Nyaruguru: Umupasiteri yararanye umugore w’abandi amupfiraho

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umupasiteri witwa Valens usanzwe ari n’umuyobozi ushinzwe ubutaka n’imiturire mu Murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi. Amakuru atangwa na RIB avuga ko ku wa 13 Kamena 2025, umugore wasuraga uyu mupasiteri yapfiriye mu nzu ye, nyuma yo kurarana. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, […]

Rutsiro: Umwana w’imyaka 11 yagiye mu kizamini ahetse murumuna we

Habumugisha Serge, umunyeshuri w’imyaka 11 wo mu Karere ka Rutsiro, yakoze ikizamini ahetse murumuna we w’imyaka hafi ibiri, nyuma yo kwanga gusiba ishuri. Byabereye mu Murenge wa Kivumu, aho nyina wa Habumugisha yari yagiye kwa muganga mu gitondo, amusiga hamwe n’umwana muto amwizeza ko agaruka vuba. Gusa yatinze gutaha kubera ko kwa muganga bamubwiye ko […]

Mbappé yajyanwe mu bitaro igitaraganya

Umukinnyi ukomeye wa Real Madrid, Kylian MbappĂ© yajyanwe mu bitaro kubera indwara y’uburwayi bwo mu nda nk’uko ikipe ya Real Madrid yabitangaje kuri uyu wa Kane. MbappĂ© ntiyitabiriye umukino wa mbere w’ikipe ye mu marushanwa ya Club World Cup wabereye i Miami, aho bahuye na Al Hilal yo muri Arabiya Sawudite ku wa Gatatu, kubera […]

Umuzi n’Inkomoko y’amakimbirane hagati ya Amerika, Isiraheli na Irani

Amakimbirane hagati ya Amerika, Isiraheli na Irani ni urusobe rw’amateka maremare y’ubufatanye, ubushyamirane, n’amakimbirane yagiye ahindura isura y’akarere k’Uburasirazuba bwo Hagati. Kugira ngo umuntu asobanukirwe neza impamvu z’ubu bushyamirane buhoraho, ni ngombwa kureba kure mu mateka, agasobanukirwa inyungu za buri gihugu, ndetse n’uruhare rw’abakinnyi batandukanye mu karere. I. Amerika na Irani: Kuva ku Nshuti kugeza […]

Kanye West n’umugore we bari kuvurwa indwara zo mu mutwe

Umuraperi w’icyamamare Kanye West n’umugore we Bianca Censori bamaze iminsi muri Espagne, aho bari kwitabwaho mu kigo cyita ku buzima bwo mu mutwe n’imyitwarire y’abantu, kizwi nka The Balance Rehab Clinic, giherereye i Mallorca. Nk’uko bitangazwa na RadarOnline, aba bombi bamaze iminsi bacumbitse muri iki kigo cy’akataraboneka, aho kwishyura icyumweru kimwe bigera ku madolari 170,000 […]

CAF yateye ipine imikino APR FC na Rayon Sports zizitabira

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko imikino ibanza y’amajonjora ya mbere ya CAF Champions League na Confederation Cup y’uyu mwaka w’imikino wa 2025/26 izatangira hagati ya tariki ya 19 n’iya 21 Nzeri 2025. Si ibyo gusa ahubwo n’imikino yo kwishyura izakinwa hagati ya tariki ya 26 n’iya 28 Nzeri 2025. Iyi gahunda yatewe […]

Umugabo yakatiwe gukubitwa ibiboko 15 azira kurwana n’indaya

Mu mujyi wa Abuja muri Nigeria, umugabo yakatiwe igihano cyo gukubitwa imiba 15 y’inkoni nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kurwana n’indaya. Uyu mwanzuro watanzwe n’urukiko rwa Wuse Chief Magistrate, aho umugabo yagejejwe imbere y’ubutabera adafite umwunganira mu mategeko. Umunyamakuru Omoyele Sowore wari witabiriye urubanza, yavuze ko yatunguwe cyane abonye igihano nk’icyo gitangirwa imbere y’urukiko. Sowore […]

Ibanga wakoresha ngo ushimishe umugore mu gitanga

Mu rukundo, abagabo benshi bibwira ko gushimisha umugore mu gitanda bishingira gusa ku gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, ariko si ko bimeze. Gushimisha umugore birenze kure ibyo abantu benshi batekereza. Umugore ashima ibintu byinshi byuzuzanya, kandi iyo ibyo byose ubishyize hamwe, bituma yishima byimbitse haba mu mubiri no mu mutima. Dore ibintu by’ingenzi wakora ngo ushimishe umugore […]

Uburusiya bwihanangirije Amerika ku bufasha bwa gisirikare igiye guha Israel

Umunyamabanga wa Leta wungirije w’Uburusiya, Sergei Ryabkov yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatanga ubufasha bwa gisirikare kuri Israel mu ntambara yayo na Iran bishobora kurushaho guhungabanya umutekano wo mu Burasirazuba bwo Hagati. Nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Uburusiya, Interfax, Ryabkov yasabye Amerika kudashyigikira Israel mu buryo bwa gisirikare, ndetse anavuga ko kuba banatekereza […]

Ukuntu umukozi wa Bianca yamwibye imodoka agiye kwisohokanera umukunzi i Gisenyi

Mu nkuru itangaje yagarutsweho cyane mu minsi yashize, umunyamakuru Bianca yatangarije itangazamakuru uko imodoka ye yibwe n’umukozi we wo mu rugo, Moise, bikarangira ayigongesheje akayangiza bikomeye. Bianca avuga ko yamenye ko imodoka ye yibwe nyuma y’uko asabye abari hafi ye kuyimusangisha aho yari ari, bagasanga urufunguzo rwayo rutari aho yarusize, ndetse n’imodoka ubwayo yaraburiwe irengero. […]

Menya byinshi ku ndangamuntu nshya igiye kujya inahabwa impinja

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) cyatangaje ko mu kwezi gutaha kizatangiza igerageza rya mbere ry’Indangamuntu y’ikoranabuhanga, igamije koroshya uburyo bwo kubona serivisi za Leta. Indangamuntu nshya izaba iri mu byiciro bitatu: ikarita isanzwe ifite QR code, indangamuntu y’ikoranabuhanga iboneka kuri murandasi, ndetse n’umubare wihariye ushobora kwifashishwa mu kwemeza umwirondoro w’umuntu kuri murandasi. Ikindi, iyi ndangamuntu […]

Umunyarwanda watwaye Tour du Rwanda asigaye ari umukarani

Nsengimana Jean Bosco, umwe mu bakinnyi b’amagare bakomeye mu Rwanda ndetse wegukanye Tour du Rwanda mu 2015, ubu asigaye akora akazi ko gutwara imizigo ku igare. Nyuma yo kuva mu mukino w’amagare mu buryo butunguranye, Nsengimana yavuze ko ubuzima bwamugoye cyane kugeza ubwo yatangiye kujya yikorera amatafari n’ibindi bikoresho kugira ngo abeho. Yagize ati: “Ubuzima […]

APR FC yatangaje umutoza mushya

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ku mugaragaro umutoza wayo mushya, Abderrahim Taleb, w’imyaka 61, ukomoka mu gihugu cya Maroc. Uyu mutoza yigeze gutoza amakipe akomeye muri Afurika arimo FAR Rabat, Wydad Casablanca, RSB Berkane na TAS Casablanca. Taleb yasinyiye APR FC amasezerano y’imyaka ibiri, akaba aje gusimbura umutoza wahoze ayobora iyi kipe. Uyu mutoza […]

Israel yaturikije televiziyo y’igihugu cya Iran yatambutsaga amakuru imbonankubone

Israel yagabye igitero gikomeye ku cyicaro cya Televiziyo ya Leta ya Iran (IRIB) i Tehran, mu gihe iyi televiziyo yari iri gutangaza amakuru imbonankubone. Amashusho yagaragaye yerekanye urusaku rw’ibiturika mu cyumba cy’itangazamakuru ndetse n’amatara yahise avaho. Iran yatangaje ko umwe mu bakozi b’iyo televiziyo yahasize ubuzima. Israel yavuze ko yari igamije gusenya ikigo cy’itumanaho cyifashishwaga […]

Adil Erradi yigaramye ibyo kugaruka mu Rwanda

Uwahoze ari umutoza wa APR FC, Adil Erradi, yahakanye amakuru yavugaga ko ashobora kugaruka muri shampiyona y’u Rwanda, nubwo hari abamuhuza na Police FC nyuma y’iyegura rya Vincent Mashami. Erradi, wahoze atoza APR FC hagati ya 2019 na 2022, yayifashije kwegukana ibikombe bitatu bikurikirana bya shampiyona, ndetse anasiga atsinze imikino 50 yikurikiranya ataratsindwa, kugeza ubwo […]

Abacamanza mu rubanza rwa P Diddy, beretswe amashusho y’urukozasoni bipfuka mu maso

Mu rubanza rwa Sean ‘Diddy’ Combs, umuraperi wamenyekanye cyane ku isi, abacamanza bashyikirijwe amashusho yiswe “Freak Offs” agaragaza ibikorwa bivugwaho gucuruza abagore n’imibonano mpuzabitsina iteye inkeke. Nk’uko bitangazwa na Mail Online, aya mashusho agaragaza Diddy ari kumwe n’abandi bantu barimo n’uwahoze ari umukunzi we Cassie Ventura. Amashusho yafashwe mu Ukwakira 2012 mu cyumba cya Trump […]

Amerika ishobora kuba igiye kurasa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye abaturage bose kuva mu mujyi wa Tehran, umurwa mukuru wa Iran, aho bivugwa ko ishobora kuba igiye kuharasa. Trump yabitangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, aho yavuze ati: “Iran yagombaga kwemera amasezerano nabasabye. Ni agahomamunwa kubona ubuzima bwinshi butakara. Iran ntigomba na rimwe […]

Umuhanzi w’umunyarwanda wavuzweho gutera inda abagore batatu icyarimwe

Umuhanzi w’Umunyarwanda Afrique yamaganye amakuru yavugaga ko yaba yarateye inda abagore batatu icyarimwe, avuga ko ari ibihuha byatangajwe ku mbuga nkoranyambaga. Afrique yavuze ko ayo makuru yamugezeho ndetse byageze n’aho umubyeyi we amusaba kubisobanura. Yagize ati: “Mama yarampamagaye arambaza niba ibyo bavuga ari ukuri, ariko yari azi ko ibyo bavuga bidashoboka.” Uyu muhanzi yashimangiye ko […]

RIB yafunze aba-youtubers babiri

Abagabo babiri batambutsaga ibiganiro kuri shene ya YouTube yitwa Dawa Rwanda TV batawe muri yombi na RIB, bakurikiranyweho gukwirakwiza amakuru y’ibihuha no gukoresha imvugo zibiba amacakubiri mu baturage. RIB yatangaje ko aba bagabo bafashwe ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda ku wa 10 Kamena 2025, bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe […]

Ubuhanuzi bwa Bibiliya ku ntambara ya Israel na Iran

Ku itariki ya 13 Kamena 2025, Israel yatangije igitero gikomeye cyiswe Operation Rising Lion, igaba ibitero ku nganda z’ubumara n’ibirindiro by’ingabo za Iran, harimo na Natanz, aho Iran isanzwe ikorera ubushakashatsi kuri uranium ikoreshwa mu gucura ibitwaro cyirimbuzi. Abahanga bavuga ko Israel yashakaga guhagarika gahunda ya Iran yo gukora intwaro za kirimbuzi. Iran ntiyicecekeye. Yahise […]

Umunyarwanda yavumbuye indwara ifata abagore barongowe

Mu Rwanda havumbuwe indwara nshya ishobora guhindura uko abantu basobanura ibikomere byo mu rukundo n’imibanire. Iyi ndwara yahawe izina ry’agateganyo Relationship Disappointment Stress Syndrome (RDSS), bisobanuye Ihangayika rikabije rituruka ku gutenguhwa mu rukundo. Iyi ndwara yagaragaye cyane ku bagore barongowe, by’umwihariko abari bafite ibyifuzo bikomeye byo gukira ibikomere banyuzemo mu gushaka. Umunyarwanda Dr. Celestin Mutuyimana […]

Gitifu wakubise abaturage arafunzwe

Mu Karere ka Rwamagana, uwari Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kitazigurwa yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranyweho gukubita abaturage yayoboraga. Amakuru avuga ko uyu muyobozi yafashwe nyuma y’aho abaturage bamushinje kubakubita no kubashyira mu kato. Bivugwa ko yakubise umugore n’abana be babiri, ababwira ko bibye ibishyimbo ku muturanyi, ndetse n’uwari nyina wabo ngo yamuhoye ko atatanze […]

Iran yasenye ambasade ya Amerika muri Isirayeli

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Isirayeli iraguma ifunze nyuma y’igitero cya misile cyagabwe na Iran mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, nk’uko byatangajwe n’Uhagarariye Amerika muri Isirayeli, Mike Huckabee. Ambasaderi Huckabee yatangaje ko “ibisasu byaturikiye hafi y’ishami ry’Ambasade riri i Tel Aviv, bikangiza bimwe mu bikorwaremezo ariko nta muntu wo muri […]

Floribert wanze ko ibiribwa byo mu Rwanda byinjira i Goma yagizwe Umuhire na Kiliziya

Kiliziya Gatolika yagize umuhire Floribert Bwana Chui Bin Kositi, Umunye-Congo wakoreraga gasutamo i Goma, nyuma yo kwicwa mu 2007 azira kwanga kurya ruswa. Uwo muhango wabereye i Roma muri Bazilika ya Saint-Paul-hors-les-Murs, uyoborwa na Karidinali Marcello Semeraro ushinzwe gutangaza abatagatifu. Ubwo yicwaga, Floribert yari yanze ko ibiribwa bitujuje ubuziranenge byinjizwa i Goma n’ibico by’abagizi ba […]

Imodoka ya Bianca yotowe ku muhanda

Mu Karere ka Kamonyi, ahitwa Bishenyi, hafatiwe imodoka yari yaribwe Umunyamakuru Bianca. Iyi modoka yo mu bwoko bwa Hyundai yari yibwe mu minsi ishize, nyuma ikaza gufatirwa nyuma y’umunsi umwe yibwe. Bianca yavuze ko uwari wayibye yayigongesheje mbere yo kuyihasiga. Yagize ati: “Ku wa Gatanu tariki 13 Kamena 2025 nibwo twayibonye Bishenyi. Yayigongeshereje ku mbago […]

Ntuzashukwe n’ikibero ahubwo uzite kuri ibi bintu nujya kurongora

Guhitamo uwo muzabana ubuzima bwose si ibintu byoroshye. Si amagambo meza agomba kugushimisha, ahubwo ni ibikorwa by’umutima bigaragaza urukundo mu bihe bikomeye. Umugore ukwiye si uvuga gusa “ndagukunda”, ahubwo ni wawundi uzagaragara mu gihe gikomeye, agahitamo kugumana nawe nubwo byamugora. Umugore w’ukuri akorera hamwe nawe, aho kuguca intege. Ntazaguhagarika ngo kuko uri kugerageza guteza imbere […]

Nyabugogo: Imodoka yagonze inzu ikatirwamo amatike

Mu masaha ya saa sita kuri uyu wa Gatandatu, habaye impanuka ibabaje mu mujyi wa Kigali, ahazwi nka Gare ya Nyabugogo. Imodoka itwara abagenzi bivugwa ko ikorera mu mihanda ya Kigali, yagonze inyubako icururizwamo amatike ahakorera sosiyete ya Zebra. Abari hafi y’aho byabereye batangaje ko iyi modoka yabuze feri igonga abantu ndetse n’urukuta rw’inzu, rugwira […]

Natty Dread waririmbye “Hobe Rwanda” yapfuye

Umuhanzi Mitali Raphael wamamaye ku izina rya Natty Dread yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2025 azize uburwayi bwa kanseri. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe n’umwe mu bana afasha i Kigali, nubwo nawe avuga ko adafite ibisobanuro birambuye. Natty Dread yari amaze igihe yivuza kanseri mu Budage, aho yari arwaye kuva muri Nzeri […]

Yaguze indaya 3 azirongorera mu ruhame

Mu mujyi wa Harare, muri Zimbabwe, abagore batatu bivugwa ko bakora umwuga w’uburaya hamwe n’umugabo ufite umugore utwite, bafashwe basambanira mu ruhame nijoro mu gace ka Southlea Park. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru H-Metro, aba bantu bafashwe ku itariki ya 9 Kamena 2025, ahagana saa tatu z’ijoro, nyuma y’amakuru yatanzwe ku bapolisi. Polisi yahageze iyobowe na Konstabo […]

Victony ntiyakozwaga ibyo kujya ku rubyiniro atafashe ibiyobyabwenge

Umuhanzi w’Umunyanijeriya, Anthony Ebuka Victor, uzwi cyane nka Victony yatangaje ko atari yarigeze aririmba ku rubyiniro atanyweye inzoga. Ibi yabivuze mu kiganiro kuri Behind The Prestige Podcast cyatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Gatanu. Uyu muhanzi uzwi cyane mu ndirimbo Soweto yemeye ko yahoze ashingira ku nzoga kugira ngo abashe gutaramira abafana, ariko […]

APR BBC yanditse amateka muri BAL

Ikipe ya APR BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma ya Basketball Africa League (BAL 2025), yasoje irushanwa iri ku mwanya wa Gatatu nyuma yo gutsinda Al Ittihad yo mu Misiri ku manota 123-90. Ni inshuro ya mbere ikipe yo mu Rwanda ndetse no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba isoreje BAL ku mwanya wa […]

Ykee Benda yambitse impeta

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Ykee Benda yatangaje ko we n’umukunzi we Emily bamaze kwemeranya kurushinga aho byahamijwe no kwambikana impeta. Ibi byatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu, aho Ykee Benda yashimangiye ko urugendo rwabo rw’urukundo rugeze ku ntambwe ikomeye. Benshi mu bakunzi babo babifurije ibyishimo, bavuga ko ari intambwe ishimishije kuri bombi. Ykee Benda azwi cyane […]

Abasore babiri banywereye urumogi ku modoka ya polisi barafunzwe

Polisi yo mu Ntara ya Delta muri Nigeria yafunze abasore babiri bagaragaye mu mashusho ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga banywa urumogi bicaye hejuru y’imodoka ya polisi, banatuka inzego z’umutekano. Abo bafashwe ni Patrick Asini w’imyaka 34 na Tega Ojo w’imyaka 20. Bafashwe nyuma y’uko amashusho yabo yakwirakwiye cyane ku rubuga rwa X (yahoze ari Twitter), […]

Fatakumavuta yakatiwe imyaka 2 n’igice muri gereza

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Fatakumavuta igifungo cy’imyaka ibiri n’igice n’ihazabu ya miliyoni 1.3 Frw, nyuma yo kumuhamya ibyaha bitandukanye birimo gukwirakwiza amakuru y’ibihuha, kunywa ibiyobyabwenge no gusebanya. Iki cyemezo cyatangajwe kuri uyu wa 13 Kamena 2025, nyuma y’uko isomwa ry’imyanzuro ryari ryimuwe kubera umunsi mukuru wa Eid al-Adha. Mu rubanza, ubushinjacyaha bwashinjaga Fatakumavuta ibyaha […]

Nyina wa Chrisseazy yapfuye

Kuri uyu wa Gatanu, umuryango wa Chrisseazy, umuhanzi w’Umunyarwanda, wagezweho n’agahinda gakomeye nyuma y’itabaruka rya nyina. Amakuru yemeza ko yitabye Imana aguye mu bitaro bya CHUK aho yari amaze igihe arwaye indwara ya Diyabete. Bamwe mu bo mu muryango we batangaje ko yari amaze igihe yitabwaho n’abaganga ariko ubuzima bwe bukomeza gucika intege kugeza ubwo […]

Umuhanuzi yari yavuze ihanuka ry’indege ya Air India

Umuhanuzi wo mu Buhinde witwa Astro Sharmistha byatangajwe ko yari amaze igihe ahanuye ibyago bikomeye mu bijyanye n’indege muri uyu mwaka wa 2025, mbere y’uko indege ya Air India ihitana abantu benshi. Uyu muhanuzi yari yarabwiye abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ko “2025 izagira inkuru zibabaje zijyanye n’ihanuka ry’indege.” Mu cyumweru gishize, yongeye kwibutsa ko ibyo […]

Nyange na Caleb bimwe Inter Star

Nyuma y’uko habayeho kutumvikana mu buyobozi bw’ikipe ya Inter Star, aho bamwe mu bayigize banze ko ikipe yabo igurwa, abakinnyi Nyange na Caleb bafashe icyemezo cyo guhindura gahunda yabo. Aba bakinnyi bari bafatanyije mu mushinga wo kugura Inter Star, ariko uwo mushinga wapfuye biturutse ku miyoborere y’iyo kipe yasabye ko ikipe yabo idakwiye kugurishwa, ahubwo […]

Utegerejwe muri APR FC yasezeye

Umunya-Uganda Ronald Ssekiganda ukina hagati mu kibuga yasezeye ku ikipe ya Villa SC yari abereye Kapiteni. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 agiye kwerekeza muri APR FC yo mu Rwanda, aho yamaze kumvikana kuyikinira imyaka ibiri. Mu butumwa yageneye abafana n’ubuyobozi bwa Villa SC, Ssekiganda yashimiye urukundo bamugaragarije n’amahirwe yo gutwara Igikombe cya 17 cya Shampiyona ya […]

Ubwoko burya abantu bapfuye aho kubashyingura bukomeje gutangaza benshi

Mu bice bimwe na bimwe byo ku isi, hari amoko akomeza umuco wo kurya abapfuye aho kubashyingura, umuco usanzwe utandukanye n’imigenzo y’ahandi. Mu bushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu mateka n’imyemerere y’imiryango gakondo, byagaragaye ko mu bwoko bumwe bwo muri Papua New Guinea no mu bice bimwe by’Amajyepfo y’Amerika, habaho imigenzo yo kurya abapfuye. Ababikora bavuga ko […]

Umunyamakuru Bianca yibwe imodoka izuba riva

Umunyamakuru ndetse n’umushyushyarugamba Bianca ari mu gahinda nyuma y’uko yibwe imodoka ye yo mu bwoko bwa Hyundai, ku manywa y’ihangu. Amakuru avuga ko iyi modoka yibwe ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, ubwo Bianca yari mu rugo yitegura kujya gukora ikiganiro kuri radiyo SK FM. Nyuma y’ibi, yahise atanga ikirego muri RIB kugira ngo hafatwe […]

She-Amavubi ntizitabira CECAFA 2025

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore mu mupira w’amaguru, izwi nka She-Amavubi, ntizagaragara mu irushanwa rya CECAFA Senior Women’s Championship 2025 rizabera muri Tanzania kuva ku wa 12 kugeza ku wa 21 Kamena 2025. Ibihugu bizitabira iri rushanwa ni Tanzania yakiriye, Uganda, Kenya, u Burundi na Sudan y’Epfo. U Rwanda ntiruragaragara ku rutonde rw’amakipe azakina, ndetse […]

Kigali: Umushinjacyaha yasambanyije umukobwa wafunzwe na RIB

Urukiko rwategetse ko Mbonyinshuti Camarade Gilbert, umushinjacyaha mu Rwanda, afungwa by’agateganyo iminsi 30 mu gihe iperereza rikomeje ku byaha akekwaho byo gusambanya umukobwa. Ib byatangiye ubwo Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwakiraga ikirego cy’umudiaspora wavugaga ko umukobwa (utatangajwe amazina) yamuriganyije amafaranga. RIB yahise ifata uwo mukobwa, imushyikiriza ubushinjacyaha. Icyakora, nyuma yo gushyikirizwa dosiye, Umushinjacyaha Mbonyinshuti […]

Rayon Sports na APR FC ziri kurambagiza umuhisi n’umugenzi

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutanga icyifuzo cyo gusinyisha Samuel Pimpong, umukinnyi ukomoka muri Ghana ukina ku ruhande rw’iburyo, nyuma yo gutandukana na FC Shiroka yo muri Albania ku mpera z’umwaka w’imikino wa 2024/25. Pimpong w’imyaka 25 y’amavuko yigeze gukinira Mukura Victory Sports ubwo yatozwaga na Afhamia Lotfi, aho yigaragaje nk’umukinnyi wihuta kandi ufite ubuhanga […]

Umugore muremure ku isi yishyura imyanya 6 mu ndege kugira ngo akwirwemo

Rumeysa Gelgi, umugore muremure kurusha abandi ku isi, yagaragaje ko agomba kwishyura imyanya itandatu mu ndege buri gihe agiye gukora urugendo. Ubusanzwe, Rumeysa w’imyaka 28, afite uburebure bwa metero 2.15, kandi agomba kugenda aryamye mu gihe cyose cy’urugendo kubera ubuzima bwe budasanzwe. Rumeysa, ukomoka mu Karere ka KarabĂŒk muri Turikiya, yifashisha intebe y’abamugaye cyangwa agakenera […]

Rutsiro: Yarumye akananwa ku mugore we karacika

Mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Murunda, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Ntiryihabwa Jean Claude w’imyaka 40, uherutse gukomeretsa bikomeye umugore we Habanabashaka Bonifride, aho yamurumye akanamunanura mu gihe bari bagiranye amakimbirane. Amakuru aturuka mu Mudugudu wa Karuruma, Akagari ka Kirwa, avuga ko uyu mugabo yari amaze igihe abana n’uwo mugore mu buryo butemewe n’amategeko, ndetse […]

Visit Rwanda yerekeje amaso muri Portugal

U Rwanda rukomeje kwagura imikoranire ishingiye kuri siporo n’ibihugu bikomeye ku isi, aho amakuru aturuka ahizewe avuga ko ibiganiro na Portugal byageze kure, bigamije ko ikipe ya SL Benfica na yo yazambara ikirango cya Visit Rwanda. Ku wa 10 Kamena 2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yakiriye i Kigali itsinda ryaturutse muri Benfica na Tony […]

Umva inkuru itangaje ya filime “Straw” iri kuriza abanyarwanda benshi

Filime nshya ya Tyler Perry yitwa Straw yibanda ku buzima bwa Janiyah Wiltkinson, umubyeyi w’umwana umwe. Ni inkuru ivuga ku buryo isi ishobora gutera umuntu gucika intege no kugwa mu byaha kubera igitutu cy’ubuzima. Janiyah ashyirwa ku mpera y’ubushobozi bwe, atakaza icyerekezo cy’ukuri, cyemewe n’amategeko ndetse n’icyo yizera. Janiyah ni umugore uri mu bibazo by’amafaranga, […]

APR FC yigaramye ibyo kuzana umutoza bari kuyitwerera

Ubuyobozi bwa APR FC bwahakanye amakuru yavugaga ko buri mu biganiro n’umutoza w’Umwongereza w’inkomoko yo muri Argentine, Miguel Ángel Gamondi. Ibi byatangajwe na Brig. Gen. DĂ©o Rusanganwa, Umuyobozi wa APR FC, mu kiganiro kigufi yagiranye na UMUSEKE. Yagize ati: “Oya, ni ibihuha.” Hari hamaze iminsi havugwa ko Gamondi ashobora gusimbura Darko Nović, watandukanye na APR […]

Lucas PaquetĂĄ yabatirijwe iwe

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya West Ham, Lucas PaquetĂĄ yabatirijwe mu rugo rwe mu gihe agitegereje umwanzuro w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (FA) ku byaha aregwa byo gushaka kubona amakarita y’umuhondo ku bushake kugira ngo bigire ingaruka ku isoko ry’imikino y’amahirwe. PaquetĂĄ, ukomoka muri Brazil, ashinjwa ko yaba yarakoze amakosa agamije guhabwa amakarita y’umuhondo […]

R. Kelly arenda kwicirwa muri gereza

Umuhanzi w’Umunyamerika R. Kelly yasabye urukiko ko yarekurwa byihuse nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe buri mu byago bikomeye muri gereza yo muri Leta ya North Carolina aho afungiwe. Nk’uko byagaragajwe mu nyandiko z’urukiko zabonywe na TMZ, abunganira R. Kelly bavuga ko bafite ibimenyetso bigaragaza umugambi wo kumwica, uvugwamo bamwe mu bakozi ba gereza bafatanyije […]

Ngibi ibisobanuro by’impeta bitewe n’urutoki uyambayeho

Impeta ni umurimbo utarobanura igitsina, bivuze ko wambara n’ umugabo cyangwa umugore. Uyu murimbo wambarwa ku rutoki kandi kuri buri rutoki uwushyizeho uhita uhindura igisobanuro. Urubuga WWW.RMRS.Com ruvuga ubundi ibiganza byombi bifite ubusobanuro buhambaye mu buryo bujyanye n’imikorere n’imitekerereze ya muntu. Abahanga mu mitekerereze ya muntu bavuga ko ukuboko kw’i Buryo kwerekana imbaraga, umurava n’ubwiganze. […]

Abanyeshuri baguye ku mashusho y’urukozasoni ya mwarimu wabo

Umwarimukazi wigishaga Physics mu ishuri rya Bannerman High School ryo muri Glasgow, muri Scotland yirukanwe burundu ku kazi nyuma y’uko abanyeshuri biga muri iri shuri bavumbuye ko afite konti ya OnlyFans acururizaho amafoto n’amashusho y’urukozasoni. Nk’uko byatangajwe n’akanama k’igihugu gashinzwe imyitwarire y’abarimu muri Scotland (GTCS), uyu mwarimukazi witwa Kirsty Buchan, w’imyaka 34, yashyiraga amafoto ye […]

U Rwanda mu bufatanye na Benfica FC yo kwa Cristiano Ronaldo

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriye kuri uyu wa Mbere intumwa za Tony Football Excellence Program hamwe n’abahagarariye ikipe ya Benfica FC yo muri Portugal. Ibiganiro byibanze ku bufatanye mu guteza imbere ruhago y’abana n’urubyiruko mu Rwanda. Inama yanitabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo MINEDUC, MINISANTE, RDB, Kaminuza y’u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe […]

Umutoza w’Amavubi yasanze abakinnyi be ari abaswa

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Adel Amrouche yatangaje ko abakinnyi b’Amavubi badafite imbaraga zihagije kandi urwego rwabo ruri hasi, kuko batabona umwanya wo gukina mu makipe yabo, ibintu atabasha gukosora mu minsi mike y’umwiherero w’Ikipe y’Igihugu. Ibi yabivuze ku wa Mbere, tariki ya 9 Kamena 2025, nyuma yo gutsindwa umukino wa kabiri wa gicuti bahuyemo […]

Leta yategetse ko hicwa inzovu 50, zikagaburirwa abaturage

Leta ya Zimbabwe yatangaje ko igiye kwica inzovu zigera kuri 50 mu rwego rwo kugabanya umubare wazo urenze ubushobozi bw’aho ziba. Inyama z’izi nzovu zizagaburirwa abaturage batuye hafi y’ahabereye iyi gahunda. Ubuyobozi bwa Zimbabwe Parks and Wildlife Management Authority (ZimParks) bwavuze ko bwemereye Save Valley Conservancy, ikigo kinini cyigenga gicunga inyamaswa giherereye mu majyepfo ashyira […]

Annette Murava yemeje ko nta kibazo afitanye na Bishop Gafaranga ufunzwe

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava yatangaje ko nta kibazo afitanye n’umugabo we, Bishop Gafaranga, uherutse gukatirwa gufungwa by’agateganyo iminsi 30 akurikiranyweho ibyaha birimo guhoza ku nkeke uwo bashakanye no kumukubita. Mu butumwa Murava yanyujije kuri YouTube ku rubuga basangiye n’umugabo we bise Gafaranga na Murava, yavuze ko n’ubwo bahuye n’ikigeragezo, urugo […]

Ibizakwereka umukobwa w’isugi bidasabye ko muryamana

Kumenya umukobwa ukiri isugi udakoresheje ibizamini bya muganga cyangwa kuryamana na we. Nubwo hari abatangaza ibimenyetso bitandukanye ngo bishobora kukwereka ko umukobwa atakiri isugi, abahanga mu buzima bwo mu mutwe no mu mibanire bavuga ko ibi bishingira ku myumvire ishingiye ku marangamutima aho kuba ku bumenyi bwizewe. Bamwe bavuga ko umukobwa ushobora kurakazwa no kubazwa […]

Police FC yakoze amasuku ihereye kuri Mashami Vincent na Abedi

Umutoza mukuru wa Police FC, Mashami Vincent yatandukanye n’iyi kipe nyuma y’imyaka itatu ayitoza, mu gihe n’abandi bakinnyi barimo Abedi, Ally, Clovis na Chukwuma na bo basezerewe. Ibi byemejwe na Mashami ubwe mu butumwa yashyize kuri konti ye ya X (yahoze ari Twitter), aho yagaragaje ibyishimo n’ishimwe byuzuye umutima we nyuma y’igihe cy’imyaka itatu yamaze […]

Muyoboke Alex yavuze ku byo gusambanira i Kampala na Dj Flix

Muyoboke Alex usanzwe afasha abahanzi ndetse akanaba umwe mu bagaragaye mu bitaramo bya The Ben muri Uganda, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga amushinja kuryamana na DJ Flix, umwe mu bakobwa bakizamuka mu mwuga wo kuvanga umuziki. Aya makuru yatangiye gukwirakwira nyuma y’igitaramo The Ben yakoreye muri Uganda, aho DJ Flix yari mu […]

Gutingana ni icyaha si uburenganzira bwa muntu: Mufti w’u Rwanda

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Mussa Sindayigaya yongeye gushimangira ko mu myemerere ya Islamu gutingana ari icyaha gikomeye, atari uburenganzira bwa muntu nk’uko bamwe babivuga muri iki gihe. Mu butumwa yagejeje ku bayisilamu bari bitabiriye ibirori bya Eid Al-Ad’ha, Sheikh Sindayigaya yavuze ko idini ya Islamu ku isi hose ryamagana ubutinganyi kandi ribifata nk’ibikorwa bihabanye n’amahame […]