RDC: Tshisekedi yaje imbere mu bagize amajwi menshi mu batoreye hanze yâigihugu
Kuri uyu wa Gatanu, Komisiyo Yigenga yâAmatora mi Repubulika ya Demokaras ya CongoCeni yasohoye amajwi y’Abanyekongo muri diaspora: Afurika y’Epfo, u Bubiligi, u Bufaransa, Canada na Amerika, aho bigaagara ko Perezida Tshisekedi aza imbere mu majwi yâabatoye. Dore amajwi yabonye muri Diaspora Afurika y’Epfo: 81%, u Bubiligi: 75% Canada :72% ; Amerika: 78% u Bufaransa: […]
RDF operations in Mozambique seen as model for future peacekeeping operations
During its more than two-year intervention in Mozambique, Rwanda has attempted to do something difficult: defeat an insurgency while avoiding civilian casualties. According to a new study, there is evidence that it is succeeding, and its approach may offer a blueprint for future peace enforcement operations. In 2021, Rwanda deployed 1,000 troops to Mozambiqueâs northern […]
Amafoto: Abapolisi bato 2,072 basoje amahugurwa bari bamazemo amezi 9

Abapolisi bato 2,072 kuri uyu wa Gatanu basoje icyiciro cya 19 cy’amahugurwa yabagenewe mu muhango wabereye mu ishuri rya Polisi rya Gishari wari uyobowe na Minisitiri wâUmutekano wâImbere mu Gihugu, Afred Gasana. Aba banyeshuri basoje amasomo 2,072 bagizwe nâabâigitsina gabo 1,645 nâaho abâigitsina gore bakaba ari 427 nkuko byatangawe n’umuyobozi w’Ishuri rya polisi rya Gishari, […]
Mozambique: Umugaba mukuru wa FADM yagereranyije RDF na gaze
Umugaba mukuru wâIngabo za Mozambique, Maj. Gen. Tiago Alberto Nampele, yatangaje ko inyeshyamba zifitanye isano na Leta ya Kisilamu mu Ntara ya Cabo Delgado zatsinzwe, kandi ibice hagati ya 90% na 95% byari byarigaruriwe nâizi nyeshyamba byabohojwe bitekanye, ashimira Ingabo zâu Rwanda avuga ko bigiyeho byinshi. Ibisigisigi by’inyeshyamba ubu biri mu ishyamba rya Catupa, mu […]
M23 yigaruriye uduce twa Busumba na Rugogwe nyuma yâiyubura ryâimirwano
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ukuboza 2023, umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Busumba na Rugogwe two muri Sheferi ya Bashali-Mukoto, Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Imirwano hagati yâinyeshyamba za M23 nâIgisirikare cya FARDC yatangiye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ukuboza mu midugudu yavuzwe haruguru. Sosiyete sivile […]
Icyamamare muri film za Fast & Furious, Vin Diesel, arashinjwa ihohotera rishingiye ku gitsina
Uwahoze ari assistant wâumukinnyi wa film wâUmunyamerika, Vin Diesel, arashinja uyu muhanzi wamamaye muri Fast & Furious, kumukorera ihohotera rishingiye ku gitsina ubwo bari barimo gufata amashusho ya Fast Five mu 2010. Umwunganizi w’uyu mukinnyi wa film, amazina ye nyakuri, Mark Sinclair, yavuze ko umukiriya we “ahakana iki kirego cyose uko cyakabaye”. Asta Jonasson avuga […]
RDF: La nouvelle promotion de la Force spéciales a terminé un entraà Ÿnement spécialisé de 10 mois

Une nouvelle promotion des forces d’opĂ©rations spĂ©ciales des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) a terminĂ© un cours de formation spĂ©cialisĂ© au combat de 10 mois au centre de formation militaire de base de Nasho, dans le district de Kirehe. La cĂ©rĂ©monie a Ă©tĂ© prĂ©sidĂ©e par le chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense des RDF, le gĂ©nĂ©ral […]
Hatangijwe ishami rigiye gufasha abafite ikibazo cy’imboni yâijisho irwaye
Mu rwego rwo kwihutisha gahunda yo gusimbuza imboni z’amaso (corneas) ku barwayi bazikeneye, Minisiteri yâUbuzima (MINISANTE) yashyizeho agashami kabarizwa mu Kigo cyâIgihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) gashinzwe gusimbuza imboni yâijisho (Corner tissue bank), ku bafite uburwayi busaba ko isimbuzwa. Mu Rwanda hagaragara indwara zâamaso zifata ibice bitandukanye byayo, harimo nâizifata imboni, aho akenshi iyo yarwaye ikenera […]
Czech: Umuntu witwaje intwaro yishe arashe abasaga 10 muri kaminuza yizemo
Repubulika ya Czech yatangaje umunsi wâicyunamo ku rwego rwâigihugu ku wa Gatandatu nyuma yâuko umuntu witwaje imbunda yishe abantu 14 agakomeretsa 25 muri kaminuza yâi Prague. Perezida Petr Pavel yagaragaje “akababaro gakomeye” n “” umujinya kubera gutakaza ubuzima bidakenewe na gato “. Uyu muntu witwaje imbunda, polisi yavuze ko “yivuganye”, ngo yaba yarishe na se […]
Amafoto: Abasirikare bakuru baherutse kuzamurwa mu ntera mu mapeti yabo mashya

Mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) haherutse kwandikwa amateka ubwo abasirikare 7 bâabagore bazamurwaga mu ntera bagahabwa ipeti rya Colonel, ari na bwo bwa mbere byari bibaye, mu gihe Umugaba Mukuru w’Ingabo, Mubarak Muganga nawe yazamuuwe ku ipeti rya General w’inyenyeri enye. Wasoma inkuru bifitanye isano hano hasi Ahabanza Ahabanza Dore amafoto bambaye amapeti yabo mashya
Umuhanzi wa gospel, Eric Moyo, yapfuye nyuma yo kugwa ku rubyiniro
Umuhanzi wâindirimbo zo guhimbaza Imana, Eric Moyo, yapfuye nyuma yo kugwa hasi ari mu gitaramo mu gihugu cya Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatatu, itariki 20 Ukuboza 2023. Uyu muririmbyi wâUmunya-Zimbabwe wavukiye muri Afurika yâEpfo w’imyaka 41 y’amavuko yari mu itsinda rizwi cyane rya gospel ryitwa Joyous Celebration. Mbere y’urupfu rwe, yakiriwe mu bitaro muri […]
Ambasaderi wa Niger muri Loni wari wanzwe yemerewe guhagararira igihugu cye
Nyuma y’amezi atatu mu gihirahiro, Komisiyo yihariye ya Loni yafashe icyemezo. Ambasaderi wa guverinoma yâinzibacyuho ya Niger yemerewe guhagararira igihugu cye i New York. Muri Nzeri, Loni yari yamubujije kwinjira mu Nteko rusange, yubahiriza amabwiriza yatanzwe n’akanama gashinzwe umutekano gakomeje kwemeza ko guverinoma ya Mohamed Bazoum ari yo yonyine yemewe. Ni igitego cyâumutwe kuri Guverinoma […]
Comment la nouvelle usine dâengrais du Rwanda pourrait stimuler lâagriculture
Une usine de mĂ©lange d’engrais basĂ©e au Bugesera et lancĂ©e par le Rwanda le mercredi 20 dĂ©cembre envisage d’augmenter les rendements des cultures de 40 pour cent, selon ses propriĂ©taires et le MinistĂšre de l’Agriculture et des Ressources animales (MINAGRI). Ils ont indiquĂ© que l’usine de mĂ©lange d’engrais du Rwanda pourrait y parvenir en mĂ©langeant […]
Kinshasa: Umunyamakuru wa RFI yarusimbutse ubwo yakurikiranaga amatora
Ishyirahamwe ryâabanyamakuru bahagarariye ibinyamakuru mpuzamahanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (ACPI-RDC) ryamaganye âihohoterwa nâibikorwa bisenya kwishyira ukizanaâ byakorewe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 20 Ukuboza i Kinshasa, umunyamakuru Pascal Mulegwa, ukorera Radio France Internationale (RFI) mu gihe yakoraga umwuga we gusa akurikirana ibikorwa byâamatora. Uyu munyamakuru aherekejwe nâumwe muri bagenzi be, yari […]
AfDB ivanye abakozi bayo b’abanyamahanga muri Ethiopia nyuma yo guhohoterwa
Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) yahisemo kuvana abakozi bayo mpuzamahanga muri Ethiopia ako kanya. Ibiro bizakomeza gufungura bikorwamo nâumuyobozi ubishinzwe. Izi ngamba ntizizagira ingaruka ku bakozi bahawe akazi b’Abanya-Ethiopia bazakomeza akazi kabo kandi bakaguma mu mirimo nkâabakozi buzuye ba Banki. Banki izabizeza bo n’imiryango yabo inshingano zayo zo kubitaho. Ibi byemezo bije nyuma yo kutubahiriza […]
Karongi: Hari aho bagikoresha uburyo gakondo mu kugeza abarwayi kwa muganga
Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Murundi, Gashari nâahandi mu Karere ka Karongi, mu Ntara yâIburengerazuba, barinubira kuba kugeza abarwayi kwa muganga bibagora kubera ikibazo cyâibura ryâimbangukiragutabara zabugenewe. Aha ni mu gace kâimisozi miremire, usanga binagaragara ko imihanda yagiye yangirika nkâuko umunyamakuru wâIjwi rya Amerika wahageze abitangaza, aho yabonye bamwe mu baturage batwaye abarwayi […]
Scatec iri kugurisha imigabane yari ifite mu rugomero rw’amashanyarazi ava ku izuba i Rwamagana
Uruganda rukora amashanyarazi ashobora kuvugururwa rwo muri Norvege, Scatec ASA (OSL: SCATC) rwafashe icyemezo cyo kugurisha imigabane ingana na 54% rwari rufite muri Sitasiyo yâamashanyarazi ava ku mirasire y’izuba iherereye ku butaka bukodeshwa, mu kigo cyâumudugudu wâurubyiruko rwa Agahozo Shalom Youth Village (ASYV) itanga megawatt 8.5 zâamashanyarazi mu Rwanda bijyanye nâingamba zarwo zo kugabanya ishoramari […]
Bugesera: Hafunguwe uruganda rugiye gukemura ikibazo cy’ifumbire

Uruganda rutunganya ifumbire mvaruganda ruzajya rutunganya nibura Toni ibihumbi 100 ku mwaka kuri uyu wa gatatu, itariki 20 Ukuboza rwafunguwe ku mugaragaro mu Karere ka Bugesera. Abaturage hamwe n’abagurisha ifumbire baravuga ko biteze ibisubizo bizatangwa n’uru ruganda ku bibazo byo kutabona ifumbire ihagije kandi ku gihe byagiraga ingaruka ku musaruro w’ubuhinzi. Kimwe mu bibazo by’ingutu […]
Guinea-Bissau: Perezida Embalo yirukanye Minisitiri wâIntebe nyuma yâicyumweru amushyizeho
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukuboza 2023, Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yirukanye Minisitiri wâIntebe, Geraldo Martins, nyuma y’icyumweru kimwe gusa amushyize kuri uyu mwanya, amusimbuza umunyapolitiki w’inararibonye mu bukungu. Ku itariki ya 12 Ukuboza, Martins yongeye kugirwa Minisitiri wâIntebe nyuma y’uko yari yashyizwe kuri uwo mwanya nâubundi muri Kanama uyu mwaka kugeza […]
RDC: Umukandia Denis Mukwege aramagana iyongerwa ryâigihe cyo gutora
Binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 20 Ukuboza mu masaha 2 mbere yâigihe cyagenwe amatora yagombaga kurangiriraho, umukandida Denis Mukwege yavuze ko ahangayikishijwe cyane nâiimikorere mibi nâintege zagaragaye mu matora ari kuba.  » Ariko, yamaganye icyemezo cya Komisiyo Yigenga ishinzwe Amatora (CENI) âcyo kongera igihe cyo gutora yuma […]
Diplomatic tensions with Angola: Gabon recalls its ambassador
According to several sources, the Gabonese Ministry of Foreign Affairs wrote to the Angolan authorities to announce the return of its ambassador. A specific reminder âfor consultationsâ, says the letter. Disagreements reportedly emerged between the two countries after the August 30 coup. They continued until the summit of the Community of Central African States ECCAS […]
Urubanza rwâabaregwa amanyanga mu kwandikisha abana muri Academy ya Beyern rwasubitswe
Urubanza ruregwamo abantu 6 bakurikiranyweho guhindura imyirondoro yâabana ngo bemererwe kwinjira muri Academy ya Bayern Munich kuri uyu wa Kabiri ushize rwasubitswe nâUrukiko rwâIbanze rwa Nyamabuye ruherereye mu Kagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga. Mu gihe hategerejwe itariki nâisaha yo kuburaniraho gusa abaregwa bakomeje gufungirwa kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyamabuye. Nshimiyimana […]
Buruseli: Umuherwe Abramovich yatsinzwe urubanza yari yarezemo E.U
Kuri uyu wa Gatatu, umuherwe wâUmurusiya, Roman Abramovich, yatsinzwe urubanza yari yatanzemo ubusabe bwo gukurirwaho ibihano yafatiwe nâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi nyuma yâibitero byâu Burusiya kuri Ukraine. Perezida Vladimir Putin amaze gutegeka Ingabo zâu Burusiya kwinjira muri Ukraine muri Gashyantare 2022, Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi wafatiye ibihano abayobozi bâu Burusiya nâabanyemari benshi bâAbarusiya nka Abramovich, […]
Le chef d’Ă©tat-major, Muganga, promu gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles

Le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), Mubarakh Muganga, a Ă©tĂ© promu mercredi 20 dĂ©cembre au grade de gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles. La promotion par le prĂ©sident Paul Kagame, commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises, a Ă©tĂ© annoncĂ©e un jour aprĂšs que le prĂ©sident a Ă©galement promu le personnel des FDR, dont […]
RRA yibukije abasora ibyo bakwiye kwitaho mbere yo gusoza umwaka wa 2023
Ikigo cyâIgihugu cyâImisoro nâAmahoro (RRA) cyamenyesheje abasora bose ibyo basabwa gukora mbere yâuko uyu mwaka wa 2023 urangira, aho kivuga ko mu gihe cyo kumenyekanisha umusoro ku nyungu wa 2023 ibyatunze umwuga bitangirwa inyemezabuguzi mu Rwanda, bizemerwa na sisitemu yâikoranabuhanga ari uko bifite inyemazabuguzi ya EBM, imenyekanisha ryo muri gasutamo, iryâimisoro ifatirwa cyangwa ubwicungure bugaragara […]
Bunia: Abaturage bateye site yâamatora ya ISP polisi ikoresha ibyuka biryana mu maso
Site yâamatora yo muri Bunia, yashinzwe kuri ISP yasahuwe, bituma abapolisi batabara kugira ngo batatanye abigaragambyaga. Muri kariya gace k’umujyi habaye akavuyo katewe nâabigaragambyaga bagizwe ahanini n’abantu bavanwe mu byabo nâimirwano bavuga ko babujijwe kwitabira amatora. Nibura imashini ebyiri zo gutora zangijwe kuri site yâitora ya ISP. Abigaragambyaga birukanye abakozi bâamatora, bamena amadirishya kandi bangiza […]
Burkina Faso: Abafaransa 4 bafungiwe i Ouagadougou bashinjwa kuba intasi
Muri Burkinafaso, Abafaransa bane bafungiwe muri Ouagadougou bakekwaho kuba intasi zâubutasi bwo hanze bwâu Bufaransa. Bafashwe mu ntangiriro z’uku kwezi muri Ouagadougou. Ku ruhande rw’u Bufaransa, barahakana ko ari intasi. Nkâuko amakuru aturuka muri diplomasi agera kuri RFI abitangaza, ngo ku itariki ya 1 Ukuboza i Ouagadougou ni bwo Abafaransa bane batawe muri yombi. Nkâuko […]
U Rwanda rugiye gufungura ambasade ya mbere muri Amerika yâAmajyepfo

U Rwanda rugiye gufungura ambasade muri Brazil izaba ambasade ya mbere yâigihugu ku mugabane wa Amerika yâAmajyepfo. Mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwaguye ubutumwa bwa diplomasi muri Afurika gusa no mu Burayi bw’i Burasirazuba, mu Burasirazuba bwo Hagati, no muri Balkans. Mbere yâibikorwa biriho byo gufungura ambasade muri Brazil, Amerika yâAmajyepfo yagaragaraga nkâumugabane u […]
Miliyoni 44 zâAbanyekongo zabyukiye mu matora, Rutshuru na Masisi barahezwa
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 20 Ukuboza, amatora rusange yatangiye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Miliyoni 44 z’abatora zahamagariwe gutora ntibazatora Perezida wa Repubulika gusa ahubwo bazatora n’abadepite ku rwego rwâigihugu no mu ntara ariko teritwari za Masisi na Rutshuru zahejwe muri aya matora. Perezida wa Repubulika, FĂ©lix Tshisekedi, ni umukandida ushaka […]
Sudani: Inyeshyamba za RSF zafashe umujyi wâingenzi uri mu majyepfo ya Khartoum
Umujyi wa Wad Madani wâingenzi cyane muri Sudani uherereye mu birometero 135 mu majyepfo yâumurwa mukuru wa Khartoum, kuri uyu wa Kabiri, itariki 19 Ukuboza, ko waguye mu maboko za RSF, zimaze amezi zirwanya Ingabo za Sudani. Ugenzra Umujyi wa Wad Madani aba agenzura Sudani yose. Biravugwa ko gufata uyu mujyi kw’inyeshyamba za RSF ari […]
Buruseli: Basabose na Twahirwa bahamijwe ibyaha bya jenoside
Kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Abanyarwanda, SĂ©raphin Twahirwa na Pierre Basabose, baburanishwa n’urukiko rwâi Buruseli, bahamijwe ibyaha bya jenoside nâibyaha by’intambara bakoreye mu Rwanda mu 1994. Uwa mbere ndetse yahamijwe ibyaha byinshi byo gufata ku ngufu. Abaregwa, Pierre BasabosĂ© (imyaka 76) na SĂ©raphin Twahirwa (ufite imyaka 65), bakekwaho kuba baragize uruhare mu […]
Igitero cyâinyeshyamba mu burengerazuba bwa Uganda cyahitanye byibuze abantu 10
Nibura abantu 10 bemejwe ko bapfuye nyuma yâigitero cyo ku wa Mbere cyabereye mu burengerazuba bwa Uganda bivugwa ko cyagabwe nâinyeshyamba za ADF. Nkâukoiperereza ryâibanze ryakozwe nâabapolisi ribigaragaza, abantu 10 bitwaje imbunda bateye kandi batwika abantu 10 mu gasantere kâubucuruzi ka Kyitehurizi, Paruwasi ya Kyabandara mu Murenge wa Kamwenge, uherereye hafi ya Pariki yâIgihugu ya […]
RDC: Abanyamahanga 5 batawe muri yombi muri dosiye ifitanye isano nâamatora
Kuri uyu wa Kabiri, minisitiri wâumutekano wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko ahangayikishijwe nâikibazo gishobora guhungabanya amatora yemeza ko hari abanyamahanga batanu batawe muri yombi bashinjwa kugira ibikoresho byâitumanaho bitemewe. Minisitiri Peter Kazadi yabitangaje mu kiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa Kabiri i Kinshasa, aho yemeje ko hari imitwe imwe ya politiki yamaze gutegura […]
DRC: Foreigners arrested and election observers suspected
The Congolese government expressed its concern on Tuesday about an imminent threat to the electoral process in the Democratic Republic of Congo. The Deputy Prime Minister and Minister of the Interior, Security and Customary Affairs, Peter Kazadi Kankonde, declared in a press conference that certain political offices are preparing to contest the results planned by […]
Abaturage ba Afurika yâEpfo binjira mu Ngabo za Israel bashobora kwisanga mu mazi abira
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika yâEpfo yihanangirije abaturage bâiki gihugu binjira mu Gisirikare cya Israel ibabwira ko bazakurikiranwa nâamategeko mu gihe amakimbirane akomeje kuba muri Gaza. Iyi minisiteri mu itangazo ryayo kuwa Mbere yagize iti: “Guverinoma ya Afurika y’Epfo ihangayikishijwe cyane na raporo zivuga ko bamwe mu baturage ba Afurika y’Epfo ndetse n’abahatuye bihoraho bifatanije […]
Nyagatare: Bahangayikishijwe nâubucuruzi bwa lisansi butemewe bukorerwa mu ngo
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bagaragaje impungenge zâicuruzwa ritemewe nâamategeko rya lisansi no mu turere bituranye aho kuyicururiza muri sitasiyo za lisansi aho amabwiriza ajyanye nâumutekano yubahirizwa. Ntibisobanutse neza uburyo abantu bamwe babona lisansi ku bwinshi bakayigurisha ahantu hatemewe. Hamwe nâumuyoboro wongerewe nâimihanda yâimihahirano, ubucuruzi bwâubwikorezi buratera imbere mukarere, bivugwa ko bituma […]
Ruto yemeje ko batatumiye u Rwanda, Uganda, u Burundi, na Tanzaniya ku Munsi wâUbwigenge
Perezida William Ruto ku Cyumweru yateye utwatsi amakuru avuga ko umubano wa Kenya nâibindi bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika yâIburasirazuba waba ugenda urushaho kwangirika nyuma yâuko abakuru bâibihugu byo muri uyu muryango batitabiriye Umunsi wâUbwigenge ku nshuro ya 60. Umubano wa Kenya na Uganda na Tanzaniya ‘umeze neza’, nk’uko byatangajwe n’umukuru w’igihugu, wahakanye ko […]
AU yasabye impande zihanganye muri Sudani guhagarika imirwano byihuse
Umuyobozi wa Komisiyo yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, yahamagariye Ingabo za Sudani nâizâumutwe wa RSF bahanganye guhagarika imirwano byihuse no kugira uruhare mu biganiro bigamije kubaka no kubungabunga amahoro muri Sudani. Mahamat yashimangiye ko Umuryango wa AU witeguye gukomeza gukorana nâabafatanyabikorwa bâigihugu, ndetse nâabafatanyabikorwa mu karere ndetse nâIsi yose kugira ngo […]
Umutingito ukaze wibasiye u Bushinwa umaze guhitana abasaga 100
Mu Bushinwa, umutingito ufite ubukana bwa 6.2 wibasiye intara ya kure, yâimisozi iri mu majyaruguru yâikibaya cya Qinghai-Tibet, m ijoro rishyira kuri uyu Kabiri, uhitana ubuzima bwâabantu bagera kur 118 kandi abantu barenga 400 barakomereka. Ibikorwa byo gutabara no gufasha birakomeje, kandi itsinda ryoherejwe gusuzuma ingaruka zâiki kiza. Umubare nyawo wâabantu babuze nyuma yâumutingito nturamenyekana […]
EU yatangije iperereza kuri X (twitter) ku birego birimo kutubahiriza amategeko
Umuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi watangaje ku mugaragaro ko ukeka ko X, yahoze izwi ku izina rya Twitter, yarenze ku mategeko yayo arimo kurwanya inkuru zitemewe nâinkuru ziyobya rubanda. Komiseri wa Digital, Thierry Breton, yerekanye amakosa bikekwa kuba yarakozwe mu butumwa ku rubuga nkoranyambaga. Yavuze ko X ifitwe na Elon Musk, inakekwaho kutubahiriza inshingano zayo […]
Ibitaro bya Kibagabaga bigiye ku rundi rwego nubwo atari uyu munsi – Dr Nsanzimana
Itorero ryâAbadivantiste bâUmunsi wa Karindwi ryeguriwe Ibitaro bya Kibagabaga. Ibi bitaro bigiye gishyirwa ku rwego rwa kabiri (bivuye ku rwa gatatu), bikaba byeguriwe Kaminuza Mpuzamahanga yâUbuvuzi yâiri torero muri Afurika yo Hagati (AUCA). Ibitaro bya Kibagabaga bisanzwe bifite ubushobozi bwo kuvura (harimo no kubaga) indwara zifata abana, indwara zo mu mubiri harimo izo mu nda […]
Ubwato bwo muri Norvege bwagabweho igitero nâinyeshyamba zâAba-Houthi mu Nyanja Itukura
Ubwato bwikoreye ibikomoka kuri peteroli bwo muri Norvege bwarasiwe mu Nyanja Itukura nâinyeshyamba zâAba-Houthi zo muri Yemen. Abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuze ko M / V Swan Atlantic, ubwato butwara ibikomoka kuri peteroli, nâamavuta yo gutekesha bwarashweho, kuri uyu wa Mbere, ibisasu byinshi biturutse mu gace kagenzurwa nâinyeshyamba zâAba-Houthi bugeze mu majyepfo […]
German Foreign Minister Baerbock is in Rwanda
Foreign Minister Annalena Baerbock is in Rwanda from 17 to 19 December for the opening of the first mRNA vaccine plant. Talks with her counterpart and representatives of civil society are also on the agenda. German Foreign Minister Annalena Baerbock says Africa will have the full support of Germany and the European Union when fighting […]
Paris: Ubushinjacyaha bwasabiye Sosthene Munyemana igifungo cyâimyaka 30
Ubushinjacyaha bukuru muri Paris kuri uyu wa Mbere bwasabye urukiko gukatira Umunyarwanda Sosthene Munyemana igifungo cyâimyaka 30 kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi, nâibyaha byibasiye inyokomuntu ndetse nâubufatanyacyaha bwe muri ibyo byaha. Ubushinjacyaha bwabiye abacamanza buti « Ntumuhangayikishwe n’imyaka ye cyangwa imyaka ishize jenoside ibaye. Kumuhana kandi n’umwanya wo gutuma atekereza kubyo yakoze, no […]
Le Rwanda signe un accord de siĂšge pour une fondation pharmaceutique africaine
Le gouvernement du Rwanda a signĂ© lundi 18 dĂ©cembre un accord de siĂšge pour la Fondation africaine de technologie pharmaceutique (APTF), une agence panafricaine visant Ă Â promouvoir l’utilisation de la technologie dans l’Ă©cosystĂšme mĂ©dical du continent. Lâinstitution créée et approuvĂ©e par le conseil dâadministration de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) en juin 2022, Ă Â […]
Bemba arashinja Katumbi gutegura igikorwa cyo kwiba amajwi yifashishije Abarusiya
Mbere yâamatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba yahisemo umunsi wanyuma wo kwiyamamaza yibasira umukandida MoĂ ÂŻse Katumbi, mu kiganiro cyihariye yahaye Top Congo FM, imwe mu maradiyo yigenga akomeye mu gihugu. Imbere yâumunyamakuru Christian Lukakueno, Bemba ntiyigeze arya iminwa, yita Katumbi umubeshyi utagira urugero. Ati « Ndamuzi⊠ni umubeshyi. Arabeshya ahantu hose. Abeshya […]
Ubukwe bw’umuhungu wa CG (Rtd) Gasana nâumukobwa wa Gen. (Rtd) Kayihura buzabera i Kigali
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 16 Ukuboza, nibwo mu Karere ka Kisoro muri Uganda habereye umuhango witabiriwe nâabarimo Gen. Muhoozi Kainerugaba, wo gusaba no gukwa umukobwa wa Gen. (Rtd) Kale Kayihura, Tesi Uwibambe, wasabwe na Cyubahiro Gasana, umuhungu wâuwahoze ari umuyobozi wâIgipolisi cyâu Rwanda, Emmanuel Gasana. Amakuru agera ku kinyamakuru New Vision aravuga ko […]
Guinea: Ububiko rukumbi bwâibikomoka kuri peteoli i Conakry bwafashwe nâinkongi yâumuriro
Iturika rihambaye kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Ukuboza nyuma gato ya saa sita z’ijoro, mu bubiko bwa peteroli i Conakry, ryateje inkongi yâumuriro mwinshi hejuru y’icyambu cyo mu murwa mukuru wa Guinea. Ibijyanye nâabapfuye cyangwa abakomeretse ntibirasobanuka. Urusaku rwâuko guturika rwunvikanye kugera kure cyane mu nkengero za Conakry. Iturika ryabaye nyuma ya saa sita […]
U Rwanda mu bihugu bigiye kugeragerezwamo gahunda nshya ya Banki yâIsi yiswe ASCENT
Tanzania, u Rwanda na Somalia biri mu bihugu bine byatoranijwe kugeragerezwamo gahunda nshya ya Banki y’Isi ishinzwe ingufu zitangiza ikirere biteganyijwe ko izagirira akamaro byibuze abantu miliyoni 100 muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu 2030. Igihugu cya Sao Tome na Principe nacyo kizitabira iyi gahunda yiswe Accelerating Sustainable and Clean Energy Access Transformation […]
Minisitiri wâIntebe yakiriye Visi Perezida wa Komite yâInama Ngishwanama ya Politiki yâAbashinwa
Minisitiri wâintebe Edouard Ngirente kuri iki Cyumweru, itariki 17 Ukuboza, yakiriye Mu Hong, Visi Perezida wa Komite yâInama Ngishwanama ya Politiki yâAbashinwa (CPPCC). Ibiganiro byabo byibanze ku nzego zâubufatanye, hasuzumwa iterambere ryagezweho kugeza ubu. Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Clementine Mukeka, yagaragaje uruhare rukomeye rwa CPPCC nkâurwego ngishwanama rukomeye muri Repubulika ya Rubanda yâu […]
Igisirikare cya Misiri cyatije RDC indege 2 zo gufasha gutwara ibikoresho byâamatora
Igisirikare cya Misiri cyahaye Komisiyo Yigenga yâAmatora muri RDC (CENI) indege ebyiri za Hercule C-130 zo kohereza ibikoresho byâamatora kugira ngo amatora ataha azabe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, wabitangaje kuri iki cyumweru abinyujije kuri X, urubuga nkoranyambaga rwahoze rwitwa Twitter. Ku bwe, abaturage ba Congo bazashobora gutora […]
Nairobi yitandukanije nâitangazo ryâishingwa rya Alliance Fleuve Congo
Nyuma yâamasaha 48 i Nairobi hatangarijwe ko hatangajwe ihuriro rya politiki rifite nâigisirikare “Alliance River Alliance” na Corneille Nangaa wahoze ari perezida wa komisiyo yigenga yâamatora yigenga (CENI), Repubulika ya Kenya, ibinyujije muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga ndetse na diaspora, âyitandukanyije n’itangazo cyangwa ibikorwa byose bishobora guhungabanya amahoro n’umutekano by’igihugu cyâinshuti cya DRCâ. Nkâuko bigaragara mu […]
Uvira: Umukandida ku mwanya w’umudepite yishwe arashwe
Umukandida depite ku rwego rwâintara ya Kivu yâAmajyepfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Ndabuye Sadiki Espoir uzwi cyane nka Richa, yishwe arashwe nâabantu bitwaje ibirwanisho bataramenyekana. Yari umukandida depite mwâishyaka UDPS riyobowe na Perezida Felix Tshisekedi. Yari anakuriye urugaga rwâabacuruzi mu mujyi wa Uvira. Bamwe mu babibonye bari hafi yâibitaro […]
Amerika iravuga ko ihangayikishijwe na AFC igizwe na Nangaa, M23 nâabandi yafatiye ibihano
Ambasade y’Amerika i Kinshasa yatangaje ko ihangayikishijwe cyane n’ishingwa kuwa 15 UUkuboza 2023 ryâihuriro rya Alliance du Fleuve Congo, rigizwe n’abarimo Corneille Nangaa wahoze ayobora Komisiyo y’Amatora (CENI) nâUmuyobozi wa Twirwaneho, Michel Rukunda, na M23, abantu bafatiwe ibihano na Amerika. Mu butumwa yanyujije kuri X, Ambasaderi wa Amerika, Lucy Tamlyin, yavuze ko Alliance du Fleuve […]
Vatikani: Urukiko rwakatiye Karidinari Angelo Becciu imyaka 5 nâigice yâigifungo
Urukiko mpanabyaha rwa Vatikani rwakatiye, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 16 Ukuboza 2023, igifungo cyâimyaka itanu nâigice ku rwego rwa mbere umukaridinari wo mu rwego rwo hejuru wo mu Butaliyani, wegereye Papa Benedigito, kubera forode, nyuma yâurubanza rwerekeranye nâimari ya Vatikani. Uwahoze ari umujyanama wa hafi wa Papa Fransisko, Karidinali Angelo Becciu, ufite imyaka […]
Mozambique: Ingabo zu Rwanda zakoranye umuganda n’abaturage zinabaha ubuvuzi

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 16 Ukuboza, Ingabo zâu Rwanda ziri mu mu butumwa bwo guhashya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, zakoranye Umuganda rusange n’abaturage ndetse zibaha serivisi z’ubuvuzi. Ni Umuganda wabereye ku kiraro kiri mu Mujyi wa Mocimboa da Praia mu ntara ya Cabo Delgado ya Mozambique. Nyuma yâumuganda rusange, […]
Abimukira basaga 60 baburiwe irengero nyuma yâimpanuka hafi yâinkombe za Libya
Umuryango mpuzamahanga ushinzwe abimukira (IOM) wavuze ko abimukira barenga 60 bakekwaho kurohama nyuma yâuko ubwato bari barimo burohamye hafi yâinkombe za Libya. Iki kigo cyâUmuryango wâAbibumbye kivuga ku barokotse, cyatangae oo ubwato bwahagurutse mu Muyi wa Zuwara ku wa Gatandatu hamwe nâabantu bagera kuri 86. Cyavuze ko umuraba mwinshi warohamishije ubwato kandi ko abimukira 61 […]
Muri 2023 Zigama CSS irateganya inyongera ya miliyari 12,9 ku nyungu yabonye 2022
Ikigo cyâimari cyo kuzigama no kuguriza (Zigama CSS) cyatangaje ko muri uyu mwaka wa 2023, cyabonye inyungu yâamafaranga yâu Rwanda angana na Miliyari 35.7, bingana nâinyongera ya Miliyari 12.9 zâAmafaranga yâu Rwanda ugereranyije nâinyungu ya Miliyari 22.8 yari yabonetse mu mwaka wa 2022. Ibi ni ibyatangarijwe mu nama yâInteko Rusange ya Zigama CSS ya 39, […]
Emir Nawaf al-Ahmad wa Koweti yapfuye ku myaka 86
Emir Sheikh Nawaf al-Ahmad al-Jaber al-Sabah wa Koweti yapfuye afite imyaka 86 nkuko tubikesha Al jazeera. “N’akababaro gakomeye n’agahinda, twe – abaturage ba Koweti, ibihugu by’Abarabu n’Abayisilamu, ndetse n’abaturage b’inshuti ku isi – turarira nyakwigendera nyakubahwa emir, Sheikh Nawaf Al Ahmad Al Jaber Al Sabah, witabye Imana. uyu munsi, âibi bikaba byavuzwe na Sheikh Mohammed […]
Le vice-maire Gashema rappellle les qualitĂ©s dâun bon enseignant

Pour espĂšrer atteindre la vision 2020/2050 dâune Ă©conomie basĂ©e sur la connaissance, le vice-maire en charge du dĂ©veloppement Ă©conomique dans le district de Nyaruguru, Janvier Gashema, rappelle aux enseingants de son district les qualitĂ©s essentielles quâils doivent possĂšder: la compĂ©tence, la formation continue, l.adaptabilitĂ©, lâorganisation, lâexemplaritĂ©, les valeurs et lâĂ©thique rwandaise, lâesprit dâĂ©quipe, la propretĂ© […]