Huye: Abaturage bishimiye imihanda batunganyirijwe

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Simbi, mu Karere ka Huye, barashimira ubuyobozi bw’Akarere ka Huye ko bwabatunganyirije umuhanda ubahuza n’imirenge ya Mbazi na Huye. Uyu muhanda w’ibitaka uturuka ku gasantere ka Cyizi kari hafi y’umuhanda wa kaburimbo, wari warangiritse ku buryo kuwunyuramo uturutse i Cyizi ugana ku ivuriro ry’i Simbi ndetse no ku […]

Dore ingaruka 5 zikunze kwibasira umuntu ushakira umukunzi ku mbuga nkoranyambaga

Ni kenshi abantu benshi biganjemo urubyiruko, bakunze kugaragaza ibibazo bagiye bahura nabyo mu gihe bashakiraga abakunzi ku mbugankoranyambaga kuko bakunze kubeshywa bakisanga babuze intama n’ibyuma. Hari ibibi bitandukanye byo gukura umukunzi kuri izo mbuga byagiye byiganza mu byazahaje ababikoze. 1.Bikugira imbata Iyo umusore cyangwa umukobwa bamenyereye gukura abakunzi ku mbuga nkoranyambaga bikunze kumugira imbata iteka […]

Pedro Someone na P Fla bazataramira abo ku Mugina barwanya ibiyobyabwenge

Pedro Someone nk’umuhanzi akanaba umuganga, afatanyije n’umuraperi P Fla, bagiye gutaramira abafana babo ku Mugina mu karere ka Kamonyi bakangurira urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge. Mu kiganiro bwiza.com yagiranye na Pedro Someone, yatangaje ko intego ari iy’ubukangurambaga, batanga inyigisho ku bakiri bato kwirinda gukosha ibiyobyabwenge, ahubwo baharanira ejo heza habo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati: “Ni icyo kwigisha abantu […]

RDC: Umusirikare yaburiwe irengero nyuma y’igitero cyagabwe ku birindiro bya FARDC

Abantu bitwaje ibirwanisho muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane, itariki 28 Nyakanga, mu masaha ya nyuma ya saa sita bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’ingabo za leta , FARDC, ahitwa Nyamilima. Iki gitero cyakurikiwe n’imirwano ikomeye yamaze hafi amasaha 2 nk’uko amakuru ava muri sosiyete sivile yo muri aka gace avuga. […]

Igisirikare cya Amerika n’icy’u Rwanda bikomeje gushimangira imikoranire

Umugaba mukuru w’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umutwe ukorera mu ihembe rya Afurika, Maj. Gen. Kurt L.Sonntag, kuri uyu wa 28 Nyakanga 2016 yasuye umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen. Patrick Nyamvumba ku cyicaro cya RDF ku Kimihurura, aho yari aherekejwe na ambasaderi Erica J. Barks uhagarariye Amerika mu Rwanda. Maj. Gen. Kurt […]

Gen Kayumba yavuze ko impunzi zishobora gufata imbunda kugirango zisubire mu gihugu cyazo

Ibi yabitangaje mu gihe yari abajijwe ku bibazo by’impunzi z’Abarundi ziri hirya no hino zatangiye guhunga igihugu mu mwaka ushizwe ubwo Nkurunziza yiyamamazaga kuri manda ya 3 bamwe bemeza ko ihabanye n’ibikubiye mu itegekonshinga ry’u Burundi. Aganira n’ikinyamakuru Ijwi ry’Amerika, Kayumba Nyamwasa yabajijwe n’umunyamakuru ati: “ Ni ryari impunzi zishobora kwinjira mu gisirikare ”. Asubiza, […]

Mu mafoto: Polisi yungutse ba Assistant Inspector of Police 429

Mu Ishuri rya Polisi rya Gishari (PTS), kuri uyu wa Gatanu, itariki 29 Nyakanga 2016, hasojwe icyiciro cya 08 cy’amasomo ya gipolisi cyari kigizwe n’abapolisi 429 barimo ab’igitsinagore 55. Aba bapolisi bakaba bahise bahabwa ipeti rya Assistant Inspector of Police. Umuyobozi w’iri shuri, CP John Bosco Kabera, yatangaje ko abapolisi basoje amasomo yabo bahawe ubumenyi […]

Ese wari uzi uburyo wa kwita kuri telefoni yawe ntishiremo umuriro vuba?

Ni kenshi usanga abantu badasobanukiwe uburyo bashobora gufata neza telephone zabo zikarondereza umuriro ahubwo ugasanga bahora bijujuta bavuga ko telephone zabo ari ntakigenda. Ibi bikunze kuvugwa n’abantu batunze telephone zigezweho za Smart Phone, aho bakunze kuvuga ko bibagiraho ingaruka zirimo no kutagirirwa ikizere kubera umuriro ndetse ngo bikaba byatuma bahura n’ibihombo bitandukanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyamara […]

Perezida Kagame yibukije abasoje kaminuza ko bagiye gupiganirwa imirimo mike ari benshi

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 29 Nyakanga, abanyeshuri basaga 8,500 barangije muri Kaminuza y’u Rwanda bahawe impamyabumenyi zabo mu muhango wayobowe na perezida wa repubulika akaba ari ku nshuro ya mbere uyu muhango ubereye kuri Stade Amahoro abanyeshuri bose bahurijwe hamwe kuko ubusanzwe buri college yiteguriraga umuhango wayo. Abanyeshuri bashimirwa muri uyu muhango ni abo […]

Abagura ibirayi barinubira izamuka ry’ibiciro rikomeje kuvuza ubuhuha

Mu duce dutandukanye dukorerwamo ubuhinzi hakomeje kugenda havugwa kwibasirwa n’amapfa kugeza n’ubwo byateje kuzamuka kw’ibiciro ku biribwa bitandukanye by’umwihariko ibirayi. Abagura ibirayi bakomeje kuvuga ko igiciro cy’ibirayi cyiyongera umunsi ku wundi ku kigero gikabije.Ikigereranyo kigaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza muri Nyakanga uyu mwaka,igiciro cy’ikiro cy’ibirayi kimaze kwiyongeraho amafaranga y’u Rwanda agera kuri 70 . […]

Nyuma y’uko Koffi Olomide yirukanywe muri Kenya, Fally Ipupa agiye kuhataramira

Nyuma yuko umuhanzi w’icyamamare Koffi Olomide ahambirijwe n’Abanyakenya azira gukubita umubyinnyi we, mugenzi we Fally Ipupa agiye kumuzibira icyuho ataramira Abanyakenya. Mu mpera z’icyi kimweru nibwo muri Kenya bitegura gutaramirwa umuhanzi ukomeye Fally Ipupa, nyuma yuko baherutse gutenguhwa na Koffi Olomide wakubitiye umubyinnyi we ku kibuga cy’indege agahita ahambirizwa. Biteganyijwe ko uyu muhanzi ukomoka muri […]

Burundi: Hafashwe 50 bakekwaho kuba abarwanyi n’ibikoresho bya gisirikare

Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa kane hari abantu 50 bafashwe mu ijoro ryo kuwa Gatatu, bamanukanwe muri Bujumbura ku biro bikuru by’iperereza aho ngo aba bantu bose bamanukanwe bapfutswe mu maso batareba iyo bajya. Aba bantu ngo bakaba ari abarwanyi baturutse mu Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko ibiranga aba […]

Katauti arambiwe kumva abavuga iby’urukundo yigeze kugirana na Oprah

Ndikumana Hamad uzwi nk’ umukinnye wakinnye mu ikipe y’igihugu Amavubi nyuma akaza no kuyibera kapiteni ngo arambiwe kumva uwo ari we wese wiha kugarura iby’umubano yagiranye na Oprah (Irene Uwoya) bibanda ku bibi byawuranze bakirengagiza ibyiza. Mu mwaka wa 2009, Katauti na Oprah basezeranye kuzabana mu bibi no mu byiza ubukwe bwabo bubera i Dar-es-salaam […]

USA: Intambara y’amagambo ikomeje kuvuza ubuhuha hagati ya Trump na Clinton

Muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika urugamba rwo kwiyamamariza uzegukana umwanya wo kuyobora imwe mu Nzu zitavogerwa kw’Isi ” The White House ” rurakataje ariko benshi bakomeje gutangazwa n’intambara y’amagambo iri hagati y’abahanganye. Ni nyuma yaho Ishyaka ry’abagendera kuli Repubulika ritoranyirije Bwana Donald Trump, ngo azarihagararire , Aba Demokrate nabo ubu bamaze guhitamo Clinton ngo […]

Arsene Wenger yatangaje izina ry’umukinnyi wa Man Utd ashobora kugura

Umutoza w’ikipe ya Arsenal , Arsene Wenger yeruye atangaza ko akeneye umusore Valencia ukinira Manchester United kuko ngo abona yujuje ibisabwa ngo abe yamukinisha nka rutahizamu wafatikanya na Olivier Giround. Nyuma yuko Arsenal igiye inanirwa kugura abakinnyi bakomeye ndetse abo igerageje kwegera hakaba ikibazo cyo kutumvikana ku mafaranga, ngo ubu noneho ishobora kuba igiye gusinyisha […]

RDC: Umucamanza wakatiye Moise Katumbi yahishuye ko yashyizweho igitutu

Umucamanzakazi wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yashyizweho igitutu n’inzego z’ubutasi ngo akatire umunyapolitiki, Moise Katumbi. Uyu munyapolitiki akaba yarakatiwe imyaka 3 y’igifungo adahari nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kugurisha umutungo utari uwe Uyu mucamanza witwa Chantal Ramazani, kuri ubu uri mu bwihisho, avuga ko icyari kigamijwe ari ukubuza Moise Katumbi kuziyamamariza […]

Abanyeshuri b'abayisilamu biyemeje kuba abafatanyabikorwa ba Polisi mu kurwanya ibyaha

Abanyeshuri 115 b’Abanyarwanda b’Idini ya Isilamu biga muri Kaminuza zo mu Rwanda n’izo mu mahanga ejo bagiranye inama y’umunsi umwe n’abofisiye bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku Cyicaro Gikuru cyayo ku Kacyiru, iyo nama ikaba yari igamije gufatira hamwe ingamba zo kurwanya no gukumira ubwihebe b’ubutagondwa. Mu ijambo rye, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, […]

Kunanirwa kwerekeza i Burayi, byaba ari byo byatumye Rwatubyaye agurwa na Rayon Sport?

Nyuma yo kugira ikibazo cy’ibyangombwa ntabashe kujyana na bagenzi be mu Burayi, Rwatubyaye Abdul wari usanzwe akinira APR FC yaguzwe n’ikipe ya Rayon Sport. Uyu myugariro akaba yasinye kuzakinira iyi kipe mu gihe kingana n’imyaka ibiri uhereye mu mwaka wa 2016, bikaba bitari byitezwe ko yari mu bagombaga kwerekeza muri iyi kipe. Aganira n’itangazamakuru, umunyamabanga […]