi, rwakiriye icyiciro cya gatatu cy’abantu babarirwa muri 640 umutwe wa FDLR wari warafatiye Bugwate muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa Kane ni bwo aba Banyarwanda bakiriwe ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu karere ka Rubavu, […]
RDC: Uwahoze ari minisitiri wa mine n’umugore we baburiwe irengero

Uwahoze ari Minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro wa Congo, Martin Kabwelulu n’umugore we, wahoze ari umudepite, Yvonne Mwepu, baburiwe irengero kuva mu ijoro ryo ku wa Gatatu i Kinshasa, nk’uko Ihuriro FCC, ry’amashyaka ashyigikiye uwahoze ari perezida, Joseph Kabila, rwatangaje kuri uyu wa Kane. Nk’uko byatangajwe na FCC, abantu bitwaje imbunda bagera kuri mirongo ine bavuze […]
Bishop Gafaranga yasabiwe gufungwa iminsi 30

Habiyaremye Zacharie uzwi cyane nka Bishop Gafaranga, ari imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata aho akurikiranyweho ibyaha birimo ihohoterwa rishingiye ku gitsina, gukubita no gukomeretsa, hamwe no guhoza ku nkeke uwo bashakanye, Annette Murava. Mu rubanza rwabaye mu muhezo kuri uyu wa Kane, Bishop Gafaranga yahakanye ibyaha aregwa, ariko yemera ko hashobora kuba harabayeho amakosa yo […]
Tanzania yajugunye ku mupaka impirimbanyi yo muri Kenya yari ifunze nyuma y’igitutu

Impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu wo muri Kenya, Boniface Mwangi, yirukanywe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane avanwa muri Tanzaniya aho yavanwe n’imodoka ikamujugunya ahitwa Ukunda mu Ntara ya Kwale, ku mupaka wa Kenya na Tanzaniya. Yahise ajyanwa mu Bitaro bya Diani kugira ngo akorerwe ibizamini byo kwa muganga nyuma yo kugaragara bwa mbere asa […]
Kisangani: Abarashi ba FARDC basoje imyitozo yo gukoresha intwaro zirasa kure

Icyiciro cya mbere cy’abasirikare bakoresha intwaro zirasa kure (artilleurs) mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 20 Gicurasi, cyasoje amahugurwa y’igihembwe kimwe yatanzwe n’abarimu b’Abanyekongo mu kigo cy’amahugurwa cya Lt. Gen. Bahuma i Kisangani (Intara ya Tshopo). Umubare w’abasirikare batojwe ntiwamenyekanye ngo kubera “impamvu z’umutekano.” Aba […]
Juvénal Mvukiyehe yannyeze abasaza ba Rayon Sports

Uwahoze ari Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe JuvĂ©nal, yongeye kwibutsa abayobozi ba Rayon Sports ko “na nyina w’undi abyara umuhungu”, nyuma y’aho iyi kipe itakaje umukino wayihanganishije na Bugesera FC, bikayiviramo gutakaza umwanya wa mbere. Ni umukino wari warasubitswe, hasigaye iminota 33 ngo urangire, wakinwe ku wa 21 Gicurasi 2025. Warangiye Bugesera FC itsinze Rayon […]
The Ben yavuzweho ubusambanyi I Kampala

Mu gihe amashusho ye ari kumwe n’umukobwa mu kabyiniro yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, The Ben n’abamwegereye bahakanye bivuye inyuma ibyo ashinjwa. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben ari mu byavuzwe cyane kuri murandasi mu minsi yashize nyuma y’amashusho yamugaragazaga ari kumwe n’umukobwa mu kabyiniro i Kampala, Uganda. Amashusho yafashwe nyuma y’igitaramo The Ben yakoreye muri Kampala Serena […]
Muhanga: Umugore akurikiranweho kwica umugabo we amuteye icyuma

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugore w’imyaka 33 ukekwaho kwica umugabo w’imyaka 40 babanaga batarasezeranye akoresheje icyuma. Ibyo byabaye ku itariki ya 12 Gicurasi 2025 mu mudugudu wa Nyarubaya, akagari ka Mataba, umurenge wa Ruyenzi, mu Karere ka Kamonyi ubwo umugabo yatahaga yasinze, umugore yamugaburira ibyo kurya yari yatetse akabikubita umugeri bikameneka. Ubushinjacyaha […]
Minisitiri Nduhungirehe yahuye na Shingiro w’u Burundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, ku wa Kane tariki ya 21 Gicurasi yahuye na mugenzi we w’u Burundi, Amb. Albert Shingiro. Aba bombi bahuriye i Bruxelles mu Bubiligi, ahabereye inama ya gatatu ya ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ndetse n’abo mu bigize uw’Ubumwe bw’u Burayi. Amb. […]
Kenya yemeye ko yakoranye na Uganda mu gushimuta Kiiza Besigye

Kenya yemeye ko “yakoranye” na Uganda mu ishimutwa, ku butaka bwayo, ry’umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeye muri Uganda, Kizza Besigye. Uyu uregwa icyaha cy’ubuhemu, wahoze ari umuganga wihariye wa Perezida wa Uganda, waje kuba uwo bahanganye, ashobora guhanishwa igihano cy’urupfu. Umwunganizi we, wahoze ari minisitiri w’ubutabera muri Kenya, yamaganye iyo mikoranire avuga ko ‘inyuranyije […]
Umwuka ukomeje kuba mubi hagati ya Tanzania na Kenya

Leta ya Kenya ku wa Kane tariki ya 22 Gicurasi, yasabye iya Tanzania kurekura by’ako kanya impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Boniface Mwangi ifunze. Umwuka ukomeje kuba mubi hagati ya Kenya na Tanzania, nyuma y’uko mu ntangiriro z’iki cyumweru Tanzania yafunze abanya-Kenya batandatu gusa bamwe ikaza guhita ibirukana ku butaka bwayo. Aba barimo Boniface Mwangi bari […]
EU iracyifuza gukorana n’u Rwanda nubwo u Bubiligi butabikozwa

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, kuri uyu wa Gatatu yagiranye ibiganiro n’abarimo mugenzi we w’ububanyi n’amahanga wa Malta ndetse na Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ushinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga, wanemeje ko bagiranye ibiganiro bitanga umusaruro. Aba bahuriye i Buruseli ,u Bubiligi ahateraniye Inama ya 3 y’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga ba EU na AU (3rd EU-AU […]
Rusizi: Umwarimukazi ukundana n’umunyeshuri yigisha yateje impagarara

Mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Butare, haravugwa ibibazo bikomeye by’imyitwarire mibi ivugwa ku barezi bo mu Rwunge rw’Amashuri rwa Gasumo, aho umwarimu w’umugabo akekwaho gusambanya umunyeshuri w’imyaka 15 yigishaga, ndetse undi mwarimukazi na we bikavugwa ko yari mu rukundo n’umunyeshuri w’umuhungu yigisha, ibintu byagize ingaruka zikomeye ku muryango nyarwanda no ku burezi muri […]
Abarundi bakomeje guhohoterwa mu gihe amatora yegereje: Raporo

Imiryango icumi y’abaturage mu Burundi iyobowe na SOS-Torture Burundi ku bufatanye n’imiryango mpuzamahanga nka FIACAT, OMCT, na IRCT, yashyize ahagaragara raporo yakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza yatanzwe na Komite y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe kurwanya iyicarubozo (CAT) mu kwezi kwa Ugushyingo 2023. Ibikubiye muri iyi Raporo ni igenzurwa ryakozwe hagati y’Ugushyingo 2023 na Werurwe 2025, aho […]
Yabaye umugore w’abaperezida 2 b’ibihugu bitandukanye

Graça Simbine Machel yavutse ku wa 17 Ukwakira 1945, mu cyaro cya Incadine, mu Ntara ya Gaza (icyo gihe ikaba yari igice cya Porutigali y’Afurika y’Iburasirazuba). Niwe mwana wa nyuma mu bana batandatu. Se yapfuye ataravuka, ariko yasize asabye ko azigishwa kugeza asoje amashuri yisumbuye. Ibyo byagezweho abifashijwemo n’abavandimwe be. Yize mu mashuri y’Abametodiste, aza […]
Lt. Gén Masunzu yibukije FARDC ko igomba kwirukana burundu M23

Umuyobozi w’akarere ka gatatu ka gisirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt. GĂ©n. Masunzu Pacifique, yibukije abasirikare ba kiriya gihugu ko ari bo ubwabo bagomba kwirukana burundu M23. Masunzu yatanze ubwo busabe hagati y’itariki ya 14 n’iya 19 Gicurasi, ubwo yasuraga imitwe y’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri […]
USA: Abakozi 2 ba Ambasade ya Israel barasiwe ku nzu ndangamurage y’Abayahudi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya Israel bararasiwe hanze y’Ingoro Ndangamurage y’Abayahudi i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, barapfa. Umuyobozi w’igipolisi mu mujyi, Pamela Smith, mu kiganiro n’abanyamakuru, yatangaje ko aba bantu bombi bishwe, ari umugabo n’umugore, bavaga mu birori byabereye muri iyi nzu ndangamurage. Smith […]
RIB yafunze ba nyiri ‘Energy Trading’ ishinjwa gucucura abantu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje ko rwataye muri yombi ba nyiri sosiyete ya Energy Trading yacuruzaga amafaranga yifashishije murandasi. Abayobozi b’iyi Sosiyete batawe muri yombi, nyuma y’uko ku wa Gatatu abari barayishoyemo amafaranga n’abayikoragamo bateye icyicaro cyayo bagakora igisa n’imyigaragambyo basaba kwishyurwa amafaranga yabo. Byari nyuma yo kumenya amakuru y’uko ba nyiri iriya sosiyete yacuruzaga […]
Trump Amkabili Ramaphosa kwa Video Tata: Mvutano waongezeka kuhusu Madai ya ‘Mauaji ya Wazungu’

Katika mkutano wenye mvutano katika Ofisi ya Oval, Rais wa Marekani Donald Trump alimkabili Rais wa Afrika Kusini Cyril Ramaphosa kwa video inayodai mauaji ya wakulima weupe nchini Afrika Kusini. Video hiyo, iliyoonyeshwa mbele ya waandishi wa habari, ilionyesha zaidi ya maelfu ya makaburi ya wakulima weupe, Trump akisema, “Ni ya kutisha… Sijawahi kuona kitu […]
Trump Affronte Ramaphosa avec une VidĂ©o ControversĂ©e : Tensions sur les AllĂ©gations de ‘GĂ©nocide Blanc’

Lors d’une rĂ©union tendue dans le Bureau ovale, le prĂ©sident amĂ©ricain Donald Trump a confrontĂ© le prĂ©sident sud-africain Cyril Ramaphosa avec une vidĂ©o allĂ©guant un gĂ©nocide contre les fermiers blancs en Afrique du Sud. La vidĂ©o, prĂ©sentĂ©e devant des journalistes, montrait plus d’un millier de tombes de fermiers blancs, Trump dĂ©clarant : “C’est horrifiant… Je […]
Trump Confronts Ramaphosa with Controversial Video: Tensions Rise Over ‘White Genocide’ Claims

During a tense Oval Office meeting, U.S. President Donald Trump confronted South African President Cyril Ramaphosa with a video alleging genocide against white farmers in South Africa. The video, shown in front of journalists, depicted over a thousand graves of white farmers, with Trump stating, “It’s horrifying… I’ve never seen anything like it. All these […]
Donald Trump yasebeje Ramaphosa muri White House akoresheje amashusho ahamagarira Jenoside

Perezida wa Amerika Donald Trump yatamaje mugenzi we Cyril Ramaphosa wari waje mu ruzinduko i Washington maze imbere y’abanyamakuru ati “abantu bahunga Afurika y’Epfo kubera umutekano wabo … ubutaka bwabo burafatwa kandi akenshi baricwa”. Ariko Cyril Ramaphosa ntiyemeranya niyi mvugo ya Donald Trump nubwo yeretswe Videwo igaragaza ibimenyetso simusiga. Donald Trump ntaguca kuruhande yashyize hanze […]
Rwanda Yapata Msaada wa Umoja wa Mataifa Mara 5 Zaidi ya Ule wa Ubelgiji

Rwanda imesaini makubaliano na Umoja wa Mataifa kupitia mpango wa UN Sustainable Development Cooperation Framework (UNSDCF), ambapo nchi hiyo itapokea msaada mkubwa ambao ni zaidi ya mara tano ya ule iliyokuwa ikipewa na Ubelgiji. Katika miaka ya hivi karibuni, Rwanda ilishirikiana na Ubelgiji kwenye miradi mbalimbali ya maendeleo yenye thamani ya milioni 180 za euro […]
Le Rwanda décroche une aide de l’ONU plus de 5 fois supérieure à celle de la Belgique

Le Rwanda a signĂ© un accord historique avec les Nations Unies dans le cadre du Plan-cadre de coopĂ©ration des Nations Unies pour le dĂ©veloppement durable (UNSDCF), qui lui garantit une aide plus de cinq fois supĂ©rieure Ă celle que lui accordait la Belgique. Ces dernières annĂ©es, le Rwanda bĂ©nĂ©ficiait d’un partenariat avec la Belgique Ă […]
UN Pledges Over 5 Times Belgium’s Aid to Rwanda in Groundbreaking Development Deal

Rwanda has signed a landmark agreement with the United Nations under the United Nations Sustainable Development Cooperation Framework (UNSDCF), securing funding more than five times greater than what Belgium used to provide. In recent years, Rwanda had partnered with Belgium through various development projects, which amounted to €180 million over five years (2024–2029). However, Rwanda […]
U Rwanda rwahawe amafaranga akubye inshuro zirenga 5 ay’Ububiligi bwatangaga

U Rwanda rwasinye amasezerana n’Umuryango w’Abibumbye kuri gahunda igamije iterambere rirambye (UNSDCF) Izaba ikubye inshuro zirenga 5 iyo rwahabwaga n’ababiligi. Mu myaka ishize, u Rwanda rwagiranye ubufatanye n’Ububiligi binyuze mu mishinga itandukanye y’iterambere. Iyo mishinga yarifite agaciro ka miliyoni 180 z’amayero mu gihe cy’imyaka itanu (2024-2029). Mu minsi ishize nibwo u Rwanda rwanze inkunga iyo ari […]
Parker: Chombo cha Anga Kilichogusa Jua!

Wanasayansi wamesema kuwa chombo cha anga cha Parker kimeweza “kukigusa” Jua kwa kufika umbali wa kilomita milioni 6.1 kutoka kwenye uso wake—umbali wa karibu zaidi kuwahi kufikiwa na chombo chochote cha kibinadamu. Tarehe 24 Desemba 2024, Parker ilipita karibu sana na Jua kwa kasi ya kushangaza ya km 700,000 kwa saa. Ina kinga maalum ya […]
Sonde Parker : L’engin spatial qui a effleurĂ© le Soleil

Des scientifiques confirment que la sonde spatiale Parker a « touchĂ© » le Soleil, atteignant une distance record de 6,1 millions de kilomètres de sa surface – une prouesse jamais rĂ©alisĂ©e auparavant. Le 24 dĂ©cembre 2024, Parker est passĂ©e Ă seulement 6,1 millions de kilomètres du Soleil, Ă une vitesse incroyable de 700 000 km/h. […]
Parker Solar Probe: The Spacecraft That Touched the Sun

Scientists report that the Parker Solar Probe has “touched” the Sun, coming within 6.1 million kilometers of the solar surface—closer than any spacecraft in history. On December 24, 2024, Parker flew just 6.1 million kilometers from the Sun at an astonishing speed of 700,000 km/h. It is equipped with a carbon heat shield designed to […]
Ibyo wamenya ku cyogajuru Parker cyabashije kugera ku izuba

Abahanga bavuga ko icyogajuru Parker, cyasomye Izuba,muri kilometero miliyoni 6.1 zinyenyeri. Nta kindi cyogajuru cyari cyarageze hafi y’Izuba mu buryo butangaje gutya. Ku ya 24 Ukuboza 2024,icyogajuru Parker yanyuze mu birometero miliyoni 6.1 uvuye ku zuba, ku muvuduko wa 700 000 km/h. Parker ifite ingabo ya karubone yashizweho kugirango ihangane n’ubushyuhe bwa 1400 ° C, […]
Burundi Yazindua Mafunzo ya Kijeshi kwa Vijana Nchini Kote ili Kuimarisha Usalama wa Taifa

Chama tawala cha CNDD-FDD nchini Burundi kimetangaza mpango mpya wa kutoa mafunzo ya kijeshi kwa vijana wote wanaotaka na wenye uwezo nchini kote. Mpango huu unalenga kusaidia Jeshi la Ulinzi la Taifa la Burundi (FDNB) katika kudumisha usalama wa taifa. Reverien Ndikuriyo, Katibu Mkuu wa CNDD-FDD, alitangaza mpango huu wakati wa kampeni ya chama iliyofanyika […]
Le Burundi Lance une Formation Militaire Nationale pour la Jeunesse afin de Renforcer la Sécurité

Le parti au pouvoir au Burundi, le CNDD-FDD, a annoncĂ© une nouvelle initiative visant Ă offrir une formation militaire Ă tous les jeunes du pays qui le souhaitent et en ont la capacitĂ©. Ce programme a pour objectif de soutenir la Force de DĂ©fense Nationale du Burundi (FDNB) dans le maintien de la sĂ©curitĂ© nationale. […]
Burundi Launches Nationwide Youth Military Training to Bolster National Security

The ruling CNDD-FDD party in Burundi has announced a new initiative to provide military training to all willing and able youth across the country. This program aims to support the Burundian National Defense Force (FDNB) in maintaining national security. Reverien Ndikuriyo, Secretary-General of the CNDD-FDD, made this announcement during a party campaign event held on […]
U Burundi bugiye gutanga  imyitozo ya Gisirikari k’urubyiruko rwose mu gihugu

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka rya CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi Reverien Ndikuriyo avuga ko urubyiruko rugiye gutangira guhabwa imyitozo ya Gisirikari mu rwego rwo gufasha igisirikari cy’Uburundi mu kwita ku mutekano w’igihugu. Ni mu rwego rwo gukomeza gushyigikira no kwita k’umutekano n’imbibi z’igihugu cy’u Burundi aho urubyiruko rwose rw’igihugu rubyifuza kandi rubishoboye rugiye […]