Abanyamakuru baribaza impamvu uburinganire budahuzwa n’umuco Nyarwanda

Abanyamakuru bo mu Rwanda bava mu bitangazamakuru bitandukanye bari mu mahugurwa ashingiye kugutangaza inkuru ku uburinganire n’ubwuzuzanye bibaza impamvu uburinganire butatezwa imbere bishingiye ku umuco Nyarwanda. Kuri uyu wa Kane Tariki ya 22 Nzeli kuri Lemigo Hotel Abanyamakuru batangiye amahugurwa y’iminsi 7,aho bari guhugurwa ku uburyo bakora inkuru zerekeye ku uburinganire bushingiye mukuzamura iterambere ry’umugore. […]

Ijambo ry'Iman: Uburyo nyina wa Mose yamuhishe akiri uruhinja kugeza ku mezi 3

“MWICE UMWANA WESE W’UMUHUNGU UZAJYA AVUKA” itegeko ryari ryaratanzwe na Farawo ariko nyina wa Mose yamuhishe amezi atatu ataryama nk’abandi babyeyi kuko atashakaga ko rwicwa n’Abanyamisiri. Yafashe agatebo gafite umupfundikizo kaboshye nk’ubwato aragatunganya, ku buryo amazi atashoboraga kukinjiramo. Nuko akaryamishamo Mose, maze agashyira mu byatsi birebire ku nkombe y’Uruzi rwa Nili. Hanyuma, yasabye Miriyamu, mushiki […]

Tanzania: Abanyarwanda 12 bakatiwe igifungo cy’umwaka

Abanyarwanda 12 bashinjwa kwinjira muri Tanzania nta burenganzira bafite bakatiwe n’urukiko rwo muri icyo gihugu igifungo cy’umwaka umwe nyuma yo kwakwa ihazabu y’ amashilingi ya Tanzania ahwanye n’ibihumbi 500 bakananirwa kuyishyura. Ikinyamakuru The Citizen cyo muri Tanzania, cyatangaje ko abo Banyarwanda ari Baseke Pierre w’imyaka 38, Tibesiana Alphonse w’imyaka 27, Ndayisaba Jean Claude w’imyaka 25 […]

Kalima na Gahigi bahuriye mu isoko (uyu mwandiko ukwibutsa iki?

KALIMA NA GAHIGI BAHURIYE MU ISOKO: Kalima: – Mbe Gahigi waje kugura iki ? Gahigi: – Naje guhaha udushyimbo, udushaza, n’utujumba. Kalima: – Urabe ufite amafaranga menshi! Gahigi: – Nyakuye he se Kali? Kalima: – Uyakuye kuli bwa bunyobwa bwawe. Gahigi: – Bwararumbye pe ! Kalima: – Ubwo koko murashonje. Nta kavura muheruka ? Gahigi: […]

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagore baryoherwa kurusha abagabo mu gihe cyo gutera akabariro

Impamvu yo gutekereza gutya ni uko akenshi umugabo cyangwa umuhungu ariwe ufata iyambere mu kwegera umukobwa cyangwa umugore, akamuganiriza, akamugezaho ikifuzo cye ariko iyo icyo gikorwa kibaye usanga umugore ariwe uryoherwa kurusha umugabo. Nkuko byemezwa n’abahanga muri psychologie, bikanagarukwaho n’urubuga rwa yahoo rushimangira ko aba bombi bifuza imibonano mpuzabitsina ariko umugabo niwe ubikenera cyane noneho […]

Musanze, Rubavu na Gasabo imbere mu gukomeza kugaragaramo ingengabitekerezo ya jenoside

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 23 Nzeri 2016 Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’ubwiyunge, NURC, yagejeje ku Nteko ishinga Amategeko ibyavuye mu bushakashatsi ku bipimo by’ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda mu mwaka ushize wa 2015 (Rwanda Reconciliation Barometer 2015). Igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda kikaba kigeze kuri 92% mu gihe cyari kuri 82,3% mu 2010. Ubushakashatsi bwa mbere […]

Yishe umwana we ahanishwa gufungwa imyaka 100

JosĂ© David N. yaratahuwe nyuma yo kwiyicira umwana w’umukobwa w’imyaka 3 amujugunye mu bwoger0 ahita apfa. Ibi byabereye mu mujyi wa Mexique, ubwo uyu mugabo yafataga umwana we w’umukobwa akamujugunya muri ubwo bwogero abikoranye ubugome, umwana ahita apfa kuko atari kubasha koga ngo yivane muri iyo piscine ndende. Nk’uko ikinyamakuru The Mirror kibitangaza, uyu mugabo […]

Umuherwe wa mbere muri Afurika arateganya kugura Arsenal

Aliko Dangote umuherwe wa mbere muri Afurika yeruye avuga ko afite gahunda yo kugura ikipe ya Arsenal akayivugurura igahinduka ku rwego rwo hejuru. Uyu muherwe ukomoka mu gihugu cya Nigeria, avuga ko iyi gahunda ayiteganya mu gihe cya vuba, nyuma y’igihe abitekerejeho agasanga agomba kubigeraho. Uyu muherwe kandi atangaza ko ashaka kugura Arsenal atari ugushaka […]

Opinion: Umutekano u Rwanda rufite ushingiye kuki?

Umutekano n’ umudendezo u Rwanda rufite tugereranyije n’ ibindi bihugu by’ Akarere ruherereyemo uteye benshi amakenga cyane cyane muri ibi bihe bitewe n’ amatora y’ abakuru b’ ibihugu. Usibye muri Tanzania , aho Ishyaka rya Politiki CCM (Chama Cha Mapinduzi) ryategetse iki gihugu kuva cyabona ubwigenge, ryagiye ryubahiriza igihe cya manda 2 z’ imyaka 10 […]

Itohoza: Impamvu 3 ingabo ibihumbi 15 ziteguye guhirika Nkurunziza zamunaniwe

Amakuru atandukanye yagiye yemeza ko mu mashyamba y’ u Burundi nka Kibira harimo ingabo nyinshi ziteguye kurwanya Nkurunziza zikanamuhirika ariko bikazinanira kubera impamvu 3 zingenzi. Itohoza ryimbitse kandi ryigenga ry’ Urubuga Bwiza.com ryaje kumenya neza ko hari ingabo zisaga ibihumbi 15 zifite umugambi wo kurwanya ndetse no guhirika ingoma ya Perezida Pierre Nkurunziza ariko ntibishyirwe […]

Umugabo yishe umugore we utwite n'umurambo we arawutwika- AMAFOTO

Umugabo ugaragara nk’uwari ukiri muto, uzwi ku izina rya Tetchi Wyllifred yishe umugore we arangije umurambo we ajya kuwutwika kugirango azimanganye ibimenyetso. Ibi byabereye mu mujyi wa Agboville muri Cote d’Ivoire, umugore yishe bari bafitanye umwana umwe atwite uwa kabiri. Nyuma yo kumwica uyu musore ngo yahise afata umurambo we awushyira ahantu awutwikisha nyiramugengeri, yabanje […]

Ingabo za RDF ziri muri Repuburika ya Santarafurika zambitswe imidari

Ingabo z’u Rwanda za Batayo ya 3 zibungabunga amahoro mu Muryango w’Abibumbye muri Repuburika ya Santarafurika (CAR), Kuri uyu wa kane tariki 22 Nzeri 2016 bambitswe imidari ya Loni, bashimirwa uburyo babungabunga amahoro kinyamwuga, gukorana ishyaka hamwe n’ikinyabupfura badahwema kugaragaza mu kuzuza inshingano zabo. Uwo muhango warabereye mu kigo cya SOCATEL M’Poko kiri i Bangui […]

Donald Trump yabwiwe ko ahanganye na Satani ubwe arasengerwa ngo azatsinde

Umuvugabutumwa wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa Darrell Scott aratangaza ko satan (Lucifer) ubwe yashyize mu gipimo cye umukandida Donald Trump wiyamamariza kuzayobora iki gihugu aho ahanganye na Hillary Clinton wo mu ishyaka ry’Abademokarate. Mu gikorwa cyabereye muri Cleveland kuri uyu wa Gatatu ushize, umuvugabutumwa Scott yaburiye Donald Trump amubwira ko uwo ahanganye […]

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia aravuga ko adakeneye umuntu nka Machar mu gihugu cye

Igihugu cya Ethiopia cyatangaje ko uwahoze ari visi perezida wa Sudani y’Epfo, Dr Riek Machar yemerewe kwinjira muri iki gihugu mu gihe gito gusa ariko atemerewe kuba yahaba igihe kuko ngo Ethiopia itazanezeza umuntu wese ukuriye umutwe witwaje ibirwanisho. Mu kiganiro yagiranye n’urubuga rwa internet rukorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rukora amakuru kuri […]

Abagera ku 2500 nibo bazitabira Rwanda Cultural Day i San Francisco

Mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki hakaba “Rwanda Cultural Day” izabera mu mujyi wa San Francisco muri California, byatangajwe ko Abanyarwanda n’abanyamahanga bagera ku 2500 aribo bazitabira ibyo birori Perezida Paul Kagame azitabira nk’umushyitsi mukuru. Umuyobozi w’umuryango w’Abanyarwanda baba muri Leta ya California, Yehoyada Mbangukira niwe watangaje uyu mubare w’abazitabira Rwanda Cultural Day , […]

Ese waba uzi ko abana bavukana imitwe minini baba abanyabwenge? Sobanukirwa

Impinja zivuka zifite imitwe minini ngo ziba zifite amahirwe yo kuba abanyabwenge ugerereranyije n’abavukana bafite imito, aho usanga iyo bakuze buri kintu cyose bakora usanga bashyirwa ari uko bakigezeho. Ubushakashatsi bwakozwe n’impuguke zo mu Bwongereza ku bijyanye n’ibinyabuzima,bwagaragaje ko mu gihe umwana avutse afite umutwe wisumbuye ko akenshi agira ubwenge bikamuganisha ku gutsinda mu bintu […]

Huye: Hagiye kubakwa uruganda ruzajya rutunganya umusaruro ukomoka kuri avoka

Umuyobozi w’Akarere ka Huye aratangaza ko mu minsi iri imbere hagiye kubakwa uruganda rutunganya ibikomoka kuri avoka, rwo mu Karere ka Huye, ruzaba rukora bitarenze umwaka wa 2019. Muri uyu mwaka wa 2016-2017 hazatangwa inyigo yo kurwubaka, ubundi nyuma rutangire kubakwa; nkuko Eugène Kayiranga Muzuka, umuyobozi w’Akarere ka Huye, abisobanura. Agira ati “Uyu mwaka (2016-2017) […]

CNLG yakiriye abanyeshuri baturutse muri za kaminuza zo muri Amerika

Kuri uyu wa Gatatu itariki ya 21 Nzeri 2016, Abanyeshuri baturutse muri za kaminuza esheshatu zitandukanye zo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, basuye Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside(CNLG). Aba banyeshuri bari mu Rwanda mu rwego rw’amasomo rwitwa: “Post-Genocide Restoration and Peacebuilding”. Bifuje kumenya imikorere ya Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside Amaze kubifuriza ikaze, Dr […]

Kampala: Erias Lukwago arahakana ko yaguzwe n’umuryango wa Museveni

Umuyobozi w’Umujyi wa Kampala, Erias Lukwago, usanzwe udacana uwaka na perezida Museveni, akaba amaze iminsi ashinjwa guhabwa bituga ukwaha ngo acishe macye, yahakanye aya makuru yivuye inyuma avuga ko nta shingiro afite. Lukwago yavuze ko aya makuru avuga ko yaba yarahawe inkunga mu ibanga na leta ari ibinyoma byihishwe inyuma na bamwe mu bayobozi muri […]

U Burundi bwongeye gusabirwa abasirikare bo guhagarika ubwicanyi

Nyuma y’icyegeranyo cyakozwe n’inzobere za Loni kigaragaza ko ubwicanyi burimo gukorwa mu Burundi buca amarenga ya jenoside, impuzamashyaka (CNARED) atavuga rumwe na Leta y’u Burundi, yasabye ko hakoherezwa abasirikare mpuzamahanga bo kugarura amahoro amazi atararenga inkombe. CNARED isaba ko abo basirikare bakoherezwa vuba na bwangu bagatabara, ikindi kandi igasaba inkiko mpuzamahanga guta muri yombi ndetse […]

2Face yamaze gukandagiza ibirenge ku butaka bw’u Rwanda-AMAFOTO

Umuhanzi wakanyujijeho mu minsi yashize n’ubu akaba akomeje kwigarurira imitima ya benshi, Innocent Ujah Idibia uzwi ku izina rya 2Face, yamaze kugera mu Rwanda nyuma y’iminsi mike yiteguwe n’abatari bake. Uyu muhanzi yageze mu Rwanda mu gicuku cyo mu ijoro ryakeye, ibintu bitari bizwi n’abenshi ariko akihagera ntibyayoberanye kuko abari bari aho bamugaragarije ibyishimo ari […]

RDC: Imirwano ikomeye yaguyemo 12 abandi barimo colonel barakomereka

Abantu 12 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bishwe kuri uyu wa Gatatu ubwo inyeshyamba z’uwitwa Kamwina-Nsapu zageragezaga kwinjira mu mujyi wa Kananga, umurwa mukuru wa KasaĂ ÂŻ yo Hagati. aya makuru yatanzwe n’igipolisi n’abatangabuhamya kuri uyu wa 22 Nzeri, anavuga ko abandi bantu benshi bakomeretse. Biravugwa ko agatsiko k’inyeshyamba zigera kuri 50 za chef Kamwina-Nsapu, […]

Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama yahuje Israel n’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’itsinda ryamuherekeje mu Nama Rusange ya 71 y’Umuryango w’Abibumbye, kuri uyu wa Kane, itariki 22 Nzeri 2016, bitabiriye inama hagati ya Israel na Afurika ndetse n’ibindi bihugu biri mu nzira y’amajyambere. Iyi nama ikaba yayobowe na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamini Netanyahu. Reba Amafoto: Amafoto: Village Urugwiro Kanda hano ujye […]

Perezida Kagame yasabye amahanga kwita ku mpunzi bazigaragariza urukundo n'impuhwe

Mu Nama Rusange ya 71 y’Umuryango w’Abibumbye ibera i New York, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yahamagariye ibihugu bikize kw’isi kuzirikana ikibazo cy’impunzi igihe cyose aho kugiha agaciro ari uko cyibasiye ibihugu bikize. President Kagame on issue of refugees: It cannot become a crisis only when the wealthier countries begin to be affected #UNGA71 – […]