Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta
Ku mugoroba wo kuwa gatandatu tariki ya 13 Gicurasi 2017, koreya yohereje igisasu kinini muri koreya y’Epfo, iki gisasu kikaba cyarashwe umunsi umwe nyuma y’uko Perezida mushya uherutse gutorwa muri iki gihugu igihugu mukeba wa Korea ya ruguru asabiye gushyikirana. Etat Major y’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe zikorera mu Nyanja ya Pacifika [ The U.S […]
Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama
Nkiri umwana muto, numvaga nzaba umuntu ukomeye ndetse nkaba nk’umucungamutungo w’ikigo runaka gikomeye, gusa inzozi zanjye ntabwo zaje kumpira ahubwo ibyambayeho bitandukanye cyane n’ibyo nibwiraga muri icyo gihe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Narerewe ku mukecuru w’incike nyuma y’uko data utubyara adutaye uko twari abana 4. Nize amashuri abanza n’ayisumbuye, aho narangwaga no kurata ibizamini no kwirukanwa kenshi […]
Rusizi: Ntibazibagirwa ko bavaga i Rusizi saa moya bakagera i Kigali saa kumi n’ebyiri z’umugoroba
Iyo abakuze bavuze uko kera byari bimeze ku byerekeranye no gukora ingendo ndende zijya cyangwa ziva I Rusizi cyangwa I Nyamasheke ujya ahandi hasigaye mu gihugu, ab’ubu ngo ntibabyiyumvisha neza, ngo bigaterwa n’uko ubu serivisi zo gutwara abantu zazamutse cyane mu buryo Abanyarusizi batari biteze, bakavuga ko babikesha umutekano usesuye n’iterambere rizamuka cyane mu nzego […]
Sudani y’Epfo: Imitwe 7 irwanya ubutegetsi yiyemeje gushyira hamwe
Imitwe 17 irwanya ubutegetsi bwa perezida Salva kiir wa Sudani y’Epfo harimo n’umutwe wa Dr Riek Machar, kuri uyu wa gatandatu yatangaje ko yemeranyije gukorana bya hafi mu guhirika guverinoma mu gihe intambara irimbanyije muri iki gihugu gishya muri Afurika gikungahaye kuri peteroli. Mu bashyize umukono kuri aya masezerano, harimo n’abahoze ari ba minisitiri muri […]
Dr Jose Chameleone yatunguye abantu ajya gushaka Pasiteri ngo amusengere (Amafoto)
Mu gihe muri Uganda hakomeje igiterane cy’iminsi 77 y’ikuzo (77 days Of Glory) kiyobowe na Pasiteri Robert Kayanja, abantu benshi muri kiriya gihugu bakomeje gushikirayo bakurikiranye ibitangaza byinshi bitandukanye, aho ngo asengera abantu bakabona imodoka, amafaranga n’ibindi,ariko ku muhanzi Dr jose Chameleone we siko bimeze. Uyu muhanzi yatunguye abantu kuri iki cyumweru ubwo yongeraga kugaragara […]
Amafoto: Hollande yabisikanye na Macron umwe asohoka undi yinjira muri Champs Elysee
Emmanuel Macron, perezida mushya w’u Bufaransa ari nawe ufashe uyu mwanya akiri muto mu mateka y’iki gihugu, kuri iki Cyumweru, itariki 14 Gicurasi yinjiye muri Champs Elysee ku mugaragaro, aho yageze abisikana n’uwo asimbuye Francois Hollande. Ari kumwe n’umugore we, Brigitte Macron w’imyaka 64, Emmanuel Macron yifotoreje amafoto atandukanye ku miryango ya perezidansi (Champs Elysee) […]
Urutonde rw’abaperezida bafashe ubutegetsi batararenza imyaka 40 y’amavuko
Mu cyumweru gishize, nibwo mu gihugu cy’u Bufaransa hamenyekanye ku mugaragaro umuyobozi mukuru w’igihugu, Emmanuel Macron watowe afite imyaka 39 gusa , akaba ari umwe mu baperezida babashije kuyobora kiriya gihugu bakiri bato guhera mu binyejana byashize. Uyu muperezida aje no kuyobora urutonde nk’umuperezida mushya mu babashije gufata ubutegetsi batarageza ku myaka 40 y’amavuko nubwo […]
Rujugiro aravuga ko uzagura UTC mu cyamunara azaba aguze ibyibano
Nyuma y’aho ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro, RRA, gisohoreye urutonde rw’imitungo itimukanwa 14 yafatiriwe na leta ndetse ikaba ishobora gutezwa cyamunara kubera kutishyura imisoro, hakaba hariho n’inyubako ya Tribert Rujugiro, kuri ubu uyu muherwe aravuga ko umuntu wagura inzu ye yaba aguze ibyibano. Urutonde ruherutse gushyirwa ahagaragara na Rwanda Revenue rugaragaraho abantu cyangwa ibigo 14, harimo […]
Bimwe mu biranga abantu batizera
Gusaba icyo bahawe Ubwoba bwuko bazarimbuka bazize ibyaha byabo Kwicira inzira zutundi tuntu twogukora ngo barebe ko batereta Imana ikongera kubababarira, NB: aba bakora ibi nuko batamenye inzira yimbabazi zimana aho ziri ? mukumeneka kwamaraso ya yesu harihagije ahubwo babuze KWIZERA. Ntakindi wabona cyaguhesha kwitwa umukiranutsi kereka KWIZERA. ko wogejwe de namaraso.hanyuma wowe wumvise bino […]
Nyabugogo: Hatoraguwe umurambo w’umuntu utaramenyekana
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 14 Gicurasi 2017, mu mugezi wa Nyabugogo hatoraguwe umurambo w’umuntu utarabasha kumenyekana, ubwo warerembaga mu mazi waratangiye kwangirika. Abaturiye uyu mugezi hafi y’ahazwi nko kwa Mirimo ahabonetse uyu murambo, bavuga ko bawubonye ureremba mu mazi bagahita batabaza inzego z’umutekano. Bongeyeho ko wari waratangiye kwangirika ku buryo bigaragara […]
Yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo kwihekura
Muri iki cyumweru dusoje Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwaburanishije mu ruhame aho icyaha cyakorewe mu Murenge wa Busasamana, Akarere ka Nyanza, urubanza rw’umugabo witwa Niyonzima Theophile Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho icyaha cyo kwihekura; Urukiko rukaba rwaramuhamije icyo cyaha , maze rumuhanisha igihano cy’igifungo cya burundu. Hari kuwa Kane, itariki ya 11/05/2017. Ubugenzacyaha bukorera mu karere ka […]
Bane bafite utubari batawe muri yombi bazira kugurisha inzoga abana
Ubu butumwa bwatanzwe nyuma y’umukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda wo kureba abana baba bari mu tubari. Uyu mukwabu wakozwe mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Gicurasi mu gihugu hose. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege, ubwo yasobanuriraga itangazamakuru ibyavuye muri uwo mukwabu, yavuze ko […]