Umwe mu barwanyi bakomeye ba Al Shabaab yitanze

Leta ya Somalia iravuga ko umusirikare wahoze akomeye mu mutwe wa Al- shabaab, Mukhtar Robow, yishyize mu maboko ya leta. Uyu murwanyi kandi ngo yitangiye n’abagize umutwe we witwaje intwaro mu mujyi wa Hudur uri mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’igihugu cya Somalia. Uyu murwanyi, Robow yahoze yungirije umukuru wa Al-Shabaab akaba n’umuvugizi w’uwo mutwe mbere yo […]

Ntarajya kwiga umuziki ku Nyundo, nakoraga umuziki wa feke — Yvrey

  Umuhanzi Yvrey, aratangaza ko nyuma yo kwiga muzika mu ishuri riherereye mu karere ka Rubavu ryo ku Nyundo, yasanze umuziki yakoraga mbere nta ho wari kuzamugeza kuko wari mubi. Yvery ni umwe mu banyeshuri 29 barangije amasomo y’umuziki mu ishuri ryo ku Nyundo, bize mu buryo bwa kinyamwuga ibijyanye na wo byose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Umugabo yasabiwe gufungwa imyaka 1200

Umugabo w’imyaka 36 y’amavuko utatangajwe amazina , akaba akomoka mu gace ka Keda muri Malaisie yasabiwe n’urukiko gufungwa imyaka 1200 kubera ibyaha akurikiranyweho. Uyu mugabo ashinjwa ibyaha by’ubwicanyi yakoreye abantu batandukanye ndetse n’iby’ubusambanyi ari kuregwa kuba yarakoreye umwana we w’umukobwa w’imyaka 15. [xyz-ihs snippet=”google”] Urukiko rwo muri iki gihugu giherereye mu Majyepfo y’Uburasirazuba bwa Azia […]

Israel mu ihurizo ryo gusobanura uko yagurishije Sudani y’Epfo intwaro iri mu bihano

Guverinoma ya Israel yasobanuye impamvu yagurishije Sudani y’Epfo intwaro ivuga ko nta cyagaragazaga ko hari umuntu cyangwa itsinda ry’abantu bakoze ibyaha bikomeye byabuza kohereza muri iki gihugu intwaro. Ikinyamakuru Haaretz cyo muri Israel kikaba cyasohoye iyi nkuru nyuma y’aho hari habayeho ubusabe bwo gukora iperereza kuri iri gurisha intwaro Sudani y’Epfo ryakozwe na guverinoma ya […]

Sudani y’EPfo: Umuriro wongeye kwaka hagati y'igisirikare cya leta n'abo batavuga rumwe

Muri leta ya Sudani y’Epfo hongeye kurota intambara mu gace ka Haut Nil gaherereye mu Majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu. Ni mu gihe muri iyi ntara hari hamaze iminsi bivugwa ko igisirikaare cya leta cyatangiye gukozanyaho n’abatavuga rumwe na leta nab o bitwaje intwaro bari bamaze igihe barayigaruriye. Iyi mirwano kandi ije ikurikiye iyari yabaye mu minsi […]

Kayonza:Umukecuru yakubiswe na mugenzi we icupa agirwa intere none umuhungu we arahigwa

Umukecuru witwa Mukandori Rose bita Mukadawudi ufite imyaka 68 utuye mu Mudugudu w’umubuga mu Kagari ka Nkamba mu Murenge wa Ruramira yakubiswe icupa na Nyirampumbya Josephine ufite imyaka 71 amusanze iwe mu rugo ,ubuyobozi burashinjwa n’abaturage kubogama mu gihe umuhungu wa Mukandori ubu ari we uhigwa bukware azira gutera urugo rwa Nyirampumbya amubwira ko agomba […]

Umuhanzi Chameleon yibwe urukuta rwe rwa Instagram

Umuhanzi Dr Jose Chameleone yatangaje ko abantu bataramenyekana bamwibye urukuta rwe rwa Instagram ndetse bakanatangaza ko bagiye kuyishyira ku isoko. Abinyujije kuri Facebook, umuhanzi akaba n’umuririmbyi, Dr Jose Chameleone wo mu gihugu cya Uganda, yatangaje ko yibwe instagram ye, uwayibye akaba yatangaje ko agiye kuyigurisha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uwibye uru rukuta akimara kurwiba yafashe amafoto yose […]

Burundi: Umusirikare umwe yishwe undi akomerekera mu mutego w’abitwaje intwaro

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko ingabo z’u Burundi zari mu irondo mu ijoro ryo kuwa 11 Kanama ahitwa Warubondo muri Komini Mutimbuzi, zaguye mu mutego w’abantu bitwaje ibirwanisho umusirikare umwe akicwa undi agakomereka bikomeye. Nyuma y’ibi bintu, abayobozi mu nzego zose za komini ndetse n’abayobozi mu Kigo cya Gisirikare cya Gatumba, bayobowe […]

Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe

Burya kubana mu bwumvikane n’umukunzi wawe ni byo buri wese ugiye gushinga urugo aba yifuza, gusa hari igihe ibyo umuntu yifuza Atari byo abona ahubwo ugasanga amatiku, umwiryane, kudahuza no kutumvikana ni byo bihora mu rugo rwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore ibintu 5 bituma kwizerana bibura hagati y’abashakanye mu rugo Gushakana bataziranye neza: Akenshi usanga abahanga […]

U Buhinde: Impinja 30 zishwe no kubura umwuka wa Oxygen kwa muganga

Mu masaha 48 gusa, abana bagera kuri 30 bari bamaze gupfa bazize kubura umwuka wa oxygen mu bitaro, aho bari barimo kuwongererwa. Aba bana bari biganjemo abavutse batagejeje igihe, abafite indwara zitandukanye zasabaga kongererwa umwuka n’abandi, bose bapfuye ubwo abashinzwe kubongerera umwuka mu byuma biwubagezaho bangaga kuwubaha kubera ko ibitaro bitishyuye amadeni. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe […]

Muhanga: Umusore wicishije mugenzi we igisongo yakatiwe igifungo cya burundu

Umusore witwa Uwamahoro Jean Claude wari ukurikiranweho icyaha cyo kwica mugenzi we amuteye igisongo, yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi n’Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rumukatira igifungo cya burundu. Kuwa 31 Nyakanga 2017 nibwo Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga, bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga uyu musore, Uwamahoro icyaha cyo kwica umuturanyi we witwaga Yamuragiye Jean amuteye igisongo mu […]

CHAN 2018: Uganda Cranes yapfunyikiye Amavubi 3-0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yatakarije muri Uganda umukino wa mbere w’ijonjora ry’ibanze ryo guharanira itike yo kuzerekeza mu gikombe cy’Afurika gikinwa n’abakinnyi bakina muri za shampiona z’imbere (CHAN) giteganyijwe kubera muri Kenya, 2018. Mu mukino ubanza wo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018, Ikipe y’igihugu, Amavubi itsindiwe n’ikipe y’igihugu ya Uganda […]