Barafinda yahuruje imbaga ubwo yakubitwaga amaso mu mujyi wa Kigali— REBA AMAFOTO

Barafinda Sekikubo Fred ubwo yagaragaraga mu mujyi wa Kigali yahuruje imbaga n’bari mu mirimo yabo baba bayihagaritse babanza kumushungera. Ahagana saaa cyenda n’igice (15:30) zo kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Kanama 2017, nibwo Barafinda yaciye mu Muhima muri Karitiye ya Njamena, imbere ya Hoteli Okapi, yakozweho uruziga, itangazamakuru rirahurura abaturage na bo babona […]

Burundi: ONU igiye gutangira gukurikirana abakekwaho ubwicanyi baba bakidegembya

Umuryango w’Abibumbye wata ngaje ko uri gukorana ubushishozi ibikorwa byo gukurikirana abantu baba baragize uruhare mu guhungabanya amahoro mu gihugu cy’u Burundi, ndetse ukaba uri kubyitwararikaho cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Raporo y’akanama k’uyu muryango gashinzwe gucunga umutekano ivuga ko katangiye iperereza rymbitse hagamijwe guta muri yombi ababangamiye amahoro mu gihugu cy’u Burundi baba bakiri mu gihugu […]

Neymar ashobora kuba uwa mbere ugiye kugurwa akayabo kurusha abandi babayeho

Umukinnyi w’imbere mu kibuga wo mu ikipe ya Fc Barcelone, Neymar yemerewe n’ubuyobozi bwa Barcelone kuvugana n’ikipe ya Paris St-Germain (PSG) yifuza kumutangako akayabo k’amafaranga angina na Miliyoni 198 z’Amapawundi 198 (262M$). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukinyi ukomoka mu gihugu ca Brésil yabwiye abo bakinana ku munsi w’ejo kuwa Gatatu ko yifuza kuva muri iyo kipe […]

Micho watozaga Uganda yatangajwe nk’umutoza mushya wa Orlando Pirates muri Afurika y'Epfo

Ikipe ya Orlando Pirates FC yo mu cyiciro cya mbere muri Afurika y’Epfo yatangaje ko yabonye umutoza mushya, uwo ni umunya-Serbia Milutin Sredojević, Micho wigeze kuyitoza muri 2006. Uyu mutoza aherutse guhaguruka muri Uganda abantu bayoberwa aho yerekeje nkuko inkuru ya newvision ibigarukaho. Ni nyuma yuko yari yagiranye ibibazo n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uganda arishinja […]

Rubavu: Haravugwa ubutekamutwe mu bacuruza imbuto y’ibigori

Mu Murenge wa Rubavu ndetse n’uwa Nyakiriba mu Karere ka Rubavu ,haravugwa ubutekamutwe mu bacuruza imbuto y’indobanure y’ibigori, aho abo batekamutwe bafata imbuto zisanzwe bakazisiga irangi rijya kuba umutuku, rijya gusa n’imbuto z’indobanure bakazigurisha ku bacuruzi b’inyongeramusaruro cyangwa abaturage bababeshya ko ari imbuto y’indobanure (Hybride), ibi ngo bikaba bihangayikishije bikomeye abahinzi b’ibigori mur’iki gihe bategura […]

Ikirura cyari kivuganye umukerarugendo Imana ikinga ukuboko (Amafoto)

Umugabo witwa Naiphum Promratee w’imuaka 36 y’amavuko yarokotse kubw’amahirwe nyuma yo kurumwa n’inyamaswa y’ikirura ubwo yari agisanze mu nzu ya cyo agiye kukigaburira. Uyu mugabo ukomoka muri gihugu cya Thailand yarumwe n’iyi nyamaswa ubusanzwe iba mu gasozi ahubwo ikaba yarafashwe igashyirwa ahantu bakayitwaho ngo ba mukerarugendo bajye baza kuyisura nk’uko bimenyerewe mu bihugu byateye imbere. […]

Malawi: Hari kwigwa uko uwahoze ari perezida yavanwa muri Amerika akitaba ubutabera

Ibiro by’Ubushinjacyaha Bukuru bwa Malawi buravuga ko buri gusuzuma uko uwahoze ari perezida w’iki gihugu Joyce Banda yavanwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akitaba ubutabera bw’iki gihugu bumushinja kunyereza umutungo wa leta. Umuvugizi wa minisiteri y’ubutabera, Apoche itimu avuga ko ibi biro bigiye kohereza impapuro zisaba kohereza madamu Banda muri Malawi. Aragira ati: “ […]

Adolphe Nshimirimana umaze imyaka 2 yishwe arifurizwa iruhuka ridashira no kwitwa intwari

Umuryango wa Gen Adolphe Nshimirimana wari umusirikare w’u Burundi, wamusabiye misa banamwifuriza kuruhukira mu mahoro nyuma y’imyaka ibiri yishwe. Misa yasomwe ku wa 2 Kanama 2017, muri Cathedrale Regina Mundi, Inshuti, abavandi n’umuryango we, bakaba bari bitabiriye bamwibuka. Isomo rigaragara muri Matayo:42, umupadiri wasomye iyo misa niryo yasomye avuga ko mu isi tuhaca ariko dufite […]

Ese koko urusengero ni ivuriro ry’abanyabyaha?

Abantu benshi bakunze kuvuga ko urusengero rw’Imana ari nk’ivuriro ry’abanyabyaha. Aba bantu bagahuza urusengero n’ivuriro ahanini bagendeye ku magambo yo muri Bibiliya avuga ko abarwayi ari bo bakenera muganga bityo n’abajya mu rusengero bakaba baba bagiye gushaka imiti y’ibibazo byababereye ingorabahizi. Gusa na none umuntu yakwibaza niba ari ngombwa kujya mu rusengero kugirango akire kimwe […]

Ibiganiro bya ‘Mvura Nkuvure’ byatumye asubira mu rugo yataye imyaka 15

Umukecuru Mukankaka Espérance wo mu Kagari ka Kanyinya ,mu Murenge wa Muhanga, yagarutse mu rugo rwe yari yaravuyemo ubwo yahukanaga akamara imyaka 15 iwabo . Ni nyuma yo guhabwa ibiganiro na gahunda ya Mvura Nkuvure. Mukankaka uvuga ko yabitewe n’uko umugabo we yamucaga inyuma, yamusaba kubireka akabona atabireka,ngo yari yararahiye kuzarugarukamo. Umugabo we yagerageje kumucyura […]

Imyiteguro ku matora ya Perezida wa Repubulika n’uburyo bwo gutora

Ku wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017, Abanyarwanda baba mu gihugu bujuje ibyangombwa byo gutora bazitabira amatora ya Perezida wa Repubulika abura amasaha make ngo atangire, ni amatora ari gukorwa mu mahanga kuko nkuko byari biteganyijwe. Bwiza.com yagiye ikurikirana ibikorwa by’amatora, igaragaraza imyiteguro y’abaturage mu bikorwa byo kwiyamamaza byabereye hirya no hino mu gihugu […]

Burundi: Major Gahomera yimwe amahirwe yo kujya muri AMISOM kubera ibyaha ashinjwa

  Major Marius Gahomera wo mu gisirikare cy’u Burundi yasimbujwe ku buyobozi bwa batayo ya 44 y’ingabo z’iki gihugu muri AMISOM, aho bivugwa ko uku gusimburwa ari ingaruka z’ibyaha bikomeye byo guhonyora uburenganzira bwa muntu ashinjwa. Yasimbujwe Major Ntirampemba. Izi mpinduka zije iminsi mikeya mbere y’uko iyi batayo ya 44 yoherezwa muri Somalia mu butumwa […]

Amerika yiteguye imirwano mu gihe Koreya ya Ruguru ikomeje kugerageza za Misile

Nyuma y’ibikorwa bisa no guhangana hagati y’ibihugu 2 by’ibihangange, Koreya ya Ruguru n’Amerika mu bijyanye n’ibitwaro bya rutura, Amerika yatangaje ko ari inshuti magara ya Koreya ndetse ko nta n’ikibi iyifuriza cyahungabanya umutekano wa yo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gusa Amerika yatangaje ko izakoresha inzira z’ibiganiro ngo hatagira ibyangirikira mu mirwano, ariko mu gihe Koreya yanze ibyo […]

Uko igikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika kiri kugenda mu mahanga

Abanyarwanda batuye mu mahanga bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika, ni amatora ari kuba uyu munsi tariki ya 3 Kanama 2017, azakurikirwa n’azabera mu Rwanda ejo ku wa Gatanu tariki ya 4 Kamena. Ibi bikorwa birabera mu biro 98 ku Isi byikubye gatatu ugereranyije n’amatora aheruka. Abakandida bemejwe na Komisiyo y’Amatora bamaze iminsi […]

Abigaga muri kaminuza ya Gitwe yafungiwe amashami bashobora kwitabira amatora n’akanyamuneza

Inama nkuru y’uburezi mu Rwanda(HEC) izahura n’ubuyobozi bwa Kaminuza yigenga ya Gitwe(University Of Gitwe- UG) baganira ku bibazo byatumye iyo kaminuza ifungirwa by’agateganyo amwe mu mashami muri uyu mwaka. Amakuru Bwiza.com yamenye ni uko abagize inama y’Ububobozi bw’iyi kaminuza ndetse n’Umuyobozi mukuru wayo aribo batumiwe muri iyo nama izaba mu gitondo cyo ku wa Kane […]

Kenya: Abakozi ba komisiyo y’amatora bijejwe uburinzi buhambaye nyuma y’iyicwa rya mugenzi wabo

Abakozi ba Komisiyo yigenga y’amatora muri Kenya yijeje abakozi bayo uburinzi buhambaye nyuma y’aho umwe muri bo yiciwe urupfu rw’agashinyaguro mu minsi ishize. Umukuru w’Igipolisi cya Kenya, IGP Joseph Boinnet akaba yemeje aya makuru mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuwa Mbere ushize nyuma yo kubisabwa n’iyi Komisiyo y’amatora yigenga yo muri Kenya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Chris Msando, […]