Umusifuzi yishwe n'umukinnyi amuziza ko yamuhaye ikarita itukura

Umukinnyi w’umupira w’amaguru witwa Ruben Rivera Vazquez wo mu gihugu cya Mexique, kuri ubu arahigwa bukware nyuma yo kwivugana umusifuzi ku munsi w’ejo amuziza kumuha ikarita itukura. Ku munsi w’ejo ku cyumweru, ubwo uyu musifuzi witwa Victor Trejo yasifuriraga abakinnyi bari mu myitozo bisanzwe, ubwo yahaga ikarita y’umutuku uyu mukinnyi witwa Ruben Rivera Vazquez. Uyu […]

“Itangazamakuru ridafite amafaranga rirakoreshwa” Ibivugwa n'abaryigisha mu Rwanda

Raporo ya Reporters without Borders yemeza ko u Rwanda ruri mu bihugu biniga ubwisanzure by’itangazamakuru, n’ubwo Dr Kayumba Christophe atemera ko u Rwanda nk’igihugu rwaba runiga itangazamakuru, iyi nzobere muri politiki mpuzamahanga akaba n’umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda mu ishuri ry’Itangazamakuru yemera ko imikorere y’itangazamakuru mu Rwanda igaragaza ko ritisanzuye, ibintu ahuza n’ubukene bw’ibasiye uyu […]

U Burundi burashinjwa gusahura zahabu muri Congo bufashijwe na FDLR

Leta y’u Burundi iravugwaho kugurisha zahabu ku masoko yo muri Aziya ariko iperereza ryakozwe na Loni rikagaragaza ko zirenze izaba zicukurwa muri iki gihugu ahubwo ko buba bwazisahuye mu gihugu cya Congo. Bitangazwa kandi ko iki gihugu cy’u Burundi kiba cyasahuye aya mabuye ya Congo bubifashijwemo n’inyeshyamba zirimo na FDLR by’umwihariko na bamwe mu basirikare […]

Cambodge: Umusenateri yakatiwe igifungo cy’imyaka 7 azira facebook

Urukiko rwo mu gihugu cya Cambodge kuri uyu wa Mbere rwakatiye umusenateri uva mu ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi igifungo cy’imyaka 7 azira ibintu yashyize ku rukuta rwe rwa facebook. Ibi abanenga ubutegetsi bakaba bavuga ko ari ikigaragaza ukuntu guverinoma y’iki gihugu ikomeje guca intege abatavuga rumwe nayo. [ad id=”44145″] Hong Sok Hour, wari umusenateri uhagarariye […]

Inzozi za Eden Hazard ni ukuza mu bakinnyi 5 ba mbere beza (Top 5)

Nubwo bwose avuga ko atigeze agira amahirwe yo kuza ku rutonde rw’abazahatanira ballon d’or 2016, Eden Hazard umusore ukinira Chelsea avuga ko afite intego yo kuza mu bakinnyi 5 beza. [ad id=”44145″] Yagize ati: “Umwaka ushize w’imikino ntabwo nari meza neza, kuba ntarashyizwe ku rutonde ku bwanjye ntacyo bimbwiye ni ibisanzwe, ku bwanjye ntabwo nshishikajwe […]

”Imyaka maze nkorera leta ni myinshi ubu ngiye kuruhuka, icyo nzakora muzakimenya nyuma”- Bosenibamwe

Bosenibamwe Aime wahoze ayobora intara y’amajyaruguru aratangaza ko nyuma y’imyaka amaze akorera leta agiye kubanza kuruhuka hanyuma akagarukana ingamba nshya z’ibyo agiye gukora nyuma yo gukurwa ku mirimo ye. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com ku murongo wa telefone, Bosenibamwe yagize ati”haracyari kare sindamenya icyo ngiye gukora. Gusa ngiye kubanza nduhuke hanyuma icyo nzakora nzakibatangariza mu […]

Dore urutonde rw'abahanzi bahize abandi mu marushanwa nyafurika ya AFRIMA awards 2016

Ku ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere tariki ya 7 Ugushyingo 2016, muri Nigeria hasojwe amarushanwa nyafurika ya AFRIMA awards 2016. [ad id=”44145″] Iri rushanwa ryari ryahuje abahanzi batandukanye bo ku mugabane w’Afurika, igihugu cya Tanzania kikaba ari kimwe mu bihugu byaje ku mwanya wa mbere gihagarariwe n’umuhanzi Diamond Platnumz wabaye umuhanzi w’umwaka […]

Uvuga ko ari umuhungu wa Bill Clinton yitabaje Obama ngo amurenganure

Umugabo uvuga ko ari umuhungu wa Bill Clinton wigeze kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabaje perezida Barrack Obama amusaba ko bapima DNA za Bill Clinton hakemezwa ko ari umuhungu we koko. [ad id=”44145″] Danney Williams w’imyaka 30, yavuze ko ari umuhungu mukuru wa Bill Clinton kuva kera, ariko ubu noneho aravuga ko […]

Uganda: Umuhanzi Sheebah Karungi ngo afata se nk'uwapfuye akemeza ko nyina ari nawe se

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda, Sheebah Karungi, muri iki cyumweru gishize yatangarije ikinyamakuru Kampala Sun amateka ye avuga ko nta se agira, nubwo ahari, ashimangira ko se afite ari nyina. [ad id=”44145″] Ubwo yaganiraga n’iki kinyamakuru, Sheebah yavuze ko afata se umubyara nk’uwapfuye nubwo bwose ngo ariho ari muzima, bitewe nuko ngo atigeze amuba […]

Burundi: Barashyingura bugacya isanduku n’ibindi umurambo uhambyemo byibwe

Ubujura bukomeje kuvugwa mu irimbi rya Mpanda riherereye mu ntara ya Bubanza mu Burundi, aho bashyingura umurambo, bugacya abajura basambuye imva ibyari biyubatse babyibye. Mu gihe polisi itangaza ko abihishe inyuma y’ubwo bujura batari bamenyekana, abashinzwe kuzicukura (imva) batangaje ko ubu bujura bwatangiye mu kwezi kwa 8 ubu imva zirenga 75 zikaba zaribwe. Umwe yagize […]

Rusizi : Yibye ihene bamuzengurutsa umujyi ayihetse

Ubujura bw’amatungo yiganjemo amato bukabije bwatumwe abatuye mu karere ka Rusizi bahanisha umujura wafatanywe ihene yamaze kuyica igihano kidasanzwe mu muco Nyarwanda. Ibi byabaye kuri uyu wa mbere, taliki ya 7 Ugushyingo 2016, ubwo abatuye Rusizi, umurenge wa Bugarama bazindutse bahekesha ihene umujuru witwa Habimana Maurice wafashwe saa saba z’ijoro afatiwe mu rugo rw’umuturanyi amaze […]

Nyuma yo gukurwa ku buguverineri, Bosenibamwe yanakuwe ku buyobozi bwa RPF-Inkotanyi

Kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2016, nibwo uwahoze ari Guverineri w’intara y’Amajyaruguru Bosenibamwe Aime yashyikirije ibitabo birimo ibikorwa by’umuryango FPR Inkotanyi, umuyobozi mushya w’iyi ntara Musabyimana Jean Claude wamusimbuye kuri uyu mwanya. Ni nyuma gato y’impinduka zabaye muri guverinoma y’u Rwanda ku bijyanye n’ihinduranya ry’abayobozi, aho uwari guverineri Bosenibamwe Aime yaje gusimbuzwa kuri uriya mwanya […]

Sudani y’Epfo: Uwitwaje imbunda yarashe abantu barebaga umupira yicamo 11 akomeretsa 16

Abantu bagera kuri 11 biganjemo abafana b’umupira w’amaguru, biravugwa ko kuwa Gatandatu ushize ninjoro bishwe barashwe n’umuntu witwaje imbunda wabasanze aho bari bari kurebera umupira wo muri shampiyona y’u Bwongereza (English Premier League), abandi 16 barakomereka. [ad id=”44145″] Ibi bintu byabereye mu gace ka Gure ko mu majyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru, Juba. Nta muntu ukekwaho […]

Umunsi mukuru w'itangazamakuru muri Afurika wizihirijwe mu Rwanda, uko byifashe mu mafoto

Kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2016, itangazamakuru ryo mu Rwanda ririzihiza ku ncuro ya munani umunsi w’itangazamakuru mu Rwanda, uyu munsi kandi wanahujwe no kwizihiza umunsi w’itangazamakuru muri Afurika. Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Johnston Busingye, nk’umushyitsi mukuru kuri uyu munsi yibukije abanyamakuru amateka mabi yaranze itangazamakuru ryo hambere mu Rwanda […]

Sudani: Ingabo z’u Rwanda zamuritse ibyumba by’amashuri n’ibiro zubakiye abaturage

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani zo muri batayo ya 73 y’ingabo zirwanira ku butaka, kuri uyu wa 05 Ugushyingo 2016 bamurikiye abaturage bo mu nkambi ya El Salaam mu mujyi wa El Fasher, ibyumba bitatu by’amashuri n’ibiro babubakiye. Kubaka iri shuri ryisumbuye ry’abakobwa bikaba byarakozwe ku bufatanye bw’ihuriro ry’abakirisitu […]

Perezida Kagame akoresha Twitter cyane ariko bamwe muri ba meya (mayor) bameze nk’abayitinya

Twifuje kabimbura inkuru yacu tubasogongeza kuri utu twa “Wari uzi ko “ tune kugirango utaza kwicwa n’amatsiko! Uyu munsi turibanda ku itumanaho n’isakazabumenyi ryogeye ku isi rikoresha ubuhanga buzwi nka Twitter. Mbere na mbere ariko nagirango nkwibarize nkuko nabivuze haruguru; Mbega waruziko : Akarere ka Rwamagana ariko kaza ku isonga mu Turere dukoresha Twitter cyane […]

U Rwanda rwiteze byinshi ku nama mpuzamahanga ku mihindagurikire y’ikirere muri Marocco

U Rwanda ni rumwe mu bihugu nyafurika bigiye kwitabira inama mpuzabahanga yateguwe ku bufatanye n’umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa 7 Ugushyingu 2016, iyi nama ikaba yitezwe kubera mu gihugu cya Marocco, igamije kurebera hamwe icyakorwa mu guhangana n’ibibazo biterwa n’imihindagurikire y’ikirere. [ad id=”44145″] Muri iyi nama ihuza abashakashatsi batandukanye hirya no hino ku isi ku […]

U Budage: Minisitiri arifuza kujya atangira abimukira bataragera mu Burayi bagasubizwa inyuma

Minisitiri w’umutekano w’u Budage arashaka kubuza abimukira kongera kugera ku nkombe z’inyanja ya Mediterane z’u Burayi, abasanga mu nyanja agahita abasubiza muri Afurika bataragera mu Burayi nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cyo muri iki gihugu, Welt am Sonntag, kuri iki Cyumweru. [ad id=”44145″] Mu kintu gishobora gusa nko guhinduka kw’igihugu cyari gisanzwe gifite politiki nziza zo kwita […]

Umunyemari Bertin Makuza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere

Umurambo w’umunyemari, Bertin Makuza uherutse kwitaba Imana azize indwara y’umwijima mu cyumweru gishize uri bushyingurwe kuri uyu wa Mbere nk’uko byatangajwe n’umuryango wa nyakwigendera. [ad id=”44145″] Makuza yitabye Imana aguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faysal kuwa gatatu ushize afite imyaka 73, akaba assize umugore n’abana batandatu. Umuhango wo kumuherekeza bwa nyuma iratangira muri iki gitondo […]

Polisi yataye muri yombi abashoferi 16 bagerageza gutanga ruswa

Umuvugizi w’ishami rya polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kabanda yavuze ko aba bashoferi bagera kuri 16 bafashwe mu cyumweru kimwe bose bagerageza guha abapolisi bashinzwe umutekano wo ku muhanda ruswa nyuma y’uko babaga bishe amategeko y’umuhanda. [ad id=”44145″][ad id=”44145″] CIP Emmanuel Kabanda yagize ati “Mu cyumweru gishize honyine […]