Umwami w’u Buyapani yasabye kwegura kubera intege nke n’ uburwayi
Kuri uyu wa mbere 8 Kanama 2016 umuyobozi w’ikirenga akaba n’umwami w’igihugu cy’u Buyapani yatangaje ko igihe kigeze ngo yegure ku buyobozi bw’igihugu cye kubera impamvu zitandukanye ziganjemo iz’uburwayi, ibi bikaba bishobora gutuma igihugu kijya muri kamparamaka. Mu ijambo uyu mwami uzwi ku izina rya Akihito yanyujije kuri televiziyo ryavugaga ko bimugoye gukomeza kuba umwami […]
Kuki u Burundi bwanze kwitabira imikino ya gisirikare mu Rwanda?
Nyuma y’ aho Leta y’ u Burundi ibujije imodoka kwinjiza ibicuruzwa mu Rwanda ndetse n’ intumwa z’ icyo gihugu zikivana mu nama y’ abakuru b’ ibihugu by’ Afurika iherutse kubera mu Rwanda, Minisitiri y’ ingabo I Bujumbura yafashe icyemezo cyo kutohereza abakinnyi mu mikino ya gisirikare yatangiye ku wa 8 Kanama 2016. Ibi byashimangiwe mu […]
Birasekeje: Umukobwa yatwaye inda se amutegeka kumwereka uwayimuteye
Umukobwa yatwaye inda, se ararakara bya hatari amutegeka kujya kumwereka uwayimuteye, baragenda barahagera, umusaza yakunje isura bidasanzwe. Umusaza ati ni wowe wantereye umwana inda sha!? Umuhungu ati ni njye muze, ariko reka mbanze nanakuzimanire. Umusaza ati kazimanirwe n’abazimu, nta n’isoni…..(umuhungu aba amuciye mu ijambo) ati jya utuza vieux, inda sinayihakanye, ni njye wayimuteye, nabyara umuhungu […]
Impano Pogba yahaye Drake ishobora gutuma yiyegurira Ruhago
Paul Pogba,umwe mu bari bitabiriye igitaramo Drake yakoreye mu bustani bwa Madison Square I New york muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahaye impano uyu muririmbyi umupira wo kwambara wagenewe umupira w’amaguru. Ibyishimo aba bombi bagaragaje bishobora gutuma Drake aha umwanya munini ruhago kurusha uwo yahaga umuziki. Drake ubwo yishimanaga na Pogba mu gitaramo yise […]
Ese urukundo nyakuri ruracyabaho?
Mbona munsi y’ijuru biteye ubwoba, abantu turimo turatakaza ubumuntu ku muvuduko mwinshi cyane. Iyo ntekereje ku urukundo bwo nibaza niba urukundo rw’ukuri rukibaho. Abasore n’abakobwa basigaye bajya gukundana bakabanza bagashyiraho conditions, nubwo atazikubwira mu magambo ariko aba azifite mu mutima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Niyo mpamvu uzasanga abasore beza bitonda batabona abafasha (nta cash baba bafite), n’inkumi […]
Umupolisi yirukanywe nyuma yo gusambanya umugore amufatiyeho imbunda
Mu mujyi wa Pretoria muri Afurika y’Epfo haravugwa umuporisi watawe muri yombi azira gusambanya umugore abanje kumufatiraho imbunda. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Dantelle Mahlab w’imyaka 27 y’amavuko yatawe muri yombi azira gusambanya umugore ku ngufu ubwo yari kuri bariyeri(Roadblock). Polisi ya Pritoria ivuga ko ubwo uyu musore yari ku nshingano, yabanje gusaba uwo mugore […]
Abantu 7 baguye mu gitero cyagabwe na FDRL mu burasirazuba bwa Congo
Mu ijoro ryo ku cyumweru ahagana mu rucyerera rwo kuwa mbere 8 Kanama 2016, ingabo z’abarwanyi bikekwako ari ab’umutwe w’abarwanyi barimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda wa FDRL ziraye mu baturage; abagera kuri 7 bahasiga ubuzima abandi barakomereka. Ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo bwo mu burasirazuba bwemeza aya makuru, bukavuga ko bateye ingo […]
Sobanukirwa amateka y’Umwami Mutara wa III Rudahigwa
Umwami Mutara wa III Rudahigwa (Charles Léon Pierre) , yavukiye i Nyanza, mu Karere ka Nyanza, mu ntara y’ Amajyepfo muri Werurwe 1911.Yari umwami wa mbere w’ u Rwanda wimye ingoma kandi se akiriho, hari ku ya 10 Nyakanga 1931. Ni umwana w’ Umwami Yuhi IV Musinga na Nyiramavugo Kankazi Redegonde, akaba yarashyingiwe Gicanda Rosalie. […]
Perezida Kagame yakoresheje pasiporo nyafurika yitabira irahira rya mugenzi we wa Tchad
Kuri uyu wa 8 Kanama 2016 nibwo Perezida Paul Kagame yasesekaye i Ndjamena muri Tchad mu muhango w’irahira rya Mugenzi we Idris Déby nk’ uko tubikesha twitter y’ ibiro by’ umukuru w’ igihugu cy’ u Rwanda, Village urugwiro. Perezida wa repubulika y’u Rwanda wamaze gusesekara mu murwa mukuru w’iki gihugu i Ndjamena, yakoresheje bwa mbere […]
Umuhungu wa Riek Machar yiciwe mu mvururu zimaze iminsi muri Juba
Iperereza ryakozwe n’ikinyamakuru Chimpreport ryemeza ko umuhungu wa visi perezida wa Sudani y’epfo Dr. Riek Machar yaguye mu mvururu zadutse muri iki gihugu mu kwezi gushize. Gatwanga Machar bivugwa ko ari umwe mu barashwe ubwo ingabo za se n’iza perezida Kiir zakozanyagaho. Nyuma yo guhwihwisa cyane ko umwe mu bahungu batatu ba Machar yishwe, iki […]
Besigye yavuye imuzi gahunda y’amahanga mu kumufasha guhirika Museveni
Umukandida w’ishyaka FDC Kiiza Besigye yahishuye ko amahanga amushyigikiye mu bikorwa byo gushaka guhirika Perezida Museveni wa Uganda. Ibi abitangaje nyuma yo kwerura akavuga ko adashobora kugirana ibiganiro na Leta ya Museveni nyuma yuko hari amakuru avuga ko baba bari mu biganiro bigamije inyungu z’igihugu. Chimpreport ivuga ko ubwo Besigye yari mu mujyi wa Mbarara […]
Indirimbo Jay Polly yakoranye na Amag niyo yitiriwe Album igiye gushyirwa ahagaragara
Ubwumvikane hagati ya Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jay polly na mugenzi we Amani Hakizimana uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Ama-G The Black bukomeje gushimangirwa na Album nshya bise ‘ Ubuzima bwanjye’ izashyirwa ahagaragara kuwa 26 Kanama 2016 kuri Petit Stade. Nyuma yo kuva muri Uganda mu gitaramo cyavuzweko ko cyahombeje uwari wagiteguye, ntibyabujije ko aba […]