Amakosa 5 yo kwitondera mu rukundo rutarashinga imizi
Burya iyo abantu bagikundana, ibintu biba bishyushye aho usanga imyitwarire yabo isa nkâiyahindutse cyane ku buryo bugaragara. Nyamara rero hari ibintu byâingenzi mugomba kwitwararikaho mu rwego rwo kubungabunga no kunoza urukundo rwanyu mwembi. Iyo abantu bagitangira gukundana bashobora gukora amakosa akaba yatuma batandukana vuba, cyangwa niyo bakomeza gukundana bakazabana nabi kuko batabyitwayemo neza kuva mu […]
Ingabo zâu Rwanda zari zitegerejwe i Juba zahasesekaye nâibikoresho byazo – Amafoto
Abasirikare bagera mu 120 bâingabo zâu Rwanda bari bategerejwe I Juba muri Sudani yâEpfo, bahasesekaye kuri uyu wa Kabiri nâibikoresho byabo, aho bageze mu cyiciro cya mbere cyâabasirikare ba Loni 4,000 bâinyongera bagiye gufasha kurinda umurwa mukuru wâiki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuryango wâAbibumbye wemeje kongera ingabo zawo muri Sudani yâEpfo nyuma yâimirwano ikomeye yashyamiranyije ingabo […]
Yemi Alade yatandukanye nâumukunzi we
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Nigeria, Yemi Alade, yatangaje ko yamaze gutandukana nâumukunzi we, Taye Aliyu, bari bamaranye igihe kinini ndetse akaba yari nâumujyanama we mu bya muzika. Amakuru aturuka mu gihugu cya Nigeriaa, aravuga ko Yemi Alade, yagiranye amakimbirane nâumukunzi we, ashingiye ku mikoreshereze yâamafaranga aba bombi bakoreye, biba intandaro yo gutandukana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
RDC: Umutwe uvuga ko wishingikirije ku Mana wishe abantu 12
Polisi yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko abantu bagera kuri 12 bahitanywe nâigitero cyagabwe nâumutwe wâabitwaje intwaro wa Bundu Dia Mayala biyitirira ko barwanirira Imana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] AFP ivuga ko ubu bwicanyi bwakorewe mu mujyi wa Kinshasa abantu 12 bagapfa barashwe naho abapolisi 2 bagakomereka bikabije. Abarwanyi b’umutwe wa Bundu Dia Mayala […]
Ubushinjacyaha bwâu Rwanda burashaka Leonard Teganya uri mu butabera bwa Amerika
Nyuma yâaho inkuru yâUmunyarwanda, Jean Leonard Teganya ukurikiranweho nâubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika icyaha cyo kubeshya inzego zâubuyobozi asaba ubuhungiro, Ubushinjacyaha bwâu Rwanda nabwo buratangaza ko bushakisha Teganya ngo akurikiranwe ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkâuko tubikesha urubuga rwâUbushinjacyaha Bukuru bwâIgihugu, Umushinjacyaha Mukuru wâ u Rwanda Bwana […]
Uko i Kinshasa hiriwe hifashe ku munsi wâUmujyi Upfuye âVille Morteâ – Amafoto
Umujyi wa Kinshasa kuri uyu wa Kabiri wiriwe utuje bidasanzwe , imirimo yahagaze nyuma yâaho abatavuga rumwe nâubutegetsi bahamagariye abaturage kutagira icyo bakora kuri uyu munsi bise âVille Morteâ. Nta kibazo cyavutse mu duce dushyushye two mu murwa mukuru, mu gihe abakoresha internet bo bahuye nâikibazo cya connection yari nkeya cyane nyuma yâicyemezo cya guverinoma. […]
Kenya: Umugore yabyariye ku murongo yagiye gutora
Mu gihe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017, abaturage bo muri Kenya babyukiye mu bikorwa byo gutora abayobozi bakuru bo mu gihugu barimo na Perezida wa Repubulika, umugore witwa Paulina Chemanang yabyariye ku murongo na we yagiye gutora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru byo muri kiriya gihugu bivuga ko uyu mugore wari utwite ukiri […]
Rusizi: Ababyeyi baranenga uwicaje abana umunsi wose kuri site yâitora
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Rusizi baranenga cyane uburyo abana bato bicajwe kuri site yâitora amanwa yose ngo barakira abashyitsi, ibi bakabifata nko kubangamira uburenganzira bwabo. site yâitora ya Mashyuza, iri mu kagari ka Gakoni, umurenge wa Muganza, ukinjira uhabona imyiteguro idasnzwe, ibitambaro bihateguye biri mu mabara yâibendera ryâu Rwanda, insina, ishinge inyanyagije […]
Usain Bolt wari warihariye umwanya wa 1 yanikiwe na Justin Gatlin muri metero 100
Nyuma yâimyaka itari mike nta we usiga Usain Bolt mu marushanwa yo kwiruka muri metero 100, aka gahigo kakuweho na Justin Gatlin, mu masiganwa ya World Championships kuri uyu wa 6 Kanama 2017. Iri siganwa ryaberaga mu Bwongereza, Usain Bolt yaje ku mwanya wa gatatu nyuma y’abasore nka Justin Gatlin na Christian Coleman. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Tanzania: Perezida Magufuli ntakozwa ibyo kuguma ku butegetsi nyuma ya manda 2 yemerewe
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, kuri uyu wa Mbere yamaganye ubusabe bwâabamushyigikiye bifuza ko yazakomeza kuyobora Tanzania nyuma ya manda 2 zâimyaka 5 yemererwa nâitegeko nshinga. Ibihugu bitandukanye byo mu karere birimo Uganda, u Burundi ndetse nâu Rwanda byahinduye itegeko nshinga kugirango abayobozi babyo bagume ku butegetsi nyuma ya manda bemererwaga nâitegeko nshinga ryavuguruwe. […]
Real Madrid na Manchester United barahatanira igikombe cyâikirenga i Burayi
Amakipe yo ku mugabane wâu Burayi yatwaye ibikombe bibiri biruta ibindi bihuza amakipe kuri uwo mugabane arahatanira igikombe cyâikirenga Super Cup, uyu munsi. Ayo ni Real Madrid yo mu Espagne yatwaye igikombe cya UEFA Champions League gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo kuri uyu mugabane na Manchester United yo mu Bwongereza yatwaye Europa League. Ni […]
Perezida Barack Obama yavuze ku bikorwa byâamatora byo muri Kenya
Perezida ucyuye igihe wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Barack Obama yasabye abanyakenya kwitwara neza mu bikorwa by’amatora no kurangwa n’amahoro n’umutekano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ijwi ryâAmerika dukesha iyi nkuru rivuga ko perezida Obama yasabye abanyepolitiki bo mu gihugu akomokamo kwigiza kure ikintu cyose gishobora guteza ingorane abaturage ba Kenya cyane mu bihe nkâibi byâamatora bikunze kurangwa […]
Hatowe umushinga wâitegeko ryemeza inguzanyo ya miliyoni 75ââÂŹ azubaka umuhanda Nyanza-Ngoma
Inteko ishinga amategeko yâu Rwanda yatoye umushinga wâitegeko ryemeza inguzanyo yo kubaka umuhanda uzaturuka mu Karere ka Ngoma ugana mu karere ka Nyanza, uciye mu turere rwa Rwamagana na Bugesera. Uwo mushinga wâitegeko ryemera kwemeza amasezerano yâinguzanyo hagati yâu Rwanda nâIkigega IDA wasuzumwe nâ Abadepite ku wa Mbere tariki ya 7 Kanama 2017. Uwo mushinga […]
Nigeria: Umupasiteri yakanze abantu ubwo yinjiraga mu rusengero yambaye nk'abapolisi (Amafoto)
Umupariteri akaba nâumuyobozi dâitorero Overseer of Christ Royal Family International Church ryo muri Nigeria, Bishop Tom Samson aherutse gutungura abayoboke bâitorero rye ubwo yahingukaga mu rusengero yambaye imyenda yâabapolisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muherwe uherutse no kugura imodoka iri mu zihenze ya Limousine yahingutse mu rusengero bamwe bagira ikikango bazi ko ari inzego zâumutekano zinjiye mu […]
Dr Frank Habineza mu nzira zo gusezera muri politiki nyuma yâibyavuye mu matora
Dr Frank Habineza, aravuga ko yatunguwe nâibyavuye mu matora yâumukuru wâigihugu ndetse ashobora no kuva muri politiki. Dr Frank Habineza ni umuyobozi wâishyaka Democratic Green Party of Rwanda, akaba yari umukandida waryo mu matora yâumukuru wâigihugu yabaye kuwa 04 Kanama 201, aho yabonye amajwi 0,36%. Dr Habineza ati: â Ibyavuye mu matora ntabwo byadushimishije ariko […]
EPR: Igiterane âNdatuma nde? 2017â cyatumiwemo Abanyarwanda bose
Igiterane ngarukamwaka âNdatuma nde? 2017â kigiye kubera i Rubavu, kitezweho kuzahindura imitima nâumubiri kuri benshi bazitabira. Umuyobozi wa EPR (Ă â°glise presbytĂŠrienne au Rwanda), Rev Dr. Pascal Bataringaya, mu kiganiro nâabanyamakuru cyo ku wa 7 Kanama 2017, yatangaje ko itorero abereye umuyobozi ryateguye igiterane ngarukamwaka kizahuriramo Abanyarwanda nâabandi baturutse hirya no hino ku isi, kiswe â […]
Afurika yâEpfo: Abadepite bari mu matora yo kweguza Umukuru wâigihugu mu ibanga
Abagize Inteko ishinga amategeko muri Afurika yâEpfo binjiye kuri uyu wa Kabiri mu matora ari gukorwa mu buryo bwâibanga agamije kureba niba Perezida Jacob Zuma akunzwe ku buryo abereye gukomeza kuyobora igihugu cyangwa akwiye kwegura koko. [xyz-ihs snippet=”google”] Ni nyuma yâuko abadepite bo muri iki gihugu bemerewe gukora amatora yâumukuru wâigihugu ariko mu buryo bwâibanga, […]
Abanyakenya bâagahanga gato bahungiye muri Uganda amatora ataraba
Amasaha makeya mbere yâuko amatora ya perezida muri Kenya aba, umubare wâabaturage bâiki gihugu bakomeje kwinjira muri Uganda ukomeje kwiyongera. Ubwo yagiranaga ikiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa Mbere, umuvugizi wâigipolisi cya Uganda, AIGP Asan Kasingye, yavuze ko mu cyumweru gishize, umubare wâabaturage ba Kenya binjiraga muri Uganda wazamutse bikomeye. AIGP Kasingye ati: â Ejo hashize […]
Amashirakinyoma kuri videwo yahererekanyijwe igaragaramo umwana ucuranga indirimboâIntsinziâ
Umwana muto aherutse kugaragaraga acuranga igice cyâindirimbo Intsinzi yâUmuhanzi Mariya Yohana yifashishije inanga. Iyo videwo yagiye ihererekanywa nâabantu batandukanye ku munsi wâamatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda ku wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017. Iyo ndirimbo yari amaze iminsi ayitoza, yiteguye kuyicuranga ku munsi wâamatora kuko yari yizeye ko Perezida Paul Kagame ari […]
USA: Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside akurikiranweho forode
Abayobozi mu rwego rushinzwe abinjira nâabasooka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko umugabo wâUmunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi anakurikiranweho icyaha cya forode no kubeshya ubuyobozi agamije guhabwa ubuhungiro muri iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyandiko zâurukiko ziravuga ko uyu witwa Jean Leonard Teganya yavuye mu Rwanda muri Nyakanga 1994 akerekeza muri Canada. […]