U Bushinwa: Ibitaro byanduje abasaga 60 Virusi y’agakoko gatera SIDA biganjemo abana

Mu gihugu cy’u Bushinwa, ibitaro bya kijyambere biherereye mu mujyi wa Hangzhou byemeye ko byanduje Virusi ya SIDA abantu basaga 60 biganjemo abana kubera gukoresha nabi ibikoresho byifashishwa mu kwita ku bagore babyara bibagoye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bitaro bivuga ko byakoresheje ibi bikoresho kandi byari byamaze gukoreshwa bityo bikaba byakagombye kuba byatawe kuko byari byarangije […]

Abanyarwanda 21 bafatiwe i Goma barafungwa

Umuyobozi mukuru w’ikigo (DGM) gishinzwe abinjira n’abasohoka muri Congo, ku wa Kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017, yerekanye Abanyarwanda 21 bafatiwe ku butaka bwa Congo bafite amakarita y’itora yo muri Congo. Igikorwa cyo kuberekana cyabereye i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru. Uyu muyobozi yatangaje ko abo Banyarwanda bafashwe bambutse bavuye mu Rwanda berekeza muri Congo i […]

Imibyinire idasanzwe ya Perezida kenyatta mu matora yavugishije benshi (Mu mafoto)

Ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino hakomeje gucicikana amafoto ndetse n’amashusho ya Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta abyinana n’itsinda ry’abasore ubwo bari bamusuye iwe mu ngoro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya mafoto atavuzweho rumwe, aherekejwe n’amagambo ya bamwe mu baturage bo muri kiriya gihugu bajora impamvu abyina yishimye mu gihe abaturage mu gihugu cye bari kwicwa n’inzara […]

Umugabo tumaranye imyaka 8 yansabye ko turara ukubiri none byanyobeye (ngira inama)

Nitwa Akezakase Mugeni Anne, mfite Umugabo wanjye nkunda cyane ariko amaze ibyumweru 2 ansabye ko turara mu byumba bitandukanye byibuze tukajya tugikora 2 mu cyumweru. Mu by’ukuri tumaranye imyaka 8 turarana ku buriri bumwe, twarasezeranye ndetse mu gihe tumaranye nta na rimwe nigeze mbona ikimenyetso cy’uko atankunda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Namubajije icyo abikoreye ambwira ko agira […]

Abadepite barasaba ubutabera bw'u Rwanda kujya bwihutisha imanza

Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Gashyantare, Komisiyo ya Politike, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu ikorera mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yakiriye Me Evode Uwizeyimana muri gahunda yo gusuzuma umushinga w’itegeko ngenga rikuraho itegeko ngenga No 51/2008 ryo kuwa 09/09/2008 rigena imiterere imikorere n’ububasha by’inkiko. Muri iyi gahunda, abadepite baboneyeho gusaba […]

Umuhanzi Addy washyize hanze video ya mbere, arasaba gushyigikirwa- REBA VIDEO

Mpiranya Guershome uzwi ku izina rya Addy, nyuma yo gushyira hanze video ye ya mbere y’indirimbo “Niwe gusa”. Aranasaba abafana bake amaze kugira kurushaho kumushyigikira. Aganira na Bwiza.com, yagize ati: “Abafana bake maze kugira ndetse n’Abanyarwanda muri rusange, icyo nabasaba ni ugukunda umuziki no kunshyigikira kuko mbahishiye byinshi”. Uyu musore watangiye umuziki umwaka ushize akomeza […]

Abasirikare b’u Burundi bongeye kugabwaho igitero simusiga na Al Shabab

Ku wa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017, nibwo abasirikare b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia bagabweho igitero simusiga na Al Shabab, bitangazwa ko abasirikare bagera kuri 12 bakomeretse, babiri bakaba barahise bitaba Imana. Igisirikare cy’u Burundi, cyo cyemera ko aba basirikare babo bagabweho igitero, icyenda barakomereka harimo n’abakomeretse cyane by’umwihariko kigahakana ko […]

Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside

Umunyarwanda uba muri leta zunze ubumwe z’Amerika ari impunzi, Gervais Ngombwa akurikiranyweho ibyaha byo kubeshya ubutabera agamije kuba muri Amerika nk’impunzi, yanahamijwe ibyaha birimo kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko urukiko rwahamije uyu Gervais ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994, nyuma y’ubuhamya bwatanzwe […]

Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga

Abagore bo murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi nibo baherutse guhishurira Radio Rwanda ko kuboneza urubyaro bigira ingaruka ku buzima bwabo, bigatuma abagabo babazinukwa. Nyamara sibo gusa, kuko no mu mijyi hari abagore batangira iyo gahunda, abagabo nabo bagafata inzira yo hanze. Ubuhamya bw’umugore wo mu karere ka Rusizi, avuga ko yabyaye abana 6, […]

Major Bayingana arategura urugamba rwa M23 anibaza niba Gen Makenga akiriho cyangwa yarapfuye

Hashize iminsi bitangazwa ko Gen Sultani Makenga yatorotse aho yabaga muri Uganda ndetse bikanatangazwa ko ashobora kuba yarakomerekeye mu bitero yari yagabye muri Congo, gusa ibi ngo ntibizaca intege abasirikare ba M23, icyo bagamije ni ukugaba ibitero kuri Leta ya Kabila. Major Emmanuel Bayingana, umwe mu bari abarwanyi ba M23, ubu akaba ari kumwe n’abandi […]

Uganda: Intambara yarose hagati y’abaturage n’impunzi, ihoshwa n’isasu

Polisi ya Uganda ku munsi w’ejo tariki ya 8 gashyantare 2017 yahanganye mu mirwano itoroshye n’abaturage ba Nakivale mu gace ka Rugaga, ahari inkambi nini y’impunzi z’abanyamahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba baturage babanje kugaba igitero ku nkambi y’izi mpunzi bakangiza buri kimwe, bazishinja gushaka kwigarurira ubutaka bwabo babukoreramo ibyo bishakiye kandi barabuhansanze. Polisi yo muri aka […]

Abapolisi baganirijwe ku mikorananire n’Itangazamakuru ry’u Rwanda

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 Gashyantare 2017, Abapolisi bakorera mu Mujyi wa Kigali mu mashami atandukanye bahuguwe ku mikoranire y’Itangazamakuru na Polisi y’u Rwanda hagamijwe kubahiriza itegeko ryo kubona amakuru. Ni mu kiganiro bahawe n’Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kiagali, Assistant Commissioner of Police (ACP) Rogers Rutikanga, afatanyije n’Umuvugizi wa […]