Perezida Kagame mu bazitabira European Development Days forum mu Bubiligi
Abanyarwanda batuye mu gihugu cy’u Bubiligi bari mu myiteguro yo kwakira perezida Paul Kagame uteganya kugirira uruzinduko muri iki gihugu, aho azaba yitabiriye inama ngarukamwaka ikomeye ku iterambere ry’u Burayi (European Development Days forum), izaba mu kwezi gutaha kwa Kamena. Nk’uko abateguye iyi nama bavuga, iyi nama y’iminsi ibiri izatangira kuwa 07 igasozwa kuwa 08 […]
Urutonde rwa ba maneko 10 kabuhariwe mu mateka y’ubutasi
Ba maneko (intasi) cyangwa abantu usanga bitwa ko ari ba maneko buruhande runaka nyamara banekera urundi bita mu Cyongereza Double Agents, ni abantu bamaze kumenyerwa cyane ahanini bitewe nibitabo cyangwa filimi bibakorwaho, ariko se Maneko mu byukuri ni muntu ki? Ikidashidikanwaho nuko akazi kaba bantu ari akazi kagoranye, gateye amatsiko kandi kateza ibyago ugakora isaha […]
Umwana w’imyaka 8 yapfuye nyuma yo gushyingiranwa n'umukire ku ngufu bashaka amafaranga
Umwana w’umukobwa w’imyaka 8 y’amavuko witwa Rawan, wo muri Yemen yitabye Imana nyuma y’iminsi itageze no ku cyumweru ahyingiwe ku ngufu n’umusaza w’umucuruzi w’imyaka 40. Ababyeyi b’uyu mwana biregura mu rukiko bavuga ko babikoreshejwe n’ubukene kuko bashakaga amafaranga kandi nta handi bari bari bafite gukura imibereho mu buryo buboneye uretse kwemera ko umwana wa bo […]
Urutonde rw'abakinnyi bahiriwe n'ikirenge mu gihe bari bafite indi mishinga yabateza imbere
Rimwe na rimwe, abantu benshi bazi ko amafaranga y’abakinnyi ashirira mu kwinezeza, kugura ibinyabiziga n’inyubako bihenze, ibirori bitarangira cyangwa imyambaro, ariko burya nta bwo abenshi babikoreshamo amafaranga aba yavuye mu bikorwa bya bo byo mu kibuga gusa, kuko hari n’ababa bafite indi mishinga yinjiza ishobora no kubatunga mu gihe batakiri abakinnyi, abavutse mu miryango ikomeye […]
Gahini: Abaturage bishyize hamwe mu masibo y’Intore biteza imbere
Abaturage bo mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Gahini, Akagari ka Juru, Umudugudu wa Juru bicaye hamwe biremamo amatsinda yo gufashanya kwikura mu bukene no kwishakamo ibisubizo by’ibibazo bibugarije. Aganira na Bwiza.com, Bwana Sebatware Francisco Xaveri ukuriye itsinda ryiswe Inkeramihigo, yavuze ko ubu abaturage bo mu mudugudu wa Juru bahagurukiye kwizamura no kuzamurana hagati yabo […]
Misiri: Abakirisitu basaga 20 baguye mu gitero bagabweho mu modoka
Abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku modoka itwaye abakirisitu bo mu idini y’aba- Copte, bicamo abasaga 20 abandi barakomereka. Icyo gitero cyabereye mu ntara ya Minya, ku wa Gatanu tariki y 26 Gicurasi 2017, mu majyepfo y’umujyi wa Cairo nkuko Aljazeera yabitangaje. Minisiteri y’Ubuzima muri icyo gihugu yatangaje ko abamaze gupfa bageze kuri 23 abandi […]
Brazil: Abagororwa 89 batorokeye icya rimwe muri gereza
Byibuze abagororwa 89 nibo batorotse gereza yo muri leta yo mu majyaruguru ya Brazil yitwa Rio Grande de Norte, banyuze mu nzira iri munsi y’ubutaka ya metero 30 nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi kuri uyu wa Kane. Nk’uko byatangajwe na guverinoma y’iyi leta, ngo ibi byabereye kuri uyu wa kane mu gitondo muri Gereza ya Pernamirim iri […]
Umuhanzi Davido akomeje kwandika izina mu bukire no gufasha abatishoboye (Amafoto)
Umuhanzi wo muri Nigeria, David Adedeji Adeleke wamenyekanye cyane ku izina rya Davido akomeje guca agahigo muri kiriya gihugu mu kubaka inyubako zigezweho, imodoka n’ibindi bijyanye no kugaragaza amafaranga ariko na none akaba ari n’umwe mu bahanzi bazwiho gufasha abatishoboye muri kirya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego uyu muhanzi aherutse gusangiza abakunzi be […]
Abamotari bemerewe kujya bafatira ibyangombwa bibemerera gutwara abantu mu makoperative yabo
Minisiteri ifite ubwikorezi mu nshingano yemereye abamotari kujya bafatira impushya zibemerera gutwara abantu kuri moto mu makoperative bakoreramo kuko aricyo gishobora gukemura ikibazo bakunze kugaragaza nk’ikibabangamiye bikomeye cyo gutinda guhabwa uru ruhushya. Uru ruhushya ruzwi nka Athorisation de transport mu magambo y’Igifaransa, ni kimwe mu byangombwa bihabwa abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu, abatwara abagenzi […]
Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yababajwe n’urupfu rw’umugabo wa zari, Ivan Semwanga.
Nyuma y’uko uwahoze ari umukunzi wa Zari Ivan Semwanga yitabye imana ku munsi w’ejo mu gihugu cy’Afurika y’Epfo, abantu batari bacye bakomeje kwifatanya n’umuryango wasigaye mu gahinda, cyane cyane abantu bakomeye ndetse n’abahanzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego, umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweli Museveni, Maj Gen Muhoozi Kainerugaba na we yagaragaje agahinda kadasanzwe […]
Mwenedata ushaka kuba perezida w'u Rwanda ntavuga rumwe na komisiyo y’amatora
Gilbert Mwenedata, umwe mu bakandida bigenga bitegura kuzahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe muri Kanama, aravuga ko ibyo bashinjwa na Komisiyo y’Amatora byo kwishyura abaturage ngo buzuze umubare w’imikono ikenewe ari ukubatesha agaciro. Mwenedata mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika akaba yagize ati: “ Ndacyifitiye icyizere kandi hari Abanyarwanda benshi bangaragariza ko bakimfitiye […]
Umubikira akurikiranyweho ubufatanyacyaha n'abapadiri basambanyije abana bafite ubumuga
Umubikira witwa Kosaka Kumiko ukomoka mu gihugu cy’u Buyapani yatawe muri yombi muri Argentine nyuma yo gukekerwaho ubufatanye mu gutuma abana bo mu ishuri ry’abafite ubmuga bwo kutumva no kutavuga bagera kuri 27 barasambanyijwe ku ngufu n’abapadiri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kosaka Kumiko w’imyaka 42 y’amavuko, yari umukozi mu kigo cy’amashuri cya Lujan de Cuyo kiganjemo abafite […]
Umuryango wa Kayumba Nyamwasa ugiye gukurikirana mu rukiko uwakomeje kumwita umunyabyaha
Umuryango wa Kayumba Nyamwasa uratangaza ko ugiye gukurikirana mu rukiko umukozi w’ikigo gishinzwe gukurikirana uko amategeko yubahirizwa witwa Kaajal Ramjathan-Keiog Nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu ushize mu rukiko yakomeje kwita Kayumba umunyabyaha by’intambara bigatuma status ye y’ubuhunzi ihagarikwa ndetse akaba ashobora no kuyamburwa burundu. Icyemezo cyo guhagarika status y’ubuhunzi ya Kayumba muri Afurika y’Epfo […]
Gen Kabarebe yasabye ko abimurwa mu midugudu bagenerwa inzu aho gusembera
Minisitiri w’ingabo, Gen James Kabarebe arakangurira abubaka amacumbi aciriritse kujya bashaka uburyo ababa basanzwe batuye aho bubaka nabo baba bamwe mu bagenerwabikorwa b’iyo mishinga, kuko bibarinda kwirirwa basembera. Abimurwa ahagiye gukorerwa ibikorwa bitandukanye bahabwa amafaranga y’ibikorwa byabo, ariko usanga hari abajya gutura mu manegeka, abateza akajagari n’ibindi ku buryo imibereho bari babayeho ishobora kujya munsi […]
Gakenke: Kwiringira ikarita y’itora bishobora kubuza bamwe gutora perezida
Bamwe mu batuye mu mirenge itandukanye y’akarere ka Gakenke bavuga ko ntakizababuza kwitabira amatora ya Perezida wa Repubulika ategerejwe muri Kanama uyu mwaka, nyamara hari abatazi niba bari kuri lisiti y’itora. Hirya no hino mu gihugu hari kugenzurwa niba abaturage bujuje ibisabwa bibemerera kwitabira ayo matora, bujuje ibyangombwa,birimo kwibona kuri lisiti z’itora, bafite ikarita y’itora […]
Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya
Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Kigabiro baravuga ko batakibasha gusinzira kubera kuribwa n’ibiheri, bakavuga ko bituruka mu bigo by’amashuri abana bakabitahana mu ngo zabo, hari n’abavuga ko bagiye mu Itorero mu mpera z’umwaka ushize bakabitahana mu myenda. Umwe mu baturage utuye mu kagari ka Cyanya yemeza ko ibiheri byabajujubije ku buryo […]