Burundi: Kuba Sylvestre Ntibantunganya atishwe ngo byabera urugero n'izindi mpunzi zose

Imiryango itegamiye kuri leta iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi nka PISC na CAPES+ yahamagariye impunzi z’iki gihugu aho ziherereye mu bihugu bituranyi byose gufatira urugero ku itahuka ry’uwahoze ari perezida w’u Burundi, Sylvestre Ntibantunganya wafashe icyemezo cyo guhunguka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi miryango yasabye imbunzi z’Abarundi aho ziherereye hose gufaira ku rugero rwo kuba na […]

Perezida Salva Kiir yasabye imbabazi Abanyasudani y’Epfo

Umukuru w’igihugu cya Sudani y’Epfo, Salva Kiir yatangaje ko yumva akozwe ku mutima n’akababaro k’abatuye iki gihugu nyuma y’intambara n’inzara byakuruwe no kutumvikana kw’Abanyapolitikiasaba imbabazi abaturage be avuga ko agiye guharanira ko habaho amahoro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Perezida Salva Kiir yabitangaje kuri uyu wa 14 Ukuboza 2016 ubwo yagezaga ku baturage ijambo ryo gusoza umwaka […]

Reba Video ya Papa Francis agenera abatumva ubutumwa bwa Noheli

Umuyobozi wa kiliziya gatulika ku isi yongeye kugaragara akora ibimenyetso byifuriza ababana n’ubumuga bwo kutumva umunsi mukuru mwiza wa Noheli. Noheli ni umwe mu munsi mikuru yizihizwa n’Abakirisitu Gatulika ku isi, umushumba wa kiliziya yahisemo gukoresha ibimenyetso kugirango yereke abayoboke b’iri dini bafite ubumuga bwo kutumva ko abazirikana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Si ubwa mbere Papa Francis […]

Ngororero: Abaturage barembejwe n'inkoni bakubitwa n'abasinzi

Amarira ni menshi ku baturage bo mu murenge wa Ngororero ho mu karere ka Ngororero, bahohoterwa, bagakubitwa n’ abasinzi n’ abanywatabi rimwe na rimwe babasanga aho baba baraye ku irondo ku murenge n’ahandi, nyuma bakanajya mu mirima y’abaturage bakiba. Aba baturage bakaba batabaza ubuyobozi ngo bubarenganure bubakize ibikorwa by’urugomo bagirirwa n’abasinzi babasanga aho barara irondo […]

Minisitiri Mushikiwabo yamaze impungenge Abanyarwanda baba mu mahanga batatoraga

Kuri uyu wa 15 Ukuboza 2016 ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiraga ibibazo bitandukanye by’Abanyarwanda baturutse hirya no hino mu gihugu nama y’Umushyikirano ku nshuro ya 14, bamwe mu banyarwanda baba mu mahanga bagaragaje imbogamizi zitandukanye bagira zituma batabasha gutanga umusanzu ku gihugu cyabo zirimo no kuba batagira Ambasade. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] John […]

Umwana ukomoka ku babyeyi batatu azavuka mu mpera za 2017

Kuri uyu wa 15 Ukuboza 201, Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyororokere no kuboneza urubyaro mu gihugu cy’Ubwongereza cyatangaje ko ubushakashatsi cyakoraga ku kurema umwana mu babyeyi batatu bwarangije kubonerwa umurongo ndetse uko uyu mwana azavuka bitarenze mu mpera za 2017 [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu bushakashatsi bwatangijwe mu rwego rwo gushakisha icyakorwa kugirango abana barindwe kuvukana ibyorezo by’indwara […]

Mozambique: Umukobwa wa perezida Armando Guebuza yishwe

Valentina Guebuza, wari umunyemari ukomeye akaba n’umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Mozambique, Armando Guebuza, yishwe n’umugabo we amurashe ubwo bari mu rugo rwabo mu murwa mukuru wa Mozambique nk’uko byatangajwe n’igipolisi kuri uyu wa Kane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Valentine Guebuza, wari umwe mu bagize komite y’ishyaka FRELIMO, riri ku butegetsi, akaba ndetse yari umwe mu bagore […]

Dore amafoto y’ubukwe bwabaye ubw’amateka ku Isi

Umuntu aravuka agakura akagera aho yubaka urugo, benshi usanga ibi birori babitegurana ubushake n’imbaraga nyinshi kugirango bazajye babyibukiraho amateka y’urukundo rwabo babiri bashyingiranwe. Ni muri urwo rwego bamwe bagera n’aho babitegura cyane bikabarenga bikagera naho bakora ibidasanzwe bigatangaza isi yose, ndetse bikanafatwa nk’ubusazi kandi ari ku bw’ibyishimo bya ba nyiri ibirori. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibindi mu […]

Umuhanzi Ashley Diva wo mu Burundi agiye gukorana indirimbo n’umuhanzi ukomeye mu Rwanda

Umuhanzikazi umaze gutera intambwe igaragara, Ashley Diva wo mu gihugu cy’u Burundi, aratangaza ko agiye gukorana indirimbo n’umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda nk’uko yabitangarije urubuga UBMNews dukesha iyi nkuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo yaganiraga n’uru rubuga mu minsi ishize, Ashley Diva yagize ati: “ Ubu ndimo nditegura gukorana indirimbo n’umwe mu baririmbyi bakomeye mu gihugu cy’u […]

Urutonde rw’ibihugu 10 byugarijwe n’ubukene kuruta ibindi muri Afurika

Afurika ni umwe mu migabane yo ku isi minini ndetse ukaba unafite abantu benshi. Uyu mugabane ugizwe n’ibihugu 54 birimo ibyiciro 4 mu bijyanye n’icyo umuntu yakwita ubukungu cyangwa iterambere. Hari ibihugu byateye imbere, ibiri mu nzira y’iterambere, ibihugu bikennye ndetse n’ibihugu bikennye cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aha turagaruka ku bihugu bibarizwa kuri uyu mugabane bikennye […]

Gicumbi: Umuyobozi w'akarere yasezeranyije imiryango 38 irimo iyabanaga itarasezeranye

Mu rwego rwo gukomeza gahunda y’ ubukangurambaga y’iminsi 16 igamije kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa mu miryango no gukomeza gukangurira abaturage kwitabira ukwezi kw’irangamimerere bandikisha abana ndetse banasezerana imbere y’amategeko, Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 14 Ukuboza 2016 Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, MUDAHERANWA JuvĂ©nal ari hamwe n’Umuyobozi wa Burigade ya 503, Lt.Col. MASUMBUKO Alexis […]

Umwe mu myanzuro y’ingenzi perezida Kagame yifuza mu mushyikirano 14

Inama y’igihugu y’umushyikirano yatangiye kuri uyu wa 15 Ukuboza 2016, ni inama ihuza abayobozi mu nzego zose z’igihugu ndetse n’Abaturage bose muri rusange. Atangiza ku mugaragaro iyi nama ibaye ku nshuro ya 14, umukuru w’igihugu Paul Kagame yibukije ko intego n’umugambi bikwiye kuranga u Rwanda ari ukwigira, aha perezida Kagame yasabye ko iyi nama yazasozwa […]

Inzego z’ubutasi mu Bufaransa zirashinja benewabo guhanura indege ya Habyarimana

Ikinyamakuru Le Canard Enchaà®nĂ© cyo mu Bufaransa kiratangaza ko inyandiko zo mu ubuyobozi bukuru bushinzwe umutekano hanze y’igihugu mu Bufaransa buzwi nka DGSE ndetse n’urwego rw’ubutasi mu gisirikare, DRM, zigaragaza ko abasirikare b’Abafaransa bagize uruhare mu guhanura indege ya Habyarimana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko inkuru ya Le Canard Enchaà®nĂ© yasohotse kuri uyu wa Gatatu igahabwa umutwe […]

Ngozi: Guverineri yatangaje ko nta kibazo gikomeye cyagaragaye ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda muri uyu mwaka

Guverineri w’Intara ya Ngozi mu majyaruguru y’u Burundi, Albert Nduwimana, kuri uyu wa Gatatu yahamagaje inama y’umutekano yari igenewe abayobozi ba za komini, abakuru ba za serivisi, abahagarariye za sosiyete sivile, amatorero n’amashyaka ya politiki bikorera muri iyi ntara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’u Burundi (ABP), ngo iyi nama yari igamije gusesengura uko […]

Abanyamakuru baratunga agatoki imiryango mvamahanga mu gufasha Leta kuniga itangazamakuru

Umuryango w’ibihugu by’Iburayi wateguye ikiganiro rusange ku bwisanzure bw’itangazamakuru, nk’inkingi ya mwamba mu burenganzira bwa muntu. Ni inama nyunguranabitekerezo ku buryo abanyamakuru bagira ubwisanzure mu byo bakora. Imiryango mvaburayi ariko, nayo yatunzwe agatoki mu gutiza umurindi abaniga itangazamakuru. Abanyamakuru mvamahanga, abayobozi b’ibitangazamakuru, abafatanyabikorwa b’itangazamakuru ndetse n’abanyamakuru benshi bitabiriye iyi nama. Ibiganiro biyobowe n’inzobere muri uyu […]

Abandi bagororwa 808 bo mu magereza atandukanye bahawe imbabazi

Kuri uyu wa 15 Ukuboza 2016 abagororwa bagera kuri 808 hirya no hino mu magereza atandukanye mu gihugu biyongera ku bandi bagera kuri 62 biganjemo abagore n’abana bari beherutse guhabwa imbabazi na Perezida Paul kagame barekuwe by’agateganyo . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bagororwa bahawe imbabazi hagendewe ku iteka rya minisitiri N o 009/MOJ/AG/2016 rirekura by’agateganyo abarangije […]

Syria: Abaturage ba Aleppo ngo bakomeje gutereranwa nk’Abanyarwanda mu gihe cya Jenoside

Buri uko habaye ubwicanyi bw’indengakamere haravugwa ngo ntibikabe ukundi, none Ntibikabe ukundi iri kuba mu mujyi wa Aleppo wo mu gihugu cya Syria ahavugwa ko ibihabera ntaho bitaniye n’ibyabaye mu Rwanda cyangwa muri Cambodge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibikorwa bya gisirikare bya guverinoma ya Syria bigamije kongera kugenzura umujyi wa Aleppo bias nk’ibigeze ku cyiciro cya nyuma […]

Ferdinand Nahimana na Rukundo Emmanuel bari bafungiwe ibyaha bya Jenoside barekuwe

Urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga i Arusha muri Tanzaniya rwari rwarakatiye Ferdinand Nahimana gufungwa imyaka 30 na Padiri Emmanuel Rukundo igifungo cy’imyaka 23 bose kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 none ubu barekuwe aho bari bafungiye mu gihugu cya Mali. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyandiko yagaragaye ku rubuga rw’urwego rwashyiriweho gusimbura urukiko […]

Dr Kiiza Besigye yacitse abapolisi bari bagiye kumufunga mu buryo bwabatunguye

Dr Kiiza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Museveni, kuri uyu wa Gatatu yagize atya mu buryo budasanzwe acika imodoka za polisi zari zimuherekeje zimujyanye ku cyicaro cyayo muri Gulu kumuhata ibibazo, asubira i Kampala asiga abapolisi bari bamuherekeje bumiwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko amakuru ava mu nzego z’umutekano avuga, Dr Besigye wari mu Mujyi wa […]

Ese urupfu rwa bamwe mu basirikare b’u Burundi rwasigiye iki abasigaye?

Mu gihe hashize igihe kirengaho gato umwaka n’igice humvikana inkuru z’abasirikare b’u Burundi bicwa kubera akavuyo ka politiki kari mu gihugu, usanga hibazwa isomo abasigaye bakuyemo, n’inyigisho zagatanzwe ku mihini mishya. Impanuro zatanzwe na GĂ©n. de Brigade Marius Ngendabanka, umuyobozi wungirije muri Etat Major, aho yabwiye abasirikare basaga 254 basozaga amasomo yabo ku bya gisirikare […]

Min Jean Philbert Nsengimana ntiyumva ukuntu umuntu asonza afite imbaraga

Kuri uyu wa 14 Ukuboza 2016, Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana yibukije urubyiruko ko rugomba gukoresha imbaraga rufite rukazibyaza umusaruro bityo rukiteza imbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje mu muhango wo gutangiza inama y’ihuriro ry’urubyiruko ubwo yanavugaga ko imwe mu mpamvu zituma urubyiruko rudatera imbere aruko rutabyaza umusaruro amahirwe rufite. Mu ijambo rye yagejeje ku […]

DRC: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe

Minisitiri w’imikino muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denis Kambayi yatangaje ko ahagaritse imikino yose ya Shampiyona mu mupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri icyo gihugu guhera kuri uyu wa kane 15 Ukuboza 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Radio Okapi dukesha iyi nkuru yanditse ko Kambanyi yavuze ko hari impamvu enye (4) zikomeye zatumye hafatwa icyemezo […]

Kigali: Yatawe muri yombi yiyita umukozi wa Leta akarya imitsi y'abaturage

Uwitwa Nkundimana Daniel w’imyaka 27 afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Remera mu karere ka Gasabo, aho akurikiranweho icyaha cy’ubwambuzi bushukana no kwiyitirira imirimo ya Leta adakora ndetse adafitiye ububasha. Yafashwe tariki ya 13 Ukuboza mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge. Asobanurira itangazamakuru ibyerekeranye n’uyu ukekwaho ibyaha, Chief Superintendent of Police […]