USA: Umukobwa w’imyaka 19 aravuga ko atwite kandi yitegura kubyara akana Yesu

Umubyeyi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye umukobwa we ukiri muto kwegera abaganga bakamufasha nyuma yo kwemeza ko atwite kandi agiye kubyara akana Yesu nyamara ngo adatwite na gato. [ad id=”44145″] Uyu mukobwa w’imyaka 19 witwa Haley yasanze umuganga witwa Phil Show, aho yemereje ko nubwo bamupimye bagasanga adatwite, we agiye kubyara vuba. […]

Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe

Iyo benshi bakora imibonano mpuzabitsina bishimisha bahitamo uburyo(position) ubwo ari bwo bwose bumva bubanogeye bitewe naho bari, ariko ku mugabo ushaka gutera inda si iyo ariyo yose yifashisha. Ubushakashatsi bwakozwe na Dr Marilyn Glenville, mbere na mbere avuga ko pozisiyo wakoresha yose ariko umugore wawe atari mu gihe cy’uburumbuke waba ukorera ubusa, atabsha gusama. Gusa […]

Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w’umukobwa agomba gushyingirirwaho

Nyuma y’uko mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka wa 2016 inkiko zo muri Tanzania zishyizeho itegeko rigenera abana b’abakobwa imyaka yo gushyingirirwaho, kuri ubu bamwe mu baturage ndetse n’inzego zifite abana mu nshingano baravuga ko imyaka yashyizweho idakwiye kuko nubundi bitazabuza abana gushaka bakiri bato. Rebeca Gyumi, ni umuyobozi w’umuryango witwa ku bana b’abakobwa “Msichana […]

Umukobwa wakiniye ikipe ya Gambia yarohamye mu Nyanja agerageza kujya i Burayi

Umukobwa ukiri muto wigeze gukinira ikipe y’igihugu y’abagore ya Gambia ari umunyezamu ni umwe mu bimukira barohamye mu Nyanja mu kwezi gushize agerageza kwambuka ava muri Libya yerekeza ku mugabane w’u Burayi asanzeyo musaza we nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane. [ad id=”44145″] Fatim Jawara w’imyaka 20, yavuye muri Gambia anyura mu Butayu bwa Sahara […]

Rwamagana: Abakozi b’Akarere n’ibitaro barahiriye kuzuza neza inshingano zabo

Mu muhango wabereye mu cyumba cy’inama cy’intara y’iburasirazuba, kuri uyu wa gatatu tariki ya 02 Ugushyingo 2016, abakozi b’akarere ka Rwamagana baba abakorera ku biro by’Akarere, imirenge n’utugari ndetse n’abakozi b’ibitaro bya Rwamagana n’ibigo nderabuzima bibishamikiyeho, barahiriye kuzuza neza inshingano zabo ndetse no kubahiriza uburenganzira bw’abo bashinzwe guha serivise. [ad id=”44145″] Muri iyi ndahiro, abakozi […]

Ijambo ry'Imana: Ese Imana ko ikunda abantu bayo kuki yemera ko bageragezwa?

Ijambo ry’Imana (Abafilipi 4:13). Havugako dushobora byose Kubwa christo uduha Imbaraga. Iyo dusoma Bibiliya dusanga abantu bose bakoreye Imana, bakunze kenshi kunyura mubigeragezo binyuranye. -Abrahamu n’umufasha we babuze urubyaro. -Dawidi akimara gusigwa amavuta, guhera ubwo Sauli Yatanguye kumuhiga ngo amwice, -Anna yarasengaga asaba Imana umwana, kugeza ubwo bamwita umusinzi, Ni benshi twavuga… Ariko hamwe nibitugerageza […]

Turkiya: Guturika guhambaye hanze y’ibiro bya polisi kwahitanye byibuze 8 abasaga 100 barakomereka

Byibuze abantu 8 bishwe abandi basaga 100 barakomereka kuri uyu wa Gatanu nyuma y’iturika rihambaye ryabereye hanze y’ibiro by’igipolisi mu mujyi wa Diyarbakir wo mu gihugu cya Turkiya nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye bivuga ko uku guturika kwabaye nyuma y’amasaha macye hafunzwe abayobozi batavuga rumwe n’ubutegetsi. [ad id=”44145″] Televiziyo zerekanye amashusho y’abantu basohoka mu nzu buzuye […]

Mukobwa, niba ushaka umukunzi fungura ubone imyirondoro y'abasore

1.Muraho, nanjye(Olivier) ndifuza umukunzi w’umukobwa ufite urukundo rwukuri kandi rutanga umwanya. agomba kuba ari inzobe, ari mutomuto ariko afite amabuno, afite imyaka hagati ya 20 kugeza kuri 25, agomba kuba yiga cg yarize muri Kaminuza kandi agerageza kuba yifashije. agomba kuba ari tayali gushinga urugo mu myaka ibiri iri imbere. nanjye mfite imyaka 28, ndi […]

Umufasha wa perezida Kagame yatangaje umurage ukwiye guhabwa abana b’u Rwanda

Madane Jeannette Kagame yasabye ababyeyi kwitoza kurera abana bazagirira igihugu akamaro kandi bakanishimira kukibamo, ibi Jeanette Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ugushyingo 2016 ubwo umuryango “unit club”wizihizaga isabukuru y’imyaka 20 Umufasha w’umukuru w’igihugu yafuze ko kuzaraga abana b’u Rwanda igihugu bishimiye bizatuma nabo barushaho kugikorera bishimye bikazateza imbere umuryango nyarwanda wose. [ad id=”44145″] […]

Abayobozi ba Banki nkuru y'u Rwanda n'u Burundi basanga hakenewe ibiganiro ku bihugu byombi

Mu nama iherutse kubera i Arusha muri Tanzania, Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda(BNR), John Rwangombwa yatangaje ko kuba igihugu cy’u Burundi cyarafunze umupaka ubuhuza n’u Rwanda byagize ingaruka nini ku bihugu byombi. Nk’uko bitangazwa n’ijwi rya Amerika, yagize ati “u Burundi bwahisemo gufunga umupaka ubuhuza n’u Rwanda ku mpamvu bo bita izabo bwite. Ibyo […]

U Rwanda rukomeje gutanga amasomo mu karere na Uganda abazunguzayi bahagurukiwe

U Rwanda rukomeje guha amasomo no kubera intangarugero ibindi bihugu byo mu karere, aho nyuma yo kwigisha Abarundi gusoresha aho baparika amamodoka mu mujyi, ndetse abatwara abanyonzi ku magare muri iki gihugu bakaba baherutse gutegekwa kwambara imyambaro ibaranga, kuri ubu mu gihugu cya Uganda ho abacururiza mu mihanda bakaba bahagurukiwe. [ad id=”44145″] Minisitiri ushinzwe umujyi […]

CNLG irasaba za kaminuza n’amashuri makuru guhangana n’ingengabitekerezo ya jenoside

Ku wa kane tariki ya 3/11/2016, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside yagiranye inama na za Kaminuza n’amashuri makuru yo mu Rwanda.Inama yitabiriwe n’ibigo bigera kuri 46. Mu kuyobora iyo nama, Dr Gasanabo Jean Damascène yafatanyije na Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney, umudepite uri mw’Ihuriro rishinzwe kurwanya jenoside mu Nteko Ishingamategeko. [ad id=”44145″] Intego nyamukuru y’iyo […]

Imodoka 11 z'agaciro z’umuhungu wa perezida Obiang Nguema zafatiriwe mu Busuwisi

Imodoka 11 z’agaciro n’iza sport za Teodorin Obiang Nguema, umuhungu wa perezida wa Guinea Equatorial zafatiriwe n’abayobozi b’u Busuwisi. [ad id=”44145″] Ibi bikaba byakaozwe mu rwego rw’iperereza ry’ibanze kuri ruswa. Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru ukora inkuru zisaba kubanza gukora iperereza witwa Francois Pilet, iri fatira ry’izi modoka ryabereye i Geneve kuwa Mbere ushize, itariki 31 Ukwakira […]

Ubushomeri bwafashe intera, abantu ibihumbi 700 basabye akazi ahakenewe abakozi 500

Imibare itangazwa n’imiryango mpuzamahanga itandukanye yerekana ko isi igeze mu bihe bikomeye, ikibazo cy’ubushomeri kiri mu bikomeje kuza imbere mu byo isi ihanganye nabyo. By’umwihariko ku Rwanda, ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare giherutse gutangaza ko abanyarwanda 13.2% by’abagejeje ku myaka yemererwa gukora akazi kuri ubu bari mu bushomeri, iyi mibare yatangajwe mu kwezi kwa gatandatu mbere y’uko […]

Hanze hari udutsiko tw’abantu batifuza kubona ubwiyunge bw’Abanyarwanda — Hon. Mukantabana

Ngo hari udutsiko tw’abantu hanze y’u Rwanda batifuza kubona ubwiyunge bw’Abanyarwanda kandi ngo tukaba ari imbogamizi mu gushyira mu bikorwa gahunda ya Unit Club ndetse no kuri guverinoma y’u Rwanda nk’uko byatangajwe na minisitiri seraphine Mukantabana, komiseri wungirije ushinzwe ubuvugizi muri Unity Club. [ad id=”44145″] Mukantabana yavuze ko utwo dutsiko tw’amacakubiri tugizwe n’amadayimoni y’ingengebitekerezo yo […]

Burundi: Urukiko mu Busuwisi rwanze ko ibisigazwa by’umugogo wa Mwambutsa IV bicyurwa

Nyuma y’imyaka 4 y’intambara mu butabera mu gihugu cy’u Busuwisi, urukiko rwo mu mujyi wa Geneve amaherezo rwemeje ko ibisigazwa by’umugogo w’umwami Mwambutsa IV w’u Burundi bitazacyurwa mu Burundi. Umugogo w’uyu wahoze ari umwami w’u Burundi ukaba warashyinguwe mu Busuwisi mu 1977, ariko hakaba hari hashize imyaka 4 haratangijwe urubanza ku kuntu ibisigazwa by’umugogo w’umwami […]

Shampiyona irakomeza ku munsi wa kane, uko amakipe azaba yesurana

Kuva kuri uyu wa gatanu mu Rwanda harakomeza imikino ya AZAM Premier League, iraba ikinwa ku munsi wayo wa kane, iyi mikino irabimburirwa n’umukino uhuza ikipe ya Police FC na Gicumbi FC, urabera ku Kicukiro. Iyi mikino izabera ku bibuga bitandukanye byiganjemo ibyo hanze y’umujyi wa Kigali izasozwa kuri iki cyumweru ubwo hazaba hakinwa umukino […]

Sudani y’Epfo: Umusirikare wa Kenya wari uhagarariye UN yasimbujwe Umushinwa

Nyuma y’uko umunyamabanga wa Loni, Ban Ki-moon yirukanye Lt-Gen Johnson Mogoa Kimani Ondieki w’Umunyakenya wari uhagarariye ingabo za Loni muri Sudani y’Epfo, amushinja kutuzuza inshingano zo kurindira abasivile umutekano, kuri ubu yasimbujwe Gen Chaoying Yang ukomoka mu Bushinwa. Nk’uko byamaze gutangazwa n’umuvugizi wa Loni, Stephen Dujarric, ngo uyu musirikare wo mu Bushinwa aje asimbura uwo […]

Amerika: Urusengero rw’abirabura rwatwitswe n’abamamaza D.Trump rurakongoka

Urusengero rwa gikirisitu ruzwi ku izina rya “Hopewell Missionary Baptist” ruherereye muri Mississipi, muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, iperereza riravuga ko rwatwitswe n’abari ku ruhande rw’umukandida Donald Trump, mu bisa n’imyigaragambyo ikangurira abantu kumutora muri iki cyumeru. Uru rusengero rwakongowe n’inkongi y’umuriro ngo rwasengeragamo abafite inkomoko yo muri Afurika b’abirabura basaga ibihumbi 35, ubu […]