(Amafoto) Imwe mu modoka zakoreshwaga n’Abanazi yagurishijwe Miliyoni 5 z’Amayero
Imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz yakoreshejwe n’Abanazi b’Abadage mu ntambara ya 2 y’isi yagurishijwe mu cyamunara amafaranga asaga Miliyoni 5 z’Amayero. Iyi modoka yakoze akazi kayo mu 1939, ikaba yarapimaga ibiro 540 gusa yaguzwe n’Umunyameika ufite inkomoko mu mujyi wa Berlin mu gihugu cy’u Budage. Iyi modoka yari ikiri nzima bivugwa ko yahishwe […]
Burundi: Umuvugizi w'igisirikare yahakanye iby'igitero cyagabwe ku nkambi ya gisirikare
Abarurage bo mu ntara ya Muyinga mu karere ka Mukoni baraye badasinziriye ndetse bamwe bakaba bahagaritse imirimo yabo mu ijoro ryo kuri uyu wa 24 Mutarama 2017 kubera urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu nkambi ya gisirikare iri muri aka karere ka Mukoni. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko kuri uyu mugoroba ahagabwe igitero […]
Buruseli: Ahategerwa imodoka habaye ubuhungiro bw’amagana y’abimukira
Za gare(aho abagenzi bategera imodoka cyangwa gari ya moshi) mu Bubiligi hahindutse indaro z’abantu amagana b’abimukira. Aba biganjemo abirukanwe mu nkambi y’impunzi ya Calais iherutse gufungwa mu Ugushyingo umwaka ushize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru agaragara ku rubuga rwa Bruzz, avuga ko muri Buruseli y’amajyaruguru abimukira bakabakaba 170, naho abandi basaga 50 bakaba barahungiye muri Gare ya […]
Kenya: Amakuru y'umuhanzi Lal Daggy ubana n'ubumuga bwo kutvuga no kutumva
Muri Kenya haravugwa inkuru y’umuhanzi uzwi ku mazina ya Lal Daggy umaze kugwiza abafana batari bacye abikesha kwigana iby’abandi ariko abantu bakaba bakunze gutungurwa n’uburyo abikora kandi afite ubumuga bwo kutumva no kutabona. Uyu muhanzi Lal Daggy ubusanzwe ngo yavutse ari muzima, ingingo ze zose zikora uko bisanzwe. Ku myaka 5 y’amavuko, ngo nibwo yaje […]
Polisi y'u Rwanda yasubije imodoka 2 na moto byibwe muri Uganda – Amafoto
Polisi y’Igihugu y’u Rwanda kuri uyu wa kabiri, itariki 24 Mutarama, yasubije ambasaderi wa Uganda mu Rwanda imodoka 2 na moto bifite ibirango bya Uganda byibwe yo bigafatirwa mu Rwanda. Uhagarariye igihugu cy’abaturanyi cya Uganda mu Rwanda, Ambasaderi Richard Kabonero akaba yashimiye igipolisi cy’u Rwanda ku bufatanye gikomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha byambukiranya umupaka. [xyz-ihs […]
U Bibiligi bwiyemeje guta muri yombi uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel
Uyu munyapolitiki ukomeye muri Israel byabaye ngombwa ko asubika urugendo yagombaga kugirira mu Bubiligi atinya ko ashobora gutabwa muri yombi akigera i Buruseli kubera ibyaha by’intambara akurikiranweho. Madamu Tzipi Livni, wigeze kuba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel kuva mu 2006 kugeza mu 2009 kubwa Minisitiri w’Intebe Ehud Olmert, yagombaga kugera mu Bubiligi kuri uyu wa […]
Isengesho rya Perezida Kenyatta ryerekeye ku banzi be bahanganye mu matora
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yatunguye abantu kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Mutarama 2017 ubwo yasengeraga igihugu cye kubera ikibazo cy’amapfa gikomeje kubica muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri aya masengesho yari ayobowe n’umukuru w’igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta, yari agamije gusengera ikibazo cy’imvura yabaye amateka, gusengera ubusugire bw’igihugu n’ibindi bitandukanye ariko Perezida […]
Ese umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?
Ibi ni bimwe mu bibazo biba byabajijwe n’abakunzi b’iki kinyamakuru Bwiza.com, bibaza cyane ku kunyara k’umugore, bikanaba ngombwa kwibaza niba umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore we. Ibisubizo bitangwa n’abantu batandukanye babajijwe kuri iyi ngingo, bubatse ingo kandi banemeza ko bafite ubuhamya kuri iki cyo kunyaza cyangwa kunyara k ‘umugore. Ati“Reka reka, nta naho bihuriye, […]
DRC: Etienne Tshisekedi yasubijwe kwa muganga atarangije urugamba rwo gukuraho Kabila
Etienne Tshisekedi yasubijwe kwivuriza mu Bubiligi mu gihe ari we wari uhagarariye abatavuga rumwe na leta mu biganiro bigamije gukura Kabila ku butegetsi, ibi byateye impungenge Abakongomani bakeka ko uyu mugabo naramuka yongeye gutinda mu bitaro bizahesha perezida Kabila kuguma ku butegetsi kubera ko abamurwanya bacika integer. Kuri uyu wa 24 Mutarama 2017, umukongomani, Etienne […]
Ese abana b’Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry’uburezi ryo mu bihugu byabo?
Biragoye kumva cyangwa gusanga umwana wa Perezida runaka yiga mu gihugu se umubyara ayobora kabone nubwo icyo gihugu cyaba gifite iterambere rikomeye. Uretse n’abakuru b’ibihugu kandi, usanga n’abandi banyepolitiki bakomeye bajyana abana babo kwiga mu mahanga ndetse n’abo usanze biga mu gihugu kavukire usanga biga mu bigo byigenga. Aha umuntu yakwibaza niba aba bakuru b’ibihugu […]
Intara y'Amajyaruguru irasabwa kurandura ikibazo cy'isuku nke iyirangwamo
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon. Francis Kaboneka yabisabye mu gikorwa cyo kwishimira ibikorwa byagezweho n’Intara y’Amajyaruguru mu mwaka wa 2016 no gufata ingamba z’ibiteganyijwe mu mwaka wa 2017. Iki gikorwa cyateguwe n’Intara y’Amajyaruguru cyitabiriwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, bamwe mu Badepite bagize Inteko Ishinga Amategeko, abagize Inzego z’Umutekano ku rwego rw’Intara, Abayobozi b’Uturere tugize Intara y’Amajyaruguru, […]
Burundi: Ikigo cya gisirikare cya Mukoni cyatewe n’abantu bitwaje ibirwanisho
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko mu ijoro ryakeye abantu bitwaje ibirwanisho bagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Mukoni mu Ntara ya Muyinga. Nyuma y’iki gitero, biravugwa ko abantu batandukanye bakekwaho uruhare muri iki gitero muri Muyinga batawe muri yombi, ndetse abaharanira uburenganzira bwa muntu bakaba bafite impungnge ko hari n’abantu babigenderamo. […]
Burundi: Abanyururu 300 muri 2500 barekuwe nyuma y’imbabazi za perezida
Abanyururu 300 mu gihugu cy’u Burundi baraye barekuwe muri gereza nkuru ya Mpimba nyuma y’imbabazi perezida Nkurunziza aherutse gutanga. Bikaba biteganyijwe ko usibye aba mu gihugu hose hazarekurwa abagera ku 2,500. Kuri uyu wa Mbere nibwo itsinda rigizwe n’abantu 300 ryarekuwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba, I Bujumbura mu gikorwa cyayobowe na minisitiri w’ubutabera, Aimee […]
Iby’urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y’umwana
Kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017, nibwo Padiri Nahimana Thomas yari ategerejwe i Kigali ku nshuro ya kabiri ariko iby’urugendo rwe byongeye kuyoyokera nzira. Mu Kinyarwanda hari umugani ugira uti: “Inkoni y’umwana ishira dondidondi” Iby’uru rugendo rwa Nahimana narwo benshi bagiye barukurikirana batangiye kurugereranya nayo, ko amaherezo yarwo ruzarangirira mu magambo, n’ayo […]
“Abavuga ngo perezida uriho aragapfa nabo baragapfa” Mpayimana Phillipe(VIDEO)
Mpayimana Phillipe watangaje ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze impamvu yamuteye gufata icyemezo cyo kuziyamamariza ku myanya w’umukuru w’u Rwanda kuri uyu wa 24 Mutarama 2017, uyu mugabo ubarizwa mu mahanga yavuze ko ashaka kugira u Rwanda igihugu kirangwamo ihererekanya ry’ubutegetsi ritarimo kwikubira. Video Mpayimana yashyize ku rubuga rwe rwa youtube ikubiyemo impamvu nyamukuru yamuteye […]
Perezida wa Mexique yabwiye Donald Trump ko atazigera amupfukamira
Perezida wa Mexique, Enrique Peà ±a Nieto, kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017 yatangarije Perezida mushya wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump, ko atifuza ko bahangana, ariko kandi ko atazigera anamupfukamira. Amubwira ko bazabana mu bwubahane ku mpande zombi, binyuze mu mishyikirano, hagati y’abashyize umukono ku masezerano y’ubuhahirane bwambukiranya inyanja ngari yaPacifique(TPP). […]
Rulindo : Abagenzacyaha barasabwa kurushaho gutanga serivisi nziza
Abagenzacyaha 65 bakorera mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru basabwe gukomeza no kurushaho kwakira neza ababagana no kubaha serivi nziza. Ibi babisabwe ku cyumweru tariki 22 uku kwezi mu mahugurwa y’umunsi umwe yabereye ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rulindo kiri mu murenge wa Bushoki; akaba yaribanze ku mitangire myiza ya serivisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Gambiya: Umugore wayoboranye na Jammeh yagizwe Visi Prezida
Perezida mushya wa Gambiya, Adama Barrow yahisemo umwungirije Fatoumata Jallow Tambajang. Uyu mugore wagizwe Visi Prezida wa Gambiya, yahoze ari impirimbanyi iharanira uburenganzira bw’abagore, akaba yarayoboye Minisiteri y’ubuzima ingoma ya Jammey yose, imyaka 22. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma y’akavuyo kamaze ukwezi kurenga Yahya Jammeh yihakanye ibyavuye mu matora, akaza kuva ku izima mu mpera z’icyumweru gishize, […]
Inzara,ubushomeri nibyo byatumye Abarundi 12 bisanga bagiye gucuruzwa
Abantu 12 bava mu gihugu cy’u Burundi berekanwe na Polisi bamwe muri bo bavuga ko impamvu bisanze bagiye kugurishwa ari nayo yabakuye iwabo ngo ni ubukene n’inzara byari bibarembeje Tariki ya 10 Mutarama 2017 nibwo bafashwe ubwo bari bagiye kunyura mu Rwanda berekeza muri Uganda babwirwa ko bazahabwa akazi ko murugo ndetse n’indi imirimo itandukanye […]
Gisagara : Abagore barareberwaho mu iterambere
abaturage n’abayobozi bo mu Karere ka Gisagara bavuga ko iterambere ryabo ryagaragarira ukuntu abagore baho biteje bahereye aho bavuye naho bageze,ibi bituma umugore aba indererwamo y’iterambere mu Karere kose. Rutaburingoga Jereme umuyobozi wa Karere ka Gisagara avuga ko abagore bateye imbere kuburyo butangaje ugereranyije naho bavuye naho bageze “ati:uburyo bwa mbere ni imyumvire ugereranyije no […]