Johan Djourou wahoze akinira Arsenal agiye kugaragara muri Filimi y’urukozasoni

Johan Djourou wahoze akina hagati muri Arsenal yamaze gutangaza ko mu minsi mike hagiye gusohoka Filme yagaragayemo akora imibonano mpuzabitsina n’ umugore. Abifashijwemo na kompani yitwa “One Milion Dollar Film” ikora ikanatunganya Filme, ngo Louis Saha wahoze akina muri Man Utd na Bacary Sagna ukinira Manchester City nabo bari ku rutonde rw’abagomba gukorana nayo mu […]

Umugore utwite yivuganye umugabo we amuziza ifoto yashyize kuri facebook

Umugore ukiri muto utwite yatawe muri yombi ashinjwa icyaha cy’ubwicanyi nyuma y’uko atereye umusore wamuteye inda icyuma bikamuviramo gupfa amuziza ko yashyize kuri facebook ifoto ari kumwe n’undi mukobwa nk’uko byatangajwe n’igipolisi cyo muri Kenya. Igipolisi mu gace ka Kangemi cyavuze ko cyataye muri yombi umugore w’imyaka 19, utaratangajwe amazina, nyuma yo gushinjwa kwica umusore […]

Huye: Habaye ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Huye irakangurira abagatuyemo kutanywa no kudacuruza ibinyobwa byose bibujijwe; kandi bakayiha amakuru y’abantu babikora. Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa rya litiro 418 z’inzoga y’inkorano yitwa Muriture zafatanywe abitwa Gatoya Cassien wo mu kagari ka Ruhashya (400), na Ntampaka Jean Claude wo mu kagari ka Rugogwe (18), ku itariki 19 […]

Burundi : Lt Col Ikurakure Darius amaze kwicirwa muri Etat Majoro

Lieutenant Colonel IKURAKURE Darius usanzwe ayoboye ikigo cya gisirikare cya Muzinda amaze kwicwa mu masaha ashize y’akaruhuko n’abantu bataramenyekana. Mu masaha yo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Werurwe 2016 nibwo LT Col Ikurakure Darius yaraswaga n’umuntu witwaje intwaro utaramenyekana. Uyu mugabo akaba yiciwe muri Etat Majoro ya gisirikare. Amakuru ava […]

Faustin Twagiramungu yasabye abanga u Rwanda n’umukuru warwo kubireka kuko ngo nta kamaro

Ese Twagiramungu Faustin yaba yabaye umuvugizi wa perezida Kagame? Icyo n’ikibazo kiri kwibazwa n’abantu batari bacye babonye ubutumwa uyu munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda yacishije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa Mbere. Faustin Twagiramungu ni umunyapolitiki umaze igihe muri politiki y’u Rwanda akaba yarabaye perezida w’ishyaka MDR ndetse akaza kuba Minisitiri […]

Salva Kiir yatangiye kugura inzira kuri Donald Trump hakiri kare

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo, yameye ko yahamagaye Donald Trump, umwe mu bakandida bahatanira kuziyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agira ngo amubwire ibyo amwifuriza we n’ishyaka rye. Nk’uko byatangajwe n’umwe mu begereye Salva Kiir ndetse bikemezwa na benshi mu banyapolitiki n’abasirikare bo ku ruhande rwe na minisiteri y’ububanyi n’amahanga, ngo yabwiye Trump […]

Urutonde rw’ibyamamare 10 byishwe na VIH/SIDA

Mu gihe hashize imyaka itari mike icyorezo cya SIDA kivumbuwe cyagiye cyararika imbaga y’abantu batandukanye harimo ibyamamare byagiye bibica bigacika kuri iyi si ya Rurema. 10.Licky Wilson Licky Wilson wakomokaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavutse ku italiki 19 Werurwe 1953 apfa ku 12 Ukwakira 1985 akaba yari umunyamuziki wari waraminuje kuri Gitari. Mu […]

MINALOC ntivuga rumwe n’abaturage bugarijwe n’inzara ivuga ko bohererejwe ibyo kurya

Inzara bivugwa ko irimo irabica bigacika mu duce tumwe tw’Akarere ka Nyagatare ngo yatewe n’izuba ryinshi ryavuye nk’uko byemejwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu. Iyi minisiteri ivuga ko yoherereje ibyo kurya abaturage bugarijwe ariko bo bavuga ko bitarabageraho. Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Musheri muri aka karere basanganywe inzara ku buryo bari bakeneye ubufasha […]

Belgique: Ibitero by’ibyihebe bimaze guhitana 13 naho 35 barakomereka (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ku kibuga cy’indege cya Bruxelles mu Bubiligi haturikiye amabombe yatewe n’ibyihebe. Ibibombe bitatu nibyo byatewe bibiri biraturika naho kimwe kigaragara kitaraturika.Abantu 13nibo bahitanywe n’aya mabombe naho abarenga 36 barakomereka. Aya mabombe uko ari atatu yatezwe ku kibuga cy’indege cya Zaventhem. Amabombe abiri yari atezwe muri sale y’urwinjiriro hafi […]

Imitwe 6 kabuhariwe ya gisirikare (special force) ikomeye kurusha indi ku isi- AMAFOTO

Buri gihugu usanga gifite umutwe wa gisirikare kabuhariwe umwe cyangwa urenze umwe, ahanini ugasanga ushinzwe kwitabazwa aho rukomeye, muri operasiyo zikomeye kandi mu buryo bwihuse, ugasanga ari iyo kuburizamo ibikorwa by’iterabwoba no kubohoza abashimuswe cyangwa guhangana n’abigometse,… 6 . SSG, Pakistan SSG (Special Services Group) ni umutwe kabuhariwe wa gisirikare ubarizwa mu gisirikare cya Pakistan, […]

U Bufaransa ntiburemeza niba buzifatanya n’u Rwanda mu kwibuka abazize jenoside

Kugeza ubu guverinoma y’u Bufaransa ntirafata icyemezo cyo kuzohereza cyangwa kutazohereza I Kigali kuwa 07 Mata 2016 intumwa zizayihagararira mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuwa 19 Gashyantare, abagize inteko ishinga amategeko 43 basabye minisitiri mushya w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Jean-Marc Ayrault, ko Abafaransa bazaza kwifatanya n’u Rwanda mu kwibuka abazize jenoside. Ubwo yari […]

Abashyigikiye Jean Pierre Bemba ntibanyuzwe n’ibyaha yahamijwe

Jean-Pierre Bemba wari umukuru w’umutwe wa MLC ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere yahamijwe n’urukiko Mpanabyaha rwa La Haye (CPI) ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Ku rundi ruhande abamushyigikiye bavuze ko yarenganyijwe Umukuru w’umutwe ugamije kubohoza Congo (MLC) yahamijwe na CPI kuba yari akuriye ubwicanyi, ubusahuzi no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa. Ibi byaha […]

Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Ikibazo kiragira kiti: “Ariko se abagore batajya bazana aya mazi muri icyo gihe byaba bivuga ko batajya bishima” ? Kunyara ni kimwe mu bintu birimo gusenya ingo zimwe na zimwe muri iki gihe mu gihe ibyishimo bibonerwa mu mibonano, ariko ntibyakunze kwitabwaho hirya no hino ku isi kugeza mu 1950, aho abashakashatsi batangiye kubitekerezaho ari […]

France: Nicolas Sarkozy ari mu mazi abira

Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa ndetse akaba anateganya kugaruka muri Champs Elysees, kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Werurwe aragezwa mu rukiko rusesa imanza aho akurikiranweho ibyaha bifitanye isano na ruswa no gukoresha umwanya yari afite mu nyungu ze. Ibyavugiwe kuri telephone na Sarkozy akaba ari byo byamutamaje bigatuma atangira gukurikiranwa. Biravugwa ko […]

Yeguye nyuma y’ibyumweru hafi 3 atowe muri njyanama y’akarere

Nyuma y’iminsi 18 Mwiseneza Fidele atorewe kujya muri Njyanama y’umurenge wa Gihango akarere ka Rutsiro ,yasezeye kuba umwe mu bagize Inama Njyanama y’Akarere ka Rutsiro kuko adashaka kubangikanya imirimo y’ubujyanama no gukorera akarere. Ubusanzwe,Mwiseneza yari umukozi w’akarere ushinzwe kwihutisha iterambere yarahiriye kuba Umujyanama mu Nama Njyana y’Akarere ka Rutsiro ku wa 26 Gashyantare 2016, ku […]

Burundi: Abirukanwe muri CNDD-FDD bifatanyije na CNARED

Abahoze ari abarwanashyaka b’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD birukanwe mu ishyaka bakaba bari bariyise Abaryumyeho (Abaryumyeko), ubu bakaba barashinze ishyaka ryabo ryitwa PPD GIRIJAMBO, batangaje ko iryo shyaka ryabo riri mu ihuriro CNARED. Iryo shyaka rikaba riyobowe na Leonidas Hatungimana wahoze ari umuvugizi wa perezida Pierre Nkurunziza. Mu ibaruwa yandikiye perezida wa CNARED, […]

Ali Mohamed Shein wo muri CCM niwe watsindiye kuyobora Zanzibar

Umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi muri Leta ya Zanzibar, imwe mu zigize Tanzania, yatangajwe ko ari we watsinze amatora nyuma yo gusubiramo amatora yo muri iyi leta nyuma y’uko aya mbere atavuzweho rumwe ndetse akamaganwa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Perezida Ali Mohamed Shein wo mu ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), akaba yatsinze aya matora ku majwi […]

Nyanza: Abaturage basabwe kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari yakanguriye abagatuyemo kwirinda no kurwanya ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana. Ubu butumwa yabutanze ku itariki 20 Werurwe mu kiganiro yatanze kuri Radio Salus. SP Ruganintwari yavuze ko ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina bishobora gukorwa n’ibitsina byombi, aha akaba […]