Kenya :Perezida Kenyatta ntazitabira ikiganiro mpaka gihuza abahatanira kuyobora igihugu
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta ntabwo azitabira ikiganiro mpaka gihuza abahatanira umwanya wo kuyobora Kenya. Iki kiganiro giteganyijwe kuba tariki ya 24 Nyakanga 2017 kikazabera kuri televiziyo yâigihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi wâibiro bye bishinzwe itumanaho, Dennis Itumbi yatangaje ko Kenyatta atazaboneka nkuko bigaragara ku rukuta rwe rwa twitter. Iki kiganiro mpaka kizakorwa nyuma yuko cyimuwe […]
Ally Niyonzima yaba agiye gusinya amasezerano mu ikipe ya Nkana FC ya Zambia
Nyuma yâaho agiriye mu igeragezwa muri Zambia mu ikipe ya Zanaco bikanga, Umukinnyi wâikipe ya Mukura, Ally Niyonzima ngo yaba agiye gusinya imyaka ibiri mu ikipe ya Nkana fc nayo yo muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukinnyi yifujwe nâamakipe menshi, ku buryo ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda, yigeze gutangaza ko yamaze kumusinyisha […]
Nyagatare: Nyuma yo kubangamirwa nâabamotari no koherezwa hafi yâirimbi Dr Frank Habineza arasabira inzego zâibanze kweguzwa
Kuri uyu wa Mbere umukandinda wâIshyaka Green Party yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyagatare na Gatsibo, nyuma yo kubangamirwa nâabamotari akanahindurirwa aho yagombaga kwiyamamariza akoherezwa hafi yâahari irimbi, yafashashe umwanzuro wo wo kuzenguruka umujyi asuhuza abaturage ndetse anasaba ko abayobozi bâinzego zibanze beguzwa. Abashinzwe kwamamaza DR Frank Habineza bemeje ko ubuyobozi bwâumurenge wa […]
RD Congo : 27 biganjemo abanyeshuri bapfuye barohamye 54 baburirwa irengero
Abantu 27 bapfuye abandi 54 baburirwa irengero nyuma yo kurohama mu mugezi wa KasaĂ ÂŻ, mu gice cyâAmajyepfo ashyira u Burengerazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abenshi muri bo ni abanyeshuri bajyaga mu kiruhuko nkuko jeune Afrique yabitangaje ibikesha umwe mu bayobozi bo muri ako gace kabereyemo impanuka. Umuyobozi wâintara ya Idiofa, Jacques Mbila […]
Idris Elba wo muri ââSometimes in Aprilââ yatangaje ko atazongera gushaka umugore bibaho
Umukinnyi wa Filime, Idris Elba wâimyaka 44 yâamavuko umaze gutandukana nâabagore babiri, yatangaje ko gushyingirwa ari ibintu yakuye muri gahunda ze mu buzima bwose azabaho kuri iyi si. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yagiranye nâikinyamakuru Essence giheruka gusohoka, yabajijwe ku bijyanye no kuba amaze gutandukana nâabagore 2, abazwa niba hari gahunda yo kuzongera gushaka, asubiza ko […]
Karekezi Olivier yasinyiye gutoza Rayons Sports Seninga yongera amasezerano muri Police FC
Amakuru agera kuri Bwiza.com aravuga ko Karekezi Olivier wabaye kapiteni wâIkipe yâu Rwanda yâumupira wâamaguru, Amavubi, yamaze gusinyira gutoza ikipe ya Rayon Sports, mu gihe Seninga Innocent na we yongerewe amasezerano yo gutoza ikipe ya Police FC kugera muri 2020. Seninga yongerewe aya masezerano yâimyaka itatu nyuma yo gufasha ikipe ya Police FC kuza ku […]
Tanzania: Abakirisitu Babiri batwawe n'umugezi ubwo Pasiteri yarimo kubabatiza
Mu mpera z’icyumweru gishize, abantu Babiri bapfuye ubwo barimo babatirizwa mu ruzi ruherereye mu karere ka Rombo, mu ntara ya Kilimanjaro mu Burasirazuba bwa Tanzaniya. Amakuru atangwa nuwungirije Polisi muri kariya karere, Hamisi Selemani Issa, avuga ko abo bantu Babiri bari mu bagombaga kubatirizwa mu mazi menshi, amazi akaba yarabakuye mu nzara za Pasiteri n’umuyobozi […]
Dore bimwe mu bintu byerekana ko intambara ya 3 yâIsi yatangiye kera
Ese koko Isi yaba yarinjiye mu Ntambara ya 3 yayo abantu benshi batabizi? Birashoboka ko Intambara ya 3 yâIsi nâibyo yangiza byaba bihari mu gihe isi irebera ari nako hategurwa ibirori byo kumurika imideri mu bihugu byabanje guhura nâiyi ntambara nka Liban? Mu gihe abanyamideri biyereka berekana amakanzu agezweho yâagaciro, ibihugu byâibihangange byo biri kwitegura […]
Umugore wanjye yansebeje mu bantu numva ngo mfite igitsina gito
Mu gihe nari maze iminsi mfite akanyamuneza mu mutima ndetse ntuje, nahisemo gufata umugore wanjye nâumwana tujya mu karuhuko ariko ntibyaje kungendekera uko nabyibwiraga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo twageraga aho tugomba kuruhukira, haje inshuti yâumugore kandi muzi uko abagore bakunda kuvugavuga. Nabahaye akanya baraganira bavuga ku ngingo zitandukanye, ariko nyuma naje gutambuka mu cyumba ngiye gufata […]
U Bubiligi: Umuhanzi Seleman yambikanye impeta nâumukunzi we âAMAFOTO
Umuhanzi wâUmunyarwanda, Seleman Decoz, yambikanye impeta yâurukundo nâumukunzi we, ubu bakaba biteguye kurushinga vuba. Mu kiganiro kirambuye Bwiza.com, yagiranye na Seleman, avuga ko impeta bayambikanye ku wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, mu Bubiligi aho bose baba, ubu yiteguye kurushinga ndetse ko ari ibyâagaciro kuba agiye kubana nâumukobwa bari bamaze imyaka myinshi bakundana. Agira […]
Abanyecongo babaye nka ya Mana yirirwa ahandi igataha i Rwanda
Abanyecongo baturiye umupaka wâu Rwanda ngo basigaye birirwa bakora ibikorwa byabo iwabo bwakwira bakaza kurara mu Rwanda kubera ibibazo byâumutekano muke bivugwa muri iki gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibyo bakora bihuje nâimvugo u Rwanda rukomora ku bakurambere barwo ko Imana yirirwa ahandi igataha i Rwanda. Abakunze kurara mu Rwanda ni abatuye i […]
Umuvugabutumwa muri Restoration yiciwe muri Congo abandi barakomeretswa bikomeye
Umuvugabutumwa wo mu Itorero Restoration, Pasitoro Habiyambere Fabien biravugwa ko yiciwe i Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho yari mu ivugabutumwa. Amakuru agera kuri Bwiza.com, aravuga ko uyu muvugabutumwa yari kumwe nâitsinda ryâabantu bafatanya umurimo wâImana bari baragiye muri iki gikorwa muri Congo, bahagurutse ku wa Kane tariki ya 13 Nyakanga 2017. [xyz-ihs […]
Nyamasheke: Kwamamaza umukandida wa FPR byatangiye bishimira ubwigunge yabakuyemo
Abaturage bâakarere ka Nyamasheke,abakuru nâabato muri rusange nâabanyamuryango ba FPR Inkotanyi byâumwihariko ngo ntibazibagirwa ubwigunge bahozemo,aho batabashaga kugenderanira nâutundi turere twâigihugu kubera kutagira umuhanda ubahuza na two, ariko ubu ngo barajya I Kigali bakagaruka, ibyo ngo nta wundi baboshima uretse Paul Kagame wabibagejejeho bituma batangiranye imbaraga nyinshi mu kumwamamaza bakazanamutora 100%. Kumwamamaza byatangiriye mu Murenge […]
Waragiye ariko ntiwibagiranye- Zari Hassan yicaye ku mva ya Ivan Semwanga
Umugore wâumuhanzi Diamond Platnumz, Zari Hassan yashyize ahagaragara amafoto ye yicaye ku mva yâuwahoze ari umugabo we, Ivan Semwanga uherutse gupfa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore wakomeje kurangwa nâudushya tudasanzwe ndetse rimwe na rimwe no kutumvikana nâumugabo we Diamond kuva Semwanga yapfa, yashyize amafoto ye ku rukuta rwe rwa Instagram yicaye ku mva, munsi yâayo mafoto […]
Komisiyo yâAmatora yongereye igihe cyo kwiyimura kuri lisiti yâitora
Komisiyo yâIgihugu yâamatora yongereye umunsi umwe ku gihe ntarengwa yari yatanze cyo kwikosoza kuri lisiti yâitora, bitewe nâumubare munini wâabagikora iki gikorwa. Tariki ya 17 Nyakanga 2017 wari umunsi ntarengwa wo gusoza iki gikorwa ariko hongereweho umunsi umwe kugira ngo nâabasigaye bamare kwikosoza. Icyo gihe iyi Komisiyo yahamagariraga Abanyarwanda bemerewe gutora kugenzura niba bari kuri […]
Cameroun: Abasirikare basaga 30 baburiye mu mpanuka yâubwato bari barimo
Ubwato bwâigisirikare cya Cameroun kuri iki Cyumweru bwarohamye ahitwa Debunsha, burimo abantu 37 barimo abasirikare bo mu mutwe ushinzwe gutabara byihuse (Brigade dâintervention rapide (BIR). Abantu batatu nibo kugeza ubu byemezwa ko babashije kurokoka. Ubu bwato bwari butwaye ibikoresho bwiswe âMundembaâ bwari buri kwerekeza ahitwa Bakassi burimo abantu 37 harimo nâababukoramo, bwarohamye mu Nyanja kuri […]
Rwamagana: Imodoka yataye umuhanda igonga umugenzi ahita apfa
Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 16 Nyakanga, imodoka yo mu bwoko bwa Toyota yataye umuhanda igonga umugenzi wagendaga nâamaguru ahita yitaba Imana ndetse igonga inzu yâumuturage. Ahagana mu masaha ya saa Kumi nâebyiri na 45 nibwo iyi mpanuka ibaye, ikaba yabareye mu mudugudu wa Kabuga mu kagari ka Sibagire mu murenge wa Kigabiro. […]
Senat yâu Rwanda yemeje manda ya 2 yâUmuvunyi Mukuru wagaragaje imbogamizi zigihari
Abagize Senat yâu Rwanda bemeje manda ya kabiri yâUmuvunyi Mukuru, Aloysia Cyanzayire nyuma yâuko aba babanje kumva ibikubiye muri raporo ya komite ishinzwe ibibazo bya politiki nâimiyoborere myiza kuri dosiye ye nyuma yâaho na none inama yâabaminisitiri yari yemeje kumwongeza indi manda. Jean-Damascene Sindikubwabo, perezida wâiuyi komite, avuga ko isuzuma ryabo ryarebye ibyo yakoze, umwirondoro […]
Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora
Ku munsi wa gatatu hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza, umukandida wâishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), aranenga ibiherutse gutangazwa nâumukandida wa FPR ko ibizava mu matora bizwi, avuga ko ahubwo niyibeshya gacye bazamutsinda mu matora. Ni mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika, aho yagaragaje imbogamizi bahura nazo nâuburyo ki bizeye kuzitwara […]
Umwana wâumukobwa akurikiranyweho kwica nyina yarangiza akamutwikira mu nzu
Umwana wâumukobwa wâimyaka 15 yâamavuko wo muri Illinois, leta nto ihana imbibi na leta ya Indiana ari gukurikiranwa nâubutabera nyuma yo kwivugana nyina umubyara yarangiza agatwika inzu mu rwego rwo gusibanganya ibimenyetso. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Anna Schroeder wâimyaka 15 yabwiye urukiko ko atakundaga nyina, dore ko yanatahuwe kuri uwo mugambi we mubisha wo kwiyicira umubyeyi binyuze […]
RDC: Umunyamakurukazi wâUmunyamerika wari waburiwe irengero yabonetse ari muzima
Umunyamakurukazi wâUmunyamerika wari waburiye kuwa gatanu ushize muri pariki ya Okapi Okapi Wildlife Reserve muri Ituri nyuma yâigitero cyâinyeshyamba za Mai-Mai, yaje kuboneka mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru ari muzima nkâuko byatangajwe nâUmuyobozi wa Teritwari ya Ituri, Alfred Bongwalanga. Kuwa Gatanu nibwo agatsiko kâabantu bitwaje ibirwanisho bateye abashinzwe kurinda pariki bari baherekeje […]