Ni umusore ushaka umukunzi, ashaka umukobwa ubyibushye igice cyo hasi
Mwese ndabasuhuje cyane, nkunda gusura uru rubuga pe, ariko abenshi ni imikino gusa ntibazi icyo bashaka bigatuma nufite gahunda bamushyira muri kagatebo k’abakina, Njyewe si uko rero ndakomeje, ndifuza umukobwa ukuze guhera kuri 26ans kuzamura nushaka uzabe uri fille mere w’umwana umwe uzi icyo urukundo rusaba uzi kwita ku mukunzi we nange nkakwitaho mu rukundo […]
Ni umukobwa, arashaka umukunzi atitaye ku icyo ari cyo- (Fungura ubone nimero ze)
Ndashaka umugabo uko yaba ameze kose, yaba afite akazi yaba atagafite apfa kuba afite urukundo byaba byiza ari muremure bitari cyane kandi w’imibiri yombi.kuko nanjye ntakazi mfite ariko ukondi ndishoboye.ufite gahunda yampamagara kuri iyi nimero;0727875968. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri […]
Ese abakirisitu bakwiye kwinezeza( babwita kurya ubuzima)?
Bibiliya ivuga ko igisubiza kuri iki kibazo ari “YEGO”, abayoboke ba kristo bemerewe kwinezeza ndetse kutabikora bishobora kuba icyaha, ariko ikirenze kuri iki gisubizo abantu bakwiye kumenya uburyo kwinezeza bya gikirisitu bikorwamo. Abantu benshi batekereza ko kkwinezeza binyuranyije n’imico y’abashaka kujya mu ijuru, iyi myumvire yaba ari ubuyobe, incuro nyinshi bibiliya yagiye yemerera abantu kwishimisha […]
Umunyarwenya Alex Muhangi wo muri Uganda agiye kuza kunezeza Abanyarwanda
Alex Muhangi, umunyarwenya ukomoka mu gihugu cya Uganda azaba ari mu mujyi wa Kigali mu mpera z’iki cyumweru aho azaba yitabiriye ibirori byo kumurika imideli bitegurwa na Cole agency. [ad id=”44145″] Mu kiganiro na Mukama Nichole, umunyamideli ukomeye wo mu gihugu cya Uganda, yatangarije Bwiza.com ko ibyo birori bizaba birimo udushya twinshi, kwiyerekana mu myambaro […]
Umuhungu wa Jose Chameleone yatsindiye umudari wa Zahabu mu koga
Umuhungu w’umuhanzi Jose Chameleone, Abba Marcus bakunze kwita T Rex aravugwaho kuba umwe mu bana bafite impano zitandukanye mu gihugu cya Uganda ariko cyane cyane akaba azwiho gutsinda amarushanwa ajyanye no koga. Mu mpera z’uku kwezi dusoje kw’Ukwakira yatsindiye ibihembo bikomeye birimo umudari wa Zahabu ndetse n’indi midari 2 y’Umuringa mu marushanwa yo koga mu […]
U Bufaransa bwasabye ibihugu by’Afurika byavuye muri ICC gusubiramo
Nyuma y’uko ibihugu byo ku mugabane w’Afurika birimo Gambia, Afurika y’Epfo ndetse n’u Burundi bishyize ku mugaragaro impapuro zigaragaza ubwegure mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, leta y’u Bufaransa yasabye ko ibi bihugu bigarukamo hakavugururwa imikorere y’urukiko. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Ukwakira, nibwo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu Bufaransa yatangaje ko ibi bihugu […]
Nigeria: Abashinzwe umutekano barashinjwa gusambanya abarekurwa na Boko Haram
Ku buryo butagirwaho impaka, abagore bagera kuri bane bemereye Human rights Watch ko bakorakowe ndetse basambanywa n’abashinzwe umutekano, abandi bagera kuri 37 bashowe mu mibonano mpuzabitsina babeshywe ko bashyingiwe nk’umugabo n’umugore cyangwa babeshywe ubufasha bw’amafaranga. [ad id=”44145″] Aba bose bemeza ko batamenye irengero ry’izo ngirwa bagabo babo nyuma y’uko babaga bamaze guterwa inda, ibi ngo […]
Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiyemo imifuka 6 y'urumogi na Waragi
Polisi y’u Rwanda yafashe umwe mu bari bapakiye ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye mu modoka ebyiri zafatiwe mu mikwabu yakozwe ku wa 31 Ukwakira, aho mu karere ka Kicukiro yahafatiye uwitwa Ahishakiye DieudonnĂ© apakiye imifuka itandatu y’urumogi muri Toyota Carina ifite nimero ziyiranga RAD 336 D, akaba afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kicukiro. [ad id=”44145″] Umuvugizi […]
Koreya ya Ruguru: Hari impungenge ko perezida Kim Jong Un yaba yarivuganye umugore we
Impungenge zivanze n’ubwoba bikomeje kwiyongera hibazwa irengero ry’umugore wa perezida wa Koreya ya Ruguru ngo umaze amezi agera kuri arindwi atagaragara mu ruhame. Impungenge zikaba ziterwa no kuba perezida Kim Jong Un adatinya kwivugana abantu bo mu muryango we batumva ibintu kimwe cyangwa bakoze agakosa gato gusa. [ad id=”44145″] Umugore wa mbere muri Koreya ya […]
Mugore, kutayobora umugabo wawe ahakunyura mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bishobora kugusenyera
Ahanini iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina ntabwo tuba tuvuze ubusambanyi, tuba tuvuze ikorwa hagati y’abashakanye, iyi ngingo kandi ikaba ikunze gusenya ingo nyinshi mu gihe itagenze neza ku mpande zombi. Abagore benshi bakunze kwibwira ko umugabo ari we ugomba kumutegura cyangwa kumwibutsa ko bagomba gukora imibonano mpuzabitsina, we akaba yatinya kumusembura ,…ariko mu by’ukuri aba yibeshya […]
Ibihugu by’Afurika nibyo biza ku mwanya wa mbere mu kwica abanyamakuru ku isi
Muri raporo yashyizwe ahagaragara muri iki cyumweru na komite y’akanama karebera abanyamakuru ku isi, igaragaza ko byibuze abanyamakuru basaga 30 bamaze gupfa guhera mu mwaka ushize wa 2006 mu bihugu bya Sudani y’epfo, Somalia ndetse na Nigeria gusa. Ibihugu 2 byo ku mugabane w’Afurika birimo Somalia na Sudani y’epfo, ni byo bihugu biza mu myanya […]
RDC: Inyeshyamba 3 za Maà ¯-Maà ¯ zaguye mu mirwano yazihuje n’abapolisi
Inyeshyamba 3 zo mu mutwe wa MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, ziciwe mu karere ka Mangina muri Beni ho muri Kivu y’Amajyaruguru, mu mirwano yazihuje n’abapolisi aho amakuru aturuka aha avuga ko guhangana gukunze kubaho iyo hahigwa agatsiko k’abarwanyi b’uyu mutwe ngo kagenda gashyira za tatouages ku bana b’ingimbi bo muri iyi […]
MINEDUC iravuga ko gukopera ntaho byamenera mu bihe by’ibizamini bya leta
Kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2016, abanyeshuri basoza amashuri abanza mu gihugu hose batangiye ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2016. Mu muhango wo gutangiza ibi bizami ku rwego rw’igihugu wabereye ku ishuri ribanza rya St Famille mu mugi wa Kigali, Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ibijyanye no gukopera mu bizamini yahagurukiye kubirwanya n’aho […]
Bomboribombori muri Rayon sport, Komite zananiwe kumvikana ku mutungo w'ikipe
Inkuru ibabaje ku bakunzi n’abafana b’ikipe ya Rayon Sport izindukiye mu binyamakuru bitandukanye ivuga ko batatu mu bari abayobozi b’umuryango wa Rayon Sport bamaze kwegura ku mirimo yabo nyuma y’ubwumvikane buke mu micungire y’umutungo w’iyi kipe y’i Nyanza . [ad id=”44145″] Abeguye ni uwari umunyamabanga Mukuru akaba n’umuvugizi w’umuryango wa Rayon Sports Ange Claudine Musabende, […]
Umunyamakuru Robert Mugabe ngo ahangayikishijwe n’umutekano we n’uwabamuha amakuru
Umunyamakuru Robert Mugabe, umuyobozi w’ikinyamakuru cyigenga, Graet Lakes Voice, aravuga ko ajya ahohoterwa n’abantu bari mu myambaro ya gisivili harimo bamwe bafite imbunda ndetse bakamwibwira nk’abashinzwe umutekano, aho avuga ko rimwe yahohotewe n’abo bantu bakamutwara telephone akaba avuga ko ahangayikishijwe n’umutekano we ndetse n’uw’abajyaga bamuha amakuru. [ad id=”44145″] Mugabe avuga ko ubwa mbere hari kuwa […]
Miss Uganda, Anita Fabiola yongeye gushyira hanze amafoto ashotora abagabo- AMAFOTO
Anita Fabiola, umunyamakuru mu gihugu cya Uganda wanacyambariye ikamba nk’igisonga cya mbere cya nyampinga, kuri ubu akomeje kuvugwa mu binyamakuru bitandukanye nyuma yaho ashyiriye amafoto ku Karubanda asa nk’ashotora abagabo. Ikinyamakuru howwe.bi cyo muri Uganda cyo gitangaza ko ari amafoto ya Fabiola yambaye ubusa, gitangaza ko aya mafoto y’uyu mukobwa yavugishije amangambure abagabo benshi basanzwe […]
U Rwanda rwakiriye inama nyafurika mu bya gisirikare
Kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Ukwakira 2016, u Rwanda rwakiriye inama Nyafurika ngarukamwaka y’iminsi 2, iyi nama ikaba ibaye ku nshuro ya 2, yiga ku mikoranire y’igisirikare mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika ndetse no ku yindi migabane nka Amerika. [ad id=”44145″] Iyi nama yitabiriwe n’abasaga 100 barimo abahagarariye igisirikare mu bihugu […]
Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi b’u Rwanda gukomeza kwesa imihigo
Umuyobozi w’agateganyo wa Polisi iri mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Centrafurika (MONUSCA), Gen. Roland Zamora yahamagariye imitwe ibiri y’abapolisi b’u Rwanda bari muri ubu butumwa gutera intambwe irushijeho besa imihigo nk’abo basimbuye. [ad id=”44145″] Gen. Zamora yabahaye ubu butumwa ku italiki 30 Ukwakira igihe yahaga ikaze abapolisi b’u Rwanda 280 bagize imitwe ibiri ariyo […]
Arusha: Haracyagaragara imbogamizi ku ikoreshwa ry'ifaranga rimwe muri EAC
I Arusha muri Tanzania hari kubera inama iri kwigirwamo uko abaturage bakura inyungu mw’isoko rusange ry’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC. Iyi nama yatangiye kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira ikaba isoza imirimo yayo kuri uyu wa Kabiri, itariki 01 Ugushyingo 2016. [ad id=”44145″] Amasezerano yo gushyiraho isoko rusange hagati y’ibihugu bigize uyu muryango wa […]
Karongi : Polisi y’u Rwanda yagaruje ibyuma bikoreshwa mu kubaka imihanda byibwe
Ku itariki 30 Ukwakira 2016, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Karongi yafashe ibyuma by’imodoka bitandukanye byibwe Kompanyi y’Abashinwa ikora imirimo yo kubaka imihanda mu turere twa Rusizi, Karongi na Rubavu yitwa “China Road and Bridge Corporation”. [ad id=”44145″] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Uburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) ThĂ©obald Kanamugire yavuze […]
Huye: Abanyamuryango ba FPR barasaba ko icyicaro cya kaminuza cyasubizwa i Butare
Abanyamuryango b’ishyaka rya FPR Inkotanyi mu karere ka Huye intara y’amajyepfo barasaba ko icyicaro cya kaminuza y’u Rwanda cyakwimurirwa muri aka karere mu rwego rwo kugirango uyu mujyi urusheho gukomera mu burezi nk’uko ari byo aka karere kiyemeje gushyiramo ingufu mu rwego rwo gukomeza umujyi wa Huye muri gahunda yo gukora imijyi yunganira Kigali . […]
Gatsibo: Umweyo wa ba Gitifu uhitanye 3, hari n’abandi banugwanugwa
Inkubiri yo kwegura kw’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ikomereje mu karere ka Gatsibo mu ntara y’Uburasirazuba, nk’uko bimenyerewe imvugo iracyari yayindi ko beguye ku mpamvu zabo bwite, minisiteri y’ubutegetsi bwigihugu iherutse kwemeza ko kwegura kw’aba gitifu ntacyo gutwaye. Amakuru aturuka muri njyanama y’Akarere ka Gatsibo aravuga ko abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ya Rwimbogo, Nyagahanga ndetse n’uw’umurenge wa Gatsibo […]