Amakosa 5 yo kwitondera mu rukundo rutarashinga imizi

Burya iyo abantu bagikundana, ibintu biba bishyushye aho usanga imyitwarire yabo isa nk’iyahindutse cyane ku buryo bugaragara. Nyamara rero hari ibintu by’ingenzi mugomba kwitwararikaho mu rwego rwo kubungabunga no kunoza urukundo rwanyu mwembi. Iyo abantu bagitangira gukundana bashobora gukora amakosa akaba yatuma batandukana vuba, cyangwa niyo bakomeza gukundana bakazabana nabi kuko batabyitwayemo neza kuva mu […]

Ingabo z’u Rwanda zari zitegerejwe i Juba zahasesekaye n’ibikoresho byazo – Amafoto

Abasirikare bagera mu 120 b’ingabo z’u Rwanda bari bategerejwe I Juba muri Sudani y’Epfo, bahasesekaye kuri uyu wa Kabiri n’ibikoresho byabo, aho bageze mu cyiciro cya mbere cy’abasirikare ba Loni 4,000 b’inyongera bagiye gufasha kurinda umurwa mukuru w’iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuryango w’Abibumbye wemeje kongera ingabo zawo muri Sudani y’Epfo nyuma y’imirwano ikomeye yashyamiranyije ingabo […]

Yemi Alade yatandukanye n’umukunzi we

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Nigeria, Yemi Alade, yatangaje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we, Taye Aliyu, bari bamaranye igihe kinini ndetse akaba yari n’umujyanama we mu bya muzika. Amakuru aturuka mu gihugu cya Nigeriaa, aravuga ko Yemi Alade, yagiranye amakimbirane n’umukunzi we, ashingiye ku mikoreshereze y’amafaranga aba bombi bakoreye, biba intandaro yo gutandukana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

RDC: Umutwe uvuga ko wishingikirije ku Mana wishe abantu 12

Polisi yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko abantu bagera kuri 12 bahitanywe n’igitero cyagabwe n’umutwe w’abitwaje intwaro wa Bundu Dia Mayala biyitirira ko barwanirira Imana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] AFP ivuga ko ubu bwicanyi bwakorewe mu mujyi wa Kinshasa abantu 12 bagapfa barashwe naho abapolisi 2 bagakomereka bikabije. Abarwanyi b’umutwe wa Bundu Dia Mayala […]

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda burashaka Leonard Teganya uri mu butabera bwa Amerika

Nyuma y’aho inkuru y’Umunyarwanda, Jean Leonard Teganya ukurikiranweho n’ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika icyaha cyo kubeshya inzego z’ubuyobozi asaba ubuhungiro, Ubushinjacyaha bw’u Rwanda nabwo buratangaza ko bushakisha Teganya ngo akurikiranwe ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko tubikesha urubuga rw’Ubushinjacyaha Bukuru bw’Igihugu, Umushinjacyaha Mukuru w’ u Rwanda Bwana […]

Uko i Kinshasa hiriwe hifashe ku munsi w’Umujyi Upfuye ‘Ville Morte’ – Amafoto

Umujyi wa Kinshasa kuri uyu wa Kabiri wiriwe utuje bidasanzwe , imirimo yahagaze nyuma y’aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahamagariye abaturage kutagira icyo bakora kuri uyu munsi bise “Ville Morte”. Nta kibazo cyavutse mu duce dushyushye two mu murwa mukuru, mu gihe abakoresha internet bo bahuye n’ikibazo cya connection yari nkeya cyane nyuma y’icyemezo cya guverinoma. […]

Kenya: Umugore yabyariye ku murongo yagiye gutora

Mu gihe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017, abaturage bo muri Kenya babyukiye mu bikorwa byo gutora abayobozi bakuru bo mu gihugu barimo na Perezida wa Repubulika, umugore witwa Paulina Chemanang yabyariye ku murongo na we yagiye gutora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru byo muri kiriya gihugu bivuga ko uyu mugore wari utwite ukiri […]

Rusizi: Ababyeyi baranenga uwicaje abana umunsi wose kuri site y’itora

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Rusizi baranenga cyane uburyo abana bato bicajwe kuri site y’itora amanwa yose ngo barakira abashyitsi, ibi bakabifata nko kubangamira uburenganzira bwabo. site y’itora ya Mashyuza, iri mu kagari ka Gakoni, umurenge wa Muganza, ukinjira uhabona imyiteguro idasnzwe, ibitambaro bihateguye biri mu mabara y’ibendera ry’u Rwanda, insina, ishinge inyanyagije […]

Usain Bolt wari warihariye umwanya wa 1 yanikiwe na Justin Gatlin muri metero 100

Nyuma y’imyaka itari mike nta we usiga Usain Bolt mu marushanwa yo kwiruka muri metero 100, aka gahigo kakuweho na Justin Gatlin, mu masiganwa ya World Championships kuri uyu wa 6 Kanama 2017. Iri siganwa ryaberaga mu Bwongereza, Usain Bolt yaje ku mwanya wa gatatu nyuma y’abasore nka Justin Gatlin na Christian Coleman. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Tanzania: Perezida Magufuli ntakozwa ibyo kuguma ku butegetsi nyuma ya manda 2 yemerewe

Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, kuri uyu wa Mbere yamaganye ubusabe bw’abamushyigikiye bifuza ko yazakomeza kuyobora Tanzania nyuma ya manda 2 z’imyaka 5 yemererwa n’itegeko nshinga. Ibihugu bitandukanye byo mu karere birimo Uganda, u Burundi ndetse n’u Rwanda byahinduye itegeko nshinga kugirango abayobozi babyo bagume ku butegetsi nyuma ya manda bemererwaga n’itegeko nshinga ryavuguruwe. […]

Real Madrid na Manchester United barahatanira igikombe cy’ikirenga i Burayi

Amakipe yo ku mugabane w’u Burayi yatwaye ibikombe bibiri biruta ibindi bihuza amakipe kuri uwo mugabane arahatanira igikombe cy’ikirenga Super Cup, uyu munsi. Ayo ni Real Madrid yo mu Espagne yatwaye igikombe cya UEFA Champions League gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo kuri uyu mugabane na Manchester United yo mu Bwongereza yatwaye Europa League. Ni […]

Perezida Barack Obama yavuze ku bikorwa by’amatora byo muri Kenya

Perezida ucyuye igihe wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Barack Obama yasabye abanyakenya kwitwara neza mu bikorwa by’amatora no kurangwa n’amahoro n’umutekano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko perezida Obama yasabye abanyepolitiki bo mu gihugu akomokamo kwigiza kure ikintu cyose gishobora guteza ingorane abaturage ba Kenya cyane mu bihe nk’ibi by’amatora bikunze kurangwa […]

Hatowe umushinga w’itegeko ryemeza inguzanyo ya miliyoni 75€ azubaka umuhanda Nyanza-Ngoma

Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yatoye umushinga w’itegeko ryemeza inguzanyo yo kubaka umuhanda uzaturuka mu Karere ka Ngoma ugana mu karere ka Nyanza, uciye mu turere rwa Rwamagana na Bugesera. Uwo mushinga w’itegeko ryemera kwemeza amasezerano y‘inguzanyo hagati y’u Rwanda n’Ikigega IDA wasuzumwe n’ Abadepite ku wa Mbere tariki ya 7 Kanama 2017. Uwo mushinga […]

Nigeria: Umupasiteri yakanze abantu ubwo yinjiraga mu rusengero yambaye nk'abapolisi (Amafoto)

Umupariteri akaba n’umuyobozi d’itorero Overseer of Christ Royal Family International Church ryo muri Nigeria, Bishop Tom Samson aherutse gutungura abayoboke b’itorero rye ubwo yahingukaga mu rusengero yambaye imyenda y’abapolisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muherwe uherutse no kugura imodoka iri mu zihenze ya Limousine yahingutse mu rusengero bamwe bagira ikikango bazi ko ari inzego z’umutekano zinjiye mu […]

Dr Frank Habineza mu nzira zo gusezera muri politiki nyuma y’ibyavuye mu matora

Dr Frank Habineza, aravuga ko yatunguwe n’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu ndetse ashobora no kuva muri politiki. Dr Frank Habineza ni umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, akaba yari umukandida waryo mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye kuwa 04 Kanama 201, aho yabonye amajwi 0,36%. Dr Habineza ati: “ Ibyavuye mu matora ntabwo byadushimishije ariko […]

EPR: Igiterane ‘Ndatuma nde? 2017’ cyatumiwemo Abanyarwanda bose

Igiterane ngarukamwaka ‘Ndatuma nde? 2017’ kigiye kubera i Rubavu, kitezweho kuzahindura imitima n’umubiri kuri benshi bazitabira. Umuyobozi wa EPR (à‰glise presbytĂŠrienne au Rwanda), Rev Dr. Pascal Bataringaya, mu kiganiro n’abanyamakuru cyo ku wa 7 Kanama 2017, yatangaje ko itorero abereye umuyobozi ryateguye igiterane ngarukamwaka kizahuriramo Abanyarwanda n’abandi baturutse hirya no hino ku isi, kiswe “ […]

Afurika y’Epfo: Abadepite bari mu matora yo kweguza Umukuru w’igihugu mu ibanga

Abagize Inteko ishinga amategeko muri Afurika y’Epfo binjiye kuri uyu wa Kabiri mu matora ari gukorwa mu buryo bw’ibanga agamije kureba niba Perezida Jacob Zuma akunzwe ku buryo abereye gukomeza kuyobora igihugu cyangwa akwiye kwegura koko. [xyz-ihs snippet=”google”] Ni nyuma y’uko abadepite bo muri iki gihugu bemerewe gukora amatora y’umukuru w’igihugu ariko mu buryo bw’ibanga, […]

Abanyakenya b’agahanga gato bahungiye muri Uganda amatora ataraba

Amasaha makeya mbere y’uko amatora ya perezida muri Kenya aba, umubare w’abaturage b’iki gihugu bakomeje kwinjira muri Uganda ukomeje kwiyongera. Ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, AIGP Asan Kasingye, yavuze ko mu cyumweru gishize, umubare w’abaturage ba Kenya binjiraga muri Uganda wazamutse bikomeye. AIGP Kasingye ati: “ Ejo hashize […]

Amashirakinyoma kuri videwo yahererekanyijwe igaragaramo umwana ucuranga indirimbo’Intsinzi’

Umwana muto aherutse kugaragaraga acuranga igice cy’indirimbo Intsinzi y’Umuhanzi Mariya Yohana yifashishije inanga. Iyo videwo yagiye ihererekanywa n’abantu batandukanye ku munsi w’amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda ku wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017. Iyo ndirimbo yari amaze iminsi ayitoza, yiteguye kuyicuranga ku munsi w’amatora kuko yari yizeye ko Perezida Paul Kagame ari […]

USA: Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside akurikiranweho forode

Abayobozi mu rwego rushinzwe abinjira n’abasooka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko umugabo w’Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi anakurikiranweho icyaha cya forode no kubeshya ubuyobozi agamije guhabwa ubuhungiro muri iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyandiko z’urukiko ziravuga ko uyu witwa Jean Leonard Teganya yavuye mu Rwanda muri Nyakanga 1994 akerekeza muri Canada. […]